rigena imiterere, ifasi, ububasha n`imikorere bya komite
Transcription
rigena imiterere, ifasi, ububasha n`imikorere bya komite
1 UMUSHINGA W’ITEGEKO Nº …....... RYO KU WA ……..…. RIGENA IMITERERE, IFASI, UBUBASHA N’IMIKORERE BYA KOMITE Y’ABUNZI ISOBANURAMPAMVU I. Impamvu y’ivugurura Umushinga w’itegeko rigena imiterere, ifasi, ububasha n’imikorere bya Komite y’Abunzi ryahoze ari itegeko ngenga, rihindurwamo itegeko risanzwe kubera ko Itegeko nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryavuguruwe muri 2015 ridateganya iri Itegeko Ngenga rigena imiterere, ifasi, ububasha n’imikorere bya Komite y’Abunzi nk’itegeko ngenga (ingingo ya 95). Iri tegeko Ngenga ryagiyemo mu mwaka wa 2010 riza kuvugururwa muri 2015. Itegeko Ngenga nº 02/2010/OL ryo ku wa 09/06/2010 rigena imiterere, ifasi, ububasha n’imikorere bya Komite y’Abunzi nk’uko ryahinduwe kandi ryujujwe kugeza ubu, rigena ububasha bwa Komite y’Abunzi bushishingiye ku kuburanwa mu bibazo by’inshinjabyaba. Ingingo ya 4 y’iryo tegeko iteganya ibihano biri mu bubasha bwa Komite y’Abunzi. Ibyo byaha ni ibi bikurikira: 1. gukuraho, kwimura imbibi cyangwa kuzonona; 2. kwangiza no konona ibiti, imyaka, ibikoresho by’ubuhinzi n’ubworozi, mu gihe ibyangijwe cyangwa ibyononwe bitarengeje agaciro ka miliyoni eshanu (5.000.000) z’amafaranga y’u Rwanda; 3. gutukana mu ruhame; 4. gusebanya mu ruhame; 5. gutwika ku bushake amashyamba, imyaka iri mu murima, ibiti byatemwe cyangwa imyaka yasaruwe mu gihe ibyatwitswe bitarengeje agaciro ka miliyoni eshanu (5.000.000 Frw) z‘amafaranga y‟u Rwanda; 6. ubujura budakoresheje kiboko cyangwa ibikangisho iyo icyibwe kitarengeje agaciro ka miliyoni eshanu (5.000.000) z’amafaranga y’u Rwanda; 2 7. guhisha ibintu bikomoka ku cyaha, iyo icyibwe kitarengeje agaciro ka miliyoni eshanu (5.000.000) z‘amafaranga y‘u Rwanda; 8. ubwambuzi bushukana n‘ububeshyi bukozwe n‘umwe mu bashakanye abigiriye mugenzi we; 9. ubuhemu iyo ikiburanwa kitarengeje agaciro ka miliyoni eshanu (5.000.000) z‘amafaranga y‘u Rwanda; 10. kwaka ikitari bwishyurwe iyo kitarengeje agaciro ka miliyoni eshanu (5.000.000) z‘amafaranga y‘u Rwanda; 11. kubika ku bw‘uburiganya ikintu cy‘undi watoraguye, iyo icyo kintu kitarengeje agaciro ka miliyoni eshanu (5.000.000) z‘amafaranga y‘u Rwanda; 12. gufata nabi amatungo yororerwa mu rugo, kuyakomeretsa cyangwa kuyica, iyo ayo matungo yafashwe nabi, yakomerekejwe cyangwa yishwe atarengeje agaciro ka miliyoni eshanu (5,000,000) z‘amafaranga y‘u Rwanda ; 13. gusenya cyangwa konona inyubako utari nyirazo, iyo ibyo bintu byashenywe cyangwa byononwe bitarengeje agaciro ka miliyoni eshanu (5.000.000) z‘amafaranga y‘u Rwanda ; 14. guhutaza undi byoroshye ubikoranye ubushake cyangwa kumutera ikintu gishobora kumubangamira cyangwa kumwanduza ; 15. urusaku rwa ninjoro; 16. gukangisha gusebanya; 17. gusahura cyangwa konona umutungo, bitigeze biburanishwa n‘Inkiko Gacaca byakozwe hagati y‘itariki ya mbere Ukwakira 1990 n‘iya 31 Ukuboza 1994 hatitawe ku gaciro k‘ibyasahuwe, ibyangijwe byaba byarakozwe n‘abasivili, abajandarume cyangwa abasirikare. Nyuma yo kuganira cyane kuri ubu bubasha bw’ishinjabyaha bwahawe Komite y’Abunzi, hagaragajwe ko nta buryo bwo kunga bukwiye kubaho mu gihe ikiburanwa ari icyaha. 3 II. Icyakozwe kuri uyu mushinga Muri uyu mushinga w’itegeko, havanywemo ingingo zose zirebana n’ububusha mu nshinjabyaha kandi itegeko rihuzwa n’ibitekerezo byari mu itegeko ryaryuzuzaga, bityo biba itegeko rimwe. Hongewemo ibitekerezo byatanzwe na Minisiteri y‘Ubutabera. UMUSHINGA W’ITEGEKO No .............. RYO KU WA ..................... RIGENA IMITERERE, IFASI, UBUBASHA N’IMIKORERE BYA KOMITE Y’ABUNZI DRAFT LAW No ……….. OF ………… ON THE ORGANISATION, JURISDICTION, COMPETENCE AND FUNCTIONING OF ABUNZI COMMITTEE PROJET DE LOI No ……….. DU …………… PORTANT ORGANISATION, RESSORT, COMPETENCE ET FONCTIONNEMENT DU COMITE D’ABUNZI TABLE DES MATIERES TABLE OF CONTENTS ISHAKIRO UMUTWE RUSANGE WA MBERE: INGINGO CHAPTER PROVISIONS ONE: CHAPITRE PREMIER: GENERAL DISPOSITIONS GENERALES Article One: Purpose of this Law Ingingo ya mbere: Icyo iri tegeko Article premier: Objet de la présente loi 4 rigamije Article 2: Establishment of Abunzi Article 2: Création des Comités Committees at the Cell and the Sector d’Abunzi au niveau de la Cellule et Ingingo ya 2: Ishyirwaho rya Komite levels du Secteur y’Abunzi ku rwego rw’Akagari n’urw’Umurenge Article 3: Mediation organ Article 3: Organe de conciliation Ingingo ya 3: Urwego rushinzwe kunga UMUTWE WA II: KOMITE Y’ABUNZI IMITERERE YA Ingingo ya 4: Abagize Komite y’Abunzi n’igihe manda yabo imara Ingingo ya 5: Biro n’Umunyamabanga wa Komite y’Abunzi CHAPTER II: ORGANISATION OF CHAPITRE II: ORGANISATION DU ABUNZI COMMITTEE COMITE D’ABUNZI Article 4: Members of Abunzi Article 4: Composition du Comité Committee and their term of office d’Abunzi et durée de leur mandat Article 5: Bureau of the Committee and its Secretary Abunzi Article 5: Bureau du d’Abunzi et son Secrétaire Article Abunzi 6: Elections of Comité 5 Committee members Ingingo ya 6: Amatora y’abagize Komite y’Abunzi Article 6: Elections des membres du Comité d’Abunzi Article 7: Oath of Abunzi Article 7: Serment d’Abunzi Ingingo ya 7: Indahiro y’Abunzi CHAPTER III: COMPETENCE CHAPITRE III: COMPETENCE UMUTWE WA III: UBUBASHA Ingingo ya 8: Ububasha bwa Komite y’Abunzi bushingiye ku kiburanwa mu bibazo by’imbonezamubano Article 8: Competence of Abunzi Committee in civil matters with Article 8: Compétence matérielle du regard to subject matter Comité d’Abunzi en matière civile Article 9: Competence of Committee Ingingo ya 9: Ababuranishwa na Komite y’Abunzi Abunzi Article 9: Compétence du Comité Article 10: Determining the competent d’Abunzi Abunzi Committee when the subject matter is located in different territorial Ingingo ya 10: Kugena Komite y’Abunzi jurisdictions Article 10: Détermination du Comité ifite ububasha bwo kuburanisha mu gihe d’Abunzi compétent lorsque l’objet du ikiburanwa kiri mu mafasi menshi litige est situé dans des ressorts CHAPTER IV: FUNCTIONING OF différents ABUNZI COMMITTEE 6 UMUTWE WA IV: IMIKORERE YA KOMITE Y’ABUNZI Icyiciro cya mbere: Iburanisha n’ishyirwa mu bikorwa ry’icyemezo CHAPITRE IV: FONCTIONNEMENT Section One: Mediation procedure and DU COMITE D’ABUNZI execution of the decision Section première: Procédure de Article 11: Submission of a case to conciliation et exécution de la décision the Abunzi Committee Ingingo ya 11: Kuregera Komite y’Abunzi Ingingo ya 12: Ihamagazwa ry’uregwa Article 12: Summoning the defendant Article 11: Saisine d’Abunzi du Comité Article 13: Choosing Abunzi Article 12: Convocation du défendeur Ingingo ya 13: Guhitamo Abunzi Article 14: Selection of a panel to Article 13: Choix d’Abunzi examine a dispute involving the Abunzi Committee or the majority of its Ingingo ya 14: Guhitamo inteko isuzuma members ikibazo cyerekeye Komite y’Abunzi Article 14: Choix du siège devant cyangwa benshi mu bayigize connaître du différend impliquant le Comité d’Abunzi ou la majorité de ses Article 15: Decision rendered by default membres Ingingo ya 15: Gukemura ikibazo umwe mu bagifitanye adahari Article 16: Opposition against the Abunzi Article 15: Décision rendue par défaut 7 Committee ’s decision Ingingo ya 16: Gusubirishamo icyemezo cyafashwe na Komite y‘Abunzi Article 17: Opposition by a third party Article 16: Opposition contre la against the Abunzi Committee’s decision décision du Comité d’Abunzi Ingingo ya 17: Gutambamira icyemezo cyafashwe na Komite y’Abunzi Article 17: Tierce opposition contre la Article 18: Hearings décision du Comité d’Abunzi Ingingo ya 18: Iburanisha Article 18: Débats Article 19: Mediation procedure Ingingo ya 19: Uburyo kunga bikorwamo Article 20: Decision making Article 19: Procédure de conciliation Ingingo ya 20: Ifatwa ry’icyemezo Ingingo ya 21: Agaciro cyafashwe n’Abunzi k’icyemezo Article 21: Force of Abunzi decision Ingingo ya 22: Ishyirwa mu bikorwa ry’icyemezo cyafashwe na Komite y’Abunzi Article 22: Execution of the Abunzi Committee’s decision Ingingo ya 23: Impaka zivutse mu irangiza ry’ibyemezo bya Komite y’Abunzi Article 23: Disputes arising from the execution of the Abunzi Committee decisions Article 20: Prise de décision Article 21: Force d’Abunzi de la décision Article 22: Exécution de la décision du Comité d’Abunzi Article 23: Contestations de l’exécution Ingingo ya 24: Kujuririra icyemezo de la décision du Comité d’Abunzi cyafashwe na Komite y’Abunzi ku rwego rw’Akagari Article 24: Appealing against a decision 8 of the Abunzi Committee at the Cell level Ingingo ya 25: Kuregera icyemezo cyafashwe na Komite y’Abunzi yo ku rwego rw’Umurenge Ingingo ya 26: Ingingo n’urukiko rwaregewe zisuzumwa Icyiciro cya 3: Imyitwarire ya Komite y’Abunzi Article 25: Filing an action against the Abunzi Committee decision at the Sector level Article 25: Recours contre la décision rendue par le Comité d’Abunzi au Article 26: Points to be examined by the niveau du Secteur court seized Ingingo ya 27: Imyitwarire y’Abunzi Section 3: conduct Article 26: Points devant être examinés Abunzi Committee code of par la juridiction saisie Section 3: Code Comité d’Abunzi de conduite du Article 27: Code V: INGINGO Abunzi IZ’INZIBACYUHO Article 28: Suspension of a member of the Abunzi Committee de conduite des Ingingo ya 28: Ihagarikwa ry’umwe mu Article 27: Abunzi code of conduct bagize Komite y’Abunzi UMUTWE WA ZINYURANYE, N’IZISOZA Ingingo ya Article 24: Appel contre la décision d’ Abunzi au niveau de la Cellule 29: Urwego rukurikirana CHAPTER V: MISCELLANEOUS, Article 28: Suspension d’un membre du Comité d’Abunzi 9 ibikorwa bya Komite z’abunzi Ingingo ya 30: y’Abunzi bariho Irangira TRANSITIONAL PROVISIONS AND FINAL rya CHAPITRE DIVERSES, FINALES V: DISPOSITIONS TRANSITOIRES ET manda Article 29: Organ in charge of supervising activities of Abunzi Committees Ingingo ya 31: Ibidateganyijwe muri iri Article 29: Organe chargé de la tegeko ku mikorere n’imikoranire supervision des activités des Comités d’Abunzi Article 30: Termination of the term office of incumbent Abunzi Article 30: Terme du mandat d’Abunzi Ingingo ya 32: Imanza zaregewe inkiko en service mbere y’uko iri tegeko ritangazwa Article 31: Functioning and relationship not provided for in this Law Article 31: Modalités de fonctionnement et de collaboration non prévues par la présente loi Ingingo ya 33: Ivanwaho ry’ingingo z’amategeko zinyuranyije n’iri tegeko Ingingo ya 34: Itegurwa, isuzumwa n’itorwa Article 32: Cases filed with courts ry’iri tegeko before the publication of this Law Article 32: Affaires portées devant les Ingingo ya 35: Igihe iri tegeko ritangira gukurikizwa juridictions avant la publication de la Article 33: Repealing provision présente loi 10 Article 33: Disposition abrogatoire Article 34: Drafting, consideration and adoption of this Law Article 35: Commencement Article 34: Initiation, examen adoption de la présente loi Article 35: Entrée en vigueur et 11 UMUSHINGA W’ITEGEKO No .............. RYO KU WA ......................... RIGENA IMITERERE, IFASI, UBUBASHA N’IMIKORERE BYA KOMITE Y’ABUNZI DRAFT LAW No ……….. OF ………… ON THE ORGANISATION, JURISDICTION, COMPETENCE AND FUNCTIONING OF ABUNZI COMMITTEE We, KAGAME Paul, Twebwe, KAGAME Paul, President of the Republic; PROJET DE LOI No ……….. DU …………… PORTANT ORGANISATION, RESSORT, COMPETENCE ET FONCTIONNEMENT DU COMITE D’ABUNZI Nous, KAGAME Paul, Président de la République; Perezida wa Repubulika; INTEKO ISHINGA AMATEGEKO YEMEJE, NONE NATWE DUHAMIJE, DUTANGAJE ITEGEKO NGENGA RITEYE RITYA KANDI DUTEGETSE KO RYANDIKWA MU IGAZETI YA LETA YA REPUBULIKA Y’U RWANDA THE PARLIAMENT HAS ADOPTED AND WE SANCTION, PROMULGATE THE FOLLOWING ORGANIC LAW, AND ORDER IT BE PUBLISHED IN THE OFFICIAL GAZETTE OF THE REPUBLIC OF RWANDA LE PARLEMENT A ADOPTE ET NOUS SANCTIONNONS, PROMULGUONS LA LOI ORGANIQUE DONT LA TENEUR SUIT ET ORDONNONS QU’ELLE SOIT PUBLIEE AU JOURNAL OFFICIEL DE LA REPUBLIQUE DU RWANDA 12 THE PARLIAMENT: LE PARLEMENT: INTEKO ISHINGA AMATEGEKO: The Chamber of Deputies, in its session of La Chambre des Députés, en sa séance du ………………………; ………………….. ; Umutwe w’Abadepite, mu nama yawo yo ku wa ..................................; Pursuant to the Constitution of the Republic Vu la Constitution de la République of Rwanda of 2003 revised in 2015, du especially in Articles 64, 69, 70, 85, 87, 90, Rwanda de 2003 révisée en 2015, Ishingiye ku Itegeko Nshinga rya Repubulika 92, 106, 141 and 176; spécialement en ses articles 64, 69, 70, y’u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe mu 85, 87, 90, 92, 106, 141 and 176; 2015, cyane cyane mu ngingo zaryo, iya 64, iya 69, iya 70, iya 85, iya 87, iya 90, iya 92, iya 106, iya 141 n’iya 176; ADOPTS: ADOPTE : YEMEJE: UMUTWE RUSANGE Ingingo ya CHAPTER PROVISIONS WA MBERE: ONE: GENERAL INGINGO CHAPITRE PREMIER: DISPOSITIONS GENERALES Article One: Purpose of this Law mbere: Icyo iri tegeko This Law determines the organisation, Article premier: Objet de la présente loi 13 jurisdiction, competence and functioning of the Abunzi Committee. rigamije Iri tegeko rigena imiterere, ifasi, ububasha n’imikorere bya Komite y’Abunzi. Article 2: Establishment of Mediation Ingingo ya 2: Ishyirwaho rya Komite Committees at the Cell and the Sector levels Article 2: Création des Comités d’Abunzi au niveau de la Cellule et du Secteur An Abunzi Committee whose jurisdiction is rw’Akagari at the Cell level is established. An Abunzi Committee whose jurisdiction is at the Sector level and is also the level of appeal for the Abunzi Committee is Hashyizweho, ku rwego rw’Akagari, Komite hereby established. y’Abunzi ifite ifasi ingana n’Akagari. Hashyizweho kandi, ku rwego rw’Umurenge, urwego rw’ubujurire rwa Komite y’Abunzi Article 3: Mediation organ rufite ifasi ingana n’Umurenge. y’Abunzi ku n’urw’Umurenge La présente loi porte organisation, ressort, compétence et fonctionnement du Comité d’Abunzi. rwego Il est créé, au niveau de la Cellule, un Comité d’Abunzi dont le ressort est la Cellule. Il est également créé au niveau du Secteur un Comité d’Abunzi d’appel dont le ressort est le Secteur. The Abunzi Committee is an organ Article 3: Organe de conciliation responsible for providing mediation services on matters in their competence Ingingo ya 3: Urwego rushinzwe kunga mentioned in Article 8 of this Law. Le Comité d’Abunzi est un organe chargé de la conciliation entre deux personnes pour les matières de leur Komite y’Abunzi ni urwego rushinzwe kunga abantu ku bibazo biri mu bubasha bwo Abunzi serve with dedication to duty and on compétence prévues à l’article 8 de la 14 kuburanisha ibirego bivugwa mu ngingo ya a non remunerated basis. 8 y’iri tegeko. CHAPTER II: Umurimo w’abagize Komite y’Abunzi ni umurimo w’ubwitange udahemberwa. UMUTWE WA II: KOMITE Y’ABUNZI IMITERERE ORGANISATION OF ABUNZI COMMITTEE présente loi. Le service d’Abunzi est presté avec dévouement et à titre bénévole. CHAPITRE II: ORGANISATION DU Article 4: Members of Abunzi YA Committee and their term of office COMITE D’ABUNZI The Abunzi Committee at the Cell and Ingingo ya 4: Abagize Komite y’Abunzi Sector level comprises seven (7) residents n’igihe manda yabo imara of the Cell and the Sector respectively, who are persons of integrity and well-known for their mediation skills. Ku rwego rw’Akagari kimwe no ku rw’Umurenge, Komite y’Abunzi igizwe n’abantu barindwi (7) b’inyangamugayo, bose bagomba kuba batuye mu Kagari no mu Murenge, bitewe n’urwego barimo, They are elected for a renewable term of kandi bazwiho ubushobozi bwo kunga. office of five (5) years. Article 4: Composition du Comité d’Abunzi et durée de leur mandat Au niveau de la Cellule et du Secteur, le Comité d’Abunzi est composé de sept (7) personnes intègres ayant leur résidence respectivement dans la Cellule et dans le Secteur et reconnues pour leur aptitude à concilier. Batorerwa igihe cy’imyaka itanu (5) gishobora At least thirty percent (30%) of members of Ils sont élus pour un mandat de cinq (5) ans renouvelable. kongerwa. the Abunzi Committee must be females. 15 Abagize Komite y’Abunzi bagomba kuba barimo nibura mirongo itatu ku ijana (30%) Article 5: Bureau of the b’abagore. Committee and its Secretary Au moins trente pourcent (30%) des membres du Comité d’Abunzi doivent être de sexe féminin. Abunzi Ingingo ya 5: Biro n’Umunyamabanga The Mediation Committee at the Cell wa Komite y’Abunzi and Sector level is headed by a Bureau composed of a Chairperson and a Vice Chairperson elected by their peers. Komite y’Abunzi ku rwego rw’Akagari n’iyo ku rwego rw’Umurenge iyoborwa na Biro igizwe na Perezida na Visi Perezida batorwa The Executive Secretary of the Cell or the na bagenzi babo. Sector is the secretary of the Abunzi Committee at that respective level. Umunyamabanga Nshingwabikorwa ku rwego rw’Akagali cyangwa ku rwego rw’Umurenge ni we munyamabanga wa Biro y’Abunzi kuri urwo rwego bireba. Article 6: Elections Committee members of Article 5: Bureau du d’Abunzi et son secrétaire Comité Le Comité d’Abunzi au niveau de la Cellule et du Secteur est dirigé par un Bureau composé d’un Président et d’un Vice-Président élus par leurs pairs. Le Secrétaire Exécutif de la Cellule ou du Secteur assure les fonctions de secretaire du Comite d’Abunzi à ce niveau respectif. Abunzi Article 6: Election des membres du Ingingo ya 6: Amatora y’abagize Komite Comité d’Abunzi y’Abunzi Members of the Abunzi Committee are elected by the Cell and Sector’s Council respectively, from among non-members Abagize Komite y’Abunzi batorwa n’Inama of staff of local administrative entities or Les membres du Comité d’Abunzi 16 Njyanama y’Akagari cyangwa y’Umurenge, judicial organs. bitewe n’urwego barimo, mu bantu batari abakozi bo mu nzego z’ibanze cyangwa se z’ubutabera. sont respectivement élus par le Conseil de la Cellule et le Conseil du Secteur en dehors des agents des entités administratives de base et ceux des instances judiciaires. The elections are organized, conducted and supervised by the National Electoral Commission. Les élections sont préparées, organisées Amatora ategurwa, agakoreshwa kandi et conduites par la Commission Nationale akayoborwa na Komisiyo y’Igihugu Electorale. y’Amatora. A Presidential Order specifies modalities for electing the Abunzi Committee members. Un arrêté présidentiel fixe les Iteka rya Perezida rigena uko amatora modalités y’abagize Komite y’Abunzi akorwa. d’élection des membres du Comité d’Abunzi. Article 7: Oath of Abunzi Ingingo ya 7: Indahiro y’Abunzi Mu gihe kitarengeje iminsi irindwi (7) y’akazi nyuma y’amatora, abatowe barahirira imbere y’abaturage, Perezida w’Inama Njyanama yo ku rwego bireba cyangwa Visi Perezida wayo mu gihe Perezida adahari, indahiro iteye itya: Article 7: Serment d’Abunzi In a period not exceeding seven (7) working days after the elections, elected members take oath before the population, the Chairperson of the Council of the concerned entity or its Vice Chairperson in case of absence of the Chairperson. The oath is as follows: Dans un délai ne dépassant pas sept (7) jours ouvrables à compter de leur élection, les membres du Comité de Abunzi élus prêtent serment devant la population et le Président du Conseil de l’entité concernée ou de son Vice- 17 Président en cas d’absence du Président, en ces termes: “Jyewe,…………………., Rwanda ku mugaragaro: 1° ko ntazahemukira Rwanda; ndahiriye u “I, ………………………, solemnly swear to the Nation that I shall: « Moi, …………………………, je jure solennellement à la Nation : Repubulika y’u 1° remain Rwanda; loyal to the Republic 2° abide by the Constitution Laws; 1° de garder fidélité à la République du and other 3° safeguard human rights and 2° ko nzubahiriza Itegeko Nshinga n’andi interests of the Rwandan people; mategeko; 4° strive for national unity; 3° ko nzaharanira uburenganzira bwa Muntu n’ibyagirira Abanyarwanda bose akamaro; 4° ko nzaharanira bw’Abanyarwanda; 5° ko nzakorana nshinzwe; umurava of Rwanda ; the 2° d’observer la Constitution et d‟autres lois ; 3° de veiller aux droits de la personne et aux intérêts du peuple rwandais ; ubumwe 5° diligently fulfil the responsibilities 4° d’œuvrer à la consolidation de entrusted to me; l’unité nationale; 6° never use the powers conferred on me 5° de remplir loyalement les fonctions for personal interests. imirimo qui me sont confiées ; 6° de ne jamais utiliser les pouvoirs qui Should I fail to honour this oath, may I be me sont dévolus à des fins subjected to the rigours of the Law. 6° ko ntazakoresha ububasha mpawe mu personnelles. 18 nyungu zanjye bwite. So help me God.” Nintatira iyi n’amategeko. ndahiro, nzabihanirwe Imana ibimfashemo“. Indahiro yakirwa n’Urukiko rw’Ibanze rw’aho Komite y’Abunzi ikorera. En cas de parjure, que je subisse les rigueurs de la loi. The oath is received by the Primary Court of the jurisdiction of the Abunzi Que Dieu me vienne en aide ». Committee CHAPTER III: COMPETENCE Le serment est reçu par le Tribunal de Base du lieu du Comité d’Abunzi. Article 8: Competence of Abunzi Committee in civil matters with regard to subject matter UMUTWE WA III: UBUBASHA CHAPITRE III: COMPETENCE The Abunzi Committee at the Cell level has Ingingo ya 8: Ububasha bwa Komite jurisdiction to determine any civil case Article 8: Compétence matérielle du y’Abunzi bushingiye ku kiburanwa mu relating to: Comité d’Abunzi en matière civile bibazo by’imbonezamubano Komite y’Abunzi ku rwego rw’Akagari 1º land and livestock as well as their ifite ububasha bwo gusuzuma ibibazo byose by’imbonezamubano byerekeranye n’ibi successions where the value of the subject Le Comité d’Abunzi au niveau de la Cellule est compétent pour statuer sur 19 bikurikira: matter of litigation does not exceed five toute affaire civile relative aux matières million (5,000,000) Rwanda francs; suivantes: 1° amasambu, amatungo n‟izungura kuri ibyo bintu mu gihe agaciro kabyo katarengeje 2º any other movable and immovable miliyoni eshanu z’amafaranga y’u Rwanda assets where the value of the subject matter (5.000.000 Frw); of litigation does not exceed five million (5,000,000) Rwanda francs and their successions; 2° indi mitungo yimukanwa n’itimukanwa, iyo ikiburanwa kitarengeje miliyoni eshanu z’amafaranga y’u Rwanda (5.000.000 Frw) 3º a breach of contract between n’izungura kuri ibyo bintu; individuals, if the value of the subject matter of litigation does not exceed five million (5,000,000) Rwanda francs; 3° kutubahiriza amasezerano yakozwe hagati y’abantu ku giti cyabo, iyo ikiburanwa kitarengeje miliyoni eshanu 4º a breach of an employment contract z’amafaranga y‟u Rwanda (5.000.000 Frw); between individuals if the contract value is less than one hundred thousand (100,000) Rwanda francs; 1° terrains et bétail ainsi que les successions y afférentes lorsque la valeur de l’objet du litige ne dépasse pas cinq millions (5.000.000) de francs rwandais; 2° autres biens meubles et immeubles lorsque la valeur de l’objet du litige ne dépasse pas cinq millions (5.000.000) de francs rwandais ainsi que les successions y afférentes; 3° le non-respect des termes du contrat conclu entre les particuliers, lorsque la valeur de l‟objet du litige ne dépasse pas cinq millions (5.000.000) de francs rwandais; 4° kutubahiriza amasezerano y’umurimo yakozwe hagati y’abantu ku giti cyabo, iyo 4° le non-respect des termes du contrat 5º family issues other than those related to de travail conclu entre les particuliers lorsque la valeur du contrat est 20 afite agaciro kari hasi y’amafaranga y’u taking decision on civil status. Rwanda ibihumbi ijana (100.000 Frw) ku kwezi; inférieure à cent mille (100.000) francs rwandais; 5° ibibazo by’umuryango uretse mu gihe Article 9: Competent Abunzi Committee igisabwa ari ugufata icyemezo ku irangamimerere y’abantu. 5° les affaires familiales autres que celles relatives à l’état civil. For civil matters provided for under Article Ingingo ya 9: Ababuranishwa na Komite 8 of this Law, the competent Abunzi y’Abunzi Committee is determined having regard to Article 9: Comité d’Abunzi compétent any of the following: Mu byerekeranye n’ibibazo mbonezamubano biteganywa mu ngingo ya 8 y’iri tegeko, Komite y‘Abunzi iregerwa hitawe kuri kimwe muri ibi bikurikra: 1º Komite y’Abunzi y’aho uregwa atuye; 2º Komite y’Abunzi y’aho urega atuye byumvikanyweho n’uwo bafitanye ikibazo; 1º the Abunzi Committee defendant’s residence; of the Pour des affaires civiles prévues à l’article 8 de la présente loi, le Comité d’Abunzi compétent est déterminé en tenant compte 2º the Abunzi Committee of the de l’un de ce qui suit: plaintiff’s residence through mutual agreement with the defendant; 3º the Abunzi Committee in the territorial jurisdiction of the subject matter. 1º le Comité d’Abunzi du lieu de résidence du défendeur; 2º le Comité d’Abunzi du lieu de résidence du demandeur en cas de 21 However, where the summoned person has no known place of domicile or residence in 3º Komite y’Abunzi yo mu ifasi y’aho Rwanda, the matter is referred to the ikiburanwa kiri. relevant court. In no case, the Abunzi Committee receives Icyakora, iyo uhamagarwa adafite complaints involving the State, its organs or umwirondoro uzwi cyangwa adafite aho aba associations or companies with legal hazwi mu Rwanda, ikibazo gishyikirizwa personality whether private or public. urukiko rubifitiye ububasha. Nta na rimwe Komite y‘Abunzi ishobora kugezwaho ibirego birimo Leta, inzego zayo cyangwa imiryango n‘ibigo bifite ubuzima However, the provisions of paragraph 3 of apply to the gatozi byaba ibya Leta cyangwa ibitari ibya this Article shall not associations without legal personality as Leta. they may be sued before the Abunzi Committee, with no reciprocal right to sue. An association without legal personality is Icyakora, ibivugwa mu gika cya 3 cy’iyi sued through its representative ngingo ntibireba amashyirahamwe adafite ubuzima gatozi kuko yo ashobora kuregwa muri Komite z’Abunzi, ariko yo ntashobora kurega. Ishyirahamwe ridafite ubuzimagatozi riregwa mu izina ry‘urihagarariye commun accord avec le défendeur; 3º le Comité d’Abunzi dans le ressort duquel l’objet du litige se trouve. Toutefois, lorsque la personne à assigner n’a ni résidence ni domicile connu au Rwanda, l’affaire est portée devant la juridiction compétente. En aucun cas, le Comité d’Abunzi ne peut connaître des affaires impliquant l’Etat et ses entités ainsi que des associations ou sociétés tant publiques que privées dotées de la personnalité juridique. Toutefois, les dispositions de l’alinéa 3 du présent article ne s’appliquent pas aux associations non dotées de la personnalité juridique car elles peuvent faire l’objet d’une demande devant les Comités d’Abunzi sans toutefois disposer du droit de porter plainte. La demande contre une Article 10: Determining the competent association non dotée de la personnalité 22 Abunzi Committee when the subject juridique est formulée à l’encontre de son matter is located in different territorial représentant jurisdictions Article 10: Détermination du Comité Without prejudice to the provisions of d’Abunzi compétent lorsque l’objet du Ingingo ya 10: Kugena Komite y’Abunzi article 10 of this Law, when the subject litige est situé dans des ressorts ifite ububasha bwo kuburanisha mu gihe matter is located in different jurisdictions of différents Abunzi Committees, the competent Abunzi ikiburanwa kiri mu mafasi menshi Committee is determined in the following way: Sans préjudice des dispositions de l’article Bitabangamiye ibiteganyijwe mu ngingo ya 10 y’iri tegeko, iyo ikiburanwa kiri mu mafasi menshi ya Komite z‘Abunzi, Komite y’Abunzi ifite ububasha igenwa mu buryo bukurikira: 1º Komite y’Abunzi yo mu ifasi ituyemo abafitanye ikibazo bombi ni yo ifite ububasha bwo gukemura ikibazo; 10 de la présente Loi, lorsque l’objet du litige est situé dans des ressorts des 1° the Abunzi Committee having Comités d’Abunzi différents, le Comité de territorial jurisdiction over the place of Conciliateur compétent est déterminé de both parties’ residence is competent to la manière suivante : decide on the matter; 2° when both parties do not reside in the same territorial jurisdiction, the Abunzi Committee having territorial jurisdiction over the place of location of the portion of the subject matter and that of residence of one of the parties is competent to decide on the matter. In case both parties do not reside in the 1º le Comité d’Abunzi dans le ressort duquel résident les deux parties en cause est compétent pour connaître de l’affaire; 2º lorsque les deux parties ne résident pas dans le même ressort, le Comité d’Abunzi dans le ressort duquel se trouve une portion de l’objet du litige et réside l’une des parties est 23 2º iyo abafitanye ikibazo badatuye mu ifasi imwe, Komite y’Abunzi ifite ububasha bwo kugikemura ni iyo mu ifasi y’aho igice cy’ikiburanwa kiri, kandi ituwemo n’umwe muri bo. same territorial jurisdiction of Abunzi compétent pour connaître de l’affaire. Committee, the Abunzi Committee having territorial jurisdiction over the place of location of the major portion of the subject matter is competent to decide the Lorsque les deux parties en cause ne matter résident pas dans le même ressort du Comité de Conciliateurs, le Comité d’Abunzi du ressort où se trouve la partie CHAPTER IV: FUNCTIONING OF principale de l’objet du litige est compétent pour connaître de l’affaire. ABUNZI COMMITTEE Iyo abafitanye ikibazo bombi badatuye mu ifasi imwe ya Komite y’Abunzi, Komite Section One: Mediation procedure and CHAPITRE IV: FONCTIONNEMENT y’Abunzi yo mu ifasi y’aho igice kinini execution of the mediation decision DU COMITE D’ABUNZI cy’ikiburanwa kiri ni yo ifite ububasha bwo gukemura ikibazo Article 11: Submission of a case to Section première: Procédure de the Abunzi Committee conciliation et exécution de la decision A party that wants his/her case to be 11: Saisine du Comité UMUTWE WA IV: IMIKORERE YA examined by the Abunzi Committee Article submits it verbally or in writing to the d’Abunzi KOMITE Y’ABUNZI Executive Secretary of the Cell or his/her substitute for him/her to register it on the Abunzi La partie qui veut que son affaire soit Icyiciro cya mbere: Iburanisha cause list held by the Committee. n’ishyirwa mu bikorwa ry’icyemezo examinée par le Comité d’Abunzi 24 Ingingo ya 11: Kuregera Komite y’Abunzi Ufite ikibazo ashaka ko gikemurwa na Komite y’Abunzi agishyikiriza, mu mvugo cyangwa mu nyandiko, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari cyangwa umusimbura we, akacyandika mu gitabo cy’ibibazo bishyikirizwa Komite y’Abunzi. soumet sa requête écrite ou verbale au Secrétaire Exécutif de Cellule ou à son remplaçant qui inscrit la requête au rôle On the day of registration of the case, des affaires relevant de la compétence he/she fills out forms which contain a brief du Comité d’Abunzi. description of the case and submit them to the Abunzi Committee to allow it to summon parties and decide on the Le jour de la réception de la requête, venue, the day and the time of il remplit immédiatement les consideration of the case. formulaires qui en précisent sommairement l’objet et les transmet au Comité d’Abunzi à l’effet de convoquer The Executive Secretary of the Cell receives les parties en indiquant le lieu, le jour et cases to be submitted to the Abunzi l’heure de l’examen de la requête. Committee at the Cell level. Le Secrétaire Exécutif de la Cellule est Umunsi yashyikirijwe ikibazo yuzuza impampuro zisobanura mu ncamake imiterere The Executive Secretary of the Sector chargé de la réception des requêtes y’ikibazo akazishyikiriza Komite y’Abunzi receives cases to be submitted to the Abunzi devant être transmises au Comité kugira ngo itumize ufitanye ikibazo Committee at the Sector level. d’Abunzi au niveau de la Cellule. n’uwagitanze kandi igene ahantu, umunsi n’isaha ikibazo kizasuzumirwaho. Umunyamabanga Nshingwabikorwa In case of absence of such Executive Le Secrétaire Exécutif de Secteur est chargé de la réception des requêtes devant être transmises au Comité d’ Abunzi au niveau du Secteur. 25 w’Akagari ni we wakira ibirego bigomba Secretaries or when the case submitted gushyikirizwa Komite y’Abunzi ku rwego concerns them or where they have an rw’Akagari. interest in such a matter, it is received by En cas d’absence desdits Secrétaires persons who replace them in their daily Exécutifs ou s’ils sont impliqués dans l’affaire en état ou y ont un intérêt activities. quelconque, la requête est reçue par Umunyamabanga Nshingwabikorwa ceux qui les remplacent dans w’Umurenge ni we wakira ibirego bigomba l’accomplissement de leurs tâches gushyikirizwa Komite y’Abunzi ku rwego quotidiennes. rw’Umurenge. Iyo abo Banyamabanga Nshingwabikorwa batabonetse cyangwa igihe ikirego gishyikirijwe Abunzi kibareba cyangwa bagifitemo inyungu, ikirego cyakirwa n’ababasimbura mu kazi kabo ka buri munsi. When the Executive Secretaries or persons who replace them refuse to receive the case, the case is submitted to the Chairperson of the Abunzi Committee and the Council of the concerned level is informed thereof. En cas de refus de réception de la requête par les Secrétaires Exécutifs ou leurs remplaçants, la requête est remise au Président du Comité d’Abunzi et notifiée au Conseil de l’entité concernée. Le siège d’Abunzi choisit en son sein The panel of Abunzi chooses among its un secrétaire qui doit savoir lire et members a Secretary who must be a écrire. literate person. Iyo Abanyamabanga Nshingwabikorwa cyangwa ababasimbura banze kwakira ikibazo, En aucun cas, le Secrétaire Exécutif ikibazo gishyikirizwa Perezida wa Komite In no case, the Executive Secretary of the de Cellule ou de Secteur ne peut faire y’Abunzi kikamenyeshwa Inama Njyanama Cell or Sector is one of the panel members. partie du siège d’Abunzi. y’urwego bireba. 26 Inteko y’Abunzi iburanisha yitoramo umwanditsi wayo ugomba kuba azi gusoma no Article 12: Summoning the defendant kwandika. Article 12: Convocation du défendeur La convocation est délivrée au bureau de la Cellule ou du Secteur de résidence du The summons is delivered to the office of Nta na rimwe Umunyamabanga défendeur ou au secrétariat de l’institution the Cell or the Sector in which the Nshingwabikorwa w’Akagari cyangwa où travaille le défendeur avec accusé de defendant resides or to the secretariat of the uw’Umurenge ajya mu nteko iburanisha. réception. institution where the defendant works with acknowledgment of receipt. Ingingo ya 12: Ihamagazwa ry‘uregwa La convocation décrit brièvement le litige, le lieu, la date et l’heure de comparution The summons briefly describes the nature of devant le Comité d’Abunzi et la partie litigation, the venue, date and time the Urupapuro rutumiza uregwa rugezwa ku biro defendant shall appear before the demanderesse en est signifiée. by’Akagari cyangwa iby‘Umurenge uregwa Committee, with a copy to the plaintiff. atuyemo cyangwa mu bunyamabanga bw’ikigo akoreramo iyo ari umukozi, urwakiriye La personne convoquée bénéficie d’au akagaragaza ko arwakiriye. moins sept (7) jours calendaires avant de The summoned person is given a period of comparaître à compter de la date de at least seven (7) calendar days to appear réception de la convocation. before the Committee calculated from the Urwo rupapuro rugaragaza incamake y’uko date the summons was served on him/her. ikibazo giteye, ahantu, umunsi n’isaha uhamagawe azitabiraho Komite y’Abunzi, Article 13: Choix des Abunzi kandi bikamenyeshwa urega. Article 13: Choosing Abunzi Uhamagajwe ahabwa nibura iminsi irindwi (7) isanzwe mbere yo kwitaba Komite y’abunzi On the day of appearance referred to in Le jour de la comparution prévu à l’article 13 de la présente loi, les parties se 27 ibarwa uhereye ku munsi urupapuro rumuhamagaza. yagerejweho Article 13 of this Law, the parties conviennent sur trois (3) Abunzi agree on three (3) Abunzi to whom they auxquels elles soumettent leur différend. submit their case. Ingingo ya 13: Guhitamo Abunzi Ku munsi wo kwitaba uvugwa mu ngingo ya 13 y’iri tegeko, abafitanye ikibazo bahitamo, muri Komite y’Abunzi, Abunzi batatu (3) bumvikanyeho, bakabashyikiriza ikibazo cyabo. Where parties fail to agree on Abunzi, each party chooses one and the two (2) choose the third one. Where parties agree on Umwunzi, the latter chooses the two (2) others from within Abunzi Committee to assist him/her. Parties have not the right to refuse Umwunzi or Abunzi chosen following this procedure. Iyo abafitanye ikibazo badashoboye kumvikana ku bunzi bashyikiriza ikibazo cyabo, buri wese ahitamo umwunzi we, aba na bo bakumvikana ku wa gatatu. Iyo abafitanye ikibazo bahurije ku mwunzi umwe, uyu atoranya muri Komite y’Abunzi Abunzi babiri (2) bo kumufasha. Abafitanye ikibazo ntibemerewe kwanga umwunzi When the case under consideration cyangwa abunzi batoranyijwe kuri ubwo involves a police officer or a soldier, the buryo. nearest commander of the police force or army may assist the penal of Abunzi but does not participate in decision making. Iyo ikibazo gisuzumwa kireba umupolisi cyangwa umusirikari, uhagarariye urwego Lorsque les parties ne parviennent pas à se mettre d’accord sur les Abunzi, chacune en choisit un et les deux choisissent le troisième. Lorsque les parties choisissent un même Umuwnzi, ce dernier choisit deux (2) autres au sein du Comité d’Abunzi pour l’assister. Les parties n’ont pas le droit de refuser le ou les Abunzi choisis suivant cette procédure. Lorsque l’affaire en cours implique un policier ou un militaire, le Commandant de la station de police ou de l’armée la plus proche peut assister le siège des Abunzi mais sans prendre de décision. Article 14: Choix du siège devant connaître du différend impliquant le Comité d’Abunzi ou la majorité de ses 28 rwa Polisi cyangwa urwa Gisirikari rukorera Article 14: Selection of a panel to membres hafi ashobora kunganira Inteko y’Abunzi ariko examine a dispute involving the Abunzi ntafata icyemezo. Committee or the majority of its Umwunzi ne doit pas siéger dans une members affaire dans laquelle il est partie ou a un intérêt quelconque. Umwunzi peut se Ingingo ya 14: Guhitamo inteko isuzuma déporter ou être récusé par une partie. ikibazo cyerekeye Komite y’Abunzi cyangwa benshi mu bayigize Umwunzi is prohibited from sitting on a panel examining a case in which he/she is party or in which he/she has an interest. Lorsque l’affaire sous examen implique Umwunzi may refuse to join the panel or l’ensemble ou la majorité des membres du Comité d’Abunzi au niveau de Cellule Umwunzi abujijwe kujya mu nteko isuzuma may be disqualified by the party with issue ou de Secteur, à telle enseigne qu’il est ikibazo kimureba cyangwa afitemo inyungu to be examined. impossible de constituer le siège, le iyo ari yo yose. Ashobora kwanga ubwe Président du Comité communique ce kuyijyamo cyangwa akihanwa n’uruhande problème par écrit au coordinateur des rufite ikibazo kigomba gusuzumwa. If the matter under consideration involves activités du Comité d’Abunzi au niveau all or a majority of members of the Abunzi du District dans un délai ne dépassant pas Committee at the Cell or Sector level, such quinze (15) jours à compter du jour où le that it is impossible to form a panel, the problème a été signalé. chairperson of the Abunzi Committee Iyo ikibazo gisuzumwa cyerekeye abagize notifies in writing the coordinator of Le coordinateur des activités du Comité Komite y’Abunzi bose cyangwa abenshi mu activities of the Abunzi Committee at the d’Abunzi en collaboration avec le bayigize ku rwego rw’Akagari cyangwa District level of the issue within a period not Secrétaire Exécutif de la Cellule ou du urw’Umurenge, ku buryo bidashoboka kubona exceeding fifteen (15) days calculated from Secteur du ressort du Comité d’Abunzi inteko igomba kugisuzuma, Perezida wa the day when the problem was noticed. dans lequel le problème est constaté, Komite y’Abunzi amenyesha icyo kibazo mu demande l’assistance des Abunzi au nyandiko umukozi ushinzwe guhuza ibikorwa niveau de la Cellule ou du Secteur le plus bya Komite y’Abunzi ku Karere mu gihe 29 kitarenze iminsi cumi n’itanu (15) ibarwa uhereye igihe ikibazo cyagaragariye. proche pour connaître de l’affaire. The coordinator of activities of the Abunzi Committee in collaboration with the Executive Secretary of the Cell or Sector in Article 15: Décision rendue par défaut which the problem was noticed, seeks Umukozi ushinzwe guhuza ibikorwa bya support from Abunzi of the nearest Cell or En cas de non comparution de la partie Komite y’Abunzi, ku bufatanye Sector to determine the matter. convoquée au jour fixé, elle est de n‘Umunyamabanga Nshingwabikorwa nouveau convoquée et informée qu’à la w’Akagari cyangwa uw’Umurenge icyo nouvelle date, les Abunzi décident de kibazo kirimo, atira mu Kagari cyangwa l’affaire, qu’elle comparaisse ou pas. Umurenge byegeranye n’aho ikibazo cyagaragaye Abunzi bo kugikemura. Article 15: Decision rendered by default Ingingo ya 15: Gukemura ikibazo umwe mu If a summoned person fails to appear on the date indicated in his/her summons, he/she is bagifitanye adahari summoned again and informed that Abunzi Iyo ku munsi wo kwitaba, uwatumijwe decide on the matter on his/her summons atitabye, arongera agatumizwa, date irrespective of whether he/she appears akanamenyeshwa ko ku munsi atumijweho, or not. Abunzi bafata icyemezo, yaba yitabye cyangwa atitabye. If, on the new date the party summoned fails to appear again, the plaintiff chooses umwunzi and the Abunzi Committee Iyo na none uwatumijwe atitabye ku munsi chooses another and the two select a third En cas de non comparution de la partie convoquée à la nouvelle date, la partie demanderesse choisit umwunzi, le Comité d’Abunzi en choisit le deuxième et les deux choisissent le troisième pour examiner l’affaire en l’absence de la personne convoquée. Toutefois, lorsque la partie convoquée n’a pas comparu pour des motifs jugés fondés, les Abunzi remettent l’examen de l’affaire à une date qu’ils fixent et la lui notifient conformément à l’alinéa premier 30 yahawe wo kwitaba, uwatanze ikibazo ahitamo one to decide on the matter umwunzi, Komite y’Abunzi na yo igahitamo summoned party’s absence. undi, aba na bo bakumvikana ku wa gatatu, bagasuzuma ikibazo adahari. Icyakora, iyo basanze impamvu yatumye atitaba ifite ishingiro, bimurira isuzumwa ry’ikibazo ku wundi munsi bagena, bakabimenyesha mu buryo buteganywa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo. Ibiteganywa mu gika cya mbere n’icya 2 by’iyi ngingo ni na byo bikurikizwa mu gihe uwareze ari we utitabye. Ingingo ya 16: Gusubirishamo icyemezo cyafashwe na Komite y’Abunzi Icyemezo cyafashwe na Komite y’Abunzi uregwa cyangwa urega adahari gishobora gusabirwa gusubirwamo mu gihe kitarenze iminsi icumi (10) y’akazi uhereye igihe usubirishamo yamenyesherejwe icyemezo cy’Abunzi. in the du présent article. Les dispositions des alinéas premier et 2 du présent article s’appliquent également en cas de non comparution de la partie However, if the summoned party fails to demanderesse appear on reasonable grounds, the Abunzi shall postpone the hearing to another date and notify him/her thereof in the manner Article 16: Opposition contre la provided for in paragraph One of this décision du Comité d’Abunzi Article. La décision du Comité d’Abunzi rendue en l’absence du défendeur ou du demandeur peut faire l’objet d’opposition dans un délai ne dépassant pas dix (10) The Provisions of paragraphs One and 2 of jours ouvrables à compter de la this Article apply also in the case of the notification de la décision d’Abunzi à la plaintiff’s failure to appear partie ayant formé l’opposition. L’opposition contre une décision rendue par le Comité d’Abunzi est formée par écrit ou oralement devant le siège complet Article 16: Opposition against the Abunzi qui l’a rendue ou, en cas d’absence de ce Committee ’s decision dernier, d’autres Abunzi du même comité et dont la sélection se fait conformément The Abunzi Committee’s decision rendered aux dispositions de l’article 14 de la in the absence of the defendant or the présente loi. plaintiff may be subject to opposition in a 31 period not exceeding ten (10) working days Gusubirishamo icyemezo cya Komite from the day of notification of Abunzi La décision du Comité d’Abunzi rendue y’Abunzi bisabwa mu nyandiko cyangwa mu decision to the party that applied for en l’absence du défendeur ou du magambo Inteko y’Abunzi yagifashe, igizwe opposition. demandeur ne peut faire l’objet d’appel n’Abunzi bose bari bayigize, cyangwa mu gihe avant la fin du délai de recevabilité de badashoboye kuboneka, igizwe n’abandi bunzi Application for opposition of the Abunzi l’opposition. bo muri iyo Komite batoranywa hakurikijwe Committee’s decision is filed in a written or ibiteganywa n’ingingo ya 14 y’iri tegeko. oral statement to the entire Abunzi Committee panel that rendered the decision Article 17: Tierce opposition contre la or, in case of absence of such a panel, with décision du Comité d’Abunzi Icyemezo cyafashwe na Komite y’Abunzi other members of the same Abunzi uregwa cyangwa urega adahari ntigishobora Committee who are selected in accordance Quiconque n’a pas été partie à l’affaire kujuririrwa mbere y’uko igihe cyo with the provisions of Article 14 of this sur laquelle le Comité d’Abunzi a statué gusubirishamo kirangira. Law. mais y a un intérêt quelconque peut The Abunzi Committee’s decision rendered in the absence of the defendant or the Ingingo ya 17: Gutambamira icyemezo plaintiff shall not be appealed against before cyafashwe na Komite y’Abunzi the expiry of the period of admissibility of the opposition. Umuntu wese utareze cyangwa ngo aregwe mu kibazo cyasuzumwe na Komite y’Abunzi ariko agifitemo inyungu iyo ari yo yose, ashobora gutambamira icyemezo cyafashwe kimurenganya kugira ngo gisubirwemo iyo we cyangwa abo ahagarariye ntawatumiwe mu isuzumwa ry’icyo kibazo. former tierce opposition à une décision qui est préjudiciable à ses intérêts, lorsque ni lui ni ceux qu’il représente n’ont pas été invités à assister aux audiences. La tierce opposition est motivée et formée Article 17: Opposition by a third party dans un délai de dix (10) jours ouvrables against the Abunzi Committee’s decision à compter du jour où la personne formant opposition a pris connaissance de la Any person who is not a party to the case décision du Comité d’Abunzi. Passé ce determined by the Abunzi Committee but délai, la tierce opposition n’est pas has an interest in it, may file a third party recevable. opposition against the decision which is Gutambamira icyemezo cyafashwe na Komite prejudicial to his/her interests if neither La tierce opposition contre une décision 32 y’Abunzi bikorwa mu gihe kitarenze iminsi icumi (10) y’akazi uhereye igihe utanze ikirego yamenyeye icyemezo cya Komite y’Abunzi, akabitangira ibimenyetso. Iyo icyo gihe kirenze, gutambamira icyemezo ntibyakirwa. him/her nor the person he/she represents rendue par le Comité d’Abunzi est were invited to attend proceedings. formée par écrit ou oralement devant le siège complet qui l’a rendue ou d’autres membres du même Comité d’Abunzi en Notice of third party opposition is reasoned cas d’absence des membres du siège qui a and filed within ten (10) working days from rendu la décision. the day the applicant was notified of the Abunzi Committee’s decision. If such Lorsque la tierce opposition est jugée Gutambamira icyemezo cya Komite y’Abunzi period expires, the third party opposition recevable, l’affaire est à nouveau bisabwa mu nyandiko cyangwa mu magambo shall be inadmissible. examinée. Inteko y’Abunzi yagifashe, igizwe n’abunzi bose bari bayigize, cyangwa mu gihe badashoboye kuboneka, igizwe n’abandi bunzi Article 18: Débats bo muri iyo Komite. Notice of third party opposition against the Iyo gutambamira icyemezo cyafashwe na Abunzi Committee’s decision is filed in a Komite y’Abunzi byakiriwe, gusuzuma written or oral statement with the full ikibazo byongera gutangira bundi bushya Abunzi Committee panel that rendered the decision or, in case of absence of members of the panel, with other members of the same Abunzi Committee. Ingingo ya 18: Iburanisha Kunga bikorerwa mu ruhame, keretse iyo If the third party opposition against the abunzi, babyibwirije cyangwa babisabwe, Abunzi Committee’s decision is admissible, basanze ikibazo gikwiye gusuzumwa mu the case is retried. muhezo kubera imiterere yacyo. Abagize Komite ngo basuzume y’Abunzi batatoranyijwe Article 18: Hearings ikibazo bemerewe L’audience de conciliation est publique sauf le huis clos décidé par les Abunzi sur leur initiative ou à la demande si la nature de l‟affaire le justifie. Les autres membres du Comité d’Abunzi non désignés pour examiner l’affaire peuvent participer à toute séance de conciliation mais sans voix délibérative. 33 gukurikirana imirimo yo kunga ariko ntibagira uruhare mu gufata ibyemezo. Lors de l‟examen du litige, les Abunzi The mediation hearing is public, save for entendent les prétentions de chacune des Iyo bunga ababuranyi, Abunzi bumva buri the hearing in camera decided on by parties en litige et les témoins s‟il y en a. Ils ruhande, ndetse bakumva Abunzi at their own initiative or upon n‟abatangabuhamya iyo batanzwe request, following the nature of the case. peuvent également recourir à l‟avis de toute n‟ababuranyi. Bashobora kandi kumva n‟undi muntu wese bifuza kugira icyo personne qui peut leur apporter des babaza mu gihe cyose byabafasha Other members of Abunzi Committee that éclaircissements sur l‟affaire. kurushaho gusobanukirwa neza n‟ikibazo were not chosen to settle the matter may participate in any mediation session but bashyikirijwe. without the right to vote. Imbere y’Inteko y’Abunzi, Avoka ashobora kugira inama uwamwiyambaje ariko A l’audience, un avocat peut assister la ntashobora kumuhagararira cyangwa ngo When settling a case, Abunzi shall hear partie qui le lui a demandé, mais ne peut ahabwe ijambo mu rwego rwo kumuburanira. claims from each of the parties in conflict pas and from witnesses if any. They may have Abunzi bagomba kuba bakemuye ikibazo recourse to advice by any person who can la représenter ou plaider pour elle. mu gihe kitarenze ukwezi uhereye igihe shed light on the matter. ikibazo cyandikiwe mu gitabo cy‟ibibazo cya Komite y’Abunzi. Ingingo ya 19: Uburyo kunga bikorwamo Les Abunzi doivent avoir rendu leur During the hearing, an advocate may décision au plus tard dans un mois à Iyo bakemura impaka, abunzi bumvikanisha assist the party who so required, but the compter de la date d’enregistrement de la impande zombi. Iyo kumvikanisha impande advocate cannot represent or plead for requête au rôle du Comité d’Abunzi. zombi binaniranye, bafata icyemezo bakurikije him/her. umutimanama wabo n’amategeko, kimwe 34 n’umuco w’aho ikibazo gikemurirwa, gipfa gusa kuba kitanyuranye n’amategeko yanditse. Abunzi settle the litigation within one Article 19: Procédure de conciliation month as of the day the litigation is registered on cause list of Abunzi En statuant sur le différend, les Abunzi Committee. cherchent à concilier les deux parties. A Ingingo ya 20: Ifatwa ry’icyemezo défaut de conciliation, ils rendent la Iyo gusuzuma ikibazo birangiye, Abunzi décision en âme et conscience et dans le bariherera kugira ngo bafate icyemezo. respect de la loi et de la coutume du lieu, pourvu que celle-ci ne soit pas contraire Article 19: Mediation procedure Icyemezo cy’Abunzi gifatwa ku bwumvikane au droit écrit. hagati yabo, bitashoboka kigafatwa ku When adjudicating a dispute, Abunzi seek bwiganze burunduye bw’amajwi. to mediate both parties. If mediation of both Article 20: Prise de décision Icyemezo gishyirwa mu nyandikomvugo, parties is not reached, the Abunzi render a ishyirwaho umukono kuri buri rupapuro decision according to their conscience and n’Abunzi bose bagize Inteko n’abarebwa bose law and local customary practices of where the issue is being resolved provided the A la clôture des débats, les Abunzi se n’icyo kibazo, kunga bikirangira. retirent pour prendre la décision. decision is not contrary to statutory law. Uko byagenda kose, icyemezo kigomba kuboneka cyanditse kandi gisinywe La décision d’Abunzi est prise par n‟Abunzi kuri buri rupapuro mu gihe Article 20: Decision making consensus et, à défaut, à la majorité absolue kitarenze iminsi icumi (10) y’akazi kuva des voix. gifashwe. Iyo bidakozwe, Abunzi bireba bashobora guhabwa ibihano byo mu rwego After the case consideration, Abunzi shall rw’myitwarire igenga Abunzi mu kazi withdraw to make a decision. biteganywa n’Iteka rya Minisitiri ufite Le procès-verbal de règlement du ubutabera mu nshingano ze. différend est signé à chacun de ses feuillets par tous les Abunzi composant le siège Abunzi decision shall be taken by 35 Iyi nyandikomvugo igaragaza ibi bikurikira: consensus, where there is no such et par toutes les parties en litige, après la consensus, at the absolute majority of votes. procédure de conciliation. 1° umwirondoro w’abafitanye ikibazo; 2° incamake y’ikibazo; 3° ingingo abafitanye ikibazo baburanisha; Abunzi record minutes of the proposed settlement and the minutes are signed on each page by all members of the panel 4° icyemezo cyafashwe abafitanye ikibazo of Abunzi and the concerned parties after bose bemeranywaho; the procedure of mediation. Dans tous les cas, la décision doit être disponible sous forme écrite et signée à chacun de ses feuillets dans un délai ne dépassant pas dix (10) jours ouvrables à compter de la date de prise de décision. Dans le cas contraire, les Abunzi concernés peuvent subir des sanctions In all cases, the decision must be written, disciplinaires relatives aux fonctions signed on every page and available d’Abunzi prévues par arrêté du Ministre 6° itariki n’ahantu ikibazo cyakemuriwe; within a period not exceeding ten (10) ayant la justice dans ses attributions. working days from the day on which the decision was made; otherwise the concerned 7° imikono cyangwa ibikumwe Abunzi may face disciplinary sanctions by’abafitanye ikibazo; relating to Abunzi’ profession as provided Le procès-verbal contient: for by the Order of the Minister in 8° amazina y’Abunzi n’imikono yabo charge of Justice. cyangwa ibikumwe byabo; 1° l’identification des parties ; 5° icyemezo cyafashwe umwe mu bafitanye ikibazo atemera, mu gihe gihari; 9° amazina y’umwanditsi n’umukono we cyangwa igikumwe cye. Inyandikomvugo y’Abunzi igomba gushyirwaho kashi ya Komite y’Abunzi The minutes shall contain: kandi ikabikwa n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa ari na we uyishyikiriza abo 2° le sommaire du différend; 3° les prétentions des parties en cause ; 4° la décision d’Abunzi à laquelle toutes 36 bireba. 1° the parties’ identification; Iyo hari umwe mu bunzi utemeranyijwe 2° the summary of the dispute; n’abandi ku cyemezo cyafashwe, byandikwa 3° arguments put forward by the involved muri iyo nyandikomvugo n’impamvu yatanze. parties; Perezida w’inteko y’Abunzi yasuzumye 4° Abunzi decision with which all ikibazo ntiyemerewe kurenza iminsi itanu (5) y’akazi ataramenyesha abafitanye ikibazo parties agree; icyemezo cya Komite y’Abunzi cyanditse uhereye ku munsi cyabonekeyeho. les parties en litige adhèrent; 5° la décision d’Abunzi à laquelle l’une des parties n’adhère pas, s’il y en a une; 6° la date et le lieu où la séance de conciliation a eu lieu; 5° Abunzi decision with which one of the parties does not adhere, if any; 7° les signatures ou les empreintes digitales des parties en litige; 6° the date and the place where the Ingingo ya 21: Agaciro cyafashwe n’Abunzi k’icyemezo mediation session has taken place; Icyemezo cyafashwe n’Abunzi kikemerwa n’ababuranyi gifatwa kuri bo nk’amasezerano bumvikanyeho, ariko 7° signatures or fingerprints of parties in ntigishobora kwitwazwa ku bandi bantu conflict; batarebwa n’icyo kibazo. Ingingo ya 22: Ishyirwa mu bikorwa ry’icyemezo cyafashwe na Komite y’Abunzi 8° Abunzi names as well as their 8° les noms d’ Abunzi ainsi que leurs signatures ou leurs empreintes digitales; 9° les noms du rapporteur ainsi que sa signature ou son empreinte digitale. Le procès-verbal d’ Abunzi doit être scellé du sceau du Comité d’ Abunzi et 37 signatures or their fingerprints; Icyemezo cyafashwe na Komite y’Abunzi gishobora kubahirizwa ku bwumvikane, 9° the rapporteur’s names as well as his/ bisabwe n’urebwa n’icyo kibazo. conservé par le Secrétaire Exécutif qui le transmet aux parties concernées. her signature or fingerprint. Iyo umwe mu bafitanye ikibazo yanze kubahiriza icyemezo cyafashwe na Komite y’Abunzi, urebwa n’icyo kibazo bibangamiye ashobora gusaba ko gishyirwa mu bikorwa ku ngufu hakurikijwe amategeko asanzwe yerekeranye no kurangiza imanza hakoreshejwe ingufu. Icyo gihe, asaba mu magambo cyangwa mu nyandiko Perezida w’Urukiko rw’Ibanze rwo mu ifasi y’aho icyemezo cyafatiwe kugishyiraho kashempuruza. En cas d’opinion dissidente par Umwunzi, celle-ci, motivée, est consignée The mediation minutes is sealed with the dans le procès-verbal. seal of the Abunzi Committee and shall be kept by the Executive Secretary who submits it to the concerned parties. Le Président du Siège d’Abunzi ayant rendu la décision notifie aux parties la décision écrite du Comité d’Abunzi endéans cinq (5) jours ouvrables à compter de la date la disponibilité de la Where one of Abunzi holds a dissenting décision. opinion, the issue and the reason thereof is stated in the minutes. Gusaba gushyira kashe-mpuruza ku mwanzuro w’Abunzi ntibitangirwa igarama. The Chairperson of the Panel that rendered the decision notifies the parties of the written decision of the Abunzi Committee within five (5) working days from the day on which the decision was Perezida ashyira kashe-mpuruza kuri icyo available. cyemezo nyuma yo kubona inyandiko Article y’Umunyamabanga Nshingwabikorwa 21: Force de la décision 38 w’Umurenge w’aho ikibazo cyakemuriwe yemeza ko icyo cyemezo ari ukuri kandi ko kitagishoboye kujuririrwa cyangwa kuregerwa urukiko. Perezida w’Urukiko rw’Ibanze ntashobora kwanga gushyira kashe-mpuruza ku cyemezo cya Komite y’Abunzi keretse gusa mu gihe ibikubiye mu cyemezo cyangwa ishyirwa mu bikorwa ryacyo binyuranyije n’amategeko ndemyagihugu. Icyo gihe, amenyesha mu nyandiko Komite y’Abunzi icyemezo cye kugira ngo Abunzi bafashe icyemezo bakosore ibyerekeranye n’ayo mategeko ndemyagihugu atubahirijwe. Iyo uwafatiwe icyemezo na Komite y’Abunzi kimusaba kwishyura cyangwa gusubiza iby’abandi, atagishyize mu bikorwa mu gihe giteganyijwe muri icyo cyemezo kandi afite ubushobozi bwo kwishyura, ategekwa kwishyura indishyi z’ubukererwe zihwanye n’amafaranga y’u Rwanda magana atanu (500) buri munsi kugeza ku munsi yishyuriyeho zibarwa uhereye igihe yamenyesherejwe icyo d’Abunzi La décision d’ Abunzi à laquelle adhèrent toutes les parties tient lieu de convention entre ces parties, mais n’est pas opposable aux tiers. Article 21: Force of Abunzi decision Article 22: Exécution de la décision du Comité d’Abunzi La décision du Comité d’Abunzi peut être exécutée volontairement à la demande Abunzi decision with which all parties agree de la partie intéressée. serves as a ompromise for those parties, but shall not be enforceable against third parties. En cas de refus par l’une des parties de se conformer à la décision du Comité d’Abunzi, il peut, à la Article 22: Execution of Abunzi demande de la partie intéressée, être Committee’s decision procédé à l’exécution forcée conformément à la loi relative à l’exécution forcée. Dans ce cas, elle demande oralement ou par écrit The Abunzi Committee’s decision may be au Président du Tribunal de Base dans executed voluntarily at the request of the le ressort duquel la décision a été interested party. rendue d’apposer la formule exécutoire 39 cyemezo. Izo ndishyi zihabwa urebwa n’icyo kibazo bibangamiye. sur cette décision. If one of the parties refuses to comply with the Abunzi Committee’s decision, the interested party may apply for enforcement of the decision in accordance with laws relating to enforcement proceedings. In that case, he/she requests, either in writing or orally, the President of the Primary Court with jurisdiction over the place where the decision was rendered to append to the decision an order for its enforcement. Iyo uwafatiwe icyemezo na Komite y’Abunzi kimusaba kwishyura cyangwa gusubiza iby’abandi, adafite ubushobozi bwo kwishyura ariko agaragaza ubushake bwo kwishyura, ahabwa amahirirwe yo kumvikana n’uwo bafitanye ikibazo ku gihe n’uburyo azamwishyurira. Ibyo bikorwa mu nyandiko imbere y’inteko y’Abunzi yafashe icyemezo. Iyo bidashyizwe mu bikorwa urega asaba Perezida w’Urukiko rw’ibanze rwo mu ifasi icyemezo cyafatiwemo gushyira To append an order for enforcement of a kashempuruza kuri iyo nyandiko kugira ngo decision is done without payment of court icyemezo cyafashwe gishyirwe mu bikorwa ku fees. gahato hakurikijwe amategeko abigenga. The President of the Primary Court appends to the decision an order for its enforcement after receiving a written statement from the Executive Secretary of the Sector where the decision was rendered certifying that the decision is authentic and no longer subject Ingingo ya 23: Impaka zivutse mu irangiza to appeal or to be referred to any court. L’appostion de la formule exécution se fait sans payer les frais de justice. Le Président du Tribunal de Base appose la formule exécutoire sur cette décision après avoir reçu une déclaration écrite du Secrétaire Exécutif du Secteur du lieu où la décision a été rendue attestant que cette dernière est authentique et qu’elle n’est plus susceptible de recours ou d’être portée devant les juridictions. Le Président du Tribunal de Base ne peut refuser d’apposer la formule exécutoire sur la décision que si celle-ci ou son exécution est contraire à l’ordre public. Dans ce cas, il informe par écrit le Comité d’Abunzi de sa décision pour que les Abunzi qui ont pris la décision la revoient conformément aux règles d’ordre public 40 ry’ibyemezo bya Komite y’Abunzi violées. The President of the Primary Court cannot refuse to append to the decision an order for its enforcement unless the decision or its execution is contrary to public order. In that case, he/she informs the Abunzi Committee of his/her decision in writing in order for the Abunzi who rendered the decision to review the decision and to correct it in relation to rules of public order. Impaka zose zivutse mu irangiza ry’ibyemezo bya Komite y’Abunzi zishyikirizwa inteko ya Komite y’Abunzi yafashe icyo cyemezo mu rwego rwa nyuma kugira ngo isobanure kurushaho icyo cyemezo bityo ishyirwa mu bikorwa ryacyo rishoboke. Mu gihe Abunzi bari bagize inteko yasuzumye icyo kibazo badashoboye kuboneka, ikibazo cyerekeranye n’irangizwa ry’icyemezo gishyikirizwa iyo Komite, kigasuzumwa n’indi nteko yatoranyijwe mu buryo buteganywa n’ingingo ya 14 n‘iya 15 z’iri tegeko. If the person against whom the Abunzi Committee rendered a decision ordering payment or restitution of property does not Ingingo ya 24: Kujuririra icyemezo comply with the decision within the time cyafashwe na Komite y’Abunzi ku rwego limits provided therein despite his/her rw’Akagari capacity to do so, he/she is ordered to pay default interests at the rate of five hundred Rwanda francs (Rwf 500) per day until the Umwe mu bafitanye ikibazo utemeye day of payment counted from the date of icyemezo cyafashwe na Komite y’Abunzi yo notification of the decision. The interests ku rwego rw’Akagari, ashobora, mu gihe shall be paid to the injured party. kitarenze iminsi mirongo itatu (30) y’akazi uhereye ku munsi yashyikirijweho icyemezo Si la personne à l’égard de laquelle le Comité d’Abunzi rend la décision ordonnant le paiement ou la restitution des biens d’autrui ne se conforme pas à cette décision dans les délais qui y sont prévus alors qu’elle est solvable, elle se voit enjoindre de payer des intérêts moratoires à raison de cinq cents francs rwandais (500 Frws) par jour jusqu’au jour de paiement comptés à partir de la date de notification de la décision. Ces intérêts moratoires sont versés à la partie lésée. Si la personne à l’égard de laquelle le Comité d’Abunzi a rendu la décision ordonnant le paiement ou la restitution des biens d’autrui est insolvable malgré sa volonté manifeste de payer, il lui est donné la chance de s’entendre avec l’autre partie sur les délais et les modalités de paiement. Cet arrangement est mis à l’écrit devant le siège d’Abunzi qui a rendu cette décision. En cas de non-respect 41 cy’inteko cyanditse, kujuririra Komite y’Abunzi yo ku rwego rw’Umurenge. Abafitanye ikibazo ntibemerewe kurenza iminsi cumi n’itanu (15) y’akazi uhereye ku munsi baboneyeho icyemezo cyanditse bataraza kugifata. Muri icyo gihe, igihe cyo kujurira gitangira kubarwa. Komite y’Abunzi ku rwego rw’Umurenge ijuririrwa ibibazo byose by’imbonezamubano bivugwa mu ngingo ya 8 y’iri tegeko. Mu bujurire, Komite y’Abunzi yo ku rwego rw’Umurenge isuzuma gusa ingingo urega anenga ku cyemezo cyafashwe na Komite y’Abunzi yo ku rwego rw’Akagari kandi atigeze yemerera imbere yabo. If the person against whom the Abunzi Committee rendered a decision ordering payment or restitution of property is insolvent but demonstrates willingness to pay, he/she is given a chance to agree with the other party on terms of payment and timeframes. The arrangement is made in writing before the Panel of the Abunzi Committee that rendered the decision. In case of non-compliance with the arrangement, the plaintiff requests the President of the Primary Court having jurisdiction over the place where the decision was rendered to append to the arrangement an order for its enforcement in accordance with relevant laws. de cet arrangement, la partie demanderesse saisit le Président du Tribunal de Base compétent du lieu où cette décision a été rendue d’apposer la formule exécutoire sur cet arrangement en vue de l’exécution forcée de la décision conformément aux lois en la matière. Article 23: Contestations de l’exécution de la décision du Comité d’Abunzi Toute contestation née de l’exécution des décisions du Comité d’Abunzi est portée devant le Comité d’Abunzi ayant rendu la décision en dernier ressort pour la clarifier davantage dans le but de rendre possible son exécution. En cas d’empêchement d’Abunzi ayant fait partie du siège qui a examiné l’affaire, la Article 23: Disputes arising from the contestation née de l’exécution de la execution of the Abunzi Committee décision du Comité d’Abunzi est portée decisions devant le Comité d’Abunzi et examinée par un autre siège choisi conformément aux dispositions des articles 14 et 15 de la Any dispute arising from the execution of présente loi. Abunzi Committee’s decisions shall be 42 Kujuririra icyemezo cya Komite y’Abunzi submitted to the Abunzi Committee that cyafashwe ku rwego rw’Akagari ntibitangirwa took the decision in the last instance for igarama. more clarification on that decision in order to facilitate its enforcement. In case of absence of the Abunzi who composed the Ingingo ya 25: Kuregera icyemezo panel, the dispute relating to the execution cyafashwe na Komite y’Abunzi yo ku rwego of the decision is submitted to that Abunzi Committee and examined by another panel rw’Umurenge selected through procedures specified in Umwe mu bafitanye ikibazo utishimiye Articles 14 and 15 of this Law. icyemezo cyafashwe na Komite y’Abunzi yo ku rwego rw’Umurenge ashobora, mu gihe kitarenze iminsi mirongo itatu (30) y’akazi uhereye ku munsi yashyikirijweho icyemezo cy’inteko cyanditse, gushyikiriza ikirego Article 24: Appealing against a decision of Abunzi Committee at the Cell level Urukiko rw’Ibanze rubifitiye ububasha. Article 24: Appel contre la décision d’Abunzi au niveau de la Cellule Toute partie qui n’est pas satisfaite de la décision du Comité d’Abunzi au niveau de la Cellule, peut, dans un délai ne dépassant pas trente (30) jours ouvrables à compter du jour où la décision lui a été notifiée par écrit, faire appel devant le Comité d’Abunzi au niveau du Secteur. Les parties sont tenues de retirer la décision endéans quinze (15) jours Kuregera icyemezo cya Komite y’Abunzi mu ouvrables à compter de la date où elle est rukiko bikorwa habanje gutangwa amagarama. Any party that is not satisfied with the disponible. Au cours de cette période, le decision of the Abunzi Committee at the délai d’appel commence à courir. Cell level, may, within a period not Ingingo ya 26: Ingingo zisuzumwa exceeding thirty (30) working days from the day on which he/she was notified of the n’urukiko rwaregewe written decision, appeal to the Abunzi Committee at the Sector level. Ingingo zumvikanyweho n’abafitanye ikibazo imbere ya Komite y’Abunzi ntizishobora Le Comité d’Abunzi au niveau du Secteur connaît de l’appel relatif aux 43 kuregerwa mu Rukiko rw’Ibanze. The parties are obliged to collect the affaires civiles prévues à l’article 8 de la written decision within a period not présente loi. exceeding fifteen (15) working days from the day it is made available. The time for appeal shall begin to run during that span. Au niveau d’appel, le Comité d’Abunzi au niveau du Secteur n’examine que les points de la décision du Comité d’Abunzi mis en cause par le demandeur et contestés par lui devant le Comité au niveau de la The Abunzi Committee at the Sector level is Cellule. Urega agomba, mu gihe atanga ikirego mu rukiko rw’ibanze, gutanga na kopi y’inyandikomvugo yakozwe n’abunzi. Iyo bitabaye ibyo ikirego cye nticyakirwa n’umwanditsi w’Urukiko. Urukiko rwaregewe rusuzuma gusa ingingo urega anenga ku cyemezo cyafashwe na Komite y’Abunzi seized of appeals in all civil matters kandi atigeze yemera imbere yayo. referred to in Article 8 of this Law. L’appel contre la décision rendue par le Comité d’Abunzi au niveau de la Cellule n’est pas soumis au paiement des frais de consignation. At the appeal level, the Abunzi Committee at the Sector level examines only points of the decision taken at Cell level Article 25: Recours contre la décision challenged by the plaintiff and to which rendue par le Comité d’Abunzi au he/she raised objections before the Abunzi niveau du Secteur Committee at the Cell level. Icyiciro cya 3: Imyitwarire ya Komite Toute partie qui n’est pas satisfaite de la décision du Comité d’Abunzi au niveau du Secteur peut, dans un délai Appealing against the decision of the ne dépassant pas trente (30) jours Abunzi Committee taken at the Cell level ouvrables à compter du jour où la décision 44 y’Abunzi shall not be subject to payment of court fees. écrite du siège lui a été notifiée, saisir le Tribunal de Base compétent qui doit connaître du fonds de l’affaire. Ingingo ya 27: Imyitwarire y’Abunzi Article 25: Filing an action against the Le recours contre une décision du Comité Abunzi Committee decision at the Sector d’Abunzi devant le tribunal est sujet au level paiement préalable des frais de Imyitwarire y’Abunzi ikurikiranwa na Biro ya consignation. Komite y’Abunzi ivugwa mu ngingo ya 5 y’iri tegeko ngenga. Any party that is not satisfied with the decision of the Abunzi Committee at Article 26: Points devant être examinés the Sector level, may, within a period par la juridiction saisie not exceeding thirty (30) working days Iteka rya Minisitiri ufite Ubutabera mu from the day on which he/she was notified nshingano ze rigena imyitwarire y’Abunzi. of the written decision of the panel, refer Les points sur lesquels les parties en the matter to the competent Primary litige se sont mises d’accord devant le Court which shall render a judgment Comité d’Abunzi ne peuvent pas faire on merit. l’objet de recours devant le Tribunal de Base. Ingingo ya 28: Ihagarikwa ry’umwe mu bagize Komite y’Abunzi Filing an action against the decisions of the Abunzi Committee before Courts Le demandeur doit joindre à sa requête introductive d’instance auprès du Tribunal Ibyibwirije cyangwa ibisabwe n’abaturage, shall be subject to payment of court fees de Base, le procès-verbal de conciliation, Komite y’Abunzi ishobora guhagarika faute de quoi le greffier n’enregistre pas la by’igihe kitarenze ukwezi kumwe (1) demande. La juridiction saisie n’examine umwe mu bayigize kubera kubogama que les points de la décision attaqués cyangwa indi myitwarire igayitse. Icyo Article 26: Points to be examined by the n’ayant pas été acceptés par la partie 45 cyemezo gifatwa nibura na bibiri bya gatatu court seized demanderesse pendant la procédure de (2/3) by’abagize Komite y’Abunzi, conciliation. Umwunzi ukemangwa amaze guhabwa umwanya wo kwisobanura. The points agreed upon by the parties before the Abunzi Committee shall not be included in the action filed with the Primary Court. Umwe mu bagize Komite y’Abunzi ashobora kuvanwa burundu ku mirimo ye n’abamutoye, igihe bigaragaye ko atagishoboye kuzuza inshingano ze. The plaintiff shall attach the copy of the mediation minutes to his/her claim lodged with the Primary Court. Failure to do so, the UMUTWE WA V: INGINGO Court Registrar refuses to receive the claim. ZINYURANYE, IZ’INZIBACYUHO The Court seized considers only those points of the decision challenged by the N’IZISOZA plaintiff and to which he/she raised objections during the mediation session. Ingingo ya 29: Urwego rukurikirana ibikorwa bya Komite z’abunzi Minisiteri ifite ubutabera mu nshingano ni yo ireberera ikanakurikirana ibikorwa bya Komite z’Abunzi. Ibafasha kugera ku nshingano zabo, ibinyujije mu mahugurwa, no mu kubashakira ibikoresho ifatanyije n’inzego z’imitegekere Section 3: Code Comité d’Abunzi de conduite du Article 27: Code Abunzi de conduite des Le Bureau du Comité d’Abunzi prévu à l’article 5 de la présente loi veille à la conduite des conciliateurs. Un arrêté du Ministre ayant la justice dans ses attributions détermine le Code de 46 zegerejwe abaturage. conduite des Abunzi. Section 3: conduct Ingingo ya 30: y’Abunzi bariho Irangira rya manda Haseguriwe ibiteganywa n’ingingo ya 2 y’iri tegeko n’andi mategeko, abagize Komite y’Abunzi ku munsi iri tegeko ritangira gukurikizwa, baguma ku murimo wabo kugeza igihe manda yabo izarangirira. Abunzi Committee code of Article 28: Suspension d’un membre du Comité d’Abunzi De sa propre initiative ou à la demande de la population, le Comité d’Abunzi peut suspendre un de ses membres pour un délai ne dépassant pas un (1) mois pour sa partialité ou tout autre comportement The Bureau of the Abunzi Committee indigne. Cette décision est prise par au provided for in Article 5 of this Law ensures moins deux tiers (2/3) des membres du the conduct of Mediators. Comité d’Abunzi après avoir entendu le conciliateur mis en cause. Article 27: Abunzi code of conduct An Order of the Minister in charge of Ingingo ya 31: Ibidateganyijwe muri iri Justice determines the code of conduct Un membre du Comité d’Abunzi peut for Abunzi. être révoqué par son électorat s’il est tegeko ku mikorere n’imikoranire prouvé qu’il n’est plus capable de remplir ses responsabilités. Article 28: Suspension of a member of the Abunzi Committee Iteka rya Minisitiri ufite Ubutabera mu nshingano ze rigena imikorere n’imikoranire ya Komite y’Abunzi itavugwa muri iri tegeko CHAPITRE DIVERSES, The Abunzi Committee may, at its own FINALES initiative or upon a request by the V: DISPOSITIONS TRANSITOIRES ET 47 ngenga. population, suspend one of its members for a period not exceeding one (1) 29: Organe chargé de la month on the ground of partiality or any Article other misconduct. The decision shall be supervision des activités des Comités taken by at least two thirds (2/3) of the d’Abunzi Ingingo ya 32: Imanza zaregewe inkiko Mediation Committee members, after mbere y’uko iri tegeko ritangazwa hearing the concerned Mediator. Le Ministère ayant la Justice dans ses attributions est chargé de la supervision et du suivi des activités des Comités d’Abunzi. Le Ministère, en collaboration avec les entités administratives de base, pourvoit les Comités d’Abunzi des facilités nécessaires MISCELLANEOUS, dont la formation et l’appui matériel pour AND FINAL mener à bien leur mission. A member of Abunzi Committee may be dismissed from his/her duties by the Imanza zatangiye kuburanishwa n’inkiko electoral college if it is evident that he/she is mbere y’uko iri tegeko ritangazwa zikomeza no longer able to fulfill his/her duties. kuburanishwa hakurikijwe amategeko asanzwe. CHAPTER V: TRANSITIONAL Imanza zitaraburanishwa n’inkiko kugeza iri PROVISIONS tegeko ritangajwe ziri mu bubasha bwa Komite y’Abunzi zishyikirizwa Komite Article 30: Terme du mandat d’Abunzi y’Abunzi. Article 29: Organ in charge of en service supervising activities of Abunzi Committees Ingingo ya 33: Ivanwaho ry’ingingo z’amategeko zinyuranyije n’iri tegeko The Ministry in charge of Justice supervises and monitor the activities of Abunzi Ingingo zose z’amategeko abanziriza iri kandi Committees. The Ministry, in conjunction Sans préjudice des dispositions de l’article 2 de la présente loi et d’autres dispositions légales, les membres des Comités d’Abunzi en service à la date où la présente loi entre en vigueur, restent dans 48 with the local administrative entities, leurs fonctions jusqu’à la fin de leur facilitates the Abunzi Committees to mandat. Ingingo ya 34: Itegurwa, isuzumwa n’itorwa discharge their duties through trainings and necessary material support. ry’iri tegeko zinyuranyije na ryo zivanyweho. Article 31: Modalités de fonctionnement et de collaboration non prévues par la présente loi Iri tegeko ryateguwe, risuzumwa kandi ritorwa mu rurimi rw’Ikinyarwanda. Ingingo ya 35: Igihe iri tegeko ritangira Article 30: Termination of the term office of incumbent Abunzi gukurikizwa Un arrêté du Ministre ayant la Justice dans ses attributions détermine les Iri tegeko ritangira gukurikizwa ku munsi modalités de fonctionnement et de ritangarijweho mu Igazeti ya Leta ya Without prejudice to the Article 2 of this collaboration du Comité d’Abunzi qui Repubulika y’u Rwanda. Law and to other laws, incumbent members ne sont pas prévues par la présente loi. of Abunzi Committee, incumbent on the day this law comes into force, keeps their functions until their term of office comes to Article 32: Affaires portées devant les an end. juridictions avant la publication de la Article 31: Functioning and relationship not provided for in this Law présente loi Les lois existantes restent applicables au jugement des affaires dont An Order of the Minister in charge of l’audience a commencé devant les Justice determines modalities for the juridictions avant la publication de la functioning and relationship of Abunzi 49 Committee not provided for in this Law. présente loi. Les affaires relevant de la compétence du Comité d’Abunzi et dont l’audience Article 32: Cases filed with courts n‟a pas encore commencé devant les before the publication of this Law juridictions jusqu‟à la publication de la présente loi sont portées devant le Comité d’Abunzi. The existing Laws continues to apply in the hearing of cases whose hearing has Article 33: Disposition abrogatoire commenced in Courts before the publication of this Law. Cases falling under the jurisdiction of Toutes les dispositions légales antérieures contraires à la présente loi sont abrogées. Abunzi Committee and which are yet to be heard by Courts until the publication of this Law is referred to Abunzi Article 34: Initiation, examen Committee. adoption de la présente loi Article 33: Repealing provision et La présente loi a été initiée, examinée et adoptée en kinyarwanda. 50 Article 35: Entrée en vigueur All prior legal provisions contrary to this Law are hereby repealed. Article 34: Drafting, consideration and adoption of this Law La présente loi entre en vigueur le jour de sa publication au Journal Officiel de la République du Rwanda. This Law was drafted, considered and adopted in Kinyarwanda. Article 35: Commencement This Law comes into force on the date of its publication in the Official Gazette of the Republic of Rwanda. Kigali, ku wa ………………………… Kigali, on …………………………… Kigali, le ……………………………. 51 KAGAME Paul, KAGAME Paul, KAGAME Paul, Perezida wa Repubulika President of the Republic Président de la République MUREKEZI Anastase MUREKEZI Anastase MUREKEZI Anastase Minisitiri w’Intebe Prime Minister Premier Ministre Bibonywe kandi bishyizweho Ikirango cya Repubulika: Seen and sealed with the Seal of the Republic: Vu et scellé du Sceau de la République: 52 BUSINGYE Johnston BUSINGYE Johnston BUSINGYE Johnston Minisitiri w’Ubutabera/Intumwa Nkuru ya Leta Minister of Justice/Attorney General Ministre de la Justice/Garde des Sceaux