4.1.1 Ibyerekeye abantu 4.1.1 Of persons 4.1.1 Des
Transcription
4.1.1 Ibyerekeye abantu 4.1.1 Of persons 4.1.1 Des
4.1.1 Ibyerekeye abantu 4.1.1 Of persons 4.1.1 Des personnes 4.1.1.1 Interuro y’ibanze n’ibyerekeye abantu n’umuryango 4.1.1.1 Titre préliminaire et personnes et famille 27 Ukwakira 1988 – Itegeko n º 42/1988. Interuro y’ibanze n ’igitabo cya mbere cy ’Urwunge rw’amategeko mbonezamubano , Igazeti ya Leta , 1989, urup. 9 27 Octobre 1988 - Loi nº 42/1988. Titre préliminaire et livre premier du Code Civil, J.O., 1989, p. 9 AMAGAMBO FATIZO INDEX Abana - Gutanga ibitunga, 200 - Inkurikizi ry’itana ry’abashyingiranwe, 283-286 - Uburere bw’abana (itana ry’abashyingiranwe), 283 - Inshingano imbere y’ababyeyi, 200, 343 - Inshingano z’ababyeyi, 197 Abana bakiri bato, 84, 171, 347-348, 363-406, 426-430 - Ububasha bwa kibyeyi, 347-348 - Aho batuye, 84 - Kwemererwa ubukure, 426-430 - Ishyingirwa, 171 - Umwishingizi, 361-406 Abana bakomoka ku bashyingiranywe, 297, 301-304, 306, 308-309, 311 - kwihakana, 297, 301-304, 306 - kumenyekana, 308-309, 311 Abana bavutse kubatashyingiranywe, 318-327, 346 - ububasha bwa kibyeyi, 346 - uburenganzira, 326 - kwemerwa nk’abavuka ku bashyingiranywe, 318-323 - kwemera, 324-327 Abanyamahanga, 11, 13, 108, 141-143, 235, 293-295 - inyangindiko y’irangamimerere, 141-143 - gutana, 293-295 - ishyingirwa, 235 Abavandimwe (ishyingirwa), 172 Aho umuntu aba, 25, 27-28, 31, 39, 57, 73-77 Aho umuntu atuye, 25, 27, 39, 57, 78-85 Aho uwatswe ububasha abarizwa, 85 Guhoza ku nkeke, 237 Gutana kw’abashakanye, 237-286, 300 - impamvu zizwi, 237-256 . impamvu, 237 . uburyo, 238-247 - ku bwumvikane, 257-277 - inkurikizi, 278-286 - abanyamahanga, 293-295 - kutakirwa kw’ikirego, 255-256 Ibitutsi bikabije, 237 Ikirego cyerekeye imimerere, 315-317 Ikirego kigamije kwerekana nyina w’umwana, 329-331 Ikirego kigamije kwerekana se w’umwana, 328-331 Imimerere y’abantu, 11 Imiziro, 432-451 Inama y’umuryango, 437-439, 455 Indongoranyo, 168 Inkomoko ku bashyingiranywe, 296-317 Absence, 25-56. - déclaration, 38-45. - effets, 50-52. - présomption, 25-26,28-29,30-37. Actes - de décès, 24,127-136. - entre vifs, 14. - de mariage, 101, 137. - de naissance, 62, 64, 101, 117126. - de notoriété, 138-140. Actes de l'état civil, 117-149, 152, 456. - étrangers, 141-143. - jugements supplétifs, 147-149. - rectifications, 144-146. Action d'état, 315-317. Adoption, 101, 333-342. - actes, 101. - conditions, 333-336. - effets, 336-339. - procédures, 340-342. Adultère (divorce), 237. Aliénés, 432. Ascendants (mariage), 172. Autorité parentale, 51-52, 84, 343-359. - adoption, 336. - attributs, 349-358. - déchéance, 359. Capacité, 11. Collatéraux (mariage), 172. Conseil de famille, 437-439, 455. Conseil judiciaire, 452-454. Décès, 18-20, 23-24, 29,4', 46-49, 101. Désaveu de paternité, 297-301, 303-304, 306. Divorce, 237-286, 300. - cause déterminée (pour), 237-256. - causes, 237. - formes, 238-247. - consentement mutuel, 257-277. - effets, 278-286. - étrangers, 293-295. - fin de non-recevoir, 255-256. Domicile, 25, 27, 39, 57, 78-85. Droits civils, exercice, 9. Emancipation, 426-430. - kwihakana, 297-301, 303-304, 306 - ibimenyetso, 307-317 Inkwano, 137, 168 Inshingano yo gutanga ibimutunga, 87-95, 105, 197-198, 205 - umwanditsi w’irangamimerere, 24, 61, 79, 87-96, 105 Inyandiko, - z’urupfu, 24, 127-136 - z’amasezerano y’abariho, 14 - z’abashyingiranywe, 101, 137 - z’amavuko, 62, 64, 101, 117-126 - mpamo, 138-140 Inyandiko z’irage, 13, 42 Inyandiko z’irangamimerere, 117-149, 152, 456 - z’abanyamahanga, 141-143 - imanza zizisimbura, 147-149 - ikosorwa, 144-146 Irangamimirere, 70, 86, 98-116, 150-151 - ibiro, 99, 116 - ikimenyetso, 86 - ibitabo, 70, 98-115, 151-151 Isano ry’umuvandimwe iziguye, 172 Ishyingirwa, 49-52, 153-235 - izimira ry’uwo mwashakanye, 50-52 - inyandiko, 101, 137 - kubera umubyeyi uwo utabyaye, 174 - ishyingirwa, 155-158 - ibisabwa, 171-184 - iseswa, 236 - inshingano n’uburenganzira, 206-219 - abana (uburenganzira), 197, 200 - abanyamahanga, 235 - agatabo k’ishyingirwa, 185-189 - guta agaciro, 220-234 - inshingano, 197-205 - gutambamira, 190-196 - ibihano, 234 - ryateshejwe agaciro, 233 Izimira, 25-56 - imenyekanisha, 38-45 - inkurikizi, 50-52 - gufatwa nk’uwazimiye, 25-26, 28-29, 30-37 Izina, 58-72, 337 - uwagizwe umwana n’utaramubyaye, 337 - guhindura, 65-71 Izungura ry’uwazimiye, 41-45 Kuba mwene kanaka, - kumwihakana, 297-301, 303-304, 306 - kubiregera, 328, 331 - abatagaguza, 452 Kubera umubyeyi uwo utabyaye, 101, 333-342 - inyandiko, 101 - ibisabwa, 333-336 - inkurikizi, 336-339 - uburyo bikorwa, 340-342 Enfants, - devoir alimentaire, 200. - effets du divorce, 283-286, - garde (divorce), 283. - obligations envers les parents, 200, 343 - parents, obligations, 197 Enfant conçu, 16-17 Enfants légitimes, 297, 301-304, 306, 308-309, 311 - désaveu, 297, 301-304, 306 - possession d'état, 308-309, 311. Enfants naturels, 318-327, 346. - autorité parentale, 346. - droits, 326. - légitimation, 318-323. - reconnaissance, 324-327, Etat civil, 70, 86,98-116, 150-151. - bureau, 99, 116. - preuve, 86. - registres, 70,98-115, 150-151. Etat des personnes, 11. Etrangers,11,13,108,141-143,235,293-295. - acte de l'état civil, 141-143. - divorce, 293-295. - mariage, 235. Excès, sévices, 237. Femme mariée, 63, 83. - domicile, 83. - nom, 63. Fiançailles, 159-168. Filiation légitime, 296-317. - désaveu, 297-301, 303-304, 306. - preuves, 307-317. Indongoranyo,168. Injures graves (divorce), 237. Inkwano, 137, 168. Interdiction, 432-451. Interdit, domicile, 85. Mariage, 49-52,153-235. - absence du conjoint, 50-52. - actes, 101, 137. - adoption, 174. - alliance, 155-158. - conditions, 171-184. - dissolution, 236. - droits et devoirs, 206-219. - enfants (droits), 197, 200. - étrangers, 235. - livret, 185-189. - nullité, 220-234. - obligations, 197-205. - oppositions, 190-196. - pénalités, 234. - putatif, 233. Mineurs, 84,171, 347-348, 363-406,426-430. - autorité parentale, 347-348. - Domicile, 84 - Emancipation, 426-430 - Mariage, 171 - Tutelle, 361-406 Ministère Public, Kurambagiza, 159-168 Kutabana by’agateganyo, 287-292, 300 Kwemera umwana, 101, 324-327 Kwihakana umubyeyi (umugabo), 297-301, 303-304, 306 Ububasha bwa kibyeyi, 51-52, 84, 343-359 - umubyeyi w’uwo atabyaye, 336 - inshingano, 349-358 - kwamburwa, 359 Ubugoryi, 432 Ubusambanyi, 237 Ubushinjacyaha - abazimiye, 28, 31, 34, 37, 39 - gutana kw’abashakanye, 239-240, 245-246, 268269, 271 - imiziro, 434-439, 445 Ubwishingire, - gutangira, 361-366 - kumvikana umutungo, 422-425 - kutabiharirwa, 412-415 - irangira, 407-411 - kudashobora, 416-421 - inzego, 367-406 Umugore, 63, 83 - aho atura, 83 - izina, 63 Umufasha w’udashoboye gucunga ibye, 452-454 Umwana ukiri mu nda, 16-17 Urupfu, 18-20, 23-24, 29, 46-49, 101 - absents, 28, 31, 34, 37, 39. - divorce, 239-240,245-246, 268-269, 271. - interdiction, 434-439,445. Naissance, actes, 62, 64, 101, 117-126. Nom, 58-72, 337. - adoption, 337. - changement, 65-71. Obligation alimentaire, 87-95, 105, 197-198, 205. Officier de l'état civil, 24, 61, 70, 87-96, 105. Paternité, - désaveux, 297-301,303-304,306. - recherche, 328, 331. - Prodigues, 452. Recherche de maternité, 329-331. Recherche de paternité, 328-331. Reconnaissance d’enfant, 101, 324-327 Résidence, 25, 27-28, 31, 39, 57, 73-77 Séparation de corps, 287-292, 300 Succession, absence, 41-45 Testaments, 13, 42 Tutelle, - compte, 422-425 - dispenses, 412-415 - fin, 407-411 - incapacité, 416-421 - organes, 367-406 - ouverture, 361-366 1.- Iri tegeko rishyiraho interuro y ’ibanze n ’igitabo cya mbere “Abantu n’umuryango”, by’urwunge rw’amategeko mbonezamubano nyarwanda. 1. - La présente loi institue le titre préliminaire et le livre premier des «Personnes et de la Famille » du code civil rwandais. I. INTERURO Y ’IBANZE : IBYEREKEYE AMAHAME RUSANGE. I. TITRE PR GÉNÉRAUX 2.- Itegeko rishyirirwaho gutunganya ibizakorwa ritangiye gukurikizwa; ntirishobora kugira inkurikizi ku bikorwa byabaye ritaratangira gukurikizwa keretse iyo biteganyijwe ukundi. 2.- La loi ne dispose que pour l'avenir : elle n'a pas d'effet rétroactif sauf stipulation contraire. 3.- Itegeko rigenga ibintu byose byerekeye uburyo buri ngingo imwe mu ngeno zaryo rimeze. 3.- La loi r égit toutes les mati ères auxquelles se rapportent la lettre ou l'esprit de l'une de ses dispositions. Iyo hatariho amategeko agomba gukurikizwa, umucamanza aca imanza akurikije umuco w ’igihugu, haba amategeko ubwe yakwishyiraho, aramutse nawe ari mu mwanya w’ubutegetsi nshinga-tegeko. Yifashisha ibisobanuro by’ubucamanza byagiye bifatwa mu manza zisa n ’urwo agomba gukemura. A d éfaut d'une disposition l égale applicable, le juge se prononce selon le droit coutumier, et à d éfaut d'une coutume, selon les r ègles qu'il établirait s'il avait à faire acte de législateur. Il s'inspire des solutions consacrées par la doctrine et la jurisprudence. Umucamaza wanze guca urubanza yitwaje ko itegeko ntacyo ribivugaho cyangwa ko itegeko ririho ritumvikana neza cyangwa ko ridahagije azakurikiranwa ko yanze guca urubanza. Le juge qui refuse de juger, sous pr étexte du silence, de l'obscurité ou de l'insuffisance de la loi, sera poursuivi pour déni de justice. Ariko kandi umucamanza abujijwe guca imanza ashyiraho ingeno rusange z ’amategeko n ’iz’amabwiriza, ku manza yashyikirijwe. Il est toutefois défendu au juge de se prononcer par voie de disposition générale et r églementaire sur les causes q ui lui sont soumises. ÉLIMINAIRE DES PRINCIPES 4.- Buri wese ategetswe gukoresha uburenganzira bwe ahabwa n ’amategeko no kurangi za imirimo nshinganwa yemeye, akabikora nta buryarya. Gukoresha nabi uburenganzira uhabwa n ’amategeko ntibishyigikirwa n’itegeko. 4.- Chacun est tenu d'exercer ses droits et d'ex obligations de bonne foi. L'abus d'un droit n'est pas protégé par la loi. écuter ses 5.- Kutagira uburyarya mu migirire bavuga ko biriho iyo itegeko ribiteganyiriza akamaro gashingiye ku burenganzira riguha. 5.- La bonne foi est pr ésumée lorsque la loi en fait dépendre la naissance ou les effets d'un droit. Ntawe ushobora kwitwaza ko yakoze ikintu nta buryarya iyo iyo migirire ihuye n ’impamvu zatuma aryozwa icyo gikorwa. Nul ne peut invoquer sa bonne foi, si elle est incompatible avec l'attention que les circonstances permettaient d'exiger de lui. 6.- Amategeko rusange y ’imirimo nshinganwa yerekeye uko amasezerano akorwa, ayerekeye inkurikizi zayo, ayerekeye uburyo amasezerano arangi ra, ni nayo akurikizwa mu byerekeye ibindi bibazo bigomba gukemurwa n’amategeko mbonezamubano. 6.- Les dispositions g énérales du droit des obligations relatives à la conclusion, aux effets et à l'extinction des contrats sont aussi applicables aux autres mati ères du droit civil. 7.- Amategeko ahana kimwe n ’ayubahiriza umutekano rusange agenga abantu bose bari mu Rwanda. 7.- Les lois p énales ainsi que les lois de police et de s ûreté publique obligent tous ceux qui se trouvent sur le territoire de la République Rwandaise. 8.- Amategeko, imanza zaciwe n ’ibihugu by ’amahanga n’amasezerno n ’imitegekere yihariye, ku buryo bibangamiye umutekano no ku buryo binyuranyije n’imizamukire n ’imico rusange by ’abanyarwanda, ntibishobora kugira agaciro mu Rwanda. 8.- Les lois, les jugements des pays étrangers ainsi que les conventions et dispositions privées ne peuvent avoir d'effet au Rwanda en ce qu'ils ont de contraire à l'ordre public, l'intérêt social ou la morale publique rwandaise. 9.- Kugira uburenganzira mu gihugu ntaho bihuriye no kuba umunyarwanda, ari nabyo umuntu a bona kandi agumana hakurikijwe itegeko rigenga ubwenegihugu. 9.- L'exercice des droits civils est ind épendant de la qualité de citoyen, laquelle ne s'acquiert et ne se conserve que conformément à la loi sur la nationalité. 10.- Amategeko yerekeye mu imimerere n ’ubushobozi bw’abantu agenga abanyarwanda bose, ndetse n ’ababa mu mahanga. 10.- Les lois concernant l' état et la capacit é des personnes régissent les Rwandais, même résidant à l'étranger. 11.- Imimerere n ’ubushobozi by ’umunyamahanga kimwe n’imibanire ye n ’umuryango we , bigengwa n ’itegeko ry’igihugu cye, cyangwa yaba adafite ubwenegihugu buzwi, bikagengwa n’itegeko ry’u Rwanda. 11.- L'état et la capacité de l'étranger ainsi que ses rapports de famille sont r égis par la loi du pays auquel il appartient ou, à défaut de nationalité connue, par la loi rwandaise. 12.- Uburenganzira ku bintu byimukanwa n ’ibitimukanwa, bigengwa n’itegeko ry’aho ibyo bintu biri. 12.- Les droits sur les biens, tant meubles qu'immeubles, sont régis par la loi du lieu où ces biens se trouvent. 13.- Inyandiko z ’iraga ry ’umunyamahanga zige ngwa, ku byerekeye uko ziteye, n ’itegeko ry ’igihugu zakorewemo, naho ku byerekeye icyo zivuga, kimwe n ’inkurikizi zazo, zigengwa n ’itegeko ry ’igihugu uwapfuye araze akomokamo. 13. - Les actes de derni ère volonté de l' étranger sont régis, quant à leur forme, par la loi du lieu o ù ils sont faits et, quant à leur substance et à leurs effets, par la loi nationale du défunt. Icyokora, umunyamahanga waragiye mu Rwanda, afite uburenganzira bwo gukurikira uko ubwo burenganzira buteganywa n’itegeko ry’igihugu cye. Toutefois, l'étranger faisant un acte de derni ère volonté au Rwanda a la faculté de suivre les formes pr évues par sa loi nationale. 14.- Uko inyandiko z ’amasezerano z ’abariho ziteye, bigengwa n ’itegeko ry ’igihugu zakorewemo. Nyamara 14.- La forme des actes entre vifs est régie par la loi du lieu où ils sont faits. N éanmoins, les actes sous seing priv é bwemewe n ’amategeko y ’igihugu abagirana amasezerano bakomokamo. peuvent être pass és dans les normes également admises par les lois nationales de toutes les parties. Uretse iyo abagiranye amasezerano babishatse ukundi, ibyo bemeranyijwe, ku byerekeye guhamya ko byabaye koko, bigengwa n’itegeko. Sauf stipulation contraire des parties, les conventions sont régies quant à leur substance, à leurs effets et à leur preuve, par la loi du lieu où elles sont conclues. Imirimo nshinganwa ikomoka ku gikorwa cy ’umuntu ku giti cye igengwa n ’amategeko y ’aho icyo gikorwa cyabereye. Les obligations qui naissent d'un fa it personnel à celui qui se trouve obligé sont soumises à la loi du lieu où le fait s'est accompli. II. IBYEREKEYE ABANTU N’UMURYANGO II. DROIT DES PERSONNES ET DE LA FAMILLE IGICE CYA MBERE- IBYEREKEYE UMUNTU KU GITI CYE Première partie: Des personnes physiques Interuro ya mbere : Ibyerekeye ubuzima-gatozi TITRE I: DE LA PERSONNALITE 15.- Umuntu agira uburenganzira kuva akivuka akabubuzwa n’uko apfuye. 15.-La personne humaine n ’est sujet de droit à partir de sa naissance jusqu'à sa mort. UMUTWE WA MBERE:Ibyerekeye Kuvuka CHAPITRE PREMIER : de la naissance 16.- Umwana wasamwe afite uburenganzira bwemererwa buri muntu, apfa gusa kuvuka ari muzima. 16. - L'enfant con çu jouit des droits civils qu'il naisse vivant. Umwana wasamwe afatwa nk hagamijwe inyungu ye. L'enfant simplement conçu est réputé né toutes les fois que son intérêt l'exige. ’uwavutse igihe cyose à la condition 17.- Bavuga ko umwana yasamwe hagati y ’umunsi wa magana atatu n ’uw’ijana na mirongo inani mbere yo kuvuka kwe. 17. - L'enfant est r éputé avoir été con çu entre le trois centième jour et le cent quatre vingti ème jour avant sa naissance. Nta kimenyetso kivuguruza iyo mitegeker e cyemewe, keretse ingingo z’iri tegeko zerekeye umunsi w’isamwa mu gihe bashaka kumenya se w’umwana. Nulle preuve n'est admise à l'encontre de cette présomption, sous r éserve des dispositions de la pr ésente loi relatives à la date de la c onception, lorsqu'il s'agit d'établir qui est le père de l'enfant. UMUTWE WA II :IBYEREKEYE URUPFU CHAPITRE II: du décès 18.- Iyo abantu benshi bapfuye kandi bidashoboka kugaragaza uwari wasigaye muri bo, cyangwa uwababanjirije cyangwa uwab aherutse, ubwo bavuga ko bapfiriye rimwe. 18.- Si plusieurs personnes sont mortes et que l'on ne puisse prouver laquelle d'entre elles a surv écu ou est morte avant ou apr ès les autres, on pr ésume qu'elles so nt mortes au même moment. 19.- Igihe umuntu yazimiye mu buryo bukwiye kwemeza urupfu rwe, n ’aho umurambo we waba utarabonetse cyangwa warabonetse hakabura icyemezo ko ari uwe koko, umuntu wese ubifitemo inyungu ashobora gusaba urukiko guca urubanza rutangaza urupfu rw’uwo muntu. 19.- Lorsqu'une personne a disparu dans des circonstances telles que sa mort est certaine, bien que son cadavre n'ait pas été retrouvé ou identifi é, tout int éressé peut demander au tribunal de rendre un jugement d éclaratif du d écès de cette personne. 20.- Iyo urupfu rutewe n’impanuka nko kurohama mu ruzi, guhanuka mu kirere, umutingito w ’isi, inkangu bemera ko amaherezo y’iyo mpanuka ari uko yahitanye abantu benshi, urupfu rw ’abo bantu rushobora gutangarizwa mu rubanza ruciriwe hamwe. 20.- Si le d écès est d û à un événement tel qu'un naufrage, une catastrophe a érienne, un tremblement de terre, un glissement de terrain, par l'effet duquel il y a lieu de croire que plusieurs personnes ont p éri, le décès de ces person nes peut être déclaré par un jugement collectif. 21.- Urukiko rubifitiye ububasha ni urw ’aho iyo mpanuka urupfu rwakomotseho yabereye. Cyakora mu gihe cy’izimira ry ’ubwato cyangwa ry ’indege, abacamanza babifitiye ububasha ni abo mu ifasi irimo icyambu ubwato buzirikwamo cyangwa irimo ikibuga indege itahaho. 21.- Le tribunal compétent est celui du lieu o ù s'est produit l'événement qui a entrain é le d écès.Toutefois, dans le cas de disparution d'un navire ou d'un a éronef, les juges compétents sont ceux du port d' attache du navire ou de l'aéronef. 22.- Urubanza rutangaza urupfu rw ’umuntu rwemeza umunsi ufatwa nk ’aho ari wo yapfiriyeho, bagereranyije n’impamvu zabiteye. 22.- Le jugement qui d éclare le d écès d'une personne fixe la date présumée du décès, eu égard aux circonstances de la cause. Cyakora umunsi wemejwe utyo ushobora gukosorwa n’urukiko rwaciye urubanza iyo bigaragara ko bibeshye Ikirego cyerekeye gukosoza kiba kitacyakiriwe nyuma y’imyaka itatu ikurikira umunsi urubanza rwaciriweho. . La date ainsi fix ée peut toutefois être rectifi ée par la juridiction qui a rendu le jugement s'il est prouvé qu'elle est erronée. Icyo gihe gishobora kugera ku myaka itandatu iyo nyiri ukubisaba yerekana ko atashoboye kumenya umunsi urubanza rwaciweho. Une demande tendant à la faire rectifier cesse d' être recevable trois années après la date du jugement. Ce d élai peut être port é à six ans si l'int éressé prouve qu'il a été placé dans l'impossibilité de connaître la date du jugement. 23.- Iyo uwo urukiko rwemeje ko yapfuye abonetse nyuma y’urubanza rwabitangaje, urwo rubanza ruseswa n ’urukiko rwaruciye bisabwe nawe cyangwa n ’undi wese ubifitemo inyungu cyangwa n’Ubushinjacyaha. 23.- Si celui dont le d écès a été judiciairement d éclaré réapparaît post érieurement au jugement d éclaratif, le jugement est annul é par le tribunal qui l'a rendu, à sa requête, à celle de tout int éressé ou à celle du Minist ère Public. 24.- Urubanza rutangaza urupfu rw ’umuntu rutegeka umwanditsi w ’irangamimerere gukora inyandiko y ’urupfu rw’uwo muntu. 24.- Le jugement qui d éclare le d écès d'une personne ordonne à l'officier de l' état civil comp étent de dresser l'acte de décès de cette personne. Umwanditsi w ’irangamimerere ni uw ’aho icyago cyabereye, uw ’icyambu cy ’ishyikiro cyangwa uhagarariye igihugu mu mahanga. L'officier de l' état civil comp étent est celui du lieu de l'événement, celui du port d'attache ou celui de la mi ssion diplomatique accréditée à l'étranger. Urubanza rukosora cyangwa rusesa urubanza rutangaza urupfu, rutegeka na none wa mwanditsi w ’irangamimerere gukosora cyangwa gusesa inyandiko y’urupfu. Le jugement d éclaratif de d écès ordonne au m ême officier de l'état civil de rectifier ou d'annuler l'acte de décès. UMUTWE WA III : IBYEREKEYE IZIMIRA CHAPITRE III: DE L'ABSENCE Icyiciro cya mbere : ibyerekeye izimira muri rusange SECTION PREMIÈRE: De l'absence en général 25.- Iyo umuntu yabuze aho atuye cyangwa aho aba nta gakuru ke kazwi kandi ntawe yasize mu bye, bavuga ko akiriho mu gihe cy ’imyaka ibiri bahereye ku munsi baherukiraho amakuru yemeza ko akiriho. 25.- Lorsqu'une person ne a disparu de son domicile ou de sa r ésidence sans donner des nouvelles et sans avoir constitué un mandataire g énéral, elle est r éputée vivante pendant deux ans à partir du jour auquel remontent les dernières nouvelles positives que l'on a eues de son existence. Iyo hari umuntu yasize mu bye, bavuga ko akiriho mu gihe cy’imyaka itanu. 26.- Imyaka ivugwa mu ngingo ya 25 ntibarwa iyo urwo rupfu rushobora kwemezwa n’abantu n’ukuntu rwaje. 27.- Hakurikijwe ibivugwa mu ngingo ya 25 n ’iya 26, abafitemo inyungu bashobora kwiyambaza urukiko rwa mbere rw ’iremezo rw ’aho uwazimiye yatuye cyangwa Si elle a constitué un mandataire général, la présomption de vie lui est acquise pendant cinq ans. 26.- La présomption de vie établie par l'article 25 est lev ée dans les cas où la vraisemblance du décès peut être déduite des circonstances. 27.- Dans ces cas vis és aux articles 25 et 26, les parties intéressées peuvent se pourvoir devant le Tribunal de yabaye bwa nyuma bagasaba itangazwa ry’izimira. 28.- Iyo hashize indi myaka irindwi n ta gakuru mvaho na busa k ’uko uwazimiye akiriho kuva aho icyizere kiyoyokeye, hakurikijwe ingingo ya 26 n’iya 27, bavuga ko yapfuye noneho urukiko rw ’aho uwazimiye yatuye cyangwa yabaye bwa nyuma rugatangaza urupfu rwe rubisabwe n ’ababifitemo inyungu cyang wa nUbushinjacyaha. 29.- Urubanza rutangaza urupfu rwemeza umunsi uwazimiye agomba kuba yarapfiriyeho. 30.- Uretse ibiteganywa n ’ingingo ya 26, ugukeka ko uwazimiye akiriho bihanagurwa n ’ikimenyetso cyerekana ko yapfuye kera; naho kuvuga ko yapfuye ikind i gihe cyangwa ko yari akiriho nyuma yaho. Icyiciro cya II : Ibyerekeye gukeka ko umuntu yazimiye 31.- Iyo umuntu avuye aho atuye cyangwa aho aba hagashira umwaka ntagakuru ke kamenywe nta n ’uwo yasize ahaye ububasha bwo kumuhagararira, ababifitemo inyungu n ’Ubushinjacyaha bashobora gusaba ko urukiko rw’aho yatuye cyangwa yabaye bwa nyuma rwashyiraho ushinzwe gucunga ibintu by ’uwazimiye. Iyo bishoboka, ava mubo babona bashoboye kuzazungura uwazimiye. Icyakora, mbere y’umwaka wa mbere w’izimira, hashobora gushyirwaho ucunga ibintu, iyo babona hari ibigiye kononekara. 32.- Uburenganzira n ’inshingano by ’ucunga ibintu ushyirwaho hakurikijwe ingingo ya 31 bigarukira ku bucunzi bw’ibintu. Ahagararira uwazimiye aho inyungu ye iri hose mu ibarura, mu bibitswe, mu bigabanywa, mu iyegeranya n ’igabagabana ry ’umutungo. Ntashobora kurega cyangwa kwiregura atabiherewe ububasha n’urukiko rwamushyizeho. 33.- Urukiko rushyiraho umucunga-bintu, rushobora guherako runamutegeka ibigomba gukorwa rubona ari ngombwa ngo ibin tu by ’uwazimiye ari ibyimukanwa ari n’ibitimukanwa bifatwe neza. 34.- Umucunga-bintu akora ibarura ry ’ibyimukanwa imbere y’umushinjacyaha cyangwa intumwa ye. Ashobora gusaba ko urukiko rushyiraho umuhanga wo kureba ibitimukanwa, ngo amenye uko byifashe. Raporo yemerezwa imbere y ’Umushinjacyaha cyangwa intumwa ye, uwo murimo ukarihwa mu bintu by ’uwazimiye. Umucunga-bintu washyizweho n ’uwazimiye ashobora gusabwa gukora ibarura na raporo y ’imimerere y ’ibintu bitimukanwa bisabwe n ’abagomba kuzazungura, ababifitemo inyungu, cyangwa bisabwe n’Umushinjacyaha. Prémière Instance du dernier domicile ou de la derni résidence du disparu pour faire déclarer l'absence. ère 28.- Lorsque, depuis le moment où d'après les articles 26 et 27, la présomption de vie a cessé, il s'est écoulé sept ans de plus sans qu'on ait re çu aucune nouvelle certaine de la vie de l'absent, il y a présomption de mort et, à la demande des parties int éressées ou du Minist ère Public, le tr ibunal du dernier domicile ou de la derni ère r ésidence de l'absent déclare le décès. 29.- Le jugement d éclaratif de d écès fixe le jour à partir duquel l'absent doit être présumé décédé. 30.- Ind épendamment des dispositions pr évues à l'article 26, la pr ésomption de vie est d étruite par la preuve que le disparu est décédé à une époque antérieure, la présomption de mort, par la preuve que l'absent est d écédé à une autre époque ou vivait encore à une époque postérieure. SECTION II: De la présomption d'absence 31.- Lorsqu'une personne a quitt é son domicile ou sa résidence depuis une année sans donner de ses nouvelles et n'a pas constitu é de mandataire g énéral, les int éressés et le Ministère Public peuvent demander que le tribunal du dernier domicile ou de la derni ère r ésidence nomme un administrateur des biens du disparu. Autant que possible, l'administrateur est pris parmi les h éritiers pr ésomptifs du disparu. Toutefois, avant l'expiration de la premi ère ann ée d'absence, un administrateur peut être désigné, s'il y a p éril en la demeure. 32.- Les droits et les devoirs de l'administrateur d ésigné conformément à l'article 31 se limitent à l'administration des biens. Il repr ésente le disparu dans les inventaires, comptes, partages et liquidation où celui-ci est intéressé. Il ne peut intenter une action, ni la d éfendre sans autorisation du tribunal qui l'a désigné. 33.- Le tribunal qui nomme l'administrateur peut en m ême temps lui imposer les actes conservatoires qu'il juge utiles pour la sauvegarde de l'avo ir mobilier ou immobilier du disparu. 34.- L'administrateur dresse l'inventaire de tout le mobilier en présence du Ministère Public ou de son délégué. Il peut demander qu'il soit proc édé, par un expert nomm é par le tribunal, à la visite des immeubles à l' effet d'en constater l'état. Le rapport est homologu é en pr ésence du Ministère Public ou de son d élégué. Les frais sont pris sur les biens du disparu. Le mandataire g énéral désigné par le disparu peut être requis de dresser l'inventaire et de faire dresser le rapport sur l'état des immeubles à la demande des héritiers pr ésomptifs, des parties int éressées, ou à la 35.- Umucunga-bintu by ’uwazimiye, ashobora kwegurira undi cyangwa kugwatiriza ibintu bitimukanwa iyo hari impamvu cyangwa inyungu nyayo y ’uwazimiye ari uko abyemerewe n ’urukiko. Urwo rukiko rugena uko ibyo bintu bikorwa kandi rukabihererwa raporo. 36.- Iyo urukiko rusanze ari ngombwa, abacunga ibintu by’uwazimiye batanga ingwate yo kuzabicunga neza kugira ngo bizashobore gusubizwa. Buri mwaka babwira urukiko ibyakozwe kandi uwazimiye iyo yabonetse cyangwa a bahawe ibintu by ’uwazimiye bagomba kumenyeshwa uko umutungo wacunzwe mu gihe batari bahari. 37.- Ubushinjacyaha bushinzwe by ’umwihariko kurengera inyungu z’uwazimiye. ICYICIRO CYA III : IBYEREKEYE UKUMENYESHA UBUZIMIRE 38.- Iyo urukiko rusuzuma ikirego cy’ukuzimira rwihatira kumenya impamvu z ’ubuzimire n ’izatumye batamenya amakuru y’uwo bakeka ko yazimiye. 39.- Urukiko, kugira ngo rwemeze ubuzimire, rushobora gukoresha iperereza rumaze gusuzuma ibyangombwa rwashyikirijwe. Ikirego cy ’izimira n ’urubanza rutegeka iperereza bitangazwa n ’Ubushinjacyaha mu karere uwazimiye yari atuyemo n’aho yabaga iyo bitandukanye. 40.- Urubanza rw ’ubuzimire rucibwa hashize umwaka ubuzimire bumenyeshejwe urukiko, kandi rutangazwa nk’uko biteganyijwe mu ngingo ya 39. Na non e inyandiko mvaho y ’urwo rubanza yohererezwa Minisitiri w’Ubucamanza akarutangaza. 41.- Abashobora kuzazungura uwazimiye bariho igihe yaburaga cyangwa igihe baherukiraho amakuru ye bwa nyuma bashobora kwemererwa gutunga by ’agateganyo ibintu yari atunze um unsi azimira cyangwa baherukiraho amakuru ye bwa nyuma babihawe n ’urubanza rwemeza ubuzimire bwe ariko bakagomba gutanga ingwate y’imicungire y’ibyo bintu. 42.- Iyo izimira ryatangajwe kandi hakaba hari uburage bwari buteganyijwe, ubwo burage buhita bubah o, ibintu by’uwazimiye bikagabanywa ku buryo bw ’agateganyo abo yari yarageneye impano, abo yari yararaze kimwe n ’abandi bose bari kugira uruhare ku bintu bye aramutse apfuye, abo bose ariko bakagomba gutanga ingwate. 43.- Iyo umwe mu bashyingiranwe ahari kandi akemera gukomeza amasezerano n ’uwo bashyingiranwe, ashobora gutambamira iryo gabanya ry ’agateganyo cyangwa ikoreshabubasha ryari rishingiye ku rupfu rw ’uwazimiye, agahabwa mbere y’abandi gucunga ibintu by’uwazimiye. réquisition du Ministère Public. 35.- En cas de n écessité ou d'avantage évident d'aliéner ou d'hypothèquer les immeubles du disparu, l'adminis trateur peut y proc éder avec autorisation du tribunal. Celui-ci détermine les conditions dans lesquelles ces actes de disposition peuvent être accomplis et se fait rendre compte. 36.- Si le tribunal le juge utile, les mandataires ou administrateurs donne nt caution pour la s ûreté de leur administration et de la restitution des biens. Ils rendent chaque ann ée un compte sommaire au tribunal et ils sont tenus de rendre un compte d éfinitif au disparu qui réapparait ou aux envoyés en possession. 37.- Le Ministère Public est sp écialement chargé de veiller aux intérêts du disparu. SECTION III: De la déclaration d'absence 38.- Le tribunal, en statuant sur la demande en d éclaration d'absence, apprécie les motifs de l'absence et les causes qui ont pu emp êcher d 'avoir les nouvelles de la personne présumée absente. 39.- Pour constater l'absence, le tribunal apr ès examen des pièces et documents produits, peut ordonner une enquête. La requête introductive et le jugement ordonnant l'enqu ête sont publi és par les so ins du Minist ère Public au lieu du domicile et de la résidence s'ils sont distincts l'un de l'autre. 40.- Le jugement d éclarant l'absence est rendu une ann ée après la requête introductive et est publié comme il est dit à l'article 39. En outre, copie aut hentique en est adress ée immédiatement au Ministre de la Justice qui le rend public. 41.- Les h éritiers pr ésomptifs de l'absent, au jour de sa disparition ou de ses derni ères nouvelles, peuvent, en vertu du jugement qui a d éclaré l'absence, obtenir l'env oi en possession provisoire des biens qui lui appartenaient au jour de son départ ou de ses dernières nouvelles, à la charge de donner caution pour la sûreté de leur administration. 42.- Lorsque l'absence a été d éclarée, le testament, s'il en existe un, e st ouvert et il est proc édé à un partage provisoire des biens de l'absent auquel participent, à la charge de donner caution, les donataires, les l égataires et tous ceux qui ont sur les biens de l'absent des droits subordonnés à la condition de son décès. 43.- L' époux pr ésent peut, s'il opte pour le maintien des conventions matrimoniales, emp êcher l'envoi provisoire et l'exercice provisoire de tous les droits subordonn és à la condition du d écès de l'absent, et prendre et conserver par Uwo bashyingiranywe iyo yiyemeje ko ubufatanye bw’umutungo bukomeza by ’agateganyo, agumana uburenganzira bwo kubihakana nyuma. Ibyo ari byo byose agomba gutanga ingwate. Uwo bashyingiranywe iyo yiyemeje ko ubufatanye bw’umutungo bukomeza by ’agateganyo, agumana uburenganzira bwo kubihakana nyuma. 44.- Iyo ingwate iteganijwe mu ngingo ya 41, iya 42 n ’iya 43 z’iri tegeko idatanzwe mu gihe cy ’amezi atatu, urukiko rufata ibyemezo byose rubona ko ari ngombwa kugira ngo umutungo w’uwazimiye udahungabana. 45.- Gutunga by ’agateganyo ibintu by ’uwazimiye ni ukubimuragirira. Ababibikijwe bagira ububasha bumwe n’inshingano zimwe n ’utegeka ibintu washyizweho n’urukiko igihe bakeka ko uwazimiye akiriho. Ibyo aribyo byose ntabwo bashinzwe kumusubiza inyungu zakoreshejwe aramutse agarutse, ibyo bagomb a kumusubiza ni umutungo hamwe n ’inyungu ziwukomokaho zikiriho. ICYICIRO CYA IV uwazimiye yapfuye préférence l'administration des biens de l'absent. Si l' époux demande la dissolution provisoire des conventions matrimoniales, il exerce ses reprises et tous ses droits légaux et conventionnels. Dans l'un et l'autre cas, il doit donner caution. L'époux qui opte pour la conti nuation provisoire de la communauté conserve le droit d'y renoncer par la suite. 44.- Au cas o ù la caution pr évue aux articles 41, 42 et 43 de la pr ésente loi n'est pas fournie dans les trois mois, le tribunal prescrit telles autres mesures qu'il juge ut iles dans l'intérêt de l'absent. 45.- La possession provisoire n'est qu'un d épôt. Les envoyés ont les m êmes droits et les m êmes devoirs que l'administrateur commé par le tribunal pendant que la vie est encore pr ésumée. Toutefois, ils ne sont pas tenus d e bonifier les fruits consomm és à l'absent qui reparait en ne lui doivent compte que du capital et des fruits encore existants. : Ibyerekeye gutangaza ko 46.- Gutanga ikirego cyo gutangaza ko uwazimiye yapfuye bikorwa nk ’uko biteganywa n ’ingingo ya 39 na 40 kandi bigatangazwa mu buryo bumwe no mu bihe bingana. 47.- Gutangaza ko uwazimiye yapfuye bituma izungura rye ritangira. Abazungura bariho ku munsi wafashweho ko ariwo w ’urupfu rw ’uwazimiye bafite uburenganzira bwo kugabana umutungo w ’uwazimiye hakurikijwe uburenganzira bwa buri wese. 48.- Iyo uwari warazimiye kandi byaratangajwe ko yapfuye agarutse, abari bamuzunguye bagomba gusubiza ibyo bari bahawe bagifite mu mutungo wabo. ICYICIRO CYA V : Ibyerekeye amategeko agenga ibihe byose by’izimira 49.- Itangaza ry ’uko uwazimiye ya pfuye riha uwo bashyingiranywe ububasha bwo kongera gushyingirwa. Kuva igihe urupfu rw’uwazimiye rutangarijwe ariko mbere y’uko uwo bashyingiranywe yongeye gushyingirwa, iyo uwazimiye agarutse, uburenganzira buhabwa uwo bashyingiranywe mu gihe kibanziriza iki buba buvuyeho. 50.- Uwari warazimiye mu bashyingiranywe niwe wenyine ufite uburenganzira bwo kurega igihe asanze uwo bashyingiranywe yarashyingiranywe n ’undi mbere y ’uko urupfu rwe rutangazwa n’urukiko. 51.- Iyo umwe mu bashyingiranywe azimiye asi ze abana SECTION IV: De la déclaration de décès 46.- La demande en d éclaration de d écès s'instruit comme il est dit aux articles 39 et 40 et comporte la même publicité et les mêmes délais. 47.- La d éclaration du d écès de l'absent ouvre sa succession. Les h éritiers existant le jour admis comme celui du d écès ont le droit de se partager la fortune de l'absent en raison de leurs droits respectifs. 48.- Si l'absent dont le d écès a été d éclaré repara ît, les prétendus h éritiers restituent en capital les biens qui leur ont été attribués et encore existants entre leurs mains. SECTION V : Des r ègles communes aux p ériodes de l'absence 49.- La déclaration judiciaire du décès de l'absence autorise le conjoint délaissé à contracter un nouveau mariage. Si depuis la d éclaration de d écès et avant la d éclaration d'un nouveau mariage, l'absent r éapparait, la facult é accordée par l'alinéa précédent est réputée non avenue. 50.- L' époux absent dont le conjoint a contract é une nouvelle union avant la d éclaration judiciaire de d écès est seul recevable à attaquer ce mariage. bato yabyaranye n ’uwo asize, usigaye niwe usigarana ububasha bwa kibyeyi ku byerekeye uburere bwabo no ku byerekeye gucunga umutungo wabo. 52.- Mu gihe umwe mu bashyingiranwe yapfuye mbere y’itangazwa ry ’urupfu rw ’undi wazimiye cyangwa umwe mu ba byeyi azimiye agasiga abana bakomoka ku bushyingirane bwe bwa mbere, ububasha bwa kibyeyi butangwa hakurikijwe uko biteganywa mu bwishingire. 53.- Uwo ariwe wese usabira uburenganzira umuntu wazimiye agomba kwerekana ko uwo abusabra yari ariho igihe bwatangwaga. 54.- Igihe habonetse izungura ryagomba guhabwa umuntu wazimiye, iryo zungura ryegurirwa ku buryo bwihariye abari kuzungurana nawe cyangwa se ababa bari kuzungura mu mwanya we. Igihe bibaye ngombwa, abazungura bahari bashobora gusaba urukiko kwe meza ko uwo bagomba kuzungura atakiriho ariko Ubushinjacyaha bumaze kugira icyo bubivugaho. Abahawe ibintu byagombaga guhabwa uwazimiye bagomba kubibarura kandi bagatanga n’ingwate yabyo. Iyo ngwate yatanzwe isubizwa nyirayo nyuma y ’imyaka cumi n’umunani. Itabonetse mu gihe cy ’amezi atatu, urukiko rufata ibindi byemezo rubona ko ari ngombwa. 55.- Igihe cyose uwazimiye atabonetse cyangwa se ngo hagire urega mu cyimbo cye, abamuzunguye bagumana inyungu zikomoka kubyo bahawe. 56.- Ibivugwa mu ngingo ya 54 n ’iya 55 ntibishobora kubangamira ububasha bwo gukurikirana izungura kimwe n’ubundi bubasha bwose buhabwa uwazimiye cyangwa abamuhagarariye, cyangwa se abashobora gukurikirana ibye kandi bugashirana n ’igihe giteganywa n ’amategeko agenga ubusibangane. INTERURO YA II : IBYEREKEYE IBIRANGA UMUNTU KU GITI CYE 57.- Umuntu ku giti cye arangwa n’igitsina cye, isano muzi ye, amazina ye, aho aba n’aho atuye. 51.- Si l'un des époux a disparu laissant des enfants mineurs d'un commun maria ge, l'autre exerce l'autorit é parentale quant à leur éducation et quant à l'administration de leurs biens. 52.- Si, lors de la disparition d'un des époux, l'autre est décédé avant la d éclaration du d écès de l'absent ou si le disparu a laiss é les enfants i ssus d'un premier mariage, l'autorité parentale est conf érée conform ément aux dispositions relatives à la tutelle. 53.- Quiconque r éclame un droit échu à un individu dont l'existence n'est pas reconnue doit prouver que ledit individu existait quand le droit a été ouvert. 54.- S'il ouvre une succession à laquelle est appel é un individu dont l'existence n'est pas reconnue, elle est dévolue exclusivement à ceux avec lesquels il aurait eu le droit de concourir ou à ceux qui l'auraient receuillie à son défaut. Les h éritiers pr ésents peuvent, le cas échéant, faire constater par le tribunal, contradictoirement avec le Ministère Public, que l'existence de leur coh éritier n'est pas reconnue. Ceux qui receuillent des biens qui devraient revenir à l'absent sont ten us d'en dresser l'inventaire et de donner caution. Cette caution est d échargée après dix huit ans. Si la caution ordonnée n'est pas fournie dans les trois mois, le tribunal prescrit telles autres mesures qu'il juge convenables. 55.- Tant que l'absent ne se repr ésente pas ou que les actions ne sont point exerc ées de son chef, ceux qui ont recueilli la succession gagnent les fruits par eux per çus de bonne foi. 56.- Les dispositions des articles 54 et 55 ont lieu sans préjudice des actions en p étition d'h érédité et d'autres droits, lesquels reviennent à l'absent ou à ses repr ésentants ou ayants cause et ne s' éteignent que par le laps de temps établi pour la prescription. TITRE II : DE L'IDENTIFICATION DES PERSONNES PHYSIQUES 57.- La personne physique est identifiée par son sexe, son ethnie, ses nom, prénoms, résidence et domicile. UMUTWE WA MBERE : IBYEREKEYE IZINA CHAPITRE PREMIER : du nom 58.- Buri muntu agira izina bwite, bishobotse n’iry’ingereka rimwe c yangwa menshi. Mu nyandiko z’ubutegetsi, handikwa izina bwite hagakurikiraho ay’ingereka iyo ayafite. 59.- Umwana yitwa izina bwite bishobotse n ’ayingereka, bitarenze iminsi cumi n’itanu uhereye ku munsi yavutseho. 58.- Tout individu a un nom propre et éventuellement un ou plusieurs prénoms.Dans les documents administratifs, il est désigné par son nom propre suivi de son ou ses prénoms éventuels. 59.- Le nom propre et éventuellement les pr énoms sont 60.- Umwana ntashobora kwitwa izina ry ’ingereka rya se, irya nyina cyangwa iry’uwo bavukana igihe bakiriho. attribués à l'enfant dans les quinze jours qui suivent la naissance. 60.- L'enfant ne peut recevoir le pr énom de son p ère ou de sa mère, ni celui d'un de ses frères ou sœurs qui sont en vie. Iyo aryiswe hongerwaho irindi rimutandukanya na bo. Il doit, dans le cas contraire, avoir un autre pr énom qui le distingue de ceux-ci. 61.- Umwanditsi w ’irangamimerere ubifitiye ububasha amenyeshwa n ’umuntu wandikisha ivuka, izina bwite n’ayingereka y’umwana. 61.- L'officier de l' état civil comp étent est avisé du nom et des pr énoms de l'enfant par la personne qui d éclare sa naissance. Ayo mazina bwite cyangwa ay ’ingereka ntashobora gusesereza umuco mwiza cyangwa imigenzo myiza. Ces nom ou prénoms ne peuvent porter atteinte à la morale et aux bonnes mœurs. 62.- Nta muntu ushobora kwitwa ku buryo bwemewe n’amategeko izina bwite cyangwa amazina y ’ingereka atandukanye n’ari mu nyandiko z’ivuka. 62.- Nul ne peut porter officiellement un nom ou des prénoms autres que ceux qu'énonce son acte de naissance. 63.- Umugore agumana izin a bwite cyangwa amazina y’ingereka yiswe akivuka, akaba ariyo yonyine ashyira mu nyandiko z’ubutegetsi. 63.- La femme mari ée conserve son nom et son ou ses prénoms de naissance qui f igurent dans les documents administratifs. 64.- Mu nyandiko z ’ubutegetsi, abanyamadini n ’abihaye Imana bagumana amazina ari mu nyandiko z’ivuka. 64.- Dans les documents administratifs, les eccl ésiastiques et religieux conservent les noms et pr énoms figurant dans leurs actes de naissance. 65.- Guhindura amazina bwite cyangwa ay ’ingereka, bitangirwa uruhusa na Minisitiri w ’Ubucamanza iyo hari impamvu nyakuri bisabwe na nyir’ukwitwa amazina. 65.- Le changement de nom ou de pr énoms d'une personne est autorisé, s'il y a juste motif, par le Ministre de la Justice sur la requête du titulaire du nom ou des prénoms. 66.- Minisitiri w ’ubucamanza akimara kubona urwandiko rubisaba abimenyesha ubushinjacyaha bw’Urukiko rwa Mbere rw ’Iremezo rw ’aho asanzwe aba akaba a ri na we utangaza ingingo z’ingenzi z’urwo rwandiko mu igazeti ya Leta ya Repubulika y’u Rwanda. 66.- Dès la réception de la requête, le Ministre de la Justice la communique au Minist ère Public du Tribunal de Première Instance dans le ressort duquel le requérant à son domicile et ou sa r ésidence et en assure la publication par extrait au Journal Officiel de la République Rwandaise. 67.- Mu mezi atatu akurikira igihe Ubushinjacyaha bwaboneye urwo rwandiko, bumenyesha Minisitiri w’Ubucamanza icyo butekereza ku miterere n ’ukuri by’iryo saba ryo guhindura amazina. 67.- Dans les trois mois qui suivent la communication de la requête, le Minist ère Public adress é au Ministre de la Justice ses avis et consid érations sur le bien-fond é de la requête et l'opportunité du changement envisagé. 68.- Mu gihe cy ’amezi atatu, uhereye ku munsi ingingo z’ingenzi z ’urwo rwandiko zatangarijweho mu igazeti ya Leta ya Rububulika y ’u Rwanda, buri wese ubyifuza ashobora kumenyesha Minisitiri w ’ubucamanza impamvu akeka ko zabuza iryo hindura ry’amazina. 68.- Pendant un délai de trois mois à dater de la parution du Journal Officiel de la République Rwandaise dans lequel la requête a été ins érée, toute personne int éressée peut faire connaître au Ministre de la Justice les raisons qui justifieraient, à son avis, le rejet de la requête. 69.- Iyo igihe kivugwa mu ngingo ya 68 kirangiye kandi nta wigeze atanga impamvu zibuza iryo hinduza cyangwa izatanzwe zikaba zitemewe, Minisitiri w ’Ubucamanza ashobora, akoresheje iteka, kwemerera uwasabye guhindura amazina ye nk’uko yabisabye. 69.- A l'expiration du d élai prévu par l'article 68, et s'il n'y a pas eu d'opposition à la demande ou si les oppositio ns éventuelles n'ont pas été retenues, le Ministre de la Justice peut, par arr êté, autoriser le requ érant à changer son nom ou ses prénoms de la manière indiquée par sa requête. 70.- Kugira ngo ibyahinduwe ku mazina, byandikwe mu gitabo cy ’irangamimerere kirimo inyandiko y ’ivuka, ubisaba afite igihe cy ’amezi atatu cyo kubyandikisha kuva igihe iteka rya Minisitiri w’Ubucamanza ryasohokeye mu 70.- Aux fins de faire porter les changements au registre de l'état civil con tenant son acte de naissance, le requ érant dispose d'un d élai de trois mois, à dater de la parution au Journal Officiel de la R épublique Rwandaise de l'arr êté du igazeti ya leta ya Repubuli ka y ’u Rwanda. Umwanditsi w’irangamimerere amenyesha Minisitiri w ’ubucamanza ibyahinduwe ku nyandiko y’amavuko y’uwasabye. Ministre de la Justice. L'officier de l' état civil informe le Ministre de la Justice des modif ications apportées à l'acte de naissance du requérant. 71.- Umubare w ’amafaranga atangwa kubyerekeye ihinduza ry ’amazina, kimwe n ’uburyo bayakira, bigenwa na Minisisitiri w’Ubucamanza. - Uyu mubare wagenwe n ’iteka rya Minisitiri n º 97/05 ryo kuwa 25.3.1992 (Igazeti ya leta.1992, urup.448, nk´uko yahinduwe n´Iteka rya Minisitiri n º 019/17 ryo kuwa 05/12/2001 (Igazeti ya Leta. nº 01, 2002). 71.- Le montant des frais relatifs au changement de nom ou prénoms ainsi que les modalit és de leur perception sont fixés par le Ministre de la Justice. - Ce montant a été fix é par A.M. n º 97/05 du 25. 3.1992 (J.O., 1992, p. 488), tel que modifié par AM nº 019/17 du 05/12/2001 (J.O. nº 01, 2002). 72.- Uwitwa izina bwite, izina ry ’ingereka, ashob ora kwanga ko hagira undi urikoresha igihe abona ko bishobora kumwangiriza umutungo cyangwa kumubuza amahoro. 72.- Le porteur d'un nom, d'un prénom peut s'opposer à son usage par un tiers, lorsque cet usage parait susceptible de lui causer un dommage d'ordre matériel ou moral. Iyo atakiriho cyangwa adashobora kugaragaza icyo ashaka, uwo bashyingiranywe, umuzungura we na buri wese mu bamusimbuye bagira ubwo burenganzira ndetse naho ubwabo baba batitwa ayo mazina. Ce même droit appartient, après son décès ou lorsqu'il n'est pas en état de manifester sa volont é, à son conjoint, à son héritier et à chacun de ses successeurs, m ême s'ils ne portent pas eux-mêmes ce nom. UMUTWE WA II : Ibyerekeye aho umuntu aba n ’aho atuye CHAPITRE II: De la résidence et du domicile Icyiciro cya mbere: Ibyerekeye aho umuntu aba SECTION PREMIÈRE: De la résidence 73.- Aho umuntu aba ni ahantu ubusanzwe aboneka buri gihe. 73.- La résidence d'une personne est le lieu où elle demeure de façon habituelle. 74.- Ahantu umuntu aboneka havugwa ko ari aho aba batagaragaje ko hari ahandi hantu aba. 74.- Le lieu o ù une personne se trouve est cens é être sa résidence s'il n'est pas prouv é qu'elle a sa r ésidence en un autre lieu. iyo Umuntu ashobora kugira aho asanzwe aba henshi. Une personne peut avoir plusieurs résidences. 75.- Abashyingiranwe baba hamwe, keretse iyo inyungu z’urugo rwabo zitumye biba ukundi. Iyo badashoboye kubyumvikanaho, umucamanza abikiza mu buryo bw’ibirego byihutirwa. 75.- Les époux ont la même résidence sauf si les intérêts de la famille exigent le contraire. En cas de désaccord, le juge tranche par voie de référé. 76.- Abakozi ba Leta n ’abo mu bigo byigenga, abanyamadini n ’abihaye Imana, aho baba ni ahantu bakorera imirimo yabo, keretse iyo hari ahandi bagaragaje. 76.- Sauf preuve contraire, les agents du secteur pu blic et privé, les eccl ésiastiques et les religieux ont leurs résidences au lieu où ils exercent leurs fonctions. 77.- Biremewe ko umuntu mu mibanire ye n ’undi cyangwa n’umuryango ufite ubuzima gatozi asho bora kwerekana ko ahantu aha n ’aha ariho aba kubyerekeye ikintu cyangwa igikorwa iki n’iki. 77.- Une personne peut valablement stipuler que, dans des rapports avec une autre personne physique ou morale, pour ce qui concerne une affai re ou une activit é déterminée, un lieu donn é est consid éré comme étant le lieu de sa résidence. ICYICIRO CYA II: Ibyerekeye aho umuntu atuye SECTION II: Du domicile 78.- Aho umuntu atuye ni ahantu afite ibihamuziritse bihamaho kandi hatuma bashobora kumushyikira igihe cyose, byab a we ubwe, byaba ari ukubanza kunyura ku wundi muntu kandi akaba ananditse mu gitabo cy ’ibarura ry’abaturage. 78.- Le domicile d'une personne est le lieu avec lequel elle garde des attaches permanentes et à partir duquel il est possible de l'atteindre à tout moment, soit directement, soit par personne interposée, et où elle est inscrite au registre de la population. Ukwandikwa mu gitabo cy ’ibarura ry ’abaturage n ’ikarita y’iranga muntu ni ibimenyetso byemewe n ’ubutegetsi ko umuntu afite aho atuye. L'inscription au registre de la population et la carte d'identité fournissent la preuve administrative du domicile. 79.- Buri m untu agomba kugira aho atuye kandi hamwe rukumbi. 79.- Toute personne doit avoir un et un seul domicile. 80.- Umuntu aguma gutura aho yiyemeje igihe cyose atimukiye ahandi hantu. 80.- Une personne conserve son domicile à l'endroit où elle était, tant qu'elle ne l'a pas transféré dans un autre lieu. 81.- Igihe aho umuntu atuye hatazwi, bemeza ko hagizwe: 81.- Lorsque le domicile d'une personne est inconnu, on présume qu'il est constitué : 1. par le lieu de l'immeuble qu'elle poss ède et sur lequel, de notoriété publique, elle a l'intention de terminer sa vieillesse ou de se retirer dans ses mauvais jours, même si elle habite ailleurs avec sa famille; 2. à défaut, par le lieu de sa résidence; 3. à défaut de r ésidence connue, par le lieu o ù se trouve cette personne. 1. n’ahantu afite ikintu kitimukanwa kandi bizwi ko afite igitekerezo cyo ku zahaba mu zabukuru cyangwa mu minsi mibi, naho yaba abana n’umuryango we ahandi. 2. 3. Ibyo bibuze, n’ahantu aba bisanzwe n’ahantu uwo muntu aboneka, iyo aho aba hatazwi. 82.- Umuntu ashobora guhitamo ahantu amenyesherezwa inyandiko zimwe na zinwe z ’ubutegetsi cyangwa harangirizwa amasezerano amwe n’amwe. 82.- Une personne peut faire élection d'un domicile en un endroit d éterminé pour la signification de certains actes officiels ou l'exécution de certaines obligations. Ahantu ahisemo hamera nk ’aho umuntu asanzwe aba hemejwe hakurikijwe ingingo ya 77 y’iri tegeko. Le domicile élu est assi milé à la r ésidence stipul ée conformément à l'article 77 de la présente loi. 83.- Aho umugore atura hemewe n ’amategeko ni aho umugabo we atuye. Nyamara iyo hari impamvu zigaragara, urukiko rushobora guha umugore ufite umugabo uruhushya rwo kugira ahandi atura. 83.- La femme mariée a le domicile légal de son mari. Toutefois, le tribunal peut autoriser la femme mari ée à avoir un domicile séparé s'il y a de justes motifs. 84.- Umwana ukiri muto kandi utarahabwa ubukure aho atura ni aho abamurera batuye. 84.- Le mineur non émancipé a le m ême domicile que les personnes qui exercent sur lui l'autorité parentale. 85.- Uwatswe ubushobozi bwo gukoresha uburenganzira bwe atura aho umwishingizi we atuye. 85.- L'interdit a son domicile chez son tuteur. INTERURO YA III: IBYEREKEYE IKIMENYETSO CY’IRANGAMIMERERE TITRE III: DE LA PREUVE DE L'ÉTAT CIVIL 86.- Irangamimerere y’abantu ishobora gusa kwemezwa no kugaragazwa n ’inyandiko z ’irangamimerere, zandikwa ku buryo bwerekanwa n ’iyi nteruro bikagirwa na none, ku buryo budasanzwe, n ’imanza zisimbura cyang wa zikosora izo nyandiko. 86.- L'état civil des personnes ne peut être établi et prouv é que par les actes dits actes de l' état civil, dress és en la forme déterminée par le pr ésent titre et exceptionnellement par des jugements supplétifs ou rectificatifs de ces actes. UMUTWE WA MBERE : IBYEREKEYE ABANDITSI B’IRANGAMIMERERE CHAPITRE PREMIER: Des officiers de l'état civil 87.- Umwanditi w ’irangamimerere ni umukozi wa Leta ufite ububasha bwo kwakira, kwandika no gushyingura inyandiko z’irangamimerere. 87.- L'officier de l' état civil est le fonctionnaire public habilité à recevoir, dresser et conserver les actes de l' état civil. Burugumesitiri, Ambasaderi cyangwa Konsi ri uri ku kazi mu mahanga, cyangwa, mu gihe batabonetse, abasimbura babo n ’undi wese ubihawe na Minisitiri w ’Ubucamanza nibo banditsi b’irangamimerere. Sont officiers de l'état civil, le Bourgmestre, l'Ambassadeur ou le Consul rwandais en poste à l' étranger ou leurs remplaçants en cas d'emp êchement ainsi que toute personne à ce nommée par le Ministre de la Justice. Umwanditsi w’irangamimerere ashobora gutanga gusa kopi y’inyandiko yose y ’irangamimerere cyangwa kopi y’igice cy’izo nyandiko. L'officier de l' état civil ne peut d élivrer que les copies ou les extraits des actes de l'état civil. 88.- Umwanditsi w ’irangamimerere ntashobora gukora inyandiko y ’irangamimerere kandi ngo ayigiremo urundi ruhare. Abujijwe kwakira na rimwe imihango imwerekeye ubwe cyangwa yerekeye uwo bashyingiranywe, abo akomokaho, abamukomokaho , abavandimwe n ’abo bafitanye isano ishingiye ku ishyingiranwa kugeza ku rwego rwa kane. 88.- L'officier de l' état civil ne peut intervenir au m ême acte en qualité d'officier de l'état civil et à un autre titre. Il est interdit à l'officier de l' état civil de recevoir des actes qui le concernent personnellement ou qui concernent le conjoint, les ascendants, les descendants, les collat éraux et les alliés jusqu'au quatrième degré inclusivement. 89.- Bitanyuranyijwe n ’ibiteganywa n ’ingingo ya 61 y ’iri tegeko, uretse kandi mu byerekeye ishyingirwa aho agomba kugenzura ko abagiye gushyingirwa bujuje ibyo amategeko abashakaho, no kwizihiza mu izina ry ’itegeko ishyingiranwa ryabo, umwanditsi w ’irangamimerere yandika gusa ibyo ashinzwe kwitegereza n ’ibyo amenyeshwa bikurikije amategeko. 89.- Sans pr éjudice aux dispositions de l'article 61 de la présente loi et sauf en mati ère de mariage o ù il doit s'assurer que les futurs époux r éunissent les conditions légales et célébrer leur union au nom de la loi, l'officier de l'état civil se borne à enregistrer les faits qu'il a mission de constater et les d éclarations qui lui sont faites conformément à la loi. Ntashobora kwanga gukora inyandiko iteganijwe n’itegeko, ntanashobora gukora i nyandiko idahuje n’ibyavuzwe na bene byo cyangwa ngo akore ku bwe gusa imwe muri izo nyandiko. Il ne peut ni refuser de dresser un acte de pr évu par la loi, ni le dresser contrairement aux d éclarations des comparants, ni dresser d'office un de ces actes. 90.- Umwanditsi w ’irangamimerere akora imirimo ye ku bwitote bwe bwite kandi akagenzurwa na Porokireri wa Repubulika cyangwa intumwa ye. Iyo agize ingorane, yiyambaza inama n ’amabwiriza bya Porokireri wa Repubulika. 90.- L'officier de l' état civil exerce ses fonctions sous sa responsabilité personnelle et sous le contr ôle du Procureur de la République ou de son d élégué. En cas de difficult és, il lui appartient de requ érir les avis e t instructions du Procureur de la République. 91.- Umwanditsi w ’irangamimerere abarwaho amakosa n’umwete muke yagize ku mirimo ye, cyangwa mu ikorwa ryayo, bitabujije, iyo bibaye ngombwa, gukurikiranwa ngo ahanirwe icyaha cyangwa ahanirwe kudatu nganya umurimo. 91.- L'officier de l' état civil est civilement responsable des fautes et n égligences commises à l'occasion ou dans l'exercice de ses fonctions sans préjudice, le cas échéant, de poursuites pénales ou disciplinaires. 92.- Iyo umwanditsi w ’irangamimerere yanze kwandika ibyo amenyeshejwe cyangwa gutanga kopi cyangwa ingingo z ’ingenzi z ’inyandiko z ’irangamimerere umuntu wese ubifitiheho uruhare ashobora kubiregera Perezida w’urukiko rwa Mbere rw ’Iremezo a gakemura ikibazo ku buryo bw’ibirego byihutirwa. 92.- Si l'officier de l' état civil refuse de dresser un acte conforme aux déclarations qui lui sont faites, ou de délivrer une copie ou un extrait d'un acte de ses registres, tout intéressé peut exercer un recours contre ce refus devant le Président du Tribunal de Premi ère Instance qui statue par voie de référé. Niko bigenda kandi iyo umwanditsi w ’irangamimerere yanze guha urukiko rwa Mbere rw ’Iremezo, Porokireri wa Repubulika na Minisitiri w’Ubucamanza cyangwa intumwa ye ibyo bagomba kumenyeshwa byerekeye ikintu c yabaye kigomba kugirirwa inyandiko y’irangamimerere. Il en est de m ême si l'oficcier de l' état civil s'abstient de fournir au Tribunal de Premi ère Instance, au Procureur de la République et au Ministre de la Justice ou son d élégué, les informations relatives à un événement qui doit donner lieu à la rédaction d'un acte de l'état civil. 93.- Abamenyesha ibigomba gushyirwa mu nyandiko y’irangamimerere n’ababibereye abagabo, nibo babarwaho ukuri kw ’ibyo bivugira cyangwa kw ’ibyavuzwe bahamya muri izo nyandiko. Ntibabuza kurega uwabashuts e igihe bo batabigiranye uburyarya. 93.- Les d éclarants et les t émoins sont garants, de l'exactitude des faits qu'ils attestent ou corroborent dans les actes de l'état civil. Est r éservé leur rec ours contre celui qui les a induits en erreur lorsqu'ils ont agi de bonne foi. 94.- Porokireri wa Repubulika cyangwa intumwa ye niwe ushinzwe cyane cyane gukurikirana mu ifasi ye umurimo 94.- Le Procureur de la R épublique ou son d élégué est spécialement chargé de la surveillance du service de l' état w’irangamimerere. Rimwe mu mwaka nibura, agomba gusuzuma uko ibitabo bifashwe n ’uko bibitswe, kandi agakora iny andikomvugo y ’isuzuma yakoze; yerekana amakosa umwanditsi w ’irangamimerere yakoze kandi byaba ngombwa akaba yamukurikirana. civil de son ressort. Une fois par an au moins, il v érifie l a tenue des registres, leur conservation et dresse un proc èsverbal des v érifications : il constate les infractions commises par l'officier de l' état civil, et le cas échéant, les poursuites pénales peuvent être engagées. Afite uburenganzira bwo kwandikirana bitaziguye n’abanditsi b’irangamimerere b’ifasi ye. Il a le droit de correspondance d irecte avec les officiers de l'état civil de son ressort. 95.- Inyandiko z’irangamimerere zikorerwa ubuntu. Cyakora gutanga kopi iyo ariyo yose y ’inyandiko yose cyangwa inyandiko ihinnye yayo bitangirwa ikiguzi kivugwa n’itegeko ryerekeye inyandiko irihwa. 95.- La rédaction des actes de l'état civil est gratuite. Toutefois, la délivrance de toute copie ou extrait donne lieu à la perception d'un droit fix é conform ément à la loi relative aux droits de chancellerie. UMUTWE WA II: Ibyerekeye imirimo y’ubwanditsi w’irangamirere CHAPITRE II: Des fonctions de l'officier de l'état civil 96.- Umwanditsi w ’irangamimerere a shinzwe gutunganya no kubika ibitabo by ’irangamimerere. Ashinzwe cyane cyane: 1. kwakira itangaza ry’ivuka akabikorera inyandiko ; 96.- L'officier de l' état civil est charg é de la tenue et de la conservation des registres de l'état civil. Il doit notamment: 1. enregistrer les d éclarations de naissance et en dresse r acte; 2. enregistrer les reconnaissances d'enfants n és hors célébrer les mariages et en dresser acte; 3. enregistrer les déclarations de décès et en dresser acte; 4. enregistrer les d éclarations d'adoption et en dresser acte; 5. enregistrer les d éclarations des pers onnes autres que les époux dont le consentement est requis pour la validité du mariage; 6. transcrire certains actes re çus pas d'autres officiers publics; 7. transcrire divers jugements relatifs à l' état civil, tels que les jugements de divorce et ceux qui ordon nent la rectification d'un acte de l' état civil pour l'inscription d'acte omis; 8. apposer les mentions qui doivent, d'apr ès la loi, être faites en marge des actes de l' état civil d éjà inscrits et transcrits; 9. délivrer à ceux qui ont le droit de les requ érir les copies ou extraits des actes figurant sur les registres; 10. délivrer les actes de notoriété publique. 2. kwakira iyemerwa ry ’abana bavutse ku batashyingiranywe kandi akabikorera inyandko ; 3. gushyingira kandi akabikora inyandiko ; 4. kwakira itangazwa ry ’uko umuntu yapfuye kandi akabikorera inyandiko ; 5. kwakira imvugo zo kugira umwana uwo utabyaye, akanabikorera inyandiko ; 6. kwakira imvugo z ’abandi bantu batari abashyingiranywe bagomba gutanga uburenganzira kugirango iryo shyingirwa ribe ryo ; 7. kwandukura inyandiko zimwe na zimwe zakiriwe n’abandi bakozi babifitiye ububasha ; 8. kwandukura imanza zose zifitanye isano n’irangamimerere nk ’imanza z ’ubutane n ’izitegeka ikosora ry’inyandiko n’izisimbura izitariho ; 9. gushyiraho imvugo zihinnye zigomba, bikurikije itegeko, kwandikwa mu mpera z ’inyandiko z’irangamimerere zanditswe cyangwa zandukuwe ahandi ; 10. guha ababifitiye uburenganzira amakopi cyangwa ingingo z ’ingenzi z ’ibyanditswe mu bitabo by’irangamimerere ; 11. gutanga inyandikompamo. 97.- Umwanditsi w’irangamimerere agomba kwakira ibyo abwiwe no gukora inyandiko z’irangamimerere mu ifasi ye gusa. UMUTWE WA III : IBYEREKEYE IBITABO BY’IRANGAMIMERERE 98.- Ibitabo by ’irangamimerere byohererezwa ibiro by’irangamimerere na Minisitiri w ’Ubucamanza kandi bigatangirwa ubuntu. Byerekwa buri wese ubifitemo inyungu. 99.- Buri gitabo gishyirwaho inomero kuva ku rupapuro 11. mariage et en dresser acte; 97.- L'officier de l' état civil est comp étent pour recevoir les déclarations et dresser les actes dans les limites de son ressort uniquement. CHAPITRE III : Des Registres De L'état Civil 98.- Les registres sont fournis gratuitement aux bureaux de l'état civil par le Ministre de la Justice. Ils sont consultés par toute personne intéressée. 99.- Chaque registre est cot é de la premi ère à la derni ère page et paraf é par le Procureur de la R épublique ou son rwa mbere kugera ku rwa nyuma kandi Porokireri wa Repubulika cyangwa umusimbura we agashyiraho ikimenyetso cy’umukono we. 100.- Ibitabo by ’irangamimerere byandikwamo buri mwaka kuva ku wa mbere Mutarama bigasozwa ku wa 31 ukuboza. Nyuma y ’imvugo ko bisojwe kandi mu kwezi gukurikira iryo sozwa, umwanditsi w’irangamimerere ashyiraho, muri buri gitabo, ishakiro ry ’inyandiko zirimo, hakurikijwe uk o inyuguti zikurikirana. Iyo ibiro by ’irangamimerere bivuyeho, ibitabo byitabwaho hakurikijwe amategeko yashyizweho na Minisitiri w’Ubucamanza. 101.Habaho ubwoko butandatu bw ’ibitabo by’irangamimerere : 1. igitabo cy’inyandiko z’amavuko ; 2. igitabo cy’inyandiko z’abapfuye ; 3. igitabo cy’inyandiko z’abashyingiranywe ; 4. igitabo cy ’inyandiko z ’iyemera ry ’abana bavutse ku batashyingiranywe ; 5. igitabo cy ’inyandiko z ’ukugirwa umwana n’utakubyaye ; 6. igitabo cy’inyandiko z’indi. 102.- Muri buri biro by ’irangamimerere ha gomba gukoreshwa igitabo kimwe cya buri bwoko bw ’inyandiko z’irangamimerere. Inyandiko imwe ijya mu bitabo bibiri. Iyo ibyo bitabo bishojwe, kimwe muri byo gishyingurwa mu bubiko bw ’Urukiko rwa Mbere rw ’Iremezo rw ’ifasi, ikindi kikabikwa mu biro by’irangamimerere. 103.- Ibitabo by’irangamimerere bigomba kuba igihe cyose mu biro by’irangamimerere. Ariko Minisitiri w ’Ubucamanza ashobora gutanga uburenganzira bwo kubikoreshereza ahandi muri iyo fasi. 104.- Inyandiko z ’irangamimerere mu bitabo byazo zikorwa zikurikiranyijwe nta mwanya usigaye utanditswemo, nta gusiba cyangwa kugerekeranya inyandiko. 105.- Inyandiko y ’irangamimerere ikorwa hari abagabo babiri. Umwanditsi w ’irangamimerere mbere yo gushyira umukono ku nyandiko abanza kuzisomera benezo, hari abagabo babiri. Inyandiko zishyirwaho umukono w ’umwanditsi w’irangamimerere, abazandikiwe n’abagabo. Iyo umwe mu bakorewe izo nyandiko cyangwa umwe mu bagabo adashoboye gushyira umukono ku nyandiko, atera igikumwe. délégué. 100.- Les registres sont ouverts au 1 décembre de chaque année. er janvier et clos au 31 A la suite de la mention de cl ôture, il est dress é, par l'officier de l' état civil sur chaque registre, une table alphabétique des actes qui y sont contenus dans le mois qui suit la clôture du registre de l'année précédente. En cas de suppression d'un bureau de l' état civil, la conservation de ses registres est assurée conformément aux dispositions arrêtées par le Ministre de la Justice. 101.- Il existe six catégories de registres de l'état civil : 1. 2. 3. 4. le registre des actes de naissance; le registre des actes de décès; le registre des actes de mariage; le registre des actes de reconnaissance; 5.le registre des actes d'adoption; 6.le registre des actes divers. 102.- Dans chaque bureau d' état civil, il ne peut y avoir qu'un registre de chaque esp èce en usage à la fois. Ce registre est tenu en double exemplaire. A la cl ôture du registre, un des exemplaires est d éposé au greffe du Tribunal de Premi ère Instance du ressort et l'autre conservé au bureau de l'état civil. 103.- Les registres doivent se trouver en permanence dans les locaux affectés au service de l'état civil. Toutefois, le Ministre de la Justice peut autoriser leur déplacement à l'intérieur du ressort. 104.- La r édaction des actes sur les registres doit se faire d'une mani ère continue dans l'ordre num érique croissant, sans aucun blanc ni rature ou surcharge. 105.- Les actes de l' état civil sont re çus en pr ésence de deux témoins. L'officier de l' état civil donne, avant la signature, lecture des actes aux parties comparantes en présence des témoins. Les actes sont sign és par l'officier de l' état civil, par les comparants et les témoins. Si un des comparants ou un des t émoins ne peut pas signer ou parapher, il appose son empreinte digitale. Iyo habayeho isiba cyangwa igerekerany wa ry ’inyandiko bigomba kwemerwa n ’abashyize umukono kuri iyo nyandiko. Nta cyandikwa mu magambo ahinnye, kandi nta n n’imwe ihandikwa mu mibare. ’itariki 106.- Umwanditsi w’irangamimerere agomba guha umuntu wese ubisabye kandi ubifitemo inyungu kopi nya kuri cyangwa ingingo z ’ingenzi izo arizo zose z’irangamimerere. Kopi ni inyandukuro yose y’inyandiko yo mu gitabo. En cas de ratures ou surcharges, celles-ci sont approuv ées et paraphées par tous les signataires de l'acte. Il n'est rien écrit par abr éviation sur les actes de l' état civil et aucune date n'y est mise en chiffres. 106.- L'officier de l' état civil est tenu de d élivrer, à toute personne int éressée qui en fait la demande, des copies certifiées conformes ou des extraits de tous actes de l' état civil. La copie est la reproduction int figure au registre. égrale de l'acte tel qu'il L'extrait est le résumé des éléments essentiels de l'acte. Ingingo z ’ingenzi ni inyandiko ihinnye ikubiyemo amagambo y’ingenzi y’inyandiko yose. Amakopi n ’ingingo z ’ingenzi bigomba gushyirwaho umukono n ’umwanditsi w ’irangamimerere, agateraho n’ikirango cy’ibyo biro. 107.- Umwanditsi w ’irangamimerere ntashobora kwanga gutanga kopi cyangwa ingingo z ’ingenzi yitwaza ko nta gaciro bifite. 108.- Inyandiko yose y ’irangamimerere yerekeye abanyarwanda n ’abanyamahanga, yandikiwe mu mahanga igira agaciro gusa mu Rwanda bikurikije uko iteye n’impamvu zayo byemejwe n ’amategeko y ’u Rwanda cyangwa amasezerano mpuzamahanga. Inyandiko zandikiwe mu mahanga zerekeye abanyarwanda zandukurirwa, bisabwe na nyirazo, mu gitabo cy’irangamimerere cy’aho atuye. 109.- Ibitangazwa byakirwa : 1º n ’umwanditsi w ’irangamimerere w ’aho umwana yavukiye cyangwa w ’aho ababyeyi baba cyangwa batuye, ku byerekeye ivuka ; 2º n’umwanditsi w’irangamimerere w’aho umuntu yaguye, ku byerekeye ugupfa ; 3º n ’umwanditsi w ’irangamimerere w ’aho ishyingirwa ryabereye, ku byerekeye ugushyingiranwa ; 4º n’umwanditsi w’irangamimerere w’aho nyiri ukwemera umwana atuye, ku byerekeye iyemera ry ’umwana wavutse ku batashyingiranywe ; 5º n’umwanditsi w’irangamimerere w’aho ugizwe umwana atuye, ku byerekeye kuba umubyeyi w ’umwana utabyaye. Umwanditsi w ’irangamimerere wakira ibitangazwa agomba kubimenyesha umwanditsi w ’irangamimerere w’aho butegetsi uwandikwa atuye. 110.- Inyandiko z ’irangamimerere zandikwa n’umwanditsi w’irangamimerere muri rumwe mu ndimi ebyiri zikoreshwa mu butegetsi uwandikisha yihitiyemo. Les copies et les extraits doivent être signés par l'officier de l'état civil et revêtus du sceau de son office. 107.- L'officier de l'état civil ne peut refuser de délivrer une copie où un extrait d'un acte qu'il consid érerait comme nul et sans valeur. 108.- Tout acte de l'état civil des rwandais et des étrangers, fait en pays étranger, n' a d'effet au Rwanda que dans les formes et conditions d éterminées par la l égislation rwandaise ou les conventions internationales. Les actes pass és à l' étranger et concernant les rwandais sont, à la diligence de l'intéressé, transcrits sur le registre de l'état civil de son domicile. 109.- Les déclarations sont reçues : 1º pour les naissances, par l'officier de l'état civil, soit du lieu de la naissance, soit du lieu de la r ésidence ou du domicile des parents; 2º pour le décès, par celui du lieu du décès; 3º pour le mariage, par celui du lieu de la c élébration du mariage; 4º pour les reconnaissances, par celui du domicile de la personne qui reconnaît l'enfant; 5º pour les adoptions, par celui du lieu du domicile de l'adopté. L'officier de l' état civil qui a re çu les d éclarations est chargé d'informer l'officier de l' état civil du domicile de l'intéressé. 110.- Les actes de l' état civil sont r édigés par l'officier de l'état civil dans l'une des deux langues officielles choisie par le déclarant. Ils contiennent les mentions spécifiques à chaque acte. Les témoins de l'un ou de l'autre sexe, lorsqu'ils sont requis, doivent avoir 21 ans révolus. Biba birimo amagambo yihariwe na buri muhango. Abatanzweho abagabo b ’ibitsina byombi, igihe ari ngombwa ko babaho, bagomba kuba bafite imyaka 21 yuzuye. 111.- Iyo bene ubwite badategetswe kuhibera ubwabo, bashobora guhagararirwa n’uwo babihereye ububasha. 111.- Dans les cas o ù les parties int éressées ne sont pas obligées de comparaître en personne, elles peuvent s e faire représenter par un fondé de pouvoir. 112.- Iyo bene ubwite, abo batumye kubahagararira, abaje kubabera abagabo batavuga rumwe mu ndimi zikoreshwa mu butegetsi kandi umwanditsi w ’irangamimerere atumva ururimi bavugamo, ibyo batangaza bihindurwa n’umusemuzi wabirahiriye hakurikijwe Amategeko Agenga Imiburanishirize y’Imanza z’Amahugu n’Ubucuruzi. 112.- Si les parties comparantes, leurs fondés de pouvoir ou les témoins ne parlent pas l'une des langues officielles et si l'officier de l' état civil ne conna ît pas la langue dans laquelle ils expriment leurs déclarations, celles-ci sont traduites par un interpr ète ayant pr êté serment conformément au Code de Proc édure Civile et Commerciale. Imvugo yabyo ishyirwa muri iyo nyandiko. Iyo mvugo yerekana ururimi ibyatangajwe byavuzwem umwirondoro w’umusemuzi kimwe n’indahiro ye. Mention en est faite dans l'acte. Cette mention comporte l'indication de la langue dans laquelle la d éclaration a été faite, l'identit é compl ète de l'interpr ète ainsi que la prestation de serment de celui-ci. o, 113.- Mbere yo gukora inyandiko, umwanditsi w’irangamimerere amenyesha bene ubwite cyangwa abatumwe kubahagararira n ’abagabo babo ibihano biteganijwe n ’amategeko ahana ababeshya mubyo baje gutangaza. Inyandiko yarangira, batarayishyiraho umukono cyangwa bataratera igikumwe, akayibasomera kandi bakayisomera iyo bazi gusoma kandi bumva urwo rurimi rukoreshwa mu butegetsi. Ku byateganijwe ku gika cya mbere cy’ingingo ya 112 y’iri tegeko, umusemuzi niwe uhin dura inyandiko mu rundi rurimi. Mu nyandiko hashyirwaho imvugo yerekana ko iyo mihango yubahirijwe. 114.- Inyandiko zishyirwaho umukono n ’umwanditsi w’irangamimerere, bene ubwite, abagabo, byaba ngombwa n’umusemuzi badashyizeho umukono cyangwa badateye igikumwe, hajyaho impamvu yababujije. 115.- Iyo umwanditsi w ’irangamimerere apfuye adashyize umukono ku nyandiko zimwe cyangwa ku mvugo ziri mu mpera cyangwa agafatwa n ’indwara imubuza kubikora, Porokireri wa Repubulika ashyikiriza Perezida w’Urukiko rwa Mbere rw ’Iremezo ubigenewe urwandiko rumusaba ngo ashyireho iteka ry ’uko inyandiko zanditswe n’umwanditsi w ’irangamimerere wapfuye cyangwa wafashwe n ’indwara atarazishyiraho umukono zemerwa, n’ubwo zizaba zibuzeho uwo mukono. Imvugo y ’imyemereze y ’iteka r itanzwe rityo, ishyirishwa na Porokireri wa Repubulika mu mpera y ’izo nyandiko 113. - Avant de dresser acte, l'officier de l' état civil avise les parties comparantes ou leurs fond és de pouvoir et les témoins des peines pr évues par la loi pour sa nctionner les fausses déclarations. L'acte établi, il leur en donne lecture et les invite, s'ils lisent la langue officielle, à en prendre connaissance avant de le signer ou d'y apposer l'empreinte digitale. Dans le cas pr évu au premier alin éa de l'art icle 112 de la présente loi, la traduction de l'acte est faite par l'interprète. Il est fait mention dans les actes de l'accomplissement de ces formalités. 114.- Les actes sont sign és par l'officier de l' état civil, les comparants, les témoins et s'il y a lieu l'interprète. Dans le cas contraire, mention est faite de la cause qui a emp êché les comparants, les t émoins et l'interpr ète de signer ou d'apposer l'empreinte digitale. 115.- Si l'officier de l' état civil d écède ou s'il est frapp é d'une incapaci té physique ou mentale sans avoir sign é certains actes ou certaines mentions marginales, le Procureur de la R épublique pr ésente une requ ête au Président du Tribunal de Première Instance compétent aux fins de faire ordonner que les actes r édigés, par l'offi cier décédé ou frapp é d'une incapacit é physique ou mentale, et non signés, feront foi malgré l'absence de signature. Mention du dispositif de l'ordonnance ainsi rendue est portée, à la diligence du Procureur de la R épublique, en marge des actes concernés. bireba. Mbere yo gufata icyemezo, Perezida w ’Urukiko ashobora igihe cyose gutegeka iperereza rihamya ukuri kw’inyandiko z ’abo bireba cyangwa rimenyesha ko hari ibiriho byagombaga gukosorwa. Ibivugwa mu gika kibanjirije iki bikurikizwa na none igihe umukono cyangwa igikumwe bitashyizweho n ’umwe mu bakoresheje umuhango, iyo kuwushyiraho bidashoboka kubera ko nyiri ubwite yapfuye cyangwa yazimiye. Le Pr ésident du Tribunal peut toujours, avant de statuer, ordonner une enquête en vue de faire constater l'exactitude des actes des int éressés ou de faire conna ître les rectifications qui doivent y être portées. Les dispositions pr évues à l'alin éa pr écédent sont également applicable dans le cas où a été omise la signature ou l'empreinte digitale de l'une des parties à l'acte lorsque l'omission ne peut être r éparée en raison du d écès, de la disparition ou de l'absence de la partie intéressée. CHAPITRE IV : Des bureaux de l'état civil UMUTWE WA IV: IBYEREKEYE IBIRO BY’IRANGAMIMERERE 116.- Mu buri komini hari ibiro by ’irangamimerere ; ifasi yabyo ihwanye n’imbibi za komini. Ahari intumwa zihagarariye u Rwanda mu mahanga naho hari ibiro by ’irangamimerere; ifasi yabyo ihwanye naho ubwo butumwa bugarukira. UMUTWE WA V: Ibyerekeye amabwiriza yihariye na buri bwoko bw’inyandiko y’ibyerekeye 116.- Il existe, dans chaque commune, un bureau de l' état civil dont le ressort correspond aux limites territoriales de la commune. Il existe aussi au sein de chaque mission diplomatique ou consulaire rwandaise à l' étranger un bureau de l' état civil dont le ressort correspond à sa juridiction. CHAPITRE V : Des r ègles propres à chaque cat égorie d'actes de l'état civil SECTION PREMIÈRE: Des actes de naissance ICYICIRO CYA MBERE : Ibyerekeye inyandiko z’amavuko 117.- Umwana agomba kwandikishwa mu minsi cumi n’itanu avutse herekanywe icyemezo cya muganga iyo gihari. 118.- Inyandiko y’ivuka isobanura : 1º umwaka, ukwezi, umunsi n’aho yavukiye, igitsina, isano muzi, izina bwite, izina cyangwa amazina y ’ingereka y’umwana ; 2º amazina bwite, amazina y ’ingereka, imyaka y’amavuko, imyuga, isano muzi rya se na nyina, aho baba, aho batuye n’iby’ubivuze iyo ahari ; 3º izina bwite n ’ay’ingereka ya muganga watanze icyemezo cy’ivuka. Iyo se na nyina b ’umwana batazwi, byandikwa mu gitabo cy’inyandiko z’amavuko. 119.- Iyandikisha ry ’ivuka rikorwa na se w ’umwana, iyo atabonetse rigakorwa na nyina w ’umwana, bombi bataboneka bigakorwa n ’umwe mu bakurambere cyangwa mwene wabo, uwamubonye avuka cyangwa uwamutoraguye. 120.- Inyankiko y ’ivuka iherako yandikwa, kandi igashyirwaho umukono n ’uwayitangaje, abagabo n’umwandtsi w’irangamimerere. 121.- Mu bigo by ’ubuzima bya Leta n ’ibyigenga habaho igitabo cyihariye cyandikwamo abana babivukiyemo 117.- Les naissances doivent être déclarées dans les quinze jours de l'accouchement sur pr ésentation éventuelle du certificat médical de naissance. 118.- L'acte de naissance énonce : 1º l'année, le mois, le jour et le lieu de la naissance, le sexe, l'ethnie, le nom et le ou les prénoms de l'enfant; 2º les noms, prénoms, âges, professions, ethnies, résidence et domicile des p ère et m ère et, s'il y a lieu, ceux du déclarant; 3º les nom et pr énoms de l'auteur du certificat m édical produit. Si les père et mère de l'enfant ne sont pas connus, il en est fait mention sur le registre. 119.- La d éclaration de naissance est faite par le p ère, à défaut par la mère, et à défaut de père et mère, par l'un des ascendants ou l'un des plus proches parents, ou sinon par toute personne ayant assist é à la naissance ou par toute personne qui trouve un nouveau-né. 120.- L'acte de naissance est rédigé immédiatement et signé par le déchéant, le témoins et l'officier de l'état civil. 121.- Il est tenu dans les établissements de santé publics et privés, un registre sp écial sur lequel sont immédiatement inscrites, par ordre de date, les naissances qui y hakurikijwe uko amatariki akurikirana. surviennent. Umwanditsi w’irangamimerere w’aho ikigo kiri n ’abakuru b’ubutegetsi cyangwa b ’inkiko bavugwa n ’iri tegeko bashobora guhamagaza icyo gitabo igihe bashakiye. La pr ésentation dudit registre peut être exig ée à tout moment par l'officier de l' état civil du lieu o ù est situ é l'établissement, ainsi que par les autorités administratives et judiciaires visées par la présente loi. 122.- Umuntu wese utoraguye uruhinja rukivuka ategetswe kubimenyesha umwanditsi w ’irangamimerere w ’aho umwana yatoraguwe. Iyo uwo muntu atemeye kugumana uwo mwana agomba kumutanga n ’ibyo yamusanganye nk’utwambaro n ’utundi tuntu akamuha umwanditsi w’irangamimerere uhegereye. Hakorwa inyandikomvugo irambuye ivuga kandi, uretse ibivugwa bitaganijwe mu ngingo ya 118, umunsi, isaha, ahantu umwana yatoraguwe n ’ukuntu bamusanze, imyaka ye igereranijwe, igitsina cye, n ’ikintu cyose gish obora gufasha kumenyesha uwo ariwe, n ’umutegetsi cyangwa undi muntu yagejejweho. Iyo nyandikomvugo yandikwa mu gitabo cy ’abavuka kuri iyo tariki nyine. Inyuma y ’iyo nyandikimvugo kandi bitegeranye, umwanditsi w ’irangamimerere, azivanguye, akurikizaho indi nyandiko ijya mu kigwi cy’inyandiko y’ivuka. Uretse ibyo bigomba kuvugwa, iyo nyandiko imenyesha izina bwite n ’ayingereka iyo ariho umwana yiswe, igashinga itariki y ’ivuka igereranije n ’uko bareba angana, kandi ikavuga ko aho umwana yatoraguwe ariho amavukiro ye. Umwanditsi w ’irangamimerere ashobora igihe cyose gusaba muganga ubizi neza akemeza igihe umwana amaze akurikije uko amubona. Iyo nyandiko y ’ivuka ry’umwana ibonetse, cyangwa ivuka rye ryemejwe n ’urukiko, inyandikomvugo y ’itoragurwa n’inyandiko y ’ivuka yabaye igiyeho bita agaciro bisabwe na Porokireri wa Repubulika cyangwa abandi babifitemo inyungu. 123.Mu nyandiko y ’ivuka, iyo ababyeyi batashyingiranywe, imvugo imenyesha izina rya se w’umwana ntivuga ko amwemeye keretse iyo iturutse kuri se ubwe cyangwa ku muntu yatumye kumuhagararira. 124.- Igihe hatangajwe ivuka ry ’umwana upfuye, iyo mvugo yandikwa uwo munsi nyine mu gitabo cy’inyandiko z’abapfuye aho kujya mu gitabo cy’amavuko. 122.- Toute personne qui trouve un enfant nouveau-n é abandonné est tenu sans d élai d'en faire la d éclaration à l'officier de l' état civil du lieu de la d écouverte. Si elle ne consent pas à se charger de l'enfant, elle doit le remettre ainsi que les v êtements et autres effets trouv és sur lui à l'officier de l'état civil le plus proche. Il est dress é un proc ès-verbal d étaillé qui, outre les indications prévues à l'article 118, énonce la date, l'heure, le lieu et les circonstances de la d écouverte, l'âge apparent et le sexe de l'enfant, et toutes particularit és pouvant contribuer à son identification, ainsi que l'autorit é ou la personne à laquelle il a été confié. Ce proc ès-verbal est inscrit à sa date sur le registr e des naissances. A la suite et s éparément de ce proc ès-verbal, l'officier de l'état civil établit un acte tenant lieu de l'acte de naissance. En plus de ces énonciations, cet acte mentionne le nom et éventuellement le ou les pr énoms qui lui sont donn és; il fixe une date de naissance pouvant correspondre à son âge apparent et d ésigne comme lieu de naissance celui o ù l'enfant a été découvert. L'officier de l' état civil peut toujours faire d éterminer par un m édecin requis à cet effet l' âge physiologique d e l'enfant. Si l'acte de naissance de l'enfant vient à être retrouvé ou si sa naissance est judiciairement d éclarée, le proc ès-verbal de découverte et l'acte provisoire de naissance sont annul és à la requ ête du Procureur de la R épublique ou des parties intéressées. 123.- Dans un acte de naissance, lorsque les parents ne sont pas mariés, la déclaration indiquant le nom du p ère ne vaut comme reconnaissance que si elle émane du père lui-même ou de son fondé de pouvoir. 124.- Lorsqu'il est déclaré un enfant sans vie, la déclaration est inscrite à sa date sur le registre des d écès et non sur celui des naissances. Iyo mvugo yerekana ko hatangajwe ivuka ry ’umwana upfuye, ku buryo bitazana igitekerezo cyo kwibaza niba umwana yarigeze ubuzima cyangwa ntabwo yigeze. Elle mentionne seulement qu'il a été déclaré un enfant sans vie sans qu'il en r ésulte aucun pr éjugé sur la question de savoir si l'enfant a eu vie ou non. Ibivugwa kandi ni igitsina cy Sont en outre énoncés, le sexe de l'enfant, noms, pr énoms, ’umwana, amazina bwite, ay’ingereka, imyaka y’ivuka, imyuga ya se na nyina n ’aho batuye, n ’iby’uwatangaje imvugo iyo hari uhari, n’umwaka, ukwezi, umunsi n’isaha ibyara ryabereho. âges, professions et domicile des p ère et m ère et, s'il y a lieu, du d éclarant ainsi que l'an, mois, jour et heure de l'accouchement. 125.- Umuntu wese ashobora guhabwa kopi y ’inyandiko y’ivuka rye. Uretse Porokireri wa Repubulika , abo nyiri ubwite akomokaho, abamukomokaho bo mu rwego rutaziguye, uwo bashyingiranywe, umurera cyangwa umuhagarariye wemewe n ’amategeko, nta wundi muntu ushobora guhabwa iyo kopi bidaturutse ku ruhushya rutangirwa ubuntu na Porokireri wa Repubulika kandi nawe abisabwe mu nyandiko. 125.- Toute personne peut obtenir copie conforme de s on acte de naissance. A l'exception du Procureur de la République, des ascendants et des descendants en igne directe de l'int éressé, de son conjoint, de son tuteur ou de son repr ésentant l égal, aucune autre personne ne peut obtenir cette copie si ce n'es t en vertu d'une autorisation délivré, sans frais, par le Procureur de la R épublique sur demande écrite. Mu gihe banze gutanga iyo kopi cyangwa urwo ruhushya, uwo babyimye ashyikiriza ikiba zo cye Minisitiri w’ubucamanza. En cas de refus, recours peut Ministre de la Justice. 126.- Umwanditsi w ’irangamimerere aha ubisabye wese inyandukuro z ’ingingo z ’ingenzi zerekana gusa umwaka, umunsi n ’ahantu yavukiye, igitsina, izina bwite n’ay’ingereka, isano muzi by ’umwana, nk ’uko mbese bikomoka ku mvugo z ’inyandiko y ’ivuka cyangwa ibivugwa biri mu mpera z’iyo nyandiko. 126.- L'officier de l' état civil est tenu de d élivrer à tout requérant des extraits indiquant l'ann ée, le jour, le lieu de naissance, le sexe, le nom, pr énoms et ethnie de l'enfant, tels qu'ils r ésultent des énonciations de l'acte de naissance ou des mentions contenues en marge de cet acte. Ikindi kandi inyandukuro z ’ingingo z ’ingenzi zisobanura amazina bwite, ay ’ingereka, isano muzi, imyuga n ’aho ababyeyi batuye, ntizishobora gutangwa hadakurikijwe ibivugwa mu ngingo ya 125, keretse rero bisabwe n’abazunguye umwana cyangwa n’ubutegetsi bwa Leta. Les extraits précisant en outre les noms, prénoms et ethnie, professions et domicile des p ère et m ère ne peuvent être délivrés que dans les conditions pr évues à l'article 125, à moins que la délivrance n'en soit demandée par les héritiers de l'enfant ou par une administration publique. Igihe umwana yarezwe n ’uwemeye kumubera umubyeyi ataramubyaye kandi ababyeyi be bwite batazwi ku buryo bw’amategeko, izo ngingo z ’ingenzi zigomba kuvuga gusa ko se cyangwa nyina ari u wamwigiriye uwe cyangwa abamwigiriwe uwabo. Lorsque l'enfant a fait l'objet d'une adoption et que les parents d'origine sont tous deux inconnus, lesdits extraits doivent indiquer uniquement comme p ère et mère le ou les adoptants. ICYICIRO CYA 2: Ibyerekeye inyandiko z’abapfuye SECTION II: Des actes de décès 127.- Urupfu rugomba gutangazwa mu minsi cumi n ’itanu ikurikira itariki umuntu yapfuyeho herekanywe icyemezo cya muganga iyo gihari. 127.- Le d écès doit être d éclaré da ns les quinze jours qui suivent la date du d écès sur pr ésentation éventuelle du certificat médical de décès. 128.- Inyandiko z’abapfuye zigomba kuvuga : 1º umwaka, ukwezi, umunsi, isaha n’ahantu yapfiriye ; 2º izina bwite, ay ’ingereka, igitsina n ’isano muzi by’uwapfuye, umunsi n ’aho yavukiye, umwuga, aho yabaga n ’aho yari atuye, amazina bwite n ’ayingereka, umwuga bya se na nyina n’aho batuye; 3º izina bwite n ’ay’ingereka y ’uwo bashyingiranywe usigaye, niba uwapfuye yari yarashyingiwe, yari yarapfakaye cyangwa yaratandukanye n ’uwo bashyingiranywe ; 4º izina bwite, ay ’ingereka, imyaka y ’amavuko, umwuga n’aho uhamije ibyo atuye n ’isano yari af itanye n’uwapfuhe iyo yari agihari ; 5º izina bwite n ’amazina y ’ingereka ya muganga watanze icyemezo; ibi byose bishobora kwandikwa iyo bishoboye kumenyekana. 128.- Les actes de décès énoncent : 1º l'année, le mois, le jour et le lieu du décès; 2º les nom, pr énoms, sexe et ethnie, date et lieu de naissance, profession, r ésidence et domicile du décédé, noms, pr énoms, professions et domicile des père et mère; 3º les nom et pr énoms de l'autre époux si la personne décédée était mariée, veuve ou divorcée; 4º 5º être introduit aupr ès du les nom, pr énoms, âge, profession et domicile du déclarant et, s'il y a lieu, son degr é de parenté avec la personne décédée; les nom et pr énoms de l'auteur du certificat m édical produit : le tout, autant qu'on peut le savoir. Imvugo ihinnye y ’urupfu ishyirwa mu mpera y ’inyandiko y’ivuka ry’uwapfuye. Il est fait mention du d écès en marge de l'acte de naissance de la personne décédée. 129.- Inyandiko yer ekeye uwapfuye ikorwa ikurikije ibitangajwe n ’umwe mu bafitanye isano n ’uwapfuye cyangwa n ’undi wese uzi irangamimerere ye ku buryo buhagije. 129.- L'acte de d écès est dress é sur la d éclaration d'un des parents du d éfunt ou de toute personne poss édant sur son état civil des renseignements nécessaires à la déclaration. Iyo nyandiko ishyirwaho umukono n ’uwatangaje urupfu, abagabo n’umwanditsi w’irangamimerere. Il est signé par le déclarant, les témoins et l'officier de l'état civil. 130.- Mu bigo by ’ubuzima bya Leta n ’ibyigenga habaho igitabo cyihariye bahita bandikamo abahapfira. Umwanditsi w’irangamimerere w’aho ikigo kiri, n’abakuru b’ubutegetsi cyangwa b ’inkiko bashobora guhamagaza icyo gitabo igihe bashakiye. 130.- Il est tenu, dans les établissements de santé publics et privés, un registre sp écial sur lequel sont imm édiatement inscrits les d écès qui surviennent.La pr ésentation dudit registre peut être exig ée à tout moment par l'officier de l'état civil du lieu o ù est situ é l'établissement ainsi que par les autorités administratives et judiciaires. 131.- Iyo hari ibimenyetso byerekana k o atari urw ’ikirago, cyangwa izindi mpamvu zatera kurukeka, ntibashobora guhamba uwapfuye iyo umugenzacyaha, afashijwe n’umuganga wemewe atarakora inyandikomvugo y’imimerere y ’umurambo n ’ibindi biyerekeyeho, n ’ibyo kandi yashoboye kumenya by ’izina bwite, a y’ingereka, imyaka amaze, umwuga yakoraga, aho yavukiye n’aho yari atuye. 131.- Lorsqu'il y a des signes ou indices de mort violente, ou d'autres circonstances qui donnent lieu à la soup çonner, on ne peut faire l'inhumation qu'a près qu'un officier de police judiciaire, assist é d'un m édecin agr éé, a dress é un procès-verbal de l' état du cadavre et des circonstances y relatives ainsi que des renseignements qu'il a pu recueillir sur les nom, pr énoms, âge, profession, lieu de naissanc e et domicile de la personne décédée. 132.- Umugenzacyaha ategetswe kohereza bidatinze umwanditsi w ’irangamimerere w ’aho umuntu yaguye ibintu byose byamenyeshejwe mu nyandikomvugo, ari nabyo inyandiko yerekeye uwapfuye ishingiraho. 132.- L'officier de police judiciaire est tenu de transmettre tout de suite à l'officier de l'état civil du lieu où la personne est décédée tous les renseignements énoncés dans le procèsverbal d'après lesquels l'acte de décès est redigé. 133.- Abayobozi ba gereza bagomba kohereza, mu masaha mirongo ine n ’umunani akurikira irangiza ry ’urubanza rwahanishijwe igihano cy ’urupfu, umwanditsi w’irangamimerere w’aho uwaciriwe urwo gupfa yahaniwe, ibyamenyeshejwe byose mu ngingo ya 128 y’iri tegeko. 133.- Les directeurs de prison sont tenus d'envoyer, dans les quarante huit heures de l'ex écution des jugements portant peine de mort, à l'officier de l'état civil du lieu où le condamné a été exécuté, tous les renseignements énoncés à l'article 128 de la présente loi. 134.- Mu gihe umuntu aguye muri gereza, umuyobozi w’icyo kigo agomba, mu masaha mirongo ine n ’umunani, koherereza umwanditsi w ’irangamimerere w ’aho umuntu yaguye icyemezo cy ’urupfu gitangwa na muganga wemewe, n’ibivugwa mu ngingo ya 128 y’iri tegeko 134.- En cas de d écès dans l' établissement pénitentiaire, le directeur de cet établissement doit, dans les quarante huit heures, transmettre à l'officier de l' état civil du lieu o ù la personne est décédée, outre un certificat de décès établi par le m édecin agr éé, les renseignements énoncés à l'article 128 de la présente loi. Cyakora mu rupfu rwagize uwo ruhitana mu kigo cya gereza, ingingo ya 131 niyo yonyine ikurikizwa mu gihe hari ibimenyetso by ’urupfu rutari urw ’ikirago cyangwa ibindi bituma rushobora gukekwa. Toutefois, en cas de d écès survenu dans un établissement pénitentiaire, la proc édure pr évue à l'article 131 demeure seule d'application lorsqu'il existe des signes ou indices de mort violente ou d'autres circonstances qui donnent lieu de la soupçonner. 135.- Iyo umurambo ubonetse kandi bashobora kumen ya nyirawo, hagomba kujyaho inyandiko yerekeye uwapfuye ishyirwaho n ’umwanditsi w ’irangamimerere w ’ahemerwa ko ariho yaguye, uko igihe cyangana kose, kuva igihe umuntu yapfiriye kugeza ku itahurwa ry’umurambo we. 135.- Lorsque le cadavre est retrouv é et peut être identifié, un acte de d écès doit être dressé par l'officier de l' état civil du lieu pr ésumé du décès, quel que soit le temps écoulé entre le décès et la découverte du cadavre. Iyo umurambo udashobora kumenyekana, inya yerekeye uwapfuye igomba kugaragaza ibiranga Si le cadavre ne peut être identif é, l'acte de d écès doit comporter son signalement le plus complet : en cas ndiko umurambo ku buryo bwuzuye igihe ishoboye kumenyekana hanyuma, inyandiko irakosorwa. d'identification ultérieure, l'acte est rectifié. 136.- Iyo Porokireri wa Repubulika cyangwa umuntu wese ubifitemo inyungu abisabye, urupfu rw ’umuntu waburiye mu Rwanda mu buryo bushobora gushyira ubuzima bwe mu makuba, rushobora gutangazwa n ’urukiko iyo umurambo utigeze ugaragara, gusa urukiko rugomba gushakisha ibimenyetso byose bishobora kwemeza ko yapfuye koko. 136.- Peut être d éclaré judiciairement, à la requ ête du Procureur de la République ou de toute intéressée, le décès de toute personne disparue au Rwanda dans des circonstances de nature à mettre sa vie en danger, mais le tribunal doit s'entourer de toutes information s susceptibles de conclure au décès certain. Imanza zemeza ko umuntu yapfuye zifatwa nk ’inyandiko zerekeye urupfu zikaba kandi zizitira abashobora kwitwaza ko uwapfuye akiriho. Icyo bashobora gusa ni ukuzikosora. Les jugements d éclaratifs de d écès tiennent lieu d'actes de décès et sont opposables aux tiers qui peuvent seulement en obtenir la rectification. ICYICIRO CYA III z’ishyingirwa SECTION III: Des actes de mariage : Ibyerekeye inyandiko 137.- Inyandiko y’ishyingirwa yerekana : 1° amazina bwite, ay ’ingereka, igitsina n ’isano muz i by’abashyingiranywe, imyuga bakora, imyaka bamaze bavutse, aho batuye n’aho basanzwe baba; 2° amazina bwite, ay’ingereka n’isano muzi bya ba se na ba nyina, aho baba, aho batuye ; 3° impushya zitangwa mu gihe umwe mu bashyingirwa cyangwa bombi bakiri bato ; 4° amazina bwite n ’ay’ingereka y ’abo bashyingiranywe mbere iyo byabayeho ; 5° imvugo y ’abashyingiranywe bemera kuzabana n’itangazwa ry ’ubumwe bwabo bivugwa n’umwanditsi w’irangamimerere ; 6° amazina bwite n ’ay’ingereka y ’abagabo n’abahagarariye imiryango y ’abashyingiranywe, umwuga bakora n’aho batuye 7° itangazwa ry ’amasezerano y ’abashyingiranywe yerekeye ibintu ; 8° ubwoko bw’inkwano ; 9° ubwenegihugu bw’abashyingiranywe. 137.- L'acte de mariage énonce : 1º les noms, pr énoms, sexe et ethnie, professions, âges, dates et lieux de naissance, domicile et r ésidence des époux; 2º les noms, pr énoms et ethnie, professions, r ésidences et domiciles des pères et mères; 3º le consentement ou autorisation donn ée en cas de minorité de l'un ou des deux époux; 4º les noms et prénoms du précédent conjoint de chacun des époux, s'il y a lieu; 5º la d éclaration des contractants de se prendre pour époux et le prononc é de leur union par l'officier de l'état civil; 6º les noms, pr énoms, professions, domiciles des témoins et des représentants des familles des époux; Mu mpera y ’inyandiko y ’ivuka rya buri wese mu bashyingiranywe handikwa uko imihango y ’ishyingirwa yagenze n’izina ry’uwo bashyingiranywe. Il est fait mention de la c élébration du mariage et du nom du conjoint en marge de l'acte de naissance de chacun des époux. UMUTWE WA IV: Ibyerekeye inyandikompamo z’ivuka CHAPITRE VI: Des actes de notoriété de naissance 138.- Iyo umuntu adashoboye kubona inyandiko y ’ivuka, ashobora kuyisimbuza ku buryo budasanzwe inyandikompamo itangwa n’umwanditsi w’irangamimerere w’aho yavukiye cyangwa atuye. 138.- Lorsqu'une personne est dans l'impossibilit é de se procurer un acte de naissance, elle peut exceptionnellement le suppléer par un acte de notori été établi par l'officier de l'état civil du lieu de sa naissance ou de son domicile. 139.- Inyandikompamo ntishobora gukoreshwa ikindi kitari icyo yatangiwe. Igomba kuvuga icyo aricyo. 139.- L'acte de notori été ne peut servir qu'aux seules fins pour lesquelles il est délivré. Il doit énoncer celles-ci. Iba irimo impamvu zatumye atabona inyandiko y ’ivuka n’ibyavuzwe n ’abagabo ku byerekeye izina bwite, ay’ingereka, umwuga, ubwoko bwe, aho aba n ’aho atuye, ahantu n’igihe yavukiye n’ibya se na nyina iyo bizwi. Il contient les c auses qui emp êchent de rapporter l'acte de naissance et la d éclaration des t émoins en ce qui concerne les noms, pr énoms, ethnie, r ésidences, domiciles, lieux et époques de naissance du requ érant et de ses p ère et m ère s'ils sont connus. 7º la déclaration relative au contrat de mariage; 8º 9º la nature de l'inkwano; la nationalité déclarée par les époux. Hakurikizwa ibivugwa kandi mu ngingo ya 88, 89, 90 na 97 z’iri tegeko. Sont applicables, par ailleurs, les dispositions contenues aux articles 88, 89, 90 et 97 de la présente loi. 140.- Ubushinjacyaha cyangwa umuntu wese ubifitemo inyungu ashobora gusaba Urukiko rw ’Iremezo rw ’aho inyandikompamo yakor ewe, kuyaka agaciro cyangwa kuyikosora. 140.- Le Ministère Public ou toute personne intéressée peut demander, par simple requ ête au Tribunal de Premi ère Instance du lieu o ù il a été établi, l'annulation ou la rectification d'un acte de notoriété. UMUTWE WA VII: IBYEREKEYE INYANDIKO Z’IRANGAMIMERERE Y’ABANYAMAHANGA CHAPITRE VII: des actes de l'état civil des étrangers 141.- Umunyamahanga wese utuye cyangwa uba mu Rwanda ashobora gukoresha inyandiko z ’irangamimerere zimwerekeyeho ku mwanditsi w ’irangamimerere w’umunyarwanda ku buryo buteganywa n’iri tegeko. Icyakora abavuka n ’abapfa bagomba kumenyeshwa umwanditsi w’irangamimerere w’umunyarwanda. 142.- Mu gihe ishyingirwa mu Rwanda, umwe mu bashyingirwa ari umunyamahanga undi ari umunyarwanda, umwanditsi w ’irangamimerere w ’umunyarwanda niwe wenyine ufite ububasha bwo kubashyingira. Mu minsi munani ikirukira iryo shyingirwa, uwo mwanditsi agomba koherereza Minisitiri ushinzwe umubano w’u Rwanda n’amahanga inyandiko y’ishyingira, nawe akayoherereza uhagarariye m u Rwanda igihugu cy’umwe mu bashyingirwa. 143.- Urwandiko rwose rutanzwe n ’umunyamahanga kugira ngo bamukorere inyandiko y ’irangamimerere, rugomba byanze bikunze kuba ruri kumwe n ’ihindurwa ryarwo muri rumwe mu ndimi ebyiri zikoreshwa mu butegetsi, ryemej we n ’uhagarariye mu Rwanda igihugu cy’usaba inyandiko ko rihuje n ’urwandiko rikomokaho, cyangwa ryemewe na Minisitiri w’ubucamanza. UMUTWE WA VIII: IBYEREKEYE IKOSORWA RY’INYANDIKO Z’IRANGAMIMERERE 144.- Ikosorwa ry ’inyandiko y ’irangamimerere ritegekwa n’Urukiko rwa Mbere rw ’Iremezo rw ’aho inyandiko yakorewe cyangwa yandukuriwe rumaze kumva icyifuzo cy’Ubushinjacyaha. Ikosorwa ry ’inyandiko y ’irangamimerere yakozwe cyangwa yandukuwe n ’abahagarariye u Rwanda mu mahanga ritegekwa n’Urukingo rwa Mbere rw ’Iremezo rwa Kigali. Urukiko rufite ububasha bushingiye ku ifasi bwo kwemeza ikosorwa ry ’inyandiko y ’irangamimerere, rufite n’ububasha bwo gutegeka ikosorwa ry ’izindi nyandiko n’iyo zitakorewe mu ifasi yarwo iyo zigaragaza ko hariho icyo bibeshyeho cyangwa mu gihe cyo kuzandika cyangwa 141.- Tout étranger ayant son domicile ou sa r ésidence au Rwanda peut faire dresser les actes de l' état civil le concernant par l'officier de l' état civil rwandais dans les formes prévues par la présente loi. Néanmoins, les naissances et les décès doivent être déclarés devant l'officier de l'état civil rwandais. 142.- En cas de mariage c élébré sur le territoire national, si l'un des futurs époux est de nat ionalité étrangère et l'autre de nationalit é rwandaise, l'officier de l' état civil rwandais est seul comp étent pour proc éder à la c élébration du mariage. Il doit, dans les huit jours de celui-ci, adresser au Ministre ayant les affaires étrangères dans ses attributions, une expédition de l'acte de mariage destin ée à la repr ésentation diplomatique ou consulaire du conjoint étranger. 143.- Tout pi èce produite par un étranger, en vue de l'établissement d'un acte de l'état civil, doit obligatoirement être acc ompagnée de sa traduction dans l'une des deux langues officielles rwandaises, certifi ée conforme à l'original par la repr ésentation diplomatique ou consulaire de l'intéressé ou approuvée par le Ministre de la Justice. CHAPITRE VIII: De la rectification d es actes de l' état civil 144.- La rectification des actes de l' état civil est ordonn ée, sur les conslusions du Minist ère Public, par le Tribunal de Première Instance dans le ressort duquel l'acte a été dressé ou transcrit. La rectification des actes dres sés ou transcrits par les représentations diplomatiques ou consulaires rwandaises en poste à l'étranger est ordonnée par le Tribunal de Première Instance de Kigali. Le tribunal territorialement comp étent pour ordonner la rectification d'un acte d' état civil est également compétent pour prescrire la rectification de tous les actes, m ême dressés ou transcrits hors de son ressort, qui reproduisent l'erreur ou comportent l'omission originaire. kuzandukura hibagiranye ikintu cya ngombwa. Ikirego cyererekeye ikosorwa ry ’inyandiko y’irangamimerere gitangwa n ’ubifitemo inyungu wese cyangwa se gitangwa na Porokireri wa Repubulika : Porokireri ategetswe kugitanga atabisabwe iyo ukwibeshya cyangwa kwibagirwa ibyagombaga gukorwa ku nyandiko bigamije kugaragaza ikintu cy ’ingenzi cy ’inyandiko cyangwa cy’icyemezo gihwanye nayo. Porokireri wa Repubulika ufite ububasha bushingiye ku ifasi ashobora gukosoza ku buryo bw ’ubutegetsi amakosa cyangwa ibyibagiranye kwandikwa byoroheje ku nyandiko y’irangamimerere; kubera ibyo aha abanditsi b’irangamimerere amabwiriza ngombwa. Kwanga gukosora inyandiko y ’irangamimerere bitegetswe na Porokireri wa Repubulika bishobora kujuririrwa Minisitiri w’Ubucamanza. 145.- Ikosorwa riturutse ku rukiko cyangwa ku butegetsi ry’inyandiko cyangwa urubanza byerekeye inyandiko y’irangamimerere biba ingingo ntarengwa iburanishwa kuri buri wese mu buryo bumwe n’inyandiko yakosowe. Urubanza rwaciwe kubera iry o kosora rushobora kujuririrwa n’ubushinjacyaha cyangwa n ’undi muntu wese ubifitemo inyungu. 146.- Inyandiko ikosora icyemezo yohererezwa umwanditsi w’irangamimerere w’aho inyandiko yakosowe yandikiwe, ayohererejwe n ’ubushinjacyaha ; imvugo yerekeye iyo m iterere iherako ishyirwa mu mpera y ’iyo nyandiko. Kopi ntiba igishoboye gutangwa itari kumwe n’ibyategetswe gukosorwa. UMUTWE WA IX: IBYEREKEYE IMANZA ZISIMBURA INYANDIKO Z’IRANGAMIMERERE 147.- Iyo inyandiko y ’irangamimerere itariho, ishobora gusimburwa n ’urubanza ruciwe, bisabwe n’Ubushinjacyaha cyangwa undi muntu wese ubifitemo inyungu, mu Rukiko rwa Mbere rw ’Iremezo rw ’aho inyandiko iba yarakorewe. Iyo kidaturutse ku bushinjacyaha, ikirego kigomba kumenyeshwa Ubushinjacyaha. Urukiko rutegeka ubury o bwo gukurikirana rusanga ari ngombwa. Rushobora ndetse no gutegeka kubishyira ku muntu wese ubifiteho uruhare. Uwo nawe ashobora kubikurikirana ku bushake. 148.- Urubanza ruciwe n ’urukiko bikurikije ingingo ibanziriza iyi rushobora kujuririrwa bikurikij e amategeko rusange. 149.- Ubushinjacyaha bwoherereza umwanditsi La requ ête en rectification d'un acte d' état civil peut être présentée par toute personne intéressée ou par le Procureur de la R épublique : celui-ci est tenu d'agir d'office quand l'erreur ou l'omission porte sur une indication essentielle de l'acte ou de la décision qui en tient lieu. Le Procureur de la R épublique territorialement compétent peut faire proc éder à la rectification administrative des erreurs et omissions purement mat érielles des actes d' étatcivil; à cet effet, il donne directement les instructions utiles aux officiers de l'état civil. Le refus de rec tification des actes de l' état civil ordonn ée par le Procureur de la R épublique est susceptible de recours devant le Ministre de la Justice. 145.- La rectification judiciaire ou administrative d'un acte ou jugement relatif à l' état civil est opposable à t ous dans les mêmes conditions que l'acte. Le jugement statuant sur une requ ête en rectification peut être frapp é d'appel par le Ministre Public et par toute personne intéressée. 146.- L'acte rectificatif de l'ordonnance, du jugement ou de l'arrêt est transmis par le Ministre Public à l'officier de l'état civil du lieu o ù se trouve inscrit l'acte r éformé; mention en est faite en marge dudit acte. L'expédition ne peut plus rectifications ordonnées. être d élivrée qu'avec les CHAPITRE IX: des jugements sup plétifs d'actes de l'état civil 147.- Le d éfaut d'acte de l' état civil peut être suppl ée par jugement rendu sur requ ête pr ésentée, par le Minist ère Public ou par toute autre personne int éressée, au Tribunal de Première Instance du lieu où l'acte aurait dû être dressé. Lorsqu'elle n'émane pas du Ministre Public, la requ ête doit lui être communiquée. Le tribunal ordonne d'office les mesures d'instruction qu'il juge nécessaires. Il peut m ême ordonner la mise en cause de toute personne int éressée. Celle-c i peut intervenir volontairement. 148.- Le jugement rendu par le tribunal, conform ément à l'article pr écédent, est susceptible de recours selon les règles de droit commun. 149.- Le dispositif de jugement ou de l'arr êt d éfinitif est transmis par le Minist re Public à l'officier de l' état civil du w’irangamimerere w’aho ikintu cyabereye ibyemezo by’urubanza rwaciwe burundu. Byandukurirwa mu bitabo by’uwo mwaka, kandi imvugo ibyerekeyeho igashyirwa mu mpera y’ibitabo. UMUTWE WA X: IBYEREKEYE ISUBIZWAHO RY’IBITABO BY’IRANGAMIMERERE 150.- Mu gihe igitabo cyazimiye, cyaba uko cyakabaye cyangwa haburaho igice, Porokireri wa Repubulika abwira umwanditsi w ’irangamimerere bireba kwandika ku murongo uko imyaka yakurikiranye, abantu bazwi na bose ko bavutse, ko bashyingiwe cyangwa ko bapfuye muri icyo gihe. Porokireri wa Repubulika yamara gusuzuma iryo kurikiranya ry ’amazina agasaba urukiko rubigenewe gutegeka gukurikirana no gushyiraho uburyo bwose rusanga bukwiye no kubimenyesha bose. Ipere reza rishobora gukorwa n ’umucamanza ubitumwe, kopi y’inyandiko y’iperereza ishyirwa, mu gihe cy ’amezi atatu, mu biro by ’urukiko no mu biro by ’umwanditsi w’irangamimerere aho umuntu wese ubifitemo inyungu ashobora kubimenyera. Urukiko, rusanze ari ngombwa, rushobora kongera gushaka ibyarwemeza neza no kongera, kubaza abandi bagabo. Igihe kubaririza no gushakisha birangiye, urukiko, rushingiye ku byagezweho na Porokireri wa Repubulika , rushyiraho icyemezo gisubizaho ibyakozwe bagaragaje ko byabayeho. Uko bishobotse kose, urubanza rumwe rwiharira inyandiko z’umwaka wose za buri biro by’irangamimerere. Ibitabo bibiri bifite ibimenyetso n ’umukono uhinnye, nk’uko bivugwa mu ngingo ya 99, bikandukurirwamo, bigashyirwa kimwe mu biro by’irangamimerere, ikindi mu bubiko bw’Urukiko rwa Mbere rw’Iremezo. 151.- Ibivugwa mu ngingo ibanziriza iyi ntibikuraho uburenganzira bw’abafiteho uruhare bwo gusaba gusubizaho inyandiko zose ziberekeye zari mu gitabo cyangiritse cyangwa cyazimiye. INTERURO YA IV: Ibyerekeye ingingo zihanishwa 152.- Bitabangamiye ibihano birushijeho gukomera byateganijwe n ’igitabo cy ’amategeko ahana, azahanishwa igihano cy’igifungo kuva ku minsi irindwi kugeza ku mezi atandatu n ’ihazabu y ’amafaranga kuva kuri magana atanu kugeza ku bihumbi makumya biri cyangwa se kimwe gusa muri byo : 1º umwanditsi w ’irangamimerere wagombaga kwandika inyandiko y’irangamimerere, akaba atarayanditse mu gihe giteganijwe n’amategeko ; 2º umwanditsi w ’irangamimerere wandika inyandiko lieu où s'est produit le fait qu'il constate. La transcription en est effectuée sur les registres de l'ann ée en cours et mention en est portée en marge des registres à la date du fait. CHAPITRE X : DE LA RECONSTI REGISTRES DE L'ETAT CIVIL TUTION DES 150.- Dans le cas où un registre a disparu, soit entièrement, soit partiellement, le Procureur de la R épublique invite l'officier de l'état civil intéressé à dresser un état, année par année, des personnes qui, d'après la notoriété publique, sont nées, se sont mariées ou sont décédées pendant ce temps. Le Procureur de la R épublique, apr ès avoir examin é cet état, requiert le tribunal comp étent d'ordonner une enqu ête et toutes mesures de publicit é jug ées opportunes. L'enquête peut être faite par un juge commis. Un double de l'enqu ête est d éposé pendant trois mois au greffe du tribunal et au bureau de l'officier de l' état-civil o ù toute personne intéressée peut en prendre connaissance. Le tribunal, s'il le juge nécessaire, peut prendre de nouveau éclaircissements et entendre de nouveaux témoins. Quand l'instruction est termin ée, le tribunal, sur les conclusions du Procureur de la R épublique, ordonne le rétablissement des actes dont l'existence a été constatée. Un seul jugement contient, autant que possible, les actes d'une année entière pour chaque bureau de l'état civil. Il est transcrit sur deux registres cotés et paraphés comme il est dit à l'article 99 et déposés, l'un au bureau de l'état civil, l'autre au greffe du Tribunal de Prémière Instance. 151.- Les dispositions contenues à l'article pr écédent ne font pas obstacle au droit des parties de demander le rétablissement de tous actes les int éressant qui figuraient sur le registre détruit, détérioré ou disparu. TITRE IV : DES DISPOSITIONS PÉNALES 152. - Sans pr éjudice des peines plus fortes pr évues par le code p énal, sera puni de sept jours à six mois d'emprisonnement et d'une amende de cinq cents francs à vingt mille francs ou de l'une de ces peines seulement: 1º l'officier de l' état civil qui, tenu de r édiger un acte de l'état civil, ne l'a pas r édigé dans le d élai pr évu par la loi; 2º l'officier de l' état civil qui r édige un acte de l' état civil sur la foi des déclarations dont il connait l'inexactitude; yemera kwandika ibyo abwiwe kandi azi ko atari ko bimeze ; 3º umwanditsi w ’irangamimerere wagombaga kugira aho yohereza inyandiko z ’irangamimerere akaba atarabigize ; 4º umwanditsi w ’irangamimerere uzaba yaciye ku mabwiriza yerekeye kubika neza ibitabo by’irangamimerere no gutanga ingingo z ’ingenzi z’inyandiko z’irangamimerere ; 5º umuntu uzaba yabajijwe ibikwiye kumenywa ku nyandiko y ’irangamimerere ye akanga kubivuga kandi abibajijwe n’umwanditsi w’irangamimerere; 6º umuntu ubwira umwanditsi w ’irangamimerere ikintu azi ko atari cyo kandi big amije gushyiraho inyandiko y’irangamimerere ; 7º umugabo uzaba yahamije ibyavuzwe azi ko ari ibinyoma ; 8º uwangije cyangwa ugize ukundi ahindura igitabo cy’irangamimerere ; 9º uzaba abizi agakoresha inyandiko cyangwa kopi ya bimwe by’inyandiko y’irangamimerere, iyo nyandiko ikaba yaribwe, yarahinduwe ukundi ku mayeri cyangwa yarashyizwemo amakosa. 3º l'officier de l' état civil qui, tenu de communiquer les actes de l'état civil, ne l'a pas fait; 4º l'officier de l'état civil qui a violé les règles relatives à la conservation des registres de l' état civil et à la délivrance des extraits des actes de l'état civil; 5º celui qui, requis par l'officier de l' état civil de fournir des informations en vue de la r édaction d'un acte de l'état civil le concernant, s'est abstenu de les fournir; 6º celui qui a fait à l'officier de l' état civil une d éclaration qu'il sait être inexacte en vue de l' établissement d'un acte de l'état civil; 7º le t émoin qui corrobore des d éclarations les sachant fausses; 8º celui qui détruit ou altère un registre de l'état civil; 9º celui qui, sciemment, fait usage d'un acte ou d'une copie d'un acte ou d'un extrait d'un acte de l' état civil vol é, frauduleusement altéré ou falsifié. DEUXIÈME PARTIE: De la famille IGICE CYA KABILI: IBYEREKEYE UMURYANGO TITRE PREMIER: DU MARIAGE Interuro ya mbere: Ibyerekeye ishyingirwa UMUTWE WA MBERE: IBYEREKEYE ISANO ISHINGIYE KU BUVANDIMWE N ’ISHINGIYE KU ISHYINGIRANA 153.- Isano ishingiye ku buvandimwe ituruka ku guhuza amaraso. Isano ishingiye ku buvandimwe itaziguye ihuza ababyeyi n’ababakomokaho, naho isano iziguye ikaba ihuza abantu bahuje umukurambere ariko bamwe bakaba batarabyaye abandi. Isano ishing iye ku buvandimwe itaziguye ntigira aho igarukira keretse iyo amategeko abiteganya ukundi. Iyo birenze urwego rwa karindwi, isano ishingiye ku buvandimwe iziguye ntabwo iba ikivugwa. Ariko ikomeza kubaho ku muntu udafite abamukomokaho. 154.- Kugira ngo a bantu bamenye urwego rw ’isano ishingiye ku buvandimwe buziguye bafitanye, bahera kuwo bashakira isano, bakabara ibisekuru kugeza ku mukurambere bahuriyeho, bakongeraho ibisekuru biciye hagati y ’uwo mukurambere n ’uwo wundi bashaka kumenyera isano. 155.- Isano iva ku ishyingirana ituruka ku ishyingirwa. Isano ishingiye ku ishyingirana itaziguye ihuza umuntu n’abo uwo bashyingiranywe akomokaho kimwe n’abamukomokaho yabyaye ahandi. Iyo sano iba iziguye CHAPITRE PREMIER: De la parenté et de l'alliance 153.- Les liens de parent é r ésultent de la communaut é du sang. Un lien de parenté existe, en ligne directe, entre ascendants et descendants, et en ligne collat érale, entre personne qui ne descendent pas les unes des autres mais qui ont un auteur commun. En ligne directe, la parent é produit to ujours ses effets sauf exceptions prévues par la loi. En ligne collat érale, la parent é ne produit aucun effet au delà du 7 º degr é. N éanmoins, les effets de parent é demeurent entre une personne et un parent qui n'a pas de descendance. 154.- Le degr é de pa renté est calcul é, en ligne collat érale, en comptant les g énérations jusqu'à l'auteur commun, et en y ajouter le nombre de g énérations qui s éparent l'auteur commun de la personne avec laquelle on veut établir le lien de parenté. 155.- Les liens d'alliance résultent du mariage. Un lien d'alliance existe, en ligne directe, entre une personne et les ascendants de son conjoint ainsi que ses descendants issus d'un autre lit. Il existe, en ligne collatérale, entre une personne et les collat éraux de son conjoint. iyo ihuza umuntu n bashyingiranywe. ’abafitanye isano iziguye n ’uwo 156.- Isano ishingiye ku bushyingirane nta mizirizo cyangwa uburenganzira keretse iyo hari amategeko abiteganya. 157.- Ku isano isanzwe ishingiye ku ishyingirana, umuntu agira indi igeretseho afitanye n ’abashyingiwe mubo yashatsemo. Iyo sano n ta mizirizo cyangwa uburenganzira igira keretse ku byerekeye ishyingirana. 158.- Isano y’ubushyingirane igumaho n’iyo ugushyingirwa iyo sano ishingiyeho kutakiriho. UMUTWE WA II: IBYEREKEYE GUSABA UMUGENI 159.- Gusaba umugeni ni ubwumvikane hagati y’imiryango ibiri yemeranye ko abantu babiri bayikomokaho, umuhungu n ’umukobwa, bazashyingiranwa, iyo miryango yombi ikiyemeza kandi gufasha no guhagarikira ishyingirwa ry’abasabana. 160.- Amasezerano yagizwe n ’abantu babiri yerekeye kuzashyingiranwa sibyo byitwa gusaba umugeni. Kutagera kucyo ayo masezerano agamije bishobora gutangirwa indishyi zigatangwa hakurikijwe amategeko yerekeye uburyozwe n ’ayerekeye umutungo abonye nta mpamvu. 161.- Umuryango w ’umuhungu usabirwa niwo utangira imihango yo gusaba. Isaba nta gaciro rigira umuhungu n ’umukobwa bataryemeye. 162.- Ku munsi wemejwe, intumwa y ’umuryango w’umuhungu usabirwa ibwirira mu ruhame uhagarariye umuryango w ’umukobwa usabwa n ’uwo muryango kandi uhari, ko asaba umukobwa nyirakanaka. Icyo gihe, uhagarariye umuryango w ’umuhungu usaba aha uhagarariye umuryango w ’umukobwa usabwa isuka y’ifatarembo. 163.- Imihango yo gusaba ibera aho umuryango w’umukobwa utuye cyangwa ahandi hose wishakiye. 164.- Amasezerano y ’isaba aba ageze kucyo agamije iyo abageni n’abahagarariye imiryango yombi bayemeranije. Iyo miryango yombi ikemeza umunsi w ’ishyingira udashobora kujya inyuma y ’amezi cumi n ’abiri keretse 156.- L'alliance ne produit aucun effet sauf dans des cas spécifiquement déterminés par la loi. 157.- Un lien de double alliance existe entre une personne et les conjoints de ceux qui sont ses alliés. Ce lien ne produit aucun effet sauf en matière de mariage. 158.- Le lien d'alliance subsiste malgr é la dissolution du mariage par lequel il a été créé. CHAPITRE II: Des fiançailles 159.- Les fian çailles consistent en l'accord, entre les membres des deux familles, qu'un mariage interviendra entre deux personnes, le fianc é et la fianc ée, appartenant à ces deux familles et l'engagement des deux familles à aider et à patronner l'union des futures époux. 160.- La simple promesse de mariage, échangée entre deux personnes, ne constitue pas des fiançailles. La non-ex écution d'une telle promesse peut être sanctionnée par des dommages int érêts, dans le cas o ù une faute a été commise, conform ément aux dispositions relatives à la responsabilité civile et à l'enrichissement sans cause. 161.- ll revient à la f amille du fianc é d'entreprendre les démarches des fiançailles. Les fiançailles sont sans effet tant que le fiancé et la fiancée n'ont pas marqué leur accord. 162.- A la date convenue, le d élégué de la famille du futur fiancé formule, au repr ésentant de la famille de la future épouse, la demande formelle de sa main, en pr ésence des membres de cette famille. A cette occasion, le repr ésentant de la famille du futur époux remet au repr ésentant de la famille de la future épouse une houe, signe de leur engagement. 163.- Les fian çailles sont c élébrées au domicile de la famille de la fianc ée ou à un endroit choisi par cette famille. 164.- Les fian çailles prennent effet par l' échange de consentements des fianc és et des repr ésentants de leurs familles. Les deux f amilles fixent la date de la c élébration du mariage qui ne peut exc éder douze mois, sauf cas de force majeure.Les modalit és pratiques relatives aux c érémonies de fiançailles sont déterminées par le Ministre de la Justice. habaye impamvu zidasanzwe. Minisitiri w ’ubucamanza ashyiraho amabwiriza agenga imihango y’isaba. 165.- Les fian çailles ne peuvent être rompues que par le fiancé ou la fiancée. 165.- Amase zerano y ’isaba ashobora guseswa gusa n’umuhungu usabirwa cyangwa umukobwa usabwa. 166.- La rupture des fian çailles peut donner lieu dommages et intérêts et des restitutions. 166.- Iseswa ry´amasezerano y ’isaba rishobora gutuma hatangwa indishyi z´akababaro n´izimura ry´ibyatanzwe. La d étermination du pr éjudice caus é et du montant des dommages et intérêts à allouer est appréciée conformément aux règles de responsabilité civile. Ingano y´ibyangiritse n´amafranga y´indishyi z´akababaro agomba gutangwa bigenwa hakurikijwe amategeko asanzwe agenga uburyozwe bw´ikosa mbonezamubano. 167.- Ikirego cyose gishingiye ku iseswa ry´amasezerano y´isaba kereka gukurikanwa hashize amezi cumi n ’abiri guhera igihe uwabenze undi abimimenyeshereje ; iyo atabimumenyesheje, icyo kirego gitangira gukurikiranwa hashize igihe giteganywa mu ngingo ya 164 y’iri tegeko. 168.- Inkwano ni ikimenyetso cy ’ishyingirana umuryango w’umuhungu usaba uha umuryango w’umukobwa usabwa. à des 167.- Toutes les actions fond ées sur la rupture des fiançailles se prescrivent dans un d élai de douze mois à compter de la date de la rupture signifiée à l'autre partie ou, si telle signification n'a pas eu lieu, à c ompter de la date d'expiration des d élais prévus à l'article 164 de la pr ésente loi. 168.- L'inkwano est un signe d'alliance que la famille du futur époux remet à la famille de la future épouse. La validit é du mariage ne peut être conditionn ée par le versement de l'inkwano. Le montant et/ou la nature de l'inkwano sont déterminés par le Ministre de la Justice. Inkwano itabonetse ntibyabuza amasezerano y’ubushyingirane kwemerwa. Minisitiri w ’Ubucamanza ashyiraho urugero n’imiterere y’inkwano. Le versement de l'indongoranyo est facultatif. Indongoranyo itangwa ku bushake bw’uyitanga. CHAPITRE III: De la conclusion du mariage SECTION PREMIÈRE: Des dispositions générales UMUTWE WA III: Ibyerekeye Ishyingirwa ICYICIRO CYA MBERE: Ingingo rusange 169.- Seul le mariage civil monogamique est reconnu par la loi. 169.- Ubushyingiranwe bw ’umugabo umwe n ’umugore umwe bukorewe imbere y ’ubutegetsi nibwo bwemewe bwonyine n’itegeko. 170.- Le mariage civil est l'union volontaire de l'homme et de la femme conforme aux dispositions de la présente loi. 170.- Ishyingiranwa rikorewe imbere y ’ubutegetsi ni irihuza umugabo n ’umugore ku bushake bwabo hakurikijwe ibivugwa muri iri tegeko. Il est c élébré publiquement par l'officier de l' état civil du domicile de l'un des fianc és ou de la r ésidence des futurs époux. Rikorerwa ku mugaragaro imbere y ’umwanditsi w’irangamimerere w ’aho umwe mu bashyingirwa atuye cyangwa w’aho bazatura. SECTION II: Des conditions de fond ICYICIRO CYA II: Ibyerekeye ibyangombwa by’ishingiro 171.- Umuhungu n ’umukobwa batarageza ku myaka makumyabiri n’umwe, ntibashobora gushyingirwa. Icyakora, mbere y’imyaka makumyabiri n’umwe kandi hari impamvu zikomeye, Minisitiri w ’ubucamanza cyangwa umuhagarariye ashobora gutanga uburenganzira bwo gushyingirwa. 172.- Abafitanye isano y ’ubuvandimwe itaziguye ntibashobora gushyingiranwa. Naho abafitanye isano 171.- L'homme et la femme, avant vingt et un ans r évolus, ne peuvent contracter un mariage. Néanmoins, avant vingt et un ans, pour des motifs graves, le Ministre de la Justice ou son d élégué peut accorder la dispense d'âge. 172.- Le mariage est prohib é, en ligne directe, entre tous les ascendants et les descendants et, en ligne collat érale, jusqu'au septième degré. y’ubuvandimwe iziguye nt ibashobora gushyingiranwa kugeza ku gisanira cya karindwi. 173.- Le mariage est prohib é entre une personne et s beaux-parents. 173.- Birabujijwe ko umuntu ashyingiranwa na sebukwe cyangwa nyirabukwe. 174.- Le mariage est prohibé entre : 1° l'adoptant et l'adopté; 174.- Birabujijwe ko : 1º uwemeye kubera umubyeyi umwana atabyaye yashyingiranwa nawe ; 2º uwemeye kubera umubyeyi umwana atabyaye yashyingiranwa n’abakomoka kuri uwo mwana ; 3º uwagizwe umwana n ’utaramubyaye yashyingiranwa n’uwashyingiranywe n’uwamugize umwana ; 4º uwemeye kubera umubyeyi umwana atabyaye yashyingiranwa n’uwashyingiranywe n’uwo mwana ; 5º abagizwe abana n ’umuntu umwe utarababyaye bashyingiranwa ; 6º uwagizwe umwana yashyingiranwa n ’abana b’uwemeye kumubera umubyeyi. Imiziro ivugwa muri 5 º na 6 º ishobora kutitabwaho Minisitiri w ’Ubucamanza cyangwa umuhagarariye abitangiye uruhushya kubera impamvu zikomeye. 175.- Ntawe ushobora kongera gushyingirwa ugushyingirwa kwa mbere kukiriho. 176.- Umugore ntashobora kongera gushyingiramwa n’undi mugabo hatarashira iminsi magana atatu yuzuye atandukanye n’uwari umufite. Icyo gihe gihagarikwa no kubyara. Icyo gihe giha garikwa na none iyo umugore yerekanye icyemezo cyo kwa muganga cy ’uko atwite cyangwa adatwite gitanzwe n ’akanama kabigenewe. Icyo cyemezo kigomba guhamywa na Perezida w’urukiko rwa Mbere rw’Iremezo mbere y’uko umugore yongera gushyingirwa. Minisitiri ushi nzwe ubuzima ashyiraho abagize ako kanama akanagena n’imikorere yako. 2° l'adoptant et les descendants de l'adopté; 3° l'adopté et le conjoint de l'adoptant; 4° l'adoptant et le conjoint de l'adopté; 5° les enfants adoptifs d'un même adoptant; 6° l'adopté et les enfants de l'adoptant. Les prohibitions mentionn ées aux points 5 º et 6 º peuvent être levées par le Ministre de la Justice ou son délégué pour des motifs graves. 175.- Nul ne peut contracter un nouveau mariage avant l'annulation ou la dissolution du précédent. 176.- La femme ne peut contracter un nouveau mariage qu'après trois cents jours r évolus depuis la dissolution ou l'annulation du mariage précédent. Ce délai prend fin en cas d'accouchement. Il prend fin également si la femme produit un cer tificat médical, établi par une commission ad hoc, attestant qu'elle est ou non en état de grossesse. Ce certificat doit être homologué par le Pr ésident du Tribunal de premi ère Instance avant la célébration du nouveau mariage. Le Ministre ayant la sant é publique dans ses attributions détermine la composition et les modalit és de fonctionnement de cette commission. SECTION III : Des conditions de forme ICYICIRO CYA III: Ibyerekeye ibyangombwa bya kamere 177.- Mbere y ’ishyingira, umwanditsi w ’irangamimerere ashyira itangazo ku biro by ’irangamimerere by ’aho abazashyingiranwa batuye n’iby’aho bazashyingirirwa. Iryo tangazo rivuga amazina bwite, ay ’ingereka, imirimo by’abarongorana, aho batuye n ’aho basanzwe baba, ko bagejeje ku myaka y ’ubukuru bwemewe cyangwa ko batarayigezaho n ’amazina bwite, ay ’ingereka, imirimo, by’ababyeyi babo, a ho ababyeyi batuye n ’aho basanzwe baba. Na none itangazo rikavuga umunsi, ahantu n es ’isaha 177.- Avant la c élébration du mariage, l'officier de l' état civil procède à la publication par un affichage au bureau de l'état civil des futurs conjoints et au bureau de l'état civil où sera célébré le mariage. Cette publication énonce les noms, pr énoms, professions, domicile et r ésidence des futurs époux, leur qualit é de majeur ou de mineur et les noms, prénoms, domicile et résidence de leurs pères et mères. Elle énonce, en outre, le jour, lieu et heure, ainsi que le bureau de l'état civil où le mariage sera célébré. imihango y ’ishyingira izabera n ’ibiro by ’irangamimerere izaberamo. Le Ministre de la Justice ou son d élégué peut dispenser sur des motifs graves de la publication de mariage. Minisitiri w ’Ubucamanza cyangwa undi umuhagarariye kubera impamvu zikomeye, ashobora gutanga uburenganzira bwo gushyingirwa itangaza ritabaye. 178.- Le mariage ne peut être c élébré avant le vingti ème jour qui suit celui de la publication. 178.- Ishyingira riba nyuma y’iminsi makumyabiri uhereye k’uwo ryatangarijweho. 179.- Iyo ishyingira ritabaye mu mezi ane ryaratangajwe ntabwo riba rikibaye batongeye na none kuritangaza mu buryo buvugwa mu ngingo ya 177 n’iya 178 z’iri tegeko. 180.- Mbere y ’ishyingirwa, umwanditsi w ’irangamimerere agomba gushyikirizwa ibi bikurikira: 1º ingingo z ’ingenzi z’inyandiko y’ivuka ya buri wese mu bazashyingiranwa ; 2º icyemezo cy ’uko uri ingaragu cyangwa ingingo z’ingenzi z ’inyandiko yerekeye abapfuye y ’uwo baheruka gushyingiramwa, cyangwa ingingo z ’ingenzi z’urubanza rw ’ubutane n ’uwo baherutse gushyingiranwa cyangwa rusesa amasezerano nawe; 3º icyemezo gitanga uburenganzira bwo gushyingiranwa imyaka iteganywa n’itegeko itaragera cyangwa igitanga uburenganzira bwo gushyingiranwa itangazwa ritabaye. Minisitiri w ’ubucamanza ashobora kwemerera umuntu kudatanga ibyemezo bivuzwe mu gika kibanziriza iki hari impamvu zikomeye. Inyandiko y byatanzwe. ’ugushyingirwa igaragaza ibyeme zo 181.Iyo umwanditsi w ’irangamimerere yanze gushyingira, umwe mu bagomba gushyingirwa ashobora kubiregera mu rukiko. Umwanditsi w ’irangamimerere ntashobora kongera kwanga gushyingira, iyo urukiko rwemeje ko mbere yari yabyangiye impamvu itari yo. 182.- Abashyingirwa bumvikana n w’irangamimerere bakemeranya umunsi n azabashingiriraho. ’umwanditsi ’isaha 183.- Mbere y ’imihango y ’ishyingira, umwanditsi w’irangamimerere agomba gusuzuma ko ibyangombwa byose bijyana n’ishyingira byujujwe. Mbere y ’ishyingira, iyo abonye ikimwemeza ko hari inkomyi iteganywa n ’itegeko, agomba kwanga gushyingira, akabikorera inyandiko kandi agaherako abimenyesha abogomba gushyingirwa. 184.- Abashyingirwa baherekejwe n ’umuntu uhagarariye buri muryango n ’abagabo babiri bagejeje ku myaka y’ubukure kandi bafite uburenganzira bwose, baza ubwabo 179.- Si le mariage n'est pas c élébré dans les quatre mois à compter de l'expiration du délai de la publication, il ne peut plus être c élébré qu'apr ès une nouvelle publication faite dans les formes pr évues aux articles 177 et 178 de la présente loi. 180.- Avant la c élébration du mariage, l'officier de l' état civil se fait remettre les pièces suivantes : 1º un extrait de l'acte de naiss ance de chacun des futurs époux; 2º une attestation de célibat ou un extrait de l'acte de décès du conjoint pr écédent ou un extrait de la d écision judiciaire de divorce ou d'annulation du mariage précédent; 3º l'acte accordant la dispense d' âge ou de publ ication qui peut être nécessaire. Le Ministre de la Justice peut, pour des raisons graves, dispenser de la pr ésentation des pi èces pr évues à l'alin éa précédent. L'acte de mariage fait mention des pièces produites. 181.- Le refus de l'officier de l' état civil de c élébrer le mariage peut être d éféré par chacun des futurs époux au tribunal. L'officier de l' état civil ne peut renouveler son refus de célébrer le mariage pour le motif d éclaré injustifi é par le tribunal. 182.- La date et l'heure de la c élébration du mariage sont fixées de commun accord entre les futurs époux et l'officier de l'état civil. 183.- Avant de proc éder à la c élébration du mariage, l'officier de l'état civil s'assure que les conditions de fond et de forme exigées par la loi sont remplies. Si avant la c élébration, il a la preuve qu'il existe un empêchement édicté par la loi, il doit refuser de c élébrer le mariage, en dresser acte et en informer aussit ôt les futurs époux. 184.- Les futurs époux, accompagn és d'un repr ésentant pour chaque famille, de deux t émoins majeurs et jouissant de tous les droits civils, comparaissent ensemble et en personne devant l'officier de l'état civil. L'officier de l' état civil leur fait la lecture des pi èces imbere y’umwanditsi w’irangamimerere. Umwanditsi w ’irangamimerere abasomera impapuro zerekeye irangamimerere yabo akanabigisha uburenganzira n’imirimo nshinganwa y ’abashyingiranwa. Abashyingiranwa bemera buri wese ko umwe abereye undi umugabo undi akamubera umugore. Akababwira ko bashyingiwe hakurikijwe amategeko. Inyandiko y ’ishyingirwa ishyirwaho umukono n’umwanditsi w ’irangamimerere, abashyingiranwa, abahararariye imiryango n’abagabo. ICYICIRO CYA IV: Ibyerekeye agatabo ko gushyingirwa 185.- Mu gihe cy ’imihango y ’ishyingirwa, buri muntu usezerana ahabwa agatabo ko gushyingirwa ; imiterere yako n ’ibikanditswemo byemezwa na Minisitiri w’ubucamanza. Imiterere y ’ako gatabo yashyizw eho n ’amabwiriza ya Minisitiri n º 99/05 yo ku wa 25.3.1992 ( Igazeti ya Leta , 1992, urup. 490). 186.- Ibyanditswe n ’ibirangwa muri ako gatabo bishyirwaho umukono n ’umwanditsi w ’irangamimerere kandi akanabyemeza ateraho ikirango cy’ibyo biro. 187.- Agatabo ko gushyingirwa kanditwemo inomerompaya n ’umukono uhinnye w ’umwanditsi w’irangamimerere, kandi katarangwa inenge y ’uburiganya mu nyandiko, kemerwa ko gahuje n ’igitabo cy’irangamimerere. 188.- Mu gihe agatabo katakaye, nyirako ashobora gusaba ko bamwandik ira akandi. Agashya kandikwaho ijambo "duplicata" relatives à leur état civil et les instruit d es droits et devoirs respectifs des époux. Il re çoit de chacun des parties la déclaration qu'elles veulent se prendre pour mari et femme. Il prononce qu'elles sont unies légalement par le mariage. L'acte de mariage est sign é par l'officier de l' état civil, les époux, les représentants des familles et les témoins. SECTION IV: Du livret de mariage 185.- Lors de la c élébration du mariage, il est remis à chacun des époux un livret de mariage dont le mod èle et le contenu sont déterminés par le Ministre de la Justice. Ce modèle a été déterminé par A.M. nº 99/05 du 25.3.1992 (J.O., 1992, p. 490). 186.- Les inscriptions et mentions port ées dans le livret sont sign ées et approuv ées par l'officier de l' état civil et revêtues du sceau de son office. 187.- Le livret de mariage, d ûment cot é et paraph é par l'officier de l' état civil et ne pr ésentant aucune trace d'altération, fait foi de sa conformit é avec les registres de l'état civil. 188.- En cas de perte du livret, le conjoint peut en demander le r établissement. Le nouveau livret porte la mention duplicata . 189.- L'officier de l'état civil doit se faire présenter le livret chaque fois que se produit un fait devant y être mentionné. 189.-Umwanditsi w’irangamimerere agomba guhamagaza agatabo igihe cyose habaye ikintu kigomba kwandikwamo. SECTION V : Des oppositions mariage ICYICIRO CYA V:Ibyerekeye gutambamira ishyingirwa 190.- Le droit de former opposition à la c élébration d'un mariage appartient au Minist ère Public et à toute personne intéressée. 190.- Uburenganzira bwo gutambamira abashyingir wa bufitwe n ’ubushinjacyaha n ’umuntu wese ubifitemo inyungu. 191.- Gutambamira ishyingira bikorwa mu magambo cyangwa mu nyandiko, iyo bitinze bikorwa igihe cy’ishyingira imbere y’umwanditsi w’irangamimerere. Iryo tambamira rigomba kwerekana impamvu. 192.- Gutambamira ishyingirwa birarihagarika, inkurikizi z’iryo tambamira zihagarikwa : 1º n’urubanza ruvanaho itambamira ruciwe n’Urukiko rwa mbere rw’Iremezo rw’aho ishyingira rigomba kubera ; 2º n ’uko bigaragaye ko ibyangombwa kugira ngo à la c élébration du 191.- L'opposition est faite verbalement ou par écrit au plus tard lors de la c élébration du mariage devant l'officier de l'état civil. Elle doit être motivée. 192.- L'opposition suspend la c élébration du mariage. Ses effets cessent à compter : 1º de la mainlev ée ordonn ée par le Tribunal de Premi ère Instance du lieu de la célébration du mariage; 2º de la r éalisation de la qualit é ou condit ion dont de défaut est allègué; 3º de la disparution de l'empêchement allègué. ishyingira ribe bavugaga ko bibuze bibonetse ; 3º n’uko impamvu yateye itambamira itakiriho. 193.- Kuregera ko itambamira rivaho bikorwa n ’umwe mu bashaka gushyingiramwa arega uwatambamiye iryo shyingirwa. 194.- Urukiko ruregewe ruherako rugira icyo rubyemezaho. Iyo urub anza rwemeje ko gutambamira ishyingirwa bifite ishingiro, ishyingira rikomeza guhagarara kugeza igihe bigaragariye ko ibyangombwa byari bibuze kugira ngo ishyingira ribe bibonetse, cyangwa se ko impamvu zabuzaga iryo shyingiranwa zitakiriho. 195.- Urubanza rwemeje ko gutambamira ishyingirwa bidafite ishingiro, rushobora guca indishyi z ’akababaro uwari waritambamiye. 196.- Urubanza rwose, ari urwemeza ko gutambamira ishyingirwa bifite ishingiro ari urubivanaho, rumenyesha buri muntu mu bifuza gushyingirwa kimwe n ’umwanditsi w’irangamimerere wagombaga kubashyingira. 193.- L'action en mainlev ée de l'opposition est dirig ée contre l'opposant et mue à la diligence de l'un des futurs époux. 194.- Le tribunal saisi statue toutes affaires cessantes. Si le jugement confirme l'opposition, la c élébration du mariage reste suspendue jusqu' à la r éalisation de la qualit é ou condition ou à la disparition de l'empêchement. 195.- Le jugement qui déclare l'opposition non fondée peut condamner l'opposant aux dommages et intérêts. 196.- Qu'il confirme l'opposition ou la mainlev ée, le jugement est signifi é à chacun des futurs époux et à l'officier de l' état civil devant qui le mariage devait être célébré. SECTION VI: Des obligations qui naissent du mariage ICYICIRO CYA VI: Ibyerekeye imirimo nshinganwa ikomoka ku gushyingiranwa 197.- Les époux contractent ensemble par le seul fait du mariage l'obligation d'entretenir et d'éduquer leurs enfants. 197.- Kubera ugushyingirwa, abashyingiranywe bemera ishingano yo kurera abana bazabyarana. A d éfaut par l'un des époux de remplir cette obligation, l'autre époux à une action pour l'y contraindre. Cette action appartient aussi au Ministère Public. Iyo umwe mu bashyingiranwe a teshutse kuri yo nshingano undi ashobora kubimurega. Ubushinjacyaha nabwo bufite ubwo burenganzira. 198.- Umurimo nshinganwa wo gutunga umuntu ni uwo itegeko ritegeka umuntu gutanga ibitunga umubiri k’uwundi muntu ubikeneye. 199.- Ibitunga umuntu bitangw a mu mafaranga cyangwa mu bintu. 200.- Abashyingiranywe bafite umurimo nshingamwa wo guhana ibibatunga. Ababyeyi nabo bafite umurimo nshinganwa wo guha abana babo ibibatunga n ’abana bikaba uko. Abana kandi bagomba gufasha abo bakomokaho igihe batishoboye. Abo nabo babomba gufasha abana. 201.- Abakwe n ’abakazana nabo bagomba gufasha ba sebukwe na ba nyirabukwe, abo nabo bikaba uko ; cyakora biba bitakiri ngombwa : - igihe umwe mu bashyingiranywe wabahuzaga atakiriho hamwe n’abana yari yabyaranye n’ukiriho; - igihe abashyingiranywe batandukanye. 198.- L'obligation alimentaire est celle que la loi impose à une personne de fournir les aliments à une autre qui est dans le besoin. 199.- L'obligation alimentaire s'acquitte en esp èces ou en nature. 200.- L'obligation alim entaire existe entre époux : elle existe également entre le père et la mère d'une part, et leurs enfants d'autre part, et réciproquement. Les enfants doivent également des aliments à leurs ascendants qui sont dans le besoin. Cette obligation est réciproque. 201. - Les gendres et les belles-filles doivent également des aliments à leurs beau-père et belle-mère et réciproquement, mais cette obligation cesse : - en cas de d écès de l'un des époux qui produisait l'affinité et de celui des enfants de son union avec l'autre époux survivant; - en cas de rupture de mariage par le divorce. 202.- Les personnes à qui incombe l'obligation alimentaire en sont tenues dans l'ordre suivant : - les époux; 202.- Abashinzwe gufashisha abandi ibibatunga bagomba gukurikirana kuri ubu buryo : - abashyingiranywe ; - abana ; - ba se na ba nyina ; - abo abana bakomokaho ; - ba sebukwe na ba nyirabukwe, abakwe n’abakazana 203.- Umuntu uzunguye ibintu by ’uwapfuye nta mwana afitanye n ’uwo bashyingiranywe ategetswe gufasha uwo mupfakazi uhereye igihe nyakwigendera yapfiriye. Amufasha mubyo azunguye. Imfashanyo itangwa n’abazunguye nyakwigendera mu bintu byose, yaba idahagije, iga tangwa n ’abamuzunguye mu gice kimwe cy’ibintu bye, nabyo byaba bidahagije, igatangwa n’abamuzunguye mu bintu bimwe bizwi hakurikijwe icyo buri muntu we yarazwe. Igihe cyo kubyaka kimara imyaka ibiri uherehe igihe urupfu rwabereye. 204.- Ibitunga umuntu bitangwa mu rugero nyir ’ukubyaka abikeneye kandi bigereranije n ’ubushobozi bwa nyiri kubitanga. 205.- Urukiko rwa Mbere rw ’Iremezo nirwo rwonyine rufite ububasha bwo kuburanisha imanza ziregera ibitunga muntu. Ibyemezo bifashwe muri bene izo manza bishobo ra gusubirwamo mu gihe iby ’ugomba gutungwa n ’ibintu by’ugomba kubitanga bihindutse. ICYICIRO CYA VII: Ibyerekeye uburenganzira n’imirimo nshinganwa ya buri muntu mu bashyingiranywe 206.- Umugabo niwe mutware w n’umugore n’abana babo. ’urugo rugizwe nawe 207.- Umugore afatanya n ’umugabo kwita ku rugo rwabo ngo rugwize umuco mwiza n ’ibirutunga no kurwubaka rugakomera. 208.- Umwe mu bashyingiranywe yiharira iyo mirimo iyo undi adashobora kugaragaza igitekerezo cye kubera ko yarwaye, ko yazimiye, ko ari kure y ’iwe cyangwa bitewe n’indi mpamvu. 209.- Abashyingiranywe bagomba kudahemukirana, gutabarana no gufashanya. - les enfants; - les pères et mère; - les ascendants; - les beaux-parents et gendre et belle-fille. 203.- Le successeur de l' époux pr écédé, sans laisser d'enfants communs, doit des aliments à l' époux survivant au moment du d écès. La pension alimentaire est une charge de la succession. Elle est support ée par tous les légataires universels et, en cas d'insuffisance, par tous les légataires à titre universel, et le cas échéant, par tous les légataires à titre particulier proportionnellement à leur émolument. Le délai pour les réclamer est de deux ans à partir du décès. 204.- Les aliments ne sont accord és que dans la proportion des besoins de celui qui les r éclame et des ressources de celui qui les doit. 205.- Le Tribunal de Première Instance est seul compétent pour conna ître des actions alimentaires. Les d écisions rendues en la mati ère sont susceptibles de r évision en cas de modification de besoins du cr éancier ou des ressources du débiteur. SECTION VII : Des droits et devoirs respectifs des époux 206.- Le mari est le chef de la communaut é conjugale composée de l'homme, de la femme et de leurs enfants. 207.- La femme concourt avec le mari à assurer la direction morale et mat érielle du m énage et à pourvoir à son entretien. 208.- L'un des époux exerce seul ces fonctions lorsque l'autre est hors d'état de manifester sa volonté, en raison de son incapacité, de son absence, de son éloignement ou de toute autre cause. 209.- Les époux se doivent mutuellement fid élité, secours et assistance. 210.- Le mariage cr ée entre époux une communauté de vie avec devoir de cohabitation. 210.- Ugushyingirwa biha abashyingiranywe uburyo bwo gushinga umuryango ndemyabuzima kukanabaha itegeko ryo kubana. 211.- Chaque époux contribue aux charges du m selon ses facultés et ses moyens. 211.- Buri wese mu bashyin giranywe agomba kugira icyo amara ku mirimo y ’urugo rwabo bikurikije uburyo n’amikoro ye. 212.- Le mariage ne modifie pas la capacit é civile des époux. Seuls leurs pouvoirs peuvent être limités par la loi et par leur régime matrimonial. 212.- Gushyingirwa ntacyo bihindura kubyo énage abashyingiranywe bafitiye uburenganzira bugenewe ubwenegihugu. Gusa ububasha bwabo bushobora kuzitirwa n’itegeko n ’amasezerano y ’imicungire y ’umutungo wabo bagiranye bashyingirwa. 213.- Umwe mu bashyingiranywe afite uburengnzira bwo gukora umwuga, umurimo cyangwa ubucuruzi atagombye kubisabira uruhushya uwo bashyingiranywe keretse igihe amasezerano bagiranye bashyingirwa ateg anya gucungira hamwe umutungo wabo. Umwe mu bashyingiranywe ufite umwuga, umurimo cyangwa ubucuruzi, niwe wenyine ubarwaho ibifitanye isano n ’uwo mwuga, umurimo cyangwa ubucuruzi, cyeretse iyo amasezerano bagiranye bashyingirwa ateganya gucungira hamwe umutungo wabo. Cyakora, iyo uwo bashyingiranywe asanga uwo murimo ushobora kumubangamira cyangwa kumuhombya ku gite cye, ku bana babo bakiri bato, afite uburenganzira bwo kuregera inama y’umuryango cyangwa urukiko. Iyo umwuga, umurimo cyangwa ubucuruzi bi taratangira gukorwa umunsi ikirego cyatanzweho, ushaka gukora ntashobora gutangira ntacyo inama y ’umuryango cyangwa urukiko rurabyemezaho. 214.- Buri wese mu bashyingiranywe wikorera ku giti cye ntashobora, mu mibanire ye n ’uwo bafitanye umwuga, umurimo c yangwa ubucuruzi, gukoresha izina ry ’uwo bashyingiranywe undi atabyemeye. Uruhusa rwatanzwe kuri ibyo ruvanwaho gusa n ’impamvu zikomeye, byemejwe n’urukiko. 215.- Hatitawe ku masezerano y ’imicungire y ’umutungo w’abashyingiranywe, buri wese muri bo ashobor a, atagombye uruhushya rw ’undi, kuregera ubucamanza impaka zose zerekeye ibintu afiteho umwihariko cyangwa zerekeye uburenganzira akura ku murimo akora, ku mwuga cyangwa ku bucuruzi arimo. 216.- Iyo umwe mu bashyingiranywe atubahirije imirimo nshinganwa, uwo bashyingiranywe ashobobora kuregera urukiko kugira ngo hafatwe by ’agateganyo ibirengera urugo cyane ibyita ku bana. 217.- Ibirego biteganyijwe muri iki cyiciro bitangwa mu nzira zisanzwe z’ibibazo bishyikirizwa Perezida w’Urukiko rwa Mbere rw ’Iremezo rw’aho abashyingiranywe batuye, akabikemura akoresheje icyemezo cye. 218.- Ibyemezo byateganijwe mu ngingo ya 216 birangizwa by’agateganyo niyo byajuririrwa. Iryo rangizwa rigumaho niyo nyuma yaho hatangwa ikirego gisaba ubutane. 219.- Ibyemezo bitegani jwe mu ngingo ya 216 bishobora gusubirwaho igihe imyifatire cyangwa imimerere y’abashyingiranywe ihindutse. 213.- Chaque époux a le droit d'exercer une profession, une industrie ou un commerce sans le consentement du conjoint, sauf s'il y a régime de la communauté des biens. L'époux qui exerce une profession, une industrie ou un commerce s'oblige personnellement pour ce q ui concerne sa profession, son industrie ou son commerce, sauf s'il y a communauté des biens. Toutefois, si le conjoint estime que cette activit é est de nature à porter un pr éjudice s érieux à ses int érêts moraux ou matériels ou à ceux des enfants mineurs, il a un droit de recours devant le conseil de famille ou le tribunal. Si la profession, l'industrie ou le commerce ne sont pas encore exerc és au jour du recours, le conjoint ne peut en commencer l'exercice avant que le conseil de famille ou le tribunal n'ait statué à ce sujet. 214.- Chaque époux qui exerce une activit é propre ne peut user dans ses relations professionnelles, industrielles ou commerciales du nom de l'autre époux, qu'avec le consentement de ce dernier. L'autorisation donn ée ne peut être retirée que pour des motifs graves appr éciés par le tribunal. 215.- Quel que soit le r égime matrimonial, chaque conjoint peut ester en justice sans l'autorisation de l'autre dans toutes les contestations relatives aux biens dont il a l'administration ou c oncernant les droits qui lui sont reconnus pour l'exercice d'une profession, d'un industrie ou d'un commerce. 216. - Si l'un des époux ne remplit pas ses obligations, l'autre époux dispose d'un recours pour provoquer les mesures provisoires qu'exige l'int érêt du m énage et particulièrement des enfants. 217.- Les recours pr évus à la pr ésente section sont introduits par voie de requ ête aupr ès du Pr ésident du Tribunal de Premi ère Instance du lieu du domicile conjugal qui statue par ordonnance. 218.- Les mesu res prévues à l'article 216 sont ex écutoires par provision, nonobstant tout recours. Elles demeurent exécutoires, nonobstant le d épôt ult érieur d'une demande en divorce. 219.- Les mesures pr évues à l'article 216 peuvent être revues lorsque la conduite ou la situation respective des époux vient à se modifier. CHAPITRE IV : DES NULLITES DU MARIAGE ET DES EFFETS DU MARIAGE ANNULE UMUTWE WA IV: IBYEREKEYE AGACIRO K’ISHYINGIRWA N ’INKURIKIZI Z’ISHYINGIRWA RYATAYE AGACIRO 220.- Ishyingirwa ryabayeho abashyingiranywe batabyiyemereye cyangwa umwe muri bo, rishobora guta agaciro bisabwe gusa n ’abashyingiranywe bombi cyangwa buri wese muri bo utari yabyemeye ku bushake bwe. Iyo umwe mu bashyingiranywe yibeshye ku muntu cyangwa ku mimerere ye y ’ingenzi, ashobora gusaba ko ishyingirwa rita agaciro. Ishyingirwa ryabaye ku bwibeshye cyangwa ku ngufu rishobora gusabirwa guta agaciro uwari ubifitiye uburenganzira bwo kubiregera yabyemeye. 221.- Igihe ibivugwa mu ngingo ya 220 bibaye, gusaba ko ishyingirwa rita agaciro ntibyemerwa, iyo abashingiranywe babanye amezi atandatu akurikiranye kuva igihe uwo byabayeho nta gahato kakimuriho cyangwa amenye ko yibeshye. 222.- Ishyingirwa ryose ribayeho riciye ku ngingo z ’iri tegeko zerekeye imiziro y ’ishyingirwa rishobora guta agaciro bisabwe n ’abashyingiranywe ubwabo cyangwa abantu bose baba babifitemo inyungu, n’Ubushinjacyaha. 223.- Cyakora, iyo ishyingirwa ribaye hagati y ’abatarageza ku myaka itegetswe cyangwa umwe akaba ariwe utarayigezaho, iryo shyingirwa ntirishobora gusabirwa guta agaciro : iyo abashyingiranywe bagejeje ku myaka itegetse ; iyo umugore, washyingiwe atarageza ku myaka yemewe atwite. 224.- Nk ’uko bivugwa mu ngingo ya 222, igihe cyose ikirego gisaba ko ishyingirwa rita agaciro gishobora kuregerwa n ’abafiteho inyungu bose, ntig ishobora kuregerwa n ’abavandimwe b ’abashyingiranywe cyangwa n’abana babo bavutse ku rindi shyingiranwa mu gihe abashyingiranywe bakiriho, keretse gusa iyo babifiteho inyungu iri aho kandi igaragara. 225.- Umwe mu bashyingiranywe wabona mugenzi we ashyingiranywe n ’undi, ashobora gusaba ko iryo shyingirwa rita agaciro. 226.- Iyo abamaze gushyingirwa bitwaza ko ishyingirwa ry’umwe muri bo ryabaye mbere nta gaciro rifite, urukiko rugomba kwerekana mbere na mbere ko iryo shyingirwa rya mbere rifite agaciro cyangwa ritagafite. 227.- Mu manza zose zishingiye ku ngingo ya 222 kandi haseguriwe ibiteganywa n’ingingo ya 223, Ubushinjacyaha bugomba gusaba ko ishyingirwa rita agaciro abashyingiranywe bakiriho kandi bugasaba urukiko kubategeka kutongera kubana. 220.- Le mariage qui a été contracté sans le consentement libre des deux époux, ou de l'un d'eux, ne peut être attaqué que par l es époux ou par celui des deux dont le consentement n'a pas été libre. S'il y a eu erreur dans la personne ou sur des qualit és essentielles de la personne, l'autre époux peut demander la nullité du mariage. Le mariage contract é par erreur ou violence ne p eut plus être attaqué lorsqu'il y a eu consentement expr ès ou tacite de l'époux qui avait le droit d'intenter une action en nullité. 221.- Dans le cas de l'article 220, la demande en nullit é n'est plus recevable toutes les fois qu'il y a eu cohabitation continue pendant six mois depuis que l' époux a acquis sa pleine liberté ou que l'erreur a été reconnue par lui. 222.- Tout mariage contract é en contravention aux dispositions relatives aux emp êchements au mariage peut être attaqu é, soit par les époux eux- mêmes, soit par tous ceux qui y ont intérêt, soit par le Ministère Public. 223.- N éanmoins, le mariage contract é par des époux qui n'avaient point encore l' âge requis ou dont l'un des deux n'avait point atteint cet âge ne peut être attaqué : - lorsque les époux ont atteint l'âge requis; - lorsque la femme qui n'avait point cet âge est enceinte. 224.- Dans tous les cas o ù, conform ément à l'article 222, l'action en nullité peut être intentée par tous ceux qui ont un intérêt, elle ne peut l' être par les parent s collatéraux ou par les enfants n és d'un autre mariage du vivant des deux époux que lorsqu'ils y ont un intérêt né et actuel. 225.- L' époux au pr éjudice duquel a été contract é un second mariage peut le faire déclarer nul. 226.- Si les nouveaux époux opposent la nullité du premier mariage, la validit é ou la nullit é de ce mariage doit être jugée préalablement. 227.- Le Minist ère Public, dans tous les cas auxquels s'applique l'article 222 et sous r éserve des d érogations portées à l'article 223, doit de mander la nullit é du mariage du vivant des deux époux et les faire condamner à se séparer. 228.- Tout mariage qui n'a point été contract é publiquement ou qui n'a point été c élébré devant l'officier de l'état civil compétent peut être attaqué par les époux euxmêmes, par les p ère et mère, par les ascendants et par tous 228.- Ishyingirwa ryose ritabereye mu ruhame cyangwa ritakozwe n ’umwanditsi w ’irangamimerere ubifitiye ububasha rishobora guta agaciro bisabwe n’abashyingiranywe ubwabo, ababyeyi babo, abo bakomokaho n ’abantu bose barifitemo inyungu iri aho kandi igaragara kimwe n’Ubushinjacyaha. 229.- Ntawahamya ko yashyingiranywe n ’undi kandi ngo asabe uburenganzira bukomoka ku ishyingirwa aterekanye inyandukuro y ’ingingo z ’ingenzi z ’inyandiko y’ishyingirwa keretse iyo hari impamvu ziteganywa n’ingingo ya 150 n’iya 151 z’iri tegeko. 230.Kubana nk ’abashyingiranywe ntibishobora gusimbura ko abiyita ko bashyingiranywe bakwerekana inyandukuro y ’ingingo z ’ingenzi z ’inyandiko y’ishyingirwa. 231.Igihe bigararagara ko abantu babanye nk’abashyingiranywe kandi bakerekana inyandukur o y’ingingo z ’ingenzi z ’inyandiko y ’ishyingirwa, nta n’umwe muri bo wemerewe gusaba ko iryo shyingirwa rita agaciro. 232.- Iyo hari abana bavutse ku bantu babanye ku mugaragaro nk ’abashyingirwanywe, hanyuma bombi bagapfa, ntibishidikanywa ko abo bana bako moka ku bashyingiranywe ngo ni uko hatagaragajwe inyandukuro y’ingingo z’ingenzi z’inyandiko y’ishyingirwa ry’ababyeyi babo igihe cyose gukomoka ku bashyingiranywe kuzwi na bose kandi ntihabe n’inyandiko y’amavuko ibivuguruza. 233.- Cyakora ishyingirwa u rukiko rwemeje ko nta gaciro rifite rigenera abashyingiranywe hamwe n ’abana babo urubenganzira burikomokaho iyo ryakozwe nta buryarya. Iyo umwe mu bashyingiranywe atarangwaho uburyarya, niwe ishyingirwa riha uburengazira kimwe n ’abana barikomokaho. Ishyingirwa ritaye agaciro rigenera abana uburenganzira burikomokaho n ’iyo abashyingiranywe bombi baba barabigiranye uburyarya. Urukiko rwemeza uko abana bazarerwa nk igihe cy’ubutane. ’uko bigenda ceux qui y ont un int Ministère Public. érêt n é et actuel ainsi que par le 229.- Nul ne peut r éclamer le titre d' époux et les effets civils du mariage s'il ne pr ésente un extrait de l'acte de célébration inscrit sur le registre de l' état civil, sauf les cas prévus aux articles 150 et 151 de la présente loi. 230.- La possession d'état ne pourra dispenser les prétendus époux de présenter un extrait de l'acte de mariage. 231.- Lorsqu'il y a possession d'état et que l'extrait de l'acte de mariage est présenté, les époux ne sont pas recevables à demander la nullité de ce mariage. 232.- S'il existe des enfants issus de deux individus qui ont vécu publiquement comme mari et femme et qui soient tous deux d écédés, la l égitimité des enfants ne peut être contestée sous le seul pr étexte du défaut de présentation de l'extrait de l'acte de mariage, toutes les fois que cette légitimité est prouv ée par une possession d' état qui n'est point contredite par un acte de naissance. 233.- Le mariage qui a été d éclaré nul produit n éanmoins les effets civils, tant à l' égard des époux qu' à l' égard des enfants, lorsqu'il a été contracté de bonne foi. Si la bonne foi n'existe que de la part de l'un de deux époux, l e mariage ne produit les effets civils qu'en faveur de cet époux et des enfants issus du mariage. Le mariage annul é produit les effets civils à l' égard des enfants quand bien m ême aucun des époux n'aurait été de bonne foi. Il est statué sur leur garde comme en matière de divorce. 234.- Est puni d'un emprisonnement de six mois à douze mois, l'officier de l' état civil qui a c élébré un mariage sachant qu'il existait à ce mariage un emp êchement de nature à entraîner la nullité. 234.- Azahanishwa igifungo kuva ku mezi atandatu kugeza ku me zi cumi n ’abiri umwanditsi w ’irangamimerere ushyingira azi ko hari imiziro yatuma iryo shyingirwa rita agaciro. CHAPITRE V: Du mariage des étrangers UMUTWE WA V: IBYEREKEYE UGUSHYINGIRWA KW’ABANYAMAHANGA a) quant à la forme, par la foi du lieu où il est célébré; 235.- Ugushyingirwa kw ’abanyamahanga kugengwa n ’ibi bikurikira a) ku byerekeye imihango y ’ishyingirwa, hakurikizwa itegeko ry’aho ribereye ; b) quant à ses effets sur la personne des époux, en l'absence de convention commune, par la loi de la nationalité à laquelle appartenait le mari au moment de la célébration; c) quant à ses effets sur la personne des enfants, par la loi 235.- Le mariage des étrangers est régi : c) ku bireba uburenganzira bwa buri muntu bukomoka ku ishyingirwa, iyo nta masezerano bagiranye ubwabo, hakurikizwa itegeko ry ’igihugu umugabo yari afitiye ubwenegihugu igihe cy’ishyingirwa ; c) ku byerekeye ub urenganzira bw ’abana babyaranye, hakurikizwa itegeko ry ’igihugu umugabo yari afitiye ubwenegihugu igihe bavutse ; d) ku byerekeye inkurikizi ku mutungo wabo, iyo abashyingiranywe ntacyo babyumvikanyeho, hakurikizwa itegeko ry’aho ibyo bintu biri. INTERURO YA II: Ibyerekeye iseswa ry’ishyingirwa no gutandukana by’agateganyo 236.- Ishyingirwa riseswa ; 1. n’urupfu rw’umwe mu bashyingiranywe ; 2. no gutana burundi kw’abashyingiranywe . UMUTWE WA MBERE: IBYEREKEYE GUTANA BURUNDU BITEWE N’IMPAMVU ZITEGANYIJWE N’ITEGEKO ICYICIRO CYA MBERE: Ibyerekeye gutana burundu bitewe n’impamvu ziteganyijwe n’itegeko Akiciro ka mbere: Impamvu zo gutana burundu 237.- Buri wese mu bashyingiranywe ashobora gusaba gutana burundi kubera : a) igihano cy’icyaha gisebeje cyane ; b) ubusambanyi ; c) guhoza undi ku nkeke ; d) kwanga gutanga ibitunga urugo ; e) guta urugo igihe cy’amezi cumi n’abiri nibura ; f) kumara nibura imyaka itatu batabana ku bushake bwabo. Akiciro ka II: Uburyo bwo butana biturutse ku mpamvu ziteganijwe n’amategeko 238.- Imigirire cyangwa ibyaha, uko byaba bimeze kose, byatera gusaba gutana bitewe n ’mpamvu ziteganyijwe n’amategeko, bishyikirizwa gusa urukiko rwa Mbere rw’iremezo rw ’ifasi abashyingiranywe baheruka kubamo cyangwa urw’ifasi uregwa atuyemo. 239.- Iyo bimwe uwo mu bas hyingiranywe aregesha bitumye Ubushinjacyaha bubikurikiranaho icyaha, urubanza rwo gutana ruzahagarikwa kugeza igihe urubanza rukurikiranye icyaha ruzaba rwarangije gucibwa burundu ; ubwo noneho urubanza rwo gutana rugashobora kongera kuburanishwa cyakora bitemewe gukura kuri urwo rubanza rwaciwe impamvu yatuma ikirego cy ’umwe mu bashyingiranywe kitakirwa cyangwa cyangirwa ko cyagezweho mbere mu rubanza rwaciwe. 240.- Gusaba gutana bikorwa n’abashyingiranywe gusa. nationale du père au moment de la naissance; d) quant à ses effets sur les biens des époux, en l'absence de convention matrimoniale, par la loi du pays o ù ils sont domiciliés. TITRE II : De La Dissolution Du Mariage Et De La Séparation De Corps 236.- Le mariage se dissout : 1º par la mort de l'un des époux; 2º par le divorce. CHAPITRE PREMIER :Du divorce SECTION PREMI ÈRE: Du divorce pour cause déterminée Sous-section première: Des causes du divorce 237.- Chacun des époux peut demander le divorce pour: a) condamnation pour une infraction entachant gravement l'honneur; b) adultère; c) excès, sévices ou injures graves de l'un envers l'autre; d) refus de contribuer aux charges essentielles du ménage; e) abandon du foyer conjugal pendant plus de douze mois au moins; f) séparation de fait pendant trois ans au moins. Sous-section II : Des formes du divorce pour cause déterminée 238.- Quelle que soit la nature des faits ou des infractions qui donneront lieu à la demande en divorce pour cause déterminée, cette demande ne peut être form ée qu'au Tribunal de Premi ère Instance dans le ressort duquel les époux ont eu leur derni ère r ésidence conjugale ou dans lequel la partie défenderesse a son domicile. 239.- Si quelques-uns des faits all égués par l' époux demandeur donnent lieu à des poursuites r épressives de la part du Minist ère Public, l'action en divorce reste suspendue jusqu'àprès le jugement ou l'arr êt coulé en force de chose jug ée de la juri diction répressive; alors elle peut être reprise, sans qu'il soit permis d'inf érer du jugement ou de l'arr êt aucune fin de non-recevoir ou exception préjudicielle contre l'époux demandeur. 240.- L'action en divorce n'appartient qu'aux époux. Sauf les règles ci-après déterminées, la demande en divorce est intent ée, instruite et jug ée dans la forme ordinaire, le Ministère Public entendu. L'action en divorce est imprescriptible. Uretse ibivuga mu ngingo zikurikira, gusa ba gutana biregerwa kandi bikaburanishwa nk ’izindi manza. Ubushinjacyaha bumaze kugira icyo bubivugaho. Nta gihe ntarengwa birorera kuregerwa. 241.- Lorsqu'il y a lieu à enqu êter, toute personne, à l'exception des descend ants, des ascendants au premier dégré et des domestiques des époux, peut être entendue comme témoin. 241.- Iyo bibaye ngombwa ko hakorwa iperereza, umuntu wese ashobora kubazwa mu rubanza uretse abana, ba se na ba nyina n’abakozi bo mu rugo b’abashyingiranywe. 242.- En mati ère de divorce, les demandes reconventionnelles peuvent être introduites par un simple acte de conclusions. Elles peuvent se produire, de m ême, en d égré d'appel, sans être consid érées comme des demandes nouvelles. 242.- Mu manza zo gutana burundu, ibirego by ’ingoboka bishobora gutangirwa mu myanzuro. Bishobora no gutangirira mu rukiko rwajuririwe ntibyitwe ibirego bishya. 243.- Iyo abasaba ubutane bitabye urukiko, Perezida w’Urukiko rwa Mbere rw ’Iremezo abumvira ahiherereye. Akabasobanurira inkurikizi z’ubwo butane basaba. Iyo umwe mu baburanyi adashobora kugera ku rukiko, Perezida avuga aho iyunga rizabera. Iyo iyunga ridashobotse cyangwa se uregwa akabura, Perezida yemeza ko kwiyunga bitabaye cyangwa ko uregwa yabuze, akemerera urega gukurikirana ikirego cye. 244.- Icyemezo cy ’urukiko ku manza zose zemeza gutana burundu kigaragaza umwirondoro w ’ababuranyi, umunsi n’aho bashyingiriwe n’impamvu zo gutana kwabo. 245.- Icyemezo cy’urukiko kitagisubiwemo ku manza zose zemeza gutana burundu, cyandukurwa, bisabwe n’Ubushinjacyaha, mu bitabo by ’irangamimerere by ’aho abatandukanye bashyingiriwe. Ibyo bikandikwa mu mpera. 246.- Inyandukuro y ’ingingo z ’ingenzi z ’urubanza rwemeza gutana burundu ishobora gutangazwa mu Igazeti ya Leta ya Repubulika y ’u Rwanda bisabwe n ’umwe mu baburanyi cyangwa n’Ubushinjacyaha. 247.- Urubanza rwaciwe burundi rutangira gukurikizwa ku bashyingiranywe ku byerekeye umutungo wabo, kuva ku munsi ikirego cyatanzweho. Naho ku bandi bantu rutangira gukurikizwa kuva ku munsi w’iyandukurwa ryarwo nk’uko biteganywa n’ingingo ya 245. AKICIRO KA III: Ibyerekeye ibyemezo by’agateganyo mu gutana gushingiye ku mpamvu ziteganyijwe n’amategeko 248.- Perez ida w ’Urukiko rwa Mbere rw ’Iremezo, aho urubanza rwaba rugeze hose, afata ibyemezo by’agateganyo byerekeye umuntu ku giti cye mu baburanyi, ku bana babyaranye no ku mutungo. 249.- Mu gihe urubanza rwo gutana rukiburanishwa, 243.- A la premi ère audience, le Pr ésident du Tribunal de Première Instance entend les parties en personne, à huis clos. Il leur fait des observations sur les cons équences de leur action. Si l'une des parties se trouve dans l'impossibilit é de se rendre auprès du tribunal, le Pr ésident détermine le lieu o ù sera tentée la conciliation. En cas de non-conciliation, ou de d éfaut du d éfendeur, le Pr ésident constate ce fait et autorise le demandeur à poursuivre l'action. 244.- Le dispositif de tout jugement ou arr êt autorisant le divorce énonce l'identit é compl ète des parties, la date et lieu de c élébration de leur mariage et la cause de leur divorce. 245.- Le dispositif du jugement ou de l'arr êt de divorce, devenu irrévocable, est transcrit, par les soins du Minist ère Public, sur les registres de l' état civil du lieu o ù le mariage a été c élébré. Mention en est faite en marge de l'acte de mariage et des actes de naissance des époux. 246.- Extrait de jugement ou de l'arr êt de divorce peut être inséré au Journal Officiel de la République Rwandaise à la demande de l'une des parties ou du Ministère Public. 247.- Le jugement ou l'arr êt définitif remonte, quant à ses effets entre époux, en ce qui touche leurs biens, au jour de la demande. Mais en ce qui concerne les tiers, il ne produit effet que du jour de la transcription, tel que pr évu par l'article 245. SOUS-SECTION III : Des mesures provisoires auxquelles peut donner lieu la demande en divorce pour cause déterminée 248.- Le Pr ésident du Tribunal de Premi ère Instance connaît, en tout état de cause, des mesures provisoires relatives à la personne et aux biens, tant des parties que des enfants communs. 249.- Pendant l'instance en divorce , le Pr ésident du Tribunal de Premi ère Instance , dans le plus grand int érêt des enfants, confie la garde provisoire de ceux-ci, soit à l'un ou à l'autre des époux, soit à une tierce personne. Perezida w’Urukiko rwa Mbere rw ’Iremezo, kugira ngo arengere abana abashinga by ’agateganyo umwe mu bashyingiranywe cyangwa undi muntu. 250.- Buri wese mu bashyingiranywe, yaba urega cyangwa uregwa, ashobora gusaba Perezida w’urukiko rwa Mbere rw’Iremezo uruhushya rwo kuva mu rugo rwabo , akagenda kandi ajyanye n’uturi utwe bwite. Perezida amaze kubona uko ibintu byifashe, yemeza aho umwe mu bashyingiranywe yemereye kuva mu rugo rwabo azaba. Bisabwe n ’umugore, Perezida ntashobora gutegeka umugabo kuva mu rugo ngo amwemerere aho acumbika keretse iyo baba mu nzu y ’umugore cyangwa uwo bafitanye isano cyangwa aribo bahabwa ubukode bwayo cyangwa aribo bayikodesha. Cyakora umugabo ntashobora gutegekwa kuva mu rugo iyo ahakorera imirimo ya gihanga, ubugeni, ubukorikori, ubucuruzi n’uruganda. Iyo abashyingiranywe bafatanije umurimo aho batuye cyangwa mu nzu ifatanye naho, Perezida afata ibyemezo by’agateganyo bigamije kurengera abana n’abaguzi. 251.- Buri wese mu bashyingiranywe bafatanyije umutungo, igihe arega cyangwa aregwa urubanza rwo gutana burundu, aho rwaba rugeze hose, ashobora gusaba ko ibimenyetso byashyirwa ku bintu byimukanwa basangiye kugira ngo uburenganzira bwe budahungabana. Ibyo bimenyetso bivanwaho ari uko babaze ibintu babiha igiciro kandi undi wo mu bashyingiranywe akari ndishwa ibintu byabazwe cyangwa akaba nk’umurinzi washyizweho n’urukiko, ubazwa kubifata neza. 252.- Buri wese mu baburana agomba guhamya, igihe abisabwe, ko aba mu rugo yeretswe na Perezida w’Urukiko rwa Mbere rw’Iremezo. Igihe abiburiye icyemezo, mugenzi we ashobora kumwima ibimutunga agashobora kandi, iyo ariwe uregwa, gusaba ko urega adakwiye kwemererwa gukomeza urubanza rwe. 253.- Buri wese mu bashyingiranywe ashobora gusaba iseswa ry’ibyakozwe na mugenzi we amuhuguza. 254.- Ibyemezo byafashwe bakurikije ingingo ziri muri aka kiciro birangizwa by ’agateganyo nta ngwate itanzwe n ’iyo byaba byarajuririwe keretse iyo bibangamiye inyungu z’abana. Bishobora gusubirwaho iyo habonetse izindi mpamvu. Akiciro ka IV: Ibyerekeye impamvu zibuza kwakira isaba ryo gutana burundi biturutse ku mpamvu 250.- Qu'il soit demandeur ou défendeur, chacun des époux peut demander au Pr ésident du Tribunal de Premi ère Instance l'autorisation de quitter la r ésidence conjugale et d'emporter ses effets personnels. Le Président fixe, eu égard aux circonstances, la r ésidence séparée de l' époux qu'il autorise à quitter la r ésidence conjugale. A la demande de la femme, le Pr ésident ne peut ordonner au mari de quitter la r ésidence conjugale et lui fixer une résidence s éparée que lorsque la r ésidence conjugale est fixée dans l'immeuble dont la femme ou l'un de ses parents est propriétaire, usufruitier ou locataire. Il ne peut toutefois être ordonn é au mari de quitter la r ésidence conjugale lorsqu'il y exerce un art, une activit é libérale, un artisanat, un commerce ou une industrie. Si les époux exercent leur activit é professionne lle en association à la r ésidence conjugale ou dans un local dépendant de la communaut é, le Pr ésident prend les mesures provisoires opportunes dans l'intérêt des enfants et de la clientèle. 251.- L'époux commun en biens, demandeur ou d éfendeur en divorce, peut, en tout état de cause, requ érir, pour la conservation de ses droits, l'apposition des scell és sur les biens mobiliers de la communauté. Ces scell és ne sont lev és qu'en faisant inventaire avec prisée et à charge par l'autre époux de repr ésenter l es choses inventoriées ou de r épondre de leur valeur comme gardien judiciaire. 252.- Chacune des parties est tenue de justifier de sa résidence dans la maison indiqu ée par le Pr ésident du Tribunal de Première Instance, toutes les fois qu'elle en est requise. A défaut de cette justification, l'autre conjoint peut refuser la provision alimentaire et, s'il est d éfendeur, faire déclarer la partie demanderesse non recevable à continuer ses poursuites. 253.- Chacun des époux peut faire annuler les actes accomplis par l'autre en fraude de ses droits. 254.- Les d écisions prises en vertu des dispositions contenues dans la pr ésente sous-section sont ex écutoires par provision, nonobstant toute voie de recours et sans caution, mais dans le respect de l'int érêt des enfants. Elles sont essentiellement r évisables eu égard à la survenance des faits nouveaux. Sous-section IV: Des fins de non-recevoir contre l'action en divorce pour cause déterminée 255.- L'action en divorce est des époux. éteinte par la r éconciliation ziteganijwe n’amategeko 255.Urubanza rwo gusaba gutana burundi ruzimanganywa n’uko abashyingiranywe biyunze. Ruzimanganywa kandi n ’uko umwe mu bashyingiranywe apfuye urubanza rw’ubutane rutaracibwa burundu. Ibyo aribyo byose, urega azaba atacyakiririwe urubanza ; azashobora icyakora kongera kubiregera urubanza rushya ku mpamvu yadutse nyuma yo kwiyunga ubwo kandi akaburanisha ingingo zariho mu rubanza rwa mbere kugira ngo ashyigikire ikirego gishya. 256.- Kwiyu nga bituruka ku kintu cyose kigaragaza ubushake bw ’abashyingiranywe bombi bwo kongera kubana. Icyiciro cya 2: Ibyerekeye gutana biturutse ku bwumvikane 257.- Ubwumvikane bwo gutana kw ’abashyingiranywe bugaragajwe kandi bugakorwa ku buryo buteganywa n’amategeko afite uko yabigennye, nyuma y ’igeregezwa riteganijwe, bwerekana bihagije ko kubana bitakibashobokeye, ko hariho kandi impamvu yo gutana itagibwaho impaka. 258.- Gutana biturutse ku bwumvikane byemerwa gusa nyuma y’imyaka itanu bashyingiranywe. 259.- Abashyingiranywe biyemeje gusaba gutana kuko babyumvikanyeho bagomba mbere na mbere kubara ibintu byabo, ibyimukanwa, kumenya agaciro kabyo, kugena ibyo buri muntu yakwegukana bigakorerwa inyandikomvaho. 260.- Abashyingiranywe bagomba nanone kugaragaza mu nyandikomvaho ibyo bemeranyije kuri izi ngingo zikurikira : - uwo abana babyaranye cyangwa abo bagize ababo batarababyaye bazahereraho, ari mu gihe cy’igeragezwa, ari na nyuma y’icibwa ry’urubanza rwo gutana ; - inzu buri wese mu bashyingiranywe azabamo mu gihe cy’igeragezwa ; - umubare w’amafaranga umwe yaha undi muri icyo gihe gugira ngo yirwaneho mu gihe adafite ibintu bimuhagije. 261.- Abashyingiranywe bajyana bombi kwa Perezida w’Urukiko rwa Mbere rw ’Iremezo rw ’aho batuye bakamubwira icyifuzo cyabo hari abagabo babiri bitoranirije kandi bizaniye ubwabo. 262.- Perezida yumvisha abashyingiranywe bari hamwe, na buri muntu ukwe, ba bagabo bavugwa mu ngingo ya 261 bahari, ukuntu bimeze kandi akabagira inama abona Elle s' éteint également par le d écès de l'un des époux survenu avant que le jugement ou l'arr êt de divorce ne soit devenu irrévocable. Dans l'un et l'autre cas, le demandeur est d éclaré non recevable dans son action; il peut n éanmoins en intenter une no uvelle pour cause survenue depuis la r éconciliation et alors faire usage des anciennes causes pour appuyer sa nouvelle demande. 256.- La r éconciliation résulte de tout élément attestant la volonté conjointe des époux de r établir leur communaut é de vie. SECTION II : Du divorce par consentement mutuel 257.- Le consentement mutuel et pers évérant des époux à divorcer, exprimé de la manière prescrite par la loi, sous les conditions et apr ès les épreuves qu'elle d étermine, prouve suffisamment que la vie commu ne leur est insupportable et qu'il existe, par rapport à eux, une cause p éremptoire de divorce. 258.- Le divorce par consentement mutuel n'est admis qu'après cinq ans de mariage. 259.- Les époux d éterminés à demander le divorce par consentement mutuel so nt tenus de faire pr éalablement inventaire notarié et estimation de tous leurs biens meubles et immeubles et de r égler leurs droits respectifs, sur lesquels il leur est néanmoins libre de transiger. 260.- Les époux sont également tenus de constater par ac te notarié leur convention sur les points suivants : - à qui les enfants n és de leur union ou adopt és par eux seront confiés, soit pendant le temps des - épreuves, soit après le divorce prononcé; - dans quelle maison chacun des époux r ésidera pendant le temps des épreuves; - quelle somme l'un des époux devra payer à l'autre pendant le même temps, si l'un d'eux n'a pas de revenus suffisants pour pourvoir à ses besoins. 261.- Les époux se pr ésentent ensemble et en personne devant le Pr ésident du Tribunal de Premi ère Instance de leur domicile conjugal. Ils lui font la d éclaration de leur volonté en présence de deux t émoins choisis et amenés par eux. 262.- Le Président fait aux époux réunis, et à chacun d'eux en particulier, en pr ésence des t émoins mentio nnés à l'article 261, telles représentations et exhortations qu'il croit convenables : il leur d éveloppe toutes les cons équences de leur démarche. zikwiye, akababwira ku buryo burambuye inkur ikizi zose z’ibyo barimo. 263.- Iyo abashyingiranywe badatezuka ku cyifuzo cyabo, Perezida abaha icyemezo ko basaba gutana burundi kandi ko babyumvikanyeho ; icyo gihe bagahita bamwereka kandi bamushyikiriza inyandiko zavuzwe mu ngingo ya 259 n’iya 260 hamwe na : - inyandiko z’amavuko n’iz’ishyingirwa ; - inyandiko z’amavuko n’izerekeye urupfu z’abana babyaranye cyangwa iz’abana bemeye kubera ababyeyi. 264.- Umwanditsi w ’urukiko akora inyandikomvugo irondora ibyavuzwe n ’ibyakozwe byose hakurikijwe ibuvugwa m u ngingo zibanziriza iyi. Inyandiko zivugwa mu ngingo ya 267 zikomeza kuba ingereka z ’iyo nyandikomvugo. 265.- Mu kwezi kwa kane, ukwa karindwi n’ukwa cumi, uhereye igihe abashyingiranywe bagaragaje icyifuzo cyabo cyo gutana burundu, bongera kugaragaza ic yo cyifuzo mu matariki babwiwe na Perezida kandi bakabikora hakurikijwe imihango bakurikije mbere. Cyakora, nta nyandiko n kwerekana. ’imwe bagomba kongera 266.- Ku munsi umwaka uzaba urangiye uhereye igihe bagaragarije bwa mbere icyifuzo cyo gutana, abashyingiranywe bizana ubwabo imbere ya Perezida. Bakamuha kopi zimeze neza z ’inyandiko enye zirimo ubwumvikane bwabo bwo gutana n ’inyandiko zose z’ingereka, noneho bakamusaba, umwe ku gite cye cyakora bari hamwe bombi, kwemererwa gutana burundu. 267.- Iyo Perezida amaze kugira inama abashyingiranywe, bagakomeza imigambi yabo, bahabwa inyandiko z ’ibyo basaba n ’inyandiko yerekana ibyemezo batanze, umwanditsi w ’urukiko akabikorera inyandikomvugo ishyirwaho umukono n ’ababurana, Perezida n ’umwanditsi w’urukiko. 268.- Umwanditsi w ’urukiko amenyesha Ubushinjacyaha inyandiko zose ziri muri dosiye kugira ngo bugire icyo bubivugaho. 269.- Iyo Ubushinjacyaha busanze, mu mpapuro zatanzwe, ko abashyingiranywe bari bamaranye imyaka itanu igihe bagaragarije bwa mbere icy ifuzo cyabo cyo gutana ; bugasanga ubwumvikane bwo gutana bwaravuzwe inshuro enye zose mu mwaka kandi imihango ibanza itegetswe n’indi iteganyijwe muri iki cyiciro yarubahirijwe, butanga umwanzuro wabwo muri aya magambo : “amategeko arabyemeye”. Bitaba ibyo : “amategeko arabibujije”. 270.- Urukiko rusubika izindi manza rukabanza guca 263.- Si les époux persistent dans leur volont é, il leur est donné acte, par le pr ésident, de ce qu'ils dema ndent le divorce et qu'ils y consentent mutuellement; ils sont tenus de produire et d époser, à l'instant, entre les mains du président, outre les actes mentionn és aux articles 259 et 260 : - les actes de leur naissance et celui de leur mariage; - les actes de naissance, de d écès des enfants n és de leur union ainsi que les actes d'adoption. 264.- Le greffier dresse un proc ès-verbal détaillé de tout ce qui à été dit et fait en ex écution des articles pr écédents. Les actes mentionn és à l'article 267 demeurent annex és à ce procès-verbal. 265.- La d éclaration ainsi faite est renouvel ée dans le courant des quatri ème, septi ème et dixi ème mois, en observant les m êmes formalit és aux dates fix ées par le président. Toutefois, les parties ne sont pas tenues production d'aucun acte. à r épéter la 266.- Dans le mois du jour o ù est r évolue l'ann ée, à compter de la première déclaration, les époux se présentent ensemble et en personne devant le pr ésident. Ils lui remettent les expéditions en bonne forme des quatre procèsverbaux contenant leur consentement mutuel, et tous les actes qui ont été annexés et requièrent du Président, chacun séparément, en pr ésence n éanmoins l'un de l'autre, l'admission du divorce. 267.- Si apr ès les observations du Pr ésident les époux persévèrent, il leur est donn é acte de leur r équisition et de la remise par eux faite des pi èces à l'appui; le greffier du tribunal en dresse un proc ès-verbal qui est sign é par les parties ainsi que par le Président et le greffier. 268.- Le greffier communique au Minist ère Public toutes les pièces du dossier pour avis. 269.- Si le Minist ère Public trouve dans les pi èces la preuve que les deux époux étaient mariés depuis cinq ans lorsqu'ils ont fait leur premi ère d éclaration, que le consentement mutuel a été e xprimé quatre fois dans le courant de l'année après les préalables ci-dessus prescrits et avec toutes les formalités requises par la présente section, il donne ses conclusions en ces termes: la loi permet . Dans le cas contraire, ses conclusions sont don nées en ces termes : la loi empêche . 270.- Le tribunal, statuant toutes affaires cessantes, ne peut faire d'autres v érifications que celles indiqu ées par l'article 269. S'il en r ésulte que, dans l'opinion du tribunal, les parties ont satisfait aux cond itions et rempli les formalit és urw’ubutane burundu. Nta bindi rusuzuma utetse ibivugwa mu ngingo ya 269. Iyo urukiko rusanze ubwarwo ababurana barujuje ibyo bagomba kugira n ’imihango yashyizweho n’amategeko rwemeza ubutane ; igihe atariko bimeze, urukiko rugatangaza ko nta buryo bwo kwemeza ubutane burundu kandi rukavuga n ’impamvu rubyemeje rutyo. 271.- Ubujurire bw ’urubanza rwaba rwaremeje ubutane burundu buzemerwa gusa igihe buzaba bwagizwe n’Ubushinjacyaha mu minsi makumyabiri ikurikira isomwa ryarwo. Bimenyeshwa abashyingiranywe. 272.- Ubujurire bw’urubanza rwanga ubutane bukorwa mu mvugo y ’umuntu ku gite cye, mu biro by ’umwanditsi w’urukiko rwaciye urubanza. Ubwo bujurire bugira agaciro iyo bukozwe n ’abashyingiranywe bombi mu minsi cumi n’itanu ikurikira isomwa ry ’urubanza. Abashyingiranywe bombi bagomba kujya ku rukiko ubwabo, mu gihe cy’ukwezi uhereye umunsi w ’ijurira, kugira ngo basobanure ubujurire bwabo. 273.- Mu minsi cumi y ’imenyesha ry ’ubujurire, umwanditsi w ’urukiko yoherereza Urukiko rw ’Ubujurire dosiye yose. Umwanditsi w’urukiko rw ’Ubujurire nawe akoherereza Umushinjacyaha iyo dosiye. Mu minsi cumi Ubushinjacyaha bumaze gushyikirizwa dosiye, bugaragaza mu nyandiko imyanzuro yabwo. Byose bikazongera kohererezwa urukiko rwajuririwemo. Urukiko rw’Ubujurire rukagira icyo rubyemezaho burundu mu minsi cumi rumaze gushyikirizwa imyanzuro n’Ubushinjacyaha. déterminées par la loi, il admet le divorce; dans ce cas contraire, le tribunal d éclare qu'il n'y a pas lieu à admettre le divorce et énonce les motifs de sa décision. 271.- L'appel du jugement qui aurait admis le divorce n'est recevable qu'autant qu'il est interjeté par le Ministère Public dans les vingt jours à compter du prononc é. Il est signifi é aux deux époux. 272.- L'appel du jugement qui refuse le divorce doit être fait, par déclaration en personne, au greffe du tribunal qui a rendu le jugement. Il n'est valable qu'autant qu'il est interjeté conjointement par les deux parties dans les quinze jours à compter du prononc é. Dans un d élai d'un mois à compter de la d éclaration d'appel, les deux parties doivent se présenter ensemble et en personne à l'audience du juge d'appel pour faire valoir leurs griefs. 273.- Dans les dix jours de la signification de l'appel, le dossier complet est transmis à la Cour d'Appel par les soins du greffier. Le greffier de la Cour d'Appel transmet à son tour ledit dossier au Ministère Public. Le Minist ère Public donne ses conclusions par écrit dans les dix jours qui suivent la réception du dossier. Le tout est retransmis à la cour. La Cour d'Appel statue définitivement dans les dix jours qui suivent la remise du dossier contenant les conclusions du Ministère Public. 274.- L'arrêt est susceptible de pourvoi. 274.- Urubanza ruciwe n ’urukiko rw ’ubujurire rushobora gusabirwa iseswa. Le pourvoi des parties n'est recevable qu'autant qu'il est formé par les deux époux conjointement. Abashyingiranywe ba saba iseswa bemerwa gusa iyo babisabye bombi hamwe. 275.- Lorsque le divorce a été admis par un jugement ou arrêt pass é en force de chose jug ée, le dispositif du jugement ou de l'arr êt est, dans les deux mois, signifi é ou remis contre accus é de r éception, par les époux conjointement, à l'officier de l' état civil du lieu o ù le mariage a été célébré. 275.- Igihe ubutane buzaba bwemejwe n ’urubanza rutagishoboye gusubirwamo, imikirize yarwo izamenyeshwa cyangwa ishyikirizwe, mu mezi abiri, n’abashyingiranywe bombi hamwe, umwanditsi w’irangamimerere nawe akabaha icyemezo ko abibonye. Ayo mezi abiri atangira kubarwa, ku byerekeye imanza zaciwe n’inkiko nto igihe cyo kujurira kirangiye, naho ku byerekeye imanza zaciwe n’inkiko nkuru, igihe cyo gusaba iseswa ry’urubanza cyarashize. Uretse igihe habonetse impamvu ntarengwa, abashyingiranywe bazaba baretse igihe cy ’amezi abiri kigashira batabimenyesheje cyangwa batabishyikirije umwanditsi w ’irangamimerere ubigenewe, bazahanishwa igihano cy ’igifungo kitarenze iminsi irindwi n ’ihazabu y’amafaranga ibihumbi bi biri cyangwa kimwe gusa muri ibyo bihano. Ces deux mois ne commenceront à courir à l' égard des jugements, qu'apr ès l'expiration du d élai d'appel et, à l'égard des arr êts, qu'après l'expiration du d élai de pourvoi en cassation. Sauf en cas de force majeure, les époux qui laissent pa sser le délai de deux mois sans faire la signification ou la remise à l'officier de l' état civil comp étent sont punis d'un emprisonnement de sept jours au maximum et d'une amende de deux mille francs ou de l'une de ces peines seulement. Dans le mois de l a signification ou de la remise conjointe, ou le cas échéant, de la seconde signification ou remise, Mu kwezi ibyo bimenyeshwamo cyangwa bitangwamo bigiriwe icyarimwe, cyangwa se imenyesha n’itanga bibaye ubwa kabiri, umwanditsi w ’irangamimerere azandukurira ikizwa ry’urubanza mu bitabo bye ; inyandiko ikazandikwa mu mpera y ’inyandiko y ’ishyingirwa n ’iy’amavuko by’abashyingiranywe. 276.- Inyandukuro y ’ingingo z ’ingenzi z ’urwo rubanza ishobora gutangazwa mu Igazeti ya Leta ya Repubulika y’u Rwanda bisabwe n ’umwe mu baburanyi cyangwa n’Ubushinjacyaha. 277.- Urubanza ruciwe burundu rutangira gukurikizwa ku bashyingiranywe, ku byerekeye umuntungo wabo, kuva ku munsi bagaragarijeho bwa mbere icyifuzo cyo gutana. l'officier de l' état civil transcrit le dispositif sur ses registres, mention en est faite en marge de l'acte de mariage et des actes de naissance des époux. 276.- L'extrait du jugement ou de l'arr êt de divorce peut être inséré au Journal Officiel de la République Rwandaise par les soins de l'une des parties ou de Ministère Public. 277.- Le jugement ou l'arr êt d éfinitif remonte quant à ses effets entre époux, en ce qui concerne leurs biens, au jour de l'introduction de la première demande en divorce. Mais en ce qui concerne les tiers, il ne produit effet que du jour de la transcription. Naho ku bandi bantu rutangira gukurikizwa ku munsi w’iyandukurwa ryarwo. SECTION III: Des effets du divorce ICYICIRO CYA III: Ibyerekeye ingaruka zo gutana burundu 278.- Les époux divorc és peu vent se remarier sans être tenus d'observer le d élai de trois cents jours pr évu par le premier alinéa de l'article 176, si l' épouse n'a pas contract é dans l'intervalle un autre mariage dont la dissolution remonte à moins de trois cents jours, sans pr éjudice, dans ce dernier cas, de l'application des dispositions des alin éas deux et trois dudit article. 278.- Abashyingiranywe batanye burundu bashobora kongera gushyingiranwa cyakora batagombye kumara igihe cy ’iminsi magana atatu giteganijwe mu gika cya mbere cy ’ingingo ya 176 iyo muri icyo gihe umugore atigeze yongera gushyingirwa ngo habe hatarashira iminsi magana atatu iryo shyingirwa risheshwe ; n ’aho byaba bimeze bityo ntibyabuza gukurikiza ibivugwa mu gice cya kabiri n’icya gatatu by’ingingo yavuzwe. 279.- Mu gihe habaye ubutane buturutse ku busambanyi, uwo icyaha cyagaragaye ho ntashobora gushyingiranwa n’uwo bagikoranye. 280.- Mu gihe habaye ubutane buturutse ku mpamvu ziteganijwe n ’amategeko uwatsinzwe yakwa ibintu byose yari yarahawe na mugenzi we mu masezerano bagiranye yo gucunga umutungo wabo cyangwa kuva umunsi bashyingiriweho. 281.- Uzaba yatsinze mu rubanza rw ’ubutane azagumana ibintu azaba yarahawe n ’uwo bari bashyingiranywe n ’aho baba baremeje ko n ’undi azagira icyo amuha kandi bikaba bitarabaye. 282.- Iyo abari bashyingiranywe ntacyo bari bahanye cyangwa se ibyo bari bemeye guhana bidahagije gutunga uwatsindiye ubutane, urukiko rushobora kumuha, ku bintu by’uwo bari bashyingiranywe, ibimutunga bitarenga icya gatatu cy ’ibyo undi yunguka nawe. Ibyo bimutunga bizavanwaho igihe bazasanga atari ngombwa gukomeza gutangwa. 283.- Abana bahabwa umubyeyi watsindiye ubutane keretse urukiko ku bwarwo cyangwa rubisabwe n’Ubushinjacyaha, rutegetse ko bitabwaho n ’umwe mu babyeyi babo cyangwa se n ’undi muntu, rushingiye ku 279.- Dans le cas de divorce prononc é pour cause d'adultère, l'époux coupable ne peut jamais se marier avec son complice. 280.- En cas de divorce pour cau se déterminée, l'époux, au tort duquel le divorce a été prononc é, perd tous les avantages que l'autre époux lui avait fait, soit par leur contrat de mariage, soit depuis le mariage contracté. 281.- L' époux qui a obtenu gain de cause conserve les avantages lui faits par l'autre époux, encore qu'ils aient été stipulés r éciproques et que par la r éciprocité n'ait pas eu lieu. 282.- Si les époux ne s' étaient fait aucun avantage ou si ceux stipul és ne paraissent pas suffisants pour assurer la subsistance de l' époux qui a obtenu gain de cause, le tribunal peut lui accorder, sur les biens de l'autre époux, une pension alimentaire qui ne peut exc éder le tiers des revenus de cet autre époux. Cette pension est r évocable dans le cas où elle cesse d'être nécessaire. 283.- Les enfants sont confi és à l' époux qui a obtenu le divorce, à moins que le tribunal, d'office ou sur demande de l'un des époux ou du Minist ère Public, n'ordonne, pour le plus grand avantage des enfants, que tous ou quelquesuns d'eux soient confi és aux soins, soit de l'autre époux, soit d'une tierce personne. byagirira abana akamaro. Ibyemezo urukiko rufata rushin giye kuri iyi ngingo bihora ari agateganyo, rushobora buri gihe kubikuraho. 284.- Hatitawe k’uwashinzwe kurera abana, ababyeyi babo bafite uburenganzira bwo kugenzura uko abana bafashwe n’uko barerwa kandi bakagomba no gutanga indezo hakurikijwe ubushobozi babifitiye. 285.- Ubutane bw ’ababyeyi ntacyo bwambura abana babakomokaho mubyo amategeko cyangwa amasezerano y’imicungire y ’umutungo w ’abashyingiranywe abahera uburenganzira. Cyakora, abo bana bagera kuri ubwo burenganzira ku buryo bumwe no mu bihe bim we nk ’aho ubutane butabayeho. 286.- Mu gihe habaye ubutane bushingiye ku bwumvikane, icya kabiri cy ’umutungo wa buri muntu muri abo bari barashyingiranywe cyegukanwa nta shiti n ’abana babavutseho, kuva ku minsi bagaragarije urukiko icyifuzo cyabo. Cyakora , buri mubyeyi akomeza gucungira abana icyo gice cy’umutungo kugeza igihe bemeweho ko bakuze, kandi ababyeyi bagakomeza gutanga no kurera buri muntu abana bakurikije umutungo n’imibereho ye ibyo bigakorwa nta gihungabanye ku burenganzira bafite hakurikijwe amasezerano y’imicungire y’umutungo w’ababyeyi babo. UMUTWE WA II: Ibyerekeye kutabana by’agatenyo 287.- Kutabana by ’agateganyo bishobora gusabwa n’abashyingiranywe mu buryo bumwe no kubera impamvu zimwe nk’ibyo gutana burundu. 288.- Gusaba kutabana b y’agateganyo bishingiye ku mpamvu iteganijwe n ’amategeko biregerwa, biburanishwa kandi bikemurwa hakurikijwe amategeko agenga ubutane bushingiye ku mpamvu ziteganijwe n’amategeko. Kutabana by ’agateganyo biturutse ku bwumvikane bikurikiza amategeko yerekey e gutana burundu biturutse nanone ku bwumvikane. 289.- Kutabana by ’agateganyo byemerera abashyingiranywe kutabana bijyana buri gihe n ’ivangura ry’umutungo w ’abashyingiranywe. Ku bashyingiranywe, uko kutabana gufatwa nk ’aho kwatangiye gukurikizwa ununsi ikirego cyashyikirijwe urukiko. Nyuma y ’isomwa ry ’urubanza rwo kutabana by’agateganyo, uburenganzira bwo gufashwa busigaranwa gusa n ’uwatsinze. Ibivugwa mu ngingo ya 283 n ’iya 284 birakurikizwa. 290.- Igihe kutabana by ’agateganyo biturutse ku mpamvu iteganijwe n ’amategeko bizaba bimaze imyaka itatu uhereye igihe imikirizwe y ’urubanza rwemera kutabana Les mesures pr évues par le pr ésent article sont essentiellement provisoires et sont toujours r évocables par le tribunal qui les a ordonnées. 284.- Quelle que soit la personne à laquelle les enfants sont confiés, les père et mère conservent respectivement le droit de surveiller l'entretien et l' éducation de leurs enfants, et sont tenus d'y contribuer à proportion de leurs facultés. 285.- La dissolution du mariage par le divorce ne prive les enfants n és de ce mariage d'aucun des avantages qui leur étaient assur és par les lois ou par les conventions matrimoniales de leurs père et mère. Toutefois, l'ouverture aux droits des enfants a lieu de la m ême mani ère circonstances que s'il n'y avait pas eu de divorce. 286.- Dans le cas de divorce par consentement mutuel, la propriété de la moiti é des biens de chacun des deux époux est acquise de plein droit, du jour de leur premi ère déclaration, aux enfants n és de leur mariage; les p ère et mère conservent, néanmoins, la jouissance de cette moiti é jusqu'à la majorité de leurs enfants, à la charge de pourvoir à leur nourriture, entretien et éducation, conform ément à leur fortune et à leur état; le tout sans pr éjudice des autres avantages qui pourraient avoir été assur és auxdits enfants par les conventions matrimoniales de leurs père et mère. CHAPITRE II: De la séparation de corps 287.- La s éparation de corps peut être demand ée par les époux dans les mêmes conditions que le divorce. 288.- La demande en s éparation de corps pour cause déterminée est intent ée, instruite et jug ée selon les r ègles relatives à la demande en divorce pour cause déterminée. La s éparation de corps par consentement mutuel est soumise aux règles concernant le divorce par consentement mutuel. 289.- La s éparation de corps dispense les époux du devoir de cohabitation. Elle emporte toujours la s éparation des biens. Cette s éparation r étroagit au jour de la demande, dans les rapports respectifs des époux. Après le prononc é de la s éparation de corps, le devoir de secours ne subsiste qu'au profit de l' époux qui a obtenu la séparation de corps. Les dispositions des articles 283 et 284 sont applicables. 290.- Lorsque la séparation de corps pour cause déterminée a dur é trois ans depuis la tr anscription du dispositif du jugement admettant la s éparation de corps, le tribunal, à la demande de l'un des époux, convertit le jugement de séparation de corps en jugement de divorce. by’agateganyo rwandukuriwe, urukiko, rusabwe n ’umwe mu bashyingiranywe, ruhindura urubanza rwo kutabana by’agateganyo mo urubanza rwo gutana burundu. 291.- Ig ihe kutabana by ’agateganyo biturutse ku bwumvikane bizaba bimaze imyaka itatu uherehe igihe imikirize y ’urubanza rwemera kutabana by ’agateganyo rwandukuriweho, urukiko, rubisabwe n ’abashyingiranywe bombi, ruhindura urubanza rwo kutabana by ’agateganyo biturutse ku bwumvikane mo urubanza rwo gutana burundu biturutse ku bwumvikane. 292.- Iyo habaye kutabana by’agateganyo bishingiye ku mpamvu ziteganywa n’amategeko, ibiteganywa mu ngingo ya 280 birakurikizwa. UMUTWE WA III: IBYEREKEYE GUTANA KW’ABANYAMAHANGA 293.- Iyo ari abanyamahanga bashyingiranywe, kwemererwa gutana bishingiye ku mpamvu ziteganijwe n’itegeko bigengwa n ’itegeko ry ’u Rwanda, keretse iyo itegeko ry’iwabo w’urega ribimubuza. 294.- Igihe abashyingiranywe badahuje ubwenegihugu, umwe muri bo ar i umunyarwanda, kwemererwa gutana burundu kwabo bigengwa n’itegeko ry’u Rwanda. 295.- Hatitawe ku bivugwa mu ngingo ya 11 y’iri tegeko gutana burundu bishoboka gusa mu gihe biteganywa n’amategeko y’u Rwanda. 291.- Lorsque la s éparation de corps par consentement mutuel a duré trois ans depuis la transcription du dispositif du jugement admettant la s éparation, le tribunal, à la demande conjointe des époux, convertit le jugement de séparation de corps par consentement mutuel en jugement de divorce par consentement mutuel. 292.- L'article 280 est applicable à la s éparation de corps pour cause déterminée. CHAPITRE III: DU DIVORCE DES ETRANGERS 293.- Dans le cas de mariage entre étrangers, l'admissibilité du divorce pour cause d éterminée est r égie par la loi rwandaise, à moins que la loi nationale de l' époux demandeur ne s'y oppose. 294.- Dans le cas de mariage entre époux de nationalit és différentes dont l'un est rwandais, l'admissibilité du divorce est régie par la loi rwandaise. 295.- Par d érogation à l'article 11 de la pr ésente loi, le divorce ne peut être accordé que dans des cas pr évus par la loi rwandaise. TITRE III : De La Parenté Et De La Filiation INTERURO YA III: Ibyerekeye ububyeyi n’urubyaro CHAPITRE PREMIER : De la filiation des enfants légitimes ou nés dans le mariage UMUTWE WA MBERE: Ibyerekeye Abana Bakomoka Ku Bashyingiranywe 296.- L'enfant con çu pendant le mariage est l égitime et a pour père le mari de sa mère. 296.- Umwana wasamwe igihe abashyingiranywe bakiri kumwe yemewe n ’amategeko kandi umugabo wa nyina niwe se. Hemerwa ko umwana uvutse nyuma y ’iminsi ijana na mirongo inani y ’ishyingirwa cyan gwa mu gihe cy ’iminsi magana atatu ishyingirwa risheshwe aba yarasamwe mu gihe abashyingiranywe babana. 297.- Umugabo ashobora kwihakana umwana iyo agaragaje ko mu gihe kiri hagati y ’iminsi magana atatu n’ijana na mirongo inani ibanziriza ivuka ry ’umwana ategeranye na nyina w ’uwo mwana kuko yari ahantu kure cyangwa se ko atabishoboye kubera ibyago byamugwiririye bikabimubuza. 298.- Umugabo ntashobora na rimwe kwihakana umwana yitwaje uburemba bwe. 299.- Umugabo ntashobora kwihakana umwana ashingiye ku bu sambanyi bw ’ubugore we keretse iyo yerekanye ko ubwo busambanyi bwabayeho mu gihe kiri hagati Est présumé conçu pendant le mariage, l'enfant né depuis le cent quatre-vingti ème jour du mariage ou dans les trois cents jours qui suivent la dissolution du mariage. 297.- Le mari peut d ésavouer l'enfant , s'il prouve que pendant le temps qui a couru depuis le trois centi ème jour jusqu'au cent quatre-vingti ème jour avant la naissance de cet enfant, il était, soit par cause d' éloignement, soit par l'effet de quelque accident, dans l'impossibilité physique de cohabiter avec sa femme. 298.- Le mari ne peut en aucun cas d ésavouer l'enfant en alléguant son impuissance naturelle. 299.- Le mari ne peut d ésavouer l'enfant pour cause d'adultère de la femme qu'apr ès avoir établi que les relations adult érines remont ent à une époque comprise entre le trois centième jour et le cent quatre-vingti ème jour avant la naissance de l'enfant, auquel cas il sera admis à présenter tous les faits propres à justifier qu'il n'en est pas y’umunsi wa magana atatu n ’uw’ijana na mirongo inani ibanziriza ivuka ry ’umwana, icyo gihe yemererwa kugaragaza ibimenyetso byemeza ko atari we se w’umwana. 300.- Mu gihe habayeho urubanza rwemeza ubutane burundu cyangwa gutandukana by ’agateganyo cyangwa harabayeho ikirego gisaba gutana burundu cyangwa kutabana by ’agateganyo, umugabo ashobora kwihakana umwana wavutse hashize iminsi magana atatu urubanza ruciwe cya ngwa mbere y ’iminsi ijana na mirongo inani uhereye igihe abashyingiranywe bongeye kwegerana cyangwa kubana. 301.- Umwana uvutse mbere y’umunsi w’ijana na mirongo inani nyuma y ’ishyingiranwa ry ’ababyeyi, umugabo ntashobora kumwihakana muri ibi bihe bikurira : - iyo mbere y’ishyingirwa yamenye ko uwo asaba atwite; - iyo mu iyandika ry’ivuka yari ahari kandi akaba yarashyize umukono cyangwa yarateye igikumwe kuri iyo nyandiko ; - iyo mbere cyangwa nyuma y’ivuka yemereye mu nyandiko cyangwa mu magambo avugiwe mu nama y’umuryango ko ari uwe. 302.- Umwana ubyawe n ’umugore hashize iminsi irenga ijana na mirongo inani ariko itaragera kuri magana atatu ishyingirwa ryarasheshwe yemerwa ko akomoka kuri abo bari barashyingiranywe keretse hagize umugabo wemera ko ari uwe cya ngwa ushyingiranwa na nyina akemera uwo mwana. Umwana wavutse nyina ataramara iminsi magana atatu atandukanye burundu n ’umugabo we kandi uwo mwana akavuka nyina amaze gushyingirwa bundi bushya yemerwa ko nta wundi avukaho atari abo bamaze gushyingirana uretse impaka zavuka cyangwa kumwihakana. 303.- Igihe cyose umugabo afite uburenganzira bwo gutanga ikirego cyo kwihakana umwana agomba kubigira mu mezi atatu iyo umwana yavutse ahari, mu mezi atatu agarutse, iyo atari ahari, mu mezi atatu avumbuye ubwo buriganya iyo bamuhishe ivuka ry ’umwana, mu mezi atatu asubiranye ubushobozi bwe iyo yari yarabwatswe. 304.- Ikirego cyo kwihakana umwana gitangwa n’umugabo gusa. Mu gihe akiriho nta wundi ushobora kugitanga mu izina rye. 305.- Iyo umugabo apfuye ataratan ga ikirego cyo kwihakana umwana ariko igihe cyo kubikora kitararenga, abazungura be bashobora kugitanga mu gihe cy ’amezi atatu uhereye igihe umugabo yapfiriye cyangwa se nyuma y’amezi atatu uhereye igihe umwana yavukiye niba yaravutse nyuma y’urupfu rw’uwo mugabo. 306.- Ikirego cyo kwihakana umwana niwe kiregwa ; iyo le père. 300.- En cas de jugement ou m ême de demande en divorce ou en s éparation de corps, le mari peut d ésavouer l'enfant né trois cent jours apr ès le jugement et moins de cent quatre-vingt jours depuis le rejet définitif de la demande ou de la r éconciliation. L'action en d ésaveu n'est pas admise s'il est établi qu'il y a eu r éunion de fait ou cohabitation entre les époux. 301.- L'enfant n é avant le cent quatre-vingti ème jour du mariage ne peut être d ésavoué par le mari dans les cas suivants : - s'il a eu connaissance de la grossesse avant le mariage; - s'il a assisté à l'établissement de l'acte de naissance, et si cet acte a été sign é de lui ou porte son empreinte digitale; - si, après la naissance de l'enfant ou même auparavant, il s'en est reconnu le p ère, soit par écrit, soit verbalement devant le conseil de famille. 302.- L'enfant n é d'un femme dont le mariage est dissout depuis plus de cent quatre-vingt jours et moins de trois cents jours est r éputé issu de ce mariage à moins qu'il ne fasse l'objet d'une d éclaration de reconnaissance paternel le ou d'une légitimation. L'enfant, issu d'une femme dont le mariage ant érieur est dissout depuis moins de trois cents jours et qui est n é après la célébration du mariage subs équent de sa m ère, est tenu exclusivement pour enfant l égitime des nouveaux époux, sauf contestation ou désaveu. 303.- Dans les divers cas o ù le mari est autoris é à exercer l'action en désaveu, il doit le faire dans les trois mois s'il se trouve dans les lieux de la naissance de l'enfant; dans les trois mois apr ès son retour, si à la m ême époque, il ne se trouvait pas sur les lieux; dans les trois mois apr ès la découverte de la fraude, si on lui avait cach é la naissance de l'enfant; dans les trois mois qui suivent la mainlev ée de l'interdiction, s'il était interdit. 304.- L'action en d ésaveu appartient exclusivement au mari. Nul ne peut, de son vivant, l'exercer en son nom. 305.- Si le mari est mort avant d'avoir exerc é l'action en désaveu, mais étant encore dans le d élai utile pour le faire, les h éritiers ont, pour contester la légitimité de l'enfant, trois mois à compter du d écès du mari ou trois mois à compter de la naissance de l'enfant si celle-ci intervient après le décès du mari. 306.- L'action est dirig ée contre l'enfant, ou s'il est mineur ou interdit, contre un tuteur a d hoc nomm é par le tribunal. En ce cas, l'action est introduite sous la forme d'une requête akiri muto cyangwa yaratswe ubushobozi, kiregwa umuhagarariye washyizweho n’urukiko kubera izo mpamvu. Muri icyo gihe ikirego gitangwa mu buryo bw’ikibazo kigamije gushyiraho uzamuhagararira. Urukiko rufite ububasha ni urwo aho umwana atuye. Ikirego kiburanwa nyina w’umwana ahibereye. UMUTWE WA II: IBYEREKEYE IBIMENYETSO BYEMEZA KO UMUNTU AKOMOKA KUBASHYINGIRANYWE 307.- Kugira ngo abantu bemerweho ko bakomoka ku bashyingiranywe bigagarazwa n ’inyandiko iri mu bitabo by’irangamimerere. 308.- Iyo inyandiko y ’amavuko ibuze, kuba umuntu asanzwe azwiho ko akomoka ku bashyingiranywe birahagije kugira ngo byemezwe ko abakomokaho. 309.- Kwemererwa ko akomoka ku bashyingiranywe bituruka ku bimenyetso bigaragara byerekana neza isano umuntu afitanye n’abo yita ababyeyi be. Iby’ingenzi muri ibyo bimenyetso ni ibi : kuba umuntu yariswe izina n’uwo yita se ; - kuba se w ’umwana yaramufashe nk ’uwe koko bikaba kandi byaragaragajwe n ’uko yitaye kumurera, kumufata neza no kumugenera ibintu bye bwite ; kuba abantu basanzwe bazi ko ari uwe ; - kuba abantu bo mu muryango nabo bazi ko ari uwe. 310.- Ntawe ushobora kumaranira imimerere inyuranye n’iyo yagenewe n ’inyandiko y ’amavuko ye n ’uko basanzwe bamuzi bihuje n’iyo nyandiko. Ntawe ushobora guhakana imimerere undi asanganywe ihuje n’inyandiko y’amavuko ye. 311.- Iyo inyandiko y ’amavuko n ’imimerere asanzwe azwiho bibuze, cyangwa umwana yaranditswe ku mazina atariyo cyangwa abamubyaye batazwi, abagabo bashobora kwemeza abo umwana avukaho. Cyakora, iyo mvugo y ’abagabo ishobora kwakirwa gusa iyo iherekejwe n’ibimenyetso byanditse cyangwa se hariho ibindi bishobora kwemerwaho ibimenyetso nyakuri umuntu yashingiraho ayemera. 312.- Intangiriro y ’ikimenyetso cyanditse ishakirwa mu mpapuro ziha umuryango ububasha ubu n ’ubu, mu bitabo no ku mpapuro byo mu rugo, mu nyandiko zose z’ubutegetsi cyangwa ku wundi wese washobora kubigiramo inyungu iyo aba akiriho. 313.- Imvugo y ’umaranira imimerere ishobora présentée au tribunal aux fins d'obtenir la nomination du tuteur ad hoc. Le tribunal comp étent est celui du domicile de l'enfant. L'action est instruite en présence de la mère. CHAPITRE II : DES PREUVES DE LA FILIATION LEGITIME 307.- La filiation l égitime se prouve par les actes de naissance inscrits sur les registres de l'état civil. 308.- A d éfaut de l'acte de naissance, la possession constante de l' état d'en fant l égitime suffit à prouver la filiation. 309.- La possession d'état d'enfant légitime s'établit par une réunion suffisante de faits qui indiquent le rapport de filiation et de parent é entre un individu et la famille à laquelle il prétend appartenir. Les principaux de ces faits sont : - que l'individu a re çu son nom du p ère auquel il pr étend appartenir; - que le p ère l'a toujours trait é comme son enfant et a pourvu, en cette qualité, à son éducation, à son entretien et son établissement; - qu'il a été reconnu constamment comme tel dans la société; - qu'il a été reconnu comme tel dans la famille. 310.- Nul ne peut r éclamer un état contraire à celui que lui donnent son titre de naissance et la possession conforme à ce tire. Nul ne peut contester l 'état de celui qui a une possession conforme à son titre de naissance. 311.- A d éfaut de titre et de possession constante, ou si l'enfant a été inscrit, soit sous de faux noms, soit comme né de père et mère inconnus, la preuve de filiation peut se faire par témoin. Néanmoins, cette preuve ne peut être admise que s'il y a commencement de preuve par écrit ou lorsque les présomptions ou indices r ésultant de faits, d ès lors constants, sont assez graves pour d éterminer son admission. 312.- Le commencement de preuve par écrit r ésulte des titres de famille, des registres et papiers domestiques ainsi que de tous autres écrits publics ou priv és, émanés d'une partie engagée dans la contestation ou qui y aurait int érêt si elle était vivante. 313.- Le r éclamant peut se voir opposer tous les moyens propres à établir qu'il n'est pas l'enfant de la femme qu'il prétend avoir pour m ère ou m ême, la maternit é prouv ée, qu'il n'est pas l'enfant du mari de la mère. kuvuguruzwa n ’impamvu zose zihamya ko atabyawe n’uwo yita nyina cyangwa naho byakwemerwa ko ari nyina, ko atabyawe n’umugabo wa nyina. 314.- Ikirego cy ’ishinjabyaha ku byerekeye imimerere ntigishobora gukurikiranwa mbere y ’uko urubanza rwerekeye imimerere rucibwa burundu. 315.- Nta gihe ntarengwa umwana agomba gutangiramo ikirego cyerekeye imimere ye. 316.- Ikirego cyerekeye imimerere gishobora gutangwa n’abazungura b ’umwana iyo yapfuye atarageza ku myaka y’ubukure cyangwa mu gihe cy ’imyaka itanu ageze ku myaka y’ubukure. 317.- Abazungura bashobora nabo gukurikirana ikirego cyerekeye imimerere y ’uwo bazungura iyo ari we wagitanze keretse iyo yisubiyeho cyangwa yarakirangaranye. 314.- En matière d'état des personnes, l'action répressive ne peut commencer qu'apr ès le jugement d éfinitif sur la question d'état. 315.- L'action en r éclamation d' état est imprescriptible à l'égard de l'enfant. 316.- L'action en r éclamation d' état peut être intent ée par les h éritiers de l'enfant qui n'a pas r éclamé s'il est d écédé mineur ou dans les cinq années après sa majorité. 317.- Les h éritiers peuvent également suivre l'action en réclamation d' état lorsqu'elle a été intent ée par l'enfant, à moins qu'il n'y ait désistement ou péremption d'instance. CHAPITRE III: DES ENFANTS NATURELS UMUTWE WA III : IBYEREKEYE ABANA BAVUKA KU BATASHYINGIRANYWE SECTION PREMIÈRE: De la légitimation ICYICIRO CYA MBERE: Ibyerekeye kwemera umwana nk’aho yavutse ku bashyingiranywe 318.- Les enfants naturels sont l égitimés par le mariage subséquent de leurs père et mère : 1º s'ils sont également reconnus par eux, soit avant, soit dans l'acte de la célébration, soit après le mariage; 2º si leur reconnaissance résulte d'une sentence judiciaire. 318.- Abana bavutse ku batashyingiranywe bemerwa nk’abavutse ku bashyingiranywe : 1º iyo se na nyina babemeye mbere yo gushyingiranwa, bashyingiranwa cyangwa nyuma yaho ; 2º iyo kwemerwa kwabo gutegetswe n’urukiko. Umwana wemewe atyo aba abaye ku buryo bwuzuye nk’ukomoka ku bashyingiranywe keretse iyo hagize ugaragaza ko atari ko bimeze. 319.- Ukwemerwa kose ko umwana yemewe nk ’ukomoka ku bashyingiranywe bigomba kwandikwa ku mpera y’inyandiko y’amavuko y’umwana bigiriwe. 320.- Igihe se na nyina b ’umwana bemeye ko ari uwabo nyuma y ’ishyingiranwa, urukiko, rushingiye ku kibazo cyabitanzweho, rushobora kwemeza ko uwo mwana yemewe nk’ukomoka kuri abo bashyingiranywe. 321.- Urubanza ruburanishirizwa mu muhez o bakumva n’icyo Ubushinjacyaha bubivugaho. Rushobora kujuririrwa n’Ubushinjacyaha cyangwa na bene kubisaba mu minsi mirongo itatu ikurikira isomwa ryarwo. Iyo ukwemerwaho gukomoka ku bashyingiranywe byemejwe n ’urubanza bikurikije iyi ngingo, imikirizwe y’urwo rubanza, igihe rutakijuririwe ariko, yandukurirwa mu bitabo by ’irangamimerere, ari iby ’aho ishyingira ryabereye ari iby ’aho umwana yavukiye cyangwa iwabo rwose, ibyo kandi bigakorwa bisabwe n’abareze. L'enfant ainsi l égitimé est tenu exclusivement pour enfant légitime des nouveaux époux, sauf contestation d'état. 319.- Toute légitimation est mentionnée en marge de l'acte de naissance de l'enfant légitime. 320.- Lorsque les p ère et m ère ont reconnu un enfant postérieurement à la c élébration de leur mariage, le tribunal, sur requ ête, peut prononcer la l égitimation de cet enfant. 321.- La cause s'instruit à huis cols, le Minist ère Public entendu. L'appel peut être formé par le Minist ère Public ou par les requérants dans les 30 jours à compter du prononc é du jugement. Lorsqu'une légitimation est prononc ée en vertu du pr ésent article, le dispositif de la d écision devenue irr évocable est transcrit, à la diligence des requ érants, dans les registres de l'état civil, soit du lieu o ù le mariage a été célébré, soit du lieu où l'enfant est né ou domicilié. La l égitimation produit ses effets transcription. à partir de cette Ukwemerwaho gukomoka ku bashyingiranywe bitangi ra gukurikizwa bimaze kwandukurwa. Uko kwemerwaho gukomoka ku bashyingiranywe byandikwa mu mpera y’inyandiko y ’amavuko y ’umwana n ’iyishyingirwa ry’ababyeyi. Il est fait mention de la l égitimation en marge de l'acte de naissance de l'enfant et de l'acte de mariage des parents. 322.- La l égitimation peut avoir lieu, m ême en faveur des enfants décédés qui ont laissé des descendants; dans ce cas, elle profite à ces descendants. 322.- Kwemerwaho ko umuntu yemewe nk ’ukomoka ku bashyingiranywe bishobora no kugirirwa abapfuye ba size abana ubwo rero abo bana ni bo bigirira akamaro. 323.- Les enfants l égitimés ont les m êmes droits et obligations que les enfants issus du mariage. 323.- Abana bemeweho nk ’abakomoka ku bashyingiranywe bagira uburenganzira n ’inshingano bimwe nk’iby’abana bavutse ku bashyingiranywe. SECTION II : De la reconnaissance et de l'action alimentaire ICYICIRO CYA II: Ibyerekeye kwemera abana n’imitungire yabo 324.- Kwemera umwana wavutse ku batashyingiranywe bigirisha inyandikompano uretse iy ’iraga, igihe iryo yemerwa ritabaye mu nyandiko y’amavuko y’uwo mwana. 325.- Kwemera umwana bikozwe n ’umwe mu bashyingiranywe biharirwa uwo umwemeye. Uwo bashyingiranywe agomba kubyemera, keretse igihe badafatanyije umutungo. 326.- Abana bemewe n ’uwababyaye bafite uburenganzira n’inshingano bimwe n ’iby’abana bakomoka ku bashyingiranywe ariko mu ruhande rw’uwabemeye gusa. 327.- Kwemera umwana biturutse kuri se cyangwa kuri nyina kimwe n’ikirego cyose cy’ushaka kugira se cyangwa nyina gishobora kurwanywa n’ababifitemo inyungu bose. Igihe umwana yemewe n ’abantu benshi bahuje igitsina uwamwemeye mbere ni we ukomeza kuba umubyeyi we igihe cyose bitasheshwe. 328.- Ikirego cy ’umwana ushaka kugira se cyemerwa cyane cyane muri ibi bihe bikurikira : - iyo nyina w ’umwana yatwawe ku ngufu, iyo yagumishijwe ahantu afungiwe baramufashe cyangwa yarasambanijwe ku ngufu ; - iyo nyina w ’umwana yasambanijwe bakoresheje uburiganya, igitugu, bamuseze ranya ko bazamurongora cyangwa se bazamusaba ; - iyo nyina w ’umwana yabanye n ’umugabo batashyingiranywe, - iyo hari inyandiko cyangwa imvugo idashidikanywa byemeza ko umugabo amurera ; - iyo umugabo yemeye gufata neza umwana, akamurera, akamugenera ibintu bye bwite nk’aho ari se. 329.- Ikirego kigamije kwerekana nyina w ’umwana cyemerwa : - iyo umwana asanganywe imimerere izwi ku buryo buteganijwe mu ngingo ya 309 ; - iyo uwo urega yita nyina yabyaye, urega akavuga ko 324.- La reconnaissance d'un enfant naturel est faite par un acte authentique, à l'exclusion du testament, lorsqu'elle ne l'a pas été dans son acte de naissance. 325.- La reconnaissance de l'enfant par l'un des conjoints n'a d'effets qu' à l' égard de celui qui l'a faite. Le consentement de l'autre époux est obligatoire, s auf en cas de séparation des biens. 326.- Les enfants reconnus ont les m êmes droits et obligations que les enfants l égitimes à l' égard de l' époux qui les a reconnus. 327.- Toute reconnaissance de la part du p ère ou de la mère, de même que toute réclamation de la part de l'enfant, peuvent être contestées par tous ceux qui y ont intérêt. Lorsqu'un enfant a été reconnu par plusieurs personnes du même sexe, seule la premi ère reconnaissance produit effet aussi longtemps qu'elle n'a pas été annulée. 328.- La recherche de la paternit é est admise notamment dans les cas suivants : - enlèvement, séquestration arbitraire ou viol; - séduction accomplie à l'aide de man œuvres dolosives, abus d'autorité, promesse de mariage ou fiançailles; - concubinage; - aveux écrits ou non équivoques de paternité; - entretien, éducation et qualité de père. établissement de l'enfant en 329.- La recherche de la maternité est admise : - s'il y a possession d' état dans les conditions pr évues à l'article 309; - si l'accouchement de la m ère pr étendue et l'identit é du réclamant avec l'enfant dont elle a accouché sont rendus vraisemblables par tout moyen de preuve. ariwe ubwe wavutse; ibyo kandi bigashyigikirwa n’ibimenyetso byemewe. 330.- Ikirego cy ’umwana ushaka kurega se cyangwa ikigamije kwerekana nyina gihariwe umwana wenyine. Se, nyina cyangwa umwishingizi bashobora kugikurikirana mu izina rye. Ntigishobora kuregerwa nyuma y'imyaka itanu umwana ageze ku mya ka y'ubukure. Cyakora, iyo asanganywe imimerere izwi icyo gihe kirongerwa kikarangira hashize umwaka uwo yita se cyangwa nyina apfuye. Icyo kirego ntigishobora gutangwa n'abazunguye. Nyamara, nk'uko biteganywa mu ngingo ya 317, abamuzunguye bafite ububasha bwo kugikomeza iyo uwo bazunguye yapfuye agitanze. 331.- Abana babonewe se cyangwa nyina nyuma y'ikirego cy'ugushaka kurega se cyangwa nyina bafite uburenganzira n'inshingano bimwe n'iby'abana bakomoka ku bashyingiranywe ariko ku ruhande rw’umubyeyi bireba. UMUTWE WA IV : Ibyerekeye Kubera Umubyeyi Umwana Utabyaye. 332.- Kubera umubyeyi umwana utabyaye byemerwa iyo bishingiye ku mpamvu nyazo kandi bikaba bifitiye ugizwe umwana akamaro. Bikurikiza ibyangombwa biteganijwe kandi bikanyura mu nzira zitegetswe n'ingingo zikurikira. ICYICIRO CYA MBERE : Ibyerekeye ibyangombwa byo kubera umubyeyi umwana utabyaye. 333.- Ubera umubyeyi umwana atabyaye agomba kuba amurusha nibura imyaka cumi n'itanu. Cyakora, iyo ugirwa umwana yavutse k'umwe mu bashyingiranywe, umubera umubyeyi agomba kuba amurusha nibura imyaka cumi. Kubera impamvu zigaragara, iyo myaka agomba kuba amurusha ishobora kugabanywa na Minisitiri w' Ubucamanza. Kubera umubyeyi umwana utabyaye bishobora gusabwa n'abashyingiranywe bombi iyo bamar anye imyaka itanu kandi mu gihe babisaba bakaba batatanye by'agateganyo, umwe muri bo akaba afite nibura imyaka mirongo itatu. Kubera umubyeyi umwana utabyaye bishobora gusabwa nanone n'undi wese umaze imyaka mirongo itatu n'itanu. lyo ugirwa umwana yav utse ku muntu washyingiranywe n'umugira umwana, birahagije ko umugira umwana agira imyaka makumyabiri n'umwe. Iyo ubera umubyeyi umwana yashyingiwe akaba ataratanye by ’agateganyo n ’uwo bashyingiranywe, uwo nawe agomba kuba yabyemeye keretse adashoboye 330. - L'action en recherche de paternité ou de maternité est personnelle à l'enfant. Elle peut être exercée en son nom par le père, le mère ou le tuteur. Elle ne peut être intent ée apr ès les cinq ans qui suivent la majorité de l'enfant. Toutefois, s'il y a possession d' état, ce d élai est prolong é jusqu'à l'expiration de l'ann ée qui suit de le d écès du p ère ou de la m ère prétendus. L'action ne passe aux h éritiers de l'enfant ill égitime. N éanmoins, les h éritiers ont, conformément à l'article 317, la facult é de suivre l'action commencée par leur auteur. 331. - Les enfants dont la paternit é ou la maternit é est établie su ite à l'action en recherche de paternit é ou de maternité ont les m êmes droits et obligations que les enfants légitimes à l'égard de l'époux concerné. CHAPITRE IV: De l'adoption 332. - L'adoption est permise lorsqu'elle est fond ée sur de justes motifs et si elle présente des avantages pour l'adopté. Elle est soumise aux conditions et se fait dans les formes prescrites par les articles suivants. SECTION PREMIÈRE : Des conditions de l'adoption 333.- L'adoptant doit avoir au moins quinze ans de plus que la personne à adopter. Toutefois, si la personne à adopter est l'enfant de l'un des conjoints, la diff érence d' âge exig ée est de dix ans au moins. Cette diff érence d' âge peut être r éduite pour justes motifs par le Ministre de la Justice. L'adoption p eut être demand ée conjointement apr ès cinq ans de mariage par les époux non s éparés de corps dont l'un, au moins, est âgé de plus de trente ans. L'adoption peut être aussi demand personne âgée de trente cinq ans. ée par tout autre Lorsqu'il s'agit de l'a doption de l'enfant de l'un des époux par son conjoint, il suffit pour l'adoptant d'être âgé de vingt et un ans. Si l'adoptant est mari é en non s éparé de corps, le consentement de son conjoint est n écessaire, à moins que ce conjoint ne soit dans l'impossi bilité de manifester sa volonté. 334.- Nul ne peut être adopté par plusieurs personnes, si ce kugaragaza igitekerezo cye. n'est par deux époux. 334.- Ntawe ushobora kugirwa umwana n'abantu benshi, keretse umugabo n'umugore we. Mu bashyingiranywe ntawe ushobora kugirwa umwana n'utaramubyaye uwo bashyingiranywe atabyemeye keretse iyo adashoboye kugaragaza icyo atekereza, i yo adahari cyangwa se iyo hari itana by'agateganyo. 335.- Iyo ugirwa umwana akiri muto kandi agifite se na nyina, bagomba kwemera bombi ko umwana wabo agirwa umwana n'undi muntu. Iyo umwe muri bo yapfuye cyangwa se adashoboye kugaragaza icyo atekereza cyangwa yarazimiye, biba bihagije iyo byemewe n'undi. Mu itana burundu cyangwa mu ry'agateganyo, birahagije ko umubyeyi ushinzwe kumurera abyemera. Iyo umwana akiri muto atagifite se na nyina, cyangwa badashoboye kugaragaza icyo batekereza cyangwa se barazimiye, kugirwa umwana n'utamubyaye byemerwa n'inama y'ubwishingire cyangwa n'umuntu ushinzwe kumurera. 336.- Ugizwe umwana n'utamubyaye ntacika mu muryango akomokamo, akomeza uburenganzira bwe n'inshingano zose. Cyakora rero, uwamwigiriye umwana niwe wen yine umugiraho ububasha bwa kibyeyi cyane cyane nk'ubwo kumwemerera ubukure, uruhusa rwo gucuruza no kumutegekera ibintu igihe akiri muto. Iyo uko kugirwa umwana n'utamubyaye bikozwe n'umugore n'umugabo we, uburenganzira buvugwa mu gika kibanje bukoreshwa hakurikijwe n'amategeko agenga ababyeyi babyaye barashyingiranywe. Mu gihe uwagize undi umwana yatswe ubushobozi, cyangwa batangaje ko yazimiye cyangwa se yapfuye, uwo yagize umwana akiri muto, ububasha bwa kibyeyi buherako bujya kubo nyiri ukumugira um wana akomokaho. Abakomoka k'uwagizwe umwana n'utamubyaye bagirana isano n'uwagize umwana. Amategeko ahana akurikizwa ku bafitanye inkomoko ahana n'uwagize undi umwana ataramubyaye n'uwagizwe umwana kimwe n'abamukomokaho. 337.- Ugizwe umwana n'umuntu ut amazina yari asanganywe. amubyaye agumana 338.- Kwemera umwana cyangwa kumugira ukumoka ku bashyingiranywe bigizwe nyuma y'uko hagira undi muntu umugira uwe ariko ataramubyaye bituma uwo mwana akomeza kuba uw ’uwo wamugize umwana, akagumana Nul époux ne peut être adopté qu'avec le consentement de l'autre époux, à moins que celui-ci soit dans l'impossibilit é de manifester sa vo lonté ou ne soit d éclaré absent ou qu'il n'y ait séparation de corps. 335.- Si la personne à adopter est mineure et a encore ses père et m ère, ceux-ci doivent consentir l'un et l'autre à l'adoption. Si l'un des deux est décédé ou se trouve dans l'impossibilité de manifester sa volonté, ou s'il est absent, le consentement de l'autre suffit. En cas de divorce ou de s éparation de corps, il suffit du consentement de celui des auteurs de l'enfant qui exerce sur lui le droit de garde. Si le mineur n'a plus ni père ni m ère ou s'ils sont dans l'impossibilité de manifester leur volont é, ou s'ils sont absents, le consentement est donn é par le conseil de tutelle ou par la personne qui en a la garde. 336.- L'adopté garde ses liens avec sa famille naturelle et y conserve ses droits et toutes ses obligations. N éanmoins, l'adoptant est seul investi, à l' égard de l'adopt é, des droits de l'autorit é parentale y compris notamment le droit d'émanciper l'adopté, de l'autoriser à faire le commerce et d'administrer ses biens durant sa minorité. Si l'adoption a été faite par deux époux, les droits indiqu és à l'alinéa précédent sont exerc és conformément aux r ègles applicables aux père et mère légitimes. En cas d'interdiction, d'absence d éclarée ou de d écès de l'adoptant, surv enu pendant la minorit é de l'adopt é, l'autorité parentale revient de plein droit aux ascendants de celui-ci. Le lien de parent é r ésultant de l'adoption s' descendants de l'adopté. étend aux Les dispositions p énales applicables aux ascendants et descendants sont applicables à l'adoptant, à l'adopté et à ses descendants. 337.- L'adopté conserve ses nom et prénoms de naissance. 338.- La reconaissance ou la l égitimation d'un enfant faite par un tiers, post érieurement à l'adoption de cet enfant, laisse subsister cette dernière avec tous ses effets. 339.- Les enfants adopt és ont les m êmes droits et les n’uburenganzira bujyana na byo. 339.- Abagizwe abana b ’abatababyaye bafite uburenganzira n ’inshingano bimwe n ’iby’abana b’uwagize abana uretse ibi bikurikira: - uwagizwe umwana n'utamubyaye n'abamukomokaho nta burenganzira bagira bwo kuzungura ibintu by'ababyeyi b'uwamugi ze umwana; - iyo uwagizwe umwana apfuye adasize abana, ibintu yari yahawe n'uwamugize umwana cyangwa yaramuraze bigaruka ku wari wamugize umwana cyangwa ku bamukomokaho, cyakora n'abandi babifiteho uruhare. Ibisagutse ku bintu by'uwari wagizwe umwana b iba iby'ababyeyi be bwite, aba babyeyi nta na rimwe bazareka ibyo bintu bivugwa muri iyi ngingo bihabwa abazunguye uwari wagize umwana uwo atabyaye uretse gusa abakomoka kuri uwo wari wagizwe umwana. - iyo uwagize umwana uwo atabyaye akiriho, uwagizwe umwan a yarapfuye, abakomoka kuri uwo wagizwe umwana barapfuye nabo nta bana basize, uwari wagize umwana uwo atabyaye asubirana ibye. Ubwo burenganzira ntibuhabwa abamuzungura. ICYICIRO CYA II: Ibyerekeye uburyo bwo kubera umubyeyi umwana utabyaye 340: Uri mu migambi yo kugira umwana uwo atabyaye n'ushaka kugirwa umwana iyo yagejeje ku myaka cumi n'umunani bajya ku mwanditsi w'irangamimerere w'aho ugirwa umwana atuye kugira ngo bandikishe uko bemeranijwe. Iyo ugirwa umwana atarageza ku myaka cumi n'umunani iryo yemerwa rikorwa n'umuhagarariye mu cyimbo cy'umwana. 341.- Ukwemera kwa se na nyina k'ugirwa umwana, uko uwo bashyingiranywe n'uk'uwashyingiranywe n'ugira umwana uwo atabyaye, bishyirwa mu nyandiko yo kwemererwa kuba uw'utamubyaye cyangwa mu nyandikompamo yihariye ishyikirizwa umwanditsi w'irangamimerere w'aho ubyemeye atuye. Iyo se na nyina babuze, uko kwemera gutangwa n'inama y'ubwishingire cyangwa n'ushinzwe kurera uwo mwana. Cyakora uko kwemera kw'inama y'ubwishingire cyangwa uk’umuntu ushinzwe ku rera uwo mwana guhamywa n’urukiko rw’aho ugirwa umwana atuye. Urukiko rutiriwe rugaragaza impamvu rubyemeza muri aya magambo “Kuba umubyeyi w ’uwo utabyaye biremejwe ” cyangwa “kuba umubyeyi w’uwo utabyaye ntibyemejwe”. 342.- Iyo bisabwe n'uwabereye umubyey i umwana mêmes obligations que les enfants de l'adoptant, sauf les exceptions prévues ci-après : - l'adopté et ses descendants n'acquièrent aucun droit de succession sur les biens des parents de l'adoptant; - si l'adopt é meurt sans descendants, les biens, donn és par l'adoptant ou recueillis dans sa succession et qui existent en nature lors du d écès de l'adopt é, retournent à l'adoptant ou à ses descendants à la charge de contribuer aux dettes et sans pr éjudice des droits des tiers. Le surplus des biens de l'adopt é appartient à ses propres parents; et ceux-ci excluent toujours, pour les objets même spécifiés au présent article, tous héritiers de l'adopté autres que ses descendants. - si du vivant de l'adoptant et apr ès le décès de l'adopté, les enfants ou descendants laiss és par celui-ci meurent eux-mêmes sans postérité, l'adoptant succède aux biens lui donnés. Ce droit n'est pas transmissible à ses héritiers. SECTION II De la procédure de l'adoption 340.- La personne qui se propose d'adopter et celle qui veut être adoptée, si cette dernière a atteint l'âge de dix-huit ans, se présentent devant l'officier de l' état civil du domicile de l'adopté pour y passer acte de leurs consentements respectifs. Si l'adopt é a moins de dix-huit ans, l'acte est passé en son nom par son représentant légal. 341.- Le consentement des p ère et m ère, celui du conjoint de l'adopté et celui du conjoint de l'adoptant, sont donn és dans l'acte même d'adoption ou par acte authentique séparé, devant l'officier de l'état civil de leur domicile respectif. A défaut des père et mère, le consentement est donné par le conseil de tutelle ou par la personne qui a la garde de l'intéressé. Toutefois, le consentement du conseil de tutelle ou de celui qui a la garde de l'int éressé est soumis à l'homologation du tribunal dans le ressort duquel se trouve le domicile de l'adopté. Le tribunal prononce, sans énoncer de motifs, en ces termes : l'adoption est homologu ée ou l'adoption n'est pas homologuée . 342.- L'adoption peut être révoquée en justice à la demande de l'adoptant si, par son ingratitude, l'ado pté se montre indigne du bienfait qu'il a reçu. L'adoption peut également être r évoquée en justice à la demande de l'adopt é ou du Minist ère Public pour des atabyaye bitewe n'ubuhemu bw'uwagizwe umwana, urukiko rushobora kuvanaho icyemezo cyo kugirwa umwana. Kuvanaho icyemezo cyo kugirwa umwana w'utaramubyaye bishobora gusabwa n'umwana cyangwa n'Umushinjacyaha iyo hari impamvu zikomeye. motifs graves. Icyo cyemezo cy'urukiko cyandikwa mu gitabo cy'irangamimerere cy'aho uwari wagizwe umwana atuye. L'officier de l' état civil en fait mention en marge de l'acte l'adoption, de l'acte de naissance de l'adopt é et de ses descendants. Umwanditsi w'irangamimerere abikorera inyandiko mu mpera y'inyandiko igira umwana uwo umuntu atabyaye, mu y'inyandiko y'amavuko y'uwagizwe umwana n'iy'abamukomokaho. UMUTWE WA V: IBYEREKEYE UBUBASHA BW'ABABYEYI KU BANA Icyiciro cya mbere: Ibyerekeye ingingo rusange. 343.- Umwana agomba igihe cyose kubaha ababyeyi be. 344.- Ababyeyi bakomeza kumutegeka kugeza igihe agereye ku myaka y'ubukure cyangwa se yemerewe ubukure. 345.- Se na nyina b'umwana nibo bamufiteho ububasha bwa kibyeyi. Igihe babuze ubwumvikane, se w'umwana niwe ufata icyemezo, gusa nyina w'umwana afite ububasha bwo kujuririra Urukiko rwa Mbere rw'Iremezo rw'aho baba cyangwa batuye. La d écision de justice qui annonce la r évocation de l'adoption est inscrite sur le registre de l'état civil du lieu où l'adopté est domicilié. CHAPITRE V: De l'autorité parentale SECTION PREMIÈRE: Des dispositions générales 343.- L'enfant, à tout âge, doit honneur et respect à ses père et mère. 344.- Il reste sous leur autorit é jusqu'à sa majorité ou à son émancipation. 345.- L'autorité parentale est exercée par le père et mère. En cas de dissentim ent, la volont é du p ère pr évaut; toutefois, la m ère dispose d'un recours devant le Tribunal de Premi ère Instance de la r ésidence ou du domicile des parents. Cette demande est introduite, instruite et jug conformément aux r ègles applicables en mati référés. ée ère de s Urwo rubanza rurare gerwa, rukaburanishwa kandi rugacibwa hakurikijwe amategeko agenga ibirego byihutirwa. 346.- L'autorit é parentale sur l'enfant naturel dont la filiation n'est pas établie est exercée par la personne qui en assure la garde. 346.- Ububasha bwa kibyeyi ku mwana wavutse ku batashyingiranywe bugirwa n'umurera. 347.- Le p ère et la m ère ont sur leur enfant mineur en non émancipé un droit de correction; ce droit est d élégué aux personnes auxquelles l' éducation de cet enfant a été confiée. 347.- Ababyeyi bafite ku mwana wabo ukiri muto kandi utemerewe ubukure uburenganzi ra bwo kumuhana. Abashinzwe kurera uwo mwana nabo bafite ubwo burenganzira. 348.- Umwana ukiri muto utarageza ku myaka y ’ubukure ntashobora kuva iwabo adafite uruhusa rwa se cyangwa urwa nyina. Ntanashobora kuhavanwa atari mu bihe biteganijwe n’amategeko. ICYICIRO CYA II: Ibyerekeye ibyo umubyeyi ashinzwe 349.- Ububasha bwa kibyeyi bugizwe cyane cyane n'uburenganzira bwo kumenya umwana, kumucungira umutungo no kwikenuza ibiwukomokaho bikurikije amategeko. 348.- Le mineur non émancipé ne peut quitter la r ésidence familiale sans la permission du p ère ou de la m ère. Il ne peut en être retiré que dans les cas déterminés par la loi. SECTION II: Des attributs de l'autorité parentale 349.- L'autorité parentale comprend notamment le droit de garde, d'administration et de jouissance légale. SOUS-SECTION PREMIÈRE: Du droit de garde AKICIRO KA MBERE : Ibyerekeye uburenganzira bwo kumenya umwana 350.- Uburenganzira bwo kumenya umwana butegeka ababyeyi kumutunga no kumurera bakurikije uko bariho n'umutungo wabo. 351.- Ababyeyi batewe intimba n'imyifatire mibi y'umwana wabo bashobora kuregera urukiko ibikorwa bye bigayitse, rwasanga bikwiye rugategeka kumushyira mu kigo ngororamuco mu gihe kiva ku kwezi kikagera ku mezi cumi n’abiri. 350.- Le droit de garde emporte pour les p ère et m ère l'obligation d'entretenir et d'éduquer l'enfant conformément à leur état et à leur forme. 351.- Les p ère et m ère qui ont des sujets de mécontentement grave concernant la conduite de leur enfant mineur peuvent d énoncer les faits pertinents à l'autorité judi ciaire laquelle, s'il y a lieu, ordonne l'internement de l'enfant dans un établissement de rééducation pour une durée de un à douze mois. SOUS-SECTION II: De l'administration légale Akiciro ka II: Ibyerekeye gucunga umutungo 352.- Le p ère ou, à défaut, la m ère est, durant le mariage, administrateur des biens personnels de ses enfants mineurs et représente ceux-ci dans les actes de la vie civile. 352.- Mu gihe cyose ubushyingiranwe bakiriho, se w'umwana niwe umuhagararira mu bikorwa bimuhuza n'abandi bantu kandi ni nawe umucungira ibintu bye bwite, iyo bidashobotse, ibyo bikorwa na nyina w'umwana. Il en est comptable quant à la propri été et aux revenus des biens dont il n'a pas la jouissance et quant à la propri été seulement de ceux des biens dont la loi lui donne usufruit. Ucunga umutungo w'umwana niwe ubazwa uwo mutungo n'ibiwukomokaho, byaba ari ibyo afitiye uburenganzira bwo kwikenuza, byaba ari n’ibyo atabufitiye. 353.- Les actes d'ali énation de m ême que ceux qui sont de nature à grever le patrimoine de l'enfant ne peuvent être accomplis que moyennant l'autorisation du tribunal. 353.- Gutanga, kugurisha cyangwa kugwatiriza ibintu by'umwana ku buryo bigabanura umutungo we, ntibishobora gukorwa nta ruhusa rw'urukiko. 354.- L'administration légale prend fin : - lorsque s'ouvre la tutelle; - à la majorité civile de l'enfant; - lorsque l'enfant est émancipé; - en cas de d échéance de la puissance parentale par décision du tribunal. 354.- Uburenganzira bw'ababyeyi bwo gucungira umwana umutungo burangira: - iyo ahawe undi muntu umurera; - iyo akuze; - iyo yemerewe ubukure; - igihe ababyeyi banyazwe n'urukiko ububasha bwa kibyeyi. AKICIRO KA III: Ibyerekeye kwikenuza umutungo 355.- Ababyeyi bemerewe n ’amategeko kwikenuza ibikomoka ku mutungo w ’umwana kandi bafite uburenganzira bwo kubikoresha uko bashaka. 356.- Inshingano zijyana n'ubwo burenganzira bwo kwikenuza ibikomoka ku mutungo w'umwana ni izi: - inshingano za buri muntu ufite uburenganzira bwo kwikenuza ibikomoka ku mutungo w'undi; - kugaburira, gukenura no kurera umwana; - kuriha inyungu z'ibigomba kwishyurwa byose; - kwishyura imyenda yose yafashwe bamuvuza n'ibyatanzwe mu ihambwa rye. 357.- Uburenganzira bwo kwikenuza ibikomoka ku mutungo w'umwana ntibwemererwa se cyangwa nyina w'umwana watsinzwe n'urubanza rw'ubutane keretse iyo yashinzwe kumenya uwo mwana. 358.- Ababyeyi ntibafite uburenganzira bwo kwikenuza ku Sous-section III: De la jouissance légale 355.- La jouissance légale confère aux père et mère le droit de percevoir les revenus des biens personnels de leur enfant et d'en disposer. 356.- Les charges de la jouissance légale sont : - celles auxquelles sont tenus les usufruitiers; - la nourriture, l'entretien et l'éducation de l'enfant; - le paiement des arrérages ou intérêts des capitaux; - les frais de dernière maladie et les frais funéraires. 357.- La jouissance légale n'a pas lieu au profit de celui des père et m ère contre lequel le divorce a été prononc é, à moins que la garde ne lui soit confiée. 358.- La jouissance l égale ne s' étend pas aux biens que l'enfant peut acquérir par un travail et une industrie séparés, ni à ceux qui lui sont donn és ou l égués sous la condition expresse que les p ère et m ère n'en jouissent pas. Dans ce cas, l'enfant doit contribuer à son entretien. bikomoka ku mutungo umwana yihahiye cyangwa ku bintu yahawe cyangwa yarazwe ariko bakaba baramubujije ko ababyeyi babyikenuza. Muri icyo gihe, umwana agomba kugira icyo afashisha ababyeyi ku bigomba kumutunga. ICYICIRO CYA III: Ibyerekeye kwamburwa ububasha bwa kibyeyi 359.- Bisabwe n'umuntu wese ubifitemo inyungu cyangwa n'Ubushinjacyaha, urukiko rushobora kubuza by'agateganyo cyangwa se burundu se cyangwa nyina w'umwana ububasha bwa kibyeyi ku mwana we cyane cyane muri ibi bihe bikurikira: - iyo se cyangwa nyina w'umwana akoresheje nabi ububasha bwe bwa kibyeyi cyangwa akagirira umwana imico mibi irenze urugero; - igihe se cyangwa nyina yiyandaritse ku buryo bugaragara cyangwa ntacyo agishoboye, ibyo bikerekana ko adakwiye ububasha bwa kibyeyi. SECTION III : De la déchéance de l'autorité parentale 359.- A la requ ête de toute personne int éressée ou du Ministère Public, le tribunal peut priver temporairement ou définitivement le p ère et m ère de l'autorit é parentale sur son enfant, notamment dans les cas suivants : - lorsque le p ère ou la m ère abuse de l'autorit é parentale ou se livre à des sévices sur la personne de son enfant; - lorsque, par son inconduite notoire ou son incapacit é grave, le père ou la mère se montre indigne de l'autorit é parentale. SECTION IV: De la minorité, de la tutelle et de l'émancipation Sous-section première: De la minorité ICYICIRO CYA IV : Ibyerekeye ubuto, ubwishingire no kwemererwa ubukure. 360.- Le mineur est l'individu de l'un ou l'autre sexe qui n'a pas encore atteint l'âge de vint et un ans. Akiciro ka mbere. Ibyerekeye ubuto Sous-section II: De la tutelle 360.- Ukiri muto ni umuntu w’igitsina icyo aricyo cyose utari wamara imyaka makumyabiri n’umwe avutse. Akiciro ka II : Ibyerekeye ubwishingire. A. Ibyerekeye uko ubwishingire butangira 361.- Ubwishingire butangira ku mwana muto iyo se na nyina bapfuye, bazimiye, babuze cyangwa bambuwe ububasha bwa kibyeyi. A. De l'ouverture de la tutelle 361.- La tutelle s'ouvre à l'égard d'un enfant mineur lorsque le père et la mère sont tous deux d écédés, absents, disparus ou déchus de l'autorité parentale. Elle s'ouvre aussi à l' égard d'un enfant naturel, s'il n'a ni père ni mère qui l'aient reconnu. Butangira kandi ku mwana wavutse ku ban tu batashyingiranywe iyo muri bo nta n'umwe wamwemeye. 362.- Le droit individuel de choisir un tuteur parent ou étranger à la famille n'appartient qu'au survivant des père et mère. 362.- Uburenganzira bwite bwo guhitamo umwishingizi, yaba uwo mu muryango cyangwa yaba rubanda, bugirwa n'umubyeyi ukiriho. 363.- Le p ère et m ère qui aur a reconnu l'enfant naturel ou, en cas de double reconnaissance, le survivant aura le droit de choisir un tuteur. 363.- Se cyangwa nyina w'umwana wavutse ku batarashyingiranywe cyangwa uza ba akiriho iyo bamwemeye bombi, ni we uzamuhitiramo umwishingizi. Si un enfant naturel vient à être reconnu par l'un de ses parents après l'ouverture de la tutelle, le tribunal pourra, à la requ ête de ce pare nt, d écider de substituer à la tutelle l'autorité parentale dans les termes de l'article 349. Iyo umwana wavutse ku batashyingiranywe ageze aho akemerwa n'umwe mu babyeyi be, urukiko rubisabwe n'uwo mubyeyi rushobora gusimbuza ububasha bwa kibyeyi ubwishingire hakurikijwe ibivugwa m u ngingo ya 349. 364.- Iyo umubyeyi wasigaye apfuye adahisemo umwishingizi w'umwana, uwo mwana akaba afite abo akomokaho, umwe muri abo niwe ufite uburenganzira bwo kumwishingira. Iyo hari abo akomokaho banyuranye, ubwishingire buba 364.- Lorsqu'il n'a pas été choisi au mineur un tuteur par le survivant de ses p ère et m ère et que le mineur a un autre ascendant, celui-ci est tuteur de droit. S'il y a plusieurs ascendants de degr és différents, la tutelle appartient de droit à l'ascendant du degr é le plus proche, et s'il y en a plusieurs du m ême degré, le tuteur sera d ésigné parmi eux par le conseil de tutelle. ubw’abo akomokaho ba rushije abandi kwegera uwo bahuriye ku rwego rumwe n'uwo mwana, inama y'ubwishingire ni yo izabahitamo umwishingizi. 365.- Iyo umwana ukiri muto kandi utaremerewe ubukure atagifite umubyeyi n'umwe, nta n'umwishingizi se cyangwa nyina bamuhitiyemo, nta s ekuru nta na nyirakuru, cyangwa igihe yahawe umwishingizi hakurikijwe ingingo ya 364 ariko uwo mwishingizi akaba atakibyemerewe cyangwa agaragaje impamvu zibimubuza, Urukiko rwa Mbere rw'Iremezo nirwo rushyiraho undi mwishingizi. 366.- Urukiko rwa Mbere r w'Iremezo nirwo ruhitamo umwishingizi w'umwana ukiri muto kandi utemerewe ubukure iyo ababyeyi batazwi. Nanone bigenda bityo iyo umwana wavutse ku batarashyingiranywe atagifite se cyangwa nyina, cyangwa iyo umwishingizi washyizweho hakurikijwe ingingo ya 364 atakibyemerewe cyangwa agaragaje impamvu zibimubuza. 365.- Lorsqu'un enfant mineur et non émancipé reste sans père ni m ère, ni tuteur élu par ses p ère et m ère, ni ascendant ou si le tuteur désigné sur base de l'article 364 se trouve dans les cas d'exclusion ou valablement excus é, il sera pourvu par le Tribunal de Premi ère Instance à la nomination d'un autre tuteur. 366.- Il est pourvu par le Tribunal de Premi ère Instance à la nomination d'un tuteur pour l'enfant mineur et non émancipé dont la filiation n'est pas établie. Il en va de m ême pour l'enfant naturel mineur et non émancipé qui reste sans père ni mère ou si le tuteur désigné sur base de l'article 364 se trouve dans les cas d'exclusion ou valablement excusé. B. Des organes de la tutelle 367.- Les organes de la tutelle sont : le conseil de tutelle, le tuteur, le subrogé tuteur, le Tribunal de Première Instance. B. Ibyerekeye inzego z’ubwishingizi 367.- Inzego z ’ubwishingire ni izi: inama y ’ubwishingire, umwishingizi, umugenzuzi w ’umwishingizi, Urukiko rwa Mbere rw’Iremezo. a. Ibyerekeye inama y'ubwishingire. 368.- Inama y'ubwishingire igizwe na Perezida w 'Urukiko rwa Mbere rw'Iremezo rw'aho ubwishingire buzabera cyangwa intumwa ye, n'abantu batandatu bafitanye isano n'umwana ishingiye ku buvandimwe cyangwa ku gushyingiranwa, batatu ku ruhande rwa se na batatu ku ruhande rwa nyina hubahirijwe uko basumbana mu isano bafitanye n'umwana. Uwo bafitanye isano ishingiye ku buvandimwe aza mbere y'uwo bafitanye isano ishingiye ku gushyingirwa bari ku rwego rumwe kandi kubo bafitanye isano ishingiye ku buvandimwe, umukuru mu myaka niwe uza mbere. 369.- Umubare ntarengwa uteganijwe mu ngingo ya 368 ntiwitabwaho ku basangiye se na nyina n'umwana. Iyo ari batandatu cyangwa barenga, bose barema inama y'ubwishingire hiyongereyeho abo bakomokaho. Iyo batagejeje ku mubare, abo bafitanye isano ishingiye ku buvandimwe buzuza umubare w'inama. 370.- Iyo abafitanye isano n'umwana ishingiye ku buvandimwe cyangwa ku ishyingiranwa ku ruhande rw'umugore cyangwa rw'umugabo ari bake cyangwa bataba muri komini ubwishingire buber amo, Perezida w'urukiko ahamagara abafitanye isano n'umwana batuye mu yandi makomini cyangwa se abaturage bazwiho ko a. Du conseil de tutelle 368.- Le conseil de tutelle est compos é, outre le Pr ésident du Tribunal de Premi ère Instance du ressort o ù la tutelle est ouverte ou son d élégué, de six parents ou alli és pris, moitié du c ôté paternel, moitié du c ôté maternel et suivant l'ordre de proximité dans chaque ligne. Le parent est pr éféré à l'allié du m ême dégré, et parmi les parents du même degré, le plus âgé. 369.- Les fr ères et s œurs germains du mineur ne sont pas visés par la limitation du nombre posé à l'article 368. S'ils sont six ou au-delà, ils seront tous membres du conseil du tutelle qu'ils composent seuls avec les ascendants. S'ils sont en nombre inf érieur, les autres parents sont appelés pour compléter le conseil. 370.- Lorsque les parents ou alli és de l'une ou l'autre ligne se trouvent en nombre insuffisant ou ne résident pas dans la commune dans laquelle s'est ouverte la tutelle, le Pr ésident du tribunal appelle, soit des parents ou alli és domicili és dans d'autres communes, soit des citoyens connus pour avoir eu des relations habituelles d'amitié avec le père ou la mère du mineur, soit à la demande de ceux-ci, quand il s'agit d'un enfant naturel, la personne protectrice de tel enfant. basanzwe babana n'ababyeyi b'umwana, abo nabo iyo babuze kandi umwana akomoka ku batashyingiranywe, hahamagarwa usanzwe arera uwo mwana. 371.- N'iyo muri komini haba hari umubare wuzuye w'abafitanye isano n'umwana ishingiye ku buvandimwe, cyangwa ku ishyingiranwa, Perezida w'urukiko ashobora kwemera ko bahamagara abafitanye isano ya hafi n'umwana cyangwa bari ku rwego rumwe n'abahari, abo ba kure basimbura abasanzwe muri iyo komini bitarenze umubare utegetswe n'ingingo zibanziriza iyi. 372.- Inama y'ubwishingire ihamagarwa bisabwe n'abafitanye isano n'umwana, abo abereyemo imyenda n'abandi babifiteho inyungu cyangwa bigakorwa na Perezida w'urukiko rw'aho uwo mwana atuye abyibwirije. Umuntu wese ashobora kugaragariza uwo mucamanza icyo abona cyose cyatuma bashyiraho umwishingizi. 373.- Umunsi w'inama ushyirwaho na Perezida w'urukiko kandi akawumenyesha abagomba kuyizamo nibura hasigaye iminsi munani ngo iterane. Igihe cyose gishobora kugabanywa iyo hari impamvu zihutirwa. 371.- Le Pr ésident du tribunal peut, m ême s'il y a sur les lieux un nombre insuffisant de parents ou alli és, permettre de citer, à quelque distance qu'ils soient domicili és, des parents ou alliés plus proches en degr és que les parents ou alliés pr ésents, de mani ère toutefois que cela s 'opère en retranchant quelques-uns de ces derniers et sans exc éder le nombre réglé par les précédents articles. 372.- Le conseil de tutelle est convoqu é, soit sur la réquisition et à la diligence des parents du mineur, de ses créanciers ou d'autres partie s int éressées, soit m ême d'office et à la poursuite du Pr ésident du tribunal du domicile du mineur. Toute personne peut d énoncer à ce juge le fait qui donne lieu à la nomination d'un tuteur. 373.- La date de la r éunion est fix ée par le Pr ésident du tribunal et notifiée aux intéressés au moins huit jours avant sa tenue. En cas d'urgence motiv ée, ce d élai peut être écourté. 374.- Les parents, alli és ou amis ainsi convoqu tenus de se présenter en personne. és, sont 374.- Abafitanye isano n'umwana cyangwa se inshuti bahamagawe bagomba kwitaba ku giti cyabo. 375.- Tout parent, alli é ou ami convoqu é et qui, sans excuse légitime, ne comparaît pas, encourt une amende qui ne peut excéder deux mille francs. 375.- Abafitanye isano n'umwana cyangwa inshuti bahamagawe ntibitabe kandi nta mpamvu ikwiye igaragara yababujije, bazahanishwa ihazabu y'amafaranga atarenga ibihumbi bibiri. 376.- S'il y a excuse l égitime, et que la pr ésence du membre absent est jug ée indispensable par les pairs, le Président du conseil de tutelle ajourne la réunion. 376.- Iyo umwe mu nama y ’ubwishingire asibijwe n'impamvu igaragara kandi bagenzi be bagasanga yagombaga kuba ahari, Perezida w'inama y'ubwishingire ayimurira ku wundi munsi. 377.- Inama y'ubwishingire iteranira ahantu Perezida ahitamo mu ifasi y'urukiko ayobora. Inama ntacyo yemeza hatari byibura 2/3 by'abayigize. Iyo umubare utuzuye kandi inama igasibizwa, inteko ikurikiyeho ifata ibyemezo uko abayigize b aba bangana kose. 378.- Inama y'ubwishingire iyoborwa na Perezida w'Urukiko rwa Mbere rwIiremezo cyangwa intumwa ye. Ibyemezo bifatwa hakurikijwe ubwiganze bw'amajwi: iyo amajwi angana, icyo Perezida yemeje nicyo kiba cyemewe. b. Ibyerekeye umwishingizi 379.- Umwishingizi atangira imirimo ye kuva ku munsi yashyiriweho iyo yari ahibereye, yaba atari ahari, kuva ku munsi yabimenyesherejweho. 380.- Ubwishingire ni umurimo ukorwa n ’umuntu ku giti cye adashobora kuraga abamuzunguye. 377.- La r éunion du conseil de tutelle se tient à un endroit désigné par le Président dans le ressort de sa juridiction. Le conseil de tutelle ne peut d élibérer valablement que si les 2/3 de ses membres sont présents. Si ce quorum n'est pa s atteint, et que la r éunion est ajournée, l'assembl ée suivante d élibère valablement quel que soit le nombre des participants. 378.- Le conseil de tutelle est pr ésidé par le Pr ésident du Tribunal de Premi ère Instance ou son d élégué. Les décisions sont pr ises à la majorit é simple. En cas de partage de voix, celle du Président est prépondérante. b. Du tuteur 379.- Le tuteur agit et administre en cette qualité du jour de sa nomination si elle a eu lieu en sa présence, sinon du jour qu'elle lui aura été notifiée. 380.- La tutelle est une charge personnelle qui ne passe point aux héritiers du tuteur. Ceux-ci sont seulement responsables de la gestion de leur auteur, et s'ils sont majeurs, ils sont tenus de la continuer jusqu'à la nomination d'un nouveau. Abamuzunguye babazwa g usa imicungire y ’ibintu by'umwana uwo bazunguye yari ashinzwe, baba ari bakuru bakagomba kuyikomeza kugeza ko hashyirwaho undi mwishingizi. 381.- Iyo umwishingizi atangiye imirimo, abarura ibintu byimukanwa n’ibitimukwana by’uwo ashinzwe kurera. Iryo b arura rikorwa hari umugenzuzi w ’ubwishigire nawe akabisinyira kandi uwo mwishingizi agaherako abishyikiriza umwanditsi n’Urukiko rwa Mbere rw’Iremezo rw’aho aba. Ibyo kandi bikorwa n ’umwishingizi usimbuye undi kuri uwo murimo. 382.- Buri gibe iyo umutun go w'uwo mwana uhindutse mu gibe cy'ubwishingire, hongera gukorwa irindi barura bikurikije ingingo ya 381 bigashyirwa mu Rukiko rwa Mbere rw'Iremezo rw'aho umwishingizi aba kandi bikagerekwa ku ibarura ryakozwe mbere. 383.- Iyo umwana abereyemo umwishing izi umwenda, uwo mwenda ugomba gushyirwa mu ibarura, bitaba ibyo ntube ucyemewe. 381.- En entrant en fonction, le tuteur dresse état et inventaire des biens mobiliers et immobiliers du mineur pupille. L'état et l'inventaire sont dress és en pr ésence d'un subrog é tuteur, contresign és par celui-ci et d éposés sans d élai au greffe du Tribunal de Premi ère Instance de r ésidence à la diligence du tuteur. Les m êmes obligations incombent au tuteur qui entre en fonction par suite de la cessation des fonctions du précédent tuteur. 382.- Chaque fois que la consistance du patrimoine du pupille vient à se modifier au cours de la tutelle, un état ou un inventaire compl émentaire doit être dress é conformément à l'article 381 et d éposé au greffe du Tribunal de Premi ère Instance de r ésidence o ù il est annexé à l'état ou l'inventaire initial. 383.- Si le tuteur possède une créance sur son pupille, celleci doit, sous peine de d échéance, être mentionn ée à l'inventaire. 384.- A d éfaut d' état ou d'inventaire initial, ou le cas échéant, d' état ou d'inventaire compl émentaire, le pupille devenu majeur ou émancipé pourra établir la consistance de son patrimoine par tous moyens. 384.- Iyo nta barura rya mbere ryakozwe cyangwa ntihabe harakozwe n'ibarura ry'inyongera bibaye ngombwa umwana amaze kwemerwa ko akuze, ashobora kugaragaza umutungo we ku buryo ubwo aribwo bwose. 385.- Le tuteur exerce le droit de garde sur la personne du mineur pupille. Il est tenu de pourvoir à l'entretien et à l'éducation de son pupille. 385.- Umwishingizi ashinzwe kumenya umwana. Ategetswe kumwitaho no kumurera. 386.- Le pupille ne peut quitter la r qu'avec l'assentiment de celui-ci. 386.- Urerwa ntashobora kuva mu rugo umwishingizi we atabimwereye. 387.- Umwishingizi ahagararira arera mu mibanire ye na rubanda. Acunga ibintu by'urer wa ku buryo bwa kibyeyi kandi akaryozwa ingaruka zitewe n'imicungire mibi yabyo. Ibyo adashinzwe gucunga ni inyungu zikomoka ku murimo w'umwana udafitanye isano n'uw'umwishingizi akora kimwe n'ibintu bikomoka kuri izo nyungu. Icyo gihe, urerwa agomba kugira icyo atanga ku bigomba kumutunga. 388.- Umwishingizi akora ubwe ibya ngombwa byose byo kurinda no gucunga umutungo bigamije inyungu z'umwana kandi akabikoresha ku buryo bushobotse bumubyarira inyungu. ésidence du tuteur 387.- Le tuteur représente le mineur dans les actes de la vie civile. Il administre ses biens en bon p ère de famille et est personnellement responsable du pr éjudice occasionn é au pupille par sa mauvaise gestion. Echappent toutefois à cette administration, les revenus professionnels que le pupille tire d'une activit é distincte de celle du tuteur ainsi que les biens acquis par le pupille grâce à ces revenus. Dans ce cas, le pupille doit contribuer à son entretien. 388.- Le tuteur accomplit seul tous les actes conservatoires et l'administration conformes aux int érêts du pupille et à l'utilisation économique normale de ses biens personnels. 389.- Les actes d'ali énation, de m ême que tous actes de nature à grever le patrimoine du pupille, ne peuvent être accomplis par le tuteur que moyennant l'autorisation 389.- Ibikorwa bigamije gutanga kugurisha n'ibin di byose bishobora kubangamira umutungo w'umwana, umwishingizi ntaboshobora kubikora atabiherewe uburenganzira n’inama y’ubwishingire. préalable du conseil de tutelle. Ubwo burenganzira butangwa gusa iyo hari impamvu ikomeye cyangwa se iyo bifite akamaro kagaragara. En cas de n écessité absolue, le conseil de tutelle n'accorde son autorisation qu'apr ès avoir constat é, par un compte sommaire pr ésenté par le tuteur, que les derniers, effets mobiliers et revenus du mineur sont insuffisants. Iyo hari impamvu iko meye, inama y'ubwishingire itanga ubwo burenganzira ari uko imaze kwerekwa n'umwishingizi ibarura ridasesuye yerekana ko amafaranga, ibintu byimukanwa n'inyungu by'umwana bidahagije. Buri gihe, inama y'ubwishingire yerekana ibitimukanwa bishobora kuguris hwa mbere n'uburyo bwiza bwo kubigurisha. Ibyo bikorwa ni nk'ibi : a) kwemera nta mpaka ko umwana azungurwa ; b) c) d) e) f) g) kugwatiriza cyangwa gutanga uruhare urwo arirwo rwose ku bintu by'umwana bitimukanwa ; kugurisha ibintu by'urerwa ; gutanga inyungu cyangwa se guh ara imyenda umwana aberewemo ; kwemera amasezerano y'impano ayo ariyo yose akorewe umwana ; ubwumvikane ubwo aribwo bwose ; igabanywa ryose ryerekeye ibintu by'umwana 390.- Inyungu zikomoka ku bintu by ’umwana zigenewe mbere na mbere kumutunga no kumurera. Iyo izo nyungu zibaye nyinshi, umwishingizi ashinzwe kubimenyesha inama y ’ubwishingire ikaba ariyo igena imikoreshereze y’ibirenzeho. Iyo izo nyungu zidahagije, ibibuze bishobora kuboneka hagurishijwe ibintu bwite by ’umwana, byemejwe n ’inama y’ubwishingire nk’uko biteganywa mu ngingo ya 389. 391.- Iyo inyungu z'umwishingizi cyangwa iz'umwe mu bafitanye isano n'umwana ishingiye ku buvandimwe cyangwa ku ishyingirwa zigongana n'iz'umwana, icyo gihe ikibazo gishyikirizwa inama y'ubwishingire ikaba ariyo i shobora, bibaye ngombwa, gushyiraho undi mwishingizi wo guhagararira umwana muri iyo mirimo cyangwa se ikaba ariyo ibikora ubwayo. c. Ibyerekeye umugenzuzi w’umwishingizi 392.- Mu bwishingire bwose, haba umugenzuzi w'umwishingizi ushyirwaho n’inama y'ubwishingire. Igihe imirimo y'umwishingizi ihawe umuntu watoranijwe n'umwe mu babyeyi wasigaye, agomba mbere yo gutangira umurimo gusaba ko inama y’ubwishingire iterana kugira ngo ishyireho umugenzuzi Cette autorisation ne doit être accord ée que pour cause d'une nécessité absolue ou d'un avantage évident. Le conseil de tutelle indique, dans tous les cas, les immeubles qui doivent être vendus de pr éférence et toutes les conditions qu'il juge utiles. Ces actes visés sont notamment : a) l'acceptation pure et simple d'une succession échue du pupille; b) la constitution d'hypoth èques ou de droits r éels immobiliers sur les biens de pupille; c) la vente de biens du pupille; d) la cession de droit ou créance contre le pupille; e) l'acceptation de toute donation faite au mineur; f) g) tout compromis ou transaction; tout partage dirigé contre les biens du mineur. 390.- Les revenus des biens personnels du pupille sont affectés par priorité à son entretien et à son éducation. Si ces revenus sont exc édentaires, le tuteur est tenu de le signaler au conseil de tutelle du pupille qui d écide de l'affectation du surplus. Si ces rev enus sont insuffisants, le compl ément nécessaire peut, moyennant l'autorisation du conseil de tutelle pr évu à l'article 389, être obtenu par la vente de biens personnels du pupille. 391.- Lorsque les int érêts du tuteur ou de l'un de ses parents ou alli és, sont en conflit avec ceux du pupille, le cas est soumis à l'appr éciation du conseil de tutelle qui peut, s'il y a lieu, soit d ésigner un tuteur ad hoc aux fins de représenter le pupille à l'acte, soit remplir lui-m ême cet office. c. Du subrogé tuteur 392.- Dans toute tutelle, il y a un subrog é tuteur, nomm é par le conseil de tutelle. Lorsque les fonctions du tuteur sont d évolues à une personne qui a été choisie par le survivant des père et mère, le tuteur, avant d'entrer en fonctions, doit faire convoq uer, pour la nomination d'un subrog é tuteur, un conseil de tutelle. S'il est ing éré dans la gestion avant d'avoir rempli cette we. Iyo yiroshye mu bucunzi bw'ibintu atarakora ibyo, akanama k'ubwishingire, gahamagawe bisabwe n'ababyeyi, ababerewemo ubwishyu cyangwa n'abandi babifiteho uruhare, cyangwa gahamagarwa na Perezida wako, gashobora gukuraho umwishingizi, bitabujije n'indishyi yaha uwo mwana ukiri muto. Mu bundi bwishingire, u mugenzuzi w'umwishingizi ashyirwaho ako kanya umwishingizi amaze gushyirwaho. 393.- Nta na rimwe umwishingizi atora mu ishyirwaho ry'umugenzuzi w'umwishingizi ntashobora guturuka mu gisekuru kimwe n'icy'umwishingizi keretse iyo ari abavandimwe b'umwana. 394.- Umugenzuzi w'umwishingizi ntasimbura umwishingizi igihe ubwishingire butagifite ubushinzwe cyangwa uwari ubushinzwe yarazimiye. Iyo ari uko bimeze, agomba gukora uko ashoboye kugira ngo bashyireho undi mwinshingizi, ubwo akaba azibukiranye n'indishyi zabiturukaho zigenewe urerwa ukiri muto. 395.- Imirimo y'umugenzuzi w'umwishingizi irangirana n'ubwishingire. 396.- Umwishingizi ntashobora kuvanishaho umugenzuzi we no mu nama zo kumuvanaho ntashobora gutora. Iyo umugenzuzi w'umwishingizi atagishoboy e kurangiza imirimo ye, umwishingizi agomba gusaba bidatinze ko inama y'ubwishingire iterana kugira ngo ishyireho umusimbura. 397.- Umugenzuzi w'umwishingizi afite ububasha busesuye bwo gucunga no kugenzura imikorere n'imigendekere y'ubwishingire. Kugira ngo ibyo bigerweho, agomba, uko igihe kigeze, kandi nibura rimwe mu mwaka, kwaka umwishingizi umubaruro w'ibyo acunga kandi akagenzura ko bifite ishingiro. 398.- Umwishingizi agomba korohereza umugenzuzi we kugira ngo arangize imirimo ye neza. Uretse kwerekana umubaruro w'ibintu atunze buri mwaka, ashinzwe nko kwerekana inyandiko, za kitansi, amafagitire n'izindi nyandiko izo arizo zose zerekeye ibyo yakoze mu micungire ye kandi akemera ko umugenzuzi we akora umurimo we. 399.- Iyo umwishingizi yanze ic ungwa n'ingenzurwa by'umugenzuzi, cyangwa se iyo umugenzuzi abonye ko imicungire y’ibintu by'umwana ibangamiye inyungu z’uwo mwana, umugenzuzi agomba kubimenyesha ako kanya, mu nyandiko, umukuru w'inama y ’ubwishingire nawe formalité, le conseil de tutelle, convoqu é, soit sur la réquisition des parents, cr éanciers ou autres parties intéressées, soit d'office par son Président, peut, s'il n'y a eu dol de la part du tuteur, lui retirer la tutelle, sans pr éjudice des indemnités dues au mineur. Dans les autres tutelles, la nomination du subrog é tuteur a lieu immédiatement après celle du tuteur. 393.- En aucun cas, le tuteur ne vote pour la désignation du subrogé tuteur. Le subrogé tuteur ne peut pas être pris dans le lignage du tuteur, sauf dans le cas des fr ères ou s œurs germains du mineur. 394.- Le subrog é tuteur ne remplace pas de plein droit le tuteur lorsque la tutelle devient vacante ou qu'elle est abandonnée par absence; mais il doit en ce cas, sous peine de dommages et int érêts qui pourraient en r ésulter pour le mineur, provoquer la nomination d'un nouveau tuteur. 395.- Les fonctions du subro gé tuteur cessent à la m ême époque que la tutelle. 396.- Le tuteur ne peut provoquer la destitution du subrog é tuteur, ni voter dans les conseils de tutelle qui sont convoqués à cet effet. Lorsque le subrogé tuteur est dans l'impossibilité de remplir ses fonctions, le tuteur est tenu sans d élai de faire convoquer le conseil de tutelle en vue de pourvoir à son remplacement. 397.- Le subrog é tuteur est investi d'une mission g énérale de surveillance et de contrôle à l'exercice et l'administration de la tutelle. A cette fin, il est tenu, périodiquement et au moins une fois l'an, de procéder aux vérifications nécessaires. 398.- Le tuteur est tenu de fournir au subrog é tuteur toutes facilités pour l'accomplissement de sa mission. Outre l' état complet annue l de sa gestion, il est tenu notamment de lui pr ésenter tous les actes, quittances, factures et documents g énéralement quelconques aff érents aux opérations accomplies dans le cadre de sa gestion et de se prêter aux vérifications par le subrogé tuteur. 399.- Lorsque le tuteur se soustrait à la surveillance et au contrôle du subrogé tuteur ou lorsque celui-ci constate que la gestion de biens personnels du mineur est conduite d'une manière incompatible avec les int érêts de celui-ci, le subrogé tuteur est tenu d'informer, sans retard et par écrit, le pr ésident du conseil. Celui-ci adresse au tuteur les observations nécessaires ou convoque d'office le conseil de tutelle aux fins de destituer le tuteur. akamenyesha umwishingizi ibyo ab ona ari ngombwa cyangwa se agahita atumiza inama y'ubwishingire kugira ngo ihite ikuraho umwishingizi. 400.- Umugenzuzi w'umwishingizi afatanya n'umwishingizi kuryozwa ingaruka mbi zibaye ku mwana zitewe n'uburiganya cyangwa se imicungire mibi y’umwishingizi iyo bigaragaye ko iyo micungire mibi yatewe n’uburangare bw'umugenzuzi. d. Ibyerekeye Urukiko rwa Mbere rw’Iremezo 401.- Igihe ubwishingire budashobora gutangwa hakurikijwe ingingo zikubiye muri uru rwunge rw'amategeko, bisabwe n'Ubushinjacyaha cyangwa n'umuntu wese ubifitemo inyungu, Urukiko rwa Mbere rw'Iremezo rubwegurira Leta hakurikijwe ibivugwa mu ngingo zikurikira. 402.- Urukiko ruvuga ikigo gihawe, mu izina rya Leta, ubwishingire bw'umwana n'ubw’ibintu bye. 403.- Ubwishingire bwa Leta nti bugira inama y’ubwishingire cyangwa umugenzuzi w’umwishingizi. 404.- Porokireri wa Repubulika afite ububasha burambuye bwo kugenzura inyungu z ’umwana izo ari zo zose. 405.- Ushinzwe ikigo cyahawe ubwishingire bw ’umwana afite ububasha bw ’umuyobozi wemewe n ’amategeko ku byerekeye igenzura ry’ubucamanza. Ashyikiriza buri gihembwe Minisitiri ufite mu mirimo ye imibereho myiza y’abaturage uko umwana amerewe ari ku mubiri cyangwa mu mibereho. Akora imirimo yose ya kibyeyi uretse kwikenuza umutungo w’umwana. Uburyo bwo gucunga umutungo w ’umwana bugenwa na Minisitiri ushinzwe imibereho myiza y'abaturage. 406.- Leta itanga buri mwaka amafaranga agenewe uburezi no gutunga abana bishingiwe nayo. C. Ibyerekeye irangira ry'ubwishingire 407.- Ubwishingire burangira : a) iyo umwana akuze cyangwa yemerewe ubukure ; b) iyo umwana apfuye ; c) iyo umubyeyi we wari warabuze cyangwa yarazimiye abonetse ; d) iyo nyuma y'ubwishingire umwe mu babyeyi yemeye umwana hakurikijwe ibivugwa mu ngingo ya 363 y'iri tegeko ; e) iyo umwana agizwe umwana n'utamubyaye. 400.- Le subrog é tuteur est solidairement responsable avec le tuteur du préjudice occasionné au mineur par le dol ou la mauvaise gestion du tuteur, lorsqu'il est établi qu'elle a été favorisée par la négligence du subrogé tuteur. d. Du Tribunal de Première Instance 401.- Lorsque la tutelle ne peut être d éférée suivant les dispositions établies par le pr ésent code, le Tribunal de Première Instance , sur requ ête du Minist ère Public ou de toute personne int éressée, la d éfère à l'Etat suivant les conditions fixées ci-dessous. 402.- Le tribunal proc ède à la d ésignation d'une institution qui, au nom de l'Etat, exerce la tutelle sur la personne et sur les biens du pupille. 403.- La tutelle de l'Etat ne comporte ni conseil de tutelle ni subrogé tuteur. 404.- Le Procureur de la République a les pouvoirs les plus étendus pour surveiller les int érêts matériels et moraux du pupille. 405.- Le responsable de l'institution d ésignée pour exercer la tutelle a les pouvoirs d'un administrateur l égal pour le contrôle judiciaire. Il adresse trimestriellement au Ministre ayant le s affaires sociales dans ses attributions un état d étaillé portant notamment sur la situation mat érielle et morale du mineur. Il exerce tous les attributs de la puissance parentale, à l'exception de la jouissance légale. Le mode de gestion du patrimoine du pupille est déterminé par le Ministre ayant les affaires sociales dans ses attributions. 406.- Il es allou é un budget annuel par l'Etat destin l'éducation et à l'entretien des pupilles de l'Etat. é à C. De la fin de la tutelle 407.- La tutelle prend fin : a) par la majorité ou l'émancipation du pupille; b) par le décès du pupille; c) par la réapparition du parent absent ou disparu; d) par la reconnaissance de l'enfant par l'un des parents après l'ouverture de la tutelle conformément à l'article 363 de la présente loi; e) par l'adoption du pupille. 408.- Dans les deux mois à compter de la majorit é ou de l'émancipation du pupille, le tuteur est tenu de le mettre en possession de ses biens personnels et de lui remettre le 408.- Mu mezi abiri akurikira ubukure cyangwa se ukwemererwa ubukure bw'umwana, umwishingizi agomba kumuha ibintu bye bwite kandi akamuha inyandiko yuzuye igaragaza uko yabicunze yashyizweho umukono n'inama y'ubwishingire. 409.- Ibirego byose by'umwana umaze gukura cyangwa wemerewe ubukure bireba umwishingizi kandi bifitanye isano n'ibikorwa by'ubwishingire bikemurwa n'urukiko. Ibyo birego bisaza nyuma y'imyaka itanu uhereye igihe umwana akuze cyangwa yemerewe ubukure. Nyamara ibirego bishingiye ku ngingo ya 408 bisaza nyuma y'imyaka ibiri uhereye igihe umwana akuze cyangwa yemerewe ubukure. 410.- Iyo ubwishingire burangiye kubera urupfu rw'umwana, umwishingizi agomba gukorera abazungura b'uwo mwana ibiteganyijwe mu ngingo ya 408. Abazungura b'umwana bafite ububasha bumwe bwo kurega umwishingizi nk'ubuteganyijwe mu ngingo ya 409. Icyakora, ibyo birego bigira ishingiro iyo umwana amaze gupfa. Iyo umwana apfuye adasize abazungura, umwishingizi ategetswe gukorera inama y'ubwishingire ibiteganyijwe mu ngingo ya 408, mu gihe cy'amezi abiri kuva umwana apfuye. Perezida w'inama y'ubwishingire ategetswe, mu minsi cumi kuva ashyikirijwe umubaruro w'umutungo, kubimenyesha urukiko kugira ngo rugene amerekezo y'ibyo bintu, rumaze kumva Ubushinjacyaha. 411.- Iyo umwishingizi apfuye ubwishingire bwararangiye ariko ataratunganyije ibyangombwa biteganywa mu ngingo ya 408, abazungura be bategetswe kubikora mu gihe cy'amezi abiri nyuma y'urupfu rw'umwishingizi. Iyo umwishi ngizi apfuye adasize abazungura, imirimo ya ngombwa iteganyijwe mu ngingo ya 408 ikorwa n ’inama y’ubwishingire ihereye ku mubaruro wa nyuma wakozwe n’umugenzuzi w’umwishingizi. D. Ibyerekeye impamvu zituma umuntu atishingira ubwishingire. 412.- Ntawe ushobora guhatirwa kwemera ubwishingire. 413.- Iyo umwishingizi washyizweho afite impamvu zimubuza kwemera ubwishingire agomba guhamagaza inama y'ubwishingire kugira ngo isuzume impamvu zibimubuza kandi nibiba ngombwa ishyireho undi mwishingizi. Ibyo agomb a kubikora mu gihe kitarenze iminsi mirongo itatu amaze kumenyeshwa ko yashyizweho cyangwa kuva igihe umubyeyi wasigaye apfiriye iyo ubwishingire bwatanzwe hakurikijwe ingingo ya 364, igika cya mbere. compte complet de sa gestion contresign é par le conseil de tutelle. 409.- Toutes les actions du pupille devenu majeur ou émancipé contre son tuteur relativement à des faits de tutelle sont de la comp étence du tribunal. Elles se prescrivent par cinq ans à compter de la majorit é ou de l'émancipation du pupille. Néanmoins, les actions fond ées sur l'article 408 se prescrivent par deux ans à compter de la majorit é ou de l'émancipation du pupille. 410.- Lorsque la tutelle prend fin par le d écès du pupille, le tuteur est tenu vis-à-vis des héritiers du pupille aux mêmes obligations que celles prévues à l'article 408. Les h éritiers du pupille disposent contre le tuteur des mêmes actions que celles pr évues à l'article 409. Toutefois, ces actions commencent à courir à partir du décès du pupille. Lorsque le p upille meurt sans laisser d'h éritiers, le tuteur est tenu vis- à-vis du conseil de tutelle des m êmes obligations que celles pr évues à l'article 408, dans un d élai de deux mois à compter du d écès du pupille. Le pr ésident du conseil est tenu, dans un d élai de dix jours à compter de la remise des comptes, de saisir le tribunal qui d écidera de l'affectation des biens, le Ministère Public entendu. 411.- Lorsque le tuteur vient à d écéder apr ès la fin de la tutelle, mais avant d'avoir satisfait aux prescrits de l' article 408, ses héritiers sont tenus de les exécuter dans un délai de deux mois à compter du décès. Lorsque le tuteur décédé sans laisser d'héritiers, les devoirs prévus à l'article 408 sont exécutés à la diligence du conseil de tutelle, sur base des der niers comptes p ériodiques fournis par le subrogé tuteur. D. Des causes qui dispensent de la tutelle 412. - Nul ne peut être forcé d'accepter la tutelle. 413.- Si le tuteur désigné a des raisons de ne pas accepter la tutelle, il doit faire convoquer le conseil de tutelle pour délibérer sur ses motifs et, le cas échéant, désigner un autre tuteur. Les diligences à ce sujet doivent avoir lieu dans le d élai de trente jours à partir de la notification qui lui a été faite de sa désignation, et à partir du d écès du survivant des p ère et mère dans le cas de la tutelle d éférée en vertu de l'article 364, alinéa premier. 414.- Si le tuteur d ésigné est pr ésent à la d élibération du conseil de tutelle qui lui d éfère la tutelle, il doit, sur le 414.- Iyo umwishingizi ushyizweho ahibereye akumva uk o inama y'ubwishingire yemeza kumuha ubwishingire, kugira ngo ibyo azavuga nyuma bitazanga kwakirwa, agomba guherako avuga impamvu zamubuza uwo murimo, maze inama ikazisuzuma. 415.- Umwishingizi ashobora gusaba kuvanirwaho ubwishingire iyo hari izi mpamvu zikurikira gusa : - iyo yujuje nibura imyaka mirongo itandatu y'amavuko ; - iyo yamugaye bikomeye kandi abifitiye icyemezo ; - iyo abaye umutindi nyakujya. E. Ibyerekeye ukudashobora ubwishingire, kubuvanwaho no kubunyagwa. 416.- Ntibashobora kuba abishingiz i cyangwa kuba mu bagize inama y'ubwishingire : - abatarageza ku myaka y'ubukure ; - abatahuweho ubogoryi cyangwa ubusazi ; - ababurana cyangwa se iwabo bafitanye n'uwo mwana ukiri muto urubanza ; - abantu bahanishijwe kwamburwa uburenganzira umuntu afite mu gihugu ; - abantu bambuwe ububasha bwa kibyeyi. 417.- Abavanwa mu bwishingire cyangwa bakabunyagwa ni aba : abantu bazwiho imyifatire mibi ; abantu bagaragaweho ubushobozi buke cyangwa ubuhemu mu gucunga ibintu. champ, et sous peine d'être déclaré non recevable dans toute sa r éclamation ultérieure, d éclarer ses motifs éventuels de non acceptation sur lesquels le conseil de tutelle délibère. 415.- Le tuteur ne peut demander d'être déchargé que : - s'il a atteint soixante ans au moins; - s'il est atteint d'une infirmité grave dûment justifiée; - s'il est tombé dans le cas d'indigence. E. De l'incapacit é, des exclusions et destitution de la tutelle 416.- Ne peuvent être tuteur, ni membre du conseil de tutelle : - les mineurs; - les interdits; - tous ceux qui ont ou dont le p ère ou la m ère ont avec le mineur un procès; - tous ceux qui sont frapp és d'une peine de d égradation civique; - tous ceux qui ont été déchus de l'autorité parentale. 417.- Sont exclus de la tutelle, et m ême destituables s'ils ont en exercice : - les gens d'une inconduite notoire; - ceux dont la gestion atteste l'incapacité ou l'infidélité. 418.- Tout individu qui a été exclu ou destitué d'une tutelle ne peut être membre d'un conseil de tutelle. 418.- Umuntu wese uzaba yaravanywe mu bwishing ire cyangwa yarabunyazwe ntashobora kuba umwe mu bagize inama y'ubwishingire. 419.- Toutes les fois qu'il y a lieu à destitution ou exclusion de tuteur, elle est prononc ée par le conseil de tutelle convoqué à la diligence du Président du tribunal. 419.- Igihe cyose bagomba kuvanaho cyangwa kunyaga umwishingizi, bikorwa n'inama y'ubwishingire ihamagajwe na Perezida w'urukiko. 420.- Toute d écision du conseil de tutelle qui prononce l'exclusion ou la destitution du tute ur est motiv ée, et en peut être prise qu'après avoir entendu ou appelé le tuteur. 420.- Icyemezo cy ’inama y'ubwishingire gikurah cyangwa kinyaga umwishingizi kigomba kuvugirwa impamvu kandi kigafatwa umwishingizi yireguye cyangwa yahamagariwe kwiregura. o 421.- Si le tuteur adh ère à la d élibération, il en est fait mention et le nouveau tuteur entre aussitôt en fonction. 421.- Iyo umwishingizi yemeye icyemezo cyafashwe, bikorerwa inyandiko, umusimbura agahita atangira imirimo. S'il y a r éclamation, le subrog é tuteur poursuit l'homologation de la d élibération du conseil de tutelle devant le tribunal. Iyo habaye impaka, umugenzuzi w'umwishingizi asaba urukiko kwemeza ibyagezweho n'inama y'ubwishingire. Le tuteur exclu ou destitu é peut lui-m ême, en ce cas, assigner le subrog é tuteur pour se faire d éclarer maintenu en la tutelle. Umwishingizi wabwambuwe cyangwa wabunyazwe ashobora muri icyo gihe kurega umugenzuzi we asaba kuguma ku murimo we w'ubwishingire. F. Des comptes de la tutelle F. Ibyerekeye imurikwa ry'ubwishingire. 422.- Tout tuteur est co mptable de sa gestion lorsqu'elle prend fin. 422.- Umwishingizi wese amurika ibintu yacunze igihe umurimo we urangiye. 423.- Imurikwa ry'ubwishingire ryishyurwa n'ibikomotse mu mutungo w'umwana amaze kuba mukuru cyangwa se yemerewe ubukure. Mu gihe ari ngombwa, umwishingizi aba arishye ibigomba gukorwa. 424.- Amasezerano yose umwishingizi agiranye n'umwana umaze kuba mukuru nta gaciro mu gihe atabanjirijwe n'imurikwa ry'umutungo risobanuye ku buryo burambuye n’itangwa ry'ibimenyetso bihagije, byose inama y'ubwishingire ikaba yarabibonye nibura mu minsi icumi mbere y'amasezerano 425.- Amafaranga asigaye agomba gutangwa n'umwishingizi abyara inyungu ntawubisabye guhera aho imurika rirangiriye. 423.- Le compte de la tutelle est rendu aux d épens du mineur, lorsqu'il a atteint sa majorit é ou obtenu son émancipation. En cas de besoin, le tuteur en avance les frais. On alloue au tuteur toutes d épenses su ffisamment justifiées et dont l'objet est utile. 424.- Toute convention pass ée entre le tuteur et le mineur devenu majeur est nulle, si elle n'a été pr écédée de la reddition d'un compte d étaillé et de la remise des pi èces justificatives, le tout constat é par le conseil de tutelle dix jours au moins avant la convention. 425.- La somme à laquelle s' élève le reliquat d û par le tuteur porte intérêt, sans demande, à partir de la cl ôture du compte. Sous-section III : De l'émancipation 426.- Le mineur est émancipé de plein droit par le mariage. Akiciro ka III: Ibyerekeye kwemererwa ubukure. 426.- Iyo umwana muto ashyingiwe yemererwa ubukure nta mpaka. 427.- Umwana muto utarashyingirwa ashobora kwemererwa ubukure na se, bidashobotse na nyina iyo agejeje ku myaka cumi n’umunani yuzuye. Ubwo bukure bukorwa n ’imvugo ya se cyangwa ya nyina, yakiriwe n’umwanditsi w’irangamimerere w’aho atuye. 428. - Umwana muto utagira se na nyina nawe ugejeje ku myaka cumi n'umunani ashobora kwemererwa ubukure n'inama y'ubwishingire iyo isanze abikwiye. Muri icyo gihe, ukwemererwa ubukure byerekanwa n'icyemezo cy'inama y'ubwishingire yabyemeje n'imvugo ya Perezida w' urukiko ari nawe Perezida w'inama y'ubwishingire bikubiye mu nyandiko imwe ko umwana muto yemerewe ubukure. 429.- Iyo umwishingizi atagize icyo akora kugira ngo umwana yemererwe ubukure nk'uko bivugwa mu ngingo ya 428 kandi umugenzuzi w'umwishingizi, umwe cyangwa benshi mu bafitanye isano n'umwana ishingiye ku buvandimwe cyangwa ku ishyingiranwa, babona akwiye kwemererwa ubukure, bashobora gusaba Perezida w'urukiko gutumiza inama y'ubwishingire kugira ngo ibifatire icyemezo. Perezida w'urukiko ntashobora kwanga gutumiza iyo nama. Umwana muto wishingiwe na Leta ashobora kwemererwa ubukure biturutse ku cyemezo cy'urukiko rubisabwe na Porokireri wa Repubulika cyangwa ushinzwe ikigo umwana arererwamo. 427.- Le mineur non marié peut être émancipé par son père ou, à défaut de son père, par sa mère, lorsqu'il a atteint l'âge de dix huit ans révolus. Cette émancipation s'opère par la seule d éclaration du père ou de la mère, reçue par l'officier de l'état civil du domicile du déclarant. 428.- Le mineur rest é sans p ère ni m ère peut aussi, à l'âge de dix huit ans accomplis, être émancipé si le conseil de tutelle l'en juge capable. En ce cas, l' émancipation résulte de la délibération qui l'a autorisée et de la d éclaration que le Pr ésident du tribunal, comme Président du conseil de tutelle, a faite dans le même acte que le mineur est émancipé. 429.- Lorsque le tuteur ne fait aucune diligence pour l'émancipation du mineur dont il est question à l'article 428, et que le subrogé tuteur, un ou plusieurs parents ou alliés de ce mineur le jugent capable d' être émancipé, ils peuvent requérir le Président du tribunal de convoquer le conseil de tutelle pour délibérer à ce sujet. Le président du tribunal doit déférer à cette réquisition. Le pupille de l'Etat peut être émancipé par d écision du tribunal prise à la requ ête du Procureur de la R épublique ou à la requ ête du responsable de l'institution à laquelle le mineur est confié. 430.- Sans pr éjudice aux dispositions de l'article 171, le mineur émancipé peut poser tous actes de la vie civile. 430.- Bitanyuranyije n'ibivugwa mu ngingo ya 171, umwana uhawe ubukure ashobora gukora ibintu byose bimuhuza n'abandi. ICYICIRO CYA V: Ibyerekeye ubukure, kwakwa ubushobozi n'umufasha w'udashoboye gucunga ibye. SECTION III : De la majorit é, de l'interdiction et du conseil judiciaire Sous-section première : De la majorité 431.- La majorit é civil e est fix ée à vingt et un ans accomplis; à cet âge on est capable de tous les actes de la vie civile, sauf les exceptions déterminées par la loi. Akiciro ka mbere: Ibyerekeye ubukure. 431.- Ubukure bushyizwe ku myaka makumyabiri n'umwe yuzuye, kuri iyo myaka umuntu ashobora gukora ibintu byose bimuhuza n'abandi, uretse ibiteganywa ukundi n'amategeko. Sous-section II : De l'interdiction 432.- Le majeur qui est dans un état habituel d'imb écillité, de d émence ou de fureur, doit être interdit, m ême lorsque cet état présente des intervalles lucides. Akiciro ka II: Ibyerekeye kwakwa ubushobozi 432.- Umuntu mukuru usanzwe agaragaraho ubugoryi, ubusazi cyangwa ubusazi butongoye, agomba kwakwa ubushobozi n’aho ibyo byaba bijya bumuha agahenge. 433.- Umuntu wese ashobora gusaba ko uwo bafitanye isano ishingiye ku buvandimwe yakwa ubushobozi, byemererwa kandi umwe mu bashyingiranywe iyo abisabira uwo bashyingiranywe. 434.- Iyo umuntu agaragaweho i bisazi bitongoye, ukwakwa ubushobozi ntibisabwa n'uwo bashyingiranywe cyangwa uwo bafitanye isano ishingiye ku buvandimwe, bigomba gukorwa n'Ubushinjacyaha; ubwo bushinjacyaha bushobora no kubikora igihe umuntu agaragaweho ubugoryi cyangwa ubusazi adafite uwo bashyingiranywe cyangwa uwo bafitanye isano ishingiye ku buvandimwe uzwi. 433.- Toute personne est recevable à provoquer l'interdiction de son parent; il en est de m ême de l'un des époux à l'égard de l'autre. 434.- Dans le cas de fureur, si l'interdiction n'est provoquée ni par l' époux, ni par les parents, elle doit l' être par le Ministère Public qui, dans les cas d'imb écillité ou de démence, peut aussi la provoquer contre l'individu qui n'a ni époux, ni épouse, ni parents connus. 435.- Toute demande en interdiction est port ée devant le tribunal. 435.- Ikirego cyose gisabira umuntu kwakwa ubushobozi gishyikirizwa urukiko. 436.- Les faits d'imb écillité, de démence ou de fureur, sont articulés par écrit. 436.- Ibyerekana ubugoryi, ibisazi cyangwa ibisazi bitongoye bivugwa mu nyandiko. Ceux qui poursuivent l'interdiction pr ésentent les t émoins et les pièces. Abasaba kwaka u bushobozi babitangira n'ibimenyetso byanditse. 437.- Le tribunal ordonne que le conseil de famille donne son avis sur l' état de la personne dont l'interdiction est demandée. abagabo 437.- Urukiko rutegeka ko inama y'umuryango ivuga icyo itekereza ku mimerere y'usabirwa kwakwa ubushobozi. 438.- Abasabye kwaka ubushobozi ntibashobora gutora mu nama y'umuryango igomba kuvuga icyo itekereza ku mimerere y'usabirwa kwakwa ubushobozi. 439.- Iyo urukiko rumaze kumva icyo inama y'umuryango ibitekerezaho, rubariza uregwa mu muhezo, atashobora kuboneka ahongaho, akabarizwa aho ari hose bashoboye kumusanga. Igihe cyose, Ubushinjacyaha bub a buri muri iryo bazwa. 440.- Nyuma y'ibazwa rya mbere, urukiko rushyiraho 438.- Ceux qui ont provoqu é l'interdiction ne peuvent participer aux d élibérations du conseil de famille appel é à donner son avis sur l' état de la personne dont l'interdiction est demandée. 439.- Apr ès avoir re çu l'avis du conseil de famille, le tribunal interroge le d éfendeur à huis clos; s'il ne peut s'y présenter, il est interrog é partout o ù il peut se trouver. Dans tous les cas, la pr ésence du Minist ère Pub lic à l'interrogatoire est obligatoire. 440.- Apr ès le premier interrogatoire, le tribunal commet, s'il y a lieu, un administrateur provisoire pour prendre soin de la personne et des biens du défendeur. by'agateganyo, iyo ari ngombwa, umuntu wita k'uregwa no kubintu bye. 441.- Urubanza rwose rutagihindutse rutegeka kwaka ubushobozi rumanikwa mu biro by'umwanditsi w'irangamimerere w'aho uwatswe ubushobozi aba, mu gihe cy'iminsi icumi, bisabwe n'abamureze. 442.- Kwakwa ubushobozi bitangira gukurikizwa ku munsi urubanza rwasomeweho cyangwa rwamenyesherejweho ababuranyi. 443.- Ibyakozwe mbere yo kwakwa ubushobozi bishobora guseswa i gihe icyatumye nyiri ukubikora yakwa ubushobozi cyariho kandi kizwi na benshi mu gihe yabikoraga. 444.- Iyo umuntu apfuye, ibyo yakoze ntibishobora kuregerwa ngo ni iby ’umusazi iyo kwakwa ubushobozi bitaciriweho urubanza cyangwa ngo bisabwe atarapfa keretse icyemezo cy ’uko yasaze kigaragazwa n ’igikorwa ubwacyo cyaregewe. 445.- Igihe icyemezo cyo kwakwa ubushobozi kitagishobora gusubirwaho, hashyirwaho umwishingizi n'umugenzuzi w'umwishingizi bo gufasha uwambuwe ubushobozi, bisabwe na buri muntu wese waba ubifitemo inyungu cyangwa bisabwe n'Ubushinjacyaha, hakurikijwe amategeko agenga ibyerekeye ubuto, ubwishingire no kwemererwa ubukure. 441.- Toute d écision portant interdiction, coul ée e n force de chose jugée, est, à la diligence des demandeurs, affichée dans les dix jours au bureau de l'officier de l' état civil de la résidence de l'interdit. 442.- L'interdiction produit ses effets le jour du prononc é ou celui de la notification aux parties. 443.- Les actes ant érieurs à l'interdiction peuvent être annulés, si la cause de l'interdiction existait notoirement à l'époque où ces actes ont été posés. 444.- Après la mort d'un individu, les actes par lui posés ne peuvent être attaqués pour cause de démence qu'autant que son interdiction ait été prononcée ou provoqu ée avant son décès, à moins que la preuve de la d émence ne r ésulte de l'acte même qui est attaqué. 445.- Lorsque la d écision d'interdiction est coul ée en force de chose jug ée, il es t, à la diligence de toute partie intéressée ou du Minist ère Public, pourvu à la nomination d'un tuteur et d'un subrog é tuteur à l'interdit suivant les règles relatives à la minorité, la tutelle et l'émancipation. L'administrateur provisoire cesse ses f onctions et rend compte au tuteur s'il ne l'est pas lui-même. Umucunzi w'agateganyo ahagarika imirimo ye akamurikira ibintu umwishingizi iyo atari we wahawe uwo murimo. 446.- Chacun des conjoint interdit. 446. - Buri wese bashyingiranywe afite uburenganzira bwo kubera mugenzi we umwishingizi iyo yatswe ubushobozi. 447.- Nul, à l'exception des époux, des ascendants et descendants, n'est tenu de conserver la tutelle d'un interdit au-delà de dix ans. A l'expiration de ce délai, le tuteur peut demander et doit obtenir son remplacement. 447.- Nta n'umwe, uretse uwashyingiranywe n'undi, abo akomokaho n'abamukomokaho, ugomba guhatirwa kubera umwishingizi uwatswe ubushobozi mu gibe kirenze imyaka icumi. Iyo icyo gihe kirenze, umwishingizi ashobora gusaba kandi akemererwa gusimburwa. 448.- Uwatswe ubushobozi afatwa nk'umwana muto ku bimwerekeye ubwe no kumutungo we;Amategeko yerekeye ubwishingire bw ’abana babo niyo akurikizwa ku bwishingire ku batswe ubushobozi 449.- Ibiva mu mutungo w'uwatswe ubushobozi bigomba ahanini gukoreshwa mu byerekeye ibimworohereza imibereho n'ibishobora kumukiza vuba. Iyo uwatswe ubushobozi ari umutindi nyakujya, inama y'umuryango ibishyikiriza Minisitiri ushinzwe i mibereho myiza y'abaturage; icyo gihe, uwatswe ubushobozi azavurirwa mu bitaro yishyurirwa na Leta. 450.- Mu ishyingirwa ry'umwana w'uwatswe ubushobozi, ari amasezerano agirwa n'abashyingiranywe kimwe n'indi époux est, de droit, le tuteur de son 448.- L'interdit est assimil é au mineur pour sa personne et pour ses biens; les lois sur la tutelle des mineurs s'appliquent à la tutelle des interdits. 449.- Les revenus de l'interdit doivent être essentiellement employés à adoucir son sort et à accélérer sa guérison. Si l'interdit est indigent, le conseil de famille s'adresse au Ministre ayant les affaires sociales dans ses attributions; l'interdit, en ce cas, est admis à la maison de santé aux frais de l'Etat. 450.- En cas de mariage de l'enfant de l'interdit, les conventions matrimoniales ainsi que toutes autres formalités dont l'intervention des parents est n écessaire sont régies par des dispositions de la présente loi relatives à la tutelle. mihango ababyeyi bataburamo, birangizwa hakurik ingingo z'iri tegeko zerekeye ubwishingire. ijwe 451.- Kwakwa ubushobozi birangirana n'uko impamvu zabiteye nazo zivuyeho, nyamara kubivana ku muntu byemezwa hakurikijwe imihango imwe n ’ikurikizwa igihe cyo kwakwa ubushobozi, kandi uwatswe ubushobozi ntashobora gusubirana uburenganzira bwe mbere y’urubanza rubivanaho. Urwo rubanza rumanikwa ku biro by'umwanditsi w'irangamimerere w'aho nyirubwite aba kandi ariwe ubisabye. Akiciro ka III: Ibyerekeye umufasha w'udashoboye gucunga ibye. 452.- Abatagaguza i byabo bashobora kubuzwa kuburana, kugira icyo bumvikana n'abandi, kugurizwa, kwakira igifite agaciro gishobora kwimukanwa, kwemeza ko umuntu akivanwaho, gutanga umutungo wabo cyangwa kuwugwatiriza batabifashijwemo n'umufasha ushyirwaho n'urukiko. 453.- Ku buza umuntu kugira icyo akora atabifashijwemo n'umufasha bishobora gusabwa n'abafite uburenganzira bwo kumusabira kwakwa ubushobozi. Icyo kirego kiburanishwa kandi kigakemurwa ku buryo bumwe n'ikirego cyo kwakwa ubushobozi. Kwemerera utagaguza gusubirana ububasha bwe binyura mu nzira zimwe nk'izo kubumwambura. 451.- L'interdiction cesse avec les causes qui l'ont déterminée; n éanmoins, la mainlev ée est prononc ée en observant les m êmes formalités prescrites pour parvenir à l'interdiction; et l'interdit ne peut reprendre l'exercice de ses droits qu'à partir du jour de la notification du jugement de mainlevée. Ce jugement est affiché au bureau de l'officier de l'état civil de la résidence de l'intéressé à sa diligence. Sous-section III : Du conseil judiciaire 452.- Il peut être d éfendu aux prodigues de plaider, de transiger, d'emprunter, de recevoir un capital mobilier et d'en donner d écharge, d'ali éner et de grever leurs biens d'hypothèques sans l'assistance d'un conseil qui leur est nommé par le tribunal. 453.- La mise sous conseil judiciaire peut être provoqu ée par ceux qui ont droit de demander l'interdiction. La demande est instruite et jug ée de la m ême manière que la demande d'interdiction. La mainlev ée n'est obtenue qu'en observant les m formalités. êmes 454.- Aucune d écision, en mati ère d'interdiction ou de nomination d'un conseil, ne peut être rendue que sur avis du Ministère Public. 454.- Nta cyemezo gifatwa mu byerekeye gushyiraho umufasha cyangwa kwakwa ubushobozi Ubushinjacyaha butavuze icyo bubitekerezaho. TROISIÈME PARTIE : Du conseil de famille GICE CYA GATATU: ibyerekeye inama y'umuryango 455.- Le conseil de famille est une institution au sein de la famille chargée de veiller à la sauvegarde des int érêts des membres de la famille. 455.- Inama y'umury ango ni urwego rwo mu muryango rushinzwe kurengera inyungu z'abagize umuryango. Il est organis é et fonctionne conform ément aux usages et coutumes. Imiterere n'imikorere yayo ishingira ku muco. QUATRIÈME PARTIE : Des dispositions finales IGICE CYA KANE: Ibyerekeye ingingo zisoza 456.- Inyandiko z'irangamimerere zakozwe n'ubutegetsi bwa Perefegitura n'ubwa komini mbere y'uko iri tegeko ritangira gukurikizwa, zigumanye agaciro kazo. 457.- Bitabangamiye imanza zaciwe burundu n'inkiko, abana bitwaga abasambanano, abitwaga amacugane mu mategeko yariho mbere y ’iri bashobora kwemerwa hakurikijwe ibiteganywa n’iri tegeko. 456.- Les actes d' état civil dress és par les autorit és préfectorales et communales , avant l'entr ée en vigueur de la présente loi, restent valables. 457.- Sous r éserve des d écisions judiciaires coul ées en force de chose jug ée, les enfants qualifi és d'adult érins et d'incestueux par la l égislation ant érieure à la pr ésente lo i peuvent être reconnu conform ément aux dispositions de celle-ci. 458.- Toutes dispositions l égales ou r églementaires 458.- Amategeko yose n'amabwiriza anyuranye n ’iri avanyweho, cyane cyane, uko yagiye ahinduka kugeza ubu : - iteka ryo kuwa 4 Gicurasi 1895 ryerekeye amategeko mbonezamubano, igitabo cya mbere; - iteka ryo kuwa 5 Nyakanga 1948 ryerekeye ubushyingiranwe bw'umugore n'umugabo umwe, ryubahirijwe mu Rwanda n'iteka n°21/130 ryo kuwa 5 Nzeri 1949 ; - iteka ryo kuwa 4 Mata 1950 ryerekeye ugushyingiranwa n'abagore benshi ryubahirijwe mu Rwanda n'iteka n° 21/132 ryo kuwa 11 Ukuboza 1951 ; - iteka n° 11/28 ryo kuwa 9 Gashyantare 1955 ryerekeye irangamimerere y'abanyamahanga : - itegeko-teka n° 33/79 ryo kuwa 22 ukwakira 1979 ryerekeye uguhindura amazina. 459.- Iri tegeko rizatangira gukurikizwa ku munsi rizatangarizwaho mu Igazeti ya Leta ya Repubulika y'u Rwanda. Rihera ku itariki izemezwa na Perezida wa Repubulika - Iteka rya Perezida nº 102/05 ryo kuwa 13.3.1992 rashyizeho itariki ya 1 gicurasi 1992 (Igazeti ya Leta, 1992, urup.445). contraires au code civil institu é par la pr ésente loi sont abrogées, notamment, tels que modifiés à ce jour : - le décret du 4 mai 1895 relatif au code civil, livre premier; - le d écret du 5 juillet 1948 relatif au mariage monogamique indig ène, rendu ex écutoire au Rwanda par l'ordonnance nº 21/130 du 5 septembre 1949; - le d écret du 4 avril 1950 relatif au mariage polygamique, rendu ex écutoire au Rwanda par l'ordonnance nº 21/132 du 11 décembre 1951; - l'ordonnance nº 11/28 du 9 f évrier 1955 relative à l'état civil des étrangers; - le d écret-loi n º 33/79 du 22 octobre 1979 relatif aux changements de noms. 459.- La pr ésente loi entre en vigueur le jour de sa publication au Journal Officiel de la R épublique Rwandaise. Elle sortira ses effets à la date que d éterminera le Président de la République. L’A.P. nº 102/05 du 13.3.1992 a fixé cette date au 1er mai 1992 (J.O. 1992, p. 445).