rigena imiterere, ifasi, ububasha n`imikorere bya komite

Transcription

rigena imiterere, ifasi, ububasha n`imikorere bya komite
1
UMUSHINGA W’ITEGEKO Nº …....... RYO KU WA ……..…. RIGENA IMITERERE, IFASI, UBUBASHA N’IMIKORERE
BYA KOMITE Y’ABUNZI
ISOBANURAMPAMVU
I. Impamvu y’ivugurura
Umushinga w’itegeko rigena imiterere, ifasi, ububasha n’imikorere bya Komite y’Abunzi ryahoze ari itegeko ngenga, rihindurwamo
itegeko risanzwe kubera ko Itegeko nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryavuguruwe muri 2015 ridateganya iri Itegeko Ngenga
rigena imiterere, ifasi, ububasha n’imikorere bya Komite y’Abunzi nk’itegeko ngenga (ingingo ya 95). Iri tegeko Ngenga ryagiyemo
mu mwaka wa 2010 riza kuvugururwa muri 2015.
Itegeko Ngenga nº 02/2010/OL ryo ku wa 09/06/2010 rigena imiterere, ifasi, ububasha n’imikorere bya Komite y’Abunzi nk’uko
ryahinduwe kandi ryujujwe kugeza ubu, rigena ububasha bwa Komite y’Abunzi bushishingiye ku kuburanwa mu bibazo
by’inshinjabyaba. Ingingo ya 4 y’iryo tegeko iteganya ibihano biri mu bubasha bwa Komite y’Abunzi. Ibyo byaha ni ibi bikurikira:
1. gukuraho, kwimura imbibi cyangwa kuzonona;
2. kwangiza no konona ibiti, imyaka, ibikoresho by’ubuhinzi n’ubworozi, mu gihe ibyangijwe cyangwa ibyononwe bitarengeje
agaciro ka miliyoni eshanu (5.000.000) z’amafaranga y’u Rwanda;
3. gutukana mu ruhame;
4. gusebanya mu ruhame;
5. gutwika ku bushake amashyamba, imyaka iri mu murima, ibiti byatemwe cyangwa imyaka yasaruwe mu gihe ibyatwitswe
bitarengeje agaciro ka miliyoni eshanu (5.000.000 Frw) z‘amafaranga y‟u Rwanda;
6. ubujura budakoresheje kiboko cyangwa ibikangisho iyo icyibwe kitarengeje agaciro ka miliyoni eshanu (5.000.000)
z’amafaranga y’u Rwanda;
2
7. guhisha ibintu bikomoka ku cyaha, iyo icyibwe kitarengeje agaciro ka miliyoni eshanu (5.000.000) z‘amafaranga y‘u Rwanda;
8. ubwambuzi bushukana n‘ububeshyi bukozwe n‘umwe mu bashakanye abigiriye mugenzi we;
9. ubuhemu iyo ikiburanwa kitarengeje agaciro ka miliyoni eshanu (5.000.000) z‘amafaranga y‘u Rwanda;
10. kwaka ikitari bwishyurwe iyo kitarengeje agaciro ka miliyoni eshanu (5.000.000) z‘amafaranga y‘u Rwanda;
11. kubika ku bw‘uburiganya ikintu cy‘undi watoraguye, iyo icyo kintu kitarengeje agaciro ka miliyoni eshanu (5.000.000)
z‘amafaranga y‘u Rwanda;
12. gufata nabi amatungo yororerwa mu rugo, kuyakomeretsa cyangwa kuyica, iyo ayo matungo yafashwe nabi, yakomerekejwe
cyangwa yishwe atarengeje agaciro ka miliyoni eshanu (5,000,000) z‘amafaranga y‘u Rwanda ;
13. gusenya cyangwa konona inyubako utari nyirazo, iyo ibyo bintu byashenywe cyangwa byononwe bitarengeje agaciro ka
miliyoni eshanu (5.000.000) z‘amafaranga y‘u Rwanda ;
14. guhutaza undi byoroshye ubikoranye ubushake cyangwa kumutera ikintu gishobora kumubangamira cyangwa kumwanduza ;
15. urusaku rwa ninjoro;
16. gukangisha gusebanya;
17. gusahura cyangwa konona umutungo, bitigeze biburanishwa n‘Inkiko Gacaca byakozwe hagati y‘itariki ya mbere Ukwakira
1990 n‘iya 31 Ukuboza 1994 hatitawe ku gaciro k‘ibyasahuwe, ibyangijwe byaba byarakozwe n‘abasivili, abajandarume
cyangwa abasirikare.
Nyuma yo kuganira cyane kuri ubu bubasha bw’ishinjabyaha bwahawe Komite y’Abunzi, hagaragajwe ko nta buryo bwo kunga
bukwiye kubaho mu gihe ikiburanwa ari icyaha.
3
II. Icyakozwe kuri uyu mushinga
Muri uyu mushinga w’itegeko, havanywemo ingingo zose zirebana n’ububusha mu nshinjabyaha kandi itegeko rihuzwa n’ibitekerezo
byari mu itegeko ryaryuzuzaga, bityo biba itegeko rimwe. Hongewemo ibitekerezo byatanzwe na Minisiteri y‘Ubutabera.
UMUSHINGA W’ITEGEKO No ..............
RYO KU WA ..................... RIGENA
IMITERERE,
IFASI,
UBUBASHA
N’IMIKORERE
BYA
KOMITE
Y’ABUNZI
DRAFT LAW No ……….. OF …………
ON
THE
ORGANISATION,
JURISDICTION, COMPETENCE AND
FUNCTIONING
OF
ABUNZI
COMMITTEE
PROJET DE LOI No ……….. DU
……………
PORTANT
ORGANISATION,
RESSORT,
COMPETENCE
ET
FONCTIONNEMENT DU COMITE
D’ABUNZI
TABLE DES MATIERES
TABLE OF CONTENTS
ISHAKIRO
UMUTWE
RUSANGE
WA
MBERE:
INGINGO
CHAPTER
PROVISIONS
ONE:
CHAPITRE
PREMIER:
GENERAL DISPOSITIONS GENERALES
Article One: Purpose of this Law
Ingingo
ya
mbere:
Icyo
iri
tegeko
Article premier: Objet de la présente
loi
4
rigamije
Article 2: Establishment of Abunzi Article 2: Création des Comités
Committees at the Cell and the Sector d’Abunzi au niveau de la Cellule et
Ingingo ya 2: Ishyirwaho rya Komite levels
du Secteur
y’Abunzi
ku
rwego
rw’Akagari
n’urw’Umurenge
Article 3: Mediation organ
Article 3: Organe de conciliation
Ingingo ya 3: Urwego rushinzwe kunga
UMUTWE WA II:
KOMITE Y’ABUNZI
IMITERERE
YA
Ingingo ya 4: Abagize Komite y’Abunzi
n’igihe manda yabo imara
Ingingo ya 5: Biro n’Umunyamabanga
wa Komite y’Abunzi
CHAPTER II: ORGANISATION OF CHAPITRE II: ORGANISATION DU
ABUNZI COMMITTEE
COMITE D’ABUNZI
Article 4: Members of
Abunzi Article 4: Composition du Comité
Committee and their term of office
d’Abunzi et durée de leur mandat
Article 5: Bureau of the
Committee and its Secretary
Abunzi Article
5: Bureau
du
d’Abunzi et son Secrétaire
Article
Abunzi
6:
Elections
of
Comité
5
Committee members
Ingingo ya 6: Amatora y’abagize Komite
y’Abunzi
Article 6: Elections des membres du
Comité d’Abunzi
Article 7: Oath of Abunzi
Article 7: Serment d’Abunzi
Ingingo ya 7: Indahiro y’Abunzi
CHAPTER III: COMPETENCE
CHAPITRE III: COMPETENCE
UMUTWE WA III: UBUBASHA
Ingingo ya 8: Ububasha bwa Komite
y’Abunzi bushingiye ku kiburanwa mu
bibazo by’imbonezamubano
Article 8: Competence of Abunzi
Committee in civil matters with
Article 8: Compétence matérielle du
regard to subject matter
Comité d’Abunzi en matière civile
Article 9: Competence of
Committee
Ingingo ya 9: Ababuranishwa na Komite
y’Abunzi
Abunzi
Article 9: Compétence du Comité
Article 10: Determining the competent d’Abunzi
Abunzi Committee when the subject
matter is located in different territorial
Ingingo ya 10: Kugena Komite y’Abunzi jurisdictions
Article 10: Détermination du Comité
ifite ububasha bwo kuburanisha mu gihe
d’Abunzi compétent lorsque l’objet du
ikiburanwa kiri mu mafasi menshi
litige est situé dans des ressorts
CHAPTER IV: FUNCTIONING OF différents
ABUNZI COMMITTEE
6
UMUTWE WA IV: IMIKORERE YA
KOMITE Y’ABUNZI
Icyiciro
cya
mbere:
Iburanisha
n’ishyirwa mu bikorwa ry’icyemezo
CHAPITRE IV: FONCTIONNEMENT
Section One: Mediation procedure and DU COMITE D’ABUNZI
execution of the decision
Section
première: Procédure
de
Article 11: Submission of a case to conciliation et exécution de la décision
the Abunzi Committee
Ingingo ya 11: Kuregera Komite y’Abunzi
Ingingo ya 12: Ihamagazwa ry’uregwa
Article 12: Summoning the defendant
Article
11: Saisine
d’Abunzi
du
Comité
Article 13: Choosing Abunzi
Article 12: Convocation du défendeur
Ingingo ya 13: Guhitamo Abunzi
Article 14: Selection of a panel to Article 13: Choix d’Abunzi
examine a dispute involving the Abunzi
Committee
or the majority of its
Ingingo ya 14: Guhitamo inteko isuzuma members
ikibazo cyerekeye
Komite y’Abunzi
Article 14: Choix du siège devant
cyangwa benshi mu bayigize
connaître du différend impliquant le
Comité d’Abunzi ou la majorité de ses
Article 15: Decision rendered by default
membres
Ingingo ya 15: Gukemura ikibazo umwe mu
bagifitanye adahari
Article 16: Opposition against the Abunzi Article 15: Décision rendue par défaut
7
Committee ’s decision
Ingingo ya 16: Gusubirishamo icyemezo
cyafashwe na Komite y‘Abunzi
Article 17: Opposition by a third party Article 16: Opposition contre la
against the Abunzi Committee’s decision décision du Comité d’Abunzi
Ingingo ya 17: Gutambamira icyemezo
cyafashwe na Komite y’Abunzi
Article 17: Tierce opposition contre la
Article 18: Hearings
décision du Comité d’Abunzi
Ingingo ya 18: Iburanisha
Article 18: Débats
Article
19:
Mediation
procedure
Ingingo ya 19: Uburyo kunga bikorwamo
Article 20: Decision making
Article 19: Procédure de conciliation
Ingingo ya 20: Ifatwa ry’icyemezo
Ingingo ya 21: Agaciro
cyafashwe n’Abunzi
k’icyemezo Article 21: Force of Abunzi decision
Ingingo ya 22: Ishyirwa mu bikorwa
ry’icyemezo cyafashwe na Komite y’Abunzi
Article 22: Execution of the Abunzi
Committee’s decision
Ingingo ya 23: Impaka zivutse mu irangiza
ry’ibyemezo bya Komite y’Abunzi
Article 23: Disputes arising from the
execution of the Abunzi Committee
decisions
Article 20: Prise de décision
Article 21: Force
d’Abunzi
de
la
décision
Article 22: Exécution de la décision du
Comité d’Abunzi
Article 23: Contestations de l’exécution
Ingingo ya 24: Kujuririra icyemezo
de la décision du Comité d’Abunzi
cyafashwe na Komite y’Abunzi ku rwego
rw’Akagari
Article 24: Appealing against a decision
8
of the Abunzi Committee at the Cell level
Ingingo ya 25: Kuregera icyemezo
cyafashwe na Komite y’Abunzi yo ku rwego
rw’Umurenge
Ingingo ya 26: Ingingo
n’urukiko rwaregewe
zisuzumwa
Icyiciro cya 3: Imyitwarire ya Komite
y’Abunzi
Article 25: Filing an action against the
Abunzi Committee decision at the Sector
level
Article 25: Recours contre la décision
rendue par le Comité d’Abunzi
au
Article 26: Points to be examined by the niveau du Secteur
court seized
Ingingo ya 27: Imyitwarire y’Abunzi
Section 3:
conduct
Article 26: Points devant être examinés
Abunzi Committee code of par la juridiction saisie
Section 3: Code
Comité d’Abunzi
de
conduite
du
Article 27: Code
V:
INGINGO
Abunzi
IZ’INZIBACYUHO Article 28: Suspension of a member of
the Abunzi Committee
de
conduite
des
Ingingo ya 28: Ihagarikwa ry’umwe mu Article 27: Abunzi code of conduct
bagize Komite y’Abunzi
UMUTWE
WA
ZINYURANYE,
N’IZISOZA
Ingingo
ya
Article 24: Appel contre la décision d’
Abunzi au niveau de la Cellule
29: Urwego rukurikirana CHAPTER
V:
MISCELLANEOUS,
Article 28: Suspension d’un membre
du Comité d’Abunzi
9
ibikorwa bya Komite z’abunzi
Ingingo ya 30:
y’Abunzi bariho
Irangira
TRANSITIONAL
PROVISIONS
AND
FINAL
rya
CHAPITRE
DIVERSES,
FINALES
V:
DISPOSITIONS
TRANSITOIRES
ET
manda Article
29: Organ in charge of
supervising
activities
of
Abunzi
Committees
Ingingo ya 31: Ibidateganyijwe muri iri
Article
29: Organe chargé de la
tegeko ku mikorere n’imikoranire
supervision des activités des Comités
d’Abunzi
Article 30: Termination of the term office
of incumbent Abunzi
Article 30: Terme du mandat d’Abunzi
Ingingo ya 32: Imanza zaregewe inkiko
en service
mbere y’uko iri tegeko ritangazwa
Article
31:
Functioning
and
relationship not provided for in this Law
Article
31:
Modalités
de
fonctionnement et de collaboration
non prévues par la présente loi
Ingingo ya 33: Ivanwaho ry’ingingo
z’amategeko zinyuranyije n’iri tegeko
Ingingo ya 34: Itegurwa, isuzumwa n’itorwa Article 32: Cases filed with courts
ry’iri tegeko
before the publication of this Law
Article 32: Affaires portées devant les
Ingingo ya 35: Igihe iri tegeko ritangira
gukurikizwa
juridictions avant la publication de
la
Article 33: Repealing provision
présente loi
10
Article 33: Disposition abrogatoire
Article 34: Drafting, consideration and
adoption of this Law
Article 35: Commencement
Article 34: Initiation, examen
adoption de la présente loi
Article 35: Entrée en vigueur
et
11
UMUSHINGA W’ITEGEKO No ..............
RYO KU WA ......................... RIGENA
IMITERERE,
IFASI,
UBUBASHA
N’IMIKORERE
BYA
KOMITE
Y’ABUNZI
DRAFT LAW No ……….. OF …………
ON
THE
ORGANISATION,
JURISDICTION, COMPETENCE AND
FUNCTIONING
OF
ABUNZI
COMMITTEE
We, KAGAME Paul,
Twebwe, KAGAME Paul,
President of the Republic;
PROJET DE LOI No ……….. DU
……………
PORTANT
ORGANISATION,
RESSORT,
COMPETENCE
ET
FONCTIONNEMENT DU COMITE
D’ABUNZI
Nous, KAGAME Paul,
Président de la République;
Perezida wa Repubulika;
INTEKO
ISHINGA
AMATEGEKO
YEMEJE, NONE NATWE DUHAMIJE,
DUTANGAJE
ITEGEKO
NGENGA
RITEYE RITYA KANDI DUTEGETSE
KO RYANDIKWA MU IGAZETI YA
LETA YA REPUBULIKA Y’U RWANDA
THE PARLIAMENT HAS ADOPTED
AND WE SANCTION, PROMULGATE
THE FOLLOWING ORGANIC LAW,
AND ORDER IT BE PUBLISHED IN
THE OFFICIAL GAZETTE OF THE
REPUBLIC OF RWANDA
LE PARLEMENT A ADOPTE ET
NOUS
SANCTIONNONS,
PROMULGUONS
LA
LOI
ORGANIQUE DONT LA TENEUR
SUIT ET ORDONNONS QU’ELLE
SOIT PUBLIEE AU JOURNAL
OFFICIEL DE LA REPUBLIQUE DU
RWANDA
12
THE PARLIAMENT:
LE PARLEMENT:
INTEKO ISHINGA AMATEGEKO:
The Chamber of Deputies, in its session of La Chambre des Députés, en sa séance du
………………………;
………………….. ;
Umutwe w’Abadepite, mu nama yawo yo ku
wa ..................................;
Pursuant to the Constitution of the Republic Vu la Constitution de la République
of Rwanda of 2003 revised in 2015, du
especially in Articles 64, 69, 70, 85, 87, 90,
Rwanda
de 2003 révisée en 2015,
Ishingiye ku Itegeko Nshinga rya Repubulika 92, 106, 141 and 176;
spécialement en ses articles 64, 69, 70,
y’u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe mu
85, 87, 90, 92, 106, 141 and 176;
2015, cyane cyane mu ngingo zaryo, iya 64,
iya 69, iya 70, iya 85, iya 87, iya 90, iya 92,
iya 106, iya 141 n’iya 176;
ADOPTS:
ADOPTE :
YEMEJE:
UMUTWE
RUSANGE
Ingingo
ya
CHAPTER
PROVISIONS
WA
MBERE:
ONE:
GENERAL
INGINGO
CHAPITRE
PREMIER:
DISPOSITIONS GENERALES
Article One: Purpose of this Law
mbere:
Icyo
iri
tegeko
This
Law determines the organisation,
Article premier: Objet de la présente
loi
13
jurisdiction, competence and functioning of
the Abunzi Committee.
rigamije
Iri tegeko rigena imiterere, ifasi, ububasha
n’imikorere bya Komite y’Abunzi.
Article 2: Establishment of Mediation
Ingingo ya 2: Ishyirwaho rya Komite
Committees at the Cell and the Sector
levels
Article 2: Création des Comités
d’Abunzi au niveau de la Cellule et
du Secteur
An Abunzi Committee whose jurisdiction is
rw’Akagari at the Cell level is established. An Abunzi
Committee whose jurisdiction is at the
Sector level and is also the level of
appeal for the Abunzi Committee is
Hashyizweho, ku rwego rw’Akagari, Komite hereby established.
y’Abunzi ifite ifasi ingana n’Akagari.
Hashyizweho kandi, ku rwego rw’Umurenge,
urwego rw’ubujurire rwa Komite y’Abunzi
Article 3: Mediation organ
rufite ifasi ingana n’Umurenge.
y’Abunzi
ku
n’urw’Umurenge
La présente loi porte organisation, ressort,
compétence et fonctionnement du Comité
d’Abunzi.
rwego
Il est créé, au niveau de la Cellule, un
Comité d’Abunzi dont le ressort est la
Cellule. Il est également créé au niveau du
Secteur un Comité d’Abunzi d’appel dont
le ressort est le Secteur.
The Abunzi Committee is an organ Article 3: Organe de conciliation
responsible for
providing mediation
services on matters in their competence
Ingingo ya 3: Urwego rushinzwe kunga
mentioned in Article 8 of this Law.
Le Comité d’Abunzi
est un organe
chargé de la conciliation entre deux
personnes pour les matières de leur
Komite y’Abunzi ni urwego rushinzwe
kunga abantu ku bibazo biri mu bubasha bwo Abunzi serve with dedication to duty and on compétence prévues à l’article 8 de la
14
kuburanisha ibirego bivugwa mu ngingo ya a non remunerated basis.
8 y’iri tegeko.
CHAPTER II:
Umurimo w’abagize Komite y’Abunzi ni
umurimo w’ubwitange udahemberwa.
UMUTWE WA II:
KOMITE Y’ABUNZI
IMITERERE
ORGANISATION OF
ABUNZI COMMITTEE
présente loi.
Le service d’Abunzi est presté avec
dévouement et à titre bénévole.
CHAPITRE II: ORGANISATION DU
Article
4:
Members
of
Abunzi
YA
Committee and their term of office
COMITE D’ABUNZI
The Abunzi Committee at the Cell and
Ingingo ya 4: Abagize Komite y’Abunzi
Sector level comprises seven (7) residents
n’igihe manda yabo imara
of the Cell and the Sector respectively, who
are persons of integrity and well-known for
their mediation skills.
Ku rwego rw’Akagari kimwe no ku
rw’Umurenge, Komite y’Abunzi igizwe
n’abantu barindwi (7) b’inyangamugayo,
bose bagomba kuba batuye mu Kagari no
mu Murenge, bitewe n’urwego barimo, They are elected for a renewable term of
kandi bazwiho ubushobozi bwo kunga.
office of five (5) years.
Article 4: Composition du Comité
d’Abunzi et durée de leur mandat
Au niveau de la Cellule et du Secteur, le
Comité d’Abunzi est composé de sept
(7) personnes intègres ayant leur résidence
respectivement dans la Cellule et dans le
Secteur et reconnues pour leur aptitude
à concilier.
Batorerwa igihe cy’imyaka itanu (5) gishobora At least thirty percent (30%) of members of Ils sont élus pour un mandat de cinq (5)
ans renouvelable.
kongerwa.
the Abunzi Committee must be females.
15
Abagize Komite y’Abunzi bagomba kuba
barimo nibura mirongo itatu ku ijana (30%)
Article 5: Bureau of the
b’abagore.
Committee and its Secretary
Au moins trente pourcent (30%) des
membres du Comité d’Abunzi doivent
être de sexe féminin.
Abunzi
Ingingo ya 5: Biro n’Umunyamabanga
The Mediation Committee at the Cell
wa Komite y’Abunzi
and Sector level is headed by a Bureau
composed of a Chairperson and a Vice
Chairperson elected by their peers.
Komite y’Abunzi ku rwego rw’Akagari n’iyo
ku rwego rw’Umurenge iyoborwa na Biro
igizwe na Perezida na Visi Perezida batorwa
The Executive Secretary of the Cell or the
na bagenzi babo.
Sector is the secretary of the Abunzi
Committee at that respective level.
Umunyamabanga Nshingwabikorwa ku rwego
rw’Akagali cyangwa ku rwego rw’Umurenge
ni we munyamabanga wa Biro y’Abunzi kuri
urwo rwego bireba.
Article 6: Elections
Committee members
of
Article
5: Bureau
du
d’Abunzi et son secrétaire
Comité
Le Comité d’Abunzi
au niveau de la
Cellule et du Secteur est dirigé par un
Bureau composé d’un Président et d’un
Vice-Président élus par leurs pairs.
Le Secrétaire Exécutif de la Cellule ou du
Secteur assure les fonctions de secretaire
du Comite d’Abunzi à ce niveau respectif.
Abunzi
Article 6: Election des membres du
Ingingo ya 6: Amatora y’abagize Komite
Comité d’Abunzi
y’Abunzi
Members of the Abunzi Committee are
elected by the Cell and Sector’s Council
respectively, from among non-members
Abagize Komite y’Abunzi batorwa n’Inama of staff of local administrative entities or Les membres du
Comité
d’Abunzi
16
Njyanama y’Akagari cyangwa y’Umurenge, judicial organs.
bitewe n’urwego barimo, mu bantu batari
abakozi bo mu nzego z’ibanze cyangwa se
z’ubutabera.
sont respectivement élus par le Conseil de
la Cellule et le Conseil du Secteur en
dehors
des
agents
des entités
administratives de base et ceux des
instances judiciaires.
The elections are organized, conducted and
supervised by the National Electoral
Commission.
Les élections sont préparées, organisées
Amatora ategurwa, agakoreshwa kandi
et conduites par la Commission Nationale
akayoborwa
na
Komisiyo
y’Igihugu
Electorale.
y’Amatora.
A Presidential Order specifies modalities
for electing the Abunzi Committee
members.
Un
arrêté
présidentiel
fixe
les
Iteka rya Perezida rigena uko amatora
modalités
y’abagize Komite y’Abunzi akorwa.
d’élection des membres du Comité
d’Abunzi.
Article 7: Oath of Abunzi
Ingingo ya 7: Indahiro y’Abunzi
Mu gihe kitarengeje iminsi irindwi (7) y’akazi
nyuma
y’amatora,
abatowe
barahirira
imbere y’abaturage,
Perezida
w’Inama
Njyanama yo ku rwego bireba cyangwa Visi
Perezida wayo mu gihe Perezida adahari,
indahiro iteye itya:
Article 7: Serment d’Abunzi
In a period not exceeding seven (7)
working days after the elections, elected
members take oath before the population,
the Chairperson of the Council of the
concerned entity or its Vice Chairperson
in case of absence of the Chairperson.
The oath is as follows:
Dans un délai ne dépassant pas sept (7)
jours ouvrables à compter de leur
élection, les membres du Comité de
Abunzi élus prêtent serment devant la
population et le Président du Conseil
de l’entité concernée ou de son Vice-
17
Président en cas d’absence du Président,
en ces termes:
“Jyewe,………………….,
Rwanda ku mugaragaro:
1° ko
ntazahemukira
Rwanda;
ndahiriye
u
“I, ………………………, solemnly swear
to the Nation that I shall:
« Moi, …………………………, je jure
solennellement à la Nation :
Repubulika
y’u
1° remain
Rwanda;
loyal
to
the
Republic
2° abide by the Constitution
Laws;
1° de garder fidélité à la République du
and other
3° safeguard human rights
and
2° ko nzubahiriza Itegeko Nshinga n’andi interests of the Rwandan people;
mategeko;
4° strive for national unity;
3° ko nzaharanira uburenganzira bwa Muntu
n’ibyagirira Abanyarwanda bose akamaro;
4°
ko
nzaharanira
bw’Abanyarwanda;
5°
ko
nzakorana
nshinzwe;
umurava
of
Rwanda ;
the 2° d’observer la Constitution et d‟autres
lois ;
3° de veiller aux droits de la personne
et aux intérêts du peuple rwandais ;
ubumwe 5° diligently fulfil the responsibilities 4° d’œuvrer à la consolidation de
entrusted to me;
l’unité nationale;
6° never use the powers conferred on me 5° de remplir loyalement les fonctions
for personal interests.
imirimo
qui me sont confiées ;
6° de ne jamais utiliser les pouvoirs qui
Should I fail to honour this oath, may I be
me
sont
dévolus
à
des
fins
subjected to the rigours of the Law.
6° ko ntazakoresha ububasha mpawe mu
personnelles.
18
nyungu zanjye bwite.
So help me God.”
Nintatira
iyi
n’amategeko.
ndahiro,
nzabihanirwe
Imana ibimfashemo“.
Indahiro yakirwa n’Urukiko rw’Ibanze rw’aho
Komite y’Abunzi ikorera.
En cas de parjure, que je subisse les
rigueurs de la loi.
The oath is received by the Primary
Court of the jurisdiction of the Abunzi Que Dieu me vienne en aide ».
Committee
CHAPTER III: COMPETENCE
Le serment est reçu par le Tribunal de
Base
du lieu du Comité d’Abunzi.
Article 8: Competence of Abunzi
Committee in civil matters with
regard to subject matter
UMUTWE WA III: UBUBASHA
CHAPITRE III: COMPETENCE
The Abunzi Committee at the Cell level has
Ingingo ya 8: Ububasha bwa Komite jurisdiction to determine any civil case Article 8: Compétence matérielle du
y’Abunzi bushingiye ku kiburanwa mu relating to:
Comité d’Abunzi en matière civile
bibazo by’imbonezamubano
Komite y’Abunzi ku rwego rw’Akagari 1º land and livestock as well as their
ifite ububasha bwo gusuzuma ibibazo byose
by’imbonezamubano
byerekeranye
n’ibi successions where the value of the subject
Le Comité d’Abunzi au niveau de la
Cellule est compétent pour statuer sur
19
bikurikira:
matter of litigation does not exceed five toute affaire civile relative aux matières
million (5,000,000) Rwanda francs;
suivantes:
1° amasambu, amatungo n‟izungura kuri
ibyo bintu mu gihe agaciro kabyo katarengeje 2º any other movable and immovable
miliyoni eshanu z’amafaranga y’u Rwanda assets where the value of the subject matter
(5.000.000 Frw);
of litigation does not exceed five million
(5,000,000)
Rwanda francs and their
successions;
2° indi mitungo yimukanwa n’itimukanwa,
iyo ikiburanwa kitarengeje miliyoni eshanu
z’amafaranga y’u Rwanda (5.000.000 Frw) 3º a breach of contract
between
n’izungura kuri ibyo bintu;
individuals, if the value of the subject
matter of litigation does not exceed five
million (5,000,000) Rwanda francs;
3° kutubahiriza amasezerano yakozwe
hagati y’abantu
ku
giti
cyabo, iyo
ikiburanwa kitarengeje
miliyoni
eshanu 4º a breach of an employment contract
z’amafaranga y‟u Rwanda (5.000.000 Frw);
between individuals if the contract value
is less than one hundred thousand
(100,000) Rwanda francs;
1° terrains et bétail ainsi que les
successions y afférentes lorsque la valeur
de l’objet du litige ne dépasse pas
cinq millions (5.000.000) de francs
rwandais;
2° autres biens meubles et immeubles
lorsque la valeur de l’objet du litige
ne
dépasse pas
cinq
millions
(5.000.000) de francs rwandais ainsi
que les successions y afférentes;
3° le non-respect des termes du contrat
conclu entre les particuliers, lorsque la
valeur de l‟objet du litige ne dépasse
pas cinq millions (5.000.000) de francs
rwandais;
4° kutubahiriza amasezerano y’umurimo
yakozwe hagati y’abantu ku giti cyabo, iyo
4° le non-respect des termes du contrat
5º family issues other than those related to de travail conclu entre les particuliers
lorsque la valeur du contrat est
20
afite agaciro kari hasi y’amafaranga y’u taking decision on civil status.
Rwanda ibihumbi ijana (100.000 Frw) ku
kwezi;
inférieure à cent mille (100.000) francs
rwandais;
5° ibibazo by’umuryango uretse mu gihe Article 9: Competent Abunzi Committee
igisabwa
ari
ugufata
icyemezo
ku
irangamimerere y’abantu.
5° les affaires familiales autres que
celles relatives à l’état civil.
For civil matters provided for under Article
Ingingo ya 9: Ababuranishwa na Komite 8 of this Law, the competent Abunzi
y’Abunzi
Committee is determined having regard to Article 9: Comité d’Abunzi compétent
any of the following:
Mu byerekeranye n’ibibazo mbonezamubano
biteganywa mu ngingo ya 8 y’iri tegeko,
Komite y‘Abunzi iregerwa hitawe kuri kimwe
muri ibi bikurikra:
1º Komite y’Abunzi y’aho uregwa atuye;
2º Komite y’Abunzi y’aho urega atuye
byumvikanyweho n’uwo bafitanye
ikibazo;
1º the Abunzi Committee
defendant’s residence;
of the
Pour des affaires civiles prévues à l’article
8 de la présente loi, le Comité d’Abunzi
compétent est déterminé en tenant compte
2º the Abunzi Committee
of the de l’un de ce qui suit:
plaintiff’s residence through mutual
agreement with the defendant;
3º the Abunzi Committee
in the
territorial jurisdiction of the subject
matter.
1º le Comité d’Abunzi du lieu de
résidence du défendeur;
2º le Comité d’Abunzi du lieu de
résidence du demandeur en cas de
21
However, where the summoned person has
no known place of domicile or residence in
3º Komite y’Abunzi yo mu ifasi y’aho Rwanda, the matter is referred to the
ikiburanwa kiri.
relevant court.
In no case, the Abunzi Committee receives
Icyakora,
iyo
uhamagarwa
adafite complaints involving the State, its organs or
umwirondoro uzwi cyangwa adafite aho aba associations or companies with legal
hazwi mu Rwanda, ikibazo gishyikirizwa personality whether private or public.
urukiko rubifitiye ububasha.
Nta na rimwe Komite y‘Abunzi ishobora
kugezwaho ibirego birimo Leta, inzego zayo
cyangwa imiryango n‘ibigo bifite ubuzima However, the provisions of paragraph 3 of
apply to the
gatozi byaba ibya Leta cyangwa ibitari ibya this Article shall not
associations without legal personality as
Leta.
they may be sued before the Abunzi
Committee, with no reciprocal right to sue.
An association without legal personality is
Icyakora, ibivugwa mu gika cya 3 cy’iyi sued through its representative
ngingo ntibireba amashyirahamwe adafite
ubuzima gatozi kuko yo ashobora kuregwa
muri Komite z’Abunzi, ariko yo ntashobora
kurega. Ishyirahamwe ridafite ubuzimagatozi
riregwa mu izina ry‘urihagarariye
commun accord avec le défendeur;
3º le Comité d’Abunzi
dans le
ressort duquel l’objet du litige se
trouve.
Toutefois, lorsque la personne à assigner
n’a ni résidence ni domicile connu au
Rwanda, l’affaire est portée devant la
juridiction compétente.
En aucun cas, le Comité d’Abunzi ne
peut connaître des affaires impliquant
l’Etat et ses entités ainsi que des
associations ou sociétés tant publiques que
privées dotées de la personnalité
juridique.
Toutefois, les dispositions de l’alinéa 3
du présent article ne s’appliquent pas aux
associations non dotées de la personnalité
juridique car elles peuvent faire l’objet
d’une demande devant les Comités
d’Abunzi sans toutefois disposer du droit
de porter plainte. La demande contre une
Article 10: Determining the competent association non dotée de la personnalité
22
Abunzi Committee when the subject juridique est formulée à l’encontre de son
matter is located in different territorial représentant
jurisdictions
Article 10: Détermination du Comité
Without prejudice to the provisions of d’Abunzi compétent lorsque l’objet du
Ingingo ya 10: Kugena Komite y’Abunzi article 10 of this Law, when the subject litige est situé dans des ressorts
ifite ububasha bwo kuburanisha mu gihe matter is located in different jurisdictions of différents
Abunzi Committees, the competent Abunzi
ikiburanwa kiri mu mafasi menshi
Committee is determined in the following
way:
Sans préjudice des dispositions de l’article
Bitabangamiye ibiteganyijwe mu ngingo ya 10
y’iri tegeko, iyo ikiburanwa kiri mu mafasi
menshi ya Komite z‘Abunzi, Komite y’Abunzi
ifite ububasha igenwa mu buryo bukurikira:
1º Komite y’Abunzi yo mu ifasi ituyemo
abafitanye ikibazo bombi ni yo ifite
ububasha bwo gukemura ikibazo;
10 de la présente Loi, lorsque l’objet du
litige est situé dans des ressorts des
1° the Abunzi Committee
having Comités d’Abunzi différents, le Comité de
territorial jurisdiction over the place of Conciliateur compétent est déterminé de
both parties’ residence is competent to la manière suivante :
decide on the matter;
2° when both parties do not reside in the
same territorial jurisdiction, the Abunzi
Committee
having
territorial
jurisdiction over the place of location
of the portion of the subject matter
and that of residence of one of the
parties is competent to decide on the
matter.
In case both parties do not reside in the
1º le Comité d’Abunzi dans le ressort
duquel résident les deux parties en
cause est compétent pour connaître de
l’affaire;
2º lorsque les deux parties ne résident
pas dans le même ressort, le Comité
d’Abunzi dans le ressort duquel se
trouve une portion de l’objet du litige
et
réside l’une des parties est
23
2º iyo abafitanye ikibazo badatuye mu ifasi
imwe, Komite y’Abunzi ifite ububasha
bwo kugikemura ni iyo mu ifasi y’aho
igice cy’ikiburanwa kiri, kandi ituwemo
n’umwe muri bo.
same territorial jurisdiction of Abunzi
compétent pour connaître de l’affaire.
Committee, the Abunzi Committee having
territorial jurisdiction over the place of
location of the major portion of the
subject matter is competent to decide the Lorsque les deux parties en cause ne
matter
résident pas dans le même ressort du
Comité de Conciliateurs, le Comité
d’Abunzi du ressort où se trouve la partie
CHAPTER IV: FUNCTIONING OF principale de l’objet du litige est
compétent pour connaître de l’affaire.
ABUNZI COMMITTEE
Iyo abafitanye ikibazo bombi badatuye mu
ifasi imwe ya Komite y’Abunzi, Komite Section One: Mediation procedure and CHAPITRE IV: FONCTIONNEMENT
y’Abunzi yo mu ifasi y’aho igice kinini execution of the mediation decision
DU COMITE D’ABUNZI
cy’ikiburanwa kiri ni yo ifite ububasha bwo
gukemura ikibazo
Article 11: Submission of a case to
Section
première: Procédure
de
the Abunzi Committee
conciliation et exécution de la decision
A party that wants his/her case to be
11: Saisine
du
Comité
UMUTWE WA IV: IMIKORERE YA examined by the Abunzi Committee Article
submits it verbally or in writing to the d’Abunzi
KOMITE Y’ABUNZI
Executive Secretary of the Cell or his/her
substitute for him/her to register it on the
Abunzi La partie qui veut que son affaire soit
Icyiciro
cya
mbere:
Iburanisha cause list held by the
Committee.
n’ishyirwa mu bikorwa ry’icyemezo
examinée par le Comité d’Abunzi
24
Ingingo ya 11: Kuregera Komite y’Abunzi
Ufite ikibazo ashaka ko gikemurwa na Komite
y’Abunzi agishyikiriza, mu mvugo cyangwa
mu
nyandiko,
Umunyamabanga
Nshingwabikorwa
w’Akagari
cyangwa
umusimbura we, akacyandika mu gitabo
cy’ibibazo bishyikirizwa Komite y’Abunzi.
soumet sa requête écrite ou verbale au
Secrétaire Exécutif de Cellule ou à son
remplaçant qui inscrit la requête au rôle
On the day of registration of the case, des affaires relevant de la compétence
he/she fills out forms which contain a brief du Comité d’Abunzi.
description of the case and submit them
to the Abunzi Committee to allow it to
summon parties and decide on the Le jour de la réception de la requête,
venue, the day and the time of il
remplit immédiatement
les
consideration of the case.
formulaires
qui
en précisent
sommairement l’objet et les transmet au
Comité d’Abunzi à l’effet de convoquer
The Executive Secretary of the Cell receives les parties en indiquant le lieu, le jour et
cases to be submitted to the Abunzi l’heure de l’examen de la requête.
Committee at the Cell level.
Le Secrétaire Exécutif de la Cellule
est
Umunsi
yashyikirijwe
ikibazo
yuzuza
impampuro zisobanura mu ncamake imiterere The Executive Secretary of the Sector chargé de la réception des requêtes
y’ikibazo akazishyikiriza Komite y’Abunzi receives cases to be submitted to the Abunzi devant être transmises au Comité
kugira ngo itumize ufitanye ikibazo Committee at the Sector level.
d’Abunzi au niveau de la Cellule.
n’uwagitanze kandi igene ahantu, umunsi
n’isaha ikibazo kizasuzumirwaho.
Umunyamabanga
Nshingwabikorwa In case of absence of such Executive
Le Secrétaire Exécutif de Secteur est
chargé de la réception des requêtes
devant être transmises au Comité d’
Abunzi au niveau du Secteur.
25
w’Akagari ni we wakira ibirego bigomba Secretaries or when the case submitted
gushyikirizwa Komite y’Abunzi ku rwego concerns them or where they have an
rw’Akagari.
interest in such a matter, it is received by En cas d’absence desdits Secrétaires
persons who replace them in their daily Exécutifs ou s’ils sont impliqués dans
l’affaire en état ou y ont un intérêt
activities.
quelconque, la requête est reçue par
Umunyamabanga
Nshingwabikorwa
ceux qui
les
remplacent
dans
w’Umurenge ni we wakira ibirego bigomba
l’accomplissement de leurs tâches
gushyikirizwa Komite y’Abunzi ku rwego
quotidiennes.
rw’Umurenge.
Iyo abo Banyamabanga Nshingwabikorwa
batabonetse
cyangwa
igihe
ikirego
gishyikirijwe Abunzi kibareba cyangwa
bagifitemo
inyungu,
ikirego
cyakirwa
n’ababasimbura mu kazi kabo ka buri munsi.
When the Executive Secretaries or
persons who replace them refuse to receive
the case, the case is submitted to the
Chairperson of the Abunzi Committee and
the Council of the concerned level is
informed thereof.
En cas de refus de réception de la
requête par les Secrétaires Exécutifs ou
leurs remplaçants, la requête est remise
au Président du Comité d’Abunzi et
notifiée au Conseil de l’entité concernée.
Le siège d’Abunzi choisit en son sein
The panel of Abunzi chooses among its un secrétaire qui doit savoir lire et
members a Secretary who must be a écrire.
literate person.
Iyo
Abanyamabanga
Nshingwabikorwa
cyangwa ababasimbura banze kwakira ikibazo,
En aucun cas, le Secrétaire Exécutif
ikibazo gishyikirizwa Perezida wa Komite In no case, the Executive Secretary of the de Cellule ou de Secteur ne peut faire
y’Abunzi kikamenyeshwa Inama Njyanama Cell or Sector is one of the panel members. partie du siège d’Abunzi.
y’urwego bireba.
26
Inteko
y’Abunzi
iburanisha
yitoramo
umwanditsi wayo ugomba kuba azi gusoma no
Article 12: Summoning the defendant
kwandika.
Article 12: Convocation du défendeur
La convocation est délivrée au bureau de
la Cellule ou du Secteur de résidence du
The
summons
is
delivered
to
the
office
of
Nta
na
rimwe
Umunyamabanga
défendeur ou au secrétariat de l’institution
the
Cell
or
the
Sector
in
which
the
Nshingwabikorwa
w’Akagari
cyangwa
où travaille le défendeur avec accusé de
defendant
resides
or
to
the
secretariat
of
the
uw’Umurenge ajya mu nteko iburanisha.
réception.
institution where the defendant works with
acknowledgment of receipt.
Ingingo ya 12: Ihamagazwa ry‘uregwa
La convocation décrit brièvement le litige,
le lieu, la date et l’heure de comparution
The summons briefly describes the nature of devant le Comité d’Abunzi et la partie
litigation, the venue, date and time the
Urupapuro rutumiza uregwa rugezwa ku biro defendant shall appear before the demanderesse en est signifiée.
by’Akagari cyangwa iby‘Umurenge uregwa Committee, with a copy to the plaintiff.
atuyemo cyangwa mu bunyamabanga bw’ikigo
akoreramo iyo ari umukozi, urwakiriye
La personne convoquée bénéficie d’au
akagaragaza ko arwakiriye.
moins sept (7) jours calendaires avant de
The summoned person is given a period of comparaître à compter de la date de
at least seven (7) calendar days to appear réception de la convocation.
before the Committee calculated from the
Urwo rupapuro rugaragaza incamake y’uko date the summons was served on him/her.
ikibazo giteye, ahantu, umunsi n’isaha
uhamagawe azitabiraho Komite y’Abunzi,
Article 13: Choix des Abunzi
kandi bikamenyeshwa urega.
Article 13: Choosing Abunzi
Uhamagajwe ahabwa nibura iminsi irindwi (7)
isanzwe mbere yo kwitaba Komite y’abunzi On the day of appearance referred to in
Le jour de la comparution prévu à
l’article 13 de la présente loi, les parties se
27
ibarwa uhereye ku munsi
urupapuro rumuhamagaza.
yagerejweho Article 13 of this
Law, the parties conviennent sur trois (3) Abunzi
agree on three (3) Abunzi to whom they auxquels elles soumettent leur différend.
submit their case.
Ingingo ya 13: Guhitamo Abunzi
Ku munsi wo kwitaba uvugwa mu ngingo
ya 13 y’iri tegeko, abafitanye ikibazo
bahitamo, muri Komite y’Abunzi, Abunzi
batatu (3) bumvikanyeho, bakabashyikiriza
ikibazo cyabo.
Where parties fail to agree on Abunzi, each
party chooses one and the two (2) choose
the third one. Where parties agree on
Umwunzi, the latter chooses the two (2)
others from within Abunzi Committee to
assist him/her. Parties have not the right to
refuse Umwunzi or Abunzi chosen
following this procedure.
Iyo
abafitanye
ikibazo
badashoboye
kumvikana ku bunzi bashyikiriza ikibazo
cyabo, buri wese ahitamo umwunzi we, aba na
bo bakumvikana ku wa gatatu. Iyo
abafitanye ikibazo bahurije ku mwunzi
umwe, uyu atoranya muri Komite y’Abunzi
Abunzi babiri (2) bo kumufasha. Abafitanye
ikibazo ntibemerewe
kwanga
umwunzi When the case under consideration
cyangwa abunzi batoranyijwe kuri ubwo involves a police officer or a soldier, the
buryo.
nearest commander of the police force or
army may assist the penal of Abunzi but
does not participate in decision making.
Iyo ikibazo gisuzumwa kireba umupolisi
cyangwa umusirikari, uhagarariye urwego
Lorsque les parties ne parviennent pas
à se mettre d’accord sur les Abunzi,
chacune en choisit un et les deux
choisissent le troisième. Lorsque les
parties choisissent un même Umuwnzi,
ce dernier choisit deux (2) autres au
sein du Comité d’Abunzi pour
l’assister. Les parties n’ont pas le droit
de refuser le ou les Abunzi choisis
suivant cette procédure.
Lorsque l’affaire en cours implique un
policier
ou
un
militaire,
le
Commandant de la station de police ou
de l’armée la plus proche peut assister
le siège des Abunzi mais sans prendre de
décision.
Article 14: Choix du siège devant
connaître du différend impliquant le
Comité d’Abunzi ou la majorité de ses
28
rwa Polisi cyangwa urwa Gisirikari rukorera Article 14: Selection of a panel to membres
hafi ashobora kunganira Inteko y’Abunzi ariko examine a dispute involving the Abunzi
ntafata icyemezo.
Committee
or the majority of its
Umwunzi ne doit pas siéger dans une
members
affaire dans laquelle il est partie ou a un
intérêt quelconque. Umwunzi peut se
Ingingo ya 14: Guhitamo inteko isuzuma
déporter ou être récusé par une partie.
ikibazo cyerekeye
Komite y’Abunzi
cyangwa benshi mu bayigize
Umwunzi is prohibited from sitting on a
panel examining a case in which he/she is
party or in which he/she has an interest. Lorsque l’affaire sous examen implique
Umwunzi may refuse to join the panel or l’ensemble ou la majorité des membres du
Comité d’Abunzi au niveau de Cellule
Umwunzi abujijwe kujya mu nteko isuzuma may be disqualified by the party with issue
ou de Secteur, à telle enseigne qu’il est
ikibazo kimureba cyangwa afitemo inyungu to be examined.
impossible de constituer le siège, le
iyo ari yo yose. Ashobora kwanga ubwe
Président du Comité communique ce
kuyijyamo cyangwa akihanwa n’uruhande
problème par écrit au coordinateur des
rufite ikibazo kigomba gusuzumwa.
If the matter under consideration involves
activités du Comité d’Abunzi au niveau
all or a majority of members of the Abunzi
du District dans un délai ne dépassant pas
Committee at the Cell or Sector level, such
quinze (15) jours à compter du jour où le
that it is impossible to form a panel, the
problème a été signalé.
chairperson of the Abunzi Committee
Iyo ikibazo gisuzumwa cyerekeye abagize notifies in writing the coordinator of
Le coordinateur des activités du Comité
Komite y’Abunzi bose cyangwa abenshi mu activities of the Abunzi Committee at the
d’Abunzi en collaboration avec
le
bayigize ku rwego rw’Akagari cyangwa District level of the issue within a period not
Secrétaire Exécutif de la Cellule ou du
urw’Umurenge, ku buryo bidashoboka kubona exceeding fifteen (15) days calculated from
Secteur du ressort du Comité d’Abunzi
inteko igomba kugisuzuma, Perezida wa the day when the problem was noticed.
dans lequel le problème est constaté,
Komite y’Abunzi amenyesha icyo kibazo mu
demande l’assistance des Abunzi au
nyandiko umukozi ushinzwe guhuza ibikorwa
niveau de la Cellule ou du Secteur le plus
bya Komite y’Abunzi ku Karere mu gihe
29
kitarenze iminsi cumi n’itanu (15) ibarwa
uhereye igihe ikibazo cyagaragariye.
proche pour connaître de l’affaire.
The coordinator of activities of the Abunzi
Committee in collaboration with the
Executive Secretary of the Cell or Sector in Article 15: Décision rendue par défaut
which the problem was noticed, seeks
Umukozi ushinzwe guhuza ibikorwa bya support from Abunzi of the nearest Cell or En cas de non comparution de la partie
Komite
y’Abunzi,
ku
bufatanye Sector to determine the matter.
convoquée au jour fixé, elle est de
n‘Umunyamabanga
Nshingwabikorwa
nouveau convoquée et informée qu’à la
w’Akagari cyangwa uw’Umurenge icyo
nouvelle date, les Abunzi décident de
kibazo kirimo, atira mu Kagari cyangwa
l’affaire, qu’elle comparaisse ou pas.
Umurenge
byegeranye
n’aho
ikibazo
cyagaragaye Abunzi bo kugikemura.
Article 15: Decision rendered by default
Ingingo ya 15: Gukemura ikibazo umwe mu If a summoned person fails to appear on the
date indicated in his/her summons, he/she is
bagifitanye adahari
summoned again and informed that Abunzi
Iyo ku munsi wo kwitaba, uwatumijwe decide on the matter on his/her summons
atitabye,
arongera
agatumizwa, date irrespective of whether he/she appears
akanamenyeshwa ko ku munsi atumijweho, or not.
Abunzi bafata icyemezo, yaba yitabye
cyangwa atitabye.
If, on the new date the party summoned
fails to appear again, the plaintiff chooses
umwunzi and the Abunzi Committee
Iyo na none uwatumijwe atitabye ku munsi chooses another and the two select a third
En cas de non comparution de la partie
convoquée à la nouvelle date, la partie
demanderesse choisit umwunzi, le Comité
d’Abunzi en choisit le deuxième et
les deux choisissent le troisième pour
examiner l’affaire en l’absence de la
personne convoquée.
Toutefois, lorsque la partie convoquée
n’a pas comparu pour des motifs jugés
fondés, les Abunzi remettent l’examen de
l’affaire à une date qu’ils fixent et la lui
notifient conformément à l’alinéa premier
30
yahawe wo kwitaba, uwatanze ikibazo ahitamo one to decide on the matter
umwunzi, Komite y’Abunzi na yo igahitamo summoned party’s absence.
undi, aba na bo bakumvikana ku wa gatatu,
bagasuzuma ikibazo adahari.
Icyakora, iyo basanze impamvu yatumye
atitaba ifite ishingiro, bimurira isuzumwa
ry’ikibazo ku wundi munsi bagena,
bakabimenyesha mu buryo buteganywa mu
gika cya mbere cy’iyi ngingo.
Ibiteganywa mu gika cya mbere n’icya 2
by’iyi ngingo ni na byo bikurikizwa mu gihe
uwareze ari we utitabye.
Ingingo ya 16: Gusubirishamo icyemezo
cyafashwe na Komite y’Abunzi
Icyemezo cyafashwe na Komite y’Abunzi
uregwa cyangwa urega adahari gishobora
gusabirwa gusubirwamo mu gihe kitarenze
iminsi icumi (10) y’akazi uhereye igihe
usubirishamo yamenyesherejwe icyemezo
cy’Abunzi.
in the du présent article.
Les dispositions des alinéas premier et 2
du présent article s’appliquent également
en cas de non comparution de la partie
However, if the summoned party fails to demanderesse
appear on reasonable grounds, the Abunzi
shall postpone the hearing to another date
and notify him/her thereof in the manner Article 16: Opposition contre la
provided for in paragraph One of this décision du Comité d’Abunzi
Article.
La décision du Comité d’Abunzi rendue
en l’absence du défendeur ou du
demandeur peut faire l’objet d’opposition
dans un délai ne dépassant pas dix (10)
The Provisions of paragraphs One and 2 of jours ouvrables à compter de la
this Article apply also in the case of the notification de la décision d’Abunzi à la
plaintiff’s failure to appear
partie ayant formé l’opposition.
L’opposition contre une décision rendue
par le Comité d’Abunzi est formée par
écrit ou oralement devant le siège complet
Article 16: Opposition against the Abunzi qui l’a rendue ou, en cas d’absence de ce
Committee ’s decision
dernier, d’autres Abunzi du même comité
et dont la sélection se fait conformément
The Abunzi Committee’s decision rendered aux dispositions de l’article 14 de la
in the absence of the defendant or the présente loi.
plaintiff may be subject to opposition in a
31
period not exceeding ten (10) working days
Gusubirishamo
icyemezo
cya
Komite from the day of notification of Abunzi La décision du Comité d’Abunzi rendue
y’Abunzi bisabwa mu nyandiko cyangwa mu decision to the party that applied for en l’absence du défendeur ou du
magambo Inteko y’Abunzi yagifashe, igizwe opposition.
demandeur ne peut faire l’objet d’appel
n’Abunzi bose bari bayigize, cyangwa mu gihe
avant la fin du délai de recevabilité de
badashoboye kuboneka, igizwe n’abandi bunzi Application for opposition of the Abunzi l’opposition.
bo muri iyo Komite batoranywa hakurikijwe Committee’s decision is filed in a written or
ibiteganywa n’ingingo ya 14 y’iri tegeko.
oral statement to the entire Abunzi
Committee panel that rendered the decision Article 17: Tierce opposition contre la
or, in case of absence of such a panel, with décision du Comité d’Abunzi
Icyemezo cyafashwe na Komite y’Abunzi other members of the same Abunzi
uregwa cyangwa urega adahari ntigishobora Committee who are selected in accordance Quiconque n’a pas été partie à l’affaire
kujuririrwa
mbere
y’uko
igihe
cyo with the provisions of Article 14 of this sur laquelle le Comité d’Abunzi a statué
gusubirishamo kirangira.
Law.
mais y a un intérêt quelconque peut
The Abunzi Committee’s decision rendered
in the absence of the defendant or the
Ingingo ya 17: Gutambamira icyemezo plaintiff shall not be appealed against before
cyafashwe na Komite y’Abunzi
the expiry of the period of admissibility of
the opposition.
Umuntu wese utareze cyangwa ngo aregwe mu
kibazo cyasuzumwe na Komite y’Abunzi ariko
agifitemo inyungu iyo ari yo yose, ashobora
gutambamira
icyemezo
cyafashwe
kimurenganya kugira ngo gisubirwemo iyo we
cyangwa abo ahagarariye ntawatumiwe mu
isuzumwa ry’icyo kibazo.
former tierce opposition à une décision
qui est préjudiciable
à ses intérêts,
lorsque ni lui ni ceux qu’il représente
n’ont pas été invités à assister aux
audiences.
La tierce opposition est motivée et formée
Article 17: Opposition by a third party dans un délai de dix (10) jours ouvrables
against the Abunzi Committee’s decision à compter du jour où la personne formant
opposition a pris connaissance de la
Any person who is not a party to the case décision du Comité d’Abunzi. Passé ce
determined by the Abunzi Committee but délai, la tierce opposition n’est pas
has an interest in it, may file a third party recevable.
opposition against the decision which is
Gutambamira icyemezo cyafashwe na Komite prejudicial to his/her interests if neither La tierce opposition contre une décision
32
y’Abunzi bikorwa mu gihe kitarenze iminsi
icumi (10) y’akazi uhereye igihe utanze
ikirego yamenyeye icyemezo cya Komite
y’Abunzi, akabitangira ibimenyetso. Iyo icyo
gihe
kirenze,
gutambamira
icyemezo
ntibyakirwa.
him/her nor the person he/she represents rendue par le Comité d’Abunzi
est
were invited to attend proceedings.
formée par écrit ou oralement devant le
siège complet qui l’a rendue ou d’autres
membres du même Comité d’Abunzi en
Notice of third party opposition is reasoned cas d’absence des membres du siège qui a
and filed within ten (10) working days from rendu la décision.
the day the applicant was notified of the
Abunzi Committee’s decision. If such Lorsque la tierce opposition est jugée
Gutambamira icyemezo cya Komite y’Abunzi period expires, the third party opposition recevable, l’affaire est à nouveau
bisabwa mu nyandiko cyangwa mu magambo shall be inadmissible.
examinée.
Inteko y’Abunzi yagifashe, igizwe n’abunzi
bose bari bayigize, cyangwa mu gihe
badashoboye kuboneka, igizwe n’abandi bunzi
Article 18: Débats
bo muri iyo Komite.
Notice of third party opposition against the
Iyo gutambamira icyemezo cyafashwe na Abunzi Committee’s decision is filed in a
Komite y’Abunzi byakiriwe, gusuzuma written or oral statement with the full
ikibazo byongera gutangira bundi bushya
Abunzi Committee panel that rendered the
decision or, in case of absence of members
of the panel, with other members of the
same Abunzi Committee.
Ingingo ya 18: Iburanisha
Kunga bikorerwa mu ruhame, keretse iyo If the third party opposition against the
abunzi, babyibwirije cyangwa babisabwe, Abunzi Committee’s decision is admissible,
basanze ikibazo gikwiye gusuzumwa mu the case is retried.
muhezo kubera imiterere yacyo.
Abagize Komite
ngo basuzume
y’Abunzi batatoranyijwe Article 18: Hearings
ikibazo
bemerewe
L’audience de conciliation est publique
sauf le huis clos décidé par les Abunzi
sur leur initiative ou à la demande si la
nature de l‟affaire le justifie.
Les autres membres du Comité d’Abunzi
non désignés pour examiner l’affaire
peuvent participer à toute séance de
conciliation mais sans voix délibérative.
33
gukurikirana imirimo yo kunga ariko
ntibagira uruhare mu gufata ibyemezo.
Lors de l‟examen du litige, les Abunzi
The mediation hearing is public, save for entendent les prétentions de chacune des
Iyo bunga ababuranyi, Abunzi bumva buri the hearing in camera decided on by parties en litige et les témoins s‟il y en a. Ils
ruhande,
ndetse
bakumva Abunzi at their own initiative or upon
n‟abatangabuhamya
iyo
batanzwe request, following the nature of the case. peuvent également recourir à l‟avis de
toute
n‟ababuranyi.
Bashobora
kandi kumva
n‟undi muntu wese bifuza kugira icyo
personne qui peut leur apporter des
babaza
mu
gihe
cyose
byabafasha Other members of Abunzi Committee that
éclaircissements sur l‟affaire.
kurushaho gusobanukirwa neza n‟ikibazo were not chosen to settle the matter may
participate in any mediation session but
bashyikirijwe.
without the right to vote.
Imbere y’Inteko y’Abunzi, Avoka ashobora
kugira
inama
uwamwiyambaje
ariko
A l’audience, un avocat peut assister la
ntashobora kumuhagararira cyangwa ngo When settling a case, Abunzi shall hear
partie qui le lui a demandé, mais ne peut
ahabwe ijambo mu rwego rwo kumuburanira.
claims from each of the parties in conflict pas
and from witnesses if any. They may have
Abunzi bagomba kuba bakemuye ikibazo recourse to advice by any person who can la représenter ou plaider pour elle.
mu gihe kitarenze ukwezi uhereye igihe shed light on the matter.
ikibazo cyandikiwe mu gitabo cy‟ibibazo
cya Komite y’Abunzi.
Ingingo ya 19: Uburyo kunga bikorwamo
Les Abunzi doivent avoir rendu leur
During the hearing, an advocate may décision au plus tard dans un mois à
Iyo bakemura impaka, abunzi bumvikanisha
assist the party who so required, but the compter de la date d’enregistrement de la
impande zombi. Iyo kumvikanisha impande
advocate cannot represent or plead for requête au rôle du Comité d’Abunzi.
zombi binaniranye, bafata icyemezo bakurikije
him/her.
umutimanama wabo n’amategeko, kimwe
34
n’umuco w’aho ikibazo gikemurirwa, gipfa
gusa kuba kitanyuranye n’amategeko yanditse.
Abunzi settle the litigation within one Article 19: Procédure de conciliation
month as of the day the litigation is
registered on cause list of Abunzi En statuant sur le différend, les Abunzi
Committee.
cherchent à concilier les deux parties. A
Ingingo ya 20: Ifatwa ry’icyemezo
défaut de conciliation, ils rendent la
Iyo gusuzuma
ikibazo birangiye, Abunzi
décision en âme et conscience et dans le
bariherera kugira ngo bafate icyemezo.
respect de la loi et de la coutume du lieu,
pourvu que celle-ci ne soit pas contraire
Article
19:
Mediation
procedure
Icyemezo cy’Abunzi gifatwa ku bwumvikane
au droit écrit.
hagati yabo, bitashoboka kigafatwa ku
When adjudicating a dispute, Abunzi seek
bwiganze burunduye bw’amajwi.
to mediate both parties. If mediation of both
Article 20: Prise de décision
Icyemezo gishyirwa mu nyandikomvugo, parties is not reached, the Abunzi render a
ishyirwaho umukono kuri buri rupapuro decision according to their conscience and
n’Abunzi bose bagize Inteko n’abarebwa bose law and local customary practices of where
the issue is being resolved provided the A la clôture des débats, les Abunzi se
n’icyo kibazo, kunga bikirangira.
retirent pour prendre la décision.
decision is not contrary to statutory law.
Uko byagenda kose, icyemezo kigomba
kuboneka cyanditse
kandi
gisinywe
La décision d’Abunzi est prise par
n‟Abunzi kuri buri rupapuro mu gihe Article 20: Decision making
consensus et, à défaut, à la majorité absolue
kitarenze iminsi icumi (10) y’akazi kuva
des voix.
gifashwe. Iyo bidakozwe, Abunzi bireba
bashobora guhabwa ibihano byo mu rwego
After the case consideration, Abunzi shall
rw’myitwarire igenga Abunzi mu kazi
withdraw to make a decision.
biteganywa n’Iteka rya Minisitiri ufite
Le
procès-verbal de règlement
du
ubutabera mu nshingano ze.
différend est signé à chacun de ses feuillets
par tous les Abunzi composant le siège
Abunzi decision shall be taken by
35
Iyi nyandikomvugo igaragaza ibi bikurikira:
consensus, where there is no such et par toutes les parties en litige, après la
consensus, at the absolute majority of votes. procédure de conciliation.
1° umwirondoro w’abafitanye ikibazo;
2° incamake y’ikibazo;
3° ingingo abafitanye ikibazo baburanisha;
Abunzi record minutes of the proposed
settlement and the minutes are signed on
each page by all members of the panel
4° icyemezo cyafashwe abafitanye ikibazo of Abunzi and the concerned parties after
bose bemeranywaho;
the procedure of mediation.
Dans tous les cas, la décision doit être
disponible sous forme écrite et signée à
chacun de ses feuillets dans un délai ne
dépassant pas dix (10) jours ouvrables à
compter de la date de prise de décision.
Dans le cas contraire, les Abunzi
concernés peuvent subir des sanctions
In all cases, the decision must be written, disciplinaires relatives aux fonctions
signed on every page and available d’Abunzi prévues par arrêté du Ministre
6° itariki n’ahantu ikibazo cyakemuriwe;
within a period not exceeding ten (10) ayant la justice dans ses attributions.
working days from the day on which the
decision was made; otherwise the concerned
7°
imikono
cyangwa
ibikumwe
Abunzi may face disciplinary sanctions
by’abafitanye ikibazo;
relating to Abunzi’ profession as provided Le procès-verbal contient:
for by the Order of the Minister in
8° amazina y’Abunzi n’imikono yabo
charge of Justice.
cyangwa ibikumwe byabo;
1° l’identification des parties ;
5° icyemezo cyafashwe umwe mu bafitanye
ikibazo atemera, mu gihe gihari;
9° amazina y’umwanditsi n’umukono we
cyangwa igikumwe cye.
Inyandikomvugo
y’Abunzi
igomba
gushyirwaho kashi
ya Komite y’Abunzi The minutes shall contain:
kandi
ikabikwa
n’Umunyamabanga
Nshingwabikorwa ari na we uyishyikiriza abo
2° le sommaire du différend;
3° les prétentions des parties en cause ;
4° la décision d’Abunzi à laquelle toutes
36
bireba.
1° the parties’ identification;
Iyo hari umwe mu bunzi utemeranyijwe 2° the summary of the dispute;
n’abandi ku cyemezo cyafashwe, byandikwa 3° arguments put forward by the involved
muri iyo nyandikomvugo n’impamvu yatanze.
parties;
Perezida w’inteko y’Abunzi yasuzumye
4° Abunzi decision with which all
ikibazo ntiyemerewe kurenza iminsi itanu (5)
y’akazi ataramenyesha abafitanye ikibazo parties agree;
icyemezo cya Komite y’Abunzi cyanditse
uhereye ku munsi cyabonekeyeho.
les parties en litige adhèrent;
5° la décision d’Abunzi à laquelle l’une
des parties n’adhère pas, s’il y en a une;
6° la date et le lieu où la séance de
conciliation a eu lieu;
5° Abunzi decision with which one
of the parties does not adhere, if any;
7° les signatures ou les empreintes
digitales des parties en litige;
6° the date and the place where the
Ingingo ya 21: Agaciro
cyafashwe n’Abunzi
k’icyemezo mediation session has taken place;
Icyemezo cyafashwe n’Abunzi kikemerwa
n’ababuranyi
gifatwa
kuri
bo
nk’amasezerano bumvikanyeho,
ariko 7° signatures or fingerprints of parties in
ntigishobora kwitwazwa ku bandi bantu
conflict;
batarebwa n’icyo kibazo.
Ingingo ya 22: Ishyirwa mu bikorwa
ry’icyemezo cyafashwe na Komite y’Abunzi 8° Abunzi names as well as their
8° les noms d’ Abunzi ainsi que leurs
signatures ou leurs empreintes digitales;
9° les noms du rapporteur ainsi que sa
signature ou son empreinte digitale.
Le procès-verbal d’ Abunzi doit être
scellé du sceau du Comité d’ Abunzi et
37
signatures or their fingerprints;
Icyemezo cyafashwe na Komite y’Abunzi
gishobora kubahirizwa ku bwumvikane,
9° the rapporteur’s names as well as his/
bisabwe n’urebwa n’icyo kibazo.
conservé par le Secrétaire Exécutif qui le
transmet aux parties concernées.
her signature or fingerprint.
Iyo umwe mu bafitanye ikibazo yanze
kubahiriza icyemezo cyafashwe na Komite
y’Abunzi, urebwa n’icyo kibazo bibangamiye
ashobora gusaba ko gishyirwa mu bikorwa ku
ngufu hakurikijwe amategeko asanzwe
yerekeranye
no
kurangiza
imanza
hakoreshejwe ingufu. Icyo gihe, asaba mu
magambo cyangwa mu nyandiko Perezida
w’Urukiko rw’Ibanze rwo mu ifasi y’aho
icyemezo
cyafatiwe
kugishyiraho
kashempuruza.
En cas d’opinion dissidente par
Umwunzi, celle-ci, motivée, est consignée
The mediation minutes is sealed with the dans le procès-verbal.
seal of the Abunzi Committee and shall
be kept by the Executive Secretary who
submits it to the concerned parties.
Le Président du Siège d’Abunzi ayant
rendu la décision notifie aux parties la
décision écrite du Comité d’Abunzi
endéans cinq (5) jours ouvrables à
compter de la date la disponibilité de la
Where one of Abunzi holds a dissenting décision.
opinion, the issue and the reason thereof
is stated in the minutes.
Gusaba gushyira kashe-mpuruza ku mwanzuro
w’Abunzi ntibitangirwa igarama.
The Chairperson of the Panel that
rendered the decision notifies the parties of
the written decision of the Abunzi
Committee within five (5) working days
from the day on which the decision was
Perezida ashyira kashe-mpuruza kuri icyo available.
cyemezo nyuma yo kubona
inyandiko
Article
y’Umunyamabanga
Nshingwabikorwa
21: Force
de
la
décision
38
w’Umurenge w’aho ikibazo cyakemuriwe
yemeza ko icyo cyemezo ari ukuri kandi ko
kitagishoboye kujuririrwa cyangwa kuregerwa
urukiko.
Perezida w’Urukiko rw’Ibanze ntashobora
kwanga gushyira kashe-mpuruza ku cyemezo
cya Komite y’Abunzi keretse gusa mu gihe
ibikubiye mu cyemezo cyangwa ishyirwa mu
bikorwa ryacyo binyuranyije n’amategeko
ndemyagihugu. Icyo gihe, amenyesha mu
nyandiko Komite y’Abunzi icyemezo cye
kugira ngo Abunzi bafashe icyemezo bakosore
ibyerekeranye n’ayo mategeko ndemyagihugu
atubahirijwe.
Iyo uwafatiwe icyemezo na Komite y’Abunzi
kimusaba kwishyura cyangwa gusubiza
iby’abandi, atagishyize mu bikorwa mu gihe
giteganyijwe muri icyo cyemezo kandi afite
ubushobozi bwo kwishyura, ategekwa
kwishyura indishyi z’ubukererwe zihwanye
n’amafaranga y’u Rwanda magana atanu (500)
buri munsi kugeza ku munsi yishyuriyeho
zibarwa uhereye igihe yamenyesherejwe icyo
d’Abunzi
La décision d’ Abunzi à laquelle
adhèrent toutes les parties tient lieu de
convention entre ces parties, mais n’est pas
opposable aux tiers.
Article 21: Force of Abunzi decision
Article 22: Exécution de la décision du
Comité d’Abunzi
La décision du Comité d’Abunzi peut
être exécutée volontairement à la demande
Abunzi decision with which all parties agree
de la partie intéressée.
serves as a ompromise for those parties,
but shall not be enforceable against third
parties.
En cas de refus par l’une des parties de
se conformer à la décision du Comité
d’Abunzi,
il
peut,
à
la
Article 22: Execution of Abunzi
demande de la partie intéressée, être
Committee’s decision
procédé à l’exécution forcée conformément à
la loi relative à l’exécution forcée. Dans ce
cas, elle demande oralement ou par écrit
The Abunzi Committee’s decision may be au Président du Tribunal de Base dans
executed voluntarily at the request of the le ressort duquel
la décision a été
interested party.
rendue d’apposer la formule exécutoire
39
cyemezo. Izo ndishyi zihabwa urebwa n’icyo
kibazo bibangamiye.
sur cette décision.
If one of the parties refuses to comply with
the Abunzi Committee’s decision, the
interested party may apply for enforcement
of the decision in accordance with laws
relating to enforcement proceedings. In that
case, he/she requests, either in writing or
orally, the President of the Primary Court
with jurisdiction over the place where the
decision was rendered to append to the
decision an order for its enforcement.
Iyo uwafatiwe icyemezo na Komite y’Abunzi
kimusaba kwishyura cyangwa gusubiza
iby’abandi, adafite ubushobozi bwo kwishyura
ariko agaragaza ubushake bwo kwishyura,
ahabwa amahirirwe yo kumvikana n’uwo
bafitanye ikibazo ku gihe n’uburyo
azamwishyurira. Ibyo bikorwa mu nyandiko
imbere y’inteko y’Abunzi yafashe icyemezo.
Iyo bidashyizwe mu bikorwa urega asaba
Perezida w’Urukiko rw’ibanze rwo mu ifasi
icyemezo
cyafatiwemo
gushyira To append an order for enforcement of a
kashempuruza kuri iyo nyandiko kugira ngo decision is done without payment of court
icyemezo cyafashwe gishyirwe mu bikorwa ku fees.
gahato hakurikijwe amategeko abigenga.
The President of the Primary Court appends
to the decision an order for its enforcement
after receiving a written statement from the
Executive Secretary of the Sector where the
decision was rendered certifying that the
decision is authentic and no longer subject
Ingingo ya 23: Impaka zivutse mu irangiza to appeal or to be referred to any court.
L’appostion de la formule exécution se
fait sans payer les frais de justice.
Le Président du Tribunal de Base appose
la formule exécutoire sur cette décision
après avoir reçu une déclaration écrite du
Secrétaire Exécutif du Secteur du lieu où
la décision a été rendue attestant que
cette dernière est authentique et qu’elle
n’est plus susceptible de recours ou d’être
portée devant les juridictions.
Le Président du Tribunal de Base ne
peut refuser d’apposer la formule
exécutoire sur la décision que si celle-ci
ou son exécution est contraire à l’ordre
public. Dans ce cas, il informe par écrit
le Comité d’Abunzi de sa décision pour
que
les
Abunzi
qui
ont pris la décision la revoient
conformément aux règles d’ordre public
40
ry’ibyemezo bya Komite y’Abunzi
violées.
The President of the Primary Court cannot
refuse to append to the decision an order for
its enforcement unless the decision or its
execution is contrary to public order. In that
case, he/she informs the Abunzi Committee
of his/her decision in writing in order for the
Abunzi who rendered the decision to review
the decision and to correct it in relation to
rules of public order.
Impaka zose zivutse mu irangiza ry’ibyemezo
bya Komite y’Abunzi zishyikirizwa inteko ya
Komite y’Abunzi yafashe icyo cyemezo mu
rwego rwa nyuma kugira ngo isobanure
kurushaho icyo cyemezo bityo ishyirwa mu
bikorwa ryacyo rishoboke. Mu gihe Abunzi
bari bagize inteko yasuzumye icyo kibazo
badashoboye kuboneka, ikibazo cyerekeranye
n’irangizwa ry’icyemezo gishyikirizwa iyo
Komite,
kigasuzumwa
n’indi
nteko
yatoranyijwe mu buryo buteganywa n’ingingo
ya 14 n‘iya 15 z’iri tegeko.
If the person against whom the Abunzi
Committee rendered a decision ordering
payment or restitution of property does not
Ingingo ya 24: Kujuririra icyemezo comply with the decision within the time
cyafashwe na Komite y’Abunzi ku rwego limits provided therein despite his/her
rw’Akagari
capacity to do so, he/she is ordered to pay
default interests at the rate of five hundred
Rwanda francs (Rwf 500) per day until the
Umwe mu bafitanye ikibazo utemeye day of payment counted from the date of
icyemezo cyafashwe na Komite y’Abunzi yo notification of the decision. The interests
ku rwego rw’Akagari, ashobora, mu gihe shall be paid to the injured party.
kitarenze iminsi mirongo itatu (30) y’akazi
uhereye ku munsi yashyikirijweho icyemezo
Si la personne à l’égard de laquelle le
Comité d’Abunzi
rend la décision
ordonnant le paiement ou la restitution des
biens d’autrui ne se conforme pas à cette
décision dans les délais qui y sont prévus
alors qu’elle est solvable, elle se voit
enjoindre de payer des intérêts moratoires
à raison de cinq cents francs rwandais (500
Frws) par jour jusqu’au jour de paiement
comptés à partir de la date de notification
de la décision. Ces intérêts moratoires sont
versés à la partie lésée.
Si la personne à l’égard de laquelle le
Comité d’Abunzi a rendu la décision
ordonnant le paiement ou la restitution des
biens d’autrui est insolvable malgré sa
volonté manifeste de payer, il lui est
donné la chance de s’entendre avec l’autre
partie sur les délais et les modalités de
paiement. Cet arrangement est mis à
l’écrit devant le siège d’Abunzi qui a
rendu cette décision. En cas de non-respect
41
cy’inteko cyanditse, kujuririra Komite
y’Abunzi yo ku rwego rw’Umurenge.
Abafitanye ikibazo ntibemerewe kurenza
iminsi cumi n’itanu (15) y’akazi uhereye ku
munsi baboneyeho icyemezo cyanditse
bataraza kugifata. Muri icyo gihe, igihe cyo
kujurira gitangira kubarwa.
Komite y’Abunzi ku rwego rw’Umurenge
ijuririrwa ibibazo byose by’imbonezamubano
bivugwa mu ngingo ya 8 y’iri tegeko.
Mu bujurire, Komite y’Abunzi yo ku rwego
rw’Umurenge isuzuma gusa ingingo urega
anenga ku cyemezo cyafashwe na Komite
y’Abunzi yo ku rwego rw’Akagari kandi
atigeze yemerera imbere yabo.
If the person against whom the Abunzi
Committee rendered a decision ordering
payment or restitution of property is
insolvent but demonstrates willingness to
pay, he/she is given a chance to agree with
the other party on terms of payment and
timeframes. The arrangement is made in
writing before the Panel of the Abunzi
Committee that rendered the decision. In
case of non-compliance with the
arrangement, the plaintiff requests the
President of the Primary Court having
jurisdiction over the place where the
decision was rendered to append to the
arrangement an order for its enforcement in
accordance with relevant laws.
de cet arrangement, la partie demanderesse
saisit le Président du Tribunal de Base
compétent du lieu où cette décision a été
rendue d’apposer la formule exécutoire sur
cet arrangement en vue de l’exécution
forcée de la décision conformément aux
lois en la matière.
Article 23: Contestations de l’exécution
de la décision du Comité d’Abunzi
Toute contestation née de l’exécution des
décisions du Comité d’Abunzi est portée
devant le Comité d’Abunzi ayant rendu
la décision en dernier ressort pour la
clarifier davantage dans le but de rendre
possible son exécution. En cas
d’empêchement d’Abunzi
ayant fait
partie du siège qui a examiné l’affaire, la
Article 23: Disputes arising from the contestation née de l’exécution de la
execution of the Abunzi Committee décision du Comité d’Abunzi est portée
decisions
devant le Comité d’Abunzi et examinée
par un autre siège choisi conformément
aux dispositions des articles 14 et 15 de la
Any dispute arising from the execution of présente loi.
Abunzi Committee’s decisions shall be
42
Kujuririra icyemezo cya Komite y’Abunzi submitted to the Abunzi Committee that
cyafashwe ku rwego rw’Akagari ntibitangirwa took the decision in the last instance for
igarama.
more clarification on that decision in order
to facilitate its enforcement. In case of
absence of the Abunzi who composed the
Ingingo ya 25: Kuregera icyemezo panel, the dispute relating to the execution
cyafashwe na Komite y’Abunzi yo ku rwego of the decision is submitted to that Abunzi
Committee and examined by another panel
rw’Umurenge
selected through procedures specified in
Umwe mu bafitanye ikibazo utishimiye Articles 14 and 15 of this Law.
icyemezo cyafashwe na Komite y’Abunzi yo
ku rwego rw’Umurenge ashobora, mu gihe
kitarenze iminsi mirongo itatu (30) y’akazi
uhereye ku munsi yashyikirijweho icyemezo
cy’inteko cyanditse, gushyikiriza ikirego Article 24: Appealing against a decision
of Abunzi Committee at the Cell level
Urukiko rw’Ibanze rubifitiye ububasha.
Article 24: Appel contre la décision
d’Abunzi au niveau de la Cellule
Toute partie qui n’est pas satisfaite de
la décision du Comité d’Abunzi au
niveau de la Cellule, peut, dans un délai
ne dépassant pas trente (30) jours
ouvrables à compter du jour où la
décision lui a été notifiée par écrit, faire
appel devant le Comité d’Abunzi
au
niveau du Secteur.
Les parties sont tenues de retirer la
décision endéans quinze (15) jours
Kuregera icyemezo cya Komite y’Abunzi mu
ouvrables à compter de la date où elle est
rukiko bikorwa habanje gutangwa amagarama.
Any party that is not satisfied with the disponible. Au cours de cette période, le
decision of the Abunzi Committee at the délai d’appel commence à courir.
Cell level, may, within a period not
Ingingo ya 26: Ingingo zisuzumwa exceeding thirty (30) working days from the
day on which he/she was notified of the
n’urukiko rwaregewe
written decision, appeal to the Abunzi
Committee at the Sector level.
Ingingo zumvikanyweho n’abafitanye ikibazo
imbere ya Komite y’Abunzi ntizishobora
Le Comité d’Abunzi
au niveau du
Secteur connaît de l’appel relatif aux
43
kuregerwa mu Rukiko rw’Ibanze.
The parties are obliged to collect the affaires civiles prévues à l’article 8 de la
written decision within a period not présente loi.
exceeding fifteen (15) working days from the
day it is made available. The time for appeal
shall begin to run during that span.
Au niveau d’appel, le Comité d’Abunzi
au niveau du Secteur n’examine que les
points de la décision du Comité
d’Abunzi
mis en cause par le
demandeur et contestés par lui
devant le Comité au niveau de la
The Abunzi Committee at the Sector level is Cellule.
Urega agomba, mu gihe atanga ikirego mu
rukiko
rw’ibanze,
gutanga
na
kopi
y’inyandikomvugo yakozwe n’abunzi. Iyo
bitabaye ibyo ikirego cye nticyakirwa
n’umwanditsi w’Urukiko. Urukiko rwaregewe
rusuzuma gusa ingingo urega anenga ku
cyemezo cyafashwe na Komite y’Abunzi
seized of appeals in all civil matters
kandi atigeze yemera imbere yayo.
referred to in Article 8 of this Law.
L’appel contre la décision rendue par le
Comité d’Abunzi
au niveau de la
Cellule n’est pas soumis au paiement
des frais de consignation.
At the appeal level, the Abunzi Committee
at the Sector level examines only points
of the decision taken at Cell level
Article 25: Recours contre la décision
challenged by the plaintiff and to which
rendue par le Comité d’Abunzi
au
he/she raised objections before the Abunzi niveau du Secteur
Committee at the Cell level.
Icyiciro cya 3: Imyitwarire ya Komite
Toute partie qui n’est pas satisfaite de
la décision du Comité d’Abunzi au
niveau du Secteur peut, dans un délai
Appealing against the decision of the ne dépassant pas trente (30) jours
Abunzi Committee taken at the Cell level ouvrables à compter du jour où la décision
44
y’Abunzi
shall not be subject to payment of court fees.
écrite du siège lui a été notifiée, saisir le
Tribunal de Base compétent qui doit
connaître du fonds de l’affaire.
Ingingo ya 27: Imyitwarire y’Abunzi
Article 25: Filing an action against the Le recours contre une décision du Comité
Abunzi Committee decision at the Sector d’Abunzi devant le tribunal est sujet au
level
paiement préalable des frais de
Imyitwarire y’Abunzi ikurikiranwa na Biro ya
consignation.
Komite y’Abunzi ivugwa mu ngingo ya 5 y’iri
tegeko ngenga.
Any party that is not satisfied with
the decision of the Abunzi Committee at
Article 26: Points devant être examinés
the Sector level, may, within a period
par la juridiction saisie
not
exceeding
thirty
(30)
working
days
Iteka rya Minisitiri ufite Ubutabera mu
from the day on which he/she was notified
nshingano ze rigena imyitwarire y’Abunzi.
of the written decision of the panel, refer Les points sur lesquels les parties en
the matter to the competent Primary litige se sont mises d’accord devant le
Court which shall render a judgment Comité d’Abunzi ne peuvent pas faire
on merit.
l’objet de recours devant le Tribunal de
Base.
Ingingo ya 28: Ihagarikwa ry’umwe mu
bagize Komite y’Abunzi
Filing an action against the decisions of
the Abunzi Committee before Courts Le demandeur doit joindre à sa requête
introductive d’instance auprès du Tribunal
Ibyibwirije cyangwa ibisabwe n’abaturage, shall be subject to payment of court fees
de Base, le procès-verbal de conciliation,
Komite y’Abunzi ishobora guhagarika
faute de quoi le greffier n’enregistre pas la
by’igihe kitarenze ukwezi kumwe (1)
demande. La juridiction saisie n’examine
umwe mu bayigize kubera kubogama
que les points de la décision attaqués
cyangwa indi myitwarire igayitse. Icyo
Article 26: Points to be examined by the n’ayant pas été acceptés par la partie
45
cyemezo gifatwa nibura na bibiri bya gatatu court seized
demanderesse pendant la procédure de
(2/3)
by’abagize Komite
y’Abunzi,
conciliation.
Umwunzi
ukemangwa amaze guhabwa
umwanya wo kwisobanura.
The points agreed upon by the parties
before the Abunzi Committee shall not be
included in the action filed with the Primary
Court.
Umwe mu bagize Komite y’Abunzi
ashobora kuvanwa burundu ku mirimo ye
n’abamutoye, igihe
bigaragaye
ko
atagishoboye kuzuza inshingano ze.
The plaintiff shall attach the copy of the
mediation minutes to his/her claim lodged
with the Primary Court. Failure to do so, the
UMUTWE
WA
V:
INGINGO Court Registrar refuses to receive the claim.
ZINYURANYE,
IZ’INZIBACYUHO The Court seized considers only those
points of the decision challenged by the
N’IZISOZA
plaintiff and to which he/she raised
objections during the mediation session.
Ingingo ya 29: Urwego rukurikirana
ibikorwa bya Komite z’abunzi
Minisiteri ifite ubutabera mu nshingano ni yo
ireberera ikanakurikirana ibikorwa bya Komite
z’Abunzi. Ibafasha kugera ku nshingano zabo,
ibinyujije mu mahugurwa, no mu kubashakira
ibikoresho ifatanyije n’inzego z’imitegekere
Section 3: Code
Comité d’Abunzi
de
conduite
du
Article 27: Code
Abunzi
de
conduite
des
Le Bureau du Comité d’Abunzi prévu à
l’article 5 de la présente loi veille à la
conduite des conciliateurs.
Un arrêté du Ministre ayant la justice dans
ses attributions détermine le Code de
46
zegerejwe abaturage.
conduite des Abunzi.
Section 3:
conduct
Ingingo ya 30:
y’Abunzi bariho
Irangira
rya
manda
Haseguriwe ibiteganywa n’ingingo ya 2 y’iri
tegeko n’andi mategeko, abagize Komite
y’Abunzi ku munsi iri tegeko ritangira
gukurikizwa, baguma ku murimo wabo kugeza
igihe manda yabo izarangirira.
Abunzi Committee code of Article 28: Suspension d’un membre
du Comité d’Abunzi
De sa propre initiative ou à la demande de
la population, le Comité d’Abunzi peut
suspendre un de ses membres pour un
délai ne dépassant pas un (1) mois pour
sa partialité ou tout autre comportement
The Bureau of the Abunzi Committee indigne. Cette décision est prise par au
provided for in Article 5 of this Law ensures moins deux tiers (2/3) des membres du
the conduct of Mediators.
Comité d’Abunzi après avoir entendu
le conciliateur mis en cause.
Article 27: Abunzi code of conduct
An Order of the Minister in charge of
Ingingo ya 31: Ibidateganyijwe muri iri Justice determines the code of conduct Un membre du Comité d’Abunzi peut
for Abunzi.
être révoqué par son électorat s’il est
tegeko ku mikorere n’imikoranire
prouvé qu’il n’est plus capable de
remplir ses responsabilités.
Article 28: Suspension of a member of
the Abunzi Committee
Iteka rya Minisitiri ufite Ubutabera mu
nshingano ze rigena imikorere n’imikoranire
ya Komite y’Abunzi itavugwa muri iri tegeko
CHAPITRE
DIVERSES,
The Abunzi Committee may, at its own FINALES
initiative or upon a request by the
V:
DISPOSITIONS
TRANSITOIRES
ET
47
ngenga.
population, suspend one of its members
for a period not exceeding one (1)
29: Organe chargé de la
month on the ground of partiality or any Article
other misconduct. The decision shall be supervision des activités des Comités
taken by at least two thirds (2/3) of the d’Abunzi
Ingingo ya 32: Imanza zaregewe inkiko Mediation Committee members, after
mbere y’uko iri tegeko ritangazwa
hearing the concerned Mediator.
Le Ministère ayant la Justice dans ses
attributions
est
chargé
de
la
supervision et du suivi des activités des
Comités d’Abunzi. Le Ministère, en
collaboration
avec
les
entités
administratives de base, pourvoit les
Comités d’Abunzi des facilités nécessaires
MISCELLANEOUS, dont la formation et l’appui matériel pour
AND
FINAL mener à bien leur mission.
A member of Abunzi Committee may be
dismissed from his/her duties by the
Imanza zatangiye kuburanishwa n’inkiko
electoral college if it is evident that he/she is
mbere y’uko iri tegeko ritangazwa zikomeza
no longer able to fulfill his/her duties.
kuburanishwa
hakurikijwe amategeko
asanzwe.
CHAPTER V:
TRANSITIONAL
Imanza zitaraburanishwa n’inkiko kugeza iri
PROVISIONS
tegeko
ritangajwe ziri mu bubasha bwa
Komite y’Abunzi zishyikirizwa Komite
Article 30: Terme du mandat d’Abunzi
y’Abunzi.
Article
29: Organ in charge of en service
supervising
activities
of
Abunzi
Committees
Ingingo ya 33: Ivanwaho ry’ingingo
z’amategeko zinyuranyije n’iri tegeko
The Ministry in charge of Justice supervises
and monitor the activities of Abunzi
Ingingo zose z’amategeko abanziriza iri kandi Committees. The Ministry, in conjunction
Sans préjudice des dispositions de l’article
2 de la présente loi et d’autres dispositions
légales, les membres des Comités
d’Abunzi en service à la date où la
présente loi entre en vigueur, restent dans
48
with the local administrative entities, leurs fonctions jusqu’à la fin de leur
facilitates the Abunzi Committees to mandat.
Ingingo ya 34: Itegurwa, isuzumwa n’itorwa discharge their duties through trainings and
necessary material support.
ry’iri tegeko
zinyuranyije na ryo zivanyweho.
Article
31:
Modalités
de
fonctionnement et de collaboration
non prévues par la présente loi
Iri tegeko ryateguwe, risuzumwa kandi ritorwa
mu rurimi rw’Ikinyarwanda.
Ingingo ya 35: Igihe iri tegeko ritangira Article 30: Termination of the term office
of incumbent Abunzi
gukurikizwa
Un arrêté du Ministre ayant la Justice
dans ses attributions détermine les
Iri tegeko ritangira gukurikizwa ku munsi
modalités de fonctionnement
et de
ritangarijweho mu Igazeti ya Leta ya Without prejudice to the Article 2 of this
collaboration du Comité d’Abunzi qui
Repubulika y’u Rwanda.
Law and to other laws, incumbent members ne sont pas prévues par la présente loi.
of Abunzi Committee, incumbent on the
day this law comes into force, keeps their
functions until their term of office comes to
Article 32: Affaires portées devant les
an end.
juridictions avant la publication de
la
Article
31:
Functioning
and
relationship not provided for in this Law présente loi
Les lois existantes restent applicables
au jugement
des
affaires
dont
An Order of the Minister in charge of l’audience
a commencé devant les
Justice determines modalities for the juridictions avant la publication de la
functioning and relationship of Abunzi
49
Committee not provided for in this Law.
présente loi.
Les affaires relevant de la compétence
du Comité d’Abunzi et dont l’audience
Article 32: Cases filed with courts n‟a pas encore commencé devant les
before the publication of this Law
juridictions jusqu‟à la publication de la
présente loi sont portées devant le
Comité d’Abunzi.
The existing Laws continues to apply in the
hearing of cases whose hearing has Article 33: Disposition abrogatoire
commenced in Courts before the
publication of this Law.
Cases falling under the jurisdiction of
Toutes les dispositions légales antérieures
contraires à la présente loi sont abrogées.
Abunzi Committee and which are yet to
be heard by Courts until the publication
of this
Law is referred to Abunzi Article 34: Initiation, examen
Committee.
adoption de la présente loi
Article 33: Repealing provision
et
La présente loi a été initiée, examinée et
adoptée en kinyarwanda.
50
Article 35: Entrée en vigueur
All prior legal provisions contrary to this
Law are hereby repealed.
Article 34: Drafting, consideration and
adoption of this Law
La présente loi entre en vigueur le jour de
sa publication au Journal Officiel de la
République du Rwanda.
This Law was drafted, considered and
adopted in Kinyarwanda.
Article 35: Commencement
This Law comes into force on the date
of its publication in the Official Gazette
of the Republic of Rwanda.
Kigali, ku wa …………………………
Kigali, on ……………………………
Kigali, le …………………………….
51
KAGAME Paul,
KAGAME Paul,
KAGAME Paul,
Perezida wa Repubulika
President of the Republic
Président de la République
MUREKEZI Anastase
MUREKEZI Anastase
MUREKEZI Anastase
Minisitiri w’Intebe
Prime Minister
Premier Ministre
Bibonywe kandi bishyizweho Ikirango cya
Repubulika:
Seen and sealed with the Seal of the
Republic:
Vu et scellé du Sceau de la République:
52
BUSINGYE Johnston
BUSINGYE Johnston
BUSINGYE Johnston
Minisitiri w’Ubutabera/Intumwa Nkuru ya
Leta
Minister of Justice/Attorney General
Ministre de la Justice/Garde des Sceaux