4.1.1 Ibyerekeye abantu 4.1.1 Of persons 4.1.1 Des

Transcription

4.1.1 Ibyerekeye abantu 4.1.1 Of persons 4.1.1 Des
4.1.1 Ibyerekeye abantu
4.1.1 Of persons
4.1.1 Des personnes
4.1.1.1 Interuro y’ibanze n’ibyerekeye abantu
n’umuryango
4.1.1.1 Titre préliminaire et personnes et famille
27 Ukwakira 1988
– Itegeko n º 42/1988. Interuro
y’ibanze n ’igitabo cya mbere
cy
’Urwunge
rw’amategeko mbonezamubano , Igazeti ya Leta , 1989,
urup. 9
27 Octobre 1988 - Loi nº 42/1988. Titre préliminaire et
livre premier du Code Civil, J.O., 1989, p. 9
AMAGAMBO FATIZO
INDEX
Abana
- Gutanga ibitunga, 200
- Inkurikizi ry’itana ry’abashyingiranwe, 283-286
- Uburere bw’abana (itana ry’abashyingiranwe), 283
- Inshingano imbere y’ababyeyi, 200, 343
- Inshingano z’ababyeyi, 197
Abana bakiri bato, 84, 171, 347-348, 363-406, 426-430
- Ububasha bwa kibyeyi, 347-348
- Aho batuye, 84
- Kwemererwa ubukure, 426-430
- Ishyingirwa, 171
- Umwishingizi, 361-406
Abana bakomoka ku bashyingiranywe, 297, 301-304, 306,
308-309, 311
- kwihakana, 297, 301-304, 306
- kumenyekana, 308-309, 311
Abana bavutse kubatashyingiranywe, 318-327, 346
- ububasha bwa kibyeyi, 346
- uburenganzira, 326
- kwemerwa nk’abavuka ku bashyingiranywe, 318-323
- kwemera, 324-327
Abanyamahanga, 11, 13, 108, 141-143, 235, 293-295
- inyangindiko y’irangamimerere, 141-143
- gutana, 293-295
- ishyingirwa, 235
Abavandimwe (ishyingirwa), 172
Aho umuntu aba, 25, 27-28, 31, 39, 57, 73-77
Aho umuntu atuye, 25, 27, 39, 57, 78-85
Aho uwatswe ububasha abarizwa, 85
Guhoza ku nkeke, 237
Gutana kw’abashakanye, 237-286, 300
- impamvu zizwi, 237-256
. impamvu, 237
. uburyo, 238-247
- ku bwumvikane, 257-277
- inkurikizi, 278-286
- abanyamahanga, 293-295
- kutakirwa kw’ikirego, 255-256
Ibitutsi bikabije, 237
Ikirego cyerekeye imimerere, 315-317
Ikirego kigamije kwerekana nyina w’umwana, 329-331
Ikirego kigamije kwerekana se w’umwana, 328-331
Imimerere y’abantu, 11
Imiziro, 432-451
Inama y’umuryango, 437-439, 455
Indongoranyo, 168
Inkomoko ku bashyingiranywe, 296-317
Absence, 25-56.
- déclaration, 38-45.
- effets, 50-52.
- présomption, 25-26,28-29,30-37.
Actes
- de décès, 24,127-136.
- entre vifs, 14.
- de mariage, 101, 137.
- de naissance, 62, 64, 101, 117126.
- de notoriété, 138-140.
Actes de l'état civil, 117-149, 152, 456.
- étrangers, 141-143.
- jugements supplétifs, 147-149.
- rectifications, 144-146.
Action d'état, 315-317.
Adoption, 101, 333-342.
- actes, 101.
- conditions, 333-336.
- effets, 336-339.
- procédures, 340-342.
Adultère (divorce), 237.
Aliénés, 432.
Ascendants (mariage), 172.
Autorité parentale, 51-52, 84, 343-359.
- adoption, 336.
- attributs, 349-358.
- déchéance, 359.
Capacité, 11.
Collatéraux (mariage), 172.
Conseil de famille, 437-439, 455.
Conseil judiciaire, 452-454.
Décès, 18-20, 23-24, 29,4', 46-49, 101.
Désaveu de paternité, 297-301, 303-304, 306.
Divorce, 237-286, 300.
- cause déterminée (pour), 237-256.
- causes, 237.
- formes, 238-247.
- consentement mutuel, 257-277.
- effets, 278-286.
- étrangers, 293-295.
- fin de non-recevoir, 255-256.
Domicile, 25, 27, 39, 57, 78-85.
Droits civils, exercice, 9.
Emancipation, 426-430.
- kwihakana, 297-301, 303-304, 306
- ibimenyetso, 307-317
Inkwano, 137, 168
Inshingano yo gutanga ibimutunga, 87-95, 105, 197-198,
205
- umwanditsi w’irangamimerere, 24, 61, 79, 87-96,
105
Inyandiko,
- z’urupfu, 24, 127-136
- z’amasezerano y’abariho, 14
- z’abashyingiranywe, 101, 137
- z’amavuko, 62, 64, 101, 117-126
- mpamo, 138-140
Inyandiko z’irage, 13, 42
Inyandiko z’irangamimerere, 117-149, 152, 456
- z’abanyamahanga, 141-143
- imanza zizisimbura, 147-149
- ikosorwa, 144-146
Irangamimirere, 70, 86, 98-116, 150-151
- ibiro, 99, 116
- ikimenyetso, 86
- ibitabo, 70, 98-115, 151-151
Isano ry’umuvandimwe iziguye, 172
Ishyingirwa, 49-52, 153-235
- izimira ry’uwo mwashakanye, 50-52
- inyandiko, 101, 137
- kubera umubyeyi uwo utabyaye, 174
- ishyingirwa, 155-158
- ibisabwa, 171-184
- iseswa, 236
- inshingano n’uburenganzira, 206-219
- abana (uburenganzira), 197, 200
- abanyamahanga, 235
- agatabo k’ishyingirwa, 185-189
- guta agaciro, 220-234
- inshingano, 197-205
- gutambamira, 190-196
- ibihano, 234
- ryateshejwe agaciro, 233
Izimira, 25-56
- imenyekanisha, 38-45
- inkurikizi, 50-52
- gufatwa nk’uwazimiye, 25-26, 28-29, 30-37
Izina, 58-72, 337
- uwagizwe umwana n’utaramubyaye, 337
- guhindura, 65-71
Izungura ry’uwazimiye, 41-45
Kuba mwene kanaka,
- kumwihakana, 297-301, 303-304, 306
- kubiregera, 328, 331
- abatagaguza, 452
Kubera umubyeyi uwo utabyaye, 101, 333-342
- inyandiko, 101
- ibisabwa, 333-336
- inkurikizi, 336-339
- uburyo bikorwa, 340-342
Enfants,
- devoir alimentaire, 200.
- effets du divorce, 283-286, - garde (divorce), 283.
- obligations envers les parents, 200, 343
- parents, obligations, 197
Enfant conçu, 16-17
Enfants légitimes, 297, 301-304, 306, 308-309, 311
- désaveu, 297, 301-304, 306
- possession d'état, 308-309, 311.
Enfants naturels, 318-327, 346.
- autorité parentale, 346.
- droits, 326.
- légitimation, 318-323.
- reconnaissance, 324-327,
Etat civil, 70, 86,98-116, 150-151.
- bureau, 99, 116. - preuve, 86.
- registres, 70,98-115, 150-151.
Etat des personnes, 11.
Etrangers,11,13,108,141-143,235,293-295.
- acte de l'état civil, 141-143.
- divorce, 293-295.
- mariage, 235.
Excès, sévices, 237.
Femme mariée, 63, 83.
- domicile, 83.
- nom, 63.
Fiançailles, 159-168.
Filiation légitime, 296-317.
- désaveu, 297-301, 303-304, 306.
- preuves, 307-317.
Indongoranyo,168.
Injures graves (divorce), 237.
Inkwano, 137, 168.
Interdiction, 432-451.
Interdit, domicile, 85.
Mariage, 49-52,153-235.
- absence du conjoint, 50-52.
- actes, 101, 137.
- adoption, 174.
- alliance, 155-158.
- conditions, 171-184.
- dissolution, 236.
- droits et devoirs, 206-219.
- enfants (droits), 197, 200.
- étrangers, 235.
- livret, 185-189.
- nullité, 220-234.
- obligations, 197-205.
- oppositions, 190-196.
- pénalités, 234.
- putatif, 233.
Mineurs, 84,171, 347-348, 363-406,426-430.
- autorité parentale, 347-348.
- Domicile, 84
- Emancipation, 426-430
- Mariage, 171
- Tutelle, 361-406
Ministère Public,
Kurambagiza, 159-168
Kutabana by’agateganyo, 287-292, 300
Kwemera umwana, 101, 324-327
Kwihakana umubyeyi (umugabo), 297-301, 303-304, 306
Ububasha bwa kibyeyi, 51-52, 84, 343-359
- umubyeyi w’uwo atabyaye, 336
- inshingano, 349-358
- kwamburwa, 359
Ubugoryi, 432
Ubusambanyi, 237
Ubushinjacyaha
- abazimiye, 28, 31, 34, 37, 39
- gutana kw’abashakanye, 239-240, 245-246, 268269, 271
- imiziro, 434-439, 445
Ubwishingire,
- gutangira, 361-366
- kumvikana umutungo, 422-425
- kutabiharirwa, 412-415
- irangira, 407-411
- kudashobora, 416-421
- inzego, 367-406
Umugore, 63, 83
- aho atura, 83
- izina, 63
Umufasha w’udashoboye gucunga ibye, 452-454
Umwana ukiri mu nda, 16-17
Urupfu, 18-20, 23-24, 29, 46-49, 101
- absents, 28, 31, 34, 37, 39.
- divorce, 239-240,245-246, 268-269, 271.
- interdiction, 434-439,445.
Naissance, actes, 62, 64, 101, 117-126.
Nom, 58-72, 337.
- adoption, 337.
- changement, 65-71.
Obligation alimentaire, 87-95, 105, 197-198, 205.
Officier de l'état civil, 24, 61, 70, 87-96, 105.
Paternité,
- désaveux, 297-301,303-304,306.
- recherche, 328, 331.
- Prodigues, 452.
Recherche de maternité, 329-331.
Recherche de paternité, 328-331.
Reconnaissance d’enfant, 101, 324-327
Résidence, 25, 27-28, 31, 39, 57, 73-77
Séparation de corps, 287-292, 300
Succession, absence, 41-45
Testaments, 13, 42
Tutelle,
- compte, 422-425
- dispenses, 412-415
- fin, 407-411
- incapacité, 416-421
- organes, 367-406
- ouverture, 361-366
1.- Iri tegeko rishyiraho interuro y ’ibanze n ’igitabo cya
mbere “Abantu n’umuryango”, by’urwunge rw’amategeko
mbonezamubano nyarwanda.
1. - La présente loi institue le titre préliminaire et le livre
premier des «Personnes et de la Famille » du code civil
rwandais.
I. INTERURO Y
’IBANZE : IBYEREKEYE
AMAHAME RUSANGE.
I. TITRE PR
GÉNÉRAUX
2.- Itegeko rishyirirwaho gutunganya ibizakorwa ritangiye
gukurikizwa; ntirishobora
kugira inkurikizi ku bikorwa byabaye ritaratangira
gukurikizwa keretse iyo biteganyijwe ukundi.
2.- La loi ne dispose que pour l'avenir : elle n'a pas d'effet
rétroactif sauf stipulation contraire.
3.- Itegeko rigenga ibintu byose byerekeye uburyo buri
ngingo imwe mu ngeno zaryo rimeze.
3.- La loi r égit toutes les mati ères auxquelles se rapportent
la lettre ou l'esprit de l'une de ses dispositions.
Iyo hatariho amategeko agomba gukurikizwa, umucamanza
aca imanza akurikije umuco w ’igihugu, haba amategeko
ubwe yakwishyiraho, aramutse nawe
ari mu mwanya
w’ubutegetsi nshinga-tegeko. Yifashisha ibisobanuro
by’ubucamanza byagiye bifatwa mu manza zisa n
’urwo
agomba gukemura.
A d éfaut d'une disposition l égale applicable, le juge se
prononce selon le droit coutumier, et
à d éfaut d'une
coutume, selon les r ègles qu'il établirait s'il avait à faire
acte de législateur. Il s'inspire des solutions consacrées par
la doctrine et la jurisprudence.
Umucamaza wanze guca urubanza yitwaje ko itegeko
ntacyo ribivugaho cyangwa ko itegeko ririho ritumvikana
neza cyangwa ko ridahagije azakurikiranwa ko yanze guca
urubanza.
Le juge qui refuse de juger, sous pr étexte du silence, de
l'obscurité ou de l'insuffisance de la loi, sera poursuivi pour
déni de justice.
Ariko kandi umucamanza abujijwe guca imanza ashyiraho
ingeno rusange z ’amategeko n ’iz’amabwiriza, ku manza
yashyikirijwe.
Il est toutefois défendu au juge de se prononcer par voie de
disposition générale et r églementaire sur les causes q ui lui
sont soumises.
ÉLIMINAIRE DES
PRINCIPES
4.- Buri wese ategetswe gukoresha uburenganzira bwe
ahabwa n ’amategeko no kurangi za imirimo nshinganwa
yemeye, akabikora nta buryarya. Gukoresha nabi
uburenganzira uhabwa n
’amategeko ntibishyigikirwa
n’itegeko.
4.- Chacun est tenu d'exercer ses droits et d'ex
obligations de bonne foi.
L'abus d'un droit n'est pas protégé par la loi.
écuter ses
5.- Kutagira uburyarya mu migirire bavuga ko biriho iyo
itegeko ribiteganyiriza akamaro gashingiye ku
burenganzira riguha.
5.- La bonne foi est pr
ésumée lorsque la loi en fait
dépendre la naissance ou les effets d'un droit.
Ntawe ushobora kwitwaza ko yakoze ikintu nta buryarya
iyo iyo migirire ihuye n ’impamvu zatuma aryozwa icyo
gikorwa.
Nul ne peut invoquer sa bonne foi, si elle est incompatible
avec l'attention que les circonstances permettaient d'exiger
de lui.
6.- Amategeko rusange y ’imirimo nshinganwa yerekeye
uko amasezerano akorwa, ayerekeye inkurikizi zayo,
ayerekeye uburyo amasezerano arangi
ra, ni nayo
akurikizwa mu byerekeye ibindi bibazo bigomba
gukemurwa n’amategeko mbonezamubano.
6.- Les dispositions g énérales du droit des obligations
relatives à la conclusion, aux effets et à l'extinction des
contrats sont aussi applicables aux autres mati ères du droit
civil.
7.- Amategeko ahana kimwe n ’ayubahiriza umutekano
rusange agenga abantu bose bari mu Rwanda.
7.- Les lois p énales ainsi que les lois de police et de s ûreté
publique obligent tous ceux qui se trouvent sur le territoire
de la République Rwandaise.
8.- Amategeko, imanza zaciwe n ’ibihugu by ’amahanga
n’amasezerno n ’imitegekere yihariye, ku buryo
bibangamiye umutekano no ku buryo binyuranyije
n’imizamukire n ’imico rusange by
’abanyarwanda,
ntibishobora kugira agaciro mu Rwanda.
8.- Les lois, les jugements des pays étrangers ainsi que les
conventions et dispositions privées ne peuvent avoir d'effet
au Rwanda en ce qu'ils ont de contraire
à l'ordre public,
l'intérêt social ou la morale publique rwandaise.
9.- Kugira uburenganzira mu gihugu ntaho bihuriye no
kuba umunyarwanda, ari nabyo umuntu a
bona kandi
agumana hakurikijwe itegeko rigenga ubwenegihugu.
9.- L'exercice des droits civils est ind épendant de la qualité
de citoyen, laquelle ne s'acquiert et ne se conserve que
conformément à la loi sur la nationalité.
10.- Amategeko yerekeye mu imimerere n
’ubushobozi
bw’abantu agenga abanyarwanda bose, ndetse n ’ababa mu
mahanga.
10.- Les lois concernant l' état et la capacit é des personnes
régissent les Rwandais, même résidant à l'étranger.
11.- Imimerere n ’ubushobozi by ’umunyamahanga kimwe
n’imibanire ye n ’umuryango we , bigengwa n ’itegeko
ry’igihugu cye, cyangwa yaba adafite ubwenegihugu
buzwi, bikagengwa n’itegeko ry’u Rwanda.
11.- L'état et la capacité de l'étranger ainsi que ses rapports
de famille sont r égis par la loi du pays auquel il appartient
ou, à défaut de nationalité connue, par la loi rwandaise.
12.- Uburenganzira ku bintu byimukanwa n ’ibitimukanwa,
bigengwa n’itegeko ry’aho ibyo bintu biri.
12.- Les droits sur les biens, tant meubles qu'immeubles,
sont régis par la loi du lieu où ces biens se trouvent.
13.- Inyandiko z ’iraga ry ’umunyamahanga zige ngwa, ku
byerekeye uko ziteye, n ’itegeko ry ’igihugu zakorewemo,
naho ku byerekeye icyo zivuga, kimwe n ’inkurikizi zazo,
zigengwa n ’itegeko ry ’igihugu uwapfuye araze
akomokamo.
13. - Les actes de derni ère volonté de l' étranger sont régis,
quant à leur forme, par la loi du lieu o ù ils sont faits et,
quant à leur substance et à leurs effets, par la loi nationale
du défunt.
Icyokora, umunyamahanga waragiye mu Rwanda, afite
uburenganzira bwo gukurikira uko ubwo burenganzira
buteganywa n’itegeko ry’igihugu cye.
Toutefois, l'étranger faisant un acte de derni ère volonté au
Rwanda a la faculté de suivre les formes pr évues par sa loi
nationale.
14.- Uko inyandiko z ’amasezerano z ’abariho ziteye,
bigengwa n ’itegeko ry ’igihugu zakorewemo. Nyamara
14.- La forme des actes entre vifs est régie par la loi du lieu
où ils sont faits. N éanmoins, les actes sous seing priv é
bwemewe n ’amategeko y ’igihugu abagirana amasezerano
bakomokamo.
peuvent être pass és dans les normes également admises par
les lois nationales de toutes les parties.
Uretse iyo abagiranye amasezerano babishatse ukundi, ibyo
bemeranyijwe, ku byerekeye guhamya ko byabaye koko,
bigengwa n’itegeko.
Sauf stipulation contraire des parties, les conventions sont
régies quant à leur substance, à leurs effets et à leur preuve,
par la loi du lieu où elles sont conclues.
Imirimo nshinganwa ikomoka ku gikorwa cy ’umuntu ku
giti cye igengwa n
’amategeko y ’aho icyo gikorwa
cyabereye.
Les obligations qui naissent d'un fa it personnel à celui qui
se trouve obligé sont soumises à la loi du lieu où le fait s'est
accompli.
II. IBYEREKEYE ABANTU N’UMURYANGO
II. DROIT DES PERSONNES ET DE LA FAMILLE
IGICE CYA MBERE- IBYEREKEYE UMUNTU KU
GITI CYE
Première partie: Des personnes physiques
Interuro ya mbere : Ibyerekeye ubuzima-gatozi
TITRE I: DE LA PERSONNALITE
15.- Umuntu agira uburenganzira kuva akivuka
akabubuzwa n’uko apfuye.
15.-La personne humaine n ’est sujet de droit à partir de sa
naissance jusqu'à sa mort.
UMUTWE WA MBERE:Ibyerekeye Kuvuka
CHAPITRE PREMIER : de la naissance
16.- Umwana wasamwe afite uburenganzira bwemererwa
buri muntu, apfa gusa kuvuka ari muzima.
16. - L'enfant con çu jouit des droits civils
qu'il naisse vivant.
Umwana wasamwe afatwa nk
hagamijwe inyungu ye.
L'enfant simplement conçu est réputé né toutes les fois que
son intérêt l'exige.
’uwavutse igihe cyose
à la condition
17.- Bavuga ko umwana yasamwe hagati y ’umunsi wa
magana atatu n ’uw’ijana na mirongo inani mbere yo
kuvuka kwe.
17. - L'enfant est r éputé avoir été con çu entre le trois
centième jour et le cent quatre vingti ème jour avant sa
naissance.
Nta kimenyetso kivuguruza iyo mitegeker
e cyemewe,
keretse ingingo z’iri tegeko zerekeye umunsi w’isamwa mu
gihe bashaka kumenya se w’umwana.
Nulle preuve n'est admise
à l'encontre de cette
présomption, sous r éserve des dispositions de la pr ésente
loi relatives à la date de la c
onception, lorsqu'il s'agit
d'établir qui est le père de l'enfant.
UMUTWE WA II :IBYEREKEYE URUPFU
CHAPITRE II: du décès
18.- Iyo abantu benshi bapfuye kandi bidashoboka
kugaragaza uwari wasigaye muri bo, cyangwa
uwababanjirije cyangwa uwab aherutse, ubwo bavuga ko
bapfiriye rimwe.
18.- Si plusieurs personnes sont mortes et que l'on ne
puisse prouver laquelle d'entre elles a surv écu ou est morte
avant ou apr ès les autres, on pr ésume qu'elles so nt mortes
au même moment.
19.- Igihe umuntu yazimiye mu buryo bukwiye kwemeza
urupfu rwe, n ’aho umurambo we waba utarabonetse
cyangwa warabonetse hakabura icyemezo ko ari uwe koko,
umuntu wese ubifitemo inyungu ashobora gusaba urukiko
guca urubanza rutangaza urupfu rw’uwo muntu.
19.- Lorsqu'une personne a disparu dans des circonstances
telles que sa mort est certaine, bien que son cadavre n'ait
pas été retrouvé ou identifi é, tout int éressé peut demander
au tribunal de rendre un jugement d éclaratif du d écès de
cette personne.
20.- Iyo urupfu rutewe n’impanuka nko kurohama mu ruzi,
guhanuka mu kirere, umutingito w ’isi, inkangu bemera ko
amaherezo y’iyo mpanuka ari uko yahitanye abantu benshi,
urupfu rw ’abo bantu rushobora gutangarizwa mu rubanza
ruciriwe hamwe.
20.- Si le d écès est d û à un événement tel qu'un naufrage,
une catastrophe a érienne, un tremblement de terre, un
glissement de terrain, par l'effet duquel il y a lieu de croire
que plusieurs personnes ont p éri, le décès de ces person nes
peut être déclaré par un jugement collectif.
21.- Urukiko rubifitiye ububasha ni urw ’aho iyo mpanuka
urupfu rwakomotseho yabereye. Cyakora mu gihe
cy’izimira ry ’ubwato cyangwa ry ’indege, abacamanza
babifitiye ububasha ni abo mu ifasi irimo icyambu ubwato
buzirikwamo cyangwa irimo ikibuga indege itahaho.
21.- Le tribunal compétent est celui du lieu o ù s'est produit
l'événement qui a entrain é le d écès.Toutefois, dans le cas
de disparution d'un navire ou d'un a
éronef, les juges
compétents sont ceux du port d' attache du navire ou de
l'aéronef.
22.- Urubanza rutangaza urupfu rw
’umuntu rwemeza
umunsi ufatwa nk ’aho ari wo yapfiriyeho, bagereranyije
n’impamvu zabiteye.
22.- Le jugement qui d éclare le d écès d'une personne fixe
la date présumée du décès, eu égard aux circonstances de la
cause.
Cyakora umunsi wemejwe utyo ushobora gukosorwa
n’urukiko rwaciye urubanza iyo bigaragara ko bibeshye
Ikirego cyerekeye gukosoza kiba kitacyakiriwe nyuma
y’imyaka itatu ikurikira umunsi urubanza rwaciriweho.
.
La date ainsi fix ée peut toutefois être rectifi ée par la
juridiction qui a rendu le jugement s'il est prouvé qu'elle est
erronée.
Icyo gihe gishobora kugera ku myaka itandatu iyo nyiri
ukubisaba yerekana ko atashoboye kumenya umunsi
urubanza rwaciweho.
Une demande tendant à la faire rectifier cesse d'
être
recevable trois années après la date du jugement. Ce d élai
peut être port é à six ans si l'int éressé prouve qu'il a été
placé dans l'impossibilité de connaître la date du jugement.
23.- Iyo uwo urukiko rwemeje ko yapfuye abonetse nyuma
y’urubanza rwabitangaje, urwo rubanza ruseswa n ’urukiko
rwaruciye bisabwe nawe cyangwa n ’undi wese ubifitemo
inyungu cyangwa n’Ubushinjacyaha.
23.- Si celui dont le d écès a été judiciairement d éclaré
réapparaît post érieurement au jugement d
éclaratif, le
jugement est annul é par le tribunal qui l'a rendu,
à sa
requête, à celle de tout int éressé ou à celle du Minist ère
Public.
24.- Urubanza rutangaza urupfu rw
’umuntu rutegeka
umwanditsi w ’irangamimerere gukora inyandiko y ’urupfu
rw’uwo muntu.
24.- Le jugement qui d éclare le d écès d'une personne
ordonne à l'officier de l' état civil comp étent de dresser
l'acte de décès de cette personne.
Umwanditsi w ’irangamimerere ni uw
’aho icyago
cyabereye, uw ’icyambu cy ’ishyikiro cyangwa uhagarariye
igihugu mu mahanga.
L'officier de l' état civil comp étent est celui du lieu de
l'événement, celui du port d'attache ou celui de la mi ssion
diplomatique accréditée à l'étranger.
Urubanza rukosora cyangwa rusesa urubanza rutangaza
urupfu, rutegeka na none wa mwanditsi w ’irangamimerere
gukosora cyangwa gusesa inyandiko y’urupfu.
Le jugement d éclaratif de d écès ordonne au m ême officier
de l'état civil de rectifier ou d'annuler l'acte de décès.
UMUTWE WA III : IBYEREKEYE IZIMIRA
CHAPITRE III: DE L'ABSENCE
Icyiciro cya mbere : ibyerekeye izimira muri rusange
SECTION PREMIÈRE: De l'absence en général
25.- Iyo umuntu yabuze aho atuye cyangwa aho aba nta
gakuru ke kazwi kandi ntawe yasize mu bye, bavuga ko
akiriho mu gihe cy ’imyaka ibiri bahereye ku munsi
baherukiraho amakuru yemeza ko akiriho.
25.- Lorsqu'une person ne a disparu de son domicile ou de
sa r ésidence sans donner des nouvelles et sans avoir
constitué un mandataire g énéral, elle est r éputée vivante
pendant deux ans à partir du jour auquel remontent les
dernières nouvelles positives que l'on a eues de son
existence.
Iyo hari umuntu yasize mu bye, bavuga ko akiriho mu gihe
cy’imyaka itanu.
26.- Imyaka ivugwa mu ngingo ya 25 ntibarwa iyo urwo
rupfu rushobora kwemezwa n’abantu n’ukuntu rwaje.
27.- Hakurikijwe ibivugwa mu ngingo ya 25 n
’iya 26,
abafitemo inyungu bashobora kwiyambaza urukiko rwa
mbere rw ’iremezo rw ’aho uwazimiye yatuye cyangwa
Si elle a constitué un mandataire général, la présomption de
vie lui est acquise pendant cinq ans.
26.- La présomption de vie établie par l'article 25 est lev ée
dans les cas où la vraisemblance du décès peut être déduite
des circonstances.
27.- Dans ces cas vis és aux articles 25 et 26, les parties
intéressées peuvent se pourvoir devant le
Tribunal de
yabaye bwa nyuma bagasaba itangazwa ry’izimira.
28.- Iyo hashize indi myaka irindwi n ta gakuru mvaho na
busa k ’uko uwazimiye akiriho kuva aho icyizere
kiyoyokeye, hakurikijwe ingingo ya 26 n’iya 27, bavuga ko
yapfuye noneho urukiko rw
’aho uwazimiye yatuye
cyangwa yabaye bwa nyuma rugatangaza urupfu rwe
rubisabwe n
’ababifitemo inyungu cyang
wa
nUbushinjacyaha.
29.- Urubanza rutangaza urupfu rwemeza umunsi
uwazimiye agomba kuba yarapfiriyeho.
30.- Uretse ibiteganywa n ’ingingo ya 26, ugukeka ko
uwazimiye akiriho bihanagurwa n ’ikimenyetso cyerekana
ko yapfuye kera; naho kuvuga ko yapfuye ikind
i gihe
cyangwa ko yari akiriho nyuma yaho.
Icyiciro cya II : Ibyerekeye gukeka ko umuntu yazimiye
31.- Iyo umuntu avuye aho atuye cyangwa aho aba
hagashira umwaka ntagakuru ke kamenywe nta n
’uwo
yasize ahaye ububasha bwo kumuhagararira, ababifitemo
inyungu n ’Ubushinjacyaha bashobora gusaba ko urukiko
rw’aho yatuye cyangwa yabaye bwa nyuma rwashyiraho
ushinzwe gucunga ibintu by ’uwazimiye. Iyo bishoboka,
ava mubo babona bashoboye kuzazungura uwazimiye.
Icyakora, mbere y’umwaka wa mbere w’izimira, hashobora
gushyirwaho ucunga ibintu, iyo babona hari ibigiye
kononekara.
32.- Uburenganzira n
’inshingano by ’ucunga ibintu
ushyirwaho hakurikijwe ingingo ya 31 bigarukira ku
bucunzi bw’ibintu. Ahagararira uwazimiye aho inyungu ye
iri hose mu ibarura, mu bibitswe,
mu bigabanywa, mu
iyegeranya n ’igabagabana ry ’umutungo. Ntashobora
kurega cyangwa kwiregura atabiherewe ububasha
n’urukiko rwamushyizeho.
33.- Urukiko rushyiraho umucunga-bintu, rushobora
guherako runamutegeka ibigomba gukorwa rubona ari
ngombwa ngo ibin tu by ’uwazimiye ari ibyimukanwa ari
n’ibitimukanwa bifatwe neza.
34.- Umucunga-bintu akora ibarura ry
’ibyimukanwa
imbere y’umushinjacyaha cyangwa intumwa ye.
Ashobora gusaba ko urukiko rushyiraho umuhanga wo
kureba ibitimukanwa, ngo amenye uko byifashe. Raporo
yemerezwa imbere y ’Umushinjacyaha cyangwa intumwa
ye, uwo murimo ukarihwa mu bintu by
’uwazimiye.
Umucunga-bintu washyizweho n ’uwazimiye ashobora
gusabwa gukora ibarura na raporo y ’imimerere y ’ibintu
bitimukanwa bisabwe n
’abagomba kuzazungura,
ababifitemo inyungu, cyangwa bisabwe
n’Umushinjacyaha.
Prémière Instance du dernier domicile ou de la derni
résidence du disparu pour faire déclarer l'absence.
ère
28.- Lorsque, depuis le moment où d'après les articles 26 et
27, la présomption de vie a cessé, il s'est écoulé sept ans de
plus sans qu'on ait re çu aucune nouvelle certaine de la vie
de l'absent, il y a présomption de mort et, à la demande des
parties int éressées ou du Minist ère Public, le tr ibunal du
dernier domicile ou de la derni ère r ésidence de l'absent
déclare le décès.
29.- Le jugement d éclaratif de d écès fixe le jour à partir
duquel l'absent doit être présumé décédé.
30.- Ind épendamment des dispositions pr évues à l'article
26, la pr ésomption de vie est d étruite par la preuve que le
disparu est décédé à une époque antérieure, la présomption
de mort, par la preuve que l'absent est d écédé à une autre
époque ou vivait encore à une époque postérieure.
SECTION II: De la présomption d'absence
31.- Lorsqu'une personne a quitt é son domicile ou sa
résidence depuis une année sans donner de ses nouvelles et
n'a pas constitu é de mandataire g énéral, les int éressés et le
Ministère Public peuvent demander que le tribunal du
dernier domicile ou de la derni ère r ésidence nomme un
administrateur des biens du disparu. Autant que possible,
l'administrateur est pris parmi les h éritiers pr ésomptifs du
disparu.
Toutefois, avant l'expiration de la premi
ère ann ée
d'absence, un administrateur peut être désigné, s'il y a p éril
en la demeure.
32.- Les droits et les devoirs de l'administrateur d
ésigné
conformément à l'article 31 se limitent à l'administration
des biens. Il repr ésente le disparu dans les inventaires,
comptes, partages et liquidation où celui-ci est intéressé. Il
ne peut intenter une action, ni la d éfendre sans autorisation
du tribunal qui l'a désigné.
33.- Le tribunal qui nomme l'administrateur peut en m ême
temps lui imposer les actes conservatoires qu'il juge utiles
pour la sauvegarde de l'avo ir mobilier ou immobilier du
disparu.
34.- L'administrateur dresse l'inventaire de tout le mobilier
en présence du Ministère Public ou de son délégué.
Il peut demander qu'il soit proc édé, par un expert nomm é
par le tribunal, à la visite des immeubles
à l' effet d'en
constater l'état. Le rapport est homologu é en pr ésence du
Ministère Public ou de son d élégué. Les frais sont pris sur
les biens du disparu. Le mandataire g énéral désigné par le
disparu peut être requis de dresser l'inventaire et de faire
dresser le rapport sur l'état des immeubles à la demande des
héritiers pr ésomptifs, des parties int éressées, ou à la
35.- Umucunga-bintu by ’uwazimiye, ashobora kwegurira
undi cyangwa kugwatiriza ibintu bitimukanwa iyo hari
impamvu cyangwa inyungu nyayo y ’uwazimiye ari uko
abyemerewe n ’urukiko. Urwo rukiko rugena uko ibyo
bintu bikorwa kandi rukabihererwa raporo.
36.- Iyo urukiko rusanze ari ngombwa, abacunga ibintu
by’uwazimiye batanga ingwate yo kuzabicunga neza
kugira ngo bizashobore gusubizwa. Buri mwaka babwira
urukiko ibyakozwe kandi uwazimiye iyo yabonetse
cyangwa a bahawe ibintu by
’uwazimiye bagomba
kumenyeshwa uko umutungo wacunzwe mu gihe batari
bahari.
37.- Ubushinjacyaha bushinzwe by ’umwihariko kurengera
inyungu z’uwazimiye.
ICYICIRO CYA III : IBYEREKEYE
UKUMENYESHA UBUZIMIRE
38.- Iyo urukiko rusuzuma ikirego cy’ukuzimira rwihatira
kumenya impamvu z ’ubuzimire n ’izatumye batamenya
amakuru y’uwo bakeka ko yazimiye.
39.- Urukiko, kugira ngo rwemeze ubuzimire, rushobora
gukoresha iperereza rumaze gusuzuma ibyangombwa
rwashyikirijwe.
Ikirego cy ’izimira n ’urubanza rutegeka iperereza
bitangazwa n ’Ubushinjacyaha mu karere uwazimiye yari
atuyemo n’aho yabaga iyo bitandukanye.
40.- Urubanza rw ’ubuzimire rucibwa hashize umwaka
ubuzimire bumenyeshejwe urukiko, kandi rutangazwa
nk’uko biteganyijwe mu ngingo ya 39. Na non e inyandiko
mvaho y ’urwo rubanza yohererezwa Minisitiri
w’Ubucamanza akarutangaza.
41.- Abashobora kuzazungura uwazimiye bariho igihe
yaburaga cyangwa igihe baherukiraho amakuru ye bwa
nyuma bashobora kwemererwa gutunga by
’agateganyo
ibintu yari atunze um unsi azimira cyangwa baherukiraho
amakuru ye bwa nyuma babihawe n ’urubanza rwemeza
ubuzimire bwe ariko bakagomba gutanga ingwate
y’imicungire y’ibyo bintu.
42.- Iyo izimira ryatangajwe kandi hakaba hari uburage
bwari buteganyijwe, ubwo burage buhita bubah o, ibintu
by’uwazimiye bikagabanywa ku buryo bw ’agateganyo abo
yari yarageneye impano, abo yari yararaze kimwe n ’abandi
bose bari kugira uruhare ku bintu bye aramutse apfuye, abo
bose ariko bakagomba gutanga ingwate.
43.- Iyo umwe mu bashyingiranwe ahari
kandi akemera
gukomeza amasezerano n ’uwo bashyingiranwe, ashobora
gutambamira iryo gabanya ry
’agateganyo cyangwa
ikoreshabubasha ryari rishingiye ku rupfu rw ’uwazimiye,
agahabwa mbere y’abandi gucunga ibintu by’uwazimiye.
réquisition du Ministère Public.
35.- En cas de n écessité ou d'avantage évident d'aliéner ou
d'hypothèquer les immeubles du disparu, l'adminis trateur
peut y proc éder avec autorisation du tribunal. Celui-ci
détermine les conditions dans lesquelles ces actes de
disposition peuvent être accomplis et se fait rendre compte.
36.- Si le tribunal le juge utile, les mandataires ou
administrateurs donne nt caution pour la s ûreté de leur
administration et de la restitution des biens. Ils rendent
chaque ann ée un compte sommaire au tribunal et ils sont
tenus de rendre un compte d
éfinitif au disparu qui
réapparait ou aux envoyés en possession.
37.- Le Ministère Public est sp écialement chargé de veiller
aux intérêts du disparu.
SECTION III: De la déclaration d'absence
38.- Le tribunal, en statuant sur la demande en d éclaration
d'absence, apprécie les motifs de l'absence et les causes qui
ont pu emp êcher d 'avoir les nouvelles de la personne
présumée absente.
39.- Pour constater l'absence, le tribunal apr ès examen des
pièces et documents produits, peut ordonner une enquête.
La requête introductive et le jugement ordonnant l'enqu ête
sont publi és par les so ins du Minist ère Public au lieu du
domicile et de la résidence s'ils sont distincts l'un de l'autre.
40.- Le jugement d éclarant l'absence est rendu une ann ée
après la requête introductive et est publié comme il est dit à
l'article 39. En outre, copie aut hentique en est adress ée
immédiatement au Ministre de la Justice qui le rend public.
41.- Les h éritiers pr ésomptifs de l'absent, au jour de sa
disparition ou de ses derni ères nouvelles, peuvent, en vertu
du jugement qui a d éclaré l'absence, obtenir l'env oi en
possession provisoire des biens qui lui appartenaient au
jour de son départ ou de ses dernières nouvelles, à la charge
de donner caution pour la sûreté de leur administration.
42.- Lorsque l'absence a été d éclarée, le testament, s'il en
existe un, e st ouvert et il est proc
édé à un partage
provisoire des biens de l'absent auquel participent,
à la
charge de donner caution, les donataires, les l égataires et
tous ceux qui ont sur les biens de l'absent des droits
subordonnés à la condition de son décès.
43.- L' époux pr ésent peut, s'il opte pour le maintien des
conventions matrimoniales, emp êcher l'envoi provisoire et
l'exercice provisoire de tous les droits subordonn és à la
condition du d écès de l'absent, et prendre et conserver par
Uwo bashyingiranywe iyo yiyemeje
ko ubufatanye
bw’umutungo bukomeza by
’agateganyo, agumana
uburenganzira bwo kubihakana nyuma.
Ibyo ari byo byose agomba gutanga ingwate.
Uwo bashyingiranywe iyo yiyemeje ko ubufatanye
bw’umutungo bukomeza by
’agateganyo, agumana
uburenganzira bwo kubihakana nyuma.
44.- Iyo ingwate iteganijwe mu ngingo ya 41, iya 42 n ’iya
43 z’iri tegeko idatanzwe mu gihe cy ’amezi atatu, urukiko
rufata ibyemezo byose rubona ko ari ngombwa kugira ngo
umutungo w’uwazimiye udahungabana.
45.- Gutunga by ’agateganyo ibintu by ’uwazimiye ni
ukubimuragirira. Ababibikijwe bagira ububasha bumwe
n’inshingano zimwe n
’utegeka ibintu washyizweho
n’urukiko igihe bakeka ko uwazimiye akiriho. Ibyo aribyo
byose ntabwo bashinzwe kumusubiza inyungu
zakoreshejwe aramutse agarutse, ibyo bagomb
a
kumusubiza ni umutungo hamwe n
’inyungu
ziwukomokaho zikiriho.
ICYICIRO CYA IV
uwazimiye yapfuye
préférence l'administration des biens de l'absent.
Si l' époux demande la dissolution provisoire des
conventions matrimoniales, il exerce ses reprises et tous ses
droits légaux et conventionnels.
Dans l'un et l'autre cas, il doit donner caution.
L'époux qui opte pour la conti nuation provisoire de la
communauté conserve le droit d'y renoncer par la suite.
44.- Au cas o ù la caution pr évue aux articles 41, 42 et 43
de la pr ésente loi n'est pas fournie dans les trois mois, le
tribunal prescrit telles autres mesures qu'il juge ut iles dans
l'intérêt de l'absent.
45.- La possession provisoire n'est qu'un d
épôt. Les
envoyés ont les m êmes droits et les m êmes devoirs que
l'administrateur commé par le tribunal pendant que la vie
est encore pr ésumée. Toutefois, ils ne sont pas tenus d e
bonifier les fruits consomm és à l'absent qui reparait en ne
lui doivent compte que du capital et des fruits encore
existants.
: Ibyerekeye gutangaza ko
46.- Gutanga ikirego cyo gutangaza ko uwazimiye yapfuye
bikorwa nk ’uko biteganywa n ’ingingo ya 39 na 40 kandi
bigatangazwa mu buryo bumwe no mu bihe bingana.
47.- Gutangaza ko uwazimiye yapfuye bituma izungura rye
ritangira. Abazungura bariho ku munsi wafashweho ko
ariwo w ’urupfu rw ’uwazimiye bafite uburenganzira bwo
kugabana umutungo w
’uwazimiye hakurikijwe
uburenganzira bwa buri wese.
48.- Iyo uwari warazimiye kandi byaratangajwe ko yapfuye
agarutse, abari bamuzunguye bagomba gusubiza ibyo bari
bahawe bagifite mu mutungo wabo.
ICYICIRO CYA V : Ibyerekeye amategeko agenga
ibihe byose by’izimira
49.- Itangaza ry ’uko uwazimiye ya pfuye riha uwo
bashyingiranywe ububasha bwo kongera gushyingirwa.
Kuva igihe urupfu rw’uwazimiye rutangarijwe ariko mbere
y’uko uwo bashyingiranywe yongeye gushyingirwa, iyo
uwazimiye agarutse, uburenganzira buhabwa uwo
bashyingiranywe mu gihe kibanziriza iki buba buvuyeho.
50.- Uwari warazimiye mu bashyingiranywe niwe wenyine
ufite uburenganzira bwo kurega igihe asanze uwo
bashyingiranywe yarashyingiranywe n ’undi mbere y ’uko
urupfu rwe rutangazwa n’urukiko.
51.- Iyo umwe mu bashyingiranywe azimiye asi ze abana
SECTION IV: De la déclaration de décès
46.- La demande en d éclaration de d écès s'instruit comme
il est dit aux articles 39 et 40 et comporte la même publicité
et les mêmes délais.
47.- La d éclaration du d écès de l'absent ouvre sa
succession. Les h éritiers existant le jour admis comme
celui du d écès ont le droit de se partager la fortune de
l'absent en raison de leurs droits respectifs.
48.- Si l'absent dont le d écès a été d éclaré repara ît, les
prétendus h éritiers restituent en capital les biens qui leur
ont été attribués et encore existants entre leurs mains.
SECTION V : Des r ègles communes aux p ériodes de
l'absence
49.- La déclaration judiciaire du décès de l'absence autorise
le conjoint délaissé à contracter un nouveau mariage.
Si depuis la d éclaration de d écès et avant la d éclaration
d'un nouveau mariage, l'absent r
éapparait, la facult é
accordée par l'alinéa précédent est réputée non avenue.
50.- L' époux absent dont le conjoint a contract
é une
nouvelle union avant la d éclaration judiciaire de d écès est
seul recevable à attaquer ce mariage.
bato yabyaranye n ’uwo asize, usigaye niwe usigarana
ububasha bwa kibyeyi ku byerekeye uburere bwabo no ku
byerekeye gucunga umutungo wabo.
52.- Mu gihe umwe mu bashyingiranwe yapfuye mbere
y’itangazwa ry ’urupfu rw ’undi wazimiye cyangwa umwe
mu ba byeyi azimiye agasiga abana bakomoka ku
bushyingirane bwe bwa mbere, ububasha bwa kibyeyi
butangwa hakurikijwe uko biteganywa mu bwishingire.
53.- Uwo ariwe wese usabira uburenganzira umuntu
wazimiye agomba kwerekana ko uwo abusabra yari ariho
igihe bwatangwaga.
54.- Igihe habonetse izungura ryagomba guhabwa umuntu
wazimiye, iryo zungura ryegurirwa ku buryo bwihariye
abari kuzungurana nawe cyangwa se ababa bari kuzungura
mu mwanya we.
Igihe bibaye ngombwa, abazungura bahari bashobora
gusaba urukiko kwe meza ko uwo bagomba kuzungura
atakiriho ariko Ubushinjacyaha bumaze kugira icyo
bubivugaho.
Abahawe ibintu byagombaga guhabwa uwazimiye
bagomba kubibarura kandi bagatanga n’ingwate yabyo. Iyo
ngwate yatanzwe isubizwa nyirayo nyuma y ’imyaka cumi
n’umunani. Itabonetse mu gihe cy ’amezi atatu, urukiko
rufata ibindi byemezo rubona ko ari ngombwa.
55.- Igihe cyose uwazimiye atabonetse cyangwa se ngo
hagire urega mu cyimbo cye, abamuzunguye bagumana
inyungu zikomoka kubyo bahawe.
56.- Ibivugwa mu ngingo ya 54
n ’iya 55 ntibishobora
kubangamira ububasha bwo gukurikirana izungura kimwe
n’ubundi bubasha bwose buhabwa uwazimiye cyangwa
abamuhagarariye, cyangwa se abashobora gukurikirana
ibye kandi bugashirana n ’igihe giteganywa n ’amategeko
agenga ubusibangane.
INTERURO YA II : IBYEREKEYE IBIRANGA
UMUNTU KU GITI CYE
57.- Umuntu ku giti cye arangwa n’igitsina cye, isano muzi
ye, amazina ye, aho aba n’aho atuye.
51.- Si l'un des
époux a disparu laissant des enfants
mineurs d'un commun maria ge, l'autre exerce l'autorit é
parentale quant à leur éducation et quant à l'administration
de leurs biens.
52.- Si, lors de la disparition d'un des
époux, l'autre est
décédé avant la d éclaration du d écès de l'absent ou si le
disparu a laiss é les enfants i ssus d'un premier mariage,
l'autorité parentale est conf
érée conform ément aux
dispositions relatives à la tutelle.
53.- Quiconque r éclame un droit échu à un individu dont
l'existence n'est pas reconnue doit prouver que ledit
individu existait quand le droit a été ouvert.
54.- S'il ouvre une succession
à laquelle est appel é un
individu dont l'existence n'est pas reconnue, elle est
dévolue exclusivement à ceux avec lesquels il aurait eu le
droit de concourir ou à ceux qui l'auraient receuillie à son
défaut.
Les h éritiers pr ésents peuvent, le cas
échéant, faire
constater par le tribunal, contradictoirement avec le
Ministère Public, que l'existence de leur coh éritier n'est pas
reconnue.
Ceux qui receuillent des biens qui devraient revenir
à
l'absent sont ten us d'en dresser l'inventaire et de donner
caution. Cette caution est d échargée après dix huit ans. Si
la caution ordonnée n'est pas fournie dans les trois mois, le
tribunal prescrit telles autres mesures qu'il juge
convenables.
55.- Tant que l'absent ne se repr ésente pas ou que les
actions ne sont point exerc ées de son chef, ceux qui ont
recueilli la succession gagnent les fruits par eux per çus de
bonne foi.
56.- Les dispositions des articles 54 et 55 ont lieu sans
préjudice des actions en p étition d'h érédité et d'autres
droits, lesquels reviennent à l'absent ou à ses repr ésentants
ou ayants cause et ne s' éteignent que par le laps de temps
établi pour la prescription.
TITRE II
: DE L'IDENTIFICATION DES
PERSONNES PHYSIQUES
57.- La personne physique est identifiée par son sexe, son
ethnie, ses nom, prénoms, résidence et domicile.
UMUTWE WA MBERE : IBYEREKEYE IZINA
CHAPITRE PREMIER : du nom
58.- Buri muntu agira izina bwite, bishobotse
n’iry’ingereka rimwe c yangwa menshi. Mu nyandiko
z’ubutegetsi, handikwa izina bwite hagakurikiraho
ay’ingereka iyo ayafite.
59.- Umwana yitwa izina bwite bishobotse n ’ayingereka,
bitarenze iminsi cumi n’itanu uhereye ku munsi yavutseho.
58.- Tout individu a un nom propre et éventuellement un
ou plusieurs prénoms.Dans les documents administratifs, il
est désigné par son nom propre suivi de son ou ses prénoms
éventuels.
59.- Le nom propre et
éventuellement les pr énoms sont
60.- Umwana ntashobora kwitwa izina ry ’ingereka rya se,
irya nyina cyangwa iry’uwo bavukana igihe bakiriho.
attribués à l'enfant dans les quinze jours qui suivent la
naissance.
60.- L'enfant ne peut recevoir le pr énom de son p ère ou de
sa mère, ni celui d'un de ses frères ou sœurs qui sont en vie.
Iyo aryiswe hongerwaho irindi rimutandukanya na bo.
Il doit, dans le cas contraire, avoir un autre pr énom qui le
distingue de ceux-ci.
61.- Umwanditsi w ’irangamimerere ubifitiye ububasha
amenyeshwa n ’umuntu wandikisha ivuka, izina bwite
n’ayingereka y’umwana.
61.- L'officier de l' état civil comp étent est avisé du nom et
des pr énoms de l'enfant par la personne qui d
éclare sa
naissance.
Ayo mazina bwite cyangwa ay
’ingereka ntashobora
gusesereza umuco mwiza cyangwa imigenzo myiza.
Ces nom ou prénoms ne peuvent porter atteinte à la morale
et aux bonnes mœurs.
62.- Nta muntu ushobora kwitwa ku buryo bwemewe
n’amategeko izina bwite cyangwa amazina y
’ingereka
atandukanye n’ari mu nyandiko z’ivuka.
62.- Nul ne peut porter officiellement un nom ou des
prénoms autres que ceux qu'énonce son acte de naissance.
63.- Umugore agumana izin a bwite cyangwa amazina
y’ingereka yiswe akivuka, akaba ariyo yonyine ashyira mu
nyandiko z’ubutegetsi.
63.- La femme mari ée conserve son nom et son ou ses
prénoms de naissance qui f igurent dans les documents
administratifs.
64.- Mu nyandiko z ’ubutegetsi, abanyamadini n ’abihaye
Imana bagumana amazina ari mu nyandiko z’ivuka.
64.- Dans les documents administratifs, les eccl ésiastiques
et religieux conservent les noms et pr énoms figurant dans
leurs actes de naissance.
65.- Guhindura amazina bwite cyangwa ay
’ingereka,
bitangirwa uruhusa na Minisitiri w ’Ubucamanza iyo hari
impamvu nyakuri bisabwe na nyir’ukwitwa amazina.
65.- Le changement de nom ou de pr énoms d'une personne
est autorisé, s'il y a juste motif, par le Ministre de la Justice
sur la requête du titulaire du nom ou des prénoms.
66.- Minisitiri w ’ubucamanza akimara kubona urwandiko
rubisaba abimenyesha ubushinjacyaha bw’Urukiko rwa
Mbere rw ’Iremezo rw ’aho asanzwe aba akaba a ri na we
utangaza ingingo z’ingenzi z’urwo rwandiko mu igazeti ya
Leta ya Repubulika y’u Rwanda.
66.- Dès la réception de la requête, le Ministre de la Justice
la communique au Minist ère Public du
Tribunal de
Première Instance dans le ressort duquel le requérant à son
domicile et ou sa r ésidence et en assure la publication par
extrait au Journal Officiel de la République Rwandaise.
67.- Mu mezi atatu akurikira igihe Ubushinjacyaha
bwaboneye urwo rwandiko, bumenyesha Minisitiri
w’Ubucamanza icyo butekereza ku miterere n
’ukuri
by’iryo saba ryo guhindura amazina.
67.- Dans les trois mois qui suivent la communication de la
requête, le Minist ère Public adress é au Ministre de la
Justice ses avis et consid érations sur le bien-fond é de la
requête et l'opportunité du changement envisagé.
68.- Mu gihe cy ’amezi atatu, uhereye ku munsi ingingo
z’ingenzi z ’urwo rwandiko zatangarijweho mu igazeti ya
Leta ya Rububulika y ’u Rwanda, buri wese ubyifuza
ashobora kumenyesha Minisitiri w ’ubucamanza impamvu
akeka ko zabuza iryo hindura ry’amazina.
68.- Pendant un délai de trois mois à dater de la parution du
Journal Officiel de la République Rwandaise dans lequel la
requête a été ins érée, toute personne int éressée peut faire
connaître au Ministre de la Justice les raisons qui
justifieraient, à son avis, le rejet de la requête.
69.- Iyo igihe kivugwa mu ngingo ya 68 kirangiye kandi
nta wigeze atanga impamvu zibuza iryo hinduza cyangwa
izatanzwe zikaba zitemewe,
Minisitiri w ’Ubucamanza
ashobora, akoresheje iteka, kwemerera uwasabye
guhindura amazina ye nk’uko yabisabye.
69.- A l'expiration du d élai prévu par l'article 68, et s'il n'y
a pas eu d'opposition à la demande ou si les oppositio ns
éventuelles n'ont pas été retenues, le Ministre de la Justice
peut, par arr êté, autoriser le requ érant à changer son nom
ou ses prénoms de la manière indiquée par sa requête.
70.- Kugira ngo ibyahinduwe ku mazina, byandikwe mu
gitabo cy ’irangamimerere kirimo inyandiko y
’ivuka,
ubisaba afite igihe cy ’amezi atatu cyo kubyandikisha kuva
igihe iteka rya Minisitiri w’Ubucamanza ryasohokeye mu
70.- Aux fins de faire porter les changements au registre de
l'état civil con tenant son acte de naissance, le requ érant
dispose d'un d élai de trois mois, à dater de la parution au
Journal Officiel de la R épublique Rwandaise de l'arr êté du
igazeti ya leta ya Repubuli ka y ’u Rwanda. Umwanditsi
w’irangamimerere amenyesha Minisitiri w ’ubucamanza
ibyahinduwe ku nyandiko y’amavuko y’uwasabye.
Ministre de la Justice. L'officier de l'
état civil informe le
Ministre de la Justice des modif ications apportées à l'acte de
naissance du requérant.
71.- Umubare w
’amafaranga atangwa kubyerekeye
ihinduza ry ’amazina, kimwe n ’uburyo bayakira, bigenwa
na Minisisitiri w’Ubucamanza.
- Uyu mubare wagenwe n ’iteka rya Minisitiri n º 97/05
ryo kuwa 25.3.1992 (Igazeti ya leta.1992, urup.448,
nk´uko yahinduwe n´Iteka rya Minisitiri n º 019/17 ryo
kuwa 05/12/2001 (Igazeti ya Leta. nº 01, 2002).
71.- Le montant des frais relatifs au changement de nom ou
prénoms ainsi que les modalit és de leur perception sont
fixés par le Ministre de la Justice.
- Ce montant a été fix é par A.M. n º 97/05 du 25. 3.1992
(J.O., 1992, p. 488), tel que modifié par AM nº 019/17 du
05/12/2001 (J.O. nº 01, 2002).
72.- Uwitwa izina bwite, izina ry
’ingereka, ashob ora
kwanga ko hagira undi urikoresha igihe abona ko
bishobora kumwangiriza umutungo cyangwa kumubuza
amahoro.
72.- Le porteur d'un nom, d'un prénom peut s'opposer à son
usage par un tiers, lorsque cet usage parait susceptible de
lui causer un dommage d'ordre matériel ou moral.
Iyo atakiriho cyangwa adashobora kugaragaza icyo ashaka,
uwo bashyingiranywe, umuzungura we na buri wese mu
bamusimbuye bagira ubwo burenganzira
ndetse naho
ubwabo baba batitwa ayo mazina.
Ce même droit appartient, après son décès ou lorsqu'il n'est
pas en état de manifester sa volont é, à son conjoint, à son
héritier et à chacun de ses successeurs, m
ême s'ils ne
portent pas eux-mêmes ce nom.
UMUTWE WA II : Ibyerekeye aho umuntu aba n ’aho
atuye
CHAPITRE II: De la résidence et du domicile
Icyiciro cya mbere: Ibyerekeye aho umuntu aba
SECTION PREMIÈRE: De la résidence
73.- Aho umuntu aba ni ahantu ubusanzwe aboneka buri
gihe.
73.- La résidence d'une personne est le lieu où elle demeure
de façon habituelle.
74.- Ahantu umuntu aboneka havugwa ko ari aho aba
batagaragaje ko hari ahandi hantu aba.
74.- Le lieu o ù une personne se trouve est cens é être sa
résidence s'il n'est pas prouv é qu'elle a sa r ésidence en un
autre lieu.
iyo
Umuntu ashobora kugira aho asanzwe aba henshi.
Une personne peut avoir plusieurs résidences.
75.- Abashyingiranwe baba hamwe, keretse iyo inyungu
z’urugo rwabo zitumye biba ukundi.
Iyo badashoboye kubyumvikanaho, umucamanza abikiza
mu buryo bw’ibirego byihutirwa.
75.- Les époux ont la même résidence sauf si les intérêts de
la famille exigent le contraire.
En cas de désaccord, le juge tranche par voie de référé.
76.- Abakozi ba Leta n
’abo mu bigo byigenga,
abanyamadini n ’abihaye Imana, aho baba ni ahantu
bakorera imirimo yabo, keretse iyo hari ahandi bagaragaje.
76.- Sauf preuve contraire, les agents du secteur pu blic et
privé, les eccl ésiastiques et les religieux ont leurs
résidences au lieu où ils exercent leurs fonctions.
77.- Biremewe ko umuntu mu mibanire ye n ’undi cyangwa
n’umuryango ufite ubuzima gatozi asho bora kwerekana ko
ahantu aha n ’aha ariho aba kubyerekeye ikintu cyangwa
igikorwa iki n’iki.
77.- Une personne peut valablement stipuler que, dans des
rapports avec une autre personne physique ou morale, pour
ce qui concerne une affai re ou une activit é déterminée, un
lieu donn é est consid éré comme étant le lieu de sa
résidence.
ICYICIRO CYA II: Ibyerekeye aho umuntu atuye
SECTION II: Du domicile
78.- Aho umuntu atuye ni ahantu afite ibihamuziritse
bihamaho kandi hatuma bashobora kumushyikira igihe
cyose, byab a we ubwe, byaba ari ukubanza kunyura ku
wundi muntu kandi akaba ananditse mu gitabo cy ’ibarura
ry’abaturage.
78.- Le domicile d'une personne est le lieu avec lequel elle
garde des attaches permanentes et à partir duquel il est
possible de l'atteindre à tout moment, soit directement, soit
par personne interposée, et où elle est inscrite au registre de
la population.
Ukwandikwa mu gitabo cy ’ibarura ry ’abaturage n ’ikarita
y’iranga muntu ni ibimenyetso byemewe n ’ubutegetsi ko
umuntu afite aho atuye.
L'inscription au registre de la population et la carte
d'identité fournissent la preuve administrative du domicile.
79.- Buri m untu agomba kugira aho atuye kandi hamwe
rukumbi.
79.- Toute personne doit avoir un et un seul domicile.
80.- Umuntu aguma gutura aho yiyemeje igihe cyose
atimukiye ahandi hantu.
80.- Une personne conserve son domicile à l'endroit où elle
était, tant qu'elle ne l'a pas transféré dans un autre lieu.
81.- Igihe aho umuntu atuye hatazwi, bemeza ko hagizwe:
81.- Lorsque le domicile d'une personne est inconnu, on
présume qu'il est constitué :
1. par le lieu de l'immeuble qu'elle poss ède et sur lequel,
de notoriété publique, elle a l'intention de terminer sa
vieillesse ou de se retirer dans ses mauvais jours,
même si elle habite ailleurs avec sa famille;
2. à défaut, par le lieu de sa résidence;
3. à défaut de r ésidence connue, par le lieu o ù se trouve
cette personne.
1.
n’ahantu afite ikintu kitimukanwa kandi bizwi ko afite
igitekerezo cyo ku zahaba mu zabukuru cyangwa mu
minsi mibi, naho yaba abana n’umuryango we ahandi.
2.
3.
Ibyo bibuze, n’ahantu aba bisanzwe
n’ahantu uwo muntu aboneka, iyo aho aba hatazwi.
82.- Umuntu ashobora guhitamo ahantu amenyesherezwa
inyandiko zimwe na zinwe z
’ubutegetsi cyangwa
harangirizwa amasezerano amwe n’amwe.
82.- Une personne peut faire élection d'un domicile en un
endroit d éterminé pour la signification de certains actes
officiels ou l'exécution de certaines obligations.
Ahantu ahisemo hamera nk ’aho umuntu asanzwe aba
hemejwe hakurikijwe ingingo ya 77 y’iri tegeko.
Le domicile élu est assi milé à la r ésidence stipul ée
conformément à l'article 77 de la présente loi.
83.- Aho umugore atura hemewe n
’amategeko ni aho
umugabo we atuye. Nyamara iyo hari impamvu zigaragara,
urukiko rushobora guha umugore ufite umugabo uruhushya
rwo kugira ahandi atura.
83.- La femme mariée a le domicile légal de son mari.
Toutefois, le tribunal peut autoriser la femme mari
ée à
avoir un domicile séparé s'il y a de justes motifs.
84.- Umwana ukiri muto kandi utarahabwa ubukure aho
atura ni aho abamurera batuye.
84.- Le mineur non émancipé a le m ême domicile que les
personnes qui exercent sur lui l'autorité parentale.
85.- Uwatswe ubushobozi bwo gukoresha uburenganzira
bwe atura aho umwishingizi we atuye.
85.- L'interdit a son domicile chez son tuteur.
INTERURO YA III: IBYEREKEYE IKIMENYETSO
CY’IRANGAMIMERERE
TITRE III: DE LA PREUVE DE L'ÉTAT CIVIL
86.- Irangamimerere y’abantu ishobora gusa kwemezwa no
kugaragazwa n ’inyandiko z ’irangamimerere, zandikwa ku
buryo bwerekanwa n ’iyi nteruro bikagirwa na none, ku
buryo budasanzwe, n ’imanza zisimbura cyang wa zikosora
izo nyandiko.
86.- L'état civil des personnes ne peut être établi et prouv é
que par les actes dits actes de l' état civil, dress és en la
forme déterminée par le pr ésent titre et exceptionnellement
par des jugements supplétifs ou rectificatifs de ces actes.
UMUTWE WA MBERE : IBYEREKEYE ABANDITSI
B’IRANGAMIMERERE
CHAPITRE PREMIER: Des officiers de l'état civil
87.- Umwanditi w ’irangamimerere ni umukozi wa Leta
ufite ububasha bwo kwakira, kwandika no gushyingura
inyandiko z’irangamimerere.
87.- L'officier de l' état civil est le fonctionnaire public
habilité à recevoir, dresser et conserver les actes de l' état
civil.
Burugumesitiri, Ambasaderi cyangwa Konsi ri uri ku kazi
mu mahanga, cyangwa, mu gihe batabonetse, abasimbura
babo n ’undi wese ubihawe na Minisitiri w ’Ubucamanza
nibo banditsi b’irangamimerere.
Sont officiers de l'état civil, le Bourgmestre, l'Ambassadeur
ou le Consul rwandais en poste
à l' étranger ou leurs
remplaçants en cas d'emp
êchement ainsi que toute
personne à ce nommée par le Ministre de la Justice.
Umwanditsi w’irangamimerere ashobora gutanga gusa kopi
y’inyandiko yose y ’irangamimerere cyangwa kopi y’igice
cy’izo nyandiko.
L'officier de l' état civil ne peut d élivrer que les copies ou
les extraits des actes de l'état civil.
88.- Umwanditsi w ’irangamimerere ntashobora gukora
inyandiko y ’irangamimerere kandi ngo ayigiremo urundi
ruhare. Abujijwe kwakira na rimwe imihango imwerekeye
ubwe cyangwa yerekeye uwo bashyingiranywe, abo
akomokaho, abamukomokaho , abavandimwe n
’abo
bafitanye isano ishingiye ku ishyingiranwa kugeza ku
rwego rwa kane.
88.- L'officier de l' état civil ne peut intervenir au m ême
acte en qualité d'officier de l'état civil et à un autre titre. Il
est interdit à l'officier de l' état civil de recevoir des actes
qui le concernent personnellement ou qui concernent le
conjoint, les ascendants, les descendants, les collat éraux et
les alliés jusqu'au quatrième degré inclusivement.
89.- Bitanyuranyijwe n ’ibiteganywa n ’ingingo ya 61 y ’iri
tegeko, uretse kandi mu byerekeye ishyingirwa aho
agomba kugenzura ko abagiye gushyingirwa bujuje ibyo
amategeko abashakaho, no kwizihiza mu izina ry ’itegeko
ishyingiranwa ryabo, umwanditsi w
’irangamimerere
yandika gusa ibyo ashinzwe kwitegereza n
’ibyo
amenyeshwa bikurikije amategeko.
89.- Sans pr éjudice aux dispositions de l'article 61 de la
présente loi et sauf en mati
ère de mariage o ù il doit
s'assurer que les futurs époux r éunissent les conditions
légales et célébrer leur union au nom de la loi, l'officier de
l'état civil se borne à enregistrer les faits qu'il a mission de
constater et les d
éclarations qui lui sont faites
conformément à la loi.
Ntashobora kwanga gukora inyandiko iteganijwe
n’itegeko, ntanashobora gukora i
nyandiko idahuje
n’ibyavuzwe na bene byo cyangwa ngo akore ku bwe gusa
imwe muri izo nyandiko.
Il ne peut ni refuser de dresser un acte de pr évu par la loi,
ni le dresser contrairement aux d
éclarations des
comparants, ni dresser d'office un de ces actes.
90.- Umwanditsi w ’irangamimerere akora imirimo ye ku
bwitote bwe bwite kandi akagenzurwa na Porokireri wa
Repubulika cyangwa intumwa ye. Iyo agize ingorane,
yiyambaza inama n ’amabwiriza bya
Porokireri wa
Repubulika.
90.- L'officier de l' état civil exerce ses fonctions sous sa
responsabilité personnelle et sous le contr ôle du Procureur
de la République ou de son d élégué. En cas de difficult és,
il lui appartient de requ érir les avis e t instructions du
Procureur de la République.
91.- Umwanditsi w ’irangamimerere abarwaho amakosa
n’umwete muke yagize ku mirimo ye, cyangwa mu ikorwa
ryayo, bitabujije, iyo bibaye ngombwa, gukurikiranwa ngo
ahanirwe icyaha cyangwa ahanirwe kudatu
nganya
umurimo.
91.- L'officier de l' état civil est civilement responsable des
fautes et n égligences commises à l'occasion ou dans
l'exercice de ses fonctions sans préjudice, le cas échéant, de
poursuites pénales ou disciplinaires.
92.- Iyo umwanditsi w ’irangamimerere yanze kwandika
ibyo amenyeshejwe cyangwa gutanga kopi cyangwa
ingingo z ’ingenzi z ’inyandiko z ’irangamimerere umuntu
wese ubifitiheho uruhare ashobora kubiregera Perezida
w’urukiko rwa Mbere rw ’Iremezo a gakemura ikibazo ku
buryo bw’ibirego byihutirwa.
92.- Si l'officier de l' état civil refuse de dresser un acte
conforme aux déclarations qui lui sont faites, ou de délivrer
une copie ou un extrait d'un acte de ses registres, tout
intéressé peut exercer un recours contre ce refus devant le
Président du Tribunal de Premi ère Instance qui statue par
voie de référé.
Niko bigenda kandi iyo umwanditsi w
’irangamimerere
yanze guha urukiko rwa Mbere rw ’Iremezo, Porokireri wa
Repubulika na Minisitiri w’Ubucamanza cyangwa intumwa
ye ibyo bagomba kumenyeshwa byerekeye ikintu c yabaye
kigomba kugirirwa inyandiko y’irangamimerere.
Il en est de m ême si l'oficcier de l' état civil s'abstient de
fournir au Tribunal de Premi ère Instance, au Procureur de
la République et au Ministre de la Justice ou son d élégué,
les informations relatives à un événement qui doit donner
lieu à la rédaction d'un acte de l'état civil.
93.- Abamenyesha ibigomba gushyirwa mu nyandiko
y’irangamimerere n’ababibereye abagabo, nibo babarwaho
ukuri kw ’ibyo bivugira cyangwa kw ’ibyavuzwe bahamya
muri izo nyandiko.
Ntibabuza kurega uwabashuts e igihe bo batabigiranye
uburyarya.
93.- Les d éclarants et les t émoins sont garants, de
l'exactitude des faits qu'ils attestent ou corroborent dans les
actes de l'état civil.
Est r éservé leur rec ours contre celui qui les a induits en
erreur lorsqu'ils ont agi de bonne foi.
94.- Porokireri wa Repubulika cyangwa intumwa ye niwe
ushinzwe cyane cyane gukurikirana mu ifasi ye umurimo
94.- Le Procureur de la R épublique ou son d élégué est
spécialement chargé de la surveillance du service de l' état
w’irangamimerere. Rimwe mu mwaka nibura, agomba
gusuzuma uko ibitabo bifashwe n ’uko bibitswe, kandi
agakora iny andikomvugo y ’isuzuma yakoze; yerekana
amakosa umwanditsi w ’irangamimerere yakoze kandi
byaba ngombwa akaba yamukurikirana.
civil de son ressort. Une fois par an au moins, il v érifie l a
tenue des registres, leur conservation et dresse un proc èsverbal des v érifications : il constate les infractions
commises par l'officier de l' état civil, et le cas échéant, les
poursuites pénales peuvent être engagées.
Afite uburenganzira bwo kwandikirana bitaziguye
n’abanditsi b’irangamimerere b’ifasi ye.
Il a le droit de correspondance d irecte avec les officiers de
l'état civil de son ressort.
95.- Inyandiko z’irangamimerere zikorerwa ubuntu.
Cyakora gutanga kopi iyo ariyo yose y
’inyandiko yose
cyangwa inyandiko ihinnye yayo bitangirwa ikiguzi
kivugwa n’itegeko ryerekeye inyandiko irihwa.
95.- La rédaction des actes de l'état civil est gratuite.
Toutefois, la délivrance de toute copie ou extrait donne lieu
à la perception d'un droit fix
é conform ément à la loi
relative aux droits de chancellerie.
UMUTWE WA II: Ibyerekeye imirimo y’ubwanditsi
w’irangamirere
CHAPITRE II: Des fonctions de l'officier de l'état civil
96.- Umwanditsi w ’irangamimerere a shinzwe gutunganya
no kubika ibitabo by ’irangamimerere. Ashinzwe cyane
cyane:
1. kwakira itangaza ry’ivuka akabikorera inyandiko ;
96.- L'officier de l' état civil est charg é de la tenue et de la
conservation des registres de l'état civil. Il doit notamment:
1. enregistrer les d éclarations de naissance et en dresse r
acte;
2. enregistrer les reconnaissances d'enfants n
és hors
célébrer les mariages et en dresser acte;
3. enregistrer les déclarations de décès et en dresser acte;
4. enregistrer les d éclarations d'adoption et en dresser
acte;
5. enregistrer les d éclarations des pers onnes autres que
les époux dont le consentement est requis pour la
validité du mariage;
6. transcrire certains actes re çus pas d'autres officiers
publics;
7. transcrire divers jugements relatifs à l' état civil, tels
que les jugements de divorce et ceux qui ordon nent la
rectification d'un acte de l' état civil pour l'inscription
d'acte omis;
8. apposer les mentions qui doivent, d'apr ès la loi, être
faites en marge des actes de l' état civil d éjà inscrits et
transcrits;
9. délivrer à ceux qui ont le droit de les requ
érir les
copies ou extraits des actes figurant sur les registres;
10. délivrer les actes de notoriété publique.
2.
kwakira iyemerwa ry
’abana bavutse ku
batashyingiranywe kandi akabikorera inyandko ;
3. gushyingira kandi akabikora inyandiko ;
4. kwakira itangazwa ry ’uko umuntu yapfuye kandi
akabikorera inyandiko ;
5. kwakira imvugo zo kugira umwana uwo utabyaye,
akanabikorera inyandiko ;
6. kwakira imvugo z
’abandi bantu batari
abashyingiranywe bagomba gutanga uburenganzira
kugirango iryo shyingirwa ribe ryo ;
7. kwandukura inyandiko zimwe na zimwe zakiriwe
n’abandi bakozi babifitiye ububasha ;
8. kwandukura imanza zose zifitanye isano
n’irangamimerere nk ’imanza z ’ubutane n ’izitegeka
ikosora ry’inyandiko n’izisimbura izitariho ;
9. gushyiraho imvugo zihinnye zigomba,
bikurikije
itegeko, kwandikwa mu mpera z
’inyandiko
z’irangamimerere zanditswe cyangwa zandukuwe
ahandi ;
10. guha ababifitiye uburenganzira amakopi cyangwa
ingingo z ’ingenzi z ’ibyanditswe mu bitabo
by’irangamimerere ;
11. gutanga inyandikompamo.
97.- Umwanditsi w’irangamimerere agomba kwakira ibyo
abwiwe no gukora inyandiko z’irangamimerere mu ifasi ye
gusa.
UMUTWE WA III : IBYEREKEYE IBITABO
BY’IRANGAMIMERERE
98.- Ibitabo by ’irangamimerere byohererezwa ibiro
by’irangamimerere na Minisitiri w ’Ubucamanza kandi
bigatangirwa ubuntu. Byerekwa buri wese ubifitemo
inyungu.
99.- Buri gitabo gishyirwaho inomero kuva ku rupapuro
11. mariage et en dresser acte;
97.- L'officier de l' état civil est comp étent pour recevoir
les déclarations et dresser les actes dans les limites de son
ressort uniquement.
CHAPITRE III : Des Registres De L'état Civil
98.- Les registres sont fournis gratuitement aux bureaux de
l'état civil par le Ministre de la Justice.
Ils sont consultés par toute personne intéressée.
99.- Chaque registre est cot é de la premi ère à la derni ère
page et paraf é par le Procureur de la R épublique ou son
rwa mbere kugera ku rwa nyuma kandi
Porokireri wa
Repubulika cyangwa umusimbura we agashyiraho
ikimenyetso cy’umukono we.
100.- Ibitabo by ’irangamimerere byandikwamo buri
mwaka kuva ku wa mbere Mutarama bigasozwa ku wa 31
ukuboza.
Nyuma y ’imvugo ko bisojwe kandi mu kwezi gukurikira
iryo sozwa, umwanditsi w’irangamimerere ashyiraho, muri
buri gitabo, ishakiro ry ’inyandiko zirimo, hakurikijwe uk o
inyuguti zikurikirana.
Iyo ibiro by ’irangamimerere bivuyeho, ibitabo byitabwaho
hakurikijwe amategeko yashyizweho na
Minisitiri
w’Ubucamanza.
101.Habaho ubwoko butandatu bw
’ibitabo
by’irangamimerere :
1. igitabo cy’inyandiko z’amavuko ;
2. igitabo cy’inyandiko z’abapfuye ;
3. igitabo cy’inyandiko z’abashyingiranywe ;
4. igitabo cy ’inyandiko z ’iyemera ry ’abana bavutse ku
batashyingiranywe ;
5. igitabo cy
’inyandiko z
’ukugirwa umwana
n’utakubyaye ;
6. igitabo cy’inyandiko z’indi.
102.- Muri buri biro by
’irangamimerere ha gomba
gukoreshwa igitabo kimwe cya buri bwoko bw ’inyandiko
z’irangamimerere. Inyandiko imwe ijya mu bitabo bibiri.
Iyo ibyo bitabo bishojwe, kimwe muri byo gishyingurwa
mu bubiko bw ’Urukiko rwa Mbere rw ’Iremezo rw ’ifasi,
ikindi kikabikwa mu biro by’irangamimerere.
103.- Ibitabo by’irangamimerere bigomba kuba igihe cyose
mu biro by’irangamimerere.
Ariko Minisitiri w ’Ubucamanza ashobora gutanga
uburenganzira bwo kubikoreshereza ahandi muri iyo fasi.
104.- Inyandiko z ’irangamimerere mu bitabo byazo
zikorwa
zikurikiranyijwe nta mwanya usigaye
utanditswemo, nta gusiba cyangwa kugerekeranya
inyandiko.
105.- Inyandiko y ’irangamimerere ikorwa hari abagabo
babiri.
Umwanditsi w ’irangamimerere mbere yo gushyira
umukono ku nyandiko abanza kuzisomera benezo, hari
abagabo babiri.
Inyandiko zishyirwaho umukono w
’umwanditsi
w’irangamimerere, abazandikiwe n’abagabo.
Iyo umwe mu bakorewe izo nyandiko cyangwa umwe mu
bagabo adashoboye gushyira umukono ku nyandiko, atera
igikumwe.
délégué.
100.- Les registres sont ouverts au 1
décembre de chaque année.
er
janvier et clos au 31
A la suite de la mention de cl
ôture, il est dress é, par
l'officier de l' état civil sur chaque registre, une table
alphabétique des actes qui y sont contenus dans le mois qui
suit la clôture du registre de l'année précédente.
En cas de suppression d'un bureau de l'
état civil, la
conservation de ses registres est assurée conformément aux
dispositions arrêtées par le Ministre de la Justice.
101.- Il existe six catégories de registres de l'état civil :
1.
2.
3.
4.
le registre des actes de naissance;
le registre des actes de décès;
le registre des actes de mariage;
le registre des actes de reconnaissance;
5.le registre des actes d'adoption;
6.le registre des actes divers.
102.- Dans chaque bureau d' état civil, il ne peut y avoir
qu'un registre de chaque esp èce en usage à la fois. Ce
registre est tenu en double exemplaire. A la cl
ôture du
registre, un des exemplaires est d
éposé au greffe du
Tribunal de Premi ère Instance du ressort et l'autre
conservé au bureau de l'état civil.
103.- Les registres doivent se trouver en permanence dans
les locaux affectés au service de l'état civil.
Toutefois, le Ministre de la Justice peut autoriser leur
déplacement à l'intérieur du ressort.
104.- La r édaction des actes sur les registres doit se faire
d'une mani ère continue dans l'ordre num érique croissant,
sans aucun blanc ni rature ou surcharge.
105.- Les actes de l' état civil sont re çus en pr ésence de
deux témoins.
L'officier de l' état civil donne, avant la signature, lecture
des actes aux parties comparantes en présence des témoins.
Les actes sont sign és par l'officier de l' état civil, par les
comparants et les témoins.
Si un des comparants ou un des t émoins ne peut pas signer
ou parapher, il appose son empreinte digitale.
Iyo habayeho isiba cyangwa igerekerany wa ry ’inyandiko
bigomba kwemerwa n ’abashyize umukono kuri iyo
nyandiko.
Nta cyandikwa mu magambo ahinnye, kandi nta n
n’imwe ihandikwa mu mibare.
’itariki
106.- Umwanditsi w’irangamimerere agomba guha umuntu
wese ubisabye kandi ubifitemo inyungu kopi nya
kuri
cyangwa ingingo z
’ingenzi izo arizo zose
z’irangamimerere.
Kopi ni inyandukuro yose y’inyandiko yo mu gitabo.
En cas de ratures ou surcharges, celles-ci sont approuv ées
et paraphées par tous les signataires de l'acte.
Il n'est rien écrit par abr éviation sur les actes de l' état civil
et aucune date n'y est mise en chiffres.
106.- L'officier de l' état civil est tenu de d élivrer, à toute
personne int éressée qui en fait la demande, des copies
certifiées conformes ou des extraits de tous actes de l' état
civil.
La copie est la reproduction int
figure au registre.
égrale de l'acte tel qu'il
L'extrait est le résumé des éléments essentiels de l'acte.
Ingingo z ’ingenzi ni inyandiko ihinnye ikubiyemo
amagambo y’ingenzi y’inyandiko yose.
Amakopi n ’ingingo z ’ingenzi bigomba gushyirwaho
umukono n ’umwanditsi w ’irangamimerere, agateraho
n’ikirango cy’ibyo biro.
107.- Umwanditsi w ’irangamimerere ntashobora kwanga
gutanga kopi cyangwa ingingo z ’ingenzi yitwaza ko nta
gaciro bifite.
108.- Inyandiko yose y
’irangamimerere yerekeye
abanyarwanda n ’abanyamahanga, yandikiwe mu mahanga
igira agaciro gusa mu Rwanda bikurikije uko iteye
n’impamvu zayo byemejwe n ’amategeko y ’u Rwanda
cyangwa amasezerano mpuzamahanga.
Inyandiko zandikiwe mu mahanga zerekeye abanyarwanda
zandukurirwa, bisabwe na nyirazo,
mu gitabo
cy’irangamimerere cy’aho atuye.
109.- Ibitangazwa byakirwa :
1º n ’umwanditsi w ’irangamimerere w ’aho umwana
yavukiye cyangwa w ’aho ababyeyi baba cyangwa
batuye, ku byerekeye ivuka ;
2º n’umwanditsi w’irangamimerere w’aho umuntu yaguye,
ku byerekeye ugupfa ;
3º n ’umwanditsi w ’irangamimerere w ’aho ishyingirwa
ryabereye, ku byerekeye ugushyingiranwa ;
4º n’umwanditsi w’irangamimerere w’aho nyiri ukwemera
umwana atuye, ku byerekeye iyemera ry
’umwana
wavutse ku batashyingiranywe ;
5º n’umwanditsi w’irangamimerere w’aho ugizwe umwana
atuye, ku byerekeye kuba umubyeyi w
’umwana
utabyaye.
Umwanditsi w ’irangamimerere wakira ibitangazwa
agomba kubimenyesha umwanditsi w
’irangamimerere
w’aho butegetsi uwandikwa atuye.
110.- Inyandiko z ’irangamimerere zandikwa n’umwanditsi
w’irangamimerere muri rumwe mu ndimi ebyiri
zikoreshwa mu butegetsi uwandikisha yihitiyemo.
Les copies et les extraits doivent être signés par l'officier de
l'état civil et revêtus du sceau de son office.
107.- L'officier de l'état civil ne peut refuser de délivrer une
copie où un extrait d'un acte qu'il consid érerait comme nul
et sans valeur.
108.- Tout acte de l'état civil des rwandais et des étrangers,
fait en pays étranger, n' a d'effet au Rwanda que dans les
formes et conditions d
éterminées par la l
égislation
rwandaise ou les conventions internationales.
Les actes pass és à l' étranger et concernant les rwandais
sont, à la diligence de l'intéressé, transcrits sur le registre de
l'état civil de son domicile.
109.- Les déclarations sont reçues :
1º pour les naissances, par l'officier de l'état civil, soit du
lieu de la naissance, soit du lieu de la r ésidence ou du
domicile des parents;
2º pour le décès, par celui du lieu du décès;
3º pour le mariage, par celui du lieu de la c élébration du
mariage;
4º pour les reconnaissances, par celui du domicile de la
personne qui reconnaît l'enfant;
5º pour les adoptions, par celui du lieu du domicile de
l'adopté.
L'officier de l' état civil qui a re çu les d éclarations est
chargé d'informer l'officier de l' état civil du domicile de
l'intéressé.
110.- Les actes de l' état civil sont r édigés par l'officier de
l'état civil dans l'une des deux langues officielles choisie
par le déclarant.
Ils contiennent les mentions spécifiques à chaque acte.
Les témoins de l'un ou de l'autre sexe, lorsqu'ils sont requis,
doivent avoir 21 ans révolus.
Biba birimo amagambo yihariwe na buri muhango.
Abatanzweho abagabo b ’ibitsina byombi, igihe ari
ngombwa ko babaho, bagomba kuba bafite imyaka 21
yuzuye.
111.- Iyo bene ubwite badategetswe kuhibera ubwabo,
bashobora guhagararirwa n’uwo babihereye ububasha.
111.- Dans les cas o ù les parties int éressées ne sont pas
obligées de comparaître en personne, elles peuvent s e faire
représenter par un fondé de pouvoir.
112.- Iyo bene ubwite, abo batumye kubahagararira, abaje
kubabera abagabo batavuga rumwe mu ndimi zikoreshwa
mu butegetsi kandi umwanditsi w ’irangamimerere atumva
ururimi bavugamo, ibyo batangaza bihindurwa
n’umusemuzi wabirahiriye hakurikijwe Amategeko Agenga
Imiburanishirize y’Imanza z’Amahugu n’Ubucuruzi.
112.- Si les parties comparantes, leurs fondés de pouvoir ou
les témoins ne parlent pas l'une des langues officielles et si
l'officier de l' état civil ne conna ît pas la langue dans
laquelle ils expriment leurs
déclarations, celles-ci sont
traduites par un interpr
ète ayant pr
êté serment
conformément au
Code de Proc
édure Civile et
Commerciale.
Imvugo yabyo ishyirwa muri iyo nyandiko. Iyo mvugo
yerekana ururimi ibyatangajwe byavuzwem
umwirondoro w’umusemuzi kimwe n’indahiro ye.
Mention en est faite dans l'acte. Cette mention comporte
l'indication de la langue dans laquelle la d éclaration a été
faite, l'identit é compl ète de l'interpr ète ainsi que la
prestation de serment de celui-ci.
o,
113.- Mbere yo gukora inyandiko, umwanditsi
w’irangamimerere amenyesha bene ubwite cyangwa
abatumwe kubahagararira n
’abagabo babo ibihano
biteganijwe n ’amategeko ahana ababeshya mubyo baje
gutangaza.
Inyandiko yarangira, batarayishyiraho umukono cyangwa
bataratera igikumwe, akayibasomera kandi bakayisomera
iyo bazi gusoma kandi bumva urwo rurimi rukoreshwa mu
butegetsi.
Ku byateganijwe ku gika cya mbere cy’ingingo ya 112 y’iri
tegeko, umusemuzi niwe uhin dura inyandiko mu rundi
rurimi.
Mu nyandiko hashyirwaho imvugo yerekana ko iyo
mihango yubahirijwe.
114.- Inyandiko zishyirwaho umukono n
’umwanditsi
w’irangamimerere, bene ubwite, abagabo, byaba ngombwa
n’umusemuzi badashyizeho umukono cyangwa badateye
igikumwe, hajyaho impamvu yababujije.
115.- Iyo umwanditsi w ’irangamimerere apfuye adashyize
umukono ku nyandiko zimwe cyangwa ku mvugo ziri mu
mpera cyangwa agafatwa n ’indwara imubuza kubikora,
Porokireri wa Repubulika ashyikiriza Perezida w’Urukiko
rwa Mbere rw ’Iremezo ubigenewe urwandiko rumusaba
ngo ashyireho iteka ry
’uko inyandiko zanditswe
n’umwanditsi w ’irangamimerere wapfuye cyangwa
wafashwe n ’indwara atarazishyiraho umukono zemerwa,
n’ubwo zizaba zibuzeho uwo mukono.
Imvugo y ’imyemereze y ’iteka r itanzwe rityo, ishyirishwa
na Porokireri wa Repubulika mu mpera y ’izo nyandiko
113. - Avant de dresser acte, l'officier de l' état civil avise
les parties comparantes ou leurs fond és de pouvoir et les
témoins des peines pr évues par la loi pour sa nctionner les
fausses déclarations.
L'acte établi, il leur en donne lecture et les invite, s'ils lisent
la langue officielle, à en prendre connaissance avant de le
signer ou d'y apposer l'empreinte digitale.
Dans le cas pr évu au premier alin éa de l'art icle 112 de la
présente loi, la traduction de l'acte est faite par l'interprète.
Il est fait mention dans les actes de l'accomplissement de
ces formalités.
114.- Les actes sont sign és par l'officier de l' état civil, les
comparants, les témoins et s'il y a lieu l'interprète. Dans le
cas contraire, mention est faite de la cause qui a emp êché
les comparants, les t émoins et l'interpr ète de signer ou
d'apposer l'empreinte digitale.
115.- Si l'officier de l' état civil d écède ou s'il est frapp é
d'une incapaci té physique ou mentale sans avoir sign
é
certains actes ou certaines mentions marginales, le
Procureur de la R épublique pr ésente une requ ête au
Président du Tribunal de Première Instance compétent aux
fins de faire ordonner que les actes r édigés, par l'offi cier
décédé ou frapp é d'une incapacit é physique ou mentale, et
non signés, feront foi malgré l'absence de signature.
Mention du dispositif de l'ordonnance ainsi rendue est
portée, à la diligence du Procureur de la R épublique, en
marge des actes concernés.
bireba.
Mbere yo gufata icyemezo, Perezida w ’Urukiko ashobora
igihe cyose gutegeka iperereza rihamya ukuri
kw’inyandiko z ’abo bireba cyangwa rimenyesha ko hari
ibiriho byagombaga gukosorwa.
Ibivugwa mu gika kibanjirije iki bikurikizwa na none igihe
umukono cyangwa igikumwe bitashyizweho n ’umwe mu
bakoresheje umuhango, iyo kuwushyiraho bidashoboka
kubera ko nyiri ubwite yapfuye cyangwa yazimiye.
Le Pr ésident du Tribunal peut toujours, avant de statuer,
ordonner une enquête en vue de faire constater l'exactitude
des actes des int
éressés ou de faire conna
ître les
rectifications qui doivent y être portées.
Les dispositions pr évues à l'alin éa pr écédent sont
également applicable dans le cas où a été omise la signature
ou l'empreinte digitale de l'une des parties à l'acte lorsque
l'omission ne peut être r éparée en raison du d écès, de la
disparition ou de l'absence de la partie intéressée.
CHAPITRE IV : Des bureaux de l'état civil
UMUTWE WA IV: IBYEREKEYE IBIRO
BY’IRANGAMIMERERE
116.- Mu buri komini hari ibiro by ’irangamimerere ; ifasi
yabyo ihwanye n’imbibi za komini.
Ahari intumwa zihagarariye u Rwanda mu mahanga naho
hari ibiro by ’irangamimerere; ifasi yabyo ihwanye naho
ubwo butumwa bugarukira.
UMUTWE WA V: Ibyerekeye amabwiriza yihariye na
buri bwoko bw’inyandiko y’ibyerekeye
116.- Il existe, dans chaque commune, un bureau de l' état
civil dont le ressort correspond aux limites territoriales de
la commune.
Il existe aussi au sein de chaque mission diplomatique ou
consulaire rwandaise à l' étranger un bureau de l' état civil
dont le ressort correspond à sa juridiction.
CHAPITRE V : Des r ègles propres à chaque cat égorie
d'actes de l'état civil
SECTION PREMIÈRE: Des actes de naissance
ICYICIRO CYA MBERE : Ibyerekeye inyandiko
z’amavuko
117.- Umwana agomba kwandikishwa mu minsi cumi
n’itanu avutse herekanywe icyemezo cya muganga iyo
gihari.
118.- Inyandiko y’ivuka isobanura :
1º umwaka, ukwezi, umunsi n’aho yavukiye, igitsina, isano
muzi, izina bwite, izina cyangwa amazina y ’ingereka
y’umwana ;
2º amazina bwite, amazina y ’ingereka, imyaka y’amavuko,
imyuga, isano muzi rya se na nyina, aho baba, aho
batuye n’iby’ubivuze iyo ahari ;
3º izina bwite n
’ay’ingereka ya muganga watanze
icyemezo cy’ivuka.
Iyo se na nyina b ’umwana batazwi, byandikwa mu gitabo
cy’inyandiko z’amavuko.
119.- Iyandikisha ry ’ivuka rikorwa na se w ’umwana, iyo
atabonetse rigakorwa na nyina w
’umwana, bombi
bataboneka bigakorwa n ’umwe mu bakurambere cyangwa
mwene wabo, uwamubonye avuka cyangwa
uwamutoraguye.
120.- Inyankiko y
’ivuka iherako yandikwa, kandi
igashyirwaho umukono n
’uwayitangaje, abagabo
n’umwandtsi w’irangamimerere.
121.- Mu bigo by ’ubuzima bya Leta n ’ibyigenga habaho
igitabo cyihariye cyandikwamo abana babivukiyemo
117.- Les naissances doivent être déclarées dans les quinze
jours de l'accouchement sur pr ésentation éventuelle du
certificat médical de naissance.
118.- L'acte de naissance énonce :
1º l'année, le mois, le jour et le lieu de la naissance, le
sexe, l'ethnie, le nom et le ou les prénoms de l'enfant;
2º les noms, prénoms, âges, professions, ethnies, résidence
et domicile des p ère et m ère et, s'il y a lieu, ceux du
déclarant;
3º les nom et pr énoms de l'auteur du certificat m édical
produit.
Si les père et mère de l'enfant ne sont pas connus, il en est
fait mention sur le registre.
119.- La d éclaration de naissance est faite par le p ère, à
défaut par la mère, et à défaut de père et mère, par l'un des
ascendants ou l'un des plus proches parents, ou sinon par
toute personne ayant assist é à la naissance ou par toute
personne qui trouve un nouveau-né.
120.- L'acte de naissance est rédigé immédiatement et signé
par le déchéant, le témoins et l'officier de l'état civil.
121.- Il est tenu dans les établissements de santé publics et
privés, un registre sp écial sur lequel sont immédiatement
inscrites, par ordre de date, les naissances qui y
hakurikijwe uko amatariki akurikirana.
surviennent.
Umwanditsi w’irangamimerere w’aho ikigo kiri n ’abakuru
b’ubutegetsi cyangwa b ’inkiko bavugwa n ’iri tegeko
bashobora guhamagaza icyo gitabo igihe bashakiye.
La pr ésentation dudit registre peut
être exig ée à tout
moment par l'officier de l' état civil du lieu o ù est situ é
l'établissement, ainsi que par les autorités administratives et
judiciaires visées par la présente loi.
122.- Umuntu wese utoraguye uruhinja rukivuka ategetswe
kubimenyesha umwanditsi w
’irangamimerere w ’aho
umwana yatoraguwe. Iyo uwo muntu atemeye kugumana
uwo mwana agomba kumutanga n ’ibyo yamusanganye
nk’utwambaro n ’utundi tuntu
akamuha umwanditsi
w’irangamimerere uhegereye.
Hakorwa inyandikomvugo irambuye ivuga kandi, uretse
ibivugwa bitaganijwe mu ngingo ya 118, umunsi, isaha,
ahantu umwana yatoraguwe n ’ukuntu bamusanze, imyaka
ye igereranijwe, igitsina cye, n ’ikintu cyose gish obora
gufasha kumenyesha uwo ariwe, n ’umutegetsi cyangwa
undi muntu yagejejweho.
Iyo nyandikomvugo yandikwa mu gitabo cy ’abavuka kuri
iyo tariki nyine.
Inyuma y ’iyo nyandikimvugo kandi bitegeranye,
umwanditsi w ’irangamimerere, azivanguye, akurikizaho
indi nyandiko ijya mu kigwi cy’inyandiko y’ivuka.
Uretse ibyo bigomba kuvugwa, iyo nyandiko imenyesha
izina bwite n ’ayingereka iyo ariho umwana yiswe,
igashinga itariki y ’ivuka igereranije n ’uko bareba angana,
kandi ikavuga ko aho umwana yatoraguwe ariho
amavukiro ye.
Umwanditsi w ’irangamimerere ashobora igihe cyose
gusaba muganga ubizi neza akemeza igihe umwana amaze
akurikije uko amubona.
Iyo nyandiko y ’ivuka ry’umwana ibonetse, cyangwa ivuka
rye ryemejwe n ’urukiko, inyandikomvugo y ’itoragurwa
n’inyandiko y ’ivuka yabaye igiyeho bita agaciro bisabwe
na Porokireri wa Repubulika cyangwa abandi babifitemo
inyungu.
123.Mu nyandiko y
’ivuka, iyo ababyeyi
batashyingiranywe, imvugo imenyesha izina rya se
w’umwana ntivuga ko amwemeye keretse iyo iturutse kuri
se ubwe cyangwa ku muntu yatumye kumuhagararira.
124.- Igihe hatangajwe ivuka ry
’umwana upfuye, iyo
mvugo yandikwa uwo munsi nyine mu gitabo cy’inyandiko
z’abapfuye aho kujya mu gitabo cy’amavuko.
122.- Toute personne qui trouve un enfant nouveau-n
é
abandonné est tenu sans d élai d'en faire la d éclaration à
l'officier de l' état civil du lieu de la d écouverte. Si elle ne
consent pas à se charger de l'enfant, elle doit le remettre
ainsi que les v êtements et autres effets trouv és sur lui à
l'officier de l'état civil le plus proche.
Il est dress é un proc ès-verbal d étaillé qui, outre les
indications prévues à l'article 118, énonce la date, l'heure,
le lieu et les circonstances de la d écouverte, l'âge apparent
et le sexe de l'enfant, et toutes particularit
és pouvant
contribuer à son identification, ainsi que l'autorit é ou la
personne à laquelle il a été confié.
Ce proc ès-verbal est inscrit à sa date sur le registr e des
naissances.
A la suite et s éparément de ce proc ès-verbal, l'officier de
l'état civil établit un acte tenant lieu de l'acte de naissance.
En plus de ces énonciations, cet acte mentionne le nom et
éventuellement le ou les pr énoms qui lui sont donn és; il
fixe une date de naissance pouvant correspondre à son âge
apparent et d ésigne comme lieu de naissance celui o
ù
l'enfant a été découvert.
L'officier de l' état civil peut toujours faire d éterminer par
un m édecin requis à cet effet l' âge physiologique d e
l'enfant.
Si l'acte de naissance de l'enfant vient à être retrouvé ou si
sa naissance est judiciairement d éclarée, le proc ès-verbal
de découverte et l'acte provisoire de naissance sont annul és
à la requ ête du Procureur de la R épublique ou des parties
intéressées.
123.- Dans un acte de naissance, lorsque les parents ne sont
pas mariés, la déclaration indiquant le nom du p ère ne vaut
comme reconnaissance que si elle émane du père lui-même
ou de son fondé de pouvoir.
124.- Lorsqu'il est déclaré un enfant sans vie, la déclaration
est inscrite à sa date sur le registre des d écès et non sur
celui des naissances.
Iyo mvugo yerekana ko hatangajwe ivuka ry
’umwana
upfuye, ku buryo bitazana igitekerezo cyo kwibaza niba
umwana yarigeze ubuzima cyangwa ntabwo yigeze.
Elle mentionne seulement qu'il a été déclaré un enfant sans
vie sans qu'il en r ésulte aucun pr éjugé sur la question de
savoir si l'enfant a eu vie ou non.
Ibivugwa kandi ni igitsina cy
Sont en outre énoncés, le sexe de l'enfant, noms, pr énoms,
’umwana, amazina bwite,
ay’ingereka, imyaka y’ivuka, imyuga ya se na nyina n ’aho
batuye, n ’iby’uwatangaje imvugo iyo hari uhari,
n’umwaka, ukwezi, umunsi n’isaha ibyara ryabereho.
âges, professions et domicile des p ère et m ère et, s'il y a lieu,
du d éclarant ainsi que l'an, mois, jour et heure de
l'accouchement.
125.- Umuntu wese ashobora guhabwa kopi y ’inyandiko
y’ivuka rye. Uretse Porokireri wa Repubulika , abo nyiri
ubwite akomokaho, abamukomokaho bo mu rwego
rutaziguye, uwo bashyingiranywe, umurera cyangwa
umuhagarariye wemewe n ’amategeko, nta wundi muntu
ushobora guhabwa iyo kopi bidaturutse ku ruhushya
rutangirwa ubuntu na Porokireri wa Repubulika kandi
nawe abisabwe mu nyandiko.
125.- Toute personne peut obtenir copie conforme de s on
acte de naissance. A l'exception du
Procureur de la
République, des ascendants et des descendants en igne
directe de l'int éressé, de son conjoint, de son tuteur ou de
son repr ésentant l égal, aucune autre personne ne peut
obtenir cette copie si ce n'es t en vertu d'une autorisation
délivré, sans frais, par le Procureur de la R épublique sur
demande écrite.
Mu gihe banze gutanga iyo kopi cyangwa urwo ruhushya,
uwo babyimye ashyikiriza ikiba
zo cye
Minisitiri
w’ubucamanza.
En cas de refus, recours peut
Ministre de la Justice.
126.- Umwanditsi w ’irangamimerere aha ubisabye wese
inyandukuro z ’ingingo z ’ingenzi zerekana gusa umwaka,
umunsi n ’ahantu yavukiye, igitsina, izina bwite
n’ay’ingereka, isano muzi by ’umwana, nk ’uko mbese
bikomoka ku mvugo z
’inyandiko y ’ivuka cyangwa
ibivugwa biri mu mpera z’iyo nyandiko.
126.- L'officier de l' état civil est tenu de d élivrer à tout
requérant des extraits indiquant l'ann ée, le jour, le lieu de
naissance, le sexe, le nom, pr énoms et ethnie de l'enfant,
tels qu'ils r ésultent des énonciations de l'acte de naissance
ou des mentions contenues en marge de cet acte.
Ikindi kandi inyandukuro z ’ingingo z ’ingenzi zisobanura
amazina bwite, ay ’ingereka, isano muzi, imyuga n ’aho
ababyeyi batuye, ntizishobora gutangwa hadakurikijwe
ibivugwa mu ngingo ya 125,
keretse rero bisabwe
n’abazunguye umwana cyangwa n’ubutegetsi bwa Leta.
Les extraits précisant en outre les noms, prénoms et ethnie,
professions et domicile des p ère et m ère ne peuvent être
délivrés que dans les conditions pr évues à l'article 125, à
moins que la délivrance n'en soit demandée par les héritiers
de l'enfant ou par une administration publique.
Igihe umwana yarezwe n ’uwemeye kumubera umubyeyi
ataramubyaye kandi ababyeyi be bwite batazwi ku buryo
bw’amategeko, izo ngingo z ’ingenzi zigomba kuvuga gusa
ko se cyangwa nyina ari u
wamwigiriye uwe cyangwa
abamwigiriwe uwabo.
Lorsque l'enfant a fait l'objet d'une adoption et que les
parents d'origine sont tous deux inconnus, lesdits extraits
doivent indiquer uniquement comme p ère et mère le ou les
adoptants.
ICYICIRO CYA 2: Ibyerekeye inyandiko z’abapfuye
SECTION II: Des actes de décès
127.- Urupfu rugomba gutangazwa mu minsi cumi n ’itanu
ikurikira itariki umuntu yapfuyeho herekanywe icyemezo
cya muganga iyo gihari.
127.- Le d écès doit être d éclaré da ns les quinze jours qui
suivent la date du d écès sur pr ésentation éventuelle du
certificat médical de décès.
128.- Inyandiko z’abapfuye zigomba kuvuga :
1º umwaka, ukwezi, umunsi, isaha n’ahantu yapfiriye ;
2º izina bwite, ay
’ingereka, igitsina n ’isano muzi
by’uwapfuye, umunsi n ’aho yavukiye, umwuga, aho
yabaga n ’aho yari atuye, amazina bwite n ’ayingereka,
umwuga bya se na nyina n’aho batuye;
3º izina bwite n
’ay’ingereka y ’uwo bashyingiranywe
usigaye, niba uwapfuye yari yarashyingiwe, yari
yarapfakaye cyangwa yaratandukanye n
’uwo
bashyingiranywe ;
4º izina bwite, ay ’ingereka, imyaka y ’amavuko, umwuga
n’aho uhamije ibyo atuye n
’isano yari af itanye
n’uwapfuhe iyo yari agihari ;
5º izina bwite n ’amazina y ’ingereka ya muganga watanze
icyemezo; ibi byose bishobora kwandikwa iyo
bishoboye kumenyekana.
128.- Les actes de décès énoncent :
1º l'année, le mois, le jour et le lieu du décès;
2º les nom, pr énoms, sexe et ethnie, date et lieu de
naissance, profession, r ésidence et domicile du
décédé, noms, pr énoms, professions et domicile des
père et mère;
3º les nom et pr énoms de l'autre époux si la personne
décédée était mariée, veuve ou divorcée;
4º
5º
être introduit aupr ès du
les nom, pr énoms, âge, profession et domicile du
déclarant et, s'il y a lieu, son degr é de parenté avec la
personne décédée;
les nom et pr énoms de l'auteur du certificat m édical
produit : le tout, autant qu'on peut le savoir.
Imvugo ihinnye y ’urupfu ishyirwa mu mpera y ’inyandiko
y’ivuka ry’uwapfuye.
Il est fait mention du d écès en marge de l'acte de naissance
de la personne décédée.
129.- Inyandiko yer ekeye uwapfuye ikorwa ikurikije
ibitangajwe n ’umwe mu bafitanye isano n
’uwapfuye
cyangwa n ’undi wese uzi irangamimerere ye ku buryo
buhagije.
129.- L'acte de d écès est dress é sur la d éclaration d'un des
parents du d éfunt ou de toute personne poss édant sur son
état civil des renseignements nécessaires à la déclaration.
Iyo nyandiko ishyirwaho umukono n ’uwatangaje urupfu,
abagabo n’umwanditsi w’irangamimerere.
Il est signé par le déclarant, les témoins et l'officier de l'état
civil.
130.- Mu bigo by ’ubuzima bya Leta n ’ibyigenga habaho
igitabo cyihariye bahita bandikamo abahapfira.
Umwanditsi w’irangamimerere w’aho ikigo kiri, n’abakuru
b’ubutegetsi cyangwa b ’inkiko bashobora guhamagaza
icyo gitabo igihe bashakiye.
130.- Il est tenu, dans les établissements de santé publics et
privés, un registre sp écial sur lequel sont imm édiatement
inscrits les d écès qui surviennent.La pr ésentation dudit
registre peut être exig ée à tout moment par l'officier de
l'état civil du lieu o ù est situ é l'établissement ainsi que par
les autorités administratives et judiciaires.
131.- Iyo hari ibimenyetso byerekana k o atari urw ’ikirago,
cyangwa izindi mpamvu zatera kurukeka, ntibashobora
guhamba uwapfuye iyo umugenzacyaha, afashijwe
n’umuganga wemewe atarakora inyandikomvugo
y’imimerere y ’umurambo n ’ibindi biyerekeyeho, n ’ibyo
kandi yashoboye kumenya by ’izina bwite, a y’ingereka,
imyaka amaze, umwuga yakoraga, aho yavukiye n’aho yari
atuye.
131.- Lorsqu'il y a des signes ou indices de mort violente,
ou d'autres circonstances qui donnent lieu à la soup çonner,
on ne peut faire l'inhumation qu'a près qu'un officier de
police judiciaire, assist é d'un m édecin agr éé, a dress é un
procès-verbal de l' état du cadavre et des circonstances y
relatives ainsi que des renseignements qu'il a pu recueillir
sur les nom, pr énoms, âge, profession, lieu de naissanc e et
domicile de la personne décédée.
132.- Umugenzacyaha ategetswe kohereza bidatinze
umwanditsi w ’irangamimerere w ’aho umuntu yaguye
ibintu byose byamenyeshejwe mu nyandikomvugo, ari
nabyo inyandiko yerekeye uwapfuye ishingiraho.
132.- L'officier de police judiciaire est tenu de transmettre
tout de suite à l'officier de l'état civil du lieu où la personne
est décédée tous les renseignements énoncés dans le procèsverbal d'après lesquels l'acte de décès est redigé.
133.- Abayobozi ba gereza bagomba kohereza, mu masaha
mirongo ine n ’umunani akurikira irangiza ry ’urubanza
rwahanishijwe igihano cy
’urupfu, umwanditsi
w’irangamimerere w’aho uwaciriwe urwo gupfa yahaniwe,
ibyamenyeshejwe byose mu ngingo ya 128 y’iri tegeko.
133.- Les directeurs de prison sont tenus d'envoyer, dans
les quarante huit heures de l'ex
écution des jugements
portant peine de mort, à l'officier de l'état civil du lieu où le
condamné a été exécuté, tous les renseignements énoncés à
l'article 128 de la présente loi.
134.- Mu gihe umuntu aguye muri gereza, umuyobozi
w’icyo kigo agomba, mu masaha mirongo ine n ’umunani,
koherereza umwanditsi w ’irangamimerere w ’aho umuntu
yaguye icyemezo cy ’urupfu gitangwa na muganga
wemewe, n’ibivugwa mu ngingo ya 128 y’iri tegeko
134.- En cas de d écès dans l' établissement pénitentiaire, le
directeur de cet établissement doit, dans les quarante huit
heures, transmettre à l'officier de l' état civil du lieu o ù la
personne est décédée, outre un certificat de décès établi par
le m édecin agr éé, les renseignements énoncés à l'article
128 de la présente loi.
Cyakora mu rupfu rwagize uwo ruhitana mu kigo cya
gereza, ingingo ya 131 niyo yonyine ikurikizwa mu gihe
hari ibimenyetso by ’urupfu rutari urw ’ikirago cyangwa
ibindi bituma rushobora gukekwa.
Toutefois, en cas de d écès survenu dans un établissement
pénitentiaire, la proc édure pr évue à l'article 131 demeure
seule d'application lorsqu'il existe des signes ou indices de
mort violente ou d'autres circonstances qui donnent lieu de
la soupçonner.
135.- Iyo umurambo ubonetse kandi bashobora kumen ya
nyirawo, hagomba kujyaho inyandiko yerekeye uwapfuye
ishyirwaho n ’umwanditsi w ’irangamimerere w ’ahemerwa
ko ariho yaguye, uko igihe cyangana kose, kuva igihe
umuntu yapfiriye kugeza ku itahurwa ry’umurambo we.
135.- Lorsque le cadavre est retrouv é et peut être identifié,
un acte de d écès doit être dressé par l'officier de l' état civil
du lieu pr ésumé du décès, quel que soit le temps écoulé
entre le décès et la découverte du cadavre.
Iyo umurambo udashobora kumenyekana, inya
yerekeye uwapfuye igomba kugaragaza ibiranga
Si le cadavre ne peut être identif é, l'acte de d écès doit
comporter son signalement le plus complet : en cas
ndiko
umurambo ku buryo bwuzuye igihe ishoboye
kumenyekana hanyuma, inyandiko irakosorwa.
d'identification ultérieure, l'acte est rectifié.
136.- Iyo Porokireri wa Repubulika cyangwa umuntu wese
ubifitemo inyungu abisabye, urupfu rw ’umuntu waburiye
mu Rwanda mu buryo bushobora gushyira ubuzima bwe
mu makuba, rushobora gutangazwa n
’urukiko iyo
umurambo utigeze ugaragara, gusa urukiko rugomba
gushakisha ibimenyetso byose bishobora kwemeza ko
yapfuye koko.
136.- Peut être d éclaré judiciairement, à la requ ête du
Procureur de la République ou de toute intéressée, le décès
de toute personne disparue au Rwanda dans des
circonstances de nature à mettre sa vie en danger, mais le
tribunal doit s'entourer de toutes information s susceptibles
de conclure au décès certain.
Imanza zemeza ko umuntu yapfuye zifatwa nk ’inyandiko
zerekeye urupfu zikaba kandi zizitira abashobora kwitwaza
ko uwapfuye akiriho. Icyo bashobora gusa ni ukuzikosora.
Les jugements d éclaratifs de d écès tiennent lieu d'actes de
décès et sont opposables aux tiers qui peuvent seulement en
obtenir la rectification.
ICYICIRO CYA III
z’ishyingirwa
SECTION III: Des actes de mariage
:
Ibyerekeye inyandiko
137.- Inyandiko y’ishyingirwa yerekana :
1° amazina bwite, ay ’ingereka, igitsina n ’isano muz i
by’abashyingiranywe, imyuga bakora, imyaka
bamaze bavutse, aho batuye n’aho basanzwe baba;
2° amazina bwite, ay’ingereka n’isano muzi bya ba se na
ba nyina, aho baba, aho batuye ;
3° impushya zitangwa mu gihe umwe mu bashyingirwa
cyangwa bombi bakiri bato ;
4° amazina bwite n ’ay’ingereka y ’abo bashyingiranywe
mbere iyo byabayeho ;
5° imvugo y ’abashyingiranywe bemera kuzabana
n’itangazwa ry
’ubumwe bwabo bivugwa
n’umwanditsi w’irangamimerere ;
6° amazina bwite n
’ay’ingereka y
’abagabo
n’abahagarariye imiryango y
’abashyingiranywe,
umwuga bakora n’aho batuye
7° itangazwa ry ’amasezerano y ’abashyingiranywe
yerekeye ibintu ;
8° ubwoko bw’inkwano ;
9° ubwenegihugu bw’abashyingiranywe.
137.- L'acte de mariage énonce :
1º les noms, pr énoms, sexe et ethnie, professions, âges,
dates et lieux de naissance, domicile et r ésidence des
époux;
2º les noms, pr énoms et ethnie, professions, r ésidences
et domiciles des pères et mères;
3º le consentement ou autorisation donn ée en cas de
minorité de l'un ou des deux époux;
4º les noms et prénoms du précédent conjoint de chacun
des époux, s'il y a lieu;
5º la d éclaration des contractants de se prendre pour
époux et le prononc é de leur union par l'officier de
l'état civil;
6º les noms, pr énoms, professions, domiciles des
témoins et des représentants des familles des époux;
Mu mpera y ’inyandiko y ’ivuka rya buri wese mu
bashyingiranywe handikwa uko imihango y ’ishyingirwa
yagenze n’izina ry’uwo bashyingiranywe.
Il est fait mention de la c élébration du mariage et du nom
du conjoint en marge de l'acte de naissance de chacun des
époux.
UMUTWE WA IV: Ibyerekeye inyandikompamo
z’ivuka
CHAPITRE VI: Des actes de notoriété de naissance
138.- Iyo umuntu adashoboye kubona inyandiko y ’ivuka,
ashobora kuyisimbuza ku buryo budasanzwe
inyandikompamo itangwa n’umwanditsi w’irangamimerere
w’aho yavukiye cyangwa atuye.
138.- Lorsqu'une personne est dans l'impossibilit é de se
procurer un acte de naissance, elle peut exceptionnellement
le suppléer par un acte de notori été établi par l'officier de
l'état civil du lieu de sa naissance ou de son domicile.
139.- Inyandikompamo ntishobora gukoreshwa ikindi kitari
icyo yatangiwe. Igomba kuvuga icyo aricyo.
139.- L'acte de notori été ne peut servir qu'aux seules fins
pour lesquelles il est délivré. Il doit énoncer celles-ci.
Iba irimo impamvu zatumye atabona inyandiko y
’ivuka
n’ibyavuzwe n ’abagabo ku byerekeye izina bwite,
ay’ingereka, umwuga, ubwoko bwe, aho aba n ’aho atuye,
ahantu n’igihe yavukiye n’ibya se na nyina iyo bizwi.
Il contient les c auses qui emp êchent de rapporter l'acte de
naissance et la d éclaration des t émoins en ce qui concerne
les noms, pr énoms, ethnie, r ésidences, domiciles, lieux et
époques de naissance du requ érant et de ses p ère et m ère
s'ils sont connus.
7º
la déclaration relative au contrat de mariage;
8º
9º
la nature de l'inkwano;
la nationalité déclarée par les époux.
Hakurikizwa ibivugwa kandi mu ngingo ya 88, 89, 90 na
97 z’iri tegeko.
Sont applicables, par ailleurs, les dispositions contenues
aux articles 88, 89, 90 et 97 de la présente loi.
140.- Ubushinjacyaha cyangwa umuntu wese ubifitemo
inyungu ashobora gusaba
Urukiko rw ’Iremezo rw ’aho
inyandikompamo yakor ewe, kuyaka agaciro cyangwa
kuyikosora.
140.- Le Ministère Public ou toute personne intéressée peut
demander, par simple requ ête au Tribunal de Premi ère
Instance du lieu o ù il a été établi, l'annulation ou la
rectification d'un acte de notoriété.
UMUTWE WA VII: IBYEREKEYE INYANDIKO
Z’IRANGAMIMERERE Y’ABANYAMAHANGA
CHAPITRE VII: des actes de l'état civil des étrangers
141.- Umunyamahanga wese utuye cyangwa uba mu
Rwanda ashobora gukoresha inyandiko z ’irangamimerere
zimwerekeyeho ku mwanditsi w
’irangamimerere
w’umunyarwanda ku buryo buteganywa n’iri tegeko.
Icyakora abavuka n
’abapfa bagomba kumenyeshwa
umwanditsi w’irangamimerere w’umunyarwanda.
142.- Mu gihe ishyingirwa mu Rwanda, umwe mu
bashyingirwa ari umunyamahanga undi ari umunyarwanda,
umwanditsi w ’irangamimerere w ’umunyarwanda niwe
wenyine ufite ububasha bwo kubashyingira.
Mu minsi munani ikirukira iryo shyingirwa, uwo
mwanditsi agomba koherereza Minisitiri ushinzwe
umubano w’u Rwanda n’amahanga inyandiko y’ishyingira,
nawe akayoherereza uhagarariye m u Rwanda igihugu
cy’umwe mu bashyingirwa.
143.- Urwandiko rwose rutanzwe n
’umunyamahanga
kugira ngo bamukorere inyandiko y
’irangamimerere,
rugomba byanze bikunze kuba ruri kumwe n
’ihindurwa
ryarwo muri rumwe mu ndimi ebyiri zikoreshwa mu
butegetsi, ryemej we n ’uhagarariye mu Rwanda igihugu
cy’usaba inyandiko ko rihuje n ’urwandiko rikomokaho,
cyangwa ryemewe na Minisitiri w’ubucamanza.
UMUTWE WA VIII: IBYEREKEYE IKOSORWA
RY’INYANDIKO Z’IRANGAMIMERERE
144.- Ikosorwa ry ’inyandiko y ’irangamimerere ritegekwa
n’Urukiko rwa Mbere rw
’Iremezo rw ’aho inyandiko
yakorewe cyangwa yandukuriwe rumaze kumva icyifuzo
cy’Ubushinjacyaha.
Ikosorwa ry ’inyandiko y ’irangamimerere yakozwe
cyangwa yandukuwe n ’abahagarariye u Rwanda mu
mahanga ritegekwa n’Urukingo rwa Mbere rw ’Iremezo
rwa Kigali.
Urukiko rufite ububasha bushingiye ku ifasi bwo kwemeza
ikosorwa ry
’inyandiko y
’irangamimerere, rufite
n’ububasha bwo gutegeka ikosorwa ry ’izindi nyandiko
n’iyo zitakorewe mu ifasi yarwo iyo zigaragaza ko hariho
icyo bibeshyeho cyangwa mu gihe cyo kuzandika cyangwa
141.- Tout étranger ayant son domicile ou sa r ésidence au
Rwanda peut faire dresser les actes de l'
état civil le
concernant par l'officier de l' état civil rwandais dans les
formes prévues par la présente loi.
Néanmoins, les naissances et les décès doivent être déclarés
devant l'officier de l'état civil rwandais.
142.- En cas de mariage c élébré sur le territoire national, si
l'un des futurs époux est de nat ionalité étrangère et l'autre
de nationalit é rwandaise, l'officier de l' état civil rwandais
est seul comp étent pour proc éder à la c élébration du
mariage.
Il doit, dans les huit jours de celui-ci, adresser au Ministre
ayant les affaires étrangères dans ses attributions, une
expédition de l'acte de mariage destin ée à la repr ésentation
diplomatique ou consulaire du conjoint étranger.
143.- Tout pi èce produite par un
étranger, en vue de
l'établissement d'un acte de l'état civil, doit obligatoirement
être acc ompagnée de sa traduction dans l'une des deux
langues officielles rwandaises, certifi
ée conforme
à
l'original par la repr ésentation diplomatique ou consulaire
de l'intéressé ou approuvée par le Ministre de la Justice.
CHAPITRE VIII: De la rectification d es actes de l' état
civil
144.- La rectification des actes de l' état civil est ordonn ée,
sur les conslusions du Minist ère Public, par le Tribunal de
Première Instance dans le ressort duquel l'acte a été dressé
ou transcrit.
La rectification des actes dres sés ou transcrits par les
représentations diplomatiques ou consulaires rwandaises en
poste à l'étranger est ordonnée par le Tribunal de Première
Instance de Kigali.
Le tribunal territorialement comp étent pour ordonner la
rectification d'un acte d' état civil est également compétent
pour prescrire la rectification de tous les actes, m
ême
dressés ou transcrits hors de son ressort, qui reproduisent
l'erreur ou comportent l'omission originaire.
kuzandukura hibagiranye ikintu cya ngombwa.
Ikirego cyererekeye ikosorwa ry
’inyandiko
y’irangamimerere gitangwa n ’ubifitemo inyungu wese
cyangwa se gitangwa na
Porokireri wa Repubulika :
Porokireri ategetswe kugitanga atabisabwe iyo ukwibeshya
cyangwa kwibagirwa ibyagombaga gukorwa ku nyandiko
bigamije kugaragaza ikintu cy
’ingenzi cy ’inyandiko
cyangwa cy’icyemezo gihwanye nayo.
Porokireri wa Repubulika ufite ububasha bushingiye ku
ifasi ashobora gukosoza ku buryo bw ’ubutegetsi amakosa
cyangwa ibyibagiranye kwandikwa byoroheje ku nyandiko
y’irangamimerere; kubera ibyo aha abanditsi
b’irangamimerere amabwiriza ngombwa.
Kwanga gukosora inyandiko y ’irangamimerere bitegetswe
na Porokireri wa Repubulika
bishobora kujuririrwa
Minisitiri w’Ubucamanza.
145.- Ikosorwa riturutse ku rukiko cyangwa ku butegetsi
ry’inyandiko cyangwa urubanza byerekeye inyandiko
y’irangamimerere biba ingingo ntarengwa iburanishwa kuri
buri wese mu buryo bumwe n’inyandiko yakosowe.
Urubanza rwaciwe kubera iry
o kosora rushobora
kujuririrwa n’ubushinjacyaha cyangwa n ’undi muntu wese
ubifitemo inyungu.
146.- Inyandiko ikosora icyemezo yohererezwa
umwanditsi w’irangamimerere w’aho inyandiko yakosowe
yandikiwe, ayohererejwe n ’ubushinjacyaha ; imvugo
yerekeye iyo m iterere iherako ishyirwa mu mpera y ’iyo
nyandiko.
Kopi ntiba igishoboye gutangwa itari kumwe
n’ibyategetswe gukosorwa.
UMUTWE WA IX: IBYEREKEYE IMANZA
ZISIMBURA INYANDIKO Z’IRANGAMIMERERE
147.- Iyo inyandiko y ’irangamimerere itariho, ishobora
gusimburwa n
’urubanza ruciwe, bisabwe
n’Ubushinjacyaha cyangwa undi muntu wese ubifitemo
inyungu, mu Rukiko rwa Mbere rw
’Iremezo rw ’aho
inyandiko iba yarakorewe.
Iyo kidaturutse ku bushinjacyaha, ikirego kigomba
kumenyeshwa Ubushinjacyaha.
Urukiko rutegeka ubury o bwo gukurikirana rusanga ari
ngombwa. Rushobora ndetse no gutegeka kubishyira ku
muntu wese ubifiteho uruhare. Uwo nawe ashobora
kubikurikirana ku bushake.
148.- Urubanza ruciwe n
’urukiko bikurikije ingingo
ibanziriza iyi rushobora kujuririrwa bikurikij e amategeko
rusange.
149.- Ubushinjacyaha bwoherereza umwanditsi
La requ ête en rectification d'un acte d' état civil peut être
présentée par toute personne intéressée ou par le Procureur
de la R épublique : celui-ci est tenu d'agir d'office quand
l'erreur ou l'omission porte sur une indication essentielle de
l'acte ou de la décision qui en tient lieu.
Le Procureur de la R épublique territorialement compétent
peut faire proc éder à la rectification administrative des
erreurs et omissions purement mat érielles des actes d' étatcivil; à cet effet, il donne directement les instructions utiles
aux officiers de l'état civil.
Le refus de rec tification des actes de l' état civil ordonn ée
par le Procureur de la R épublique est susceptible de
recours devant le Ministre de la Justice.
145.- La rectification judiciaire ou administrative d'un acte
ou jugement relatif à l' état civil est opposable à t ous dans
les mêmes conditions que l'acte.
Le jugement statuant sur une requ ête en rectification peut
être frapp é d'appel par le Ministre Public et par toute
personne intéressée.
146.- L'acte rectificatif de l'ordonnance, du jugement ou de
l'arrêt est transmis par le Ministre Public à l'officier de l'état
civil du lieu o ù se trouve inscrit l'acte r éformé; mention en
est faite en marge dudit acte.
L'expédition ne peut plus
rectifications ordonnées.
être d élivrée qu'avec les
CHAPITRE IX: des jugements sup plétifs d'actes de
l'état civil
147.- Le d éfaut d'acte de l' état civil peut être suppl ée par
jugement rendu sur requ ête pr ésentée, par le Minist ère
Public ou par toute autre personne int éressée, au Tribunal
de Première Instance du lieu où l'acte aurait dû être dressé.
Lorsqu'elle n'émane pas du Ministre Public, la requ ête doit
lui être communiquée.
Le tribunal ordonne d'office les mesures d'instruction qu'il
juge nécessaires. Il peut m ême ordonner la mise en cause
de toute personne int éressée. Celle-c i peut intervenir
volontairement.
148.- Le jugement rendu par le tribunal, conform ément à
l'article pr écédent, est susceptible de recours selon les
règles de droit commun.
149.- Le dispositif de jugement ou de l'arr êt d éfinitif est
transmis par le Minist re Public à l'officier de l' état civil du
w’irangamimerere w’aho ikintu cyabereye ibyemezo
by’urubanza rwaciwe burundu. Byandukurirwa mu bitabo
by’uwo mwaka, kandi imvugo ibyerekeyeho igashyirwa
mu mpera y’ibitabo.
UMUTWE WA X: IBYEREKEYE ISUBIZWAHO
RY’IBITABO BY’IRANGAMIMERERE
150.- Mu gihe igitabo cyazimiye, cyaba uko cyakabaye
cyangwa haburaho igice, Porokireri wa Repubulika abwira
umwanditsi w ’irangamimerere bireba kwandika ku
murongo uko imyaka yakurikiranye, abantu bazwi na bose
ko bavutse, ko bashyingiwe cyangwa ko bapfuye muri icyo
gihe.
Porokireri wa Repubulika
yamara gusuzuma iryo
kurikiranya ry ’amazina agasaba urukiko rubigenewe
gutegeka gukurikirana no gushyiraho uburyo bwose
rusanga bukwiye no kubimenyesha bose. Ipere
reza
rishobora gukorwa n
’umucamanza ubitumwe, kopi
y’inyandiko y’iperereza ishyirwa, mu gihe cy ’amezi atatu,
mu biro by
’urukiko no mu biro by
’umwanditsi
w’irangamimerere aho umuntu wese ubifitemo inyungu
ashobora kubimenyera.
Urukiko, rusanze ari ngombwa, rushobora kongera gushaka
ibyarwemeza neza no kongera, kubaza abandi bagabo.
Igihe kubaririza no gushakisha birangiye, urukiko,
rushingiye ku byagezweho na Porokireri wa Repubulika ,
rushyiraho icyemezo gisubizaho ibyakozwe bagaragaje ko
byabayeho.
Uko bishobotse kose, urubanza rumwe rwiharira inyandiko
z’umwaka wose za buri biro by’irangamimerere.
Ibitabo bibiri bifite ibimenyetso n
’umukono uhinnye,
nk’uko bivugwa mu ngingo ya 99, bikandukurirwamo,
bigashyirwa kimwe mu biro by’irangamimerere, ikindi mu
bubiko bw’Urukiko rwa Mbere rw’Iremezo.
151.- Ibivugwa mu ngingo ibanziriza iyi ntibikuraho
uburenganzira bw’abafiteho uruhare bwo gusaba
gusubizaho inyandiko zose ziberekeye zari mu gitabo
cyangiritse cyangwa cyazimiye.
INTERURO YA IV: Ibyerekeye ingingo zihanishwa
152.- Bitabangamiye ibihano birushijeho gukomera
byateganijwe n ’igitabo cy ’amategeko ahana, azahanishwa
igihano cy’igifungo kuva ku minsi irindwi kugeza ku mezi
atandatu n ’ihazabu y ’amafaranga kuva kuri magana atanu
kugeza ku bihumbi makumya biri cyangwa se kimwe gusa
muri byo :
1º umwanditsi w ’irangamimerere wagombaga kwandika
inyandiko y’irangamimerere, akaba atarayanditse mu
gihe giteganijwe n’amategeko ;
2º umwanditsi w ’irangamimerere wandika inyandiko
lieu où s'est produit le fait qu'il constate. La transcription en
est effectuée sur les registres de l'ann ée en cours et mention
en est portée en marge des registres à la date du fait.
CHAPITRE X : DE LA RECONSTI
REGISTRES DE L'ETAT CIVIL
TUTION DES
150.- Dans le cas où un registre a disparu, soit entièrement,
soit partiellement, le Procureur de la R épublique invite
l'officier de l'état civil intéressé à dresser un état, année par
année, des personnes qui, d'après la notoriété publique, sont
nées, se sont mariées ou sont décédées pendant ce temps.
Le Procureur de la R épublique, apr ès avoir examin é cet
état, requiert le tribunal comp étent d'ordonner une enqu ête
et toutes mesures de publicit
é jug ées opportunes.
L'enquête peut être faite par un juge commis. Un double
de l'enqu ête est d éposé pendant trois mois au greffe du
tribunal et au bureau de l'officier de l' état-civil o ù toute
personne intéressée peut en prendre connaissance.
Le tribunal, s'il le juge nécessaire, peut prendre de nouveau
éclaircissements et entendre de nouveaux témoins.
Quand l'instruction est termin ée, le tribunal, sur les
conclusions du Procureur de la R épublique, ordonne le
rétablissement des actes dont l'existence a été constatée.
Un seul jugement contient, autant que possible, les actes
d'une année entière pour chaque bureau de l'état civil.
Il est transcrit sur deux registres cotés et paraphés comme il
est dit à l'article 99 et déposés, l'un au bureau de l'état civil,
l'autre au greffe du Tribunal de Prémière Instance.
151.- Les dispositions contenues à l'article pr écédent ne
font pas obstacle au droit des parties de demander le
rétablissement de tous actes les int éressant qui figuraient
sur le registre détruit, détérioré ou disparu.
TITRE IV : DES DISPOSITIONS PÉNALES
152. - Sans pr éjudice des peines plus fortes pr évues par le
code p énal, sera puni de sept jours
à six mois
d'emprisonnement et d'une amende de cinq cents francs à
vingt mille francs ou de l'une de ces peines seulement:
1º l'officier de l' état civil qui, tenu de r édiger un acte de
l'état civil, ne l'a pas r édigé dans le d élai pr évu par la
loi;
2º l'officier de l' état civil qui r édige un acte de l' état civil
sur la foi des déclarations dont il connait l'inexactitude;
yemera kwandika ibyo abwiwe kandi azi ko atari ko
bimeze ;
3º umwanditsi w ’irangamimerere wagombaga kugira aho
yohereza inyandiko z
’irangamimerere akaba
atarabigize ;
4º umwanditsi w ’irangamimerere uzaba yaciye ku
mabwiriza yerekeye kubika neza ibitabo
by’irangamimerere no gutanga ingingo z
’ingenzi
z’inyandiko z’irangamimerere ;
5º umuntu uzaba yabajijwe ibikwiye kumenywa ku
nyandiko y ’irangamimerere ye akanga kubivuga
kandi abibajijwe n’umwanditsi w’irangamimerere;
6º umuntu ubwira umwanditsi w ’irangamimerere ikintu
azi ko atari cyo kandi big amije gushyiraho inyandiko
y’irangamimerere ;
7º umugabo uzaba yahamije ibyavuzwe azi ko ari
ibinyoma ;
8º uwangije cyangwa ugize ukundi ahindura igitabo
cy’irangamimerere ;
9º uzaba abizi agakoresha inyandiko cyangwa kopi ya
bimwe by’inyandiko y’irangamimerere, iyo nyandiko
ikaba yaribwe, yarahinduwe ukundi ku mayeri
cyangwa yarashyizwemo amakosa.
3º
l'officier de l' état civil qui, tenu de communiquer
les actes de l'état civil, ne l'a pas fait;
4º l'officier de l'état civil qui a violé les règles relatives à la
conservation des registres de l'
état civil et
à la
délivrance des extraits des actes de l'état civil;
5º celui qui, requis par l'officier de l' état civil de fournir
des informations en vue de la r édaction d'un acte de
l'état civil le concernant, s'est abstenu de les fournir;
6º celui qui a fait à l'officier de l' état civil une d éclaration
qu'il sait être inexacte en vue de l' établissement d'un
acte de l'état civil;
7º le t émoin qui corrobore des d éclarations les sachant
fausses;
8º celui qui détruit ou altère un registre de l'état civil;
9º celui qui, sciemment, fait usage d'un acte ou d'une copie
d'un acte ou d'un extrait d'un acte de l' état civil vol é,
frauduleusement altéré ou falsifié.
DEUXIÈME PARTIE: De la famille
IGICE CYA KABILI: IBYEREKEYE UMURYANGO
TITRE PREMIER: DU MARIAGE
Interuro ya mbere: Ibyerekeye ishyingirwa
UMUTWE WA MBERE: IBYEREKEYE ISANO
ISHINGIYE KU BUVANDIMWE N ’ISHINGIYE KU
ISHYINGIRANA
153.- Isano ishingiye ku buvandimwe ituruka ku guhuza
amaraso.
Isano ishingiye ku buvandimwe itaziguye ihuza ababyeyi
n’ababakomokaho, naho isano iziguye ikaba ihuza abantu
bahuje umukurambere ariko bamwe bakaba batarabyaye
abandi.
Isano ishing iye ku buvandimwe itaziguye ntigira aho
igarukira keretse iyo amategeko abiteganya ukundi.
Iyo birenze urwego rwa karindwi, isano ishingiye ku
buvandimwe iziguye ntabwo iba ikivugwa. Ariko ikomeza
kubaho ku muntu udafite abamukomokaho.
154.- Kugira ngo a
bantu bamenye urwego rw
’isano
ishingiye ku buvandimwe buziguye bafitanye, bahera kuwo
bashakira isano, bakabara ibisekuru kugeza ku
mukurambere bahuriyeho, bakongeraho ibisekuru biciye
hagati y ’uwo mukurambere n ’uwo wundi bashaka
kumenyera isano.
155.- Isano iva ku ishyingirana ituruka ku ishyingirwa.
Isano ishingiye ku ishyingirana itaziguye ihuza umuntu
n’abo uwo bashyingiranywe akomokaho kimwe
n’abamukomokaho yabyaye ahandi. Iyo sano iba iziguye
CHAPITRE PREMIER: De la parenté et de l'alliance
153.- Les liens de parent é r ésultent de la communaut é du
sang.
Un lien de parenté existe, en ligne directe, entre ascendants
et descendants, et en ligne collat érale, entre personne qui
ne descendent pas les unes des autres mais qui ont un
auteur commun.
En ligne directe, la parent é produit to ujours ses effets sauf
exceptions prévues par la loi.
En ligne collat érale, la parent é ne produit aucun effet au
delà du 7 º degr é. N éanmoins, les effets de parent
é
demeurent entre une personne et un parent qui n'a pas de
descendance.
154.- Le degr é de pa renté est calcul é, en ligne collat érale,
en comptant les g énérations jusqu'à l'auteur commun, et en
y ajouter le nombre de g énérations qui s éparent l'auteur
commun de la personne avec laquelle on veut établir le lien
de parenté.
155.- Les liens d'alliance résultent du mariage.
Un lien d'alliance existe, en ligne directe, entre une
personne et les ascendants de son conjoint ainsi que ses
descendants issus d'un autre lit. Il existe, en ligne
collatérale, entre une personne et les collat éraux de son
conjoint.
iyo ihuza umuntu n
bashyingiranywe.
’abafitanye isano iziguye n
’uwo
156.- Isano ishingiye ku bushyingirane nta mizirizo
cyangwa uburenganzira keretse iyo hari amategeko
abiteganya.
157.- Ku isano isanzwe ishingiye ku ishyingirana, umuntu
agira indi igeretseho afitanye n
’abashyingiwe mubo
yashatsemo.
Iyo sano n ta mizirizo cyangwa uburenganzira igira keretse
ku byerekeye ishyingirana.
158.- Isano y’ubushyingirane igumaho n’iyo
ugushyingirwa iyo sano ishingiyeho kutakiriho.
UMUTWE WA II: IBYEREKEYE GUSABA
UMUGENI
159.- Gusaba umugeni ni ubwumvikane hagati
y’imiryango ibiri yemeranye ko abantu babiri
bayikomokaho, umuhungu n
’umukobwa,
bazashyingiranwa, iyo miryango yombi ikiyemeza kandi
gufasha no guhagarikira ishyingirwa ry’abasabana.
160.- Amasezerano yagizwe n ’abantu babiri yerekeye
kuzashyingiranwa sibyo byitwa gusaba umugeni.
Kutagera kucyo ayo masezerano agamije bishobora
gutangirwa indishyi zigatangwa hakurikijwe amategeko
yerekeye uburyozwe n ’ayerekeye umutungo abonye nta
mpamvu.
161.- Umuryango w ’umuhungu usabirwa niwo utangira
imihango yo gusaba.
Isaba nta gaciro rigira umuhungu n
’umukobwa
bataryemeye.
162.- Ku munsi wemejwe,
intumwa y ’umuryango
w’umuhungu usabirwa ibwirira mu ruhame uhagarariye
umuryango w ’umukobwa usabwa n ’uwo muryango kandi
uhari, ko asaba umukobwa nyirakanaka.
Icyo gihe, uhagarariye umuryango w ’umuhungu usaba aha
uhagarariye umuryango w ’umukobwa usabwa isuka
y’ifatarembo.
163.- Imihango yo gusaba ibera aho umuryango
w’umukobwa utuye cyangwa ahandi hose wishakiye.
164.- Amasezerano y ’isaba aba ageze kucyo agamije iyo
abageni n’abahagarariye imiryango yombi bayemeranije.
Iyo miryango yombi ikemeza umunsi w
’ishyingira
udashobora kujya inyuma y ’amezi cumi n ’abiri keretse
156.- L'alliance ne produit aucun effet sauf dans des cas
spécifiquement déterminés par la loi.
157.- Un lien de double alliance existe entre une personne
et les conjoints de ceux qui sont ses alliés.
Ce lien ne produit aucun effet sauf en matière de mariage.
158.- Le lien d'alliance subsiste malgr é la dissolution du
mariage par lequel il a été créé.
CHAPITRE II: Des fiançailles
159.- Les fian çailles consistent en l'accord, entre les
membres des deux familles, qu'un mariage interviendra
entre deux personnes, le fianc é et la fianc ée, appartenant à
ces deux familles et l'engagement des deux familles à aider
et à patronner l'union des futures époux.
160.- La simple promesse de mariage, échangée entre deux
personnes, ne constitue pas des fiançailles.
La non-ex écution d'une telle promesse peut
être
sanctionnée par des dommages int érêts, dans le cas o ù une
faute a été commise, conform ément aux dispositions
relatives à la responsabilité civile et à l'enrichissement sans
cause.
161.- ll revient à la f amille du fianc é d'entreprendre les
démarches des fiançailles.
Les fiançailles sont sans effet tant que le fiancé et la fiancée
n'ont pas marqué leur accord.
162.- A la date convenue, le d élégué de la famille du futur
fiancé formule, au repr ésentant de la famille de la future
épouse, la demande formelle de sa main, en pr ésence des
membres de cette famille.
A cette occasion, le repr ésentant de la famille du futur
époux remet au repr ésentant de la famille de la future
épouse une houe, signe de leur engagement.
163.- Les fian çailles sont c élébrées au domicile de la
famille de la fianc ée ou à un endroit choisi par cette
famille.
164.- Les fian çailles prennent effet par l'
échange de
consentements des fianc és et des repr ésentants de leurs
familles.
Les deux f amilles fixent la date de la c
élébration du
mariage qui ne peut exc éder douze mois, sauf cas de force
majeure.Les modalit és pratiques relatives aux c érémonies
de fiançailles sont déterminées par le Ministre de la Justice.
habaye impamvu zidasanzwe. Minisitiri w ’ubucamanza
ashyiraho amabwiriza agenga imihango y’isaba.
165.- Les fian çailles ne peuvent être rompues que par le
fiancé ou la fiancée.
165.- Amase zerano y ’isaba ashobora guseswa gusa
n’umuhungu usabirwa cyangwa umukobwa usabwa.
166.- La rupture des fian çailles peut donner lieu
dommages et intérêts et des restitutions.
166.- Iseswa ry´amasezerano y ’isaba rishobora gutuma
hatangwa indishyi z´akababaro n´izimura ry´ibyatanzwe.
La d étermination du pr éjudice caus é et du montant des
dommages et intérêts à allouer est appréciée conformément
aux règles de responsabilité civile.
Ingano y´ibyangiritse n´amafranga y´indishyi z´akababaro
agomba gutangwa bigenwa hakurikijwe amategeko
asanzwe agenga uburyozwe bw´ikosa mbonezamubano.
167.- Ikirego cyose gishingiye ku iseswa ry´amasezerano
y´isaba kereka gukurikanwa hashize amezi cumi n
’abiri
guhera igihe uwabenze undi abimimenyeshereje ; iyo
atabimumenyesheje, icyo kirego gitangira gukurikiranwa
hashize igihe giteganywa mu ngingo ya 164 y’iri tegeko.
168.- Inkwano ni ikimenyetso cy ’ishyingirana umuryango
w’umuhungu usaba uha umuryango w’umukobwa usabwa.
à des
167.- Toutes les actions fond
ées sur la rupture des
fiançailles se prescrivent dans un d élai de douze mois à
compter de la date de la rupture signifiée à l'autre partie ou,
si telle signification n'a pas eu lieu, à c ompter de la date
d'expiration des d élais prévus à l'article 164 de la pr ésente
loi.
168.- L'inkwano est un signe d'alliance que la famille du
futur époux remet à la famille de la future épouse.
La validit é du mariage ne peut être conditionn ée par le
versement de l'inkwano. Le montant et/ou la nature de
l'inkwano sont déterminés par le Ministre de la Justice.
Inkwano itabonetse ntibyabuza amasezerano
y’ubushyingirane kwemerwa. Minisitiri w ’Ubucamanza
ashyiraho urugero n’imiterere y’inkwano.
Le versement de l'indongoranyo est facultatif.
Indongoranyo itangwa ku bushake bw’uyitanga.
CHAPITRE III: De la conclusion du mariage
SECTION PREMIÈRE: Des dispositions générales
UMUTWE WA III: Ibyerekeye Ishyingirwa
ICYICIRO CYA MBERE: Ingingo rusange
169.- Seul le mariage civil monogamique est reconnu par la
loi.
169.- Ubushyingiranwe bw ’umugabo umwe n ’umugore
umwe bukorewe imbere y ’ubutegetsi nibwo bwemewe
bwonyine n’itegeko.
170.- Le mariage civil est l'union volontaire de l'homme et
de la femme conforme aux dispositions de la présente loi.
170.- Ishyingiranwa rikorewe imbere y
’ubutegetsi ni
irihuza umugabo n
’umugore ku bushake bwabo
hakurikijwe ibivugwa muri iri tegeko.
Il est c élébré publiquement par l'officier de l' état civil du
domicile de l'un des fianc és ou de la r ésidence des futurs
époux.
Rikorerwa ku mugaragaro imbere y
’umwanditsi
w’irangamimerere w ’aho umwe mu bashyingirwa atuye
cyangwa w’aho bazatura.
SECTION II: Des conditions de fond
ICYICIRO CYA II: Ibyerekeye ibyangombwa
by’ishingiro
171.- Umuhungu n ’umukobwa batarageza ku myaka
makumyabiri n’umwe, ntibashobora gushyingirwa.
Icyakora, mbere y’imyaka makumyabiri n’umwe kandi hari
impamvu zikomeye, Minisitiri w ’ubucamanza cyangwa
umuhagarariye ashobora gutanga uburenganzira bwo
gushyingirwa.
172.- Abafitanye isano y
’ubuvandimwe itaziguye
ntibashobora gushyingiranwa. Naho abafitanye isano
171.- L'homme et la femme, avant vingt et un ans r évolus,
ne peuvent contracter un mariage.
Néanmoins, avant vingt et un ans, pour des motifs graves,
le Ministre de la Justice ou son d élégué peut accorder la
dispense d'âge.
172.- Le mariage est prohib é, en ligne directe, entre tous
les ascendants et les descendants et, en ligne collat érale,
jusqu'au septième degré.
y’ubuvandimwe iziguye nt ibashobora gushyingiranwa
kugeza ku gisanira cya karindwi.
173.- Le mariage est prohib é entre une personne et s
beaux-parents.
173.- Birabujijwe ko umuntu ashyingiranwa na sebukwe
cyangwa nyirabukwe.
174.- Le mariage est prohibé entre :
1° l'adoptant et l'adopté;
174.- Birabujijwe ko :
1º uwemeye kubera umubyeyi umwana atabyaye
yashyingiranwa nawe ;
2º uwemeye kubera umubyeyi umwana
atabyaye
yashyingiranwa n’abakomoka kuri uwo mwana ;
3º uwagizwe umwana n ’utaramubyaye yashyingiranwa
n’uwashyingiranywe n’uwamugize umwana ;
4º uwemeye kubera umubyeyi umwana atabyaye
yashyingiranwa n’uwashyingiranywe n’uwo mwana ;
5º abagizwe abana n
’umuntu umwe utarababyaye
bashyingiranwa ;
6º uwagizwe umwana yashyingiranwa n
’abana
b’uwemeye kumubera umubyeyi.
Imiziro ivugwa muri 5 º na 6 º ishobora kutitabwaho
Minisitiri w ’Ubucamanza cyangwa umuhagarariye
abitangiye uruhushya kubera impamvu zikomeye.
175.- Ntawe ushobora kongera gushyingirwa
ugushyingirwa kwa mbere kukiriho.
176.- Umugore ntashobora kongera gushyingiramwa
n’undi mugabo hatarashira iminsi magana atatu yuzuye
atandukanye n’uwari umufite.
Icyo gihe gihagarikwa no kubyara.
Icyo gihe giha garikwa na none iyo umugore yerekanye
icyemezo cyo kwa muganga cy
’uko atwite cyangwa
adatwite gitanzwe n ’akanama kabigenewe. Icyo cyemezo
kigomba guhamywa na Perezida w’urukiko rwa Mbere
rw’Iremezo mbere y’uko umugore yongera gushyingirwa.
Minisitiri ushi nzwe ubuzima ashyiraho abagize ako
kanama akanagena n’imikorere yako.
2° l'adoptant et les descendants de l'adopté;
3° l'adopté et le conjoint de l'adoptant;
4° l'adoptant et le conjoint de l'adopté;
5° les enfants adoptifs d'un même adoptant;
6° l'adopté et les enfants de l'adoptant.
Les prohibitions mentionn ées aux points 5 º et 6 º peuvent
être levées par le Ministre de la Justice ou son délégué pour
des motifs graves.
175.- Nul ne peut contracter un nouveau mariage avant
l'annulation ou la dissolution du précédent.
176.- La femme ne peut contracter un nouveau mariage
qu'après trois cents jours r évolus depuis la dissolution ou
l'annulation du mariage précédent.
Ce délai prend fin en cas d'accouchement.
Il prend fin également si la femme produit un cer tificat
médical, établi par une commission ad hoc, attestant qu'elle
est ou non en état de grossesse. Ce certificat doit
être
homologué par le Pr ésident du Tribunal de premi ère
Instance avant la célébration du nouveau mariage.
Le Ministre ayant la sant é publique dans ses attributions
détermine la composition et les modalit
és de
fonctionnement de cette commission.
SECTION III : Des conditions de forme
ICYICIRO CYA III: Ibyerekeye ibyangombwa bya
kamere
177.- Mbere y ’ishyingira, umwanditsi w ’irangamimerere
ashyira itangazo ku biro by
’irangamimerere by ’aho
abazashyingiranwa batuye n’iby’aho bazashyingirirwa.
Iryo tangazo rivuga amazina bwite, ay ’ingereka, imirimo
by’abarongorana, aho batuye n ’aho basanzwe baba, ko
bagejeje ku myaka y ’ubukuru bwemewe cyangwa ko
batarayigezaho n ’amazina bwite, ay ’ingereka, imirimo,
by’ababyeyi babo, a ho ababyeyi batuye n ’aho basanzwe
baba.
Na none itangazo rikavuga umunsi, ahantu n
es
’isaha
177.- Avant la c élébration du mariage, l'officier de l' état
civil procède à la publication par un affichage au bureau de
l'état civil des futurs conjoints et au bureau de l'état civil où
sera célébré le mariage.
Cette publication énonce les noms, pr énoms, professions,
domicile et r ésidence des futurs époux, leur qualit é de
majeur ou de mineur et les noms,
prénoms, domicile et
résidence de leurs pères et mères.
Elle énonce, en outre, le jour, lieu et heure, ainsi que le
bureau de l'état civil où le mariage sera célébré.
imihango y ’ishyingira izabera n ’ibiro by ’irangamimerere
izaberamo.
Le Ministre de la Justice ou son d élégué peut dispenser sur
des motifs graves de la publication de mariage.
Minisitiri w ’Ubucamanza cyangwa undi umuhagarariye
kubera impamvu zikomeye, ashobora gutanga
uburenganzira bwo gushyingirwa itangaza ritabaye.
178.- Le mariage ne peut être c élébré avant le vingti ème
jour qui suit celui de la publication.
178.- Ishyingira riba nyuma y’iminsi makumyabiri uhereye
k’uwo ryatangarijweho.
179.- Iyo ishyingira ritabaye mu mezi ane ryaratangajwe
ntabwo riba rikibaye batongeye na none kuritangaza mu
buryo buvugwa mu ngingo ya 177 n’iya 178 z’iri tegeko.
180.- Mbere y ’ishyingirwa, umwanditsi w ’irangamimerere
agomba gushyikirizwa ibi bikurikira:
1º ingingo z ’ingenzi z’inyandiko y’ivuka ya buri wese mu
bazashyingiranwa ;
2º icyemezo cy ’uko uri ingaragu cyangwa ingingo
z’ingenzi z ’inyandiko yerekeye abapfuye y
’uwo
baheruka gushyingiramwa, cyangwa ingingo z ’ingenzi
z’urubanza rw
’ubutane n
’uwo baherutse
gushyingiranwa cyangwa rusesa amasezerano nawe;
3º icyemezo gitanga uburenganzira bwo gushyingiranwa
imyaka iteganywa n’itegeko itaragera cyangwa igitanga
uburenganzira bwo gushyingiranwa itangazwa ritabaye.
Minisitiri w ’ubucamanza ashobora kwemerera umuntu
kudatanga ibyemezo bivuzwe mu gika kibanziriza iki hari
impamvu zikomeye.
Inyandiko y
byatanzwe.
’ugushyingirwa igaragaza ibyeme
zo
181.Iyo umwanditsi w
’irangamimerere yanze
gushyingira, umwe mu bagomba gushyingirwa ashobora
kubiregera mu rukiko.
Umwanditsi w ’irangamimerere ntashobora kongera
kwanga gushyingira, iyo urukiko rwemeje ko mbere yari
yabyangiye impamvu itari yo.
182.- Abashyingirwa bumvikana n
w’irangamimerere bakemeranya umunsi n
azabashingiriraho.
’umwanditsi
’isaha
183.- Mbere y
’imihango y ’ishyingira, umwanditsi
w’irangamimerere agomba gusuzuma ko ibyangombwa
byose bijyana n’ishyingira byujujwe.
Mbere y ’ishyingira, iyo abonye ikimwemeza ko hari
inkomyi iteganywa n
’itegeko, agomba kwanga
gushyingira, akabikorera inyandiko kandi agaherako
abimenyesha abogomba gushyingirwa.
184.- Abashyingirwa baherekejwe n ’umuntu uhagarariye
buri muryango n ’abagabo babiri bagejeje ku myaka
y’ubukure kandi bafite uburenganzira bwose, baza ubwabo
179.- Si le mariage n'est pas c élébré dans les quatre mois à
compter de l'expiration du délai de la publication, il ne peut
plus être c élébré qu'apr ès une nouvelle publication faite
dans les formes pr évues aux articles 177 et 178 de la
présente loi.
180.- Avant la c élébration du mariage, l'officier de l' état
civil se fait remettre les pièces suivantes :
1º un extrait de l'acte de naiss ance de chacun des futurs
époux;
2º une attestation de célibat ou un extrait de l'acte de décès
du conjoint pr écédent ou un extrait de la d
écision
judiciaire de divorce ou d'annulation du mariage
précédent;
3º l'acte accordant la dispense d' âge ou de publ ication qui
peut être nécessaire.
Le Ministre de la Justice peut, pour des raisons graves,
dispenser de la pr ésentation des pi èces pr évues à l'alin éa
précédent.
L'acte de mariage fait mention des pièces produites.
181.- Le refus de l'officier de l' état civil de c élébrer le
mariage peut être d éféré par chacun des futurs époux au
tribunal.
L'officier de l' état civil ne peut renouveler son refus de
célébrer le mariage pour le motif d éclaré injustifi é par le
tribunal.
182.- La date et l'heure de la c élébration du mariage sont
fixées de commun accord entre les futurs époux et l'officier
de l'état civil.
183.- Avant de proc éder à la c élébration du mariage,
l'officier de l'état civil s'assure que les conditions de fond et
de forme exigées par la loi sont remplies.
Si avant la c élébration, il a la preuve qu'il existe un
empêchement édicté par la loi, il doit refuser de c élébrer le
mariage, en dresser acte et en informer aussit ôt les futurs
époux.
184.- Les futurs époux, accompagn és d'un repr ésentant
pour chaque famille, de deux t émoins majeurs et jouissant
de tous les droits civils, comparaissent ensemble et en
personne devant l'officier de l'état civil.
L'officier de l' état civil leur fait la lecture des pi
èces
imbere y’umwanditsi w’irangamimerere.
Umwanditsi w ’irangamimerere abasomera impapuro
zerekeye irangamimerere yabo akanabigisha uburenganzira
n’imirimo nshinganwa y
’abashyingiranwa.
Abashyingiranwa bemera buri wese ko umwe abereye undi
umugabo undi akamubera umugore. Akababwira ko
bashyingiwe hakurikijwe amategeko.
Inyandiko y
’ishyingirwa ishyirwaho umukono
n’umwanditsi w
’irangamimerere, abashyingiranwa,
abahararariye imiryango n’abagabo.
ICYICIRO CYA IV: Ibyerekeye agatabo ko
gushyingirwa
185.- Mu gihe cy ’imihango y ’ishyingirwa, buri muntu
usezerana ahabwa agatabo ko gushyingirwa ; imiterere
yako n ’ibikanditswemo byemezwa na
Minisitiri
w’ubucamanza.
Imiterere y ’ako gatabo yashyizw eho n ’amabwiriza ya
Minisitiri n º 99/05 yo ku wa 25.3.1992 ( Igazeti ya Leta ,
1992, urup. 490).
186.- Ibyanditswe n
’ibirangwa muri ako gatabo
bishyirwaho umukono n ’umwanditsi w ’irangamimerere
kandi akanabyemeza ateraho ikirango cy’ibyo biro.
187.- Agatabo
ko gushyingirwa kanditwemo
inomerompaya n ’umukono uhinnye w
’umwanditsi
w’irangamimerere, kandi katarangwa inenge y ’uburiganya
mu nyandiko, kemerwa ko gahuje n
’igitabo
cy’irangamimerere.
188.- Mu gihe agatabo katakaye, nyirako ashobora gusaba
ko bamwandik ira akandi. Agashya kandikwaho ijambo
"duplicata"
relatives à leur état civil et les instruit d es droits et devoirs
respectifs des époux. Il re çoit de chacun des parties la
déclaration qu'elles veulent se prendre pour mari et femme.
Il prononce qu'elles sont unies légalement par le mariage.
L'acte de mariage est sign é par l'officier de l' état civil, les
époux, les représentants des familles et les témoins.
SECTION IV: Du livret de mariage
185.- Lors de la c élébration du mariage, il est remis
à
chacun des époux un livret de mariage dont le mod èle et le
contenu sont déterminés par le Ministre de la Justice.
Ce modèle a été déterminé par A.M. nº 99/05 du 25.3.1992
(J.O., 1992, p. 490).
186.- Les inscriptions et mentions port ées dans le livret
sont sign ées et approuv ées par l'officier de l' état civil et
revêtues du sceau de son office.
187.- Le livret de mariage, d ûment cot é et paraph é par
l'officier de l' état civil et ne pr
ésentant aucune trace
d'altération, fait foi de sa conformit é avec les registres de
l'état civil.
188.- En cas de perte du livret, le conjoint peut en
demander le r établissement. Le nouveau livret porte la
mention duplicata .
189.- L'officier de l'état civil doit se faire présenter le livret
chaque fois que se produit un fait devant y être mentionné.
189.-Umwanditsi w’irangamimerere agomba guhamagaza
agatabo igihe cyose habaye ikintu kigomba kwandikwamo.
SECTION V : Des oppositions
mariage
ICYICIRO CYA V:Ibyerekeye gutambamira
ishyingirwa
190.- Le droit de former opposition à la c élébration d'un
mariage appartient au Minist ère Public et à toute personne
intéressée.
190.- Uburenganzira bwo gutambamira abashyingir
wa
bufitwe n ’ubushinjacyaha n ’umuntu wese ubifitemo
inyungu.
191.- Gutambamira ishyingira bikorwa mu magambo
cyangwa mu nyandiko, iyo bitinze bikorwa igihe
cy’ishyingira imbere y’umwanditsi w’irangamimerere. Iryo
tambamira rigomba kwerekana impamvu.
192.- Gutambamira ishyingirwa birarihagarika, inkurikizi
z’iryo tambamira zihagarikwa :
1º n’urubanza ruvanaho itambamira ruciwe n’Urukiko rwa
mbere rw’Iremezo rw’aho ishyingira rigomba kubera ;
2º n ’uko bigaragaye ko ibyangombwa kugira ngo
à la c élébration du
191.- L'opposition est faite verbalement ou par écrit au plus
tard lors de la c élébration du mariage devant l'officier de
l'état civil. Elle doit être motivée.
192.- L'opposition suspend la c élébration du mariage. Ses
effets cessent à compter :
1º de la mainlev ée ordonn ée par le Tribunal de Premi ère
Instance du lieu de la célébration du mariage;
2º de la r éalisation de la qualit é ou condit ion dont de
défaut est allègué;
3º de la disparution de l'empêchement allègué.
ishyingira ribe bavugaga ko bibuze bibonetse ;
3º n’uko impamvu yateye itambamira itakiriho.
193.- Kuregera ko itambamira rivaho bikorwa n ’umwe mu
bashaka gushyingiramwa arega uwatambamiye iryo
shyingirwa.
194.- Urukiko ruregewe ruherako rugira icyo
rubyemezaho.
Iyo urub anza rwemeje ko gutambamira ishyingirwa bifite
ishingiro, ishyingira rikomeza guhagarara kugeza igihe
bigaragariye ko ibyangombwa byari bibuze kugira ngo
ishyingira ribe bibonetse, cyangwa se ko impamvu
zabuzaga iryo shyingiranwa zitakiriho.
195.- Urubanza rwemeje ko gutambamira ishyingirwa
bidafite ishingiro, rushobora guca indishyi z
’akababaro
uwari waritambamiye.
196.- Urubanza rwose, ari urwemeza ko gutambamira
ishyingirwa bifite ishingiro ari urubivanaho, rumenyesha
buri muntu mu bifuza gushyingirwa kimwe n ’umwanditsi
w’irangamimerere wagombaga kubashyingira.
193.- L'action en mainlev ée de l'opposition est dirig ée
contre l'opposant et mue à la diligence de l'un des futurs
époux.
194.- Le tribunal saisi statue toutes affaires cessantes.
Si le jugement confirme l'opposition, la c
élébration du
mariage reste suspendue jusqu' à la r éalisation de la qualit é
ou condition ou à la disparition de l'empêchement.
195.- Le jugement qui déclare l'opposition non fondée peut
condamner l'opposant aux dommages et intérêts.
196.- Qu'il confirme l'opposition ou la mainlev
ée, le
jugement est signifi é à chacun des futurs
époux et à
l'officier de l' état civil devant qui le mariage devait
être
célébré.
SECTION VI: Des obligations qui naissent du mariage
ICYICIRO CYA VI: Ibyerekeye imirimo nshinganwa
ikomoka ku gushyingiranwa
197.- Les époux contractent ensemble par le seul fait du
mariage l'obligation d'entretenir et d'éduquer leurs enfants.
197.- Kubera ugushyingirwa, abashyingiranywe bemera
ishingano yo kurera abana bazabyarana.
A d éfaut par l'un des époux de remplir cette obligation,
l'autre époux à une action pour l'y contraindre. Cette action
appartient aussi au Ministère Public.
Iyo umwe mu bashyingiranwe a teshutse kuri yo nshingano
undi ashobora kubimurega. Ubushinjacyaha nabwo bufite
ubwo burenganzira.
198.- Umurimo nshinganwa wo gutunga umuntu ni uwo
itegeko ritegeka umuntu gutanga ibitunga umubiri
k’uwundi muntu ubikeneye.
199.- Ibitunga umuntu bitangw a mu mafaranga cyangwa
mu bintu.
200.- Abashyingiranywe bafite umurimo nshingamwa wo
guhana ibibatunga. Ababyeyi nabo bafite umurimo
nshinganwa wo guha abana babo ibibatunga n
’abana
bikaba uko.
Abana kandi bagomba gufasha abo bakomokaho igihe
batishoboye. Abo nabo babomba gufasha abana.
201.- Abakwe n ’abakazana nabo bagomba gufasha ba
sebukwe na ba nyirabukwe, abo nabo bikaba uko ; cyakora
biba bitakiri ngombwa :
- igihe umwe mu bashyingiranywe wabahuzaga atakiriho
hamwe n’abana yari yabyaranye n’ukiriho;
- igihe abashyingiranywe batandukanye.
198.- L'obligation alimentaire est celle que la loi impose à
une personne de fournir les aliments à une autre qui est
dans le besoin.
199.- L'obligation alimentaire s'acquitte en esp èces ou en
nature.
200.- L'obligation alim entaire existe entre époux : elle
existe également entre le père et la mère d'une part, et leurs
enfants d'autre part, et réciproquement.
Les enfants doivent
également des aliments
à leurs
ascendants qui sont dans le besoin. Cette obligation est
réciproque.
201. - Les gendres et les belles-filles doivent également des
aliments à leurs beau-père et belle-mère et réciproquement,
mais cette obligation cesse :
- en cas de d écès de l'un des
époux qui produisait
l'affinité et de celui des enfants de son union avec l'autre
époux survivant;
- en cas de rupture de mariage par le divorce.
202.- Les personnes à qui incombe l'obligation alimentaire
en sont tenues dans l'ordre suivant :
- les époux;
202.- Abashinzwe gufashisha abandi ibibatunga bagomba
gukurikirana kuri ubu buryo :
- abashyingiranywe ;
- abana ;
- ba se na ba nyina ;
- abo abana bakomokaho ;
- ba sebukwe na ba nyirabukwe, abakwe n’abakazana
203.- Umuntu uzunguye ibintu by ’uwapfuye nta mwana
afitanye n ’uwo bashyingiranywe ategetswe gufasha uwo
mupfakazi uhereye igihe nyakwigendera yapfiriye.
Amufasha mubyo azunguye. Imfashanyo itangwa
n’abazunguye nyakwigendera mu bintu byose, yaba
idahagije, iga tangwa n ’abamuzunguye mu gice kimwe
cy’ibintu bye, nabyo byaba bidahagije, igatangwa
n’abamuzunguye mu bintu bimwe bizwi hakurikijwe icyo
buri muntu we yarazwe.
Igihe cyo kubyaka kimara imyaka ibiri uherehe igihe
urupfu rwabereye.
204.- Ibitunga umuntu bitangwa mu rugero nyir ’ukubyaka
abikeneye kandi bigereranije n
’ubushobozi bwa nyiri
kubitanga.
205.- Urukiko rwa Mbere rw ’Iremezo nirwo rwonyine
rufite ububasha bwo kuburanisha imanza ziregera ibitunga
muntu. Ibyemezo bifashwe muri bene izo manza bishobo ra
gusubirwamo mu gihe iby ’ugomba gutungwa n ’ibintu
by’ugomba kubitanga bihindutse.
ICYICIRO CYA VII: Ibyerekeye uburenganzira
n’imirimo nshinganwa ya buri muntu mu
bashyingiranywe
206.- Umugabo niwe mutware w
n’umugore n’abana babo.
’urugo rugizwe nawe
207.- Umugore afatanya n ’umugabo kwita ku rugo rwabo
ngo rugwize umuco mwiza n ’ibirutunga no kurwubaka
rugakomera.
208.- Umwe mu bashyingiranywe yiharira iyo mirimo iyo
undi adashobora kugaragaza igitekerezo cye kubera ko
yarwaye, ko yazimiye, ko ari kure y ’iwe cyangwa bitewe
n’indi mpamvu.
209.- Abashyingiranywe bagomba kudahemukirana,
gutabarana no gufashanya.
- les enfants;
- les pères et mère;
- les ascendants;
- les beaux-parents et gendre et belle-fille.
203.- Le successeur de l'
époux pr écédé, sans laisser
d'enfants communs, doit des aliments à l' époux survivant
au moment du d écès. La pension alimentaire est une
charge de la succession. Elle est support ée par tous les
légataires universels et, en cas d'insuffisance, par tous les
légataires à titre universel, et le cas échéant, par tous les
légataires à titre particulier proportionnellement
à leur
émolument.
Le délai pour les réclamer est de deux ans à partir du décès.
204.- Les aliments ne sont accord és que dans la proportion
des besoins de celui qui les r éclame et des ressources de
celui qui les doit.
205.- Le Tribunal de Première Instance est seul compétent
pour conna ître des actions alimentaires. Les d
écisions
rendues en la mati ère sont susceptibles de r évision en cas
de modification de besoins du cr éancier ou des ressources
du débiteur.
SECTION VII : Des droits et devoirs respectifs des
époux
206.- Le mari est le chef de la communaut
é conjugale
composée de l'homme, de la femme et de leurs enfants.
207.- La femme concourt avec le mari à assurer la direction
morale et mat érielle du m énage et à pourvoir à son
entretien.
208.- L'un des époux exerce seul ces fonctions lorsque
l'autre est hors d'état de manifester sa volonté, en raison de
son incapacité, de son absence, de son éloignement ou de
toute autre cause.
209.- Les époux se doivent mutuellement fid élité, secours
et assistance.
210.- Le mariage cr ée entre époux une communauté de vie
avec devoir de cohabitation.
210.- Ugushyingirwa biha abashyingiranywe uburyo bwo
gushinga umuryango ndemyabuzima kukanabaha itegeko
ryo kubana.
211.- Chaque époux contribue aux charges du m
selon ses facultés et ses moyens.
211.- Buri wese mu bashyin giranywe agomba kugira icyo
amara ku mirimo y
’urugo rwabo bikurikije uburyo
n’amikoro ye.
212.- Le mariage ne modifie pas la capacit
é civile des
époux. Seuls leurs pouvoirs peuvent être limités par la loi
et par leur régime matrimonial.
212.- Gushyingirwa ntacyo bihindura kubyo
énage
abashyingiranywe bafitiye uburenganzira bugenewe
ubwenegihugu. Gusa ububasha bwabo bushobora kuzitirwa
n’itegeko n ’amasezerano y ’imicungire y ’umutungo wabo
bagiranye bashyingirwa.
213.- Umwe mu bashyingiranywe afite uburengnzira bwo
gukora umwuga, umurimo cyangwa ubucuruzi atagombye
kubisabira uruhushya uwo bashyingiranywe keretse igihe
amasezerano bagiranye bashyingirwa ateg anya gucungira
hamwe umutungo wabo.
Umwe mu bashyingiranywe ufite umwuga, umurimo
cyangwa ubucuruzi, niwe wenyine ubarwaho ibifitanye
isano n ’uwo mwuga, umurimo cyangwa ubucuruzi,
cyeretse iyo amasezerano bagiranye bashyingirwa ateganya
gucungira hamwe umutungo wabo.
Cyakora, iyo uwo bashyingiranywe asanga uwo murimo
ushobora kumubangamira cyangwa kumuhombya ku gite
cye, ku bana babo bakiri bato, afite uburenganzira bwo
kuregera inama y’umuryango cyangwa urukiko.
Iyo umwuga, umurimo cyangwa ubucuruzi bi taratangira
gukorwa umunsi ikirego cyatanzweho, ushaka gukora
ntashobora gutangira ntacyo inama y ’umuryango cyangwa
urukiko rurabyemezaho.
214.- Buri wese mu bashyingiranywe wikorera ku giti cye
ntashobora, mu mibanire ye n ’uwo bafitanye umwuga,
umurimo c yangwa ubucuruzi, gukoresha izina ry
’uwo
bashyingiranywe undi atabyemeye. Uruhusa rwatanzwe
kuri ibyo ruvanwaho gusa n
’impamvu zikomeye,
byemejwe n’urukiko.
215.- Hatitawe ku masezerano y ’imicungire y ’umutungo
w’abashyingiranywe, buri wese muri bo ashobor
a,
atagombye uruhushya rw ’undi, kuregera ubucamanza
impaka zose zerekeye ibintu afiteho umwihariko cyangwa
zerekeye uburenganzira akura ku murimo akora, ku mwuga
cyangwa ku bucuruzi arimo.
216.- Iyo umwe mu bashyingiranywe atubahirije imirimo
nshinganwa, uwo bashyingiranywe ashobobora kuregera
urukiko kugira ngo hafatwe by
’agateganyo ibirengera
urugo cyane ibyita ku bana.
217.- Ibirego biteganyijwe muri iki cyiciro bitangwa mu
nzira zisanzwe z’ibibazo bishyikirizwa Perezida w’Urukiko
rwa Mbere rw ’Iremezo rw’aho abashyingiranywe batuye,
akabikemura akoresheje icyemezo cye.
218.- Ibyemezo byateganijwe mu ngingo ya 216
birangizwa by’agateganyo niyo byajuririrwa. Iryo rangizwa
rigumaho niyo nyuma yaho hatangwa ikirego gisaba
ubutane.
219.- Ibyemezo bitegani jwe mu ngingo ya 216 bishobora
gusubirwaho igihe imyifatire cyangwa imimerere
y’abashyingiranywe ihindutse.
213.- Chaque époux a le droit d'exercer une profession, une
industrie ou un commerce sans le consentement du
conjoint, sauf s'il y a régime de la communauté des biens.
L'époux qui exerce une profession, une industrie ou un
commerce s'oblige personnellement pour ce q ui concerne
sa profession, son industrie ou son commerce, sauf s'il y a
communauté des biens.
Toutefois, si le conjoint estime que cette activit é est de
nature à porter un pr éjudice s érieux à ses int érêts moraux
ou matériels ou à ceux des enfants mineurs, il a un droit de
recours devant le conseil de famille ou le tribunal.
Si la profession, l'industrie ou le commerce ne sont pas
encore exerc és au jour du recours, le conjoint ne peut en
commencer l'exercice avant que le conseil de famille ou le
tribunal n'ait statué à ce sujet.
214.- Chaque époux qui exerce une activit é propre ne peut
user dans ses relations professionnelles, industrielles ou
commerciales du nom de l'autre
époux, qu'avec le
consentement de ce dernier. L'autorisation donn ée ne peut
être retirée que pour des motifs graves appr éciés par le
tribunal.
215.- Quel que soit le r égime matrimonial, chaque conjoint
peut ester en justice sans l'autorisation de l'autre dans toutes
les contestations relatives aux biens dont il a
l'administration ou c oncernant les droits qui lui sont
reconnus pour l'exercice d'une profession, d'un industrie ou
d'un commerce.
216. - Si l'un des époux ne remplit pas ses obligations,
l'autre époux dispose d'un recours pour provoquer les
mesures provisoires qu'exige l'int
érêt du m énage et
particulièrement des enfants.
217.- Les recours pr évus à la pr ésente section sont
introduits par voie de requ ête aupr ès du Pr ésident du
Tribunal de Premi ère Instance du lieu du domicile
conjugal qui statue par ordonnance.
218.- Les mesu res prévues à l'article 216 sont ex écutoires
par provision, nonobstant tout recours. Elles demeurent
exécutoires, nonobstant le d épôt ult érieur d'une demande
en divorce.
219.- Les mesures pr évues à l'article 216 peuvent être
revues lorsque la conduite ou la situation respective des
époux vient à se modifier.
CHAPITRE IV : DES NULLITES DU MARIAGE ET
DES EFFETS DU MARIAGE ANNULE
UMUTWE WA IV: IBYEREKEYE AGACIRO
K’ISHYINGIRWA N
’INKURIKIZI
Z’ISHYINGIRWA RYATAYE AGACIRO
220.- Ishyingirwa ryabayeho abashyingiranywe
batabyiyemereye cyangwa umwe muri bo, rishobora guta
agaciro bisabwe gusa n ’abashyingiranywe bombi cyangwa
buri wese muri bo utari yabyemeye ku bushake bwe.
Iyo umwe mu bashyingiranywe yibeshye ku muntu
cyangwa ku mimerere ye y ’ingenzi, ashobora gusaba ko
ishyingirwa rita agaciro. Ishyingirwa ryabaye ku
bwibeshye cyangwa ku ngufu rishobora gusabirwa guta
agaciro uwari ubifitiye uburenganzira bwo kubiregera
yabyemeye.
221.- Igihe ibivugwa mu ngingo ya 220 bibaye, gusaba ko
ishyingirwa rita agaciro ntibyemerwa, iyo abashingiranywe
babanye amezi atandatu akurikiranye kuva igihe uwo
byabayeho nta gahato kakimuriho cyangwa amenye ko
yibeshye.
222.- Ishyingirwa ryose ribayeho riciye ku ngingo z
’iri
tegeko zerekeye imiziro y ’ishyingirwa rishobora guta
agaciro bisabwe n ’abashyingiranywe ubwabo cyangwa
abantu bose baba babifitemo inyungu, n’Ubushinjacyaha.
223.- Cyakora, iyo ishyingirwa ribaye hagati y ’abatarageza
ku myaka itegetswe cyangwa umwe akaba ariwe
utarayigezaho, iryo shyingirwa ntirishobora gusabirwa guta
agaciro :
iyo abashyingiranywe bagejeje ku myaka itegetse ;
iyo umugore, washyingiwe atarageza ku myaka
yemewe atwite.
224.- Nk ’uko bivugwa mu ngingo ya 222, igihe cyose
ikirego gisaba ko ishyingirwa rita agaciro gishobora
kuregerwa n ’abafiteho inyungu bose, ntig
ishobora
kuregerwa n ’abavandimwe b ’abashyingiranywe cyangwa
n’abana babo bavutse ku rindi shyingiranwa mu gihe
abashyingiranywe bakiriho, keretse gusa iyo babifiteho
inyungu iri aho kandi igaragara.
225.- Umwe mu bashyingiranywe wabona mugenzi we
ashyingiranywe n ’undi, ashobora gusaba ko iryo
shyingirwa rita agaciro.
226.- Iyo abamaze gushyingirwa bitwaza ko ishyingirwa
ry’umwe muri bo ryabaye mbere nta gaciro rifite, urukiko
rugomba kwerekana mbere na mbere ko iryo shyingirwa
rya mbere rifite agaciro cyangwa ritagafite.
227.- Mu manza zose zishingiye ku ngingo ya 222 kandi
haseguriwe ibiteganywa n’ingingo ya 223, Ubushinjacyaha
bugomba gusaba ko ishyingirwa rita agaciro
abashyingiranywe bakiriho kandi bugasaba urukiko
kubategeka kutongera kubana.
220.- Le mariage qui a été contracté sans le consentement
libre des deux époux, ou de l'un d'eux, ne peut être attaqué
que par l es époux ou par celui des deux dont le
consentement n'a pas été libre.
S'il y a eu erreur dans la personne ou sur des qualit
és
essentielles de la personne, l'autre époux peut demander la
nullité du mariage.
Le mariage contract é par erreur ou violence ne p eut plus
être attaqué lorsqu'il y a eu consentement expr ès ou tacite
de l'époux qui avait le droit d'intenter une action en nullité.
221.- Dans le cas de l'article 220, la demande en nullit
é
n'est plus recevable toutes les fois qu'il y a eu cohabitation
continue pendant six mois depuis que l' époux a acquis sa
pleine liberté ou que l'erreur a été reconnue par lui.
222.- Tout mariage contract
é en contravention aux
dispositions relatives aux emp êchements au mariage peut
être attaqu é, soit par les époux eux- mêmes, soit par tous
ceux qui y ont intérêt, soit par le Ministère Public.
223.- N éanmoins, le mariage contract é par des époux qui
n'avaient point encore l' âge requis ou dont l'un des deux
n'avait point atteint cet âge ne peut être attaqué :
- lorsque les époux ont atteint l'âge requis;
- lorsque la femme qui n'avait point cet âge est enceinte.
224.- Dans tous les cas o ù, conform ément à l'article 222,
l'action en nullité peut être intentée par tous ceux qui ont un
intérêt, elle ne peut l' être par les parent s collatéraux ou par
les enfants n és d'un autre mariage du vivant des deux
époux que lorsqu'ils y ont un intérêt né et actuel.
225.- L' époux au pr éjudice duquel a été contract é un
second mariage peut le faire déclarer nul.
226.- Si les nouveaux époux opposent la nullité du premier
mariage, la validit é ou la nullit é de ce mariage doit être
jugée préalablement.
227.- Le Minist ère Public, dans tous les cas auxquels
s'applique l'article 222 et sous r
éserve des d érogations
portées à l'article 223, doit de mander la nullit é du mariage
du vivant des deux époux et les faire condamner
à se
séparer.
228.- Tout mariage qui n'a point
été contract é
publiquement ou qui n'a point été c élébré devant l'officier
de l'état civil compétent peut être attaqué par les époux euxmêmes, par les p ère et mère, par les ascendants et par tous
228.- Ishyingirwa ryose ritabereye mu ruhame cyangwa
ritakozwe n ’umwanditsi w ’irangamimerere ubifitiye
ububasha rishobora guta agaciro bisabwe
n’abashyingiranywe ubwabo, ababyeyi babo, abo
bakomokaho n ’abantu bose barifitemo inyungu iri aho
kandi igaragara kimwe n’Ubushinjacyaha.
229.- Ntawahamya ko yashyingiranywe n ’undi kandi ngo
asabe uburenganzira bukomoka ku ishyingirwa aterekanye
inyandukuro y
’ingingo z
’ingenzi z
’inyandiko
y’ishyingirwa keretse iyo hari impamvu ziteganywa
n’ingingo ya 150 n’iya 151 z’iri tegeko.
230.Kubana nk ’abashyingiranywe ntibishobora
gusimbura ko abiyita ko bashyingiranywe bakwerekana
inyandukuro y
’ingingo z
’ingenzi z
’inyandiko
y’ishyingirwa.
231.Igihe bigararagara ko abantu babanye
nk’abashyingiranywe kandi bakerekana inyandukur
o
y’ingingo z ’ingenzi z ’inyandiko y ’ishyingirwa, nta
n’umwe muri bo wemerewe gusaba ko iryo shyingirwa rita
agaciro.
232.- Iyo hari abana bavutse ku bantu babanye ku
mugaragaro nk ’abashyingirwanywe, hanyuma bombi
bagapfa, ntibishidikanywa ko abo bana bako
moka ku
bashyingiranywe ngo ni uko hatagaragajwe inyandukuro
y’ingingo z’ingenzi z’inyandiko y’ishyingirwa ry’ababyeyi
babo igihe cyose gukomoka ku bashyingiranywe kuzwi na
bose kandi ntihabe n’inyandiko y’amavuko ibivuguruza.
233.- Cyakora ishyingirwa u rukiko rwemeje ko nta gaciro
rifite rigenera abashyingiranywe hamwe n
’abana babo
urubenganzira burikomokaho iyo ryakozwe nta buryarya.
Iyo umwe mu bashyingiranywe atarangwaho uburyarya,
niwe ishyingirwa riha uburengazira kimwe n
’abana
barikomokaho.
Ishyingirwa ritaye agaciro rigenera abana uburenganzira
burikomokaho n ’iyo abashyingiranywe bombi baba
barabigiranye uburyarya.
Urukiko rwemeza uko abana bazarerwa nk
igihe cy’ubutane.
’uko bigenda
ceux qui y ont un int
Ministère Public.
érêt n é et actuel ainsi que par le
229.- Nul ne peut r éclamer le titre d' époux et les effets
civils du mariage s'il ne pr ésente un extrait de l'acte de
célébration inscrit sur le registre de l' état civil, sauf les cas
prévus aux articles 150 et 151 de la présente loi.
230.- La possession d'état ne pourra dispenser les prétendus
époux de présenter un extrait de l'acte de mariage.
231.- Lorsqu'il y a possession d'état et que l'extrait de l'acte
de mariage est présenté, les époux ne sont pas recevables à
demander la nullité de ce mariage.
232.- S'il existe des enfants issus de deux individus qui ont
vécu publiquement comme mari et femme et qui soient
tous deux d écédés, la l égitimité des enfants ne peut être
contestée sous le seul pr étexte du défaut de présentation de
l'extrait de l'acte de mariage, toutes les fois que cette
légitimité est prouv ée par une possession d' état qui n'est
point contredite par un acte de naissance.
233.- Le mariage qui a été d éclaré nul produit n éanmoins
les effets civils, tant à l' égard des époux qu' à l' égard des
enfants, lorsqu'il a été contracté de bonne foi.
Si la bonne foi n'existe que de la part de l'un de deux
époux, l e mariage ne produit les effets civils qu'en faveur
de cet époux et des enfants issus du mariage.
Le mariage annul é produit les effets civils à l' égard des
enfants quand bien m ême aucun des époux n'aurait été de
bonne foi.
Il est statué sur leur garde comme en matière de divorce.
234.- Est puni d'un emprisonnement de six mois à douze
mois, l'officier de l' état civil qui a c élébré un mariage
sachant qu'il existait à ce mariage un emp êchement de
nature à entraîner la nullité.
234.- Azahanishwa igifungo kuva ku mezi atandatu kugeza
ku me zi cumi n ’abiri umwanditsi w ’irangamimerere
ushyingira azi ko hari imiziro yatuma iryo shyingirwa rita
agaciro.
CHAPITRE V: Du mariage des étrangers
UMUTWE WA V: IBYEREKEYE
UGUSHYINGIRWA KW’ABANYAMAHANGA
a) quant à la forme, par la foi du lieu où il est célébré;
235.- Ugushyingirwa kw ’abanyamahanga kugengwa n ’ibi
bikurikira
a) ku byerekeye imihango y ’ishyingirwa, hakurikizwa
itegeko ry’aho ribereye ;
b) quant à ses effets sur la personne des
époux, en
l'absence de convention commune, par la loi de la
nationalité à laquelle appartenait le mari au moment de
la célébration;
c) quant à ses effets sur la personne des enfants, par la loi
235.- Le mariage des étrangers est régi :
c)
ku bireba uburenganzira bwa buri muntu bukomoka ku
ishyingirwa, iyo nta masezerano bagiranye ubwabo,
hakurikizwa itegeko ry ’igihugu umugabo yari afitiye
ubwenegihugu igihe cy’ishyingirwa ;
c) ku byerekeye ub urenganzira bw ’abana babyaranye,
hakurikizwa itegeko ry ’igihugu umugabo yari afitiye
ubwenegihugu igihe bavutse ;
d) ku byerekeye inkurikizi ku mutungo wabo, iyo
abashyingiranywe ntacyo babyumvikanyeho,
hakurikizwa itegeko ry’aho ibyo bintu biri.
INTERURO YA II: Ibyerekeye iseswa ry’ishyingirwa
no gutandukana by’agateganyo
236.- Ishyingirwa riseswa ;
1. n’urupfu rw’umwe mu bashyingiranywe ;
2. no gutana burundi kw’abashyingiranywe .
UMUTWE WA MBERE: IBYEREKEYE GUTANA
BURUNDU BITEWE N’IMPAMVU ZITEGANYIJWE
N’ITEGEKO
ICYICIRO CYA MBERE: Ibyerekeye gutana burundu
bitewe n’impamvu ziteganyijwe n’itegeko
Akiciro ka mbere: Impamvu zo gutana burundu
237.- Buri wese mu bashyingiranywe ashobora gusaba
gutana burundi kubera :
a) igihano cy’icyaha gisebeje cyane ;
b) ubusambanyi ;
c) guhoza undi ku nkeke ;
d) kwanga gutanga ibitunga urugo ;
e) guta urugo igihe cy’amezi cumi n’abiri nibura ;
f) kumara nibura imyaka itatu batabana ku bushake
bwabo.
Akiciro ka II: Uburyo bwo butana biturutse ku
mpamvu ziteganijwe n’amategeko
238.- Imigirire cyangwa ibyaha, uko byaba bimeze kose,
byatera gusaba gutana bitewe n
’mpamvu ziteganyijwe
n’amategeko, bishyikirizwa gusa
urukiko rwa Mbere
rw’iremezo rw ’ifasi abashyingiranywe baheruka kubamo
cyangwa urw’ifasi uregwa atuyemo.
239.- Iyo bimwe uwo mu bas
hyingiranywe aregesha
bitumye Ubushinjacyaha bubikurikiranaho icyaha,
urubanza rwo gutana ruzahagarikwa kugeza igihe urubanza
rukurikiranye icyaha ruzaba rwarangije gucibwa burundu ;
ubwo noneho urubanza rwo gutana rugashobora kongera
kuburanishwa cyakora bitemewe gukura kuri urwo rubanza
rwaciwe impamvu yatuma ikirego cy
’umwe mu
bashyingiranywe kitakirwa cyangwa cyangirwa ko
cyagezweho mbere mu rubanza rwaciwe.
240.- Gusaba gutana bikorwa n’abashyingiranywe gusa.
nationale du père au moment de la naissance;
d) quant à ses effets sur les biens des époux, en l'absence
de convention matrimoniale, par la loi du pays o ù ils
sont domiciliés.
TITRE II : De La Dissolution Du Mariage Et De La
Séparation De Corps
236.- Le mariage se dissout :
1º par la mort de l'un des époux;
2º par le divorce.
CHAPITRE PREMIER :Du divorce
SECTION PREMI ÈRE: Du divorce pour cause
déterminée
Sous-section première: Des causes du divorce
237.- Chacun des époux peut demander le divorce pour:
a) condamnation pour une infraction entachant gravement
l'honneur;
b) adultère;
c) excès, sévices ou injures graves de l'un envers l'autre;
d) refus de contribuer aux charges essentielles du ménage;
e) abandon du foyer conjugal pendant plus de douze mois
au moins;
f) séparation de fait pendant trois ans au moins.
Sous-section II : Des formes du divorce pour cause
déterminée
238.- Quelle que soit la nature des faits ou des infractions
qui donneront lieu à la demande en divorce pour cause
déterminée, cette demande ne peut
être form ée qu'au
Tribunal de Premi ère Instance dans le ressort duquel les
époux ont eu leur derni ère r ésidence conjugale ou dans
lequel la partie défenderesse a son domicile.
239.- Si quelques-uns des faits all
égués par l' époux
demandeur donnent lieu à des poursuites r épressives de la
part du Minist ère Public, l'action en divorce reste
suspendue jusqu'àprès le jugement ou l'arr êt coulé en force
de chose jug ée de la juri diction répressive; alors elle peut
être reprise, sans qu'il soit permis d'inf érer du jugement ou
de l'arr êt aucune fin de non-recevoir ou exception
préjudicielle contre l'époux demandeur.
240.- L'action en divorce n'appartient qu'aux époux.
Sauf les règles ci-après déterminées, la demande en divorce
est intent ée, instruite et jug ée dans la forme ordinaire, le
Ministère Public entendu.
L'action en divorce est imprescriptible.
Uretse ibivuga mu ngingo zikurikira, gusa
ba gutana
biregerwa kandi bikaburanishwa nk
’izindi manza.
Ubushinjacyaha bumaze kugira icyo bubivugaho.
Nta gihe ntarengwa birorera kuregerwa.
241.- Lorsqu'il y a lieu
à enqu êter, toute personne, à
l'exception des descend ants, des ascendants au premier
dégré et des domestiques des époux, peut être entendue
comme témoin.
241.- Iyo bibaye ngombwa ko hakorwa iperereza, umuntu
wese ashobora kubazwa mu rubanza uretse abana, ba se na
ba nyina n’abakozi bo mu rugo b’abashyingiranywe.
242.- En mati
ère de divorce, les demandes
reconventionnelles peuvent être introduites par un simple
acte de conclusions. Elles peuvent se produire, de m ême,
en d égré d'appel, sans
être consid érées comme des
demandes nouvelles.
242.- Mu manza zo gutana burundu, ibirego by ’ingoboka
bishobora gutangirwa mu myanzuro. Bishobora no
gutangirira mu rukiko rwajuririwe ntibyitwe ibirego bishya.
243.- Iyo abasaba ubutane bitabye urukiko,
Perezida
w’Urukiko rwa Mbere rw ’Iremezo abumvira ahiherereye.
Akabasobanurira inkurikizi z’ubwo butane basaba.
Iyo umwe mu baburanyi adashobora kugera ku rukiko,
Perezida avuga aho iyunga rizabera. Iyo iyunga
ridashobotse cyangwa se uregwa akabura, Perezida yemeza
ko kwiyunga bitabaye cyangwa ko uregwa yabuze,
akemerera urega gukurikirana ikirego cye.
244.- Icyemezo cy ’urukiko ku manza zose zemeza gutana
burundu kigaragaza umwirondoro w ’ababuranyi, umunsi
n’aho bashyingiriwe n’impamvu zo gutana kwabo.
245.- Icyemezo cy’urukiko kitagisubiwemo ku manza zose
zemeza gutana burundu, cyandukurwa, bisabwe
n’Ubushinjacyaha, mu bitabo by ’irangamimerere by ’aho
abatandukanye bashyingiriwe. Ibyo bikandikwa mu mpera.
246.- Inyandukuro y
’ingingo z ’ingenzi z ’urubanza
rwemeza gutana burundu ishobora gutangazwa mu Igazeti
ya Leta ya Repubulika y ’u Rwanda bisabwe n ’umwe mu
baburanyi cyangwa n’Ubushinjacyaha.
247.- Urubanza rwaciwe burundi rutangira gukurikizwa ku
bashyingiranywe ku byerekeye umutungo wabo, kuva ku
munsi ikirego cyatanzweho. Naho ku bandi bantu rutangira
gukurikizwa kuva ku munsi w’iyandukurwa ryarwo nk’uko
biteganywa n’ingingo ya 245.
AKICIRO KA III: Ibyerekeye ibyemezo by’agateganyo
mu gutana gushingiye ku mpamvu ziteganyijwe
n’amategeko
248.- Perez ida w ’Urukiko rwa Mbere rw ’Iremezo, aho
urubanza rwaba rugeze hose, afata ibyemezo
by’agateganyo byerekeye umuntu ku giti cye mu
baburanyi, ku bana babyaranye no ku mutungo.
249.- Mu gihe urubanza rwo gutana rukiburanishwa,
243.- A la premi ère audience, le Pr ésident du Tribunal de
Première Instance entend les parties en personne, à huis
clos. Il leur fait des observations sur les cons équences de
leur action.
Si l'une des parties se trouve dans l'impossibilit
é de se
rendre auprès du tribunal, le Pr ésident détermine le lieu o ù
sera tentée la conciliation. En cas de non-conciliation, ou
de d éfaut du d éfendeur, le Pr ésident constate ce fait et
autorise le demandeur à poursuivre l'action.
244.- Le dispositif de tout jugement ou arr êt autorisant le
divorce énonce l'identit é compl ète des parties, la date et
lieu de c élébration de leur mariage et la cause de leur
divorce.
245.- Le dispositif du jugement ou de l'arr êt de divorce,
devenu irrévocable, est transcrit, par les soins du Minist ère
Public, sur les registres de l' état civil du lieu o ù le mariage
a été c élébré. Mention en est faite en marge de l'acte de
mariage et des actes de naissance des époux.
246.- Extrait de jugement ou de l'arr êt de divorce peut être
inséré au Journal Officiel de la République Rwandaise à la
demande de l'une des parties ou du Ministère Public.
247.- Le jugement ou l'arr êt définitif remonte, quant à ses
effets entre époux, en ce qui touche leurs biens, au jour de
la demande. Mais en ce qui concerne les tiers, il ne produit
effet que du jour de la transcription, tel que pr
évu par
l'article 245.
SOUS-SECTION III : Des mesures provisoires
auxquelles peut donner lieu la demande en divorce pour
cause déterminée
248.- Le Pr ésident du Tribunal de Premi ère Instance
connaît, en tout état de cause, des mesures provisoires
relatives à la personne et aux biens, tant des parties que des
enfants communs.
249.- Pendant l'instance en divorce
, le Pr ésident du
Tribunal de Premi ère Instance , dans le plus grand int érêt
des enfants, confie la garde provisoire de ceux-ci, soit
à
l'un ou à l'autre des époux, soit à une tierce personne.
Perezida w’Urukiko rwa Mbere rw ’Iremezo, kugira ngo
arengere abana abashinga by
’agateganyo umwe mu
bashyingiranywe cyangwa undi muntu.
250.- Buri wese mu bashyingiranywe, yaba urega cyangwa
uregwa, ashobora gusaba Perezida w’urukiko rwa Mbere
rw’Iremezo uruhushya rwo kuva mu rugo rwabo , akagenda
kandi ajyanye n’uturi utwe bwite.
Perezida amaze kubona uko ibintu byifashe, yemeza aho
umwe mu bashyingiranywe yemereye kuva mu rugo rwabo
azaba.
Bisabwe n ’umugore, Perezida ntashobora gutegeka
umugabo kuva mu rugo ngo amwemerere aho acumbika
keretse iyo baba mu nzu y
’umugore cyangwa uwo
bafitanye isano cyangwa aribo bahabwa ubukode bwayo
cyangwa aribo bayikodesha. Cyakora umugabo ntashobora
gutegekwa kuva mu rugo iyo ahakorera imirimo ya
gihanga, ubugeni, ubukorikori, ubucuruzi n’uruganda.
Iyo abashyingiranywe bafatanije umurimo aho batuye
cyangwa mu nzu ifatanye naho, Perezida afata ibyemezo
by’agateganyo bigamije kurengera abana n’abaguzi.
251.- Buri wese mu bashyingiranywe bafatanyije
umutungo, igihe arega cyangwa aregwa urubanza rwo
gutana burundu, aho rwaba rugeze hose, ashobora gusaba
ko ibimenyetso byashyirwa ku bintu byimukanwa
basangiye kugira ngo uburenganzira bwe budahungabana.
Ibyo bimenyetso bivanwaho ari uko babaze ibintu babiha
igiciro kandi undi wo mu bashyingiranywe akari ndishwa
ibintu byabazwe cyangwa akaba nk’umurinzi washyizweho
n’urukiko, ubazwa kubifata neza.
252.- Buri wese mu baburana agomba guhamya, igihe
abisabwe, ko aba mu rugo yeretswe na Perezida w’Urukiko
rwa Mbere rw’Iremezo. Igihe abiburiye icyemezo, mugenzi
we ashobora kumwima ibimutunga agashobora kandi, iyo
ariwe uregwa, gusaba ko urega adakwiye kwemererwa
gukomeza urubanza rwe.
253.- Buri wese mu bashyingiranywe ashobora gusaba
iseswa ry’ibyakozwe na mugenzi we amuhuguza.
254.- Ibyemezo byafashwe bakurikije ingingo ziri muri aka
kiciro birangizwa by ’agateganyo nta ngwate itanzwe n ’iyo
byaba byarajuririwe keretse iyo bibangamiye inyungu
z’abana. Bishobora gusubirwaho iyo habonetse izindi
mpamvu.
Akiciro ka IV: Ibyerekeye impamvu zibuza kwakira
isaba ryo gutana burundi biturutse ku mpamvu
250.- Qu'il soit demandeur ou défendeur, chacun des époux
peut demander au Pr ésident du Tribunal de Premi ère
Instance l'autorisation de quitter la r ésidence conjugale et
d'emporter ses effets personnels.
Le Président fixe, eu égard aux circonstances, la r ésidence
séparée de l' époux qu'il autorise à quitter la r ésidence
conjugale.
A la demande de la femme, le Pr ésident ne peut ordonner
au mari de quitter la r ésidence conjugale et lui fixer une
résidence s éparée que lorsque la r ésidence conjugale est
fixée dans l'immeuble dont la femme ou l'un de ses parents
est propriétaire, usufruitier ou locataire. Il ne peut toutefois
être ordonn é au mari de quitter la r
ésidence conjugale
lorsqu'il y exerce un art, une activit é libérale, un artisanat,
un commerce ou une industrie.
Si les époux exercent leur activit é professionne lle en
association à la r ésidence conjugale ou dans un local
dépendant de la communaut é, le Pr ésident prend les
mesures provisoires opportunes dans l'intérêt des enfants et
de la clientèle.
251.- L'époux commun en biens, demandeur ou d éfendeur
en divorce, peut, en tout état de cause, requ érir, pour la
conservation de ses droits, l'apposition des scell és sur les
biens mobiliers de la communauté.
Ces scell és ne sont lev és qu'en faisant inventaire avec
prisée et à charge par l'autre époux de repr ésenter l es
choses inventoriées ou de r épondre de leur valeur comme
gardien judiciaire.
252.- Chacune des parties est tenue de justifier de sa
résidence dans la maison indiqu ée par le Pr ésident du
Tribunal de Première Instance, toutes les fois qu'elle en est
requise. A défaut de cette justification, l'autre conjoint peut
refuser la provision alimentaire et, s'il est d éfendeur, faire
déclarer la partie demanderesse non recevable à continuer
ses poursuites.
253.- Chacun des époux peut faire annuler les actes
accomplis par l'autre en fraude de ses droits.
254.- Les d écisions prises en vertu des dispositions
contenues dans la pr ésente sous-section sont ex écutoires
par provision, nonobstant toute voie de recours et sans
caution, mais dans le respect de l'int érêt des enfants. Elles
sont essentiellement r évisables eu égard à la survenance
des faits nouveaux.
Sous-section IV: Des fins de non-recevoir contre l'action
en divorce pour cause déterminée
255.- L'action en divorce est
des époux.
éteinte par la r éconciliation
ziteganijwe n’amategeko
255.Urubanza rwo gusaba gutana burundi
ruzimanganywa n’uko abashyingiranywe biyunze.
Ruzimanganywa kandi n ’uko umwe mu bashyingiranywe
apfuye urubanza rw’ubutane rutaracibwa burundu.
Ibyo aribyo byose, urega azaba atacyakiririwe urubanza ;
azashobora icyakora kongera kubiregera urubanza rushya
ku mpamvu yadutse nyuma yo kwiyunga ubwo kandi
akaburanisha ingingo zariho mu rubanza rwa mbere kugira
ngo ashyigikire ikirego gishya.
256.- Kwiyu nga bituruka ku kintu cyose kigaragaza
ubushake bw ’abashyingiranywe bombi bwo kongera
kubana.
Icyiciro cya 2: Ibyerekeye gutana biturutse ku
bwumvikane
257.- Ubwumvikane bwo gutana kw
’abashyingiranywe
bugaragajwe kandi bugakorwa ku buryo buteganywa
n’amategeko afite uko yabigennye, nyuma y ’igeregezwa
riteganijwe, bwerekana bihagije ko kubana
bitakibashobokeye, ko hariho kandi impamvu yo gutana
itagibwaho impaka.
258.- Gutana biturutse ku bwumvikane byemerwa gusa
nyuma y’imyaka itanu bashyingiranywe.
259.- Abashyingiranywe biyemeje gusaba gutana kuko
babyumvikanyeho bagomba mbere na mbere kubara ibintu
byabo, ibyimukanwa, kumenya agaciro kabyo, kugena ibyo
buri muntu yakwegukana bigakorerwa inyandikomvaho.
260.- Abashyingiranywe bagomba nanone kugaragaza mu
nyandikomvaho ibyo bemeranyije kuri izi ngingo
zikurikira :
- uwo abana babyaranye cyangwa abo bagize ababo
batarababyaye bazahereraho, ari mu gihe
cy’igeragezwa, ari na nyuma y’icibwa ry’urubanza rwo
gutana ;
- inzu buri wese mu bashyingiranywe azabamo mu gihe
cy’igeragezwa ;
- umubare w’amafaranga umwe yaha undi muri icyo gihe
gugira ngo yirwaneho mu gihe adafite ibintu
bimuhagije.
261.- Abashyingiranywe bajyana bombi kwa Perezida
w’Urukiko rwa Mbere rw
’Iremezo rw ’aho batuye
bakamubwira icyifuzo cyabo hari
abagabo babiri
bitoranirije kandi bizaniye ubwabo.
262.- Perezida yumvisha abashyingiranywe bari hamwe, na
buri muntu ukwe, ba bagabo bavugwa mu ngingo ya 261
bahari, ukuntu bimeze kandi akabagira inama abona
Elle s' éteint également par le d écès de l'un des époux
survenu avant que le jugement ou l'arr êt de divorce ne soit
devenu irrévocable.
Dans l'un et l'autre cas, le demandeur est d
éclaré non
recevable dans son action; il peut n éanmoins en intenter
une no uvelle pour cause survenue depuis la r éconciliation
et alors faire usage des anciennes causes pour appuyer sa
nouvelle demande.
256.- La r éconciliation résulte de tout élément attestant la
volonté conjointe des époux de r établir leur communaut é
de vie.
SECTION II : Du divorce par consentement mutuel
257.- Le consentement mutuel et pers évérant des époux à
divorcer, exprimé de la manière prescrite par la loi, sous les
conditions et apr ès les épreuves qu'elle d étermine, prouve
suffisamment que la vie commu ne leur est insupportable et
qu'il existe, par rapport à eux, une cause p éremptoire de
divorce.
258.- Le divorce par consentement mutuel n'est admis
qu'après cinq ans de mariage.
259.- Les époux d éterminés à demander le divorce par
consentement mutuel so nt tenus de faire pr éalablement
inventaire notarié et estimation de tous leurs biens meubles
et immeubles et de r
égler leurs droits respectifs, sur
lesquels il leur est néanmoins libre de transiger.
260.- Les époux sont également tenus de constater par ac te
notarié leur convention sur les points suivants :
- à qui les enfants n és de leur union ou adopt és par eux
seront confiés, soit pendant le temps des - épreuves, soit
après le divorce prononcé;
- dans quelle maison chacun des époux r ésidera pendant
le temps des épreuves;
- quelle somme l'un des
époux devra payer à l'autre
pendant le même temps, si l'un d'eux n'a pas de revenus
suffisants pour pourvoir à ses besoins.
261.- Les époux se pr ésentent ensemble et en personne
devant le Pr ésident du Tribunal de Premi ère Instance de
leur domicile conjugal. Ils lui font la d éclaration de leur
volonté en présence de deux t émoins choisis et amenés par
eux.
262.- Le Président fait aux époux réunis, et à chacun d'eux
en particulier, en pr ésence des t émoins mentio nnés à
l'article 261, telles représentations et exhortations qu'il croit
convenables : il leur d éveloppe toutes les cons équences de
leur démarche.
zikwiye, akababwira ku buryo burambuye inkur ikizi zose
z’ibyo barimo.
263.- Iyo abashyingiranywe badatezuka ku cyifuzo cyabo,
Perezida abaha icyemezo ko basaba gutana burundi kandi
ko babyumvikanyeho ; icyo gihe bagahita bamwereka
kandi bamushyikiriza inyandiko zavuzwe mu ngingo ya
259 n’iya 260 hamwe na :
- inyandiko z’amavuko n’iz’ishyingirwa ;
- inyandiko z’amavuko n’izerekeye urupfu z’abana
babyaranye cyangwa iz’abana bemeye kubera ababyeyi.
264.- Umwanditsi w ’urukiko akora inyandikomvugo
irondora ibyavuzwe n ’ibyakozwe byose hakurikijwe
ibuvugwa m u ngingo zibanziriza iyi. Inyandiko zivugwa
mu ngingo ya 267 zikomeza kuba ingereka z
’iyo
nyandikomvugo.
265.- Mu kwezi kwa kane, ukwa karindwi n’ukwa cumi,
uhereye igihe abashyingiranywe bagaragaje icyifuzo
cyabo cyo gutana burundu, bongera kugaragaza ic yo
cyifuzo mu matariki babwiwe na Perezida kandi
bakabikora hakurikijwe imihango bakurikije mbere.
Cyakora, nta nyandiko n
kwerekana.
’imwe bagomba kongera
266.- Ku munsi umwaka uzaba urangiye uhereye igihe
bagaragarije bwa mbere icyifuzo cyo gutana,
abashyingiranywe bizana ubwabo imbere ya Perezida.
Bakamuha kopi zimeze neza z
’inyandiko enye zirimo
ubwumvikane bwabo bwo gutana n
’inyandiko zose
z’ingereka, noneho bakamusaba, umwe ku gite cye cyakora
bari hamwe bombi, kwemererwa gutana burundu.
267.- Iyo Perezida amaze kugira inama abashyingiranywe,
bagakomeza imigambi yabo, bahabwa inyandiko z ’ibyo
basaba n ’inyandiko yerekana ibyemezo batanze,
umwanditsi w ’urukiko akabikorera inyandikomvugo
ishyirwaho umukono n ’ababurana, Perezida n ’umwanditsi
w’urukiko.
268.- Umwanditsi w ’urukiko amenyesha Ubushinjacyaha
inyandiko zose ziri muri dosiye kugira ngo bugire icyo
bubivugaho.
269.- Iyo Ubushinjacyaha busanze, mu mpapuro zatanzwe,
ko abashyingiranywe bari bamaranye imyaka itanu igihe
bagaragarije bwa mbere icy ifuzo cyabo cyo gutana ;
bugasanga ubwumvikane bwo gutana bwaravuzwe inshuro
enye zose mu mwaka kandi imihango ibanza itegetswe
n’indi iteganyijwe muri iki cyiciro yarubahirijwe, butanga
umwanzuro wabwo muri aya magambo :
“amategeko
arabyemeye”. Bitaba ibyo : “amategeko arabibujije”.
270.- Urukiko rusubika izindi manza rukabanza guca
263.- Si les époux persistent dans leur volont é, il leur est
donné acte, par le pr ésident, de ce qu'ils dema ndent le
divorce et qu'ils y consentent mutuellement; ils sont tenus
de produire et d époser, à l'instant, entre les mains du
président, outre les actes mentionn és aux articles 259 et
260 :
- les actes de leur naissance et celui de leur mariage;
- les actes de naissance, de d écès des enfants n és de leur
union ainsi que les actes d'adoption.
264.- Le greffier dresse un proc ès-verbal détaillé de tout ce
qui à été dit et fait en ex écution des articles pr écédents.
Les actes mentionn és à l'article 267 demeurent annex és à
ce procès-verbal.
265.- La d éclaration ainsi faite est renouvel ée dans le
courant des quatri ème, septi ème et dixi ème mois, en
observant les m êmes formalit és aux dates fix ées par le
président.
Toutefois, les parties ne sont pas tenues
production d'aucun acte.
à r épéter la
266.- Dans le mois du jour o
ù est r évolue l'ann ée, à
compter de la première déclaration, les époux se présentent
ensemble et en personne devant le pr
ésident. Ils lui
remettent les expéditions en bonne forme des quatre procèsverbaux contenant leur consentement mutuel, et tous les
actes qui ont été annexés et requièrent du Président, chacun
séparément, en pr ésence n éanmoins l'un de l'autre,
l'admission du divorce.
267.- Si apr ès les observations du Pr ésident les époux
persévèrent, il leur est donn é acte de leur r équisition et de
la remise par eux faite des pi èces à l'appui; le greffier du
tribunal en dresse un proc ès-verbal qui est sign é par les
parties ainsi que par le Président et le greffier.
268.- Le greffier communique au Minist ère Public toutes
les pièces du dossier pour avis.
269.- Si le Minist ère Public trouve dans les pi
èces la
preuve que les deux époux étaient mariés depuis cinq ans
lorsqu'ils ont fait leur premi
ère d éclaration, que le
consentement mutuel a été e xprimé quatre fois dans le
courant de l'année après les préalables ci-dessus prescrits et
avec toutes les formalités requises par la présente section, il
donne ses conclusions en ces termes:
la loi permet .
Dans le cas contraire, ses conclusions sont don nées en ces
termes : la loi empêche .
270.- Le tribunal, statuant toutes affaires cessantes, ne peut
faire d'autres v érifications que celles indiqu ées par l'article
269. S'il en r ésulte que, dans l'opinion du tribunal, les
parties ont satisfait aux cond itions et rempli les formalit és
urw’ubutane burundu. Nta bindi rusuzuma utetse ibivugwa
mu ngingo ya 269. Iyo urukiko rusanze ubwarwo
ababurana barujuje ibyo bagomba kugira n
’imihango
yashyizweho n’amategeko rwemeza ubutane ; igihe atariko
bimeze, urukiko rugatangaza ko nta buryo bwo kwemeza
ubutane burundu kandi rukavuga n ’impamvu rubyemeje
rutyo.
271.- Ubujurire bw ’urubanza rwaba rwaremeje ubutane
burundu buzemerwa gusa igihe buzaba bwagizwe
n’Ubushinjacyaha mu minsi makumyabiri ikurikira isomwa
ryarwo. Bimenyeshwa abashyingiranywe.
272.- Ubujurire bw’urubanza rwanga ubutane bukorwa mu
mvugo y ’umuntu ku gite cye, mu biro by
’umwanditsi
w’urukiko rwaciye urubanza. Ubwo bujurire bugira agaciro
iyo bukozwe n ’abashyingiranywe bombi mu minsi cumi
n’itanu ikurikira isomwa ry ’urubanza. Abashyingiranywe
bombi bagomba kujya ku rukiko ubwabo, mu gihe
cy’ukwezi uhereye umunsi w
’ijurira, kugira ngo
basobanure ubujurire bwabo.
273.- Mu minsi cumi y
’imenyesha ry ’ubujurire,
umwanditsi w ’urukiko yoherereza Urukiko rw ’Ubujurire
dosiye yose. Umwanditsi w’urukiko rw ’Ubujurire nawe
akoherereza Umushinjacyaha iyo dosiye.
Mu minsi cumi Ubushinjacyaha bumaze gushyikirizwa
dosiye, bugaragaza mu nyandiko imyanzuro yabwo. Byose
bikazongera kohererezwa urukiko rwajuririwemo. Urukiko
rw’Ubujurire rukagira icyo rubyemezaho burundu mu
minsi cumi rumaze gushyikirizwa imyanzuro
n’Ubushinjacyaha.
déterminées par la loi, il admet le divorce; dans ce cas
contraire, le tribunal d éclare qu'il n'y a pas lieu à admettre le
divorce et énonce les motifs de sa décision.
271.- L'appel du jugement qui aurait admis le divorce n'est
recevable qu'autant qu'il est interjeté par le Ministère Public
dans les vingt jours à compter du prononc é. Il est signifi é
aux deux époux.
272.- L'appel du jugement qui refuse le divorce doit
être
fait, par déclaration en personne, au greffe du tribunal qui a
rendu le jugement. Il n'est valable qu'autant qu'il est
interjeté conjointement par les deux parties dans les quinze
jours à compter du prononc é. Dans un d élai d'un mois à
compter de la d éclaration d'appel, les deux parties doivent
se présenter ensemble et en personne à l'audience du juge
d'appel pour faire valoir leurs griefs.
273.- Dans les dix jours de la signification de l'appel, le
dossier complet est transmis à la Cour d'Appel par les soins
du greffier. Le greffier de la Cour d'Appel transmet à son
tour ledit dossier au Ministère Public.
Le Minist ère Public donne ses conclusions par écrit dans
les dix jours qui suivent la réception du dossier. Le tout est
retransmis à la cour. La Cour d'Appel statue définitivement
dans les dix jours
qui suivent la remise du dossier
contenant les conclusions du Ministère Public.
274.- L'arrêt est susceptible de pourvoi.
274.- Urubanza ruciwe n ’urukiko rw ’ubujurire rushobora
gusabirwa iseswa.
Le pourvoi des parties n'est recevable qu'autant qu'il est
formé par les deux époux conjointement.
Abashyingiranywe ba saba iseswa bemerwa gusa iyo
babisabye bombi hamwe.
275.- Lorsque le divorce a été admis par un jugement ou
arrêt pass é en force de chose jug
ée, le dispositif du
jugement ou de l'arr êt est, dans les deux mois, signifi é ou
remis contre accus é de r éception, par les
époux
conjointement, à l'officier de l' état civil du lieu o ù le
mariage a été célébré.
275.- Igihe ubutane buzaba bwemejwe n
’urubanza
rutagishoboye gusubirwamo, imikirize yarwo
izamenyeshwa cyangwa ishyikirizwe, mu mezi abiri,
n’abashyingiranywe bombi hamwe, umwanditsi
w’irangamimerere nawe akabaha icyemezo ko abibonye.
Ayo mezi abiri atangira kubarwa, ku byerekeye imanza
zaciwe n’inkiko nto igihe cyo kujurira kirangiye, naho ku
byerekeye imanza zaciwe n’inkiko nkuru, igihe cyo gusaba
iseswa ry’urubanza cyarashize.
Uretse igihe habonetse
impamvu ntarengwa,
abashyingiranywe bazaba baretse igihe cy
’amezi abiri
kigashira batabimenyesheje cyangwa batabishyikirije
umwanditsi w ’irangamimerere ubigenewe, bazahanishwa
igihano cy ’igifungo kitarenze iminsi irindwi n
’ihazabu
y’amafaranga ibihumbi bi biri cyangwa kimwe gusa muri
ibyo bihano.
Ces deux mois ne commenceront à courir à l' égard des
jugements, qu'apr ès l'expiration du d élai d'appel et, à
l'égard des arr êts, qu'après l'expiration du d élai de pourvoi
en cassation.
Sauf en cas de force majeure, les époux qui laissent pa sser
le délai de deux mois sans faire la signification ou la remise
à l'officier de l' état civil comp étent sont punis d'un
emprisonnement de sept jours au maximum et d'une
amende de deux mille francs ou de l'une de ces peines
seulement.
Dans le mois de l a signification ou de la remise conjointe,
ou le cas échéant, de la seconde signification ou remise,
Mu kwezi ibyo bimenyeshwamo cyangwa bitangwamo
bigiriwe icyarimwe, cyangwa se imenyesha n’itanga bibaye
ubwa kabiri, umwanditsi w ’irangamimerere azandukurira
ikizwa ry’urubanza mu bitabo bye ; inyandiko ikazandikwa
mu mpera y
’inyandiko y ’ishyingirwa n ’iy’amavuko
by’abashyingiranywe.
276.- Inyandukuro y ’ingingo z ’ingenzi z ’urwo rubanza
ishobora gutangazwa mu Igazeti ya Leta ya Repubulika
y’u Rwanda bisabwe n ’umwe mu baburanyi cyangwa
n’Ubushinjacyaha.
277.- Urubanza ruciwe burundu rutangira gukurikizwa ku
bashyingiranywe, ku byerekeye umuntungo wabo, kuva ku
munsi bagaragarijeho bwa mbere icyifuzo cyo gutana.
l'officier de l' état civil transcrit le dispositif sur ses registres,
mention en est faite en marge de l'acte de mariage et des actes
de naissance des époux.
276.- L'extrait du jugement ou de l'arr êt de divorce peut
être inséré au Journal Officiel de la République Rwandaise
par les soins de l'une des parties ou de Ministère Public.
277.- Le jugement ou l'arr êt d éfinitif remonte quant à ses
effets entre époux, en ce qui concerne leurs biens, au jour
de l'introduction de la première demande en divorce.
Mais en ce qui concerne les tiers, il ne produit effet que du
jour de la transcription.
Naho ku bandi bantu rutangira gukurikizwa ku munsi
w’iyandukurwa ryarwo.
SECTION III: Des effets du divorce
ICYICIRO CYA III: Ibyerekeye ingaruka zo gutana
burundu
278.- Les époux divorc és peu vent se remarier sans être
tenus d'observer le d élai de trois cents jours pr évu par le
premier alinéa de l'article 176, si l' épouse n'a pas contract é
dans l'intervalle un autre mariage dont la dissolution
remonte à moins de trois cents jours, sans pr éjudice, dans
ce dernier cas, de l'application des dispositions des alin éas
deux et trois dudit article.
278.- Abashyingiranywe batanye burundu bashobora
kongera gushyingiranwa cyakora batagombye kumara
igihe cy ’iminsi magana atatu giteganijwe mu gika cya
mbere cy ’ingingo ya 176 iyo muri icyo gihe umugore
atigeze yongera gushyingirwa ngo habe hatarashira iminsi
magana atatu iryo shyingirwa risheshwe ; n
’aho byaba
bimeze bityo ntibyabuza gukurikiza ibivugwa mu gice cya
kabiri n’icya gatatu by’ingingo yavuzwe.
279.- Mu gihe habaye ubutane buturutse ku busambanyi,
uwo icyaha cyagaragaye ho ntashobora gushyingiranwa
n’uwo bagikoranye.
280.- Mu gihe habaye ubutane buturutse ku mpamvu
ziteganijwe n ’amategeko uwatsinzwe yakwa ibintu byose
yari yarahawe na mugenzi we mu masezerano bagiranye yo
gucunga umutungo wabo cyangwa kuva umunsi
bashyingiriweho.
281.- Uzaba yatsinze mu rubanza rw ’ubutane azagumana
ibintu azaba yarahawe n ’uwo bari bashyingiranywe n ’aho
baba baremeje ko n ’undi azagira icyo amuha kandi bikaba
bitarabaye.
282.- Iyo abari bashyingiranywe ntacyo bari bahanye
cyangwa se ibyo bari bemeye guhana bidahagije gutunga
uwatsindiye ubutane, urukiko rushobora kumuha, ku bintu
by’uwo bari bashyingiranywe, ibimutunga bitarenga icya
gatatu cy ’ibyo undi yunguka nawe. Ibyo bimutunga
bizavanwaho igihe bazasanga atari ngombwa gukomeza
gutangwa.
283.- Abana bahabwa umubyeyi watsindiye ubutane
keretse urukiko ku bwarwo cyangwa rubisabwe
n’Ubushinjacyaha, rutegetse ko bitabwaho n ’umwe mu
babyeyi babo cyangwa se n ’undi muntu, rushingiye ku
279.- Dans le cas de divorce prononc
é pour cause
d'adultère, l'époux coupable ne peut jamais se marier avec
son complice.
280.- En cas de divorce pour cau se déterminée, l'époux, au
tort duquel le divorce a
été prononc é, perd tous les
avantages que l'autre époux lui avait fait, soit par leur
contrat de mariage, soit depuis le mariage contracté.
281.- L' époux qui a obtenu gain de cause conserve les
avantages lui faits par l'autre époux, encore qu'ils aient été
stipulés r éciproques et que par la r éciprocité n'ait pas eu
lieu.
282.- Si les époux ne s' étaient fait aucun avantage ou si
ceux stipul és ne paraissent pas suffisants pour assurer la
subsistance de l' époux qui a obtenu gain de cause, le
tribunal peut lui accorder, sur les biens de l'autre
époux,
une pension alimentaire qui ne peut exc éder le tiers des
revenus de cet autre époux. Cette pension est r évocable
dans le cas où elle cesse d'être nécessaire.
283.- Les enfants sont confi és à l' époux qui a obtenu le
divorce, à moins que le tribunal, d'office ou sur demande
de l'un des époux ou du Minist ère Public, n'ordonne, pour
le plus grand avantage des enfants, que tous ou quelquesuns d'eux soient confi és aux soins, soit de l'autre époux,
soit d'une tierce personne.
byagirira abana akamaro.
Ibyemezo urukiko rufata rushin giye kuri iyi ngingo bihora
ari agateganyo, rushobora buri gihe kubikuraho.
284.- Hatitawe k’uwashinzwe kurera abana, ababyeyi babo
bafite uburenganzira bwo kugenzura uko abana bafashwe
n’uko barerwa kandi bakagomba no gutanga indezo
hakurikijwe ubushobozi babifitiye.
285.- Ubutane bw ’ababyeyi ntacyo bwambura abana
babakomokaho mubyo amategeko cyangwa amasezerano
y’imicungire y ’umutungo w ’abashyingiranywe abahera
uburenganzira. Cyakora, abo bana bagera kuri ubwo
burenganzira ku buryo bumwe no mu bihe bim we nk ’aho
ubutane butabayeho.
286.- Mu gihe habaye ubutane bushingiye ku bwumvikane,
icya kabiri cy ’umutungo wa buri muntu muri abo bari
barashyingiranywe cyegukanwa nta shiti n
’abana
babavutseho, kuva ku minsi bagaragarije urukiko icyifuzo
cyabo. Cyakora , buri mubyeyi akomeza gucungira abana
icyo gice cy’umutungo kugeza igihe bemeweho ko bakuze,
kandi ababyeyi bagakomeza gutanga no kurera buri muntu
abana bakurikije umutungo n’imibereho ye ibyo bigakorwa
nta gihungabanye ku burenganzira bafite hakurikijwe
amasezerano y’imicungire y’umutungo w’ababyeyi babo.
UMUTWE WA II: Ibyerekeye kutabana by’agatenyo
287.- Kutabana by
’agateganyo bishobora gusabwa
n’abashyingiranywe mu buryo bumwe no kubera impamvu
zimwe nk’ibyo gutana burundu.
288.- Gusaba kutabana b
y’agateganyo bishingiye ku
mpamvu iteganijwe n ’amategeko biregerwa, biburanishwa
kandi bikemurwa hakurikijwe amategeko agenga ubutane
bushingiye ku mpamvu ziteganijwe n’amategeko.
Kutabana by ’agateganyo biturutse ku bwumvikane
bikurikiza amategeko yerekey e gutana burundu biturutse
nanone ku bwumvikane.
289.- Kutabana by
’agateganyo byemerera
abashyingiranywe kutabana bijyana buri gihe n ’ivangura
ry’umutungo w ’abashyingiranywe. Ku bashyingiranywe,
uko kutabana gufatwa nk ’aho kwatangiye gukurikizwa
ununsi ikirego cyashyikirijwe urukiko.
Nyuma y ’isomwa ry ’urubanza rwo kutabana
by’agateganyo, uburenganzira bwo gufashwa busigaranwa
gusa n ’uwatsinze. Ibivugwa mu ngingo ya 283 n ’iya 284
birakurikizwa.
290.- Igihe kutabana by ’agateganyo biturutse ku mpamvu
iteganijwe n ’amategeko bizaba bimaze imyaka itatu
uhereye igihe imikirizwe y ’urubanza rwemera kutabana
Les mesures pr évues par le pr
ésent article sont
essentiellement provisoires et sont toujours r évocables par
le tribunal qui les a ordonnées.
284.- Quelle que soit la personne à laquelle les enfants sont
confiés, les père et mère conservent respectivement le droit
de surveiller l'entretien et l' éducation de leurs enfants, et
sont tenus d'y contribuer à proportion de leurs facultés.
285.- La dissolution du mariage par le divorce ne prive les
enfants n és de ce mariage d'aucun des avantages qui leur
étaient assur és par les lois ou par les conventions
matrimoniales de leurs père et mère. Toutefois, l'ouverture
aux droits des enfants a lieu de la m
ême mani ère
circonstances que s'il n'y avait pas eu de divorce.
286.- Dans le cas de divorce par consentement mutuel, la
propriété de la moiti é des biens de chacun des deux époux
est acquise de plein droit, du jour de leur premi
ère
déclaration, aux enfants n és de leur mariage; les p ère et
mère conservent, néanmoins, la jouissance de cette moiti é
jusqu'à la majorité de leurs enfants, à la charge de pourvoir
à leur nourriture, entretien et éducation, conform ément à
leur fortune et à leur état; le tout sans pr éjudice des autres
avantages qui pourraient avoir été assur és auxdits enfants
par les conventions matrimoniales de leurs père et mère.
CHAPITRE II: De la séparation de corps
287.- La s éparation de corps peut être demand ée par les
époux dans les mêmes conditions que le divorce.
288.- La demande en s éparation de corps pour cause
déterminée est intent ée, instruite et jug ée selon les r ègles
relatives à la demande en divorce pour cause déterminée.
La s éparation de corps par consentement mutuel est
soumise aux règles concernant le divorce par consentement
mutuel.
289.- La s éparation de corps dispense les époux du devoir
de cohabitation. Elle emporte toujours la s éparation des
biens. Cette s éparation r étroagit au jour de la demande,
dans les rapports respectifs des époux.
Après le prononc é de la s éparation de corps, le devoir de
secours ne subsiste qu'au profit de l' époux qui a obtenu la
séparation de corps. Les dispositions des articles 283 et
284 sont applicables.
290.- Lorsque la séparation de corps pour cause déterminée
a dur é trois ans depuis la tr anscription du dispositif du
jugement admettant la s éparation de corps, le tribunal, à la
demande de l'un des
époux, convertit le jugement de
séparation de corps en jugement de divorce.
by’agateganyo rwandukuriwe, urukiko, rusabwe n ’umwe
mu bashyingiranywe, ruhindura urubanza rwo kutabana
by’agateganyo mo urubanza rwo gutana burundu.
291.- Ig ihe kutabana by
’agateganyo biturutse ku
bwumvikane bizaba bimaze imyaka itatu uherehe igihe
imikirize y ’urubanza rwemera kutabana by ’agateganyo
rwandukuriweho, urukiko, rubisabwe n ’abashyingiranywe
bombi, ruhindura urubanza rwo kutabana by ’agateganyo
biturutse ku bwumvikane mo urubanza rwo gutana
burundu biturutse ku bwumvikane.
292.- Iyo habaye kutabana by’agateganyo bishingiye ku
mpamvu ziteganywa n’amategeko, ibiteganywa mu ngingo
ya 280 birakurikizwa.
UMUTWE WA III: IBYEREKEYE GUTANA
KW’ABANYAMAHANGA
293.- Iyo ari abanyamahanga bashyingiranywe,
kwemererwa gutana bishingiye ku mpamvu ziteganijwe
n’itegeko bigengwa n ’itegeko ry ’u Rwanda, keretse iyo
itegeko ry’iwabo w’urega ribimubuza.
294.- Igihe abashyingiranywe badahuje ubwenegihugu,
umwe muri bo ar i umunyarwanda, kwemererwa gutana
burundu kwabo bigengwa n’itegeko ry’u Rwanda.
295.- Hatitawe ku bivugwa mu ngingo ya 11 y’iri tegeko
gutana burundu bishoboka gusa mu gihe biteganywa
n’amategeko y’u Rwanda.
291.- Lorsque la s éparation de corps par consentement
mutuel a duré trois ans depuis la transcription du dispositif
du jugement admettant la s éparation, le tribunal, à la
demande conjointe des époux, convertit le jugement de
séparation de corps par consentement mutuel en jugement
de divorce par consentement mutuel.
292.- L'article 280 est applicable à la s éparation de corps
pour cause déterminée.
CHAPITRE III: DU DIVORCE DES ETRANGERS
293.- Dans le cas de mariage entre étrangers, l'admissibilité
du divorce pour cause d éterminée est r égie par la loi
rwandaise, à moins que la loi nationale de l'
époux
demandeur ne s'y oppose.
294.- Dans le cas de mariage entre époux de nationalit és
différentes dont l'un est rwandais, l'admissibilité du divorce
est régie par la loi rwandaise.
295.- Par d érogation à l'article 11 de la pr ésente loi, le
divorce ne peut être accordé que dans des cas pr évus par la
loi rwandaise.
TITRE III : De La Parenté Et De La Filiation
INTERURO YA III: Ibyerekeye ububyeyi n’urubyaro
CHAPITRE PREMIER : De la filiation des enfants
légitimes ou nés dans le mariage
UMUTWE WA MBERE: Ibyerekeye Abana Bakomoka
Ku Bashyingiranywe
296.- L'enfant con çu pendant le mariage est l égitime et a
pour père le mari de sa mère.
296.- Umwana wasamwe igihe abashyingiranywe bakiri
kumwe yemewe n ’amategeko kandi umugabo wa nyina
niwe se.
Hemerwa ko umwana uvutse nyuma y
’iminsi ijana na
mirongo inani y ’ishyingirwa cyan gwa mu gihe cy ’iminsi
magana atatu ishyingirwa risheshwe aba yarasamwe mu
gihe abashyingiranywe babana.
297.- Umugabo ashobora kwihakana umwana iyo
agaragaje ko mu gihe kiri hagati y ’iminsi magana atatu
n’ijana na mirongo inani ibanziriza ivuka ry
’umwana
ategeranye na nyina w ’uwo mwana kuko yari ahantu kure
cyangwa se ko atabishoboye kubera ibyago
byamugwiririye bikabimubuza.
298.- Umugabo ntashobora na rimwe kwihakana umwana
yitwaje uburemba bwe.
299.- Umugabo ntashobora kwihakana umwana ashingiye
ku bu sambanyi bw ’ubugore we keretse iyo yerekanye ko
ubwo busambanyi bwabayeho mu gihe kiri hagati
Est présumé conçu pendant le mariage, l'enfant né depuis le
cent quatre-vingti ème jour du mariage ou dans les trois
cents jours qui suivent la dissolution du mariage.
297.- Le mari peut d ésavouer l'enfant , s'il prouve que
pendant le temps qui a couru depuis le trois centi ème jour
jusqu'au cent quatre-vingti ème jour avant la naissance de
cet enfant, il était, soit par cause d' éloignement, soit par
l'effet de quelque accident, dans l'impossibilité physique de
cohabiter avec sa femme.
298.- Le mari ne peut en aucun cas d ésavouer l'enfant en
alléguant son impuissance naturelle.
299.- Le mari ne peut d
ésavouer l'enfant pour cause
d'adultère de la femme qu'apr
ès avoir établi que les
relations adult érines remont ent à une époque comprise
entre le trois centième jour et le cent quatre-vingti ème jour
avant la naissance de l'enfant, auquel cas il sera admis
à
présenter tous les faits propres à justifier qu'il n'en est pas
y’umunsi wa magana atatu n ’uw’ijana na mirongo inani
ibanziriza ivuka ry ’umwana, icyo gihe yemererwa
kugaragaza ibimenyetso byemeza ko atari we se
w’umwana.
300.- Mu gihe habayeho urubanza rwemeza ubutane
burundu cyangwa gutandukana by ’agateganyo cyangwa
harabayeho ikirego gisaba gutana burundu cyangwa
kutabana by ’agateganyo, umugabo ashobora kwihakana
umwana wavutse hashize iminsi magana atatu urubanza
ruciwe cya ngwa mbere y ’iminsi ijana na mirongo inani
uhereye igihe abashyingiranywe bongeye kwegerana
cyangwa kubana.
301.- Umwana uvutse mbere y’umunsi w’ijana na mirongo
inani nyuma y ’ishyingiranwa ry ’ababyeyi, umugabo
ntashobora kumwihakana muri ibi bihe bikurira :
- iyo mbere y’ishyingirwa yamenye ko uwo asaba atwite;
- iyo mu iyandika ry’ivuka yari ahari kandi akaba
yarashyize umukono cyangwa yarateye igikumwe kuri
iyo nyandiko ;
- iyo mbere cyangwa nyuma y’ivuka yemereye mu
nyandiko cyangwa mu magambo avugiwe mu nama
y’umuryango ko ari uwe.
302.- Umwana ubyawe n ’umugore hashize iminsi irenga
ijana na mirongo inani ariko itaragera kuri magana atatu
ishyingirwa ryarasheshwe yemerwa ko akomoka kuri abo
bari barashyingiranywe keretse hagize umugabo wemera
ko ari uwe cya ngwa ushyingiranwa na nyina akemera uwo
mwana.
Umwana wavutse nyina ataramara iminsi magana atatu
atandukanye burundu n ’umugabo we kandi uwo mwana
akavuka nyina amaze gushyingirwa bundi bushya yemerwa
ko nta wundi avukaho atari abo bamaze gushyingirana
uretse impaka zavuka cyangwa kumwihakana.
303.- Igihe cyose umugabo afite uburenganzira bwo
gutanga ikirego cyo kwihakana umwana agomba kubigira
mu mezi atatu iyo umwana yavutse ahari, mu mezi atatu
agarutse, iyo atari ahari, mu mezi atatu avumbuye ubwo
buriganya iyo bamuhishe ivuka ry ’umwana, mu mezi atatu
asubiranye ubushobozi bwe iyo yari yarabwatswe.
304.- Ikirego cyo kwihakana umwana gitangwa n’umugabo
gusa. Mu gihe akiriho nta wundi ushobora kugitanga mu
izina rye.
305.- Iyo umugabo apfuye ataratan
ga ikirego cyo
kwihakana umwana ariko igihe cyo kubikora kitararenga,
abazungura be bashobora kugitanga mu gihe cy
’amezi
atatu uhereye igihe umugabo yapfiriye cyangwa se nyuma
y’amezi atatu uhereye igihe umwana yavukiye niba
yaravutse nyuma y’urupfu rw’uwo mugabo.
306.- Ikirego cyo kwihakana umwana niwe kiregwa ; iyo
le père.
300.- En cas de jugement ou m ême de demande en divorce
ou en s éparation de corps, le mari peut d ésavouer l'enfant
né trois cent jours apr ès le jugement et moins de cent
quatre-vingt jours depuis le rejet définitif de la demande ou
de la r éconciliation. L'action en d ésaveu n'est pas admise
s'il est établi qu'il y a eu r éunion de fait ou cohabitation
entre les époux.
301.- L'enfant n é avant le cent quatre-vingti ème jour du
mariage ne peut être d ésavoué par le mari dans les cas
suivants :
- s'il a eu connaissance de la grossesse avant le mariage;
- s'il a assisté à l'établissement de l'acte de naissance, et si
cet acte a été sign é de lui ou porte son empreinte
digitale;
- si, après la naissance de l'enfant ou même auparavant, il
s'en est reconnu le p ère, soit par écrit, soit verbalement
devant le conseil de famille.
302.- L'enfant n é d'un femme dont le mariage est dissout
depuis plus de cent quatre-vingt jours et moins de trois
cents jours est r éputé issu de ce mariage à moins qu'il ne
fasse l'objet d'une d éclaration de reconnaissance paternel le
ou d'une légitimation.
L'enfant, issu d'une femme dont le mariage ant érieur est
dissout depuis moins de trois cents jours et qui est n é après
la célébration du mariage subs équent de sa m ère, est tenu
exclusivement pour enfant l égitime des nouveaux époux,
sauf contestation ou désaveu.
303.- Dans les divers cas o ù le mari est autoris é à exercer
l'action en désaveu, il doit le faire dans les trois mois s'il se
trouve dans les lieux de la naissance de l'enfant; dans les
trois mois apr ès son retour, si à la m ême époque, il ne se
trouvait pas sur les lieux; dans les trois mois apr
ès la
découverte de la fraude, si on lui avait cach é la naissance
de l'enfant; dans les trois mois qui suivent la mainlev ée de
l'interdiction, s'il était interdit.
304.- L'action en d ésaveu appartient exclusivement au
mari. Nul ne peut, de son vivant, l'exercer en son nom.
305.- Si le mari est mort avant d'avoir exerc é l'action en
désaveu, mais étant encore dans le d élai utile pour le faire,
les h éritiers ont, pour contester la légitimité de l'enfant,
trois mois à compter du d écès du mari ou trois mois
à
compter de la naissance de l'enfant si celle-ci intervient
après le décès du mari.
306.- L'action est dirig ée contre l'enfant, ou s'il est mineur
ou interdit, contre un tuteur a d hoc nomm é par le tribunal.
En ce cas, l'action est introduite sous la forme d'une requête
akiri muto cyangwa yaratswe ubushobozi, kiregwa
umuhagarariye washyizweho n’urukiko kubera izo
mpamvu. Muri icyo gihe ikirego gitangwa mu buryo
bw’ikibazo kigamije gushyiraho uzamuhagararira. Urukiko
rufite ububasha ni urwo aho umwana atuye. Ikirego
kiburanwa nyina w’umwana ahibereye.
UMUTWE WA II: IBYEREKEYE IBIMENYETSO
BYEMEZA KO UMUNTU AKOMOKA
KUBASHYINGIRANYWE
307.- Kugira ngo abantu bemerweho ko bakomoka ku
bashyingiranywe bigagarazwa n ’inyandiko iri mu bitabo
by’irangamimerere.
308.- Iyo inyandiko y ’amavuko ibuze, kuba umuntu
asanzwe azwiho ko akomoka ku bashyingiranywe
birahagije kugira ngo byemezwe ko abakomokaho.
309.- Kwemererwa ko akomoka ku bashyingiranywe
bituruka ku bimenyetso bigaragara byerekana neza isano
umuntu afitanye n’abo yita ababyeyi be.
Iby’ingenzi muri ibyo bimenyetso ni ibi :
kuba umuntu yariswe izina n’uwo yita se ;
-
kuba se w ’umwana yaramufashe nk ’uwe koko bikaba
kandi byaragaragajwe n
’uko yitaye kumurera,
kumufata neza no kumugenera ibintu bye bwite ;
kuba abantu basanzwe bazi ko ari uwe ;
-
kuba abantu bo mu muryango nabo bazi ko ari uwe.
310.- Ntawe ushobora kumaranira imimerere inyuranye
n’iyo yagenewe n
’inyandiko y ’amavuko ye n
’uko
basanzwe bamuzi bihuje n’iyo nyandiko.
Ntawe ushobora guhakana imimerere undi asanganywe
ihuje n’inyandiko y’amavuko ye.
311.- Iyo inyandiko y ’amavuko n ’imimerere asanzwe
azwiho bibuze, cyangwa umwana yaranditswe ku mazina
atariyo cyangwa abamubyaye batazwi, abagabo bashobora
kwemeza abo umwana avukaho.
Cyakora, iyo mvugo y ’abagabo ishobora kwakirwa gusa
iyo iherekejwe n’ibimenyetso byanditse cyangwa se hariho
ibindi bishobora kwemerwaho ibimenyetso nyakuri umuntu
yashingiraho ayemera.
312.- Intangiriro y ’ikimenyetso cyanditse ishakirwa mu
mpapuro ziha umuryango ububasha ubu n ’ubu, mu bitabo
no ku mpapuro byo mu rugo, mu nyandiko zose
z’ubutegetsi cyangwa ku wundi wese washobora
kubigiramo inyungu iyo aba akiriho.
313.- Imvugo y
’umaranira imimerere ishobora
présentée au tribunal aux fins d'obtenir la nomination du
tuteur ad hoc. Le tribunal comp étent est celui du domicile de
l'enfant. L'action est instruite en présence de la mère.
CHAPITRE II : DES PREUVES DE LA FILIATION
LEGITIME
307.- La filiation l égitime se prouve par les actes de
naissance inscrits sur les registres de l'état civil.
308.- A d éfaut de l'acte de naissance, la possession
constante de l' état d'en fant l égitime suffit à prouver la
filiation.
309.- La possession d'état d'enfant légitime s'établit par une
réunion suffisante de faits qui indiquent le rapport de
filiation et de parent é entre un individu et la famille
à
laquelle il prétend appartenir.
Les principaux de ces faits sont :
- que l'individu a re çu son nom du p ère auquel il pr étend
appartenir;
- que le p ère l'a toujours trait é comme son enfant et a
pourvu, en cette qualité, à son éducation, à son entretien
et son établissement;
- qu'il a été reconnu constamment comme tel dans la
société;
- qu'il a été reconnu comme tel dans la famille.
310.- Nul ne peut r éclamer un état contraire à celui que lui
donnent son titre de naissance et la possession conforme à
ce tire.
Nul ne peut contester l 'état de celui qui a une possession
conforme à son titre de naissance.
311.- A d éfaut de titre et de possession constante, ou si
l'enfant a été inscrit, soit sous de faux noms, soit comme né
de père et mère inconnus, la preuve de filiation peut se faire
par témoin.
Néanmoins, cette preuve ne peut être admise que s'il y a
commencement de preuve par
écrit ou lorsque les
présomptions ou indices r
ésultant de faits, d
ès lors
constants, sont assez graves pour d
éterminer son
admission.
312.- Le commencement de preuve par écrit r ésulte des
titres de famille, des registres et papiers domestiques ainsi
que de tous autres écrits publics ou priv és, émanés d'une
partie engagée dans la contestation ou qui y aurait int érêt si
elle était vivante.
313.- Le r éclamant peut se voir opposer tous les moyens
propres à établir qu'il n'est pas l'enfant de la femme qu'il
prétend avoir pour m ère ou m ême, la maternit é prouv ée,
qu'il n'est pas l'enfant du mari de la mère.
kuvuguruzwa n ’impamvu zose zihamya ko atabyawe
n’uwo yita nyina cyangwa naho byakwemerwa ko ari
nyina, ko atabyawe n’umugabo wa nyina.
314.- Ikirego cy ’ishinjabyaha ku byerekeye imimerere
ntigishobora gukurikiranwa mbere y
’uko urubanza
rwerekeye imimerere rucibwa burundu.
315.- Nta gihe ntarengwa umwana agomba gutangiramo
ikirego cyerekeye imimere ye.
316.- Ikirego cyerekeye imimerere gishobora gutangwa
n’abazungura b ’umwana iyo yapfuye atarageza ku myaka
y’ubukure cyangwa mu gihe cy ’imyaka itanu ageze ku
myaka y’ubukure.
317.- Abazungura bashobora nabo gukurikirana ikirego
cyerekeye imimerere y ’uwo bazungura iyo ari we
wagitanze keretse iyo yisubiyeho cyangwa
yarakirangaranye.
314.- En matière d'état des personnes, l'action répressive ne
peut commencer qu'apr ès le jugement d éfinitif sur la
question d'état.
315.- L'action en r éclamation d' état est imprescriptible à
l'égard de l'enfant.
316.- L'action en r éclamation d' état peut être intent ée par
les h éritiers de l'enfant qui n'a pas r éclamé s'il est d écédé
mineur ou dans les cinq années après sa majorité.
317.- Les h éritiers peuvent également suivre l'action en
réclamation d' état lorsqu'elle a été intent ée par l'enfant, à
moins qu'il n'y ait désistement ou péremption d'instance.
CHAPITRE III: DES ENFANTS NATURELS
UMUTWE WA III : IBYEREKEYE ABANA
BAVUKA KU BATASHYINGIRANYWE
SECTION PREMIÈRE: De la légitimation
ICYICIRO CYA MBERE: Ibyerekeye kwemera
umwana nk’aho yavutse ku bashyingiranywe
318.- Les enfants naturels sont l égitimés par le mariage
subséquent de leurs père et mère :
1º s'ils sont également reconnus par eux, soit avant, soit
dans l'acte de la célébration, soit après le mariage;
2º si leur reconnaissance résulte d'une sentence
judiciaire.
318.- Abana bavutse ku batashyingiranywe bemerwa
nk’abavutse ku bashyingiranywe :
1º iyo se na nyina babemeye mbere yo gushyingiranwa,
bashyingiranwa cyangwa nyuma yaho ;
2º iyo kwemerwa kwabo gutegetswe n’urukiko.
Umwana wemewe atyo aba abaye ku buryo bwuzuye
nk’ukomoka ku bashyingiranywe keretse iyo hagize
ugaragaza ko atari ko bimeze.
319.- Ukwemerwa kose ko umwana yemewe nk ’ukomoka
ku bashyingiranywe bigomba kwandikwa ku mpera
y’inyandiko y’amavuko y’umwana bigiriwe.
320.- Igihe se na nyina b ’umwana bemeye ko ari uwabo
nyuma y ’ishyingiranwa, urukiko, rushingiye ku kibazo
cyabitanzweho, rushobora kwemeza ko uwo mwana
yemewe nk’ukomoka kuri abo bashyingiranywe.
321.- Urubanza ruburanishirizwa mu muhez o bakumva
n’icyo Ubushinjacyaha bubivugaho. Rushobora kujuririrwa
n’Ubushinjacyaha cyangwa na bene kubisaba mu minsi
mirongo itatu ikurikira isomwa ryarwo.
Iyo ukwemerwaho gukomoka ku bashyingiranywe
byemejwe n ’urubanza bikurikije iyi ngingo, imikirizwe
y’urwo rubanza, igihe rutakijuririwe ariko, yandukurirwa
mu bitabo by ’irangamimerere, ari iby ’aho ishyingira
ryabereye ari iby ’aho umwana yavukiye cyangwa iwabo
rwose, ibyo kandi bigakorwa bisabwe n’abareze.
L'enfant ainsi l égitimé est tenu exclusivement pour enfant
légitime des nouveaux époux, sauf contestation d'état.
319.- Toute légitimation est mentionnée en marge de l'acte
de naissance de l'enfant légitime.
320.- Lorsque les p ère et m ère ont reconnu un enfant
postérieurement à la c élébration de leur mariage, le
tribunal, sur requ ête, peut prononcer la l égitimation de cet
enfant.
321.- La cause s'instruit à huis cols, le Minist ère Public
entendu.
L'appel peut être formé par le Minist ère Public ou par les
requérants dans les 30 jours à compter du prononc é du
jugement.
Lorsqu'une légitimation est prononc ée en vertu du pr ésent
article, le dispositif de la d écision devenue irr évocable est
transcrit, à la diligence des requ érants, dans les registres de
l'état civil, soit du lieu o ù le mariage a été célébré, soit du
lieu où l'enfant est né ou domicilié.
La l égitimation produit ses effets
transcription.
à partir de cette
Ukwemerwaho gukomoka ku bashyingiranywe bitangi ra
gukurikizwa bimaze kwandukurwa. Uko kwemerwaho
gukomoka ku bashyingiranywe byandikwa mu mpera
y’inyandiko y ’amavuko y ’umwana n ’iyishyingirwa
ry’ababyeyi.
Il est fait mention de la l égitimation en marge de l'acte de
naissance de l'enfant et de l'acte de mariage des parents.
322.- La l égitimation peut avoir lieu, m ême en faveur des
enfants décédés qui ont laissé des descendants; dans ce cas,
elle profite à ces descendants.
322.- Kwemerwaho ko umuntu yemewe nk ’ukomoka ku
bashyingiranywe bishobora no kugirirwa abapfuye ba size
abana ubwo rero abo bana ni bo bigirira akamaro.
323.- Les enfants l égitimés ont les m êmes droits et
obligations que les enfants issus du mariage.
323.- Abana bemeweho nk
’abakomoka ku
bashyingiranywe bagira uburenganzira n
’inshingano
bimwe nk’iby’abana bavutse ku bashyingiranywe.
SECTION II : De la reconnaissance et de l'action
alimentaire
ICYICIRO CYA II: Ibyerekeye kwemera abana
n’imitungire yabo
324.- Kwemera umwana wavutse ku batashyingiranywe
bigirisha inyandikompano uretse iy
’iraga, igihe iryo
yemerwa ritabaye mu nyandiko y’amavuko y’uwo mwana.
325.- Kwemera umwana bikozwe n
’umwe mu
bashyingiranywe biharirwa uwo umwemeye. Uwo
bashyingiranywe agomba kubyemera, keretse igihe
badafatanyije umutungo.
326.- Abana bemewe n ’uwababyaye bafite uburenganzira
n’inshingano bimwe n
’iby’abana bakomoka ku
bashyingiranywe ariko mu ruhande rw’uwabemeye gusa.
327.- Kwemera umwana biturutse kuri se cyangwa kuri
nyina kimwe n’ikirego cyose cy’ushaka kugira se cyangwa
nyina gishobora kurwanywa n’ababifitemo inyungu bose.
Igihe umwana yemewe n ’abantu benshi bahuje igitsina
uwamwemeye mbere ni we ukomeza kuba umubyeyi we
igihe cyose bitasheshwe.
328.- Ikirego cy ’umwana ushaka kugira se cyemerwa
cyane cyane muri ibi bihe bikurikira :
- iyo nyina w
’umwana yatwawe ku ngufu, iyo
yagumishijwe ahantu afungiwe baramufashe cyangwa
yarasambanijwe ku ngufu ;
- iyo nyina w
’umwana yasambanijwe bakoresheje
uburiganya, igitugu, bamuseze ranya ko bazamurongora
cyangwa se bazamusaba ;
- iyo nyina w
’umwana yabanye n
’umugabo
batashyingiranywe,
- iyo hari inyandiko cyangwa imvugo idashidikanywa
byemeza ko umugabo amurera ;
- iyo umugabo yemeye gufata neza umwana, akamurera,
akamugenera ibintu bye bwite nk’aho ari se.
329.- Ikirego kigamije kwerekana nyina w
’umwana
cyemerwa :
- iyo umwana asanganywe imimerere izwi ku buryo
buteganijwe mu ngingo ya 309 ;
- iyo uwo urega yita nyina yabyaye, urega akavuga ko
324.- La reconnaissance d'un enfant naturel est faite par un
acte authentique, à l'exclusion du testament, lorsqu'elle ne
l'a pas été dans son acte de naissance.
325.- La reconnaissance de l'enfant par l'un des conjoints
n'a d'effets qu' à l' égard de celui qui l'a faite. Le
consentement de l'autre époux est obligatoire, s auf en cas
de séparation des biens.
326.- Les enfants reconnus ont les m
êmes droits et
obligations que les enfants l égitimes à l' égard de l' époux
qui les a reconnus.
327.- Toute reconnaissance de la part du p
ère ou de la
mère, de même que toute réclamation de la part de l'enfant,
peuvent être contestées par tous ceux qui y ont intérêt.
Lorsqu'un enfant a été reconnu par plusieurs personnes du
même sexe, seule la premi ère reconnaissance produit effet
aussi longtemps qu'elle n'a pas été annulée.
328.- La recherche de la paternit é est admise notamment
dans les cas suivants :
- enlèvement, séquestration arbitraire ou viol;
- séduction accomplie à l'aide de man œuvres dolosives,
abus d'autorité, promesse de mariage ou fiançailles;
- concubinage;
- aveux écrits ou non équivoques de paternité;
- entretien, éducation et
qualité de père.
établissement de l'enfant en
329.- La recherche de la maternité est admise :
- s'il y a possession d' état dans les conditions pr évues à
l'article 309;
- si l'accouchement de la m ère pr étendue et l'identit é du
réclamant avec l'enfant dont elle a accouché sont rendus
vraisemblables par tout moyen de preuve.
ariwe ubwe wavutse; ibyo kandi bigashyigikirwa
n’ibimenyetso byemewe.
330.- Ikirego cy ’umwana ushaka kurega se cyangwa
ikigamije kwerekana nyina gihariwe umwana wenyine.
Se, nyina cyangwa umwishingizi bashobora
kugikurikirana mu izina rye. Ntigishobora kuregerwa
nyuma y'imyaka itanu umwana ageze ku mya
ka
y'ubukure.
Cyakora, iyo asanganywe imimerere izwi icyo gihe
kirongerwa kikarangira hashize umwaka uwo yita se
cyangwa nyina apfuye. Icyo kirego ntigishobora gutangwa
n'abazunguye. Nyamara, nk'uko biteganywa mu ngingo ya
317, abamuzunguye bafite ububasha bwo kugikomeza iyo
uwo bazunguye yapfuye agitanze.
331.- Abana babonewe se cyangwa nyina nyuma y'ikirego
cy'ugushaka kurega se cyangwa nyina bafite uburenganzira
n'inshingano bimwe n'iby'abana bakomoka ku
bashyingiranywe ariko ku ruhande rw’umubyeyi bireba.
UMUTWE WA IV : Ibyerekeye Kubera Umubyeyi
Umwana Utabyaye.
332.- Kubera umubyeyi umwana utabyaye byemerwa iyo
bishingiye ku mpamvu nyazo kandi bikaba bifitiye ugizwe
umwana akamaro. Bikurikiza ibyangombwa biteganijwe
kandi bikanyura mu nzira zitegetswe n'ingingo zikurikira.
ICYICIRO CYA MBERE : Ibyerekeye ibyangombwa
byo kubera umubyeyi umwana utabyaye.
333.- Ubera umubyeyi umwana atabyaye agomba kuba
amurusha nibura imyaka cumi n'itanu.
Cyakora, iyo ugirwa umwana yavutse k'umwe mu
bashyingiranywe, umubera umubyeyi agomba kuba
amurusha nibura imyaka cumi.
Kubera impamvu zigaragara, iyo myaka agomba kuba
amurusha ishobora kugabanywa na
Minisitiri w'
Ubucamanza.
Kubera umubyeyi umwana utabyaye bishobora gusabwa
n'abashyingiranywe bombi iyo bamar anye imyaka itanu
kandi mu gihe babisaba bakaba batatanye by'agateganyo,
umwe muri bo akaba afite nibura imyaka mirongo itatu.
Kubera umubyeyi umwana utabyaye bishobora gusabwa
nanone n'undi wese umaze imyaka mirongo itatu n'itanu.
lyo ugirwa umwana yav utse ku muntu washyingiranywe
n'umugira umwana, birahagije ko umugira umwana agira
imyaka makumyabiri n'umwe.
Iyo ubera umubyeyi umwana yashyingiwe akaba
ataratanye by ’agateganyo n ’uwo bashyingiranywe, uwo
nawe agomba kuba yabyemeye keretse adashoboye
330. - L'action en recherche de paternité ou de maternité est
personnelle à l'enfant.
Elle peut être exercée en son nom par le père, le mère ou le
tuteur. Elle ne peut être intent ée apr ès les cinq ans qui
suivent la majorité de l'enfant.
Toutefois, s'il y a possession d' état, ce d élai est prolong é
jusqu'à l'expiration de l'ann ée qui suit de le d écès du p ère
ou de la m ère prétendus. L'action ne passe aux h éritiers de
l'enfant ill égitime. N
éanmoins, les h
éritiers ont,
conformément à l'article 317, la facult é de suivre l'action
commencée par leur auteur.
331. - Les enfants dont la paternit é ou la maternit é est
établie su ite à l'action en recherche de paternit é ou de
maternité ont les m êmes droits et obligations que les
enfants légitimes à l'égard de l'époux concerné.
CHAPITRE IV: De l'adoption
332. - L'adoption est permise lorsqu'elle est fond ée sur de
justes motifs et si elle présente des avantages pour l'adopté.
Elle est soumise aux conditions et se fait dans les formes
prescrites par les articles suivants.
SECTION PREMIÈRE : Des conditions de l'adoption
333.- L'adoptant doit avoir au moins quinze ans de plus que
la personne à adopter.
Toutefois, si la personne à adopter est l'enfant de l'un des
conjoints, la diff érence d' âge exig ée est de dix ans au
moins.
Cette diff érence d' âge peut être r éduite pour justes motifs
par le Ministre de la Justice.
L'adoption p eut être demand ée conjointement apr ès cinq
ans de mariage par les époux non s éparés de corps dont
l'un, au moins, est âgé de plus de trente ans.
L'adoption peut être aussi demand
personne âgée de trente cinq ans.
ée par tout autre
Lorsqu'il s'agit de l'a doption de l'enfant de l'un des époux
par son conjoint, il suffit pour l'adoptant d'être âgé de vingt
et un ans.
Si l'adoptant est mari é en non s éparé de corps, le
consentement de son conjoint est n écessaire, à moins que
ce conjoint ne soit dans l'impossi bilité de manifester sa
volonté.
334.- Nul ne peut être adopté par plusieurs personnes, si ce
kugaragaza igitekerezo cye.
n'est par deux époux.
334.- Ntawe ushobora kugirwa umwana n'abantu benshi,
keretse umugabo n'umugore we.
Mu bashyingiranywe ntawe ushobora kugirwa umwana
n'utaramubyaye uwo bashyingiranywe atabyemeye keretse
iyo adashoboye kugaragaza icyo atekereza, i
yo adahari
cyangwa se iyo hari itana by'agateganyo.
335.- Iyo ugirwa umwana akiri muto kandi agifite se na
nyina, bagomba kwemera bombi ko umwana wabo agirwa
umwana n'undi muntu. Iyo umwe muri bo yapfuye
cyangwa se adashoboye kugaragaza icyo atekereza
cyangwa yarazimiye, biba bihagije iyo byemewe n'undi.
Mu itana burundu cyangwa mu ry'agateganyo, birahagije
ko umubyeyi ushinzwe kumurera abyemera.
Iyo umwana akiri muto atagifite se na nyina, cyangwa
badashoboye kugaragaza icyo batekereza cyangwa se
barazimiye, kugirwa umwana n'utamubyaye byemerwa
n'inama y'ubwishingire cyangwa n'umuntu ushinzwe
kumurera.
336.- Ugizwe umwana n'utamubyaye ntacika mu muryango
akomokamo, akomeza uburenganzira bwe n'inshingano
zose. Cyakora rero, uwamwigiriye umwana niwe wen yine
umugiraho ububasha bwa kibyeyi cyane cyane nk'ubwo
kumwemerera ubukure, uruhusa rwo gucuruza no
kumutegekera ibintu igihe akiri muto.
Iyo uko kugirwa umwana n'utamubyaye bikozwe
n'umugore n'umugabo we, uburenganzira buvugwa mu
gika kibanje bukoreshwa hakurikijwe n'amategeko agenga
ababyeyi babyaye barashyingiranywe.
Mu gihe uwagize undi umwana yatswe ubushobozi,
cyangwa batangaje ko yazimiye cyangwa se yapfuye, uwo
yagize umwana akiri muto, ububasha bwa kibyeyi
buherako bujya kubo nyiri ukumugira um
wana
akomokaho.
Abakomoka k'uwagizwe umwana n'utamubyaye bagirana
isano n'uwagize umwana.
Amategeko ahana akurikizwa ku bafitanye inkomoko
ahana n'uwagize undi umwana ataramubyaye n'uwagizwe
umwana kimwe n'abamukomokaho.
337.- Ugizwe umwana n'umuntu ut
amazina yari asanganywe.
amubyaye agumana
338.- Kwemera umwana cyangwa kumugira ukumoka ku
bashyingiranywe bigizwe nyuma y'uko hagira undi muntu
umugira uwe ariko ataramubyaye bituma uwo mwana
akomeza kuba uw ’uwo wamugize umwana, akagumana
Nul époux ne peut être adopté qu'avec le consentement de
l'autre époux, à moins que celui-ci soit dans l'impossibilit é
de manifester sa vo lonté ou ne soit d éclaré absent ou qu'il
n'y ait séparation de corps.
335.- Si la personne à adopter est mineure et a encore ses
père et m ère, ceux-ci doivent consentir l'un et l'autre
à
l'adoption.
Si l'un des deux est décédé ou se trouve dans l'impossibilité
de manifester sa volonté, ou s'il est absent, le consentement
de l'autre suffit.
En cas de divorce ou de s éparation de corps, il suffit du
consentement de celui des auteurs de l'enfant qui exerce sur
lui le droit de garde.
Si le mineur n'a plus ni père ni m ère ou s'ils sont dans
l'impossibilité de manifester leur volont é, ou s'ils sont
absents, le consentement est donn é par le conseil de tutelle
ou par la personne qui en a la garde.
336.- L'adopté garde ses liens avec sa famille naturelle et y
conserve ses droits et toutes ses obligations. N éanmoins,
l'adoptant est seul investi, à l' égard de l'adopt é, des droits
de l'autorit é parentale y compris notamment le droit
d'émanciper l'adopté, de l'autoriser à faire le commerce et
d'administrer ses biens durant sa minorité.
Si l'adoption a été faite par deux époux, les droits indiqu és
à l'alinéa précédent sont exerc és conformément aux r ègles
applicables aux père et mère légitimes.
En cas d'interdiction, d'absence d éclarée ou de d écès de
l'adoptant, surv enu pendant la minorit
é de l'adopt é,
l'autorité parentale revient de plein droit aux ascendants de
celui-ci.
Le lien de parent é r ésultant de l'adoption s'
descendants de l'adopté.
étend aux
Les dispositions p énales applicables aux ascendants et
descendants sont applicables à l'adoptant, à l'adopté et à ses
descendants.
337.- L'adopté conserve ses nom et prénoms de naissance.
338.- La reconaissance ou la l égitimation d'un enfant faite
par un tiers, post érieurement à l'adoption de cet enfant,
laisse subsister cette dernière avec tous ses effets.
339.- Les enfants adopt és ont les m êmes droits et les
n’uburenganzira bujyana na byo.
339.- Abagizwe abana b
’abatababyaye bafite
uburenganzira n ’inshingano bimwe n
’iby’abana
b’uwagize abana uretse ibi bikurikira:
- uwagizwe umwana n'utamubyaye
n'abamukomokaho nta burenganzira bagira bwo
kuzungura ibintu by'ababyeyi b'uwamugi
ze
umwana;
- iyo uwagizwe umwana apfuye adasize abana, ibintu
yari yahawe n'uwamugize umwana cyangwa
yaramuraze bigaruka ku wari wamugize umwana
cyangwa ku bamukomokaho, cyakora n'abandi
babifiteho uruhare.
Ibisagutse ku bintu by'uwari wagizwe umwana b iba
iby'ababyeyi be bwite, aba babyeyi nta na rimwe
bazareka ibyo bintu bivugwa muri iyi ngingo
bihabwa abazunguye uwari wagize umwana uwo
atabyaye uretse gusa abakomoka kuri uwo wari
wagizwe umwana.
- iyo uwagize umwana uwo atabyaye akiriho,
uwagizwe umwan a yarapfuye, abakomoka kuri uwo
wagizwe umwana barapfuye nabo nta bana basize,
uwari wagize umwana uwo atabyaye asubirana ibye.
Ubwo burenganzira ntibuhabwa abamuzungura.
ICYICIRO CYA II: Ibyerekeye uburyo bwo kubera
umubyeyi umwana utabyaye
340: Uri mu migambi yo kugira umwana uwo atabyaye
n'ushaka kugirwa umwana iyo yagejeje ku myaka cumi
n'umunani bajya ku mwanditsi w'irangamimerere w'aho
ugirwa umwana atuye kugira ngo bandikishe uko
bemeranijwe. Iyo ugirwa umwana atarageza ku myaka
cumi n'umunani iryo yemerwa rikorwa n'umuhagarariye
mu cyimbo cy'umwana.
341.- Ukwemera kwa se na nyina k'ugirwa umwana, uko
uwo bashyingiranywe n'uk'uwashyingiranywe n'ugira
umwana uwo atabyaye, bishyirwa mu nyandiko yo
kwemererwa kuba uw'utamubyaye cyangwa mu
nyandikompamo yihariye ishyikirizwa umwanditsi
w'irangamimerere w'aho ubyemeye atuye.
Iyo se na nyina babuze, uko kwemera gutangwa n'inama
y'ubwishingire cyangwa n'ushinzwe kurera uwo mwana.
Cyakora uko kwemera kw'inama y'ubwishingire cyangwa
uk’umuntu ushinzwe ku rera uwo mwana guhamywa
n’urukiko rw’aho ugirwa umwana atuye. Urukiko rutiriwe
rugaragaza impamvu rubyemeza muri aya magambo “Kuba
umubyeyi w ’uwo utabyaye biremejwe ” cyangwa “kuba
umubyeyi w’uwo utabyaye ntibyemejwe”.
342.- Iyo bisabwe n'uwabereye umubyey
i umwana
mêmes obligations que les enfants de l'adoptant, sauf les
exceptions prévues ci-après :
- l'adopté et ses descendants n'acquièrent aucun droit de
succession sur les biens des parents de l'adoptant;
- si l'adopt é meurt sans descendants, les biens, donn és
par l'adoptant ou recueillis dans sa succession et qui
existent en nature lors du d
écès de l'adopt é,
retournent à l'adoptant ou à ses descendants à la
charge de contribuer aux dettes et sans pr éjudice des
droits des tiers.
Le surplus des biens de l'adopt
é appartient à ses
propres parents; et ceux-ci excluent toujours, pour les
objets même spécifiés au présent article, tous héritiers
de l'adopté autres que ses descendants.
- si du vivant de l'adoptant et apr ès le décès de l'adopté,
les enfants ou descendants laiss
és par celui-ci
meurent eux-mêmes sans postérité, l'adoptant succède
aux biens lui donnés. Ce droit n'est pas transmissible
à ses héritiers.
SECTION II De la procédure de l'adoption
340.- La personne qui se propose d'adopter et celle qui veut
être adoptée, si cette dernière a atteint l'âge de dix-huit ans,
se présentent devant l'officier de l' état civil du domicile de
l'adopté pour y passer
acte de leurs consentements
respectifs. Si l'adopt é a moins de dix-huit ans, l'acte est
passé en son nom par son représentant légal.
341.- Le consentement des p ère et m ère, celui du conjoint
de l'adopté et celui du conjoint de l'adoptant, sont donn és
dans l'acte même d'adoption ou par acte authentique séparé,
devant l'officier de l'état civil de leur domicile respectif.
A défaut des père et mère, le consentement est donné par le
conseil de tutelle ou par la personne qui a la garde de
l'intéressé.
Toutefois, le consentement du conseil de tutelle ou de celui
qui a la garde de l'int éressé est soumis à l'homologation du
tribunal dans le ressort duquel se trouve le
domicile de
l'adopté. Le tribunal prononce, sans énoncer de motifs, en
ces termes :
l'adoption est homologu ée ou l'adoption
n'est pas homologuée .
342.- L'adoption peut être révoquée en justice à la demande
de l'adoptant si, par son ingratitude, l'ado
pté se montre
indigne du bienfait qu'il a reçu.
L'adoption peut également être r évoquée en justice à la
demande de l'adopt é ou du Minist ère Public pour des
atabyaye bitewe n'ubuhemu bw'uwagizwe umwana,
urukiko rushobora kuvanaho icyemezo cyo kugirwa
umwana. Kuvanaho icyemezo cyo kugirwa umwana
w'utaramubyaye bishobora gusabwa n'umwana cyangwa
n'Umushinjacyaha iyo hari impamvu zikomeye.
motifs graves.
Icyo cyemezo
cy'urukiko cyandikwa mu gitabo
cy'irangamimerere cy'aho uwari wagizwe umwana atuye.
L'officier de l' état civil en fait mention en marge de l'acte
l'adoption, de l'acte de naissance de l'adopt
é et de ses
descendants.
Umwanditsi w'irangamimerere abikorera inyandiko mu
mpera y'inyandiko igira umwana uwo umuntu atabyaye,
mu y'inyandiko y'amavuko y'uwagizwe umwana
n'iy'abamukomokaho.
UMUTWE WA V: IBYEREKEYE UBUBASHA
BW'ABABYEYI KU BANA
Icyiciro cya mbere: Ibyerekeye ingingo rusange.
343.- Umwana agomba igihe cyose kubaha ababyeyi be.
344.- Ababyeyi bakomeza kumutegeka kugeza igihe
agereye ku myaka y'ubukure cyangwa se yemerewe
ubukure.
345.- Se na nyina b'umwana nibo bamufiteho ububasha
bwa kibyeyi.
Igihe babuze ubwumvikane, se w'umwana niwe ufata
icyemezo, gusa nyina w'umwana afite ububasha bwo
kujuririra Urukiko rwa Mbere rw'Iremezo rw'aho baba
cyangwa batuye.
La d écision de justice qui annonce la r
évocation de
l'adoption est inscrite sur le registre de l'état civil du lieu où
l'adopté est domicilié.
CHAPITRE V: De l'autorité parentale
SECTION PREMIÈRE: Des dispositions générales
343.- L'enfant, à tout âge, doit honneur et respect à ses père
et mère.
344.- Il reste sous leur autorit é jusqu'à sa majorité ou à son
émancipation.
345.- L'autorité parentale est exercée par le père et mère.
En cas de dissentim ent, la volont é du p ère pr évaut;
toutefois, la m ère dispose d'un recours devant le Tribunal
de Premi ère Instance de la r ésidence ou du domicile des
parents.
Cette demande est introduite, instruite et jug
conformément aux r ègles applicables en mati
référés.
ée
ère de s
Urwo rubanza rurare
gerwa, rukaburanishwa kandi
rugacibwa hakurikijwe amategeko agenga ibirego
byihutirwa.
346.- L'autorit é parentale sur l'enfant naturel dont la
filiation n'est pas établie est exercée par la personne qui en
assure la garde.
346.- Ububasha bwa kibyeyi ku mwana wavutse ku
batashyingiranywe bugirwa n'umurera.
347.- Le p ère et la m ère ont sur leur enfant mineur en non
émancipé un droit de correction; ce droit est d élégué aux
personnes auxquelles l' éducation de cet enfant a
été
confiée.
347.- Ababyeyi bafite ku mwana wabo ukiri muto kandi
utemerewe ubukure uburenganzi
ra bwo kumuhana.
Abashinzwe kurera uwo mwana nabo bafite ubwo
burenganzira.
348.- Umwana ukiri muto utarageza ku myaka y ’ubukure
ntashobora kuva iwabo adafite uruhusa rwa se cyangwa
urwa nyina. Ntanashobora kuhavanwa atari mu bihe
biteganijwe n’amategeko.
ICYICIRO CYA II: Ibyerekeye ibyo umubyeyi
ashinzwe
349.- Ububasha bwa kibyeyi bugizwe cyane cyane
n'uburenganzira bwo kumenya umwana, kumucungira
umutungo no kwikenuza ibiwukomokaho bikurikije
amategeko.
348.- Le mineur non émancipé ne peut quitter la r ésidence
familiale sans la permission du p ère ou de la m ère. Il ne
peut en être retiré que dans les cas déterminés par la loi.
SECTION II: Des attributs de l'autorité parentale
349.- L'autorité parentale comprend notamment le droit de
garde, d'administration et de jouissance légale.
SOUS-SECTION PREMIÈRE: Du droit de garde
AKICIRO KA MBERE : Ibyerekeye uburenganzira
bwo kumenya umwana
350.- Uburenganzira bwo kumenya umwana butegeka
ababyeyi kumutunga no kumurera bakurikije uko bariho
n'umutungo wabo.
351.- Ababyeyi batewe intimba n'imyifatire mibi y'umwana
wabo bashobora kuregera urukiko ibikorwa bye bigayitse,
rwasanga bikwiye rugategeka kumushyira mu kigo
ngororamuco mu gihe kiva ku kwezi kikagera ku mezi
cumi n’abiri.
350.- Le droit de garde emporte pour les p
ère et m ère
l'obligation d'entretenir et d'éduquer l'enfant conformément
à leur état et à leur forme.
351.- Les p ère et m ère qui ont des sujets de
mécontentement grave concernant la conduite de leur
enfant mineur peuvent d énoncer les faits pertinents
à
l'autorité judi ciaire laquelle, s'il y a lieu, ordonne
l'internement de l'enfant dans un
établissement de
rééducation pour une durée de un à douze mois.
SOUS-SECTION II: De l'administration légale
Akiciro ka II: Ibyerekeye gucunga umutungo
352.- Le p ère ou, à défaut, la m ère est, durant le mariage,
administrateur des biens personnels de ses enfants mineurs
et représente ceux-ci dans les actes de la vie civile.
352.- Mu gihe cyose ubushyingiranwe bakiriho, se
w'umwana niwe umuhagararira mu bikorwa bimuhuza
n'abandi bantu kandi ni nawe umucungira ibintu bye bwite,
iyo bidashobotse, ibyo bikorwa na nyina w'umwana.
Il en est comptable quant à la propri été et aux revenus des
biens dont il n'a pas la jouissance et quant
à la propri été
seulement de ceux des biens dont la loi lui donne usufruit.
Ucunga umutungo w'umwana niwe ubazwa uwo mutungo
n'ibiwukomokaho, byaba ari ibyo afitiye uburenganzira
bwo kwikenuza, byaba ari n’ibyo atabufitiye.
353.- Les actes d'ali énation de m ême que ceux qui sont de
nature à grever le patrimoine de l'enfant ne peuvent
être
accomplis que moyennant l'autorisation du tribunal.
353.- Gutanga, kugurisha cyangwa kugwatiriza ibintu
by'umwana ku buryo bigabanura umutungo we,
ntibishobora gukorwa nta ruhusa rw'urukiko.
354.- L'administration légale prend fin :
- lorsque s'ouvre la tutelle;
- à la majorité civile de l'enfant;
- lorsque l'enfant est émancipé;
- en cas de d échéance de la puissance parentale par
décision du tribunal.
354.- Uburenganzira bw'ababyeyi bwo gucungira umwana
umutungo burangira:
- iyo ahawe undi muntu umurera;
- iyo akuze;
- iyo yemerewe ubukure;
- igihe ababyeyi banyazwe n'urukiko ububasha bwa
kibyeyi.
AKICIRO KA III: Ibyerekeye kwikenuza umutungo
355.- Ababyeyi bemerewe n
’amategeko kwikenuza
ibikomoka ku mutungo w
’umwana kandi bafite
uburenganzira bwo kubikoresha uko bashaka.
356.- Inshingano zijyana n'ubwo burenganzira bwo
kwikenuza ibikomoka ku mutungo w'umwana ni izi:
- inshingano za buri muntu ufite uburenganzira bwo
kwikenuza ibikomoka ku mutungo w'undi;
- kugaburira, gukenura no kurera umwana;
- kuriha inyungu z'ibigomba kwishyurwa byose;
- kwishyura imyenda yose yafashwe bamuvuza
n'ibyatanzwe mu ihambwa rye.
357.- Uburenganzira bwo kwikenuza ibikomoka ku
mutungo w'umwana ntibwemererwa se cyangwa nyina
w'umwana watsinzwe n'urubanza rw'ubutane keretse iyo
yashinzwe kumenya uwo mwana.
358.- Ababyeyi ntibafite uburenganzira bwo kwikenuza ku
Sous-section III: De la jouissance légale
355.- La jouissance légale confère aux père et mère le droit
de percevoir les revenus des biens personnels de leur enfant
et d'en disposer.
356.- Les charges de la jouissance légale sont :
- celles auxquelles sont tenus les usufruitiers;
- la nourriture, l'entretien et l'éducation de l'enfant;
- le paiement des arrérages ou intérêts des capitaux;
- les frais de dernière maladie et les frais funéraires.
357.- La jouissance légale n'a pas lieu au profit de celui des
père et m ère contre lequel le divorce a
été prononc é, à
moins que la garde ne lui soit confiée.
358.- La jouissance l égale ne s' étend pas aux biens que
l'enfant peut acquérir par un travail et une industrie séparés,
ni à ceux qui lui sont donn és ou l égués sous la condition
expresse que les p ère et m ère n'en jouissent pas. Dans ce
cas, l'enfant doit contribuer à son entretien.
bikomoka ku mutungo umwana yihahiye cyangwa ku bintu
yahawe cyangwa yarazwe ariko bakaba baramubujije ko
ababyeyi babyikenuza. Muri icyo gihe, umwana agomba
kugira icyo afashisha ababyeyi ku bigomba kumutunga.
ICYICIRO CYA III: Ibyerekeye kwamburwa
ububasha bwa kibyeyi
359.- Bisabwe n'umuntu wese ubifitemo inyungu cyangwa
n'Ubushinjacyaha, urukiko rushobora kubuza
by'agateganyo cyangwa se burundu se cyangwa nyina
w'umwana ububasha bwa kibyeyi ku mwana we cyane
cyane muri ibi bihe bikurikira:
- iyo se cyangwa nyina w'umwana akoresheje nabi
ububasha bwe bwa kibyeyi cyangwa akagirira umwana
imico mibi irenze urugero;
- igihe se cyangwa nyina yiyandaritse ku buryo
bugaragara cyangwa ntacyo agishoboye, ibyo
bikerekana ko adakwiye ububasha bwa kibyeyi.
SECTION III : De la déchéance de l'autorité parentale
359.- A la requ ête de toute personne int éressée ou du
Ministère Public, le tribunal peut priver temporairement ou
définitivement le p ère et m ère de l'autorit é parentale sur
son enfant, notamment dans les cas suivants :
- lorsque le p ère ou la m ère abuse de l'autorit é parentale
ou se livre à des sévices sur la personne de son enfant;
- lorsque, par son inconduite notoire ou son incapacit
é
grave, le père ou la mère se montre indigne de l'autorit é
parentale.
SECTION IV: De la minorité, de la tutelle et de
l'émancipation
Sous-section première: De la minorité
ICYICIRO CYA IV : Ibyerekeye ubuto, ubwishingire
no kwemererwa ubukure.
360.- Le mineur est l'individu de l'un ou l'autre sexe qui n'a
pas encore atteint l'âge de vint et un ans.
Akiciro ka mbere. Ibyerekeye ubuto
Sous-section II: De la tutelle
360.- Ukiri muto ni umuntu w’igitsina icyo aricyo cyose
utari wamara imyaka makumyabiri n’umwe avutse.
Akiciro ka II : Ibyerekeye ubwishingire.
A. Ibyerekeye uko ubwishingire butangira
361.- Ubwishingire butangira ku mwana muto iyo se na
nyina bapfuye, bazimiye, babuze cyangwa bambuwe
ububasha bwa kibyeyi.
A. De l'ouverture de la tutelle
361.- La tutelle s'ouvre à l'égard d'un enfant mineur lorsque
le père et la mère sont tous deux d écédés, absents, disparus
ou déchus de l'autorité parentale.
Elle s'ouvre aussi à l' égard d'un enfant naturel, s'il n'a ni
père ni mère qui l'aient reconnu.
Butangira kandi ku mwana wavutse ku ban
tu
batashyingiranywe iyo muri bo nta n'umwe wamwemeye.
362.- Le droit individuel de choisir un tuteur parent ou
étranger à la famille n'appartient qu'au survivant des père et
mère.
362.- Uburenganzira bwite bwo guhitamo umwishingizi,
yaba uwo mu muryango cyangwa yaba rubanda, bugirwa
n'umubyeyi ukiriho.
363.- Le p ère et m ère qui aur a reconnu l'enfant naturel ou,
en cas de double reconnaissance, le survivant aura le droit
de choisir un tuteur.
363.- Se cyangwa nyina w'umwana wavutse ku
batarashyingiranywe cyangwa uza
ba akiriho iyo
bamwemeye bombi, ni we uzamuhitiramo umwishingizi.
Si un enfant naturel vient à être reconnu par l'un de ses
parents après l'ouverture de la tutelle, le tribunal pourra, à
la requ ête de ce pare nt, d écider de substituer à la tutelle
l'autorité parentale dans les termes de l'article 349.
Iyo umwana wavutse ku batashyingiranywe ageze aho
akemerwa n'umwe mu babyeyi be, urukiko rubisabwe
n'uwo mubyeyi rushobora gusimbuza ububasha bwa
kibyeyi ubwishingire hakurikijwe ibivugwa m u ngingo ya
349.
364.- Iyo umubyeyi wasigaye apfuye adahisemo
umwishingizi w'umwana, uwo mwana akaba afite abo
akomokaho, umwe muri abo niwe ufite uburenganzira bwo
kumwishingira.
Iyo hari abo akomokaho banyuranye, ubwishingire buba
364.- Lorsqu'il n'a pas été choisi au mineur un tuteur par le
survivant de ses p ère et m ère et que le mineur a un autre
ascendant, celui-ci est tuteur de droit.
S'il y a plusieurs ascendants de degr és différents, la tutelle
appartient de droit à l'ascendant du degr é le plus proche, et
s'il y en a plusieurs du m ême degré, le tuteur sera d ésigné
parmi eux par le conseil de tutelle.
ubw’abo akomokaho ba rushije abandi kwegera uwo
bahuriye ku rwego rumwe n'uwo mwana, inama
y'ubwishingire ni yo izabahitamo umwishingizi.
365.- Iyo umwana ukiri muto kandi utaremerewe
ubukure atagifite umubyeyi n'umwe, nta n'umwishingizi
se cyangwa nyina bamuhitiyemo, nta s
ekuru nta na
nyirakuru, cyangwa igihe yahawe umwishingizi
hakurikijwe ingingo ya 364 ariko uwo mwishingizi akaba
atakibyemerewe cyangwa agaragaje impamvu
zibimubuza, Urukiko rwa Mbere rw'Iremezo
nirwo
rushyiraho undi mwishingizi.
366.- Urukiko rwa Mbere r w'Iremezo nirwo ruhitamo
umwishingizi w'umwana ukiri muto kandi utemerewe
ubukure iyo ababyeyi batazwi.
Nanone bigenda bityo iyo umwana wavutse ku
batarashyingiranywe atagifite se cyangwa nyina, cyangwa
iyo umwishingizi washyizweho hakurikijwe ingingo ya
364 atakibyemerewe cyangwa agaragaje impamvu
zibimubuza.
365.- Lorsqu'un enfant mineur et non émancipé reste sans
père ni m ère, ni tuteur élu par ses p ère et m ère, ni
ascendant ou si le tuteur désigné sur base de l'article 364 se
trouve dans les cas d'exclusion ou valablement excus é, il
sera pourvu par le Tribunal de Premi ère Instance à la
nomination d'un autre tuteur.
366.- Il est pourvu par le Tribunal de Premi ère Instance à
la nomination d'un tuteur pour l'enfant mineur et non
émancipé dont la filiation n'est pas établie.
Il en va de m ême pour l'enfant naturel mineur et non
émancipé qui reste sans père ni mère ou si le tuteur désigné
sur base de l'article 364 se trouve dans les cas d'exclusion
ou valablement excusé.
B. Des organes de la tutelle
367.- Les organes de la tutelle sont : le conseil de tutelle, le
tuteur, le subrogé tuteur, le Tribunal de Première Instance.
B. Ibyerekeye inzego z’ubwishingizi
367.- Inzego z ’ubwishingire ni izi: inama y ’ubwishingire,
umwishingizi, umugenzuzi w ’umwishingizi, Urukiko rwa
Mbere rw’Iremezo.
a. Ibyerekeye inama y'ubwishingire.
368.- Inama y'ubwishingire igizwe na Perezida w 'Urukiko
rwa Mbere rw'Iremezo rw'aho ubwishingire buzabera
cyangwa intumwa ye, n'abantu batandatu bafitanye isano
n'umwana ishingiye ku buvandimwe cyangwa ku
gushyingiranwa, batatu ku ruhande rwa se na
batatu ku
ruhande rwa nyina hubahirijwe uko basumbana mu isano
bafitanye n'umwana.
Uwo bafitanye isano ishingiye ku buvandimwe aza mbere
y'uwo bafitanye isano ishingiye ku gushyingirwa bari ku
rwego rumwe kandi kubo bafitanye isano ishingiye ku
buvandimwe, umukuru mu myaka niwe uza mbere.
369.- Umubare ntarengwa uteganijwe mu ngingo ya 368
ntiwitabwaho ku basangiye se na nyina n'umwana.
Iyo ari batandatu cyangwa barenga, bose barema inama
y'ubwishingire hiyongereyeho abo bakomokaho.
Iyo batagejeje ku mubare, abo bafitanye isano ishingiye ku
buvandimwe buzuza umubare w'inama.
370.- Iyo abafitanye isano n'umwana ishingiye ku
buvandimwe cyangwa ku ishyingiranwa ku ruhande
rw'umugore cyangwa rw'umugabo ari bake cyangwa
bataba muri komini ubwishingire buber amo, Perezida
w'urukiko ahamagara abafitanye isano n'umwana batuye
mu yandi makomini cyangwa se abaturage bazwiho ko
a. Du conseil de tutelle
368.- Le conseil de tutelle est compos é, outre le Pr ésident
du Tribunal de Premi ère Instance du ressort o ù la tutelle
est ouverte ou son d élégué, de six parents ou alli és pris,
moitié du c ôté paternel, moitié du c ôté maternel et suivant
l'ordre de proximité dans chaque ligne.
Le parent est pr éféré à l'allié du m ême dégré, et parmi les
parents du même degré, le plus âgé.
369.- Les fr ères et s œurs germains du mineur ne sont pas
visés par la limitation du nombre posé à l'article 368.
S'ils sont six ou au-delà, ils seront tous membres du conseil
du tutelle qu'ils composent seuls avec les ascendants.
S'ils sont en nombre inf érieur, les autres parents sont
appelés pour compléter le conseil.
370.- Lorsque les parents ou alli és de l'une ou l'autre ligne
se trouvent en nombre insuffisant ou ne résident pas dans la
commune dans laquelle s'est ouverte la tutelle, le Pr ésident
du tribunal appelle, soit des parents ou alli és domicili és
dans d'autres communes, soit des citoyens connus pour
avoir eu des relations habituelles d'amitié avec le père ou la
mère du mineur, soit à la demande de ceux-ci, quand il
s'agit d'un enfant naturel, la personne protectrice de tel
enfant.
basanzwe babana n'ababyeyi b'umwana, abo nabo iyo
babuze kandi umwana akomoka ku batashyingiranywe,
hahamagarwa usanzwe arera uwo mwana.
371.- N'iyo muri
komini haba hari umubare wuzuye
w'abafitanye isano n'umwana ishingiye ku buvandimwe,
cyangwa ku ishyingiranwa, Perezida w'urukiko ashobora
kwemera ko bahamagara abafitanye isano ya hafi
n'umwana cyangwa bari ku rwego rumwe n'abahari, abo ba
kure basimbura abasanzwe muri iyo
komini bitarenze
umubare utegetswe n'ingingo zibanziriza iyi.
372.- Inama y'ubwishingire ihamagarwa bisabwe
n'abafitanye isano n'umwana, abo abereyemo imyenda
n'abandi babifiteho inyungu cyangwa bigakorwa na
Perezida w'urukiko rw'aho uwo mwana atuye abyibwirije.
Umuntu wese ashobora kugaragariza uwo mucamanza icyo
abona cyose cyatuma bashyiraho umwishingizi.
373.- Umunsi w'inama ushyirwaho na Perezida w'urukiko
kandi akawumenyesha abagomba kuyizamo nibura
hasigaye iminsi munani ngo iterane. Igihe cyose gishobora
kugabanywa iyo hari impamvu zihutirwa.
371.- Le Pr ésident du tribunal peut, m ême s'il y a sur les
lieux un nombre insuffisant de parents ou alli és, permettre
de citer, à quelque distance qu'ils soient domicili és, des
parents ou alliés plus proches en degr és que les parents ou
alliés pr ésents, de mani ère toutefois que cela s 'opère en
retranchant quelques-uns de ces derniers et sans exc éder le
nombre réglé par les précédents articles.
372.- Le conseil de tutelle est convoqu
é, soit sur la
réquisition et à la diligence des parents du mineur, de ses
créanciers ou d'autres partie
s int éressées, soit m ême
d'office et à la poursuite du Pr ésident du tribunal du
domicile du mineur. Toute personne peut d énoncer à ce
juge le fait qui donne lieu à la nomination d'un tuteur.
373.- La date de la r éunion est fix ée par le Pr ésident du
tribunal et notifiée aux intéressés au moins huit jours avant
sa tenue. En cas d'urgence motiv ée, ce d élai peut être
écourté.
374.- Les parents, alli és ou amis ainsi convoqu
tenus de se présenter en personne.
és, sont
374.- Abafitanye isano n'umwana cyangwa se inshuti
bahamagawe bagomba kwitaba ku giti cyabo.
375.- Tout parent, alli é ou ami convoqu é et qui, sans
excuse légitime, ne comparaît pas, encourt une amende qui
ne peut excéder deux mille francs.
375.- Abafitanye isano n'umwana cyangwa inshuti
bahamagawe ntibitabe kandi nta mpamvu ikwiye igaragara
yababujije, bazahanishwa ihazabu y'amafaranga atarenga
ibihumbi bibiri.
376.- S'il y a excuse l
égitime, et que la pr ésence du
membre absent est jug ée indispensable par les pairs, le
Président du conseil de tutelle ajourne la réunion.
376.- Iyo umwe mu nama y
’ubwishingire asibijwe
n'impamvu igaragara kandi bagenzi be bagasanga
yagombaga kuba ahari, Perezida w'inama y'ubwishingire
ayimurira ku wundi munsi.
377.- Inama y'ubwishingire iteranira ahantu Perezida
ahitamo mu ifasi y'urukiko ayobora.
Inama ntacyo yemeza hatari byibura 2/3 by'abayigize.
Iyo umubare utuzuye kandi inama igasibizwa, inteko
ikurikiyeho ifata ibyemezo uko abayigize b aba bangana
kose.
378.- Inama y'ubwishingire iyoborwa na Perezida
w'Urukiko rwa Mbere rwIiremezo cyangwa intumwa ye.
Ibyemezo bifatwa hakurikijwe ubwiganze bw'amajwi: iyo
amajwi angana, icyo Perezida yemeje nicyo kiba cyemewe.
b. Ibyerekeye umwishingizi
379.- Umwishingizi atangira imirimo ye kuva ku munsi
yashyiriweho iyo yari ahibereye, yaba atari ahari, kuva ku
munsi yabimenyesherejweho.
380.- Ubwishingire ni umurimo ukorwa n ’umuntu ku giti
cye adashobora kuraga abamuzunguye.
377.- La r éunion du conseil de tutelle se tient à un endroit
désigné par le Président dans le ressort de sa juridiction.
Le conseil de tutelle ne peut d élibérer valablement que si
les 2/3 de ses membres sont présents.
Si ce quorum n'est pa s atteint, et que la r
éunion est
ajournée, l'assembl ée suivante d élibère valablement quel
que soit le nombre des participants.
378.- Le conseil de tutelle est pr ésidé par le Pr ésident du
Tribunal de Premi ère Instance ou son d élégué. Les
décisions sont pr ises à la majorit é simple. En cas de
partage de voix, celle du Président est prépondérante.
b. Du tuteur
379.- Le tuteur agit et administre en cette qualité du jour de
sa nomination si elle a eu lieu en sa présence, sinon du jour
qu'elle lui aura été notifiée.
380.- La tutelle est une charge personnelle qui ne passe
point aux héritiers du tuteur.
Ceux-ci sont seulement responsables de la gestion de leur
auteur, et s'ils sont majeurs, ils sont tenus de la continuer
jusqu'à la nomination d'un nouveau.
Abamuzunguye babazwa g
usa imicungire y
’ibintu
by'umwana uwo bazunguye yari ashinzwe, baba ari bakuru
bakagomba kuyikomeza kugeza ko hashyirwaho undi
mwishingizi.
381.- Iyo umwishingizi atangiye imirimo, abarura ibintu
byimukanwa n’ibitimukwana by’uwo ashinzwe kurera.
Iryo b arura rikorwa hari umugenzuzi w ’ubwishigire nawe
akabisinyira kandi uwo mwishingizi agaherako
abishyikiriza umwanditsi
n’Urukiko rwa Mbere
rw’Iremezo rw’aho aba.
Ibyo kandi bikorwa n ’umwishingizi usimbuye undi kuri
uwo murimo.
382.- Buri gibe iyo umutun go w'uwo mwana uhindutse mu
gibe cy'ubwishingire, hongera gukorwa irindi barura
bikurikije ingingo ya 381 bigashyirwa mu
Rukiko rwa
Mbere rw'Iremezo rw'aho umwishingizi aba kandi
bikagerekwa ku ibarura ryakozwe mbere.
383.- Iyo umwana abereyemo umwishing izi umwenda,
uwo mwenda ugomba gushyirwa mu ibarura, bitaba ibyo
ntube ucyemewe.
381.- En entrant en fonction, le tuteur dresse
état et
inventaire des biens mobiliers et immobiliers du mineur
pupille.
L'état et l'inventaire sont dress és en pr ésence d'un subrog é
tuteur, contresign és par celui-ci et d éposés sans d élai au
greffe du Tribunal de Premi ère Instance de r ésidence à la
diligence du tuteur.
Les m êmes obligations incombent au tuteur qui entre en
fonction par suite de la cessation des fonctions du
précédent tuteur.
382.- Chaque fois que la consistance du patrimoine du
pupille vient à se modifier au cours de la tutelle, un état ou
un inventaire compl
émentaire doit
être dress é
conformément à l'article 381 et d
éposé au greffe du
Tribunal de Premi ère Instance de r ésidence o ù il est
annexé à l'état ou l'inventaire initial.
383.- Si le tuteur possède une créance sur son pupille, celleci doit, sous peine de d
échéance, être mentionn ée à
l'inventaire.
384.- A d éfaut d' état ou d'inventaire initial, ou le cas
échéant, d' état ou d'inventaire compl émentaire, le pupille
devenu majeur ou émancipé pourra établir la consistance
de son patrimoine par tous moyens.
384.- Iyo nta barura rya mbere ryakozwe cyangwa ntihabe
harakozwe n'ibarura ry'inyongera bibaye ngombwa
umwana amaze kwemerwa ko akuze, ashobora kugaragaza
umutungo we ku buryo ubwo aribwo bwose.
385.- Le tuteur exerce le droit de garde sur la personne du
mineur pupille. Il est tenu de pourvoir
à l'entretien et à
l'éducation de son pupille.
385.- Umwishingizi ashinzwe kumenya umwana.
Ategetswe kumwitaho no kumurera.
386.- Le pupille ne peut quitter la r
qu'avec l'assentiment de celui-ci.
386.- Urerwa ntashobora kuva mu rugo umwishingizi we
atabimwereye.
387.- Umwishingizi ahagararira arera mu mibanire ye na
rubanda.
Acunga ibintu by'urer wa ku buryo bwa kibyeyi kandi
akaryozwa ingaruka zitewe n'imicungire mibi yabyo.
Ibyo adashinzwe gucunga ni inyungu zikomoka ku murimo
w'umwana udafitanye isano n'uw'umwishingizi akora
kimwe n'ibintu bikomoka kuri izo nyungu. Icyo gihe,
urerwa agomba kugira icyo atanga ku bigomba kumutunga.
388.- Umwishingizi akora ubwe ibya ngombwa byose byo
kurinda no gucunga umutungo bigamije inyungu z'umwana
kandi akabikoresha ku buryo bushobotse bumubyarira
inyungu.
ésidence du tuteur
387.- Le tuteur représente le mineur dans les actes de la vie
civile.
Il administre ses biens en bon p
ère de famille et est
personnellement responsable du pr éjudice occasionn é au
pupille par sa mauvaise gestion.
Echappent toutefois à cette administration, les revenus
professionnels que le pupille tire d'une activit é distincte de
celle du tuteur ainsi que les biens acquis par le pupille
grâce à ces revenus. Dans ce cas, le pupille doit contribuer
à son entretien.
388.- Le tuteur accomplit seul tous les actes conservatoires
et l'administration conformes aux int érêts du pupille et à
l'utilisation économique normale de ses biens personnels.
389.- Les actes d'ali énation, de m ême que tous actes de
nature à grever le patrimoine du pupille, ne peuvent être
accomplis par le tuteur que moyennant l'autorisation
389.- Ibikorwa bigamije gutanga kugurisha n'ibin di byose
bishobora kubangamira umutungo w'umwana,
umwishingizi ntaboshobora kubikora atabiherewe
uburenganzira n’inama y’ubwishingire.
préalable du conseil de tutelle.
Ubwo burenganzira butangwa gusa iyo hari impamvu
ikomeye cyangwa se iyo bifite akamaro kagaragara.
En cas de n écessité absolue, le conseil de tutelle n'accorde
son autorisation qu'apr ès avoir constat é, par un compte
sommaire pr ésenté par le tuteur, que les derniers, effets
mobiliers et revenus du mineur sont insuffisants.
Iyo hari impamvu iko meye, inama y'ubwishingire itanga
ubwo burenganzira ari uko imaze kwerekwa
n'umwishingizi ibarura ridasesuye yerekana ko
amafaranga, ibintu byimukanwa n'inyungu by'umwana
bidahagije.
Buri gihe, inama y'ubwishingire yerekana ibitimukanwa
bishobora kuguris hwa mbere n'uburyo bwiza bwo
kubigurisha.
Ibyo bikorwa ni nk'ibi :
a) kwemera nta mpaka ko umwana azungurwa ;
b)
c)
d)
e)
f)
g)
kugwatiriza cyangwa gutanga uruhare urwo arirwo
rwose ku bintu by'umwana bitimukanwa ;
kugurisha ibintu by'urerwa ;
gutanga inyungu cyangwa se guh
ara imyenda
umwana aberewemo ;
kwemera amasezerano y'impano ayo ariyo yose
akorewe umwana ;
ubwumvikane ubwo aribwo bwose ;
igabanywa ryose ryerekeye ibintu by'umwana
390.- Inyungu zikomoka ku bintu by ’umwana zigenewe
mbere na mbere kumutunga no kumurera.
Iyo izo nyungu zibaye nyinshi, umwishingizi ashinzwe
kubimenyesha inama y ’ubwishingire ikaba ariyo igena
imikoreshereze y’ibirenzeho.
Iyo izo nyungu zidahagije, ibibuze bishobora kuboneka
hagurishijwe ibintu bwite by ’umwana, byemejwe n ’inama
y’ubwishingire nk’uko biteganywa mu ngingo ya 389.
391.- Iyo inyungu z'umwishingizi cyangwa iz'umwe mu
bafitanye isano n'umwana ishingiye ku buvandimwe
cyangwa ku ishyingirwa zigongana n'iz'umwana, icyo
gihe ikibazo gishyikirizwa inama y'ubwishingire ikaba
ariyo i shobora, bibaye ngombwa, gushyiraho undi
mwishingizi wo guhagararira umwana muri iyo mirimo
cyangwa se ikaba ariyo ibikora ubwayo.
c. Ibyerekeye umugenzuzi w’umwishingizi
392.- Mu bwishingire bwose, haba umugenzuzi
w'umwishingizi ushyirwaho n’inama y'ubwishingire.
Igihe imirimo y'umwishingizi ihawe umuntu
watoranijwe n'umwe mu babyeyi wasigaye, agomba
mbere yo gutangira umurimo gusaba ko inama
y’ubwishingire iterana kugira ngo ishyireho umugenzuzi
Cette autorisation ne doit être accord ée que pour cause
d'une nécessité absolue ou d'un avantage évident.
Le conseil de tutelle indique, dans tous
les cas, les
immeubles qui doivent être vendus de pr éférence et toutes
les conditions qu'il juge utiles.
Ces actes visés sont notamment :
a) l'acceptation pure et simple d'une succession échue
du pupille;
b) la constitution d'hypoth èques ou de droits r
éels
immobiliers sur les biens de pupille;
c) la vente de biens du pupille;
d) la cession de droit ou créance contre le pupille;
e)
l'acceptation de toute donation faite au mineur;
f)
g)
tout compromis ou transaction;
tout partage dirigé contre les biens du mineur.
390.- Les revenus des biens personnels du pupille sont
affectés par priorité à son entretien et à son éducation.
Si ces revenus sont exc édentaires, le tuteur est tenu de le
signaler au conseil de tutelle du pupille qui d
écide de
l'affectation du surplus.
Si ces rev enus sont insuffisants, le compl ément nécessaire
peut, moyennant l'autorisation du conseil de tutelle pr évu à
l'article 389, être obtenu par la vente de biens personnels du
pupille.
391.- Lorsque les int érêts du tuteur ou de l'un de ses
parents ou alli és, sont en conflit avec ceux du pupille, le
cas est soumis à l'appr éciation du conseil de tutelle qui
peut, s'il y a lieu, soit d ésigner un tuteur ad hoc aux fins de
représenter le pupille à l'acte, soit remplir lui-m ême cet
office.
c. Du subrogé tuteur
392.- Dans toute tutelle, il y a un subrog é tuteur, nomm é
par le conseil de tutelle.
Lorsque les fonctions du tuteur sont d
évolues à une
personne qui a été choisie par le survivant des père et mère,
le tuteur, avant d'entrer en fonctions, doit faire convoq uer,
pour la nomination d'un subrog é tuteur, un conseil de
tutelle.
S'il est ing éré dans la gestion avant d'avoir rempli cette
we.
Iyo yiroshye mu bucunzi bw'ibintu atarakora ibyo,
akanama k'ubwishingire, gahamagawe bisabwe n'ababyeyi,
ababerewemo ubwishyu cyangwa n'abandi babifiteho
uruhare, cyangwa gahamagarwa na Perezida wako,
gashobora gukuraho umwishingizi, bitabujije n'indishyi
yaha uwo mwana ukiri muto.
Mu bundi bwishingire, u
mugenzuzi w'umwishingizi
ashyirwaho ako kanya umwishingizi amaze gushyirwaho.
393.- Nta na rimwe umwishingizi atora mu ishyirwaho
ry'umugenzuzi w'umwishingizi ntashobora guturuka mu
gisekuru kimwe n'icy'umwishingizi keretse iyo ari
abavandimwe b'umwana.
394.- Umugenzuzi w'umwishingizi ntasimbura
umwishingizi igihe ubwishingire butagifite ubushinzwe
cyangwa uwari ubushinzwe yarazimiye. Iyo ari uko
bimeze, agomba gukora uko ashoboye kugira ngo
bashyireho undi mwinshingizi, ubwo akaba azibukiranye
n'indishyi zabiturukaho zigenewe urerwa ukiri muto.
395.- Imirimo y'umugenzuzi w'umwishingizi irangirana
n'ubwishingire.
396.- Umwishingizi ntashobora kuvanishaho umugenzuzi
we no mu nama zo kumuvanaho ntashobora gutora.
Iyo umugenzuzi w'umwishingizi atagishoboy e kurangiza
imirimo ye, umwishingizi agomba gusaba bidatinze ko
inama y'ubwishingire iterana kugira ngo ishyireho
umusimbura.
397.- Umugenzuzi w'umwishingizi afite ububasha
busesuye bwo gucunga no kugenzura imikorere
n'imigendekere y'ubwishingire.
Kugira ngo ibyo bigerweho, agomba, uko igihe kigeze,
kandi nibura rimwe mu mwaka, kwaka umwishingizi
umubaruro w'ibyo acunga kandi akagenzura ko bifite
ishingiro.
398.- Umwishingizi agomba korohereza umugenzuzi we
kugira ngo arangize imirimo ye neza.
Uretse kwerekana umubaruro w'ibintu atunze buri mwaka,
ashinzwe nko kwerekana inyandiko, za kitansi, amafagitire
n'izindi nyandiko izo arizo zose zerekeye ibyo yakoze mu
micungire ye kandi akemera ko umugenzuzi we akora
umurimo we.
399.- Iyo umwishingizi yanze ic
ungwa n'ingenzurwa
by'umugenzuzi, cyangwa se iyo umugenzuzi abonye ko
imicungire y’ibintu by'umwana ibangamiye inyungu z’uwo
mwana, umugenzuzi agomba kubimenyesha ako kanya,
mu nyandiko, umukuru w'inama y
’ubwishingire nawe
formalité, le conseil de tutelle, convoqu
é, soit sur la
réquisition des parents, cr
éanciers ou autres parties
intéressées, soit d'office par son Président, peut, s'il n'y a eu
dol de la part du tuteur, lui retirer la tutelle, sans pr éjudice
des indemnités dues au mineur.
Dans les autres tutelles, la nomination du subrog é tuteur a
lieu immédiatement après celle du tuteur.
393.- En aucun cas, le tuteur ne vote pour la désignation du
subrogé tuteur. Le subrogé tuteur ne peut pas être pris dans
le lignage du tuteur, sauf dans le cas des fr ères ou s œurs
germains du mineur.
394.- Le subrog é tuteur ne remplace pas de plein droit le
tuteur lorsque la tutelle devient vacante ou qu'elle est
abandonnée par absence; mais il doit en ce cas, sous peine
de dommages et int érêts qui pourraient en r ésulter pour le
mineur, provoquer la nomination d'un nouveau tuteur.
395.- Les fonctions du subro gé tuteur cessent à la m ême
époque que la tutelle.
396.- Le tuteur ne peut provoquer la destitution du subrog é
tuteur, ni voter dans les conseils de tutelle qui sont
convoqués à cet effet.
Lorsque le subrogé tuteur est dans l'impossibilité de remplir
ses fonctions, le tuteur est tenu sans d
élai de faire
convoquer le conseil de tutelle en vue de pourvoir
à son
remplacement.
397.- Le subrog é tuteur est investi d'une mission g énérale
de surveillance et de contrôle à l'exercice et l'administration
de la tutelle.
A cette fin, il est tenu, périodiquement et au moins une fois
l'an, de procéder aux vérifications nécessaires.
398.- Le tuteur est tenu de fournir au subrog é tuteur toutes
facilités pour l'accomplissement de sa mission.
Outre l' état complet annue l de sa gestion, il est tenu
notamment de lui pr ésenter tous les actes, quittances,
factures et documents g énéralement quelconques aff érents
aux opérations accomplies dans le cadre de sa gestion et de
se prêter aux vérifications par le subrogé tuteur.
399.- Lorsque le tuteur se soustrait à la surveillance et au
contrôle du subrogé tuteur ou lorsque celui-ci constate que
la gestion de biens personnels du mineur est conduite d'une
manière incompatible avec les int
érêts de celui-ci, le
subrogé tuteur est tenu d'informer, sans retard et par écrit,
le pr ésident du conseil. Celui-ci adresse au tuteur les
observations nécessaires ou convoque d'office le conseil de
tutelle aux fins de destituer le tuteur.
akamenyesha umwishingizi ibyo ab
ona ari ngombwa
cyangwa se agahita atumiza inama y'ubwishingire kugira
ngo ihite ikuraho umwishingizi.
400.- Umugenzuzi w'umwishingizi afatanya
n'umwishingizi kuryozwa ingaruka mbi zibaye ku mwana
zitewe n'uburiganya cyangwa se imicungire mibi
y’umwishingizi iyo bigaragaye ko iyo micungire mibi
yatewe n’uburangare bw'umugenzuzi.
d. Ibyerekeye Urukiko rwa Mbere rw’Iremezo
401.- Igihe ubwishingire budashobora gutangwa
hakurikijwe ingingo zikubiye muri uru rwunge
rw'amategeko, bisabwe n'Ubushinjacyaha
cyangwa
n'umuntu wese ubifitemo inyungu, Urukiko rwa Mbere
rw'Iremezo rubwegurira Leta hakurikijwe ibivugwa mu
ngingo zikurikira.
402.- Urukiko ruvuga ikigo gihawe, mu izina rya Leta,
ubwishingire bw'umwana n'ubw’ibintu bye.
403.- Ubwishingire bwa Leta nti
bugira inama
y’ubwishingire cyangwa umugenzuzi w’umwishingizi.
404.- Porokireri wa Repubulika
afite ububasha
burambuye bwo kugenzura inyungu z ’umwana izo ari zo
zose.
405.- Ushinzwe ikigo cyahawe ubwishingire bw ’umwana
afite ububasha bw ’umuyobozi wemewe n ’amategeko ku
byerekeye igenzura ry’ubucamanza.
Ashyikiriza buri gihembwe Minisitiri ufite mu mirimo ye
imibereho myiza y’abaturage uko umwana amerewe ari ku
mubiri cyangwa mu mibereho. Akora imirimo yose ya
kibyeyi uretse kwikenuza umutungo w’umwana.
Uburyo bwo gucunga umutungo w ’umwana bugenwa na
Minisitiri ushinzwe imibereho myiza y'abaturage.
406.- Leta itanga buri mwaka amafaranga agenewe uburezi
no gutunga abana bishingiwe nayo.
C. Ibyerekeye irangira ry'ubwishingire
407.- Ubwishingire burangira :
a) iyo umwana akuze cyangwa yemerewe ubukure ;
b) iyo umwana apfuye ;
c) iyo umubyeyi we wari warabuze cyangwa yarazimiye
abonetse ;
d) iyo nyuma y'ubwishingire umwe mu babyeyi yemeye
umwana hakurikijwe ibivugwa mu ngingo ya 363 y'iri
tegeko ;
e) iyo umwana agizwe umwana n'utamubyaye.
400.- Le subrog é tuteur est solidairement responsable avec
le tuteur du préjudice occasionné au mineur par le dol ou la
mauvaise gestion du tuteur, lorsqu'il est établi qu'elle a été
favorisée par la négligence du subrogé tuteur.
d. Du Tribunal de Première Instance
401.- Lorsque la tutelle ne peut
être d éférée suivant les
dispositions établies par le pr ésent code, le Tribunal de
Première Instance , sur requ ête du Minist ère Public ou de
toute personne int éressée, la d éfère à l'Etat suivant les
conditions fixées ci-dessous.
402.- Le tribunal proc ède à la d ésignation d'une institution
qui, au nom de l'Etat, exerce la tutelle sur la personne et sur
les biens du pupille.
403.- La tutelle de l'Etat ne comporte ni conseil de tutelle ni
subrogé tuteur.
404.- Le Procureur de la République a les pouvoirs les plus
étendus pour surveiller les int érêts matériels et moraux du
pupille.
405.- Le responsable de l'institution d ésignée pour exercer
la tutelle a les pouvoirs d'un administrateur l égal pour le
contrôle judiciaire.
Il adresse trimestriellement au Ministre ayant le s affaires
sociales dans ses attributions un
état d étaillé portant
notamment sur la situation mat érielle et morale du mineur.
Il exerce tous les attributs de la puissance parentale,
à
l'exception de la jouissance légale.
Le mode de gestion du patrimoine du pupille est déterminé
par le Ministre ayant les affaires sociales dans ses
attributions.
406.- Il es allou é un budget annuel par l'Etat destin
l'éducation et à l'entretien des pupilles de l'Etat.
é à
C. De la fin de la tutelle
407.- La tutelle prend fin :
a) par la majorité ou l'émancipation du pupille;
b) par le décès du pupille;
c) par la réapparition du parent absent ou disparu;
d) par la reconnaissance de l'enfant par l'un des parents
après l'ouverture de la tutelle conformément à l'article
363 de la présente loi;
e) par l'adoption du pupille.
408.- Dans les deux mois à compter de la majorit é ou de
l'émancipation du pupille, le tuteur est tenu de le mettre en
possession de ses biens personnels et de lui remettre le
408.- Mu mezi abiri akurikira ubukure cyangwa se
ukwemererwa ubukure bw'umwana, umwishingizi agomba
kumuha ibintu bye bwite kandi akamuha inyandiko yuzuye
igaragaza uko yabicunze yashyizweho umukono n'inama
y'ubwishingire.
409.- Ibirego byose by'umwana umaze gukura cyangwa
wemerewe ubukure bireba umwishingizi kandi bifitanye
isano n'ibikorwa by'ubwishingire bikemurwa n'urukiko.
Ibyo birego bisaza nyuma y'imyaka itanu uhereye igihe
umwana akuze cyangwa yemerewe ubukure.
Nyamara ibirego bishingiye ku ngingo ya 408 bisaza
nyuma y'imyaka ibiri uhereye igihe umwana akuze
cyangwa yemerewe ubukure.
410.- Iyo ubwishingire burangiye kubera urupfu
rw'umwana, umwishingizi agomba gukorera abazungura
b'uwo mwana ibiteganyijwe mu ngingo ya 408.
Abazungura b'umwana bafite ububasha bumwe bwo
kurega umwishingizi nk'ubuteganyijwe mu ngingo ya 409.
Icyakora, ibyo birego bigira ishingiro iyo umwana amaze
gupfa.
Iyo umwana apfuye adasize abazungura, umwishingizi
ategetswe gukorera inama y'ubwishingire ibiteganyijwe mu
ngingo ya 408, mu gihe cy'amezi abiri kuva umwana
apfuye. Perezida w'inama y'ubwishingire ategetswe, mu
minsi cumi kuva ashyikirijwe umubaruro w'umutungo,
kubimenyesha urukiko kugira ngo rugene amerekezo
y'ibyo bintu, rumaze kumva Ubushinjacyaha.
411.- Iyo umwishingizi apfuye ubwishingire bwararangiye
ariko ataratunganyije ibyangombwa biteganywa mu ngingo
ya 408, abazungura be bategetswe kubikora mu gihe
cy'amezi abiri nyuma y'urupfu rw'umwishingizi.
Iyo umwishi ngizi apfuye adasize abazungura, imirimo ya
ngombwa iteganyijwe mu ngingo ya 408 ikorwa n ’inama
y’ubwishingire ihereye ku mubaruro wa nyuma wakozwe
n’umugenzuzi w’umwishingizi.
D. Ibyerekeye impamvu zituma umuntu atishingira
ubwishingire.
412.- Ntawe ushobora guhatirwa kwemera ubwishingire.
413.- Iyo umwishingizi washyizweho afite impamvu
zimubuza kwemera ubwishingire agomba guhamagaza
inama y'ubwishingire kugira ngo isuzume impamvu
zibimubuza kandi nibiba ngombwa ishyireho undi
mwishingizi.
Ibyo agomb a kubikora mu gihe kitarenze iminsi mirongo
itatu amaze kumenyeshwa ko yashyizweho cyangwa kuva
igihe umubyeyi wasigaye apfiriye iyo ubwishingire
bwatanzwe hakurikijwe ingingo ya 364, igika cya mbere.
compte complet de sa gestion contresign é par le conseil de
tutelle.
409.- Toutes les actions du pupille devenu majeur ou
émancipé contre son tuteur relativement
à des faits de
tutelle sont de la comp
étence du tribunal. Elles se
prescrivent par cinq ans à compter de la majorit é ou de
l'émancipation du pupille.
Néanmoins, les actions fond
ées sur l'article 408 se
prescrivent par deux ans à compter de la majorit é ou de
l'émancipation du pupille.
410.- Lorsque la tutelle prend fin par le d écès du pupille, le
tuteur est tenu vis-à-vis des héritiers du pupille aux mêmes
obligations que celles prévues à l'article 408.
Les h éritiers du pupille disposent contre le tuteur des
mêmes actions que celles pr
évues à l'article 409.
Toutefois, ces actions commencent à courir à partir du
décès du pupille.
Lorsque le p upille meurt sans laisser d'h éritiers, le tuteur
est tenu vis- à-vis du conseil de tutelle des m
êmes
obligations que celles pr évues à l'article 408, dans un d élai
de deux mois à compter du d écès du pupille. Le pr ésident
du conseil est tenu, dans un d élai de dix jours à compter de
la remise des comptes, de saisir le tribunal qui d écidera de
l'affectation des biens, le Ministère Public entendu.
411.- Lorsque le tuteur vient à d écéder apr ès la fin de la
tutelle, mais avant d'avoir satisfait aux prescrits de l' article
408, ses héritiers sont tenus de les exécuter dans un délai de
deux mois à compter du décès.
Lorsque le tuteur décédé sans laisser d'héritiers, les devoirs
prévus à l'article 408 sont exécutés à la diligence du conseil
de tutelle, sur base des der
niers comptes p ériodiques
fournis par le subrogé tuteur.
D. Des causes qui dispensent de la tutelle
412. - Nul ne peut être forcé d'accepter la tutelle.
413.- Si le tuteur désigné a des raisons de ne pas accepter la
tutelle, il doit faire convoquer le conseil de tutelle pour
délibérer sur ses motifs et, le cas échéant, désigner un autre
tuteur.
Les diligences à ce sujet doivent avoir lieu dans le d élai de
trente jours à partir de la notification qui lui a été faite de sa
désignation, et à partir du d écès du survivant des p ère et
mère dans le cas de la tutelle d éférée en vertu de l'article
364, alinéa premier.
414.- Si le tuteur d ésigné est pr ésent à la d élibération du
conseil de tutelle qui lui d éfère la tutelle, il doit, sur le
414.- Iyo umwishingizi ushyizweho ahibereye akumva uk o
inama y'ubwishingire yemeza kumuha ubwishingire, kugira
ngo ibyo azavuga nyuma bitazanga kwakirwa, agomba
guherako avuga impamvu zamubuza uwo murimo, maze
inama ikazisuzuma.
415.- Umwishingizi ashobora gusaba kuvanirwaho
ubwishingire iyo hari izi mpamvu zikurikira gusa :
- iyo yujuje nibura imyaka mirongo itandatu y'amavuko ;
- iyo yamugaye bikomeye kandi abifitiye icyemezo ;
- iyo abaye umutindi nyakujya.
E. Ibyerekeye ukudashobora ubwishingire,
kubuvanwaho no kubunyagwa.
416.- Ntibashobora kuba abishingiz i cyangwa kuba mu
bagize inama y'ubwishingire :
- abatarageza ku myaka y'ubukure ;
- abatahuweho ubogoryi cyangwa ubusazi ;
- ababurana cyangwa se iwabo bafitanye n'uwo mwana
ukiri muto urubanza ;
- abantu
bahanishijwe
kwamburwa
uburenganzira umuntu afite mu gihugu ;
- abantu bambuwe ububasha bwa kibyeyi.
417.- Abavanwa mu bwishingire cyangwa bakabunyagwa
ni aba :
abantu bazwiho imyifatire mibi ;
abantu bagaragaweho ubushobozi buke cyangwa
ubuhemu mu gucunga ibintu.
champ, et sous peine d'être déclaré non recevable dans toute
sa r éclamation ultérieure, d éclarer ses motifs éventuels de
non acceptation sur lesquels le conseil de tutelle délibère.
415.- Le tuteur ne peut demander d'être déchargé que :
- s'il a atteint soixante ans au moins;
- s'il est atteint d'une infirmité grave dûment justifiée;
- s'il est tombé dans le cas d'indigence.
E. De l'incapacit é, des exclusions et destitution de la
tutelle
416.- Ne peuvent être tuteur, ni membre du conseil de
tutelle :
- les mineurs;
- les interdits;
- tous ceux qui ont ou dont le p ère ou la m ère ont avec le
mineur un procès;
- tous ceux qui sont frapp és d'une peine de d égradation
civique;
- tous ceux qui ont été déchus de l'autorité parentale.
417.- Sont exclus de la tutelle, et m ême destituables s'ils
ont en exercice :
- les gens d'une inconduite notoire;
- ceux dont la gestion atteste l'incapacité ou l'infidélité.
418.- Tout individu qui a été exclu ou destitué d'une tutelle
ne peut être membre d'un conseil de tutelle.
418.- Umuntu wese uzaba yaravanywe mu bwishing ire
cyangwa yarabunyazwe ntashobora kuba umwe mu bagize
inama y'ubwishingire.
419.- Toutes les fois qu'il y a lieu à destitution ou exclusion
de tuteur, elle est prononc ée par le conseil de tutelle
convoqué à la diligence du Président du tribunal.
419.- Igihe cyose bagomba kuvanaho cyangwa kunyaga
umwishingizi, bikorwa n'inama y'ubwishingire
ihamagajwe na Perezida w'urukiko.
420.- Toute d écision du conseil de tutelle qui prononce
l'exclusion ou la destitution du tute ur est motiv ée, et en
peut être prise qu'après avoir entendu ou appelé le tuteur.
420.- Icyemezo cy
’inama y'ubwishingire gikurah
cyangwa kinyaga umwishingizi kigomba kuvugirwa
impamvu kandi kigafatwa umwishingizi yireguye
cyangwa yahamagariwe kwiregura.
o
421.- Si le tuteur adh ère à la d élibération, il en est fait
mention et le nouveau tuteur entre aussitôt en fonction.
421.- Iyo umwishingizi yemeye icyemezo cyafashwe,
bikorerwa inyandiko, umusimbura agahita atangira
imirimo.
S'il y a r
éclamation, le subrog
é tuteur poursuit
l'homologation de la d élibération du conseil de tutelle
devant le tribunal.
Iyo habaye impaka, umugenzuzi w'umwishingizi asaba
urukiko kwemeza ibyagezweho n'inama y'ubwishingire.
Le tuteur exclu ou destitu é peut lui-m ême, en ce cas,
assigner le subrog é tuteur pour se faire d éclarer maintenu
en la tutelle.
Umwishingizi wabwambuwe cyangwa wabunyazwe
ashobora muri icyo gihe kurega umugenzuzi we asaba
kuguma ku murimo we w'ubwishingire.
F. Des comptes de la tutelle
F. Ibyerekeye imurikwa ry'ubwishingire.
422.- Tout tuteur est co mptable de sa gestion lorsqu'elle
prend fin.
422.- Umwishingizi wese amurika ibintu yacunze igihe
umurimo we urangiye.
423.- Imurikwa ry'ubwishingire ryishyurwa n'ibikomotse
mu mutungo w'umwana amaze kuba mukuru cyangwa se
yemerewe ubukure. Mu gihe ari ngombwa, umwishingizi
aba arishye ibigomba gukorwa.
424.- Amasezerano yose umwishingizi agiranye n'umwana
umaze kuba mukuru nta gaciro mu gihe atabanjirijwe
n'imurikwa ry'umutungo risobanuye ku buryo burambuye
n’itangwa ry'ibimenyetso bihagije, byose inama
y'ubwishingire ikaba yarabibonye nibura mu minsi icumi
mbere y'amasezerano
425.- Amafaranga asigaye agomba gutangwa
n'umwishingizi abyara inyungu ntawubisabye guhera aho
imurika rirangiriye.
423.- Le compte de la tutelle est rendu aux d
épens du
mineur, lorsqu'il a atteint sa majorit
é ou obtenu son
émancipation. En cas de besoin, le tuteur en avance les
frais. On alloue au tuteur toutes d épenses su ffisamment
justifiées et dont l'objet est utile.
424.- Toute convention pass ée entre le tuteur et le mineur
devenu majeur est nulle, si elle n'a
été pr écédée de la
reddition d'un compte d étaillé et de la remise des pi èces
justificatives, le tout constat é par le conseil de tutelle dix
jours au moins avant la convention.
425.- La somme à laquelle s' élève le reliquat d û par le
tuteur porte intérêt, sans demande, à partir de la cl ôture du
compte.
Sous-section III : De l'émancipation
426.- Le mineur est émancipé de plein droit par le mariage.
Akiciro ka III: Ibyerekeye kwemererwa ubukure.
426.- Iyo umwana muto ashyingiwe yemererwa ubukure
nta mpaka.
427.- Umwana muto utarashyingirwa ashobora
kwemererwa ubukure na se, bidashobotse na nyina iyo
agejeje ku myaka cumi n’umunani yuzuye.
Ubwo bukure bukorwa n ’imvugo ya se cyangwa ya nyina,
yakiriwe n’umwanditsi w’irangamimerere w’aho atuye.
428. - Umwana muto utagira se na nyina nawe ugejeje ku
myaka cumi n'umunani ashobora kwemererwa ubukure
n'inama y'ubwishingire iyo isanze abikwiye.
Muri icyo gihe, ukwemererwa ubukure byerekanwa
n'icyemezo cy'inama y'ubwishingire yabyemeje n'imvugo
ya Perezida w' urukiko ari nawe Perezida w'inama
y'ubwishingire bikubiye mu nyandiko imwe ko umwana
muto yemerewe ubukure.
429.- Iyo umwishingizi atagize icyo akora kugira ngo
umwana yemererwe ubukure nk'uko bivugwa mu ngingo
ya 428 kandi umugenzuzi w'umwishingizi, umwe cyangwa
benshi mu bafitanye isano n'umwana ishingiye ku
buvandimwe cyangwa ku ishyingiranwa, babona akwiye
kwemererwa ubukure, bashobora gusaba Perezida
w'urukiko gutumiza inama y'ubwishingire kugira ngo
ibifatire icyemezo.
Perezida w'urukiko ntashobora kwanga gutumiza iyo nama.
Umwana muto wishingiwe na Leta ashobora kwemererwa
ubukure biturutse ku cyemezo cy'urukiko rubisabwe na
Porokireri wa Repubulika
cyangwa ushinzwe ikigo
umwana arererwamo.
427.- Le mineur non marié peut être émancipé par son père
ou, à défaut de son père, par sa mère, lorsqu'il a atteint l'âge
de dix huit ans révolus.
Cette émancipation s'opère par la seule d éclaration du père
ou de la mère, reçue par l'officier de l'état civil du domicile
du déclarant.
428.- Le mineur rest é sans p ère ni m ère peut aussi, à l'âge
de dix huit ans accomplis, être émancipé si le conseil de
tutelle l'en juge capable.
En ce cas, l' émancipation résulte de la délibération qui l'a
autorisée et de la d éclaration que le Pr ésident du tribunal,
comme Président du conseil de tutelle, a faite dans le même
acte que le mineur est émancipé.
429.- Lorsque le tuteur ne fait aucune diligence pour
l'émancipation du mineur dont il est question à l'article 428,
et que le subrogé tuteur, un ou plusieurs parents ou alliés de
ce mineur le jugent capable d' être émancipé, ils peuvent
requérir le Président du tribunal de convoquer le conseil de
tutelle pour délibérer à ce sujet.
Le président du tribunal doit déférer à cette réquisition.
Le pupille de l'Etat peut être émancipé par d écision du
tribunal prise à la requ ête du Procureur de la R épublique
ou à la requ ête du responsable de l'institution à laquelle le
mineur est confié.
430.- Sans pr éjudice aux dispositions de l'article 171, le
mineur émancipé peut poser tous actes de la vie civile.
430.- Bitanyuranyije n'ibivugwa mu ngingo ya 171,
umwana uhawe ubukure ashobora gukora ibintu byose
bimuhuza n'abandi.
ICYICIRO CYA V: Ibyerekeye ubukure, kwakwa
ubushobozi n'umufasha w'udashoboye gucunga ibye.
SECTION III : De la majorit é, de l'interdiction et du
conseil judiciaire
Sous-section première : De la majorité
431.- La majorit é civil e est fix ée à vingt et un ans
accomplis; à cet âge on est capable de tous les actes de la
vie civile, sauf les exceptions déterminées par la loi.
Akiciro ka mbere: Ibyerekeye ubukure.
431.- Ubukure bushyizwe ku myaka makumyabiri n'umwe
yuzuye, kuri iyo myaka umuntu ashobora gukora ibintu
byose bimuhuza n'abandi, uretse ibiteganywa ukundi
n'amategeko.
Sous-section II : De l'interdiction
432.- Le majeur qui est dans un état habituel d'imb écillité,
de d émence ou de fureur, doit être interdit, m ême lorsque
cet état présente des intervalles lucides.
Akiciro ka II: Ibyerekeye kwakwa ubushobozi
432.- Umuntu mukuru usanzwe agaragaraho ubugoryi,
ubusazi cyangwa ubusazi butongoye, agomba kwakwa
ubushobozi n’aho ibyo byaba bijya bumuha agahenge.
433.- Umuntu wese ashobora gusaba ko uwo bafitanye
isano ishingiye ku buvandimwe yakwa ubushobozi,
byemererwa kandi umwe mu bashyingiranywe iyo
abisabira uwo bashyingiranywe.
434.- Iyo umuntu agaragaweho i
bisazi bitongoye,
ukwakwa ubushobozi ntibisabwa n'uwo bashyingiranywe
cyangwa uwo bafitanye isano ishingiye ku buvandimwe,
bigomba gukorwa n'Ubushinjacyaha; ubwo bushinjacyaha
bushobora no kubikora igihe umuntu agaragaweho
ubugoryi cyangwa ubusazi adafite uwo bashyingiranywe
cyangwa uwo bafitanye isano ishingiye ku buvandimwe
uzwi.
433.- Toute personne est recevable
à provoquer
l'interdiction de son parent; il en est de m ême de l'un des
époux à l'égard de l'autre.
434.- Dans le cas de fureur, si l'interdiction n'est provoquée
ni par l' époux, ni par les parents, elle doit l'
être par le
Ministère Public qui, dans les cas d'imb
écillité ou de
démence, peut aussi la provoquer contre l'individu qui n'a
ni époux, ni épouse, ni parents connus.
435.- Toute demande en interdiction est port ée devant le
tribunal.
435.- Ikirego cyose gisabira umuntu kwakwa ubushobozi
gishyikirizwa urukiko.
436.- Les faits d'imb écillité, de démence ou de fureur, sont
articulés par écrit.
436.- Ibyerekana ubugoryi, ibisazi cyangwa ibisazi
bitongoye bivugwa mu nyandiko.
Ceux qui poursuivent l'interdiction pr ésentent les t émoins
et les pièces.
Abasaba kwaka u
bushobozi babitangira
n'ibimenyetso byanditse.
437.- Le tribunal ordonne que le conseil de famille donne
son avis sur l' état de la personne dont l'interdiction est
demandée.
abagabo
437.- Urukiko rutegeka ko inama y'umuryango ivuga icyo
itekereza ku mimerere y'usabirwa kwakwa ubushobozi.
438.- Abasabye kwaka ubushobozi ntibashobora gutora
mu nama y'umuryango igomba kuvuga icyo itekereza ku
mimerere y'usabirwa kwakwa ubushobozi.
439.- Iyo urukiko rumaze kumva icyo inama y'umuryango
ibitekerezaho, rubariza uregwa mu muhezo, atashobora
kuboneka ahongaho, akabarizwa aho ari hose bashoboye
kumusanga. Igihe cyose, Ubushinjacyaha bub a buri muri
iryo bazwa.
440.- Nyuma y'ibazwa rya mbere, urukiko rushyiraho
438.- Ceux qui ont provoqu é l'interdiction ne peuvent
participer aux d élibérations du conseil de famille appel é à
donner son avis sur l' état de la personne dont l'interdiction
est demandée.
439.- Apr ès avoir re çu l'avis du conseil de famille, le
tribunal interroge le d éfendeur à huis clos; s'il ne peut s'y
présenter, il est interrog é partout o ù il peut se trouver.
Dans tous les cas, la pr
ésence du Minist ère Pub lic à
l'interrogatoire est obligatoire.
440.- Apr ès le premier interrogatoire, le tribunal commet,
s'il y a lieu, un administrateur provisoire pour prendre soin
de la personne et des biens du défendeur.
by'agateganyo, iyo ari ngombwa, umuntu wita k'uregwa
no kubintu bye.
441.- Urubanza rwose rutagihindutse rutegeka kwaka
ubushobozi rumanikwa mu biro by'umwanditsi
w'irangamimerere w'aho uwatswe ubushobozi aba, mu
gihe cy'iminsi icumi, bisabwe n'abamureze.
442.- Kwakwa ubushobozi bitangira gukurikizwa ku
munsi urubanza rwasomeweho cyangwa
rwamenyesherejweho ababuranyi.
443.- Ibyakozwe mbere yo kwakwa ubushobozi bishobora
guseswa i gihe icyatumye nyiri ukubikora yakwa
ubushobozi cyariho kandi kizwi na benshi mu gihe
yabikoraga.
444.- Iyo umuntu apfuye, ibyo yakoze ntibishobora
kuregerwa ngo ni iby ’umusazi iyo kwakwa ubushobozi
bitaciriweho urubanza cyangwa ngo bisabwe atarapfa
keretse icyemezo cy ’uko yasaze kigaragazwa n ’igikorwa
ubwacyo cyaregewe.
445.- Igihe icyemezo cyo kwakwa ubushobozi
kitagishobora gusubirwaho, hashyirwaho umwishingizi
n'umugenzuzi w'umwishingizi bo gufasha uwambuwe
ubushobozi, bisabwe na buri muntu wese waba ubifitemo
inyungu cyangwa bisabwe n'Ubushinjacyaha, hakurikijwe
amategeko
agenga ibyerekeye ubuto, ubwishingire
no kwemererwa ubukure.
441.- Toute d écision portant interdiction, coul ée e n force
de chose jugée, est, à la diligence des demandeurs, affichée
dans les dix jours au bureau de l'officier de l' état civil de la
résidence de l'interdit.
442.- L'interdiction produit ses effets le jour du prononc é
ou celui de la notification aux parties.
443.- Les actes ant érieurs à l'interdiction peuvent être
annulés, si la cause de l'interdiction existait notoirement à
l'époque où ces actes ont été posés.
444.- Après la mort d'un individu, les actes par lui posés ne
peuvent être attaqués pour cause de démence qu'autant que
son interdiction ait été prononcée ou provoqu ée avant son
décès, à moins que la preuve de la d émence ne r ésulte de
l'acte même qui est attaqué.
445.- Lorsque la d écision d'interdiction est coul ée en force
de chose jug ée, il es t, à la diligence de toute partie
intéressée ou du Minist ère Public, pourvu à la nomination
d'un tuteur et d'un subrog é tuteur à l'interdit suivant les
règles relatives à la minorité, la tutelle et l'émancipation.
L'administrateur provisoire cesse ses f onctions et rend
compte au tuteur s'il ne l'est pas lui-même.
Umucunzi w'agateganyo ahagarika imirimo ye akamurikira
ibintu umwishingizi iyo atari we wahawe uwo murimo.
446.- Chacun des
conjoint interdit.
446. - Buri wese bashyingiranywe afite uburenganzira bwo
kubera mugenzi we umwishingizi iyo yatswe ubushobozi.
447.- Nul, à l'exception des époux, des ascendants et
descendants, n'est tenu de conserver la tutelle d'un interdit
au-delà de dix ans. A l'expiration de ce délai, le tuteur peut
demander et doit obtenir son remplacement.
447.- Nta n'umwe, uretse uwashyingiranywe n'undi, abo
akomokaho n'abamukomokaho, ugomba guhatirwa kubera
umwishingizi uwatswe ubushobozi mu gibe kirenze
imyaka icumi. Iyo icyo gihe kirenze, umwishingizi
ashobora gusaba kandi akemererwa gusimburwa.
448.- Uwatswe ubushobozi afatwa nk'umwana muto ku
bimwerekeye ubwe no kumutungo we;Amategeko
yerekeye ubwishingire bw ’abana babo niyo akurikizwa ku
bwishingire ku batswe ubushobozi
449.- Ibiva mu mutungo w'uwatswe ubushobozi bigomba
ahanini gukoreshwa mu byerekeye ibimworohereza
imibereho n'ibishobora kumukiza vuba.
Iyo uwatswe ubushobozi ari umutindi nyakujya, inama
y'umuryango ibishyikiriza Minisitiri ushinzwe i mibereho
myiza y'abaturage; icyo gihe, uwatswe ubushobozi
azavurirwa mu bitaro yishyurirwa na Leta.
450.- Mu ishyingirwa ry'umwana w'uwatswe ubushobozi,
ari amasezerano agirwa n'abashyingiranywe kimwe n'indi
époux est, de droit, le tuteur de son
448.- L'interdit est assimil é au mineur pour sa personne et
pour ses biens; les lois sur la tutelle des mineurs
s'appliquent à la tutelle des interdits.
449.- Les revenus de l'interdit doivent être essentiellement
employés à adoucir son sort et à accélérer sa guérison.
Si l'interdit est indigent, le conseil de famille s'adresse au
Ministre ayant les affaires sociales dans ses attributions;
l'interdit, en ce cas, est admis à la maison de santé aux frais
de l'Etat.
450.- En cas de mariage de l'enfant de l'interdit, les
conventions matrimoniales ainsi que toutes autres
formalités dont l'intervention des parents est n
écessaire
sont régies par des dispositions de la présente loi relatives à
la tutelle.
mihango ababyeyi bataburamo, birangizwa hakurik
ingingo z'iri tegeko zerekeye ubwishingire.
ijwe
451.- Kwakwa ubushobozi birangirana n'uko impamvu
zabiteye nazo zivuyeho, nyamara kubivana ku muntu
byemezwa hakurikijwe imihango imwe n ’ikurikizwa igihe
cyo kwakwa ubushobozi, kandi uwatswe ubushobozi
ntashobora gusubirana uburenganzira bwe mbere
y’urubanza rubivanaho.
Urwo rubanza rumanikwa ku biro by'umwanditsi
w'irangamimerere w'aho nyirubwite aba kandi ariwe
ubisabye.
Akiciro ka III: Ibyerekeye umufasha w'udashoboye
gucunga ibye.
452.- Abatagaguza i byabo bashobora kubuzwa kuburana,
kugira icyo bumvikana n'abandi, kugurizwa, kwakira igifite
agaciro gishobora kwimukanwa, kwemeza ko umuntu
akivanwaho, gutanga umutungo wabo cyangwa
kuwugwatiriza batabifashijwemo n'umufasha ushyirwaho
n'urukiko.
453.- Ku buza umuntu kugira icyo akora atabifashijwemo
n'umufasha bishobora gusabwa n'abafite uburenganzira
bwo kumusabira kwakwa ubushobozi. Icyo kirego
kiburanishwa kandi kigakemurwa ku buryo bumwe
n'ikirego cyo kwakwa ubushobozi.
Kwemerera utagaguza gusubirana ububasha bwe binyura
mu nzira zimwe nk'izo kubumwambura.
451.- L'interdiction cesse avec les causes qui l'ont
déterminée; n éanmoins, la mainlev ée est prononc ée en
observant les m êmes formalités prescrites pour parvenir à
l'interdiction; et l'interdit ne peut reprendre l'exercice de ses
droits qu'à partir du jour de la notification du jugement de
mainlevée.
Ce jugement est affiché au bureau de l'officier de l'état civil
de la résidence de l'intéressé à sa diligence.
Sous-section III : Du conseil judiciaire
452.- Il peut être d éfendu aux prodigues de plaider, de
transiger, d'emprunter, de recevoir un capital mobilier et
d'en donner d écharge, d'ali éner et de grever leurs biens
d'hypothèques sans l'assistance d'un conseil qui leur est
nommé par le tribunal.
453.- La mise sous conseil judiciaire peut être provoqu ée
par ceux qui ont droit de demander l'interdiction. La
demande est instruite et jug ée de la m ême manière que la
demande d'interdiction.
La mainlev ée n'est obtenue qu'en observant les m
formalités.
êmes
454.- Aucune d écision, en mati ère d'interdiction ou de
nomination d'un conseil, ne peut être rendue que sur avis
du Ministère Public.
454.- Nta cyemezo gifatwa mu byerekeye gushyiraho
umufasha cyangwa kwakwa ubushobozi Ubushinjacyaha
butavuze icyo bubitekerezaho.
TROISIÈME PARTIE : Du conseil de famille
GICE CYA GATATU: ibyerekeye inama y'umuryango
455.- Le conseil de famille est une institution au sein de la
famille chargée de veiller à la sauvegarde des int érêts des
membres de la famille.
455.- Inama y'umury ango ni urwego rwo mu muryango
rushinzwe kurengera inyungu z'abagize umuryango.
Il est organis é et fonctionne conform ément aux usages et
coutumes.
Imiterere n'imikorere yayo ishingira ku muco.
QUATRIÈME PARTIE : Des dispositions finales
IGICE CYA KANE: Ibyerekeye ingingo zisoza
456.- Inyandiko z'irangamimerere zakozwe n'ubutegetsi
bwa Perefegitura n'ubwa komini mbere y'uko iri tegeko
ritangira gukurikizwa, zigumanye agaciro kazo.
457.- Bitabangamiye imanza zaciwe burundu n'inkiko,
abana bitwaga abasambanano, abitwaga amacugane mu
mategeko yariho mbere y
’iri bashobora kwemerwa
hakurikijwe ibiteganywa n’iri tegeko.
456.- Les actes d' état civil dress és par les autorit és
préfectorales et communales , avant l'entr ée en vigueur de
la présente loi, restent valables.
457.- Sous r éserve des d écisions judiciaires coul ées en
force de chose jug ée, les enfants qualifi és d'adult érins et
d'incestueux par la l égislation ant érieure à la pr ésente lo i
peuvent être reconnu conform ément aux dispositions de
celle-ci.
458.- Toutes dispositions l
égales ou r
églementaires
458.- Amategeko yose n'amabwiriza anyuranye n
’iri
avanyweho, cyane cyane, uko yagiye ahinduka kugeza ubu
:
- iteka ryo kuwa 4 Gicurasi 1895 ryerekeye amategeko
mbonezamubano, igitabo cya mbere;
- iteka ryo kuwa 5 Nyakanga 1948 ryerekeye
ubushyingiranwe bw'umugore n'umugabo umwe,
ryubahirijwe mu Rwanda n'iteka n°21/130 ryo kuwa 5
Nzeri 1949 ;
- iteka ryo kuwa 4 Mata 1950 ryerekeye
ugushyingiranwa n'abagore benshi ryubahirijwe mu
Rwanda n'iteka n° 21/132 ryo kuwa 11 Ukuboza 1951 ;
- iteka n° 11/28 ryo kuwa 9 Gashyantare 1955 ryerekeye
irangamimerere y'abanyamahanga :
- itegeko-teka n° 33/79 ryo kuwa 22 ukwakira 1979
ryerekeye uguhindura amazina.
459.- Iri tegeko rizatangira gukurikizwa ku munsi
rizatangarizwaho mu Igazeti ya Leta ya Repubulika y'u
Rwanda.
Rihera ku itariki izemezwa na Perezida wa Repubulika
- Iteka rya Perezida nº 102/05 ryo kuwa 13.3.1992
rashyizeho itariki ya 1 gicurasi 1992 (Igazeti ya Leta, 1992,
urup.445).
contraires au code civil institu é par la pr ésente loi sont
abrogées, notamment, tels que modifiés à ce jour :
- le décret du 4 mai 1895 relatif au code civil,
livre premier;
- le d écret du 5 juillet 1948 relatif au mariage
monogamique indig ène, rendu ex écutoire au Rwanda
par l'ordonnance nº 21/130 du 5 septembre 1949;
- le d écret du 4 avril 1950 relatif au mariage
polygamique, rendu ex écutoire au Rwanda par
l'ordonnance nº 21/132 du 11 décembre 1951;
- l'ordonnance nº 11/28 du 9 f évrier 1955 relative à l'état
civil des étrangers;
- le d écret-loi n º 33/79 du 22 octobre 1979 relatif aux
changements de noms.
459.- La pr ésente loi entre en vigueur le jour de sa
publication au Journal Officiel de la R
épublique
Rwandaise.
Elle sortira ses effets à la date que d éterminera le Président
de la République.
L’A.P. nº 102/05 du 13.3.1992 a fixé cette date au
1er mai 1992 (J.O. 1992, p. 445).